Amerika yavuze ku ngabo zayo zinjiriwe n’iz’u Burusiya ku birindiro byazo muri Niger
Amerika irashaka gushinga ibirindiro bya gisirikare muri Cote d’Ivoire nyuma yo kwirukanwa muri Niger
Tshisekedi yise Karidinali Ambongo ’umucengezamatwara’ w’u Rwanda
Accueil > ... > Forum 6732
7 juillet 2020, 11:50, par Umubyeyi Rosine
Muraho neza. Ndifuza umugabo ukuze wubaha Imana twafatanya pour la vie. Nanjye ndakuze mfite imyaka 50 murumvako uwo nshaka ari uwo mu kigero cyanjye utaragize amahirwe yo kuba arikumwe n’umugore ( le veuf, divorsé cg utarashatse). Agomba kuba afite abana nanjye ndabafite 2 kandi ndatekereza ko ntazamubyarira ndakuze. Umugabo ufite umugore n’ubwo yaba ateganya gutandukana nawe rwose ntanyandikire kimwe n’abari munsi y’imyaka 45 ntibanyandikire. Uwakumva rero twahuza yanyandikira kuri iyi email : umubyeyi.rosine@yahoo.com Murakoze.
Ce forum est modéré a priori : votre contribution n’apparaîtra qu’après avoir été validée par un administrateur du site.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Veuillez laisser ce champ vide :
Muraho neza. Ndifuza umugabo ukuze wubaha Imana twafatanya pour la vie. Nanjye ndakuze mfite imyaka 50 murumvako uwo nshaka ari uwo mu kigero cyanjye utaragize amahirwe yo kuba arikumwe n’umugore ( le veuf, divorsé cg utarashatse). Agomba kuba afite abana nanjye ndabafite 2 kandi ndatekereza ko ntazamubyarira ndakuze. Umugabo ufite umugore n’ubwo yaba ateganya gutandukana nawe rwose ntanyandikire kimwe n’abari munsi y’imyaka 45 ntibanyandikire. Uwakumva rero twahuza yanyandikira kuri iyi email : umubyeyi.rosine@yahoo.com
Murakoze.