Impunzi zafataga iyi nkambi nk’agahugu ka Loni kaba mu Rwanda- Umuyobozi ku ikozanyaho ryo mu 2018

Umuyobozi w’inkambi y’impunzi ya Kiziba iri mu Karere ka Karongi, Kamanzi Straton avuga ko ibibazo byari mu nkambi ya Kiziba byaturukaga ku myitwarire idakwiye, birimo kumva ko ari nk’igihugu mu kindi, byagiye bishakirwa umuti ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye. Mu 2018 mu nkambi ya kiziba hadutse urugomo n’imivurungano yatewe na zimwe mu mpunzi zari zifite imyitwarire […]

Umusore w’imyaka 19 yari akaswe igitsina asanzwe mu buriri n’umugore w’abandi w’imyaka 35

Umusore w’imyaka 19, Edmond Kipng’etich wo Mujyi wa Nakuru muri Kenya, yakubiswe bikomeye, agye gukatwa igitsina, abaturanyi barahagoboka, ubwo umugabo yari amusanze mu buriri bwe, aryamanye n’umugore we w’imyaka 35 y’amavuko. Edmond Kipng’etich usanzwe yiga mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye, yafashwe asambana n’umugore wubatse witwa Judy Chelang’at. Ibinyamakuru birimo Murang’a bivuga ko ” Nyir’urugo […]

Pasiteri yemeye gushyingiranwa n’umurambo w’umukunzi we yakuriyemo inda agapfa

Umupasiteri wo muri Ghana muri Leta ya Abia, utatangajwe amazina, yemeye gushyingiranwa n’umurambo w’uwari umukunzi we, Chioma, yateye inda, akayikuramo bikamuviramo kumuhitana. Ibi yabisabwe n’umuryango w’umukobwa nk’igihano cyo kubicira umwana. Uyu mupasiteri yari yarateye inda uyu mukobwa, umunsi umwe amusaba ko amusura, amuha icyo kunywa kimusinziriza ariko gisanzwe kinakuramo inda, gusa umukobwa kiramuhitana. Uyu mupasiteri […]

Afghanistan: Imirwano ikaze yadutse mu gace ka Panjshir

Hari imirwano ikaze hagati y’Abataliban baheruka gufata igihugu n’undi mutwe utabemera, National Resistance Front (NRF), yabereye mu kibaya cya Panjshir, aho batari bakigaruriye. Ibiro ntaramakuru Reuters bivuga ko byahawe amakuru n’Abataliban ko bafashe Panjshir, abo bahanganye babeshyuza ayo makuru. Umwe mu bayoboye abo barwanyi bo muri Panjshir, Amrullah Saleh, arahakana amakuru avuga ko yahunze, ariko […]

Umunyarwanda yapfiriye i Kabale urutavugwaho rumwe

Umunyarwanda witwa Paul Bangirana w’imyaka 47 yasanzwe mu gace ka Bugarama Parish muri Buhara mu Karere ka Kabale yapfuye, bikavugwa ko yazize Kanyanga yanyoye ikamuhitana. Hari amakuru ataremezwa n’urwego bireba avuga ko Bangirana yatwawe n’abantu bataramenyekana, bamujyana ahatazwi, agenda avuza induru. Nyuma y’amasaha, haboneka umurambo we. Ikinyamakuru Watchdoguganda kivuga ko ” Bangirana yinjiye muri Uganda, […]

Ijambo rya nyuma Jay Polly yabwiye umukobwa uri mu ba nyuma bavuganye

Umwe mu bakobwa bakunze kugaragara mu ndirimbo za Tuyishime Joshua (Jay Polly) witwa Aline yavuze ko ubwo yari aheruka kuvugana na we kuwa Mbere, yari yamubwiye ko agiye gutaha, ko abona ibintu bigiye gutungana. Aline uri mu mashusho y’indirimbo Akanyarirajisho, yavuze ko ari mu bantu bavuganye na Jay Polly bwa nyuma amubwira ko agiye gutaha […]

RIB yasubije abibaza niba Umushinwa wagaragaye yashyize Umunyarwanda ku ngoyi azahambirizwa

Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda, RIB, ruratangaza ko umugabo ufte ubwenegehugu bw’Ubushinwa, Sun Shu Jun, uheruka kugaragara ku mbuga nkoranyambaga ashyira Umunyarwanda ku ngoyi azakurikiranwa hakurikijwe amategeko y’u Rwanda, aho koherezwa iwabo. Sun Shu Jun ni umuyobozi w’ikigo Ali Group Holding Limited gicukura amabuye y’agaciro mu karere ka Rutsiro, yatawe muri yombi, dosiye ye […]

Agahinda ka Kalisa washatse umunyeshuri yamara kubona akazi akamwigarika, anamwirukana mu rugo rwe

Mu gihe muri iyi minsi hakigaragara bamwe mu bagabo bakorerwa ihohoterwa rikorerwa mu muryango, Minisiteri y’Iterambere ry’Umuryango iravuga ko harimo gushyirwa imbaraga mu bukangurambaga kuko ibona hakiri icyuho mu gusobanukirwa itegeko rirengera uwari we wese wakorewe ihohoterwa. Kalisa, Izina ryahinduwe, yashakanye n’umugore wari ukiri umunyeshuri muri Kaminuza, mu 2002 kuva icyo gihe kugeza igihe umugore […]

Hari abanyamakuru bijujutira gutumizwa na Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge

Hari amakuru avuga ko hari abanyamakuru bamwe batumijwe na Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge, benshi biganjemo abakorera kuri YouTube ngo bagire ibyo baganirizwa, bamwe bakaba bavuga ko batabyishimiye. Mu biganiro isanzwe igirana n’abanyamakuru mu bihe bitandukanye, komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda itumira abanyamakuru igamije gukora icyo yita “icukumbura ryimbitse ku byo ivuga ko bishobora kubangamira ubumwe […]

Abantu bajyaga banyaraho babishaka kuko ntabarwanya-Ufite ubumuga

Umusore ukiri muto witwa Jean Pierre yavuze ko hari abantu bajyaga bamunyaraho ku bushake kubera ko atari ashoboye kwirwanaho. Uyu musore avuga ko yavutse nyina bamubaze, biza kugenda nabi, ingingo yatumye amaguru ye amera nabi. Papa we ngo yarakairiye mama we cyane avuga ko iwabo batajya babyara abana bafite ubumuga, ngo iby’uwo mwana ni ” […]

Uganda yajugunye ku mupaka Abanyarwanda batandatu banegekaye

Abayobozi bo ku ruhande rwa Uganda kuri uyu wa 1 Nzeri 2021 bajugunye ku Mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare, abagore babiri, abagabo bane b’Abanyarwanda, bigaragara ko bafite intege nke z’umubiri. Aba Banyarwanda bageze ku mupaka ahagana saa saba z’igicamunsi, bakavuga ko bari bamaze ukwezi bafungiwe ahantu hatandukanye harimo i Mbarara, bashinjwa kuba intasi […]

Umukunzi wa Jay Polly yavuze ko atari yemera iby’urupfu rwe

Umukunzi wa Jay Polly witwa Kessy Kayonga, avuga ko iby’urupfu rwe azabihamya ari uko ageze mu Rwanda kuko ngo kugeza ubu atarabyemera. Kessy Kayonga uba i Nairobi muri Kenya, yabwiye BBC ati: “Ni agahinda gakomeye, n’ubu sindabyemera kereka ningera mu Rwanda nkabyibonera.” Kayonga avuga ko bari bamaze imyaka ibiri bakundana kandi “twari dufitanye imishinga myinshi […]

Sabiti bamwambuye umugore babyaranye batanu ku bwo kudatanga inkwano

Umugabo witwa Laban Sabiti wo mu cyaro cya Bishayu muri Kitojo mu Karere ka Rubanda muri Uganda yambuwe umugore bari bamaze kubyarana abana batanu kuko yananiwe kwishyura inkwano ya Ugx miliyoni esheshatu. Sabiti w’imyaka 29, asanzwe akora ubucuruzi buciriritse, mu bana yasigaranye harimo n’uw’amezi 13 kuko Sebukwe, Geoffrey Kakona, utuye muri Kanungu yahisemo kwisubiza umukobwa […]

Dr Kayumba avuga ko Min. Bizimana bishobora kutazamworohera kuko ‘atavugwaho rumwe’

Umuyobozi w’Ishyaka Rwandese Platform for Democracy (RDP) akaba n’umushakashatsi, Dr Kayumba Christopher, avuga ko Dr Jean Damascene Bizimana uherutse kugirwa minisitiri ushinzwe ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, afite akazi katoroshye cyane ko yabonye hari abantu abatamuvugaho rumwe. Mu nshingano z’iyi minisiteri byumvikana ko ikomeye ndetse na zo zitanoroshye, harimo kwimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda, kubungabunga umurage w’amateka no […]

Ibintu byose bireba Madamu Habyarimana ni dosiye ya politiki yo mu rwego rwo hejuru-Avoka Meilhac

Uwunganira mu mategeko, Agathe Kanziga Habyarimana witwa Philippe Meilhac, avuga ko kuba urukiko rw’ubujurire rw’ i Paris rwaranze ubusabe bw’umukiliya we bwo guhagarika gukurikiranwa birimo rwangendanyi ko ibyo akurikiranyweho ari ibintu byo mu rwego rwa politiki ruri hejuru. Kuwa Mbere nibwo urukiko rwanze ubu busabe. Avoka Philippe Meilhac avuga uko yakiriye iki cyemezo yavuze ngo […]

N’inkoko ze turazirinda- Matiang’i ku gukuraho uburinzi bwa William Ruto

Umunyamabanga mui Minisiteri y’Umutekano muri Kenya, Dr. Fred Okengo Matiang’i , avuga ko abantu badakwiriye gutekereza ko Visi-Perezida wa Kenya, William Ruto, yaba yarambuwe abarinzi kuko arinzwe kugeza no ku nkoko ze. Matiang’i uzwiho kugira ururimi rutyaye, kuri uyu wa 1 Nzeri 2021 ubwo yagezaga ku nteko ishinga amategeko ku mpinduka zabaye mu mutekano bikagera […]

Ubushinwa bwavuze ku muturage wabwo wagaragaye ahondagura Umunyarwanda ari ku musaraba

e-iaiyrxoayj11q.jpg

Ambasade y’ u Bushinwa mu Rwanda binyuze ku muvugizi wayo, yavuze ko isaba ko amategeko yakubahirizwa mu gukemura ikibazo cy’Umushinwa, wagaragaye ahondagura Umunyarwanda i Rutsiro, yamuziritse, akekwaho kwiba umucanga. Mu itangazo ryo kuwa 31 Kanama, Ambasade y’Abashinwa yagize iti ” Ambasade y’Ubushinwa mu Rwanda yamenye ko hari ikibazo cyavutse hagati ya kompanyi yigenga yo mu […]

Inkoni z’abashumba baragira inka ‘z’abakomeye’ ziraca ibintu ahitwa Arusha muri Nyabihu

Abaturage batuye mu gace kitwa Arusha mu Murenge wa Bigogwe, mu Karere ka Nyabihu, baravuga ko bahangayikishijwe n’inkoni bakubitwa n’abashumba bavuga ko baragira inka z’abakomeye. Aba baturage bavuga ko kunyura muri ako gace cyane ku masaha y’umugoroba bitagikunda, hatinywa kugirirwa nabi. Abaturage batandukanye batuye muri kano gace baganiriye n’itangazamakuru ku wa 31 Kanama, bagaragaje iki […]

Urwamo rw’amasasu i kabul ubwo Abanyamerika batahaga

Mu Mujyi wa Kabul muri Afghanistan humvikanye urwamo rw’amasasu menshi rwo kwishimira ko ukuva mu gihugu kw’ingabo za nyuma za Amerika mu ijoro ryakeye. Umunyamakuru wa BBC Lyse Ducet uri i Kabul, wakurikiranye uko ibintu byifashe ubwo byamenyekanaga ko indege ya nyuma y’Abanyamerika ihagurutse, yavuze ko hari urusaku rwinshi rw’amasasu. Mugenzi we wamubazaga, yamusubije ati […]

Mario Balotelli yakubise uwo bakinana ubwo yari asimbujwe (Videwo)

Umukinnyi w’umupira w’amaguru, Mario Balotelli yakubise mugenzi we ubwo yari asimbujwe ubwo ikiye pe yitwa dana Demirspor yo muri Turukiya yari ihanganye na dana Demirspor. Balotelli kuwa Gatanu ubwo umukino wari ugeze ku munota wa 56, umutoza we, Samet Aybaba, yaramusimbuje ubwo amakipe yombi yanganyaga 0-0. Agisohoka mu kibuga, Balotelli yagaragaje ko atanyuzwe n’icyemezo cy’umutoza, […]

Hadutse ubundi bwoko bushya bwa Covid-19 muri Afurika y’Epfo

Abashakashatsi bo muri Afurika y’Epfo bari gukurikiranira hafi ubundi bwoko bushya bwa Coronavirus bwitwa C.1.2 bugenda buhindagurika kenshi. Ubu bushakashatsi ntiburemeza niba koko ari ubundi bwoko (variant) buteye ubwoba. Ubu bwoko bumaze kuboneka mu ntara zose za Afurika y’Epfo ndetse bwabonetse no mu bihugu birindwi byo mu yindi migabane ya Asia, Ubulaya na Ocenania nk’uko […]

Afrobasket: Umutoza w’ u Rwanda yavuze impamvu yatumye basezererwa na Guinea

Nyuma y’uko u Rwanda rusezerewe mu gushaka itiki ya 1/4, Cheikh Sarr utoza icyo gihugu yabwiye abanyamakuru bageze aho batakaza icyizere kandi byashobokaga ko batsinda uwo mukino bari bahanganyemo na Guinea. Guinea niyo iri inyuma ku rutonde rwa FIBA (21 muri Africa) mu yandi makipe y’ibihugu ari gukina iki gikombe cya Africa cya Basketball mu […]

Amazi banywa atuma bagira ubushyuhe-Meya ku kibazo cy’inda zitateguwe mu bangavu

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Bongo muri Ghana, Peter Ayinsiba, avuga ko amazi abakobwa n’abandi baturage banywa mu gace gaherereye mu Majyaruguru y’iburasirazuba bw’igihugu ayobora, ariyo ntandaro y’inda zitateguwe ziganje mu bakobwa bakiri bato. DCE Ayinsiba avuga ko amazi anyobwa muri rusange n’abaturage agira uruhare muri iki gikorwa kuko ” atuma abagabo n’abagore bagira ubushyuhe.” Uyu […]

Imam Sharubutu yatanze Frw asaga miliyoni umunani yo kubaka urusengero rutavugwaho rumwe

Imamu mukuru wa Ghana, Shehe Osman Sharubutu, yatanze $8,000 ( 8,039,576Rwf) kugira ngo azifashishwe mu kubaka urusengero rwa gikirisitu rw’igihugu rutavugwaho rumwe. Imamu Sharubutu w’imyaka 102 nk’uko BBC Swahili yabitangaje, yakoze ibi “Mu rwego gushyigikira umubano mwiza uri hagati ya Islam n’abakirisitu no kumva ko icyubahiro cyanjye ni amahoro.” Uyu muyobozi wa kiyisilamu yigeze no […]

Yvan Muziki yagize indimi ebyiri ku kuba yaba akundana na Marina

Umuhanzi, Yvan Muziki, yagize imvugo ihakana n’iyemeza ubwo yasubizaga niba yaba akundana na Marina muri iyi minsi. Mu binyamakuru hari amakuru yavuzwe ko aba bombi bakundana gusa nta n’umwe muri aba bombi wari waragize icyo abivugaho abyemeza. Mu kiganiro 411 cya Prime TV kuwa 29 Kanama, Yvan Muziki, yananiwe gusubiza niba akundana na Marina cyangwa […]

Pasiteri Buberwa wanze kujyana abana ku ishuri kuko Imana byanga yakatiwe

Urukiko rw’Akarere ka Bukoba mu Ntara ya Kagera muri Tanzania, rwakatiye Pasiteri Merchades Buberwa wanze kujyana abana be ku ishuri kuko ibyo Imana itabishaka. Urukiko rwanzuye ko Buberwa ahamwa n’ibyaha bitatu muri umunano baregwaga n’ubushinjacyaha we n’umugore we. Aba bahamwe no kutajyana abana ku ishuri, kwica nkana amategeko agenga abana no kutuzuza inshingano zabo nk’ababyeyi. […]

Imirwano hagati ya Twirwaneho na FARDC yatumye abasaga 10,000 bava mu byabo

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo imirwano imaze iminsi mu burasirazuba bw’igihugu mu Ntara ya Kivu y’Epfo hagati y’ingabo za Leta n’iz’umutwe w’Abanyamulenge uzwi nka Twirwaneho yatumye abaturage bata ibyabo barahunga. Iyo mirwano ibera muri groupement ya Bijombo imaze gukura mu byababo abagera ku 10000 nkuko byemezwa n’abakozi b’imiryango itegamiye kuri leta. Benshi muri abo […]

Iburasirazuba: Inka zaho zabaye ingwizamurongo ku mukamo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, cyakebuye aborozi bo mu Ntara y’Iburasirazuba ku ngingo yo kongera umukamo kuko umubare w’inka zibarizwa muri iyi ntara utajyanye n’umusaruro zitanga. Imibare itangwa n’ubuyobozi bw’Intara y’Iburasirazuba, igaragaza ko muri iyi Ntara habarurwa inka zirenga ibihumbi 500, gusa ku munsi muri iyi ntara hakusanywa umukamo utageze no kuri […]

Amerika yatangiye kwihorera yica uwateguye igitero i Kabul

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zagabye igitero cy’akadege katarimo umupilote (drone) ku mutwe wiyita leta ya kisilamu (IS) mu burasirazuba bwa Afghanistan, zica intagondwa imwe yo muri uwo mutwe, nkuko abategetsi ba gisirikare babivuga. Icyo gitero cya gisirikare cyagambiriye “uwacuze umugambi” w’igitero cy’i Kabul wo mu mutwe wa IS-K mu Ntara ya Nangarhar. Umutwe wa IS-K […]

Musanze: Izuba riramena agahanga abaje gukingirwa covid-19, guhana intera byanze

Ku kibuga cy’umupira w’amaguru cyitwa Ubworoherane kiri mu mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, izuba rimereye nabi abaturage baje gukingirwa Covid-19 ari nako ku mirongo bariho, nta ntera bahanye kuko ari benshi kandi buri wese akaba yari ategereje kugerwaho. Umunyamakuru wa BWIZA yageze ahari kubera igikorwa cyo gukingira Covid-19 kuri sitade ahagana saa […]

Gicumbi: Bamwe mu basore ntibikoza inkumi bahugiye mu gutereta abagore bakuze n’abapfakazi

Bamwe mu rubyiruko rw’abasore mu Karere ka Gicumbi, ntibagikozwa ibyo gutereta abakobwa bari mu kigero kimwe, basigaye biteretera abagore bakuze n’abapfakazi kuko ari bo bafite urukundo n’amafaranga nk’uko bivugwa n’abakobwa n’abahungu bo muri ako gace. Bamwe mu baganiriye n’itangazamakuru, baranzwe no gutashaka ko amazina yabo atanagazwa (Off record) bavuga ko iyi ngeso yeze muri ako […]

Umukiliya wa Café Javas Kisimenti yahawe amata arimo imbeba yapfuye

Umukiliya wa Café Javas ku Kisimenti mu Mujyi wa Kampala muri Uganda witwa Bintu Gassama, kuwa 26 Kanama 2021 yahawe amata arimo imbeba nto yapfuye. Bintu usanzwe ari na slay queen, yari yasohokanye n’umukunzi we gusa atungurwa no guhabwa amata arimo imbeba nk’uko mu butumwa yashyize kuri Facebook buvuga. Mu mashusho yakwiye ku mbuga nkoranyambaga, […]

Kabale: Barasaba u Rwanda umurambo w’umuntu wabo warasiwe i Burera

Umuryango w’Umunya-Uganda witwa Justus Kabagambe barasaba u Rwanda kubaha umurambo w’uyu muntu warashwe kuwa 18 Kanama 2021 ubwo yari ageze ahitwa Gitovu mu Karere ka Burera. Umuryango uhuza n’ubuyobozi ko uyu murambo wahabwa Uganda ugashyingurwa gusa umuryango yasize w’umugore n’abana babiri, wo ugasaba impozamarira. Kabagambe bataziraga Kadogo yari afite imyaka 25 akaba yari atuye ahitwa […]

Perezida mushya wa Zambia yanze kujya kuba muri perezidansi

Perezida mushya wa Zambia, Hakainde Hichilema, ntazimuka ngo ajye kuba ahasanzwe hari perezidansi, ahubwo azakomeza kuba mu nzu asanzwe abamo yise ” Community House”, asanzwe akodesha. Ikinyamakuru cya Leta ya Zambia Daily Mail, gitangaza ko Hichilema uheruka kurahira atazajya kuba aho Edgar Lungu yatsinze mu matora yari asanzwe aba n’ubwo we yamaze kuhava. Edgar Lungu […]

Mukore iperereza ku batoya bafite imodoka zihenze-Depite Francis

Umudepite witwa Francis Dodovi yasabye ko muri Ghana hakorwa iperereza ku bakiri bato mu myaka bafite imodoka zihenze n’ababaho mu buzima buhenze, kugira ngo bahashye ibikorwa by’ubugizi bwa nabi. Depite Dodovi uhagarariye agace ka Suame, avuga ko kubera gushaka kubaho neza, urubyiruko rwamaze kwijandika mu byaha bihambaye ku buryo bukomeye, rushaka ubuzima bwiza buhitana ubw’abandi. […]

Harikangwa igitero gikomeye cy’iterabwoba ku kibuga cy’indege cya Kabul

Ibihugu bimwe bivuga ko hari inkeke yo ku rwego rwo hejuru yuko hagabwa igitero cy’iterabwoba ku kibuga cy’indege cy’i Kabul muri Afghanistan, ndetse byaburiye abaturage babyo kutaherekeza. Amerika, Australia n’Ubwongereza byaburiye abaturage babyo. Abamaze kugera hanze y’icyo kibuga bagiriwe inama yo kuhava ako kanya. Kugeza ubu abantu barenga 82,000 ni bo bamaze guhungishwa n’indege bakurwa […]

Abo mu muryango wa Nkusi waguye muri Canada bagize icyo batangaza

Abo mu muryango wa Steve Nkusi, Umunyarwanda ukiri muto wapfiriye muri Canada nyuma yo kurohama bavuga ko bashimira ku kuba nibura barabashije kubona umurambo w’uwabo nyuma y’igihe bamushakisha byaranze. Nkusi yabuze kuwa 21 Kanama 2021 ubwo yagiye mu Kiyaga cya Ontario koga. Kuva icyo gihe, yarabuze, hashira iminsi ine ataraboneka ari nako ishakisha rikomeje. N’ubwo […]

Gen Karamba muri Zanzibar

Perezida wa Zanzibar, Dr. Hussein Ali Mwinyi yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, Gen. Maj. Charles Karamba, nyuma y’ibi biganiro Perezida wa Zanzibar avuga ko afite inyota yo kwigira ku bunararibonye bw’u Rwanda by’umwihariko imikorere y’Urwego rw’Iterambere, RDB mu bijyanye no korohereza ishoramari. Muri rusange aba bayobozi bishimiye imibanire myiza iri hagati y’u […]

Nta kongera kugurira Simcard mu mitaka -RURA

Urwego ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko guhera tariki 1 Nzeri uyu mwaka, uburyo bwajyaga bukoreshwa mu kubona sim cards kuba agents bo mu mitaka ya MTN, Airtel na Tigo butazongera gukoreshwa. Uru rwego ruvuga ko ahubwo izo Sim Cards zizajya zitangirwa ahantu habugenewe mu rwego rwo guhangana n’uburiganya n’ubutekamutwe bwakorwaga. Ubusanzwe uwifuza Sim Card ntiyabazwaga ibintu […]

Nyagatare: Umuturage yataye ku munigo umu-DASSO

Ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho y’umworozi witwa Safari George wo mu Kagari ka Musenyi mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare warwanaga n’umukozi w’urwego rw’umutekano rwunganira Akarere ruzwi nka DASSO, yamutuye hasi ari kumuniga. Gitifu w’Akagari ka Musenyi byabereyemo, Twahirwa Gabriel, yatangarije KT ko ibi byabaye mu byumweru bibiri bishize, ubwo bari mu igenzura […]

Umuherwe Lwasa yirukanye umukozi we wasetse ko afite ‘ igitsina kingana n’agafuniko k’ikaramu’

Umuherwe wo mu Mujyi wa Masaka muri Uganda, Lwasa Emmanuel, yirukanye umushoferi we kuko yamunnyeze ubwo Isi yari irimo kumwota ku kuba afite igitsina gito bamwe bagereranyije n’agafuniko k’ikaramu. Kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize, hasakaye amashusho ya Lwasa yambaye ubusa, afite telefoni mu ntoki gusa icyagarutsweho cyane ni ingano y’ubugabo bwe yahawe urw’amenyo. Umushoferi wa Lwasa […]

Umupasiteri yavuze icyamuteye gusomana n’abakobwa umwe agahahamuka

Pasiteri mu Idini y’Abapurotesitanti, Rev. Fr. BalthazaR Obeng Labri, yasabye imbabazi ku kuba yarasomeye kuri alitari abakobwa batatu b’abanyeshuri, umwe agahahamuka, avuga ko byatewe no kubifata nk’ibisanzwe. Muri videwo yasakaye mu minsi ishize, Labri yagaragaye asoma abakobwa batatu gusa umwe muri bo byagaragara ko atabishaka, yarahahamutse. Rubanda yihereje imbuga nkoranyambaga, iramunenga biratinda, ingingo yatumye na […]

Ntabwo nkeneye igitsina kinini cyangwa kirekire kuko sindi umucukuzi w’imva- Lwasa yasubije

Umuherwe wo mu Mujyi wa Masaka muri Uganda, Lwasa Emmanuel, yavuze ko abamushinja kugira igitsina gito bamenya ko ntacyo akeneye kuko atari umucukuzi w’imva. BWIZA kuwa 23 Kanama yabagejejeho inkuru ko uyu mukire yahaye urw’amenyo abakoresha imbuga nkoranyambaga kuko amashusho y’ubwambure bwe yari yiriwe akwirakwizwa. WASOMA: https://bwiza.com/?Igitsina-cy-umuherwe-Lwasa-cyahaye-abantu-urw-amenyo Lwasa akoresheje imbuga nkoranyambaga yatangaje ko ubiri inyuma […]

Umunyarwandakazi yabonanye n’umuryango we nyuma y’imyaka 27

Umubyeyi w’abana babiri, Nadia Uwibambe, yari amaze imyaka 27 azi ko nta muntu n’umwe wo mu muryango we agira bafitanye isano ya bugufi cyangwa ya kure. Nyamara muri icyo gihe cyose bari bahari ariko atabizi. Mu mpera z’icyumweru gishize, nibwo Uwibambe yahuye bwa mbere n’abo mu muryango we nyuma y’iyo myaka yose. Iki gikorwa cyari […]

Umunyarwandakazi yangiririjwe imyanya y’ibanga muri Nigeria ajya mu bitaro

Umwe mu bakobwa b’ikimero bo mu Rwanda utavuzwe amazina, yagiye gusambana i Lagos muri Nigeria, agaruka ahitira mu bitaro kuko yari yangirijwe imyanya y’ibanga. Amakuri IGIHE gifite ni uko uwo mukobwa w’imyaka 28 yakuriye mu Mujyi wa Kigali. Yamenyaniye n’umugabo kuri Instagram nyuma y’uko amubengutse amaze kureba amafoto ye. Urukundo rwabaye rwose, umugabo amusaba ko […]

Ushaka wese yaryamana n’umukobwa wanjye nta nkwano ampaye- Gashumba

Icyamamare, umushabitsi wo muri Uganda, Frank Malimungu Gashumba, yateye utwatsi abamushinja kwaka inkwano umukunzi w’umukobwa we witwa Sheila Gashumba, avuga ko uwo ari wese yaraymana n’umukobwa we nta nkwano, amwatse. Hari amakuru ko Gashumba yari amereye nabi uwitwa Rickman, ukundana n’umukobwa we Gashumba Sheila, amusaba inkwano. We yavuze ko ” Ntabyo nkeneye, ushaka wese yaryamana […]

Igitsina cy’umuherwe Lwasa cyahaye abantu urw’amenyo

Umuherwe w’i Masaka muri Uganda, Emmanuel Lwasa, yahaye abantu icyo gutaramiraho ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amashusho ye agaragaza igitsina, rubanda yavuze ko ari gito bikabije. Bamwe mu baturage ku mbuga nkoranyambaga bavuze ko Lwasa yakabije ku bwo kugaragaza igitsina cye kinanutse ubwo yari aryamye, akifata amashusho bigaragara ko yari aruhutse. N’ubwo hataramenyekana uwaba yashyize ku […]

Dr Jose Chameleone ararembye

Umuhanzi Joseph Mayanja (Dr Jose Chameleone) arembeye mu bitaro aho arwaye imikorere mibi ku gice cy’umwijima n’igice cyitwa Pancreas mu ndimi z’amahanga. Ibinyamakuru byo muri Uganda bivuga ko Chameleone ari mu bitaro kuva mu cyumweru gishize kugira ngo avurwe iyi ndwara yasanzwemo mu 2020. Amakuru agera kuri BWIZA ni uko uyu mugabo arwariye kuri rimwe […]

Prof Lumumba ku kintu cyamutangaje yumvanye Perezida Habyarimana

Umuhanga mu by’amategeko, akaba umwe mu bafite umwirondoro uhambaye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba muri urwo rwego, Prof Patrick Lokech Otieno Lumumba avuga ko yigeze kumirwa ubwo yumvaga agace gato k’imbwirwaruhame u’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana, ku ngingo yo kuvuga ibyagezweho ku butegetsi bwe. Prof Lumumba ukunze kuzenguruka ahantu hatandukanye’; mu nama na […]