Rusizi: Abagore bari mu nzego z’ubuyobozi basabwe kwirinda kuzarira mu mikorere

Mu nteko rusange y’inama y’igihugu y’abagore (CNF) ku rwego rw’akarere ka Rusizi yahuje abagore barenga 200 bari nzego zinyuranye z’ubuyobozi barimo n’aba bagize inama y’igihugu y’abagore kuva ku rwego rw’akagari kugera ku rw’akarere, bagaragaje ko hari byinshi bazakora muri uyu mwaka birimo guhangana n’ikibazo cy’amakimbirane yo mu miryango, kubakira bamwe mu batishoboye, n’ibindi, basabwa kwirinda […]
Musanze: Barashinja Paruwasi ya Rwaza kuzungura umubyeyi wabo nyamara itavukana na bo
Umuryango ugizwe n’abantu 11 bo mu kagari ka Murwa ho mu murenge wa Remera mu karere ka Musanze, urashinja Paruwasi ya Rwaza kubatwarira umutungo mu buryo abawugize bita ubw’amanyanga. Abashinja Paruwasi ya Rwaza kubatwarira ubutaka burimo n’inzu ni abana ba Munyazikwiye BĂ©rnard na Negamyehe Monique. Aba bavuga ko ibibazo byatangiye mu Ukuboza 2021, ubwo nyina […]
Imyaka 25 irihiritse Marechal Mobutu Sese Seko asezeye ku Isi y’abazima
Kuva ku itariki ya 7 septembre 1997 kugeza ku ya 7 septembre 2022, hashize imyaka 25 umunyagitugu Marechal Mobutu Sese Seko wa Zabanga asezeye ku Isi y’abazima azize cancer yo mu dusabo tw’intanga nyuma yo kwirukanwa ku butegetsi n’inyeshyamba za AFDL . Uyu mutegetsi washinze ishyaka Mouvement populaire de la rĂ©volution (MPR) ryabaye ishyaka rukumbi […]
Le dossier des responsables de la Cogebanque déposé au parquet
Le Bureau d’enquĂŞte rwandais (RIB) a dĂ©posĂ© le dossier des deux cadres supĂ©rieurs de la Cogebanque arrĂŞtĂ©s le 1er septembre pour suspicion d’abus de biens dans l’intĂ©rĂŞt public . Les deux hauts responsables du prĂŞteur sont Joel Kayonga, directeur commercial de la banque, et George Ndizihiwe, directeur du crĂ©dit. Selon le porte-parole du RIB, Thierry […]
Burundi: Perezida Ndayishimiye yakiriye indahiro ya Gen Gervais Ndirakobuca yagize Minisitiri w’Intebe
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, yakiriye indahiro ya Lt Gen Gervais Ndirakobuca aheruka kuha inshingano za Minisitiri w’Intebe w’igihugu cye. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ni bwo Gen Ndirakobuca yemejwe n’inteko inshinga amategeko nka Minisitiri w’Intebe mushya, asimbuye Gen Alain-Guillaume Bunyoni wari utagicana uwaka na Perezida […]
Ubushinjacyaha bwashyikirijwe dosiye z’abayobozi 2 bakuru muri Cogebanque
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwashyikirije ubushinjacyaha dosiye z’abayobozi bakuru bo muri Cogebanque batawe muri yombi ku ya 1 Nzeri bakekwaho gukoresha nabi umutungo ufitiye rubanda akamaro . Abayobozi babiri bakuru ni Joel Kayonga, umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri banki, na George Ndinzihiwe ushinzwe inguzanyo. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa RIB, Thierry Murangira, kuri uyu wa Kabiri, itariki […]
Elon Musk yaba yarasanze kugura twitter ntacyo bimaze mu gihe Isi igana ku irimbuka
Kuri uyu wa Kabiri ushize, urukiko rwabwiwe ko umuherwe Elon Musk yiherereye muri Gicurasi yavuze ko bitakumvikana kugura Twitter mu gihe Isi irimo iragana ku irimbuka . Ikinyamakuru Business Insider cyatangaje ko uru rubanza rugamije guhatira Musk kubahiriza amasezerano ye yo muri Mata yo kugura urubuga nkoranambaga rwa Twitter kuri miliyari 44 z’amadolari. Ubutumwa bugufi […]
Uhuru Kenyatta yatangaje ko yemera Odinga n’ubwo azashyikiriza ububasha Ruto
Perezida wa Kenya uri gucyura igihe, Uhuru Kenyatta, yatangaje ko yemera Raila Odinga nk’umuyobozi we, n’ubwo ateganya gushyigikiriza ububasha Dr William Ruto kugira ngo amusimbure ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abayoboke b’ihuriro ry’imitwe ya politiki rya Azimio la Umoja baherutse gutsindira imyanya mu nteko ishinga amategeko, cyabereye kuri Maasai […]
DIGP Namuhoranye ari muri Polonye mu imurika ryerekanwamo ibirimo imbunda
Umuyobozi Wungirije wa Polisi y’u Rwanda, DIGP Felix Namuhoranye ari kumwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Polonye (Pologne), Prof Shyaka Anastase, bitabiriye imurika mpuzamahanga ry’ibijyanye n’Igisirikare riri kubera mu Mujyi wa Kielce. Ibiro bya Ambasade y’u Rwanda muri Poland ku wa Kabiri tariki 06 Nzeri 2022, byatangaje ko aba bayobozi barimo DIGP Namuhoranye bitabiriye iri […]
Police in Rubavu shot dead a 18-year old boy
Police in Rubavu District has shot dead one Prince Ishimwe, suspected to be a thief whom with his colleague found trying to rob a yet to be identied resident. Western Region Police Spokesperson, CIP Rukundo Mucyo, told this website that Ishimwe, 18, was shot dead around 1:00 am on Wednesday. ” The thief Ishimwe Prince […]
Umurundikazi Irangabiye wabaga i Kigali afungiwe mu Burundi

Umurundikazi Floriane Irangabiye wamenyekaniye mu biganiro yagiranaga n’ibinyamakuru ku ngingo zerekeye uburenganzira bw’ikiremwamuntu, afunzwe n’urwego rwa Leta y’u Burundi rushinzwe iperereza guhera mu mpera za Kanama 2022. Urubuga SOS rwo mu Burundi, rusobanura ko uyu mugore wabaga mu Rwanda nk’impunzi akurikiranweho icyaha cyo kugambanira igihugu gifitanye isano n’ikirego cy’uko ngo akorana n’imitwe yitwaje intwaro irwanya […]
Hemejwe bidasubirwaho ko Tunisia izakira inama ya OIF ya 18 imaze gusubikwa kabiri
Bidasubirwaho, hemejwe ko igihugu cya Tunisia kizakira inama itaha y’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, La Francophonie (OIF) izabera mu Gushyingo ku Kirwa cya Djerba nubwo ibihugu bimwe bidashaka ko iki gihugu kiyakira nka Canada, kuva Perezida wa KaĂŻs SaĂŻed yakwikubira ubutegetsi bwose . Nyuma yo gusubikwa kabiri, inama ya 18 ya Francophonie izabera ku kirwa cya […]
Minisitiri w’ingabo w’u Rwanda yakiriwe na mugenzi we wa Azaribayijan

Iruhande rw’imurikagurisha mpuzamahanga rya gisirikare 4 rya Azaribayijan (ADEX-2022) n’imurikagurisha rya 13 ry’umutekano w’imbere mu gihugu, ry’ibikoresho by’umutekano n’ubutabazi (SECUREX CASPIAN-2022) i Baku, Minisitiri w’ingabo w’u Rwanda Maj Gen Albert Mcery yahuye na mugenzi we wa Azaribayijan, Colonel Jenerali Zakir Asker oglu Hasanov . Maj Gen Albert Murasira kandi kuri uyu wa Kabiri yabonanye na […]
HCR yagaragaje impamvu idashyigikiye kohereza mu Rwanda abashaka ubuhungiro mu Bwongereza
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 06 Nzeri, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, UNHCR, ryabwiye urukiko mu Bwongereza ko u Rwanda “rudafite uburyo bujyanye n’ibyo gutanga ubuhungiro bworoshye, bwizewe, buboneye kandi bunoze ”. Laura Dubinsky, wo muri UNHCR, yagize ati: “Hariho inenge zikomeye muri gahunda yo kugena status y’impunzi mu Rwanda.” Yongeyeho ati: “Nta cyizere […]
Chelsea yirukanye Thomas TĂĽchel wari umutoza wayo
Ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza yatangaje ko yamaze gutandukana n’Umudage Thomas TĂĽchel wari umutoza wayo mukuru. Iyi kipe y’i Londres yemeje aya makuru ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Internet, imushimira akazi gakomeye we na Staff ye bayikoreye mu minsi bari bayimazemo; karimo kuyihesha UEFA Champions league ya 2021, UEFA Super Cup ndetse n’Igikombe cy’Isi […]
President Ndayishimiye fires PM Bunyoni amid coup d’état claims
Burundian President, Evaritse Ndayishimiye, has replaced Alain Guillaume Bunyoni as Prime Minister following allegations that powerful individuals want to oust the former. Just when it all seemed calm, Burundi’s political tensions have risen again, following suspicions some senior leaders were plotting a coup against President Evariste Ndayishimiye. The new PM is Lt Gen Gervais Ndirakobuca […]
Uganda: Igitaramo kivugwamo urukozasoni cyahagurukije Inteko na guverinoma

Igitaramo ngarukamwaka cyitwa Nyege Nyege giteganyijwe mu cyumweru gitaha cyahagurukije inteko ishinga amategeko ya Uganda n’abagize guverinoma nyuma y’impungenge bamwe bakomeje kugaragaza z’uko kizarangwa n’ibikorwa by’urukozasoni. Iki gitaramo byateganyijwe ko kizabera mu karere ka Jinja, kikitabirwa n’abahanzi bo mu gihugu no hanze, ndetse kugeza ubu abanyamahanga bagera mu 8000 bamaze kwishyura ko bazacyitabire, ariko ngo […]
Perezida Ndayishimiye yirukanye Minisitiri w’Intebe Bunyoni, amusimbuza Gen. Gervais Ndirakobuca
Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi kuri uyu wa Gatatu, yemeje Lt Gen Gervais Ndirakobuca nka Minisitiri w’Intebe mushya w’iki gihugu usimbura Gen Alain-Guillaume Bunyoni wari umaze imyaka ibiri kuri uriya mwanya. Gen Ndirakobuca wamenyekanye nka Ndakugarika, kuva muri Kamena 2020 yari asanzwe ari Minisitiri w’Umutekano n’iterambere ry’abaturage mu Burundi. Perezida Evariste Ndayishimiye ni we wari […]
Liz Truss yahembye imyanya myiza inshuti ze abari bashyigikiye Rishi Sunak bashyirwa ku gatebe

Liz Truss yahembye abafatanyabikorwa be bakomeye imirimo ikomeye mu mpinduka yakoze muri guverinoma nyuma y’amasaha macye asimbuye Boris Johnson ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe . Kwasi Kwarteng yagizwe umujyanama, James Cleverly aba umunyamabanga w’ububanyi n’amahanga naho Suella Braverman asimbura Priti Patel ku mwanya w’umunyamabanga ushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu. James Cleverly Umwe mu nshuti magara […]
Perezida Ndayishimiye yagize Col Sindayihebura wari ukuriye SNR umuyobozi w’ibiro bye
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 07 Nzeri yagize Colonel Aloys Sindayihebura umuyobozi w’ibiro bye. Colonel Sindayihebura yasimbuye kuri uyu mwanya Lt Gen Gabriel Nizigama wari umaze igihe ari umuyobozi w’ibiro bya Perezida w’u Burundi. Uyu wanahoze ari umuyobozi w’ibiro bya Perezida Pierre Nkurunziza, iteka rya Perezida Evariste Ndayishimiye ntiryasobanuye […]
Kimwe mu bigo bya Leta cyatanze amasoko afite agaciro ka Frw asaga miliyari 22 bidakurikije amategeko
Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC), basanze Ikigo gishinzwe imiturire (RHA), kitarakurikije amategeko mu gutanga amasoko arimo 13 afite agaciro ka miliyari zisaga 22. Aba badepite bumvise ibisobanuro bya RHA kuri iyi ngingo. Basabye kugabanya amafaranga y’ubukode bw’aho inzego za Leta zikorera, yavuye kuri milliyari 3 agera kuri milliyari 7 ku […]
Ingabo za Monusco zishe zirashe umusore w’Umunyekongo mu bari bitambitse imodoka zayo
Umusore umwe yapfuye azize amasasu yarashwe n’Ingabo za Monusco ahagana mu ma saa yine zo kuri uyu wa Kabiri, itariki 06 Nzeri 2022 muri Teritwri yaa Beni, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Byose byatangiranye n’imyigaragambyo y’abamotari bitambika imodoka za Loni (UN), ubwo zavaga mu Mujyi wa Butembo berekeza Beni. Nk’uko iyi nkuru dukesha Actu7.cd, hirya no […]
Uhuru Kenyatta yagiranye ikiganiro na William Ruto ugiye kumusimbura
Perezida wa Kenya uri gucyura igihe, Uhuru Kenyatta, yagiranye ikiganiro na Dr William Ruto ugiye kumusimbura ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu. Nk’uko Dr Ruto yabisobanuye, ikiganiro cyabayeho cyari cyerekeye amatora y’Umukuru w’Igihugu n’abagize inteko ishinga amategeko aherutse kuba, ndetse n’ihererekanyabubasha rizabaho hagati yabo. Muri ubu butumwa yatangaje kuri uyu wa 7 Nzeri 2022, Dr Ruto yagize […]
Dosiye ya Muhizi ‘wabeshye’ Perezida Kagame yashyikirijwe ubushinjacyaha
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwamaze gushyikiriza ubushinjacyaha dosiye ya Muhizi Anatole ukurikiranweho ibyaha birimo gutesha agaciro icyemezo cy’inzego z’ubutabera n’icyo gukoresha inyandiko mpimbano. Ku wa Mbere w’iki cyumweru ni bwo dosiye y’uyu mugabo yashyikirijwe ubushinjacyaha, akaba ayihuriyeho n’uwitwa Rutagengwa Jean LĂ©on n’umugore we Nibigira Alphonsine. Mu minsi ishize ni bwo Muhizi yatawe muri yombi nyuma […]
Umusimbura wa Priti Patel na we ashyigikiye amasezerano y’u Bwongereza n’u Rwanda
Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Liz Truss, kuri uyu wa 6 Nzeri 2022 yimitse Umunyamabanga muri guverinoma ushinzwe umutekano w’imbere (Home Secretary), Suella Braverman wasimbuye Priti Patel. Mu butumwa yatangaje amenyesha ko yatangiye akazi kuri uyu wa 7 Nzeri, Suella yavuze ko mu byo azibandaho mu nshingano ye, harimo kugenzura ukwimuka (immigration). Yagize ati: “Nishimiye […]
Rubavu: Polisi yatabaye uwanigagurwaga n’ibisambo, irasa mu cyico kimwe muri byo
Polisi ikorera mu murenge wa Gisenyi ho mu karere ka Rubavu, mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu yarashe umusore witwa Ishimwe Prince wakekwagaho ubujura arapfa. Byabereye mu mudugudu wa Gisubizo, akagari ka Kivumu ho mu murenge wa Gisenyi. Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu mu ntara y’Uburengerazuba, CIP Rukundo Mucyo, yabwiye BWIZA ko uriya musore w’imyaka […]