Overpubro Cosmos Ltd iramenyesha abantu bose ko izagurisha mu cyamunara imodoka esheshatu zitandukanye; zirimo Toyota RAV4 ebyiri zakozwe mu mwaka wa 2014, Toyota RAV4 imwe yakozwe mu 2002, Toyota Hilux imwe yakozwe mu 2009, Toyota Hilux imwe yakozwe mu 2003 na Suzuki swift imwe yakozwe mu 2015.
Cyamunara izabera mu gikari cy’inyubako ya Maison Des Grands Lacs iherereye ku Kinamba cya Gisozi, ahakorera sauna, massage na gym.
Gusura izi modoka ni uguhera ku wa Kane tariki ya 09/11 uyu (...)
amatangazo

Abantu bari muri iri tangazo barasabwa kwishyura ibirarane bitarenze iminsi 15, no kujya ku biro bya RRA ku Kicukiro

RRA irahamagara abasoreshwa bari muri iri tangazo kwihutira kujya ku biro byayo biri Sonatube bitarenze iminsi 7

RRA irahamagara abasoreshwa bari muri iri tangazo kwihutira kujya ku biro byayo i Kigali bitarenze iminsi 7
-
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYAFATIWE MURI MAGENDU
23 November, by BWIZA -
Itangazo ryo guhindura izina
20 November, by Mecky Merchiore Kayiranga -
Kigali: Imodoka 6 zigiye kugurishwa mu cyamunara
11 November -
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYAFATIWE MURI MAGENDU
10 November, by BWIZAUbuyobozi bwa gasutamu buratangaza ko tariki ya 7 Ukuboza 2023 i Huye na MAGERWA hazaba cyamunara y’ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu, biherereye i Rusizi, Huye na MAGERWA.
-
Itangazo rya cyamunara y’ibicuruzwa bizagurishwa na RRA ku mupaka wa Rusumo na Gatuna
31 October, by Mecky Merchiore KayirangaUbuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 24 Ugushyingo 2023, hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu biherereye ku mupaka wa Rusumo , n’umupaka wa Gatuna , nkuko bigaragara ku mugereka w’iri tangazo.
Cyamunara izabera ku mupaka wa Gatuna i saa yine za mu gitondo (10h00 am).
Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye, hagati y’itariki ya 19-13 Ugushyingo 2023 nk’uko bigaragara mu mbonerahamwe iri ku mugereka w’iri tangazo (...) -
Abantu bari muri iri tangazo barasabwa kwishyura ibirarane bitarenze iminsi 15, no kujya ku biro bya RRA ku Kicukiro
26 October, by Mecky Merchiore KayirangaIkigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) kiramenyesha abasora bari ku mugereka w’iri tangazo ko bahawe iminsi cumi n’itanu (15) , uhereye igihe iri tangazo risohokeye , kugira ngo babe bamaze kwishyura ibirarane by’imisoro babereyemo Leta ikomoka ku binyabiziga byabo batasoreye.
Ibindi murabisanga ku mugereka -
Itangazo rya cyamunara y’ibicuruzwa bizagurishwa na RRA ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe na Cyanika
19 October, by Mecky Merchiore KayirangaUbuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 27 Ugushyingo 2023, Hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu biherereye ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe , n’umupaka wa Cyanika , nkuko bigaragara ku mugereka w’iri tangazo.
Cyamunara izabera ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe i saa yine za mu gitondo.
Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu ma saha y’akazi, hagati y’itariki ya 12-16 Ugushyingo 2023 nk’uko bigaragara mu (...) -
CECLA ikomeje gufasha abakandida bigenga bifuza gukora ibizamini bya Leta mu ndimi
18 October, by BWIZAIshuri CECLA (Centre d’Encadrement des Candidats Libres Adultes) ryatangiye kwigisha indimi na siyansi abakandida bigenga (candidats libres) bifuza gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye.
Iri shuri kandi ribifashijwemo n’abarimu b’inararibonye, rihugura n’abandi bose babyifuza bazakora ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mashami ya: LFK, LKK, MEG na MCB.
CECLA yigisha guhera saa kumi n’imwe n’igice z’umugoroba kugeza saa tatu z’ijoro kandi ifasha abanyeshuri bo (...) -
Ubuyobozi bwa za Gasutamo buzagurisha mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye i Gikondo
9 October, by BWIZAUbuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye tariki ya 07 Ugushyingo 2023 saa yine za mu gitondo, byo byafatiwe muri magendu bigaragara ku mugereka w’iri tangazo . Ibi bicuruzwa biherereye mu bubiko rusange bwa EDA, I Gikondo.
– >
Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka -
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE BYIGANJEMO IMODOKA i MASORO
6 October, by Mecky Merchiore KayirangaUbuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 3 Ugushyingo 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye nkuko bigaragara ku mugereka.
Cyamunara izabera ahakorera ishami rishinzwe kurwanya magendu (SI&ID) mu cyanya cy’inganda I Masoro.
Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Magerwa masaha y’akazi hagati y’itariki ya 29/10/2023 kugeza kuya 02/11/2023.
DUKURIKIRE
Weekly Newsletter
Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email