• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
    Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe
    Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro
    Intasi za RDC zasatse urugo rwa MoĂŻse Katumbi
    Burera: Barishyuza rwiyemezamirimo Frw miliyoni 4
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
    Dr Frank Habineza yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rya Uganda rihana abatinganyi
    Dutegereje ibihano by’u Bufaransa ku Rwanda: Muyaya
    Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila
    Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w’Umugande
    Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
    Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere
    Kiyovu Sports yaba igiye kwirukana abakinnyi bayo bose bakomeye ku bwo ’kuyigambanira’
    Umugore wa Messi arimo kumusunikira muri Fc Barcelona
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

ubukungu

ubukungu

24/05/23 17:19
Hashyizweho uburyo bufasha abacuruzi gucunga umutekano wa TIN zabo

ubukungu

21/05/23 10:54
U Rwanda ruri ku isonga mu bihugu byungukiye cyane banki zo muri Kenya

ubukungu

18/05/23 17:53
Hari gahunda y’uko abacuruzi b’Abanyarwanda bazajya bemererwa kwishyura FRW muri Uganda

ubukungu

17/05/23 08:43
RDC yashyizwe mu bihugu 10 bikize muri Afurika

ubukungu

11/05/23 09:46
U Rwanda rwongereye amasezerano rufitanye na PSG kugeza mu 2025

ubukungu

09/05/23 13:32
Abadepite ntibashyigikiye igabanywa rya miliyari 14 ku ngengo y’imari y’ubuhinzi

ubukungu

08/05/23 11:07
I&M Bank Rwanda yahishuye ko yibwe n’abatekamutwe asaga miliyari 10 Frw mu mezi 3

ubukungu

05/05/23 10:16
Basabwe kumenyekanisha umuceri bari bafite mu bubiko mbere y’itariki 19 Mata bagasubizwa TVA

ubukungu

04/05/23 11:49
Ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 6.2% muri 2023 - MINECOFIN

ubukungu

02/05/23 10:13
Amahanga akomeje gutera umugongo idolari

ubukungu

25/04/23 12:22
Kigali: Abacuruzi bamwe batangiye guhanirwa kutubahiriza ibiciro bishya by’ibiribwa

ubukungu

24/04/23 16:29
Abaherwe batunze miliyoni z’amadolari mu Rwanda bamaze kugera ku 1000 - Raporo

ubukungu

22/04/23 10:09
MINICOM yasobanuye impamvu itamanuye imisoro ku bindi biribwa by’ingenzi

ubukungu

20/04/23 10:42
Aho umupaka wa Gatuna ufunguriwe ubucuruzi n’u Rwanda bugeze kuri miliyoni 20$ ku kwezi – Gen. Muhoozi

ubukungu

18/04/23 13:12
Gatuna: Nubwo umupaka wafunguwe Abanyarwanda ntibaremererwa guhahira muri Uganda nk’uko byahoze

ubukungu

22/03/23 09:28
RDC iremeza ko amabuye y’agaciro yabuze ajya mu Rwanda afite agaciro ka miliyari y’amadolari

ubukungu

14/03/23 11:50
Rurageretse hagati ya Air Tanzania n’uruganda rwa Airbus

ubukungu

13/03/23 08:30
U Rwanda na Uganda biri gutegura inama yo kunoza ubucuruzi nyuma yo kwiyunga

ubukungu

13/03/23 08:18
Muhanga: Hafashwe ikamyo ipakiye magendu y’imyenda ya caguwa

ubukungu

27/02/23 17:28
Umunyemari Dennis Karera ahangayikishijwe n’abize kaminuza batazi kwandika amabaruwa asaba akazi

ubukungu

27/02/23 16:07
Umusore wo muri Gisagara arifuza kuba mu bakire ba mbere 10 mu Rwanda

ubukungu

23/02/23 20:53
Rutsiro: Abagore barenze ku cyitwaga ’kirazira’, bagana umurimo w’ubuvumvu

ubukungu

18/02/23 10:23
Igiciro cy’ibigori gikomeje gutumbagira kandi Leta yarashyizeho amabwiriza abigenga

ubukungu

30/12/20 08:51
U Rwanda rwahiriye amabanki yo muri Kenya kurusha Uganda na Tanzania
  • Hashyizweho uburyo bufasha abacuruzi gucunga umutekano wa TIN zabo
    24 May, by TUYIZERE JD

    Nyuma y’ubusabe bwinshi bw’abacuruzi bavugaga ko hari abantu bakoresha nimero ziranga abasora (TIN) zitari izabo mu kurangura ibicuruzwa kandi ba nyirazo batabizi, bityo bikabavangira mu mibare y’ubucuruzi bwabo cyane cyane ku bijyanye n’ibicuruzwa biri mu bubiko bwabo, Ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyashyizeho uburyo bufasha abacuruzi gucunga umutekano wa TIN, bityo bagaca ukubiri n’abamamyi babiyitirira mu kurangura.
    RRA isobanura ko ubu buryo buzajya bukoreshwa n’umucuruzi mbere (...)

  • U Rwanda ruri ku isonga mu bihugu byungukiye cyane banki zo muri Kenya
    21 May, by TUYIZERE JD

    Banki nkuru ya Kenya (CBK) yatangaje ko u Rwanda ari cyo gihugu cya mbere muri Afurika y’iburasirazuba cyungukira banki zo muri Kenya amafaranga menshi cyane.
    CBK yatangaje ko mu mwaka ushize, amashami ya banki zo muri Kenya aba mu karere yungutse amashilingi miliyari 32.51. Ni mu gihe mu 2021, zari zarungutse amashilingi miliyari 17.23.
    U Rwanda rwungukiye izi banki amshilingi miliyari 10.16 (ni miliyari zisaga 82 z’Amanyarwanda) mu mwaka ushize. CBK yabisobanuye iti: “U Rwanda ni rwo (...)

  • Hari gahunda y’uko abacuruzi b’Abanyarwanda bazajya bemererwa kwishyura FRW muri Uganda
    18 May, by TUYIZERE JD

    Guverinoma y’u Rwanda n’iya Uganda zifitanye gahunda y’uko abacuruzi bakorera muri ibi bihugu bazajya bemererwa kwishyura amafaranga bikoresha (Amanyarwanda n’Amashilingi), bidasabye ko babanza kujya kuyavunjisha.
    Guverineri wa banki nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa, yabyemeje ubwo yari mu nama mpuzamahanga y’igihugu yateguwe n’ishuri rikuru ry’igisirikare, kuri uyu wa 18 Gicurasi 2023.
    Yagize ati: “Abacuruzi bo muri Uganda bagura ibicuruzwa mu Rwanda bakwishyura mu mashilingi ya (...)

  • RDC yashyizwe mu bihugu 10 bikize muri Afurika
    17 May, by TUYIZERE JD

    Ikigega mpuzamahanga cy’imari (IMF) cyashyize Repubulika ya demukarasi ya Congo mu bihugu 10 bikize ku mugabane wa Afurika.
    IMF, muri raporo nshya yasohotse muri uyu mwaka, yagaragaje ko umusaruro mbumbe wa RDC wageze kuri miliyari 69 z’amadolari ya Amerika, hakaba harabayeho ubwiyongere bwa miliyari 6 ugereranyije n’umwaka wabanje.
    Ubwiyongere bw’umusaruro mbumbe burashingira bwatewe n’umusaruro uva mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ndetse n’amavugurura ubuyobozi bw’iki gihugu (...)

  • U Rwanda rwongereye amasezerano rufitanye na PSG kugeza mu 2025
    11 May, by Denis Nsengiyumva

    Nyuma y’imyaka itatu ya mbere y’imikoranire, Paris Saint-Germain, imwe mu makipe y’umupira w’amaguru akomeye ku Isi ndetse ifite izina muri siporo yamamaza u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda, yongereye masezerano ifitanye na RDB azageza mu 2025 .
    Nkuko byatangajwe ku wa Gatatu, itariki ya 10 Gicurasi, muri aya masezerano Visit Rwanda izakomeza kugaragara ku myambaaro ya PSG izakomea kwerekana u Rwanda nk’ahantu hambere mu bukerarugendo n’ishoramari ku mugabane wa Afurika, guteza imbere (...)

  • Abadepite ntibashyigikiye igabanywa rya miliyari 14 ku ngengo y’imari y’ubuhinzi
    9 May, by TUYIZERE JD

    Abadepite bagize komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu bagaragaje ko badashyigikiye igabanywa ry’amafaranga y’u Rwanda akabakaba miliyari 14 ku ngengo y’imari igenerwa Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, MINAGRI.
    Babigaragaje kuri uyu wa 9 Gicurasi 2023 ubwo baganiraga na Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, ku mbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari y’umwaka w’2023/2024 igenerwa y’ubuhinzi n’ubworozi ya MINAGRI n’ibigo bya Leta biyishamikiyeho. (...)

  • I&M Bank Rwanda yahishuye ko yibwe n’abatekamutwe asaga miliyari 10 Frw mu mezi 3
    8 May, by Denis Nsengiyumva

    Ishami rya I&M Bank Rwanda ryatakaje miliyoni 10.3 z’amadolari ya Amerika (miliyari zisaga 10 Frw) yibwe mu buriganya bw’umukiriya mu gihe cy’amezi atatu, bituma hatangira iperereza ryo kugerageza kugaruza ayo mafaranga .
    Aya mafaranga, arenga miliyari 10 y’inyungu I&M Group yinjije ku isoko ry’u Rwanda mu mwaka w’ingengo y’imari warangiye mu Kuboza 2022, yabuze hagati y’itariki ya 1 Ugushyingo umwaka ushize na 17 Mutarama.
    I&M Group yashyize ahagaragara aya makuru muri (...)

  • Basabwe kumenyekanisha umuceri bari bafite mu bubiko mbere y’itariki 19 Mata bagasubizwa TVA
    5 May, by Denis Nsengiyumva

    Mu rwego rwo kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’ibiciro byashyizweho ku bicuruzwa by’umuceri, ifu y’ibigori n’ibirayi, Minisiteri y’ubucuruzi (MINICOM) ifatanyije n’izindi nzego ikomeje ubugenzuzi mu Gihugu hose, ho abacuruza umuceri baasabwe kumenyekanisha uwo bari bafite mu bubiko mbere y’itariki 19 Mata kugirango basubizwe Umusoro ku nyongeragaciro .
    Aho ubugenzuzi bwageze ku masoko manini yo mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero kuri uyu wa Kane, itariki 4 Gicurasi, bigaragara ko hari (...)

  • Ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 6.2% muri 2023 - MINECOFIN
    4 May, by Denis Nsengiyumva

    Ubukungu bw’ uRwanda buteganyijwe kuzamuka ku gipimo cya 6.2% muri 2023 ugereranyije na 8.2% muri 2022 bitewe n’ibibazo by’ubukungu ku Isi .
    Ibi byatangajwe na Minisitiri w’imari n’igenamigambi ry’ubukungu, Uzziel Ndagijimana ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, imbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari ya 2023/24 ikubiyemo gahunda z’iterambere Leta yateganyije gushyira mu bikorwa n’imibare y’ikigereranyo cy’ingengo y’imari ya 2023/24-2025/26.
    Minisitiri (...)

  • Amahanga akomeje gutera umugongo idolari
    2 May, by Umutoni Nancy

    Ibihugu byinshi kuva muri Brazil kugeza mu byo mu majyepfo y’iburasirazuba bwa Asia birahamagarira ko ubucuruzi bwakoresha ayandi mafaranga atari idolari rya Amerika.
    Ubu ibihugu bimwe na bimwe byahagaritse gukoresha amadorari mu bucuruzi. Urugero: nk’u Burusiya n’u Bushinwa na Brazil. Ibi byatangiye cyangwa se byiyongereye nyuma y’intambara y’u Burisiya na Ukraine kuko mbere yuko ino ntambara iba, ibyinshi byabitsaga ubukungu bwabyo muma dorari.
    Intambara y’u Burusiya na Ukraine (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 45

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW

Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza

IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6

Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n'umujyanama we
Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
08/06/23 22:31
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW
Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
08/06/23 21:54
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
08/06/23 19:39
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
08/06/23 16:09
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
imyidagaduro

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

Umuhanzi umaze kubaka izina mu muziki wo mu karere Jacob Obunga uzwi nka Otile Brown (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubuzima

Museveni yasobanuye uko Covid-19 yamuciye mu rihumye

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yemeje ko yanduye icyorezo cya Covid-19, kandi ko byatewe (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe

Muri Kenya Inkuru y’abapfuye bategetswe na Pasiteri Paul Mackenzi ikomeje kuba uruhererekane, (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro

Umusirikare w’u Burundi witwa Dusabeyezu Vianney, yapfiriye muri hoteli iherereye muri komini (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?