• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
    Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
    Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
    Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe
    Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
    FERWAFA yamaganye amagambo umutoza w’Amavubi y’abagore yatangaje ku bakinnyi ba Ghana
    CAF yakubise Rayon Sports ahababaza
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

umutekano

umutekano

25/09/23 06:00
U Bufaransa bwemeye gukura ingabo zabwo muri Niger

umutekano

24/09/23 09:14
Icyihebe cya ADF cyacuze umugambi w’ibitero by’iterabwoba ku Rwanda cyishwe

umutekano

24/09/23 08:32
Igihe RDC yihaye cyo gucana umuriro kuri M23 cyageze

umutekano

24/09/23 06:30
Nyiragongo: Havutse umutwe witwaje intwaro uvuga ko ugiye kwirukana M23

umutekano

22/09/23 06:51
M23 iravugwaho kongera gusatira Goma

umutekano

21/09/23 07:58
Perezida Kagame yatabarije abaturage bakomeje kuzira intambara

umutekano

20/09/23 08:31
Gen. Chaligonza yabujije Abanyekongo kunenga FARDC

umutekano

19/09/23 13:30
Abasirikare b’u Burundi barasaniye n’Imbonerakure ku ruzi rwa Rusizi barafunzwe

umutekano

19/09/23 06:30
Leta y’u Burusiya ni yo iyobora ibikorwa bya Wagner muri CAR nyuma y’urupfu rwa Prigozhin

umutekano

18/09/23 09:16
Gen. Cirimwami ‘wafashaga’ Wazalendo agiye gusubizwa muri Kivu y’Amajyaruguru

umutekano

17/09/23 12:22
Kivu y’Amajyepfo: Ingabo z’u Burundi ziravugwaho guhabwa impuzankano ya FARDC

umutekano

17/09/23 07:25
Mali, Burkina Faso na Niger byagiranye amasezerano yo gutabarana

umutekano

14/09/23 18:08
U Rwanda rwungutse abapolisi kabuhariwe barenga 200 (Amafoto)

umutekano

14/09/23 06:30
Ingendo z’ishyaka rya Bobi Wine muri Uganda zahagaritswe

umutekano

11/09/23 06:54
Umutwe uhanganye na M23 washenguwe n’iyimurwa rya Général Cirimwami wawufashaga

umutekano

10/09/23 08:52
Wazalendo baremeza ko basubiranyemo kubera u Rwanda

umutekano

07/09/23 10:11
General (Rtd) Kabarebe ni we wisabiye gusezererwa muri RDF

umutekano

05/09/23 10:00
Bite by’amafaranga u Rwanda rwari kwifashisha mu kubakira Abanyekongo bimuwe na Nyiragongo?

umutekano

05/09/23 08:37
RDC yatuye ko Abanyekongo barambiwe MONUSCO, kubera u Rwanda na M23

umutekano

04/09/23 18:44
Burundi: Abambara imyambaro isa n’iy’igisirikare baburiwe

umutekano

03/09/23 12:31
Burundi: RED Tabara irigamba gusenya umunara uyobora indege

umutekano

03/09/23 08:46
Burundi: Inyeshyamba 9 z’Abanyarwanda ‘zapfiriye’ muri kasho

umutekano

01/09/23 10:42
Jomba: M23 yahaye abaturage imfashanyo

umutekano

30/08/23 20:36
General Kabarebe, Ibingira n’abandi benshi bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
  • U Bufaransa bwemeye gukura ingabo zabwo muri Niger
    25 September, by TUYIZERE JD

    Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko igihugu cye giteganya gukura ingabo zacyo muri Niger mu mezi cyangwa ibyumweru biri imbere.
    Ibi Macron yabitangaje kuri uyu wa 24 Nzeri 2023 nyuma y’igihe gito atangaje ko u Bufaransa budashobora kubahiriza icyifuzo cy’abasirikare ba Niger bahiritse ubutegetsi bwa Mohamed Bazoum basabye izi ngabo kuva mu gihugu cyabo.
    Uyu Mukuru w’Igihugu aherutse kuvuga ko ingabo z’u Bufaransa zageze muri Niger hashingiwe ku masezerano igihugu (...)

  • Icyihebe cya ADF cyacuze umugambi w’ibitero by’iterabwoba ku Rwanda cyishwe
    24 September, by TUYIZERE JD

    Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yatangaje ko Meddie Nkalubo wari mu barwanyi bakuru b’umutwe w’iterabwoba wa ADF ari umwe mu biciwe mu gitero cy’indege ingabo z’iki gihugu cyagabye ku birindiro byawo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo tariki ya 16 Nzeri 2023.
    Iki gitero cyo mu ntera y’ibilometero biri hagati y’100 n’150 cyifashishije indege z’intambara za Sukhoi-30. Ni kimwe mu bigize operasiyo Shujaa igamije kurandura ADF, kikaba cyariciwemo abandi barwanyi (...)

  • Igihe RDC yihaye cyo gucana umuriro kuri M23 cyageze
    24 September, by TUYIZERE JD

    Igihe ntarengwa, tariki ya 24 Nzeri 2023, ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo bwahaye umutwe witwaje intwaro wa M23 ngo ube warekuye ibice wafashe mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru cyageze.
    Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyamakuru Christian Lusakueno wa Top Congo FM i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko uyu munsi nugera M23 itarekura ibi bice, izacanwaho umuriro.
    Lutundula yasobanuye (...)

  • Nyiragongo: Havutse umutwe witwaje intwaro uvuga ko ugiye kwirukana M23
    24 September, by TUYIZERE JD

    Mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo havutse umutwe witwaje intwaro witwa UFPC (Union des Forces Patriotiques du Congo) ugizwe n’urubyiruko rukomoka muri terirtwari ya Nyiragongo iherereyemo umujyi wa Goma.
    Nk’uko Umuvugizi wawo, Muhabura Nicolas, yabimenyesheje abanyamakuru kuri uyu wa 23 Nzeri 2023, bafite gahunda yo gufasha igisirikare cya RDC guhangana n’umutwe witwaje intwaro wa M23 bavuga ko ukorera Leta y’u Rwanda.
    Muhabura yagize ati: “Turi umutwe w’urubyiruko (...)

  • M23 iravugwaho kongera gusatira Goma
    22 September, by TUYIZERE JD

    Umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) uravugwaho kongera gusatira umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.
    Jean Claude Mambo Kawaya uyobora sosiyete sivile muri teritwari ya Nyiragongo, kuri uyu wa 21 Nzeri 2023 yatangarije umunyamakuru Jimmy Shukran Bakomera wa radiyo wa VOA ko M23 iri kongera abarwanyi bawo muri gurupoma ya Kibumba, mu bilometero bibarirwa muri 20 ujya i Goma.
    Kawaya yagize (...)

  • Perezida Kagame yatabarije abaturage bakomeje kuzira intambara
    21 September, by TUYIZERE JD

    Perezida Paul Kagame yatabarije abaturage bo mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi bakomeje kuzira intambara z’urudaca.
    Ni mu gihe yavugiraga ijambo imbere y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bitabiriye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa 20 Nzeri 2023.
    Umukuru w’Igihugu yagize ati: “Uyu munsi nta kimenyetso cy’uko intambara zikomeje ziteze kurangira vuba. Nta n’ubwo tubona icyizere kiva mu bafite ijambo rikomeye (...)

  • Gen. Chaligonza yabujije Abanyekongo kunenga FARDC
    20 September, by TUYIZERE JD

    Général Major Jacques Nduru Chaligonza wari warahawe inshingano ya guverineri w’inzibacyuho w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru yabujije Abanyekongo kunenga igisirikare cy’igihugu, kuko ngo nta handi biba.
    Uyu musirikare yavuze ibi ubwo yashyikirizaga inshingano Gen. Major Peter Cirimwami mu muhango wabereye ku biro by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru biherereye mu mujyi wa Goma, kuri uyu wa 19 Nzeri 2023.
    Gen. Maj. Chaligonza yagize ati: "Nta kindi gisirikare muzagira kiruta iki. Murasabwa (...)

  • Abasirikare b’u Burundi barasaniye n’Imbonerakure ku ruzi rwa Rusizi barafunzwe
    19 September, by TUYIZERE JD

    Abasirikare b’u Burundi 5 mu baturuka mu birindiro bya Ruhagarika, baherutse kurasanira n’urubyiruko rw’Imbonerakure hafi y’uruzi rwa Rusizi, bafungiwe mu ntara ya Cibitoke iri mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’iki gihugu.
    Urubuga SOS Burundi rwatangaje ko amakuru rwahawe n’abo mu nzego z’umutekano avuga ko aba basirikare bafungiwe muri kasho ya Polisi yo ku rwego rw’intara ya Cibitoke guhera tariki ya 13 Nzeri 2023.
    Gufungwa kw’aba basirikare barinda umutekano ku ruzi rwa Rusizi, (...)

  • Leta y’u Burusiya ni yo iyobora ibikorwa bya Wagner muri CAR nyuma y’urupfu rwa Prigozhin
    19 September, by TUYIZERE JD

    Ubutegetsi bw’u Burusiya ni bwo buri kuyobora ibikorwa by’umutwe w’ingabo wigenga wa Wagner muri Repubulika ya Centrafrica (CAR), nyuma y’urupfu rwa Yevgeny Prigozhin waguye “mu mpanuka ikemangwa” y’indege mu kwezi gushize.
    Ikinyamakuru Washington Post cyahawe amakuru n’abayobozi batandukanye, kiravuga ko muri uku kwezi Minisitiri w’Ingabo wungirije w’u Burusiya, Yunus-bek Yevkurov na Gen. Maj. Andrei Averyanov uyobora urwego rw’ubutasi basuye CAR, bamenyesha Perezida Faustin-Archange (...)

  • Gen. Cirimwami ‘wafashaga’ Wazalendo agiye gusubizwa muri Kivu y’Amajyaruguru
    18 September, by TUYIZERE JD

    Gen. Maj. Peter Cirimwami uvugwaho gufasha imitwe yitwaje intwaro ihuriye muri Wazalendo agiye gusubizwa ku buyobozi bw’ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC).
    Cirimwami yahawe iyi nshingano n’Umugaba Mukuru w’ingabo za RDC, Lt Gen. Christian Tshiwewe, abitegetswe na Perezida Félix Tshisekedi. Ni ko amakuru aturuka muri RDC abivuga.
    Uyu musirikare arasimbura kuri iyi nshingano Lt Gen. Constant Ndima wari unasanzwe ari (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 44

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’

Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS

Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w'u Burusiya
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya

Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n'imwe mu masaha yagenwe
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe

Senateri Menendez yasobanuye iby'amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe
Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
26/09/23 10:04
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
26/09/23 10:00
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w'u Burusiya
26/09/23 10:00
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n'imwe mu masaha yagenwe
26/09/23 09:09
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe
ubutabera

Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga, (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili

Inteko ya gisirikare iyoboye igihugu muri Mali kuri uyu wa Mbere yavuze ko amatora ya perezida (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Icyo NESA itangaza ku mashuri asaga 50 bivugwa ko yahagaritswe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyahakanye (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
ubuzima

Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo

Mu Rwanda, gukenera serivisi za massage z’umwuga bikomeje kwiyongera. Ariko, kubura ibigo (...)

Yanditswe na Mecky Merchiore Kayiranga

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?