Iteka rya Perezida N� 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020 rishyiraho sitati yihariye y�Ingabo z�u Rwanda, rishyira ipeti rya General (Full) mu kiciro cy’amapeti y’Abofisiye Jenerali (General Officers), rikaruta ayandi yose aba mu ngabo z’u Rwanda.
Iri peti riruta ayandi mu ngabo z’u Rwanda, riri hejuru y’irya Lieutenant General, Major General na Brigadier General.
Ingingo ya 28 muri ririya teka iteganya ko "ubusumbane mu mirimo ya gisirikare bushingira ku ipeti", ibishyira ipeti rya Jeneral
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
Menya Abasirikare b’u Rwanda bafite ipeti rya General (Full)
12 June 2021, by BABOU Bénjamin -
RDF yungutse abasirikare bashya basoje imyitozo y’ibanze (Amafoto)
28 August 2021, by BABOU BénjaminIgisirikare cy’u Rwanda (RDF), kuri uyu wa Gatandatu cyungutse abasirikare bashya nyuma yo gusoza imyitozo y’ibanze mu kigo cy’imyitozo cya Nasho.
Abasore n’inkumi basoje imyitozo ya gisirikare kuri uyu wa Gatandatu, beretse ubuyobozi bwa RDF ubumenyi bahawe mu gukoresha imbunda n’imyitozo ngororamubiri, mbere yo guhabwa ikaze mu muryango mugari w’ingabo z’u Rwanda.
Umuhango wo gusoza amasomo ya bariya basirikare wayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura wari (...) -
Mu minsi 2, inkiko mpuzamahanga zasabye u Rwanda kuriha Mugesera na Rujugiro
30 November 2020, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 23, cyaranzwe n�amakuru mu ngeri zitandukanye; ariko by�umwihariko yiganjemo ay�ubutabera, umutekano n�iyobokamana. Aya ni yo twafashe, twegeranyamo ay�ingenzi muri yo, hiyongereyemo n�ay�imikino.
Ni aya akurikira:
Urukiko rwa Afurika rwategetse u Rwanda guha Dr. L�on Mugesera indishyi
Urukiko rwa Afurika ruharanira ubutabera n�uburenganzira bw�ikiremwamuntu (AFCHPR) ku wa 27 Ugushyingo 2020 rwategetse u Rwanda guha Dr. L�on Mugesera indishyi kuko ngo aho -
Amafoto arenga 50 yakwibutsa urugamba rwo kubohora u Rwanda
23 June 2020, by Denis NsengiyumvaIntambara yo kubohora u Rwanda yari intambara y’abenegihugu yahuje Ingabo z�u Rwanda, zihagarariye guverinoma y�u Rwanda y’icyo gihe zizwi nka Ex-FAR, n�abarwanyi ba RPA bari bahagarariye Umuryango wa RPF- Inkotanyi, kuva ku ya 1 Ukwakira 1990 kugeza ku ya 04 Nyakanga 1994.
Ni intambara ikomeye yamaze imyaka ine isozwa n’amahano ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ikozwe na Guverinoma y’Abatabazi yari iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Jean Kambanda na Perezida Sindikubwabo Theodore wasi -
Tshisekedi yirukanye umujyanama we wihariye nyuma yo kuvuga ko hari amasezerano y’ibanga yari yaragiranye na P. Kagame
16 January 2023, by BABOU BénjaminPerezida F�lix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa, yirukanye Fortunat Bisesele wari umujyanama we wihariye nyuma yo gutangaza ko hari amasezerano y’ibanga yari yaragiranye na Perezida Paul Kagame mbere y’uko umwuka mubi waduka hagati yabo.
Bisesele yirukanwe mu ijoro ryakeye asimbuzwa Kahumbu Mandungu Bula nk’uko itangazo ryatambutse kuri Radiyo na Televiziyo y’Igihugu muri Congo (RTNC ribivuga).
Ejo ku Cyumweru ikinyamakuru Jeune Afrique cyari cyatangaje ko Biselele na Pacifique Kahasha ush -
Abize ECE muri Kaminuza y’u Rwanda baratabaza REB na MINEDUC
28 July 2020, by Sikubwabo Mark IbrahimAbize Ishami rya Early Childhood Education (ECE) muri Kaminuza y’u Rwanda, baratabaza REB na MINEDUC nyuma yo kurangiza kwiga bagasanga nta hantu bakenewe ku isoko ry’umurimo kandi Kaminuza ikaba ikomeje gusohora abantu bize iri shami.
Kaminuza y’u Rwanda yasohoye abize Early Childhood Education(ECE) bwa mbere mu mwaka wa 2016, bari bateganyirijwe ahanini kuba abatoza ku mashuri yisumbuye yashyiriweho guhugura abarimu azwi nka Teachers Training Centers(TTC).
N’ubwo abenshi mu bayobotse (...) -
Sinshaka ko umuhungu wa Fred yaba hanze cyangwa yaba impunzi_Perezida Kagame
7 November 2021, by BABOU BénjaminPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye umuhungu wa Maj Gen Fred Gisa Rwigema, Eric Gisa Rwigema, gutaha mu Rwanda akaba mu gihugu se yarwaniriye; bitihi se akajya arusura.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku wa Gatandatu ubwo yari yitabiriye ibirori by’ubukwe bwa Teta Gisa, mushiki wa Eric Gisa.
Aba bombi ni bo Maj Gen Fred Gisa Rwigema yabyaranye na Madamu we Jeannette Rwigema, mbere y’uko arasirwa i Kagitumba ku itariki ya 02 Ukwakira mu 1990. Byari nyuma y’umunsi umwe wonyine (...) -
Rusizi: Minisitiri Gatabazi yabwiye abanyenkombo ko abura icyo asubiza perezida Kagame iyo amubaza iby�ubwato 2 yabahaye bukaburirwa irengero
19 May 2022, by Bahuwiyongera SylvestreUbwo yasuraga abaturage bo ku Nkombo mu karere ka Rusizi ku wa 7 Gicurasi, ajyanywe no kubashyikiriza inzu 2 bubakiwe ku bufatanye bwa Minisiteri ayobora na polisi y�igihugu, Minisitiri w�ubutegetsi bw�igihugu Gatabazi JMV, yababwiye ko atakigoheka kubera guhora abazwa na perezida Kagame iby�ubwato 2 yabahaye kugeza ubu bavuga ko batazi irengero ryabwo, asaba ko hakorwa ibishoboka byose bukagaruka, bugakora icyo umukuru w�igihugu yabubahereye.
Ubu bwato bwateye amarira menshi abatuye umurenge -
Kigali: Wa musore wafunzwe azira urukundo yarekuwe ashimira umukunzi we
13 December 2020, by BWIZANyuma y�inkuru y�umusore, Niyigena Jean d�Amour, ukundana n�umukobwa, witwa Irakoze Jeannette, bikaviramo umusore gufungwa. Kuri ubu uyu musore aridegembya kuko amakuru y’ifungwa rye akimara kujya hanze kuwa Kane bwacyeye ku wa Gatanu tariki ya 11 Ukuboza 2020, afungurwa by’agateganyo mu gihe iperereza rigikomeje nkuko inyandiko imufungura ibigaragaza
Mu kiganiro bwiza.com yagiranye na Irakoze mu nkuru yabanje, yavugaga ko agitangira gukundana n’uyu musore, mukuru we yabirwanyije, ndetse akam -
Abiga muri Kaminuza ya Gitwe baheze mu gihirahiro, ntibazi niba bazongera kwiga
2 December 2020, by TUYIZERE JDAbanyeshuri biga muri Kaminuza ya Gitwe bavuga ko baheze mu gihirahiro, ku buryo batazi niba amasomo bazayasubukura nk�uko mu zindi kaminuza zigenga byagenze mu mezi akabakaba abiri ashize.
Amashuri kuva ku y�incuke kugeza ku makuru na za kaminuza zose, byafunzwe muri Werurwe nyuma y�aho umuntu wa mbere mu Rwanda yari amaze kugaragaraho icyorezo cya Covid-19.
Nyuma y�itangazo rya Minisitiri w�Uburezi, Dr. Uwamariya Valentine ryo ku wa 2 Ukwakira 2020, amashuri makuru na kaminuza zigenga bya