Ubwo haburaga amasaha make ngo hamenyekane nyampinga w�u Rwanda 2019, Bwiza Tv yagiranye ikiganiro kirambuye na Mukuru wa Mwiseneza Josiane, avuga ko kuri bo nk�umuryango, kugeza ubu bamufata nk�umugisha ku muryango wabo bitewe n�uburyo yabatunguye, akanashyigikirwa bidasanzwe.
Yabajijwe ku byagiye bivugwa ko Josiane yaba yarifashishije izindi mbaraga [z�amarozi] asubiza avuga ko atari byo.
Avuga ko ibyaba byaravuzwe kuri Josiane n’umuryango we biganisha ku macakubiri, ko ibyo bitamuca intege, ko igihe cyose umuntu atangiye gutera imbere hatajya habura ibimwitambika imbere bigamije kumuca intege.
Yakomeje ashimangira ko umushinga wa Josiane wo kurwanya imirire mibi ahereye mu bice by�icyaro,� bazawukomeza, bakawuteza imbere.
Reba Video:
Isangize abandi
2 Ibitekerezo
ntakirutinka emanweri Kuwa 08/10/22
rekambaze kuberiki ibintubyose bivugwa korumva harumushumba winka bavuga ntabuvugizi babona murakoze
Subiza ⇾Igihozo Kuwa 25/10/22
Kuberikiburigihemudusetsa
Subiza ⇾Tanga igitekerezo