• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
    Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe
    Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro
    Intasi za RDC zasatse urugo rwa Moïse Katumbi
    Burera: Barishyuza rwiyemezamirimo Frw miliyoni 4
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: Nyunganira mwana , inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara yamahugu arwana ninzego zibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo zAbafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
    Dr Frank Habineza yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rya Uganda rihana abatinganyi
    Dutegereje ibihano by’u Bufaransa ku Rwanda: Muyaya
    Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila
    Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w’Umugande
    Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
    Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere
    Kiyovu Sports yaba igiye kwirukana abakinnyi bayo bose bakomeye ku bwo ’kuyigambanira’
    Umugore wa Messi arimo kumusunikira muri Fc Barcelona
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

ubutabera

ubutabera

07/06/23 18:07
Me Gisagara yanenze urukiko rwanzuye kutaburanisha Kabuga

ubutabera

07/06/23 09:58
Byemejwe ko Kabuga atazongera kuburana

ubutabera

07/06/23 09:05
Urukiko rwemeje bidasubirwaho ko Maj. Karangwa atazoherezwa mu Rwanda

ubutabera

07/06/23 08:05
Dosiye ya Biselele ushinjwa gukorana n’u Rwanda yabuze

ubutabera

06/06/23 09:50
Ushinja Rutunga yasabye kurindirwa umutekano mu rukiko

ubutabera

05/06/23 20:54
U Rwanda rwasabye Malawi benshi rukekaho gukora jenoside

ubutabera

05/06/23 20:14
Arashinjwa kumutera inda, yarangiza akamutwika

ubutabera

05/06/23 17:05
Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa

ubutabera

05/06/23 09:58
Mwangachuchu yahawe intwaro z’intambara: Umunyamategeko we

ubutabera

04/06/23 10:50
Mwangachuchu w’imyaka 70 ararembye

ubutabera

02/06/23 17:10
Ibyaha Kayishema ashinjwa bigiye kongerwa

ubutabera

02/06/23 14:00
Impamvu zatumye Senateri Chambers arega Imana mu rukiko

ubutabera

30/05/23 12:23
Gatsibo: Yatawe muri yombi akekwaho kwiba SACCO Frw miliyoni 37

ubutabera

30/05/23 10:08
Mwangachuchu arashinjwa gukoresha abapolisi 80 b’abacancuro

ubutabera

29/05/23 14:32
Gakenke: Umuhesha w’Inkiko mu rungabangabo kubera abagenagaciro

ubutabera

29/05/23 12:12
Umugabo yarekuwe nyuma y’imyaka 33 afungiwe icyaha atakoze

ubutabera

29/05/23 09:55
Menya Abanyarwanda 3 bari muri 8 bahigishwaga uruhindu bagitegereje gufatwa

ubutabera

29/05/23 09:54
Museveni yamaze gusinya ku itegeko riteganyiriza abatinganyi ibihano bikakaye

ubutabera

28/05/23 13:12
Kinshasa: Général yatawe muri yombi akekwaho umugambi wo guhirika ubutegetsi

ubutabera

26/05/23 08:16
Umukuru wa UN yishimiye bikomeye ifatwa rya Kayishema

ubutabera

25/05/23 11:53
Kayishema wari umaze imyaka hafi 30 ashakishwa n’u Rwanda yafashwe

ubutabera

24/05/23 12:53
Tanzania: Yakatiwe kunyongwa azira gusambanya umucecuru w’imyaka 94

ubutabera

24/05/23 09:48
Hifashishijwe icyemezo cya Covid-19 mu gushinja Mwangachuchu ko ari Umunyarwanda

ubutabera

23/05/23 10:23
IBUKA irifuza ko Ingabire Victoire yamburwa imwe mu mitungo
  • Me Gisagara yanenze urukiko rwanzuye kutaburanisha Kabuga
    7 June, by Byungura Cesar

    Impuguke mu mategeko mpuzamahanga, Me Richard Gisagara, yanenze urukiko rwanzuye kutaburanisha Félicien Kabuga ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
    Mu kiganiro yagiranye n’urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, Me Gisagara yavuze ko kuba Kabuga atazongera kwitabira urubanza bisobanuye ko ubutabera budatanzwe.
    Ati: “Birababaje kubona birengagije igihe byatwaye kugirango afatwe, bakirengagiza amafaranga yakoreshejwe kugira ngo bamufate, ntibamufatire ku gihe ngo (...)

  • Byemejwe ko Kabuga atazongera kuburana
    7 June, by TUYIZERE JD

    Urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye, IRMCT, rwanzuye ko Kabuga Félicien ukurikiranweho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 atazarusubiramo ngo aburanishwe kuko atabifiye ubushobozi bw’umubiri.
    Uru rukiko ku rubuga rwarwo rwagize ruti: “Urukiko rwasanze Bwana Kabuga atagishoboye kwitabira urubanza rwe.” Kandi ngo nta cyizere cy’uko yazongera gutora agatege mu gihe kizaza.
    Abacamanza b’uru rukiko basobanura ko batavuga ko urubanza rwa Kabuga ruhagaze, ahubwo ngo bari gushaka (...)

  • Urukiko rwemeje bidasubirwaho ko Maj. Karangwa atazoherezwa mu Rwanda
    7 June, by TUYIZERE JD

    Urukiko rw’ikirenga rwo mu Buholandi rwashimangiye icyemezo cyo kutohereza mu Rwanda umwe mu bakekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Major Karangwa Pierre-Claver.
    Iki cyemezo cyari cyarafashwe n’urukiko rw’ibanze mu Gushyingo 2022. Rwasobanuye ko bitewe n’uko Karangwa ari umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda, abaye yoherejwe i Kigali, ashobora kutabona ubutabera.
    Leta y’u Buholandi yamutaye muri yombi muri Gicurasi 2022 yashakaga kumwohereza mu (...)

  • Dosiye ya Biselele ushinjwa gukorana n’u Rwanda yabuze
    7 June, by TUYIZERE JD

    Urukiko rw’ubujurire rwa Kinshasa rwabuze dosiye ya Fortunat Biselele ushinjwa n’ubutegetsi bwa Repubulila ya demukarasi ya Congo gukorana n’u Rwanda.
    Radio Okapi yatangaje ko dosiye ya Biselele wabaye umujyanama wihariye wa Perezida Félix Tshisekedi yabuze mu bubiko bw’urukiko kuri uyu wa 6 Kamena 2023.
    Urukiko rwahise rufata umwanzuro wo gusubika urubanza, rukazasubukurwa ari uko iyi dosiye yabonetse.
    Biselele yirukanwe ku mwanya w’ubujyanama wa Tshisekedi muri Mutarama 2023, (...)

  • Ushinja Rutunga yasabye kurindirwa umutekano mu rukiko
    6 June, by Byungura Cesar

    Umutangabuhamya wahungiye mu kigo cya ISAR Rubona yari iyobowe na Rutunga Venant mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yasabye urukiko ko yatanga ubuhamya arindiwe umutekano kugira ngo atamenyekana.
    Uyu mutangabuhamya kandi yanatanze ubuhamya, ubwo muri iki kigo cya ISAR Rubona bibukaka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi, avuga ko yari yarahungiye muri iki kigo mu gihe cya Jenoside. Icyo gihe yagize ati: “Aho nari nihishe, numvanye abashumba ko Dr Rutunga yategetse ko (...)

  • U Rwanda rwasabye Malawi benshi rukekaho gukora jenoside
    5 June, by TUYIZERE JD

    Guverinoma ya Malawi yatangaje ko iy’u Rwanda yayisabye Abanyarwanda 55 ikekaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kugira ngo bagezwe mu butabera.
    Nk’uko ikinyamakuru Barrons kibitangaza, Minisitiri ushinzwe umutekano w’imbere muri Malawi, Ken Zikhale Ng’oma yahishuye aya makuru kuri uyu wa 5 Kamena 2023 ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru i Lilongwe.
    Minisitiri Ng’oma ati: “U Rwanda rwasabye guverinoma yaa Malawi kurufasha kumenya abantu 55 bihishe muri Malawi. (...)

  • Arashinjwa kumutera inda, yarangiza akamutwika
    5 June, by Byungura Cesar

    Urukiko rwo mu Bufaransa rwatangiye kuburanisha umusore ushinjwa gutera inda umukobwa w’umunyeshuri, yarangiza akamutwika kugeza ashizemo umwuka.
    Kuri uyu wa 5 Kamena 2023 ni bwo uyu musore yatangiye kujya imbere y’ubushinjacyaka kugira ngo abazwe ku byaha ashijwa byo gutera icyuma ndetse no gutwika umukobwa w’umunyeshuri w’imyaka 15 y’amavuko, bikaba binavugwa ngo yari yaranamuteye inda nk’uko inkuru dukesha ibiro ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, ibivuga.
    Uyu musore yari afite imyaka (...)

  • Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
    5 June, by TUYIZERE JD

    Urukiko Rukuru rwongeye gusubika urubanza rw’ubujurire rw’ubushinjacyaha kuri Dr Christopher Kayumba wabaye umwarimu muri kaminuza, umunyapolitiki, akanayobora ikinyamakuru The Chronicles.
    Dr Kayumba tariki ya 22 Gashyantare 2023 yagizwe umwere n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku cyaha cyo gusambanya undi ku gahato n’ubwinjiracyaha kuri cyo, ubushinjacyaha bujurira busobanura ko hari ibimenyetso byirengagijwe.
    Tariki ya 4 Gicurasi 2023, Dr Kayumba yagiye kuburana mu rukiko rukuru, (...)

  • Mwangachuchu yahawe intwaro z’intambara: Umunyamategeko we
    5 June, by TUYIZERE JD

    Umunyamategeko w’umushoramari Edouard Mwangachuchu ufite ibirombe muri teritwari ya Masisi, Me Thomas Gamakolo Mputu, yamenyesheje urukiko rukuru rwa gisirikare ko Leta yakoze ikosa, imuha intwaro z’intambara, aho kuba iz’ubwirinzi.
    Me Gamakolo yasobanuye ko Mwangachuchu yahawe izi ntwaro, hashingiwe ku ruhushya yahawe na Richard Muyej Mangez wahoze ari Minisitiri w’umutekano w’imbere.
    Ariko abashinjacyaha n’abacamanza bo bagaragaje ko Minisitiri w’umutekano w’imbere adafite ububasha (...)

  • Mwangachuchu w’imyaka 70 ararembye
    4 June, by BWIZA

    Edouard Mwangachuchu watawe muri yombi kuva ku ya 1 Werurwe ashinjwa ubutasi hamwe no gukorana na M23, ararembye.
    Mu gihe abakurikiranira hafi dosiye “Mwangachuchu” bavuga ko bishobora kurangira akatiwe igifungo cya burundu, abamwunganira mu by’ amategeko bakomeje gusaba ko yarekurwa by’agateganyo kubera impamvu z’ubuzima.
    Mwangachuchu avuga ko afite ubu indwara y’umutima imuteza ububabare bukabije ndetse akaba anafite ubumuga bw’umubiri, yagaragaye mu rukiko agendera ku mbago, kuko (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 17

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW

Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza

IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6

Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n'umujyanama we
Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
08/06/23 22:31
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW
Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
08/06/23 21:54
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
08/06/23 19:39
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
08/06/23 16:09
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
imyidagaduro

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

Umuhanzi umaze kubaka izina mu muziki wo mu karere Jacob Obunga uzwi nka Otile Brown (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubuzima

Museveni yasobanuye uko Covid-19 yamuciye mu rihumye

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yemeje ko yanduye icyorezo cya Covid-19, kandi ko byatewe (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe

Muri Kenya Inkuru y’abapfuye bategetswe na Pasiteri Paul Mackenzi ikomeje kuba uruhererekane, (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro

Umusirikare w’u Burundi witwa Dusabeyezu Vianney, yapfiriye muri hoteli iherereye muri komini (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?