• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
    Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
    Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
    Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo
    Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Ambasaderi Gatete yatangaje ko ibihano byo gushimisha RDC ntacyo bizamara
    Mukuralinda yahishuye ko ubwo yahuraga na Lutundula, bateranye urwenya
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    CAF Champions league: APR FC yasezerewe yandagajwe na Pyramids FC
    Rayon Sports mu ntambara na FERWAFA, Umujyi wa Kigali na Urid Technologies
    Ibihugu 3 bituranye n’u Rwanda byahawe kwakira CAN 2027
    Perezida wa Rayon Sports yemeje ko hari aba-Rayon bari kuyigambanira ngo izatsindwe na Al Hilal
    Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

ubutabera

ubutabera

29/09/23 13:24
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we

ubutabera

28/09/23 11:50
Kutiteranya biri gutiza umurindi ihohoterwa rishingiye ku gitsina: RIB

ubutabera

27/09/23 10:44
Muhanga: Ushinjwa kwiba toni 10 za sima yavuze ko yabitewe n’inzara

ubutabera

26/09/23 16:39
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero

ubutabera

26/09/23 12:12
Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru

ubutabera

26/09/23 08:31
Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

ubutabera

24/09/23 07:36
Ibyavuye mu isuzuma ku ’marozi’ abakozi ba APR FC bashinjwa gushaka guha abakinnyi ba Kiyovu Sports

ubutabera

23/09/23 14:00
Pierre Kayondo wahoze ari umudepite mu Rwanda yatawe muri yombi

ubutabera

22/09/23 20:26
Byinshi ku ikurikiranwa rya Senateri wa USA wahozaga u Rwanda ku nkeke

ubutabera

22/09/23 16:15
Bozizé wayoboye Centrafrica yakatiwe imirimo y’agahato y’ubuzima bwose

ubutabera

22/09/23 14:11
France: Uwabaye Minisitiri mu Burundi n’umugore we bakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri

ubutabera

21/09/23 20:00
RIB yanyomoje Kazungu uvuga ko abo yishe yabahoye kumwanduza SIDA

ubutabera

21/09/23 10:00
Kazungu ukekwaho kuba umwicanyi ruharwa yagejejwe mu rukiko, umucamanza atera utwatsi icyifuzo cye

ubutabera

20/09/23 12:01
Umuhungu wa Ali Bongo wakuwe ku butegetsi arashinjwa ubugambanyi

ubutabera

19/09/23 13:06
Kazungu Denis agiye kugezwa imbere y’ubutabera

ubutabera

19/09/23 08:49
Abofisiye ba RCS bakekwaho uruhare mu rupfu rw’abagororwa bajyanwe mu igororero

ubutabera

18/09/23 20:46
Dr Kayumba wari waragizwe umwere yasabiwe gufungwa imyaka 10 n’igice

ubutabera

16/09/23 19:45
Umukozi wa RCA wari uherutse gusabirwa gukurikiranwa arafunzwe

ubutabera

15/09/23 17:32
Prof. Harelimana ’wanze kwitaba’ PAC yatawe muri yombi

ubutabera

15/09/23 06:30
Umuhungu wa Perezida Biden ari mu mazi abira

ubutabera

13/09/23 11:09
SP Gahungu yihakanye Ndagijimana uvuga ko yakorewe iyicarubozo

ubutabera

11/09/23 15:43
Victoire Ingabire yahishuye ko yari yaraburiye CSP Kayumba ‘wahondaguraga’ abagororwa

ubutabera

11/09/23 10:08
Naragambaniwe: CSP Kayumba wayoboye amagororero menshi

ubutabera

06/09/23 17:00
Abanyamategeko ba Kabuga barwanyije bivuye inyuma kuba yazanwa mu Rwanda
  • Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
    29 September, by TUYIZERE JD

    Prof. Harelimana Jean Bosco wayoboye ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative (RCA) yasobanuye iby’amajwi yagiye hanze yumvikanagamo avuga ko mu bubasha bwe, aha akazi abantu ashaka, akanirukana abo abatemeranya na we.
    Muri aya majwi, Prof. Harelimana yumvikana asaba uwitwa Ngwizinkindi Charles gufasha mugenzi we ElizafanI wari umugenzuzi w’imbere muri RCA, kuri ‘version ya kabiri’ y’ubugenzuzi yakoze kuri koperative yitwa KIAKA. Ati: “Nk’umuyobozi ndi kugusaba ko wafasha Elizafani kuri (...)

  • Kutiteranya biri gutiza umurindi ihohoterwa rishingiye ku gitsina: RIB
    28 September, by Biregeya Justin

    Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, ruravuga ko ingeso yo kwanga kwiteranya iri mu bitiza umurindi ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina.
    Ibi byavuzwe na Njangwe Jean Marie Vianney uyobora ishami ry’ububiko bw’ibirego n’iyandikwa ryabyo muri RIB kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 ubwo uru rwego rwakomezaga igikorwa cyo kwegereza ibiro ngendanwa abatuye mu murenge wa Rongi mu karere ka Muhanga.
    Ibi bikorwa biri mu rwego rwo kubakangurira kugana serivisi ya Isange One Stop Center (...)

  • Muhanga: Ushinjwa kwiba toni 10 za sima yavuze ko yabitewe n’inzara
    27 September, by TUYIZERE JD

    Kabega Harindintwali Ignace uri imbere muri batatu bashinjwa kwiba toni 10 za sima mu ruganda rw’Abashinjwa rwa Anjia ruherutse gufungurwa mu Rwanda, yemeye ko yabikoze, asobanura yabitewe n’inzara.
    Nk’uko Imvaho Nshya yabitangaje, Kabega na bagenzi be (Habagusenga Uzzia na Kabanza Richard) bagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Nyamabuye ruherereye mu karere ka Muhanga kuri uyu wa 26 Nzeri 2023, bashinjwa iki cyaha cyakozwe muri Kanama.
    Kabega yasobanuye ko inzara afite yayitwe no kuba (...)

  • Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
    26 September, by TUYIZERE JD

    Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rumaze gutegeka ko Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha bigera mu 10 afungwa iminsi 30 y’agateganyo, akazajya aburana mu mizi ataha mu igororero (ryitwaga gereza).
    Icyemezo cyo kohereza Kazungu mu igororero kirashingira ku buremere bw’ibyaha aregwa ndetse no kuba hari ibikomenyetso bikomeye bituma akekwaho kubikora, cyane ko na we yemereye mu rukiko ko yabikoze.
    Kazungu yatawe muri yombi tariki ya 5 Nzeri 2023, nyuma y’aho mu mwobo uri gikoni cy’aho yari (...)

  • Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru
    26 September, by TUYIZERE JD

    Umunyamakuru Ngoboka Sylvain wigeze kumara iminsi 45 mu kigo cy’inzererezi cya Tongati mu karere ka Karongi yagaragaje uburyo mu bihe bitandukanye yagiye “agerekwaho ibyaha”, azira uburyo yakoragamo umwuga w’itangazamakuru.
    Ngoboka mu kiganiro yagiriye kuri Radio/TV 10, yasobanuye ko byatangiye ashinjwa gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo butemewe. Ati: “Njyewe baraje iwanjye, barankomangira, bambwira bati ‘Sohoka!’, mbona barantwaye. Bampereje ikarayi, ‘Yikorere’, (...)

  • Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe
    26 September, by TUYIZERE JD

    Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga, Robert Bob Menendez, yahakaniye imbere y’itangazamakuru icyaha cyo kwakira ruswa kugira ngo akoreshe ububasha afite mu buryo buryo bunyuranyije n’amategeko.
    Tariki ya 22 Nzeri 2023 ni bwo ubushinjacyaha bwa New York bwareze Menendez mu rukiko rwa Manhattan, nyuma yo gushyikirizwa ibyavuye mu iperereza ryakozwe n’urwego rurishinzwe, FBI, guhera muri Kamena 2022.
    Mu bimenyetso FBI yafatiye mu rugo (...)

  • Ibyavuye mu isuzuma ku ’marozi’ abakozi ba APR FC bashinjwa gushaka guha abakinnyi ba Kiyovu Sports
    24 September, by TUYIZERE JD

    Major Uwanyirimpuhwe Jean Paul wahoze ashinzwe ibikorwa bya APR FC, Maj. Dr Nahayo Ernest wari umuganga wayo, Mupenzi Etto wahoze ashinzwe igura n’igurisha ry’abakinnyi na Bizimana Bilali bamaze amezi atatu bakurikiranwe n’ubutabera, aho bakekwaho gushaka guha abakinnyi ba Kiyovu Sports amarozi abaca intege.
    Ikurikiranwa ry’aba bakozi ryamenyekanye mu mpera za Kanama 2023. Bakekwaho gukora iki cyaha ubwo APR FC yiteguraga gukina na Kiyovu Sports umukino wo kwishyura mu gikombe cy’Amahoro (...)

  • Pierre Kayondo wahoze ari umudepite mu Rwanda yatawe muri yombi
    23 September, by BABOU Bénjamin

    Ubutabera bw’u Bufaransa bwataye muri yombi Pierre Kayondo wahoze ari umudepite mu Rwanda, akaba akekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
    Kayondo wanigeze kuba Perezida wa Kibuye yafatiwe i Paris ku wa Kabiri w’iki cyumweru, nk’uko Ibiro Ntaramakuru AFP by’Abafaransa byabitabitangaje.
    Uyu mugabo akekwaho gutegura Jenoside no kuyishyira mu bikorwa mu karere ka Ruhango y’ubu.
    Bivugwa ko yagize uruhare rukomeye mu bwicanyi bwakorewe mu Ruhango n’i Tambwe muri Gitarama, (...)

  • Byinshi ku ikurikiranwa rya Senateri wa USA wahozaga u Rwanda ku nkeke
    22 September, by TUYIZERE JD

    Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) ishinzwe ububanyi n’amahanga, Robert Bob Menendez hamwe n’umugore we, Nadine Menendez, barezwe mu rukiko muri New York kubera ibyaha bya ruswa bamaze igihe bakurikiranweho.
    Itangazo rihuriweho ryashyizwe hanze n’umunyamategeko muri Leta ya New York, Damian Williams, n’umuyobozi wungirije w’ibiro bishinzwe iperereza (FBI) muri iyi Leta, James Smith, rivuga ko ikirego kuri Robert Na Nadine hamwe n’abandi bashoramari batatu (...)

  • Bozizé wayoboye Centrafrica yakatiwe imirimo y’agahato y’ubuzima bwose
    22 September, by TUYIZERE JD

    Urukiko rwo muri Repubulika ya Centrafrica rwakatiye François Bozizé wayoboye iki gihugu kuva mu 2003 kugeza mu 2013, igihano cy’imirimo y’agahato mu gihe cyose mu buzima bwe.
    Iki cyemezo cyasomwe na Perezida w’urukiko rw’ubujurire rwa Bangui, Joachim Pessire, kuri uyu wa 21 Nzeri 2023, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Jeune Afrique.
    Uyu mucamanza yasobanuye ko Bozizé yahamwe n’ibyaha birimo kubangamira umutekano w’imbere mu gihugu n’ubwicanyi, bikomoka ku bikorwa by’ihuriro (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 27

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

CAF Champions league: APR FC yasezerewe yandagajwe na Pyramids FC
CAF Champions league: APR FC yasezerewe yandagajwe na Pyramids FC

Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye

Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we

Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger

Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry'Intumwa Muhamadi
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

CAF Champions league: APR FC yasezerewe yandagajwe na Pyramids FC
29/09/23 19:01
CAF Champions league: APR FC yasezerewe yandagajwe na Pyramids FC
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
29/09/23 14:00
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
29/09/23 13:24
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
29/09/23 12:01
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
Amakuru

Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi

Byibuze abantu 50 bishwe abandi barenga 50 barakomereka mu iturika ry’igisasu mu gihugu cya (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
ubukungu

Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse ko inyungu zisabwa abahabwa inguzanyo (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo

Mu ijambo yavugiye imbere y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano kuri uyu wa (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe

Inzego z’umutekano mu karere ka Muhanga ziri guhiga bukware insoresore zo mu gatsiko kazwi (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?