Home > ... > Forum 51823

Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?

3 May 2023, 11:42, by Kankazi

Leta yacu yo kabaho rwose nifungure imiryango mu mahanga abana bacu babone akazi.Biratubabaza nk’ababyeyi kwirya ukimara wishyurira abana amashuri kugeza muri kaminuza, ejo ugasanga bicaye aho nta kazi, kandi nawe mubyeyi nta bushobozi, ugasanga ubukene buranuma, aribyo biviramo abana kurwara depression bakishora mu biyobyabwenge.

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa