Umunyamakuru Gatera Edmond wamenyekanye cyane akanakundwa na benshi mu byejyeranyo by’imikino kuri radio Rwanda, kuri uyu munsi tariki 26 Kanama 2021 yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Mukarugamba Genevieve ku karere ka Nyanza.
Uyu munyamakuru usanzwe akorera RBA ishami rya Huye, mu kiganiro kigufi na Bwiza, yavuze ko uyu mukunzi we basezeranye imbere y’amategeko bamaze imyaka umunani bakundana.
Gatera Edmond akundwa n’abatari bacye mu byejyeranyo akora by’imikino kuri radio (...)
ibirori
-
Umunyamakuru Gatera Edmond yaseranye imbere y’amategeko n’umukunzi we
26 August 2021 -
Kanombe: Guha abana Noheli byanabaye umwanya mwiza wo kubaha impanuro
20 December 2019, by Theoneste ItangishatseAbabyeyi bo mu Mudugudu w’Ubumwe, Akagari ka Rubirizi, Umurenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali bahurije hamwe abana bo muri uyu mudugudu babaha Noheli, ibirori banaherewemo impanuro.
Umunsi mukuru wa Noheli ni umunsi abakirisitu bizihizaho ivuka rya Yezu cyangwa Yesu Kirisitu, ukaba uzizihizwa ku wa Gatatu w’icyumweru gitaha tariki ya 25 Ukuboza. Ababyeyi bo mu mudugudu w’Ubumwe bibumbiye mu muryango ’ Urukundo Family’ bakaba basangiye n’abana uyu munsi mukuru (...) -
Ifoto y'umunsi: Perezida Nkurunziza mu birere
13 September 2019, by Theoneste ItangishatsePerezida w’u Burundi, Nkurunziza Pierre w’imyaka 54 y’amavuko, ni umwe mu baperezida bake bagaragaza ibyishimo byabo bari mu rusengero cyangwa se mu yandi materaniro aho bahimbaza Imana. Bamwe bamwita pasiteri, kimwe n’uko n’umugore we, Denise Nkurunziza ari uko "Reverend Pastor Denise Nkurunziza".
Iyi foto ya Perezida Nkurunziza benshi bagiye bayihanahana, aho agaragara yanezerewe imbere ya kolari y’ababyeyi. -
Mukuru wa Miss Mwiseneza Josiane yagize byinshi avuga bikomeye kuri we- VIDEO
28 January 2019, by Mecky Merchiore KayirangaUbwo haburaga amasaha make ngo hamenyekane nyampinga w’u Rwanda 2019, Bwiza Tv yagiranye ikiganiro kirambuye na Mukuru wa Mwiseneza Josiane, avuga ko kuri bo nk’umuryango, kugeza ubu bamufata nk’umugisha ku muryango wabo bitewe n’uburyo yabatunguye, akanashyigikirwa bidasanzwe.
Yabajijwe ku byagiye bivugwa ko Josiane yaba yarifashishije izindi mbaraga [z’amarozi] asubiza avuga ko atari byo.
Avuga ko ibyaba byaravuzwe kuri Josiane n’umuryango we biganisha ku macakubiri, ko ibyo bitamuca integ -
Zimbabwe: Hatowe nyampinga uhiga abandi mu bafite ubumuga bw’uruhu- AMAFOTO
18 March 2018, by Mecky Merchiore KayirangaMu rwego rwo guteza imbere uburenganzira no kugaragariza icyizere cy’ejo hazaza abafite ubumuga bw’uruhu, hateguwe amarushanwa y’abakobwa bafite ubumuga bw’uruhu (Miss Albinism), uwitwa Sithembiso Mutukura akaba ari we wegukanye ikamba. Muri uyu muhango watangijwe bwa mbere muri Zimbabwe wo gutora Nyampinga mu bakobwa bafite ubumuga bw’uruhu, Sithembiso Mutukura w’imyaka 22 y’amavuko, yahize abandi bakobwa 12 bari bahanganye, yambikwa ikamba ku wa 17 Werurwe 2018, mu murwa mukuru wa Harare. Nk
DUKURIKIRE
Weekly Newsletter
Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email