Hategekimana Philippe agiye kujurira
Umunyarwanda Hategekimana Philippe wamenyekanye nka âPhilippe Manierâ na âBigumaâ arateganya kujuririra icyemezo cyâurukiko rwa rubanda rwa Paris, rwamukatiye igifungo cya burundu. Iki cyemezo cyafashwe tariki ya 28 Kamena 2023 nyuma yo kumuhamya ibyaha bya jenoside nâibyibasiye inyokomuntu. Ni ibyaha bikomoka kuri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nkâuko ikinyamakuru Le Monde cyabitangaje kuri uyu wa 4 […]
Igitero cya drones za Ukraine i Moscow cyahungabanyije ingendo z’indege
Minisiteri yâingabo yâu Burusiya iravuga ko Ukraine yagabye igitero cyâindege zitagira abadereva i Moscou, bituma indege ziva ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Vnukovo zihagarikwa . Indege zitagira abaderevu eshanu zakoreshejwe mu gitero cyo kuri uyu wa Kabiri, cyibasiye ahantu mu karere kanini gakikije umurwa mukuru. Minisiteri yâingabo yavuze ko indege zitagira abapilote zose zarashwe kandi […]
UK: Abanyamategeko bakora muri gahunda yo gukumira abimukira batemewe bagiye kongezwa amafaranga
Guverinoma yâu Bwongereza yafashe icyemezo cyo kongeza amafaranga abanyamategeko bakora muri gahunda yo gukumira abimukira binjira muri iki gihugu mu buryo butemewe bakoresheje ubwato buto. Ni icyemezo cyafatiwe hamwe nâibiro bishinzwe umutekano wâimbere (Home Office) na Minisiteri yâubutabera nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru Financial Times. Ibi biro biyoborwa na Minisitiri Suella Braverman byasabye ko abanyamategeko bongezwa umushahara […]
RDC: Muzito aremeza ko atazitabira amatora atarimo Kwamouth, Masisi na Rutshuru
Perezida wa Komisiyo yigenga yâamatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (CENI), Denis Kadima yunguranye ibitekerezo ku ya inzira y’amatora kuri uyu wa Mbere, itariki ya 3 Nyakanga, nâumunyapolitiki Adolphe Muzito, perezida wâishyaka “Nouvel Ă â°lan”, uzaba ari umukandida mu matora ya Perezida yo mu Kuboza 2023 . Kuri uyu wahoze ari Minisitiri wâintebe, ngo nta […]
Uwakoraga ikiyede i Nyamirambo mu myaka 5 ishize aravuga ko ubu atunze Frw miliyari 7
Umusore wâimyaka 23 yâamavuko, ukomoka mu Burundi, Nishishikare Jean de Dieu aravuga ko mu myaka 5 ishize yakoraga akazi ko gufasha abafundi kazwi nkâikiyede i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali, ubu akaba afite umutungo abarira mu gaciro ka miliyoni 7 zâamadolari ya Amerika. Nishishikare uba muri Sweden, mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV, yasobanuye ko […]
Senegal: Perezida Macky Sall yemeje ko ataziyamamariza manda ya gatatu
Perezida wa Senegal, Macky Sall, yatangaje ko ataziyamamariza manda ya gatatu mu matora y’umwaka utaha, birangiza imyaka yo gushidikanya ku bijyanye n’ahazaza he muri politiki kwateje imyigaragambyo yâabatavuga rumwe nâubutegetsi mu kwezi gushize . Mu ijambo rye ryatambutse ku rubuga rwe rwa Facebook, Macky Sall kuri uyu wa Mbere ushize yashimangiye ariko ko itegeko nshinga […]
Geneva: Intumwa za Leta yâu Burundi zivumbuye, zisohoka mu nama
Intumwa za Leta yâu Burundi ziri i Geneva mu Busuwisi zanze guhurira mu nama nâuyirwanya, zihitamo gusohoka mu cyumba yari igiye kuberamo cya Palais Wilson. Muri iyi nama, izi ntumwa zagombaga gutanga no gusobanura raporo yâuko uburenganzira bwâikiremwamuntu ihagaze mu Burundi. Ni gahunda yo kuri uyu wa 3 nâuwa 4 Nyakanga 2023. Mu gihe ziteguraga […]
UN yishimiye igifungo Hategekimana Philippe yakatiwe
Umujyanama wihariye wâUmuryango wâAbibumbye (UN) mu gukumira jenoside, Alice Wairimu Nderitu, yatangaje ko yishimiye ikatirwa rya Hategekimana Philippe wahamijwe uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Tariki ya 28 Kamena 2023 ni bwo urukiko rwa rubanda rwo mu Bufaransa rwaburanishaga Hategekimana wamenyekanye nka âBigumaâ igifungo cya burundu. Ubushinjacyaha bwasobanuye ko mu gihe yari umuyobozi wungirije […]
General Kayihura nâabandi ba âGeneralsâ 10 bagiye gusezererwa
Umugaba wâIkirenga wâingabo za Uganda, Yoweri Museveni, agiye gusezerera abasirikare 10 bafite amapeti ari mu cyiciro cya General barimo Edward Kalekezi (Kale) Kayihura wari ugikurikiranwa nâubutabera. Itangazo ryo kuri uyu wa 3 Nyakanga ryashyizwe hanze nâUmuvugizi wâingabo za Uganda, Brigadier General Felix Kulayigye, risobanura ko aba basirikare bazasezererwa ku mugaragaro tariki ya 31 Kanama 2023. […]
Rwanda-UK: Abambutsa abimukira bari kwifashisha icyemezo cyâurukiko biyamamaza
Abambutsa abimukira mu buryo butemewe nâamategeko bari kwifashisha icyemezo cyâurukiko rwâubujurire rwâu Bwongereza kibuza iki gihugu kohereza abimukira mu Rwanda, bamamaza ibikorwa byabo. Icyemezo cyâuru rukiko cyafashwe tariki ya 29 Kamena 2023. Cyavuguruje icyo urukiko rukuru rwari rwarafashe, rwo rwasobanuraga ko gahunda ya guverinoma yâu Bwongereza ko kuzana abimukira yemewe nâamategeko. Ikinyamakuru The Telegraph cyatangaje […]
FSB iravuga ko yaburijemo umugambi wo kwivugana Guverineri wa Crimea
Urwego rushinzwe ubutasi rw’u Burusiya (FSB) rwatangaje ko umugabo witeguraga kwica Guverineri wa Crimea yafatiwe mu Burusiya kuri uyu wa Mbere. Urwego rwatangaje ko uyu yahawe akazi na Ukraine kandi akahatorezwa ibyo gutega ibisasu . FSB ivuga ko uyu mugambi waburijwemo ubwo uwo muntu ufite ubwenegihugu bwâu uri mu mpera z’imyaka 30, yakusanyaga ibikoresho bikora […]
La construction du port de Rusizi en cours
La construction du port de Rusizi, visant Ă Â faciliter le transport des personnes et des marchandises sur le lac Kivu, a repris. Le port de Rusizi fait partie d’une initiative plus large visant Ă Â amĂ©liorer le transport par voie d’eau et Ă Â renforcer le commerce entre le Rwanda et la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo. Le […]
Paul Rusesabagina amemshambulia Rais Paul Kagame na serikali yake
Mwanasiasa Paul Rusesabagina ame mshambulia Rais Paul Kagame na serikali ya Rwanda, baada ya muda kuachiliwa kutoka kwa huruma yake. Ni katika ujumbe wa video ambao mwanamume huyo alichapisha Ijumaa hii, Julai 01, 2023. Machi mwaka huu, Rusesabagina, ambaye alihukumiwa kifungo cha miaka 25 jela baada ya kupatikana na hatia ya uhalifu wa ugaidi, aliachiwa […]
Civil society in North Kivu wants to participate in the Rwanda-DRC-HCR tripartite
The provincial coordination of civil society in North Kivu published, on Saturday July 1 in Goma, a declaration entitled: “No to the tripartite on Congolese refugees without the participation of the representatives of the people” . In this declaration, this structure says that it does not give a tripartite without the representatives of the people […]
Ndayishimiye yahembye ba Minisitiri 2 amafaranga miliyoni 10 mu yo agenerwa
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahembye Minisitiri wâumutekano wâimbere nâubutegetsi bwâigihugu nâuwâinyubako rusange nâimihanda kubera imirimo myiza bakoze mu nshingano zabo. Kuri Minisitiri wâinyubako nâimihanda, Perezida Ndayishimiye yagize ati: âUvuga rimwe, akumva gatanu. Ngira ngo abakoraga urugendo rwa Bujumbura-Gitega, ubu igitoro musigaye munywa cyaragabanyutse, nâimodoka zagendaga zita ibyuma mu nzira, bu ntizikibita.â Kuri Minisitiri wâumutekano […]
Senateri wa RDC yashinje Umuryango Mpuzamahanga kuba icyitso cy’u Rwanda mu Nteko ya EU
Muri iki cyumweru gishize impaka zabaye nyinshi mu Nteko Ishinga Amategeko yâu Burayi, i Buruseli, umurwa mukuru wâU Bubiligi, ahari bamwe mu senateri bavuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, barimo Senateri Laddy Yangotikala, watowe mu Ntara ya Tshopo, washinje Umuryango Mpuzamahanga gufatanya n’u Rwanda mu guhungabanya umutekano mu burasirazuba bwa Congo . Mu gutangira […]
Abanyekongo binjiriye urubuga rwa FERWAFA
Umutwe wâAbanyekongo binjira mu makuru yâikoranabuhanga yâabandi mu buryo butemewe nâamategeko (hackers) witwa DRC-Hacktiviste winjiriye urubuga (website) rwâishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Rwanda. Uwageragezaga gusura urubuga rwa FERWAFA mu gitondo cyâuyu wa 3 Nyakanga 2023 kugeza nka saa moya n’igice, ntabwo yabonaga amakuru yose yari ahasanzwe, ahubwo yari yasimbuwe nâubutumwa rukumbi buvuga ku ntambara iri kubera […]
Nyagatare: Urugendo rwo Kwibohora rwitabiriwe n’abarimo Guverineri Gasana

Abaturage bo mu Karere ka Nyagatare biganjemo urubyiruko, kuri iki Cyumweru bitabiriye urugendo rwo kwibohora (Liberation Walk) rubanziriza kwizihiza Umunsi wo Kwibohora wizihizwa buri mwaka ku itariki 4 Nyakanga . Ni urugendo rwahereye kuri Stade y’Akarere ka Nyagatare, rusorezwa ahitwa Gikoba mu Murenge wa Tabagwe ahabitse amateka akomeye y’urugamba rwo kubohora igihugu, kuko ari ho […]
Umubyeyi utwite akwiye kwitwararika mu gihe akoresha telefone
Umugore utwite aba afite ibyago byinshi byo guhungabanywa bikomeye nâibyibasira ubuzima, kandi ntibigarukira aho kuko abahanga bagaragaza ko bifata nâumwana atwite. Ni muri urwo rwego mu gihe akoresha telefone ngendanwa, aba akwiye kwitwararika cyane. Umuhanga mu bumenyi bwa nikeleyeri, Dr Mukarukaka Annely, yatanze inama abinyujije mu gitabo aherutse gushyira hanze cyitwa âProper Utilization of Technology […]
Nyamasheke: Yasanzwe hejuru mu kiziriko nyuma yo gutongana nâumugore
Abaturage bâumudugudu wa Rugarama, akagari ka Bisumbo,umurenge wa Cyato, akarere ka Nyamasheke, bari mu rujijo nyuma yo kubwirwa mu gitondo cyâuyu wa 2 Nyakanga, ko umuturanyi wabo Hagenimana Emmanuel wâimyaka 45 yimanitse mu gikoni nyuma yo gutongana nâumugore we bari bamaranye imyaka myinshi mu makimbirane, bamwe bakavuga ko yaba yishwe akahamanikwa. Ni amakuru akomeje guteza […]
Umutekano wâibizamini bya Leta urinzwe kuva muri Gicurasi: NESA
Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ibizamini bya Leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), Dr Bahati Bernard, aravuga ko umutekano wâibizamini bya Leta biratangira muri uku kwezi kwa Nyakanga urinzwe mu buryo buhambaye kuva muri Gicurasi 2023. Dr Bahati yasobanuye ko ibi bizamini byamaze gutegurwa, ikiri gukorwa ubu kikaba ari ugutubura kopi zabyo, ibyo bigakorwa hari abantu bashinzwe kubirinda, […]
Biguma: Ijwi ryâabahohotewe bâi Nyanza ryumvikaniye i Paris
Amasaha 288, ibyumweru 7, iminsi 31 yâiburanisha, abatangabuhamya nâabaregera indishyi bagera ku 106, biganjemo abahohotewe: ni rwo rubanza rwa Hategekimana Filipo, alias « Biguma », mu mibare. Ku wa 28 Kamena, mu rukiko rwa rubanda rwa Paris, mu Bufaransa, byasabye impaka zâamasaha arenga 8 kugira ngo inyangamugayo nâabacamanza bamufatire icyemezo: igihano cyâigifungo cya burundu! Bagendeye ku kuri […]
U Bwongereza bwaburiye Uganda ko ishobora kwibasirwa n’ibitero by’iterabwoba
U Bwongereza bwaburiye Uganda ko ibyihebe bishobora kuyigabaho ibitero by’iterabwoba nubwo butasobanuye urwego bizaba biriho nk’uko iyi nkuru dukesha Daily Monitor ivuga . Muri uyu muburo w’u Bwongereza, bwavuze ko ibitero “bishobora kutarobanura cyangwa bikibasira abanyamahanga cyangwa ahantu hagendwa cyane n’abanyamahanga,” “Mugomba kuba maso igihe cyose, by’umwihariko ahantu haba hari abantu benshi n’ahantu rusange nk’amahoteli, […]
Tshisekedi yabaye Umunyekongo wa mbere uhawe indangamuntu nyuma y’imyaka 40
Nyuma y’igihe kirekire nta ndangamuntu y’igihugu, Abanyekongo ubu nabo batangiye kuzihabwa nyuma y’igikorwa cyatangijwe kuwa Gatanu, itariki ya 30 Kamena 2023, Perezida wa Repubulika FĂ©lix Tshisekedi akaba ari we wayihawe bwa mbere . Mu muhango wabereye kuri Minisiteri y’umutekano , Perezida Felix Tshisekedi niwe muturage wa mbere wakiriye ikarita y’indangamuntu ku biro byâigihugu bishinzwe kumenyekanisha […]
NESA irahumuriza abavuga ko ibizamini itegura bikomera

Abanyeshuri nâabarezi bo mu rwunge rwâamashuri rwa Nkanga mu karere ka Bugesera bavuga ko ibizamini bya NESA bajya kubikora babanje kwiga no kubyitondera kubera uburyo biba biteguye kandi bikomeye ugereranyije nâibindi bakora. Mugisha Julius wiga mu ishami rya HEG, yiteguye gukora ikizamini gisoza amashuri yisumbuye. Avuga ko ikizami cyateguwe na NESA kuri ubu ari cyo […]
Paris: Urugo rwa meya rwatewe n’abigaragambya abasaga 700 batabwa muri yombi
U Bufaransa bwabonye ijoro rya gatanu ryâimvururu, ubwo habaga imirwano ikomeye hagati yâabapolisi nâabigaragambyaga mu mujyi wa Marseille wo mu majyepfo y’igihugu . Abantu bagera kuri 719 batawe muri yombi ijoro ryose, nyuma y’abasaga 1000 bafashwe mu ijoro ryabanje nk’uko tubikesha BBC. Polisi ivuga ko abigaragambyaga mu majyepfo yâumujyi wa Paris bateye inzu yâumuyobozi wâakarere […]
Boris Johnson asanga atari aha âabacamanza i Londresâ kwemeza umutekano w’u Rwanda
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yasabye Rishi Sunak kurenga inkiko nyuma yo kwemeza ko gahunda yo kohereza impunzi mu Rwanda itemewe n’amategeko . Boris yakoresheje umwanya wo kunyuzamo ibitekerezo bye yahawe na Daily Mail kugira ngo ashyigikire gahunda yo kujuririra iki cyemezo cyâabacamanza – ariko anavuga ko igihe kigeze ngo âduhindure amategekoâ […]
Perezida Ndayishimiye yageneye umugore we ishimwe, asobanura impamvu

Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, yageneye umugore we Angeline Ndayubaha ishimwe kuri uyu wa 1 Nyakanga 2023, mu gihe bizihizaga imyaka 61 ishize igihugu cyabo kibonye ubwigenge. Iri shimwe yarihawe nkâuwagize uruhare mu iterambere ryâAbarundi nâuwaranzwe nâibikorwa byâubugiraneza, nyuma yo gutorwa na komite yihariye yashyizweho ngo itoranye abakwiye amashimwe kuri uyu munsi. Perezida Ndayishimiye yagize […]
Ukraine: Kiev yongeye kugabwaho igitero cya za drones nyuma y’ikiruhuko
Kuri iki Cyumweru, u Burusiya bwagabye igitero cyâindege zitagira abapilote kuri Kyiv nyuma yâikiruhuko cyâiminsi 12, nkuko byatangajwe nâumuyobozi wâigisirikare cya Ukraine,wemeje ko uburyo bwo kwirinda ibitero byo mu kirere bwangije drones zose zabusatiraga . Mu nyandiko yanditse ku rubuga rwa Telegram, Colonel General Serhiy Popko, ukuriye ubuyobozi bwa gisirikare muri Kyiv, yagize ati: “Ikindi […]
Rusesabagina arahamya ko ikirahuri cyamukozeho
Rusesabagina Paul uherutse gusohoka muri gereza ya Nyarugenge nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida Paul Kagame, yatangaje ko ikirahuri yahawe ari cyo cyatumye yisanga mu maboko ya Polisi yâiki gihugu nâurwego rwâubugenzacyaha. Uyu mugabo wahamijwe ibyaha byâiterabwoba yatawe muri yombi muri Kanama 2020 ubwo yururukaga indege yihariye y’ikigo GainJet Aviation, ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya […]
Beni: The president of the Association of people living with disabilities assassinated
The president of people living with disabilities in Beni (North Kivu) was shot dead this Friday, June 30, in his house by armed bandits . Sources on site reported that this tragedy took place in Mulekera district. According to the same sources, these thugs raided the parcel of the illustrious disappeared around 3 a.m. local […]
Guverinoma iri gukosora ibikorwaremezo bibangamira ibindi: Dr Ngirente

Minisitiri wâIntebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko guverinoma yâu Rwanda iri gukosora ibikorwaremezo bibangamira cyangwa bisenya ibindi, byâumwihariko imihanda n’ibigo by’amashuri. Ni igisubizo yahaye umudepite Dr Frank Habineza kuri uyu wa 30 Kamena 2023, ubwo yasobanuriraga abagize inteko ishinga amategeko, imitwe yombi, gahunda za guverinoma zo gucunga no guhangana nâibiza. Dr Habineza, mu mwanya wo […]
Kocha wa PSG akamatwa katika uchunguzi wa ubaguzi
Kocha wa Paris Saint Germain, Christophe Galtier, alishikiliwa kwa mahojiano pamoja na mwanawe kama sehemu ya uchunguzi wa madai ya ubaguzi, mwendesha mashtaka wa Nice aliambia AFP siku ya Ijumaa . Hatua hiyo inafuatia uchunguzi ulioanzishwa mwezi Aprili, kufuatia madai kwamba alitoa matamshi ya ubaguzi wa rangi na chuki dhidi ya Uislamu kuhusu wachezaji alipokuwa […]
FARDC na UPDF byishe umuyobozi muri ADF ukomoka muri Tanzania n’umugore we
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) gifatanyije n’icya Uganda (UPDF), kiratangaza ko kivuganye undi muyobozi wa ADF mu murenge wa Ruwenzori muri Teritwari ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru . Aya makuru yatangarijwe abanyamakuru muri Teritwari ya Beni kuri uyu wa Gatanu, itariki 30 Kamena 2023, nk’uko iyi nkuru dukesha 7sur7.cd ivuga. […]
MINEMA yashimiye umusore wakusanyije amafaranga yo gufasha abibasiwe nâibiza
Minisiteri ishinzwe ibikorwa byâubutabazi, MINEMA, yashimiye byâumwihariko umusore witwa Harerimana Tito watangije ku rubuga rwa Twitter igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gufasha bagizweho ingaruka nâibiza. Ibiza byibasiye uburengerazuba, amajyaruguru nâamajyepfo mu ijoro rya tariki ya 2 rishyira iya 3 Gicurasi 2023. Byishe abantu 135, bikomeretsa 110, byimura 20,326. Harerimana tariki ya 4 Gicurasi yatangije igikorwa […]
Urubanza rwa Mwangachuchu: Ubushinjacyaha bukomeje kumushinja kuba Umunyarwanda
Depite Ă â°douard Mwangachuchu, uri mu butabera, mu iburanisha ryo ku wa Gatanu ushize, yatanze inyandiko yo gupimwa covid yakoreye i Kigali na Gisenyi mu Rwanda. Abamwunganira, bavuga ko icyemezo “cy’umwimerere” cyatanzwe na Mwangachuchu, kigaragaza ko yigaragaje ku mupaka nk’Umunyekongo, kandi ko atari Umunyarwanda nk’uko ubushinjacyaha bukomeza bubivuga, bushaka kwerekana ko uyu mudepite yegereye u Rwanda […]
Tshisekedi aremeza ko imbaraga za FARDC ziyongereye
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, aremeza ko imbaraga zâigisirikare cyabo, FARDC, nâizindi nzego zâumutekano ziri kwiyongera ku buryo mu gihe kiri imbere abazagerageza gutera igihugu cyabo bazaba bameze nkâabiyahura. Mu butumwa yatanze kuri uyu wa 30 Kamena 2023 mu gihe RDC yizihiza umunsi wâubwigenge ku nshuro ya 63, Tshisekedi yabwiye Abanyekongo […]
Taiwan iravuga ko indege z’intambara z’u Bushinwa zongeye kuyivogera
Minisiteri yâingabo ya Taiwan yavuze ko indege 11 zâigisirikare cy’u Bushinwa zambutse umurongo ugabanya impande zombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu mu gihe u Bushinwa bukomeje gutoteza iki kirwa kiyobowe muri demokarasi bukoresheje ingufu zabwo za gisirikare . Taiwan, u Bushinwa buvuga ko ari intara yabwo bwite nubwo iki kirwa cyabyanze, mu myaka […]
HRW irashinja igisirikare cya Ukraine gukoresha ibisasu byaciwe ku ngabo z’u Burusiya
Kuri uyu wa Gatanu, Umuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu (HRW) wavuze ko wavumbuye ibimenyetso bishya byerekana ko ingabo za Ukraine zikoresha mu buryo butavangura ibisasu bya mine byaciwe ku ngabo zâu Burusiya zateye Ukraine mu 2022 . Uyu muryango wahamagariye Guverinoma ya Ukraine kubahiriza amasezerano yiyemeje mu ntangiriro z’uku kwezi yo kudakoresha izo ntwaro, gukora […]
Serikali ya Uingereza kukata rufaa dhidi ya uamuzi wa mahakama kuhusu Rwanda
Serikali ya Uingereza itataka kukata rufaa dhidi ya uamuzi wa mahakama kwamba mpango wake wa kuwafukuza makumi ya maelfu ya watu wanaotafuta hifadhi nchini Rwanda ulikuwa kinyume cha sheria, Waziri Mkuu Rishi Sunak alisema Alhamisi . Mahakama ya Rufaa ilihitimisha kwamba Rwanda isingeweza kuchukuliwa kama nchi ya tatu salama. “Ingawa ninaheshimu mahakama kimsingi sikubaliani na […]
U Burusiya burigamba guhitana abajenerali 2 ba Ukraine mu gitero muri Kramatorsk
Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya iravuga ko abajenerali babiri ba Ukraine n’abandi basirikare bakuru ba Ukraine bagera muri 50 biciwe mu gitero cya missile muri Kramatorsk kuwa kabiri ushize nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya, RIA . Ku ruhande rwabo, abayobozi ba Ukraine batangaje ko abantu 12 bishwe abandi 60 bagakomereka nyuma y’igitero cya missile cy’u […]
Musenyeri mukuru wa Lubumbashi asanga Tshisekedi akwiye kwikiza abantu bamukikije
Mu gihe umubano ukomeje kuzamo igitotsi hagati yâabategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Kiliziya Gatolika, Arkiyepiskopi wa Lubumbashi, Fulgence Muteba Mugalu, yashinje ubuyobozi gushakisha uwo bugerekaho amakosa y’ibibazo biri mu gihugu. Muri kiganiro yagiranye na Jeune Afrique ku itariki ya 20 Kamena, Musenyeri Fulgence Muteba Mugalu yashimangiye ko : kiliziya atari âumufatanyabikorwa wâabatavuga […]
London: Urukiko rwatesheje agaciro icyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda
Icyemezo cy’Urukiko Rukuru cyateshejwe agaciro hemezwa ko kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda bitemewe kugeza igihe hazaba impinduka kuri gahunda y’ubuhunzi mu Rwanda, nk’uko Urukiko rw’Ubujurire rwanzuye kuri uyu wa Kane, itariki 29 Kamena 2023 . Lord Burnett, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, yabwiye urukiko ko babiri mu bacamanza batatu banzuye ko ibitagenda neza muri gahunda yo gusaba […]
Le projet d’envoi de demandeurs d’asile au Rwanda jugĂ© illĂ©gal
La dĂ©cision de la Haute Cour est annulĂ©e et le renvoi des demandeurs d’asile vers le Rwanda est illĂ©gal jusqu’Ă Â ce que des changements soient apportĂ©s au systĂšme d’asile lĂ Â -bas, selon la Cour d’appel . La Cour d’appel de Londres devrait statuĂ© ce jeudi sur la lĂ©galitĂ© d’un plan britannique d’expulsion des demandeurs d’asile vers […]
Kigali: Amakipe yose yâu Burundi na Tanzania yasezerewe azira uburiganya

Amakipe abiri ahagarariye u Burundi na Tanzania mu irushanwa ryâakarere ka Zone muri Basketball ryâabatarengeje imyaka 16 riri kubera i Kigali, yasezerewe nyuma yâaho bigagaragaye ko afite abakinnyi barengeje uru rugero. Muri iri rushanwa ryo gushaka itike yâigikombe nyafurika rizabera muri Tunisia muri Nyakanga 2023, byari byateganyijwe ko amakipe yombi (iyâabahungu nâiyâabakobwa) akina nâamakipe ahagararariye […]
Walikale: Umugore wâumusirikare yambitse ubusa, akubitirwa mu kigo cya gisirikare
Umugore wâumusirikare ukorera mu kigo cya gisirikare cya Biruwe muri Walikale, Isabel Ukunabo, yakakubiswe bikomeye nyuma yo kwambikwa ubusa, ubwo yari yagiye kuvuganira umugabo we witwa Kanimba Mutamba. Ukunabo yasobanuriye Radio Okapi ko yagiye muri iki kigo kuri uyu wa 28 Kamena 2023 kubaza agahimbazamusyi kâurugamba umugabo we atishyuwe, komanda waho ategeka abasirikare babiri kumukuramo […]
London: Urukiko rw’ubujurire ruranzura niba kohereza abimukira mu Rwanda byemewe
Kuri uyu wa Kane, itariki 29 Kamena 2023, Urukiko rw’Ubujurire rwa Londres ruranzura niba umugambi w’u Bwongereza wo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda wemewe n’amategeko, mu cyemezo gishobora gutuma umuhigo wa Minisitiri wâintebe Rishi Sunak wo guhagarika abimukira ku bwato ugerwaho cyangwa ukangizwa . Mu masezerano yabaye mu mwaka ushize, Guverinoma yâu Bwongereza irateganya kohereza […]
RIB ishobora guhabwa ububasha bwo gufunga amadosiye amwe atageze mu bushinjacyaha
Umushinga w’itegeko rishya urashaka guha ububasha Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyahamu (RIB) bwo gufunga amadosiye amwe n’amwe atabanje koherezwa mu bashinjacyaha . Dukurikije itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha ririho, abashinzwe ubugenzacyaha ntibafite ububasha bwo gufunga amadosiye kabone niyo baba babona ari ngombwa. Basabwa gushyikiriza dosiye z’imanza mu bushinjacyaha bukuru (NPPA) kugirango hafatwe icyemezo. NPPA ifite ububasha bwo […]
Paris: Hategekimana yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko rwa rubanda rwâi Paris mu Bufaransa kuri uyu wa 28 Kamena 2023 rwakatiye igifungo cya burundu Hategekimana Philippe wamenyekanye nka ‘Biguma’ nyuma yo kumuhamya ibyaha bya jenoside nâibyibasiye inyokomuntu. Hategekimana wari umuyobozi wungirije muri jandarumori muri Nyanza mu 1994 yashinjwe gutegeka ko Abatutsi bicirwa kuri za bariyeri, bamwe akabiyicira ubwe. Ni ibyaha ubushinjacyaha buvuga […]
Rutsiro: Murekatete aravuga ko atagizwe Meya na Gatabazi
Meya ucyuye igihe wâakarere ka Rutsiro, Murekatete Triphose, arahakana amakuru avuga ko yari yarashyizwe muri iyi nshingano na Gatabazi Jean Marie Vianney wabaye Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu. Mbere yâuko kuri uyu wa 28 Kamena 2023 ibiro bya Minisitiri wâIntebe bisohora itangazo risesa inama njyanama yâakarere ka Rutsiro, mu biro byâaka karere habanje guhwihwiswa amakuru yâimikorere nâimikoranire […]
Nyamasheke: Umurambo wâumukecuru wari warabuze wasanzwe ku ruzi
Umurambo wâumukecuru wâimyaka 60 witwaga Nyirangirinshuti FĂ©licitĂ©, wari utuye mu mudugudu wa Gakenke, akagari ka Rugali, umurenge wa Cyato, akarere ka Nyamasheke, wabuze ku wa 23 Kamena, wasanzwe ku nkengero zâuruzi rwa Karundura mu gitondo cyo kuri uyu wa 28 Kamena. Nkâuko umunyamakuru wa Bwiza.com yabitangarijwe nâumunyamabanga nshingwabikorwa wâakagari ka Rugali, Mubayire Eliel, ngo uyu […]
Perezida wa Koreya y’Epfo yoherereje uw’u Rwanda ubutumwa bwihariye
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Kamena, Minisitiri wâintebe, Edouard Ngirente, yakiriye Sung Min Jang, intumwa idasanzwe ya Perezida wa Repubulika ya Koreya, waje azanye ubutumwa bwihariye bwa Perezida Yoon Suk Yeol bugenewe Perezida Paul Kagame . Ibiganiro byabo byibanze ku gushimangira ubufatanye hagati yâibihugu byombi nk’uko iyi nkuru dukesha The New Times ivuga […]
M23 yasubiyemo ko itazaba mu kigo cya Rumangabo
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wasubiriyemo amahanga ko utazemera kohereza abarwanyi bawo kuba byâagateganyo mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo butarubahiriza ibyo wabusabye. Tariki ya 20 Kamena 2023, Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yasohoye itangazo, avuga ko uyu mutwe wubahirije ibyo wasabwaga […]
The DRC will coordinate the actions of the various forces deployed in the east
The SADC, EAC, CIRGL and AU Quadripartite Summit ended on Tuesday, June 27 in Luanda with the establishment of a framework for coordinating the actions of various forces deployed in eastern DRC. The leadership of this framework has been entrusted to the DRC. Congolese Minister of Foreign Affairs, Christophe Lutundula Apala, welcomed the decision during […]
RDC yahawe guhuza ibikorwa by’ingabo z’amahanga zoherejwe mu burasirazuba
Inama ya SADC, EAC, CIRGL, CEEAC hiyongereyeho na AU, yarangiye kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 27 Kamena i Luanda hashyizweho urwego rwo guhuza ibikorwa byâingabo zinyuranye zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Congo, Christophe Lutundula Apala, mu kiganiro na Radio Okapi, yishimiye ko ubuyobozi bw’uru rwego bwahawe […]
Le chef de l’armĂ©e kenyane reà §u par son homologue rwandais

Le chef des forces de dĂ©fense du Kenya, le gĂ©nĂ©ral Francis Ogolla, a rendu visite aux Forces de dĂ©fense du Rwanda (RDF) et a eu des entretiens bilatĂ©raux avec les dirigeants de l’armĂ©e rwandaise . Les pourparlers visaient Ă Â approfondir les relations existantes entre les deux armĂ©es. A son arrivĂ©e, il a Ă©tĂ© reà §u par […]
Ubutumwa bwo kubungabunga amahoro muri Mali (MINUSMA) burarangirana n’uku kwezi
Inshingano zâimyaka icumi zâubutumwa bw’Umuryango wâAbibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Mali zizarangira ku itariki ya 30 Kamena, nk’uko abadipolomate babitangaje kuri uyu wa Kabiri ushize, mbere yâuko Akanama k’Umutekano gatora umushinga w’uyu mwanzuro, wabonywe na Reuters, uzaha abasirikare ibihumbi 13 amezi atandatu yo kuhava . Iherezo riteganyijwe ryâubutumwa bwa MINUSMA rije nyuma yâumwuka mubi umaze […]
Minisitiri wâingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
Kuba Umunyarwanda, kuvuga Ikinyarwanda, kugira ibikorwa mu Rwanda cyangwa se umutungo muri iki gihugu birasa nâaho byahindutse ikizira mu maso yâubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo guhera mu mwaka ushize, ubwo bwatangiraga kurushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Kuva icyo gihe ni bwo urwego rwa RDC rushinzwe iperereza (ANR) rwatangiraga gukora umukwabu muri […]
Mkuu wa Jeshi la Ulinzi la Kenya amefanya ziara nchini Rwanda
Mkuu wa Jeshi la Ulinzi ya Kenya (KDF), Jenerali Francis Ogolla amefanya ziara nchini Rwanda, Jumanne Juni 27, 2027, ambapo alipokelewa na kufanya mazungumzo na mwenzake wa Rwanda, Luteni Jenerali Mubarakh Muganga. Wizara ya Ulinzi nchini Rwanda imetangaza kuwa mazungumzo kati ya Wakuu wa Ulinzi yalilenga ushirikiano katika kudumisha usalama katika eneo hilo, pamoja na […]
TotalEnergies yongeye kujyanwa mu rukiko kubera imishinga yayo muri Uganda
Amatsinda atanu y’impirimbanyi yongeye gutanga ikirego mu rukiko rwâimbonezamubano rwa Paris kirega sosiyete y’Abafaransa yitwa TotalEnergies (TTEF.PA) ku nshuro yayo ya kabiri kubera imishinga y’iki kigo muri Uganda na Tanzania , nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, nyuma yâuko igerageza rya mbere muri Gashyantare ryari ryatewe utwatsi . Amatsinda y’Abafaransa n’Abagande, ayobowe n’Umuryango “Inshuti z’Isi” […]