![Itangazo rya cyamunara y'ibicuruzwa bizagurishwa na RRA ku mupaka wa Rusumo na Gatuna](local/cache-vignettes/L707xH1000/itangazo_1_-1-a3afd.jpg)
Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 24 Ugushyingo 2023, hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu biherereye ku mupaka wa Rusumo , n’umupaka wa Gatuna , nkuko bigaragara ku mugereka w’iri tangazo.
Cyamunara izabera ku mupaka wa Gatuna i saa yine za mu gitondo (10h00 am).
Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye, hagati y’itariki ya 19-13 Ugushyingo 2023 nk’uko bigaragara mu mbonerahamwe iri ku mugereka w’iri tangazo .
Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka
Isangize abandi
Tanga igitekerezo