![CYAMUNARA Y'IBITENGE i GIKONDO-MAGERWA](local/cache-vignettes/L957xH653/itangazo_ibitenge-fb6bb.png)
Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa 26 Gashyantare 2024 buzagurisha muri Cyamunara ibicuruzwa byiganjemo ibitenge byafatiwe mu byaha bya magendu.
Iyo cyamunara izabera i Gikondo-Magerwa mu mujyi wa Kigali saa ine z’igitondo (10:00 AM) , nk’uko bigaragara ku itangazo ry’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro rikurikira, Abifuza ibindi bisobanura kuri iri tangazo nabo bashobora kubona nimero bakwifashisha kuri iri tangazo.
Isangize abandi
Tanga igitekerezo