Twiteguye kujya mu biganiro: Minisitiri Lutundula
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje koroshya imvugo ku byo kuba yajya mu biganiro na M23, nyuma y’igihe yararahiye ko itazigera na rimwe iganira n’uyu mutwe. Kinshasa imaze igihe yotswa igitutu n’ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bufaransa, u Bwongereza, u Bubiligi na Israel isabwa kujya mu biganiro na M23; nk’inzira nyayo yakemura […]
Ramaphosa yategetse SANDF kohereza muri RDC abandi basirikare 2,900
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, yategetse ko hoherezwa abandi basirikare 2,900 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni amakuru yemejwe na Perezidansi ya Afurika y’Epfo, mu itangazo yasohoye ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 12 Gashyantare. Afurika y’Epfo isanzwe ifite muri RDC Ingabo zoherejweyo binyuze mu […]
Rayon Sports yitandukanyije na Héritier Luvumbu
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yitandukanyije n’umunye-Congo Héritier Luvumbu, nyuma y’imyitwarire yagaragarije mu mukino we na bagenzi be batsinzemo Police FC ibitego 2-1. Luvumbu ni we wafunguye amazamu muri uyu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona, ku gitego cya Coup-Franc yatsinze ku munota wa 53 w’umukino. Mu kwishimira icyo gitego yagaragaye yashyize intoki ebyiri […]
Loni irashinja RDF kugerageza kurasa drone yayo ikoresheje missile karahabutaka
Umuryango w’Abibumbye urashinja Ingabo z’u Rwanda kwifashisha missile ihanura indege izwi nka surface-to-air missile mu kugerageza kurasira drone yayo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Loni yashyize ibyo birego kuri RDF biciye mu nyandiko yasohoye Ibiro Ntaramakuru AFP bivuga ko byabonye. Iyo nyandiko ivuga ko ku wa Gatatu tariki ya 7 Mutarama “missile bikekwa ko […]
Minisitiri Biruta yakiriye mugenzi we w’Ububanyi n’Amahanga wa Portugal
Uyu munsi, Minisitiri,Biruta yahaye ikaze JoaoCravinho,Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Porutugali uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Abaminisitiri bombi bagiranye ibiganiro ku gushimangira ubufatanye hagati y’u Rwanda na Porutugali. Bunguranye ibitekerezo kandi ku bibazo byo mu karere no ku isi muri sange. Ubusanzwe umubano wa Portugal n’u Rwanda ni nta macyemwa by’umwihariko rishingiye ku iterambere […]
Tanzania :3 mu bagiye gushyingura bakubiswe n’inkuba barapfa ,abandi 18 barakomereka
Muri Tanzania abantu 3 bapfuye, bakubiswe n’inkuba abandi 18 barakomereka ubwo bari bagiye gushyingira. Mu mpera z’icyumweru dusoje nibwo I DAR ES SALAAM abaturage batatu bahapfiriye abandi 18 barakomereka nyuma y’inkuba yabahitanye ubwo bari bitabiriye umuhango wo gushyingura mu karere ka Lindi mu majyepfo ya Tanzaniya, nk’uko umwe mu bayobozi yabitangarije Xinhua kuri iki cyumweru. […]
Igisubizo cya P. Kagame ku wamubajije niba abona akwiriye kongera gutorwa
Perezida Paul Kagame yatangaje ko amatora ari yo azagena niba koko ari we mukandida ukwiriye gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda, agaragaza ko byaba byiza abantu bayategereje. Umukuru w’Igihugu yabitangarije i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, ubwo yaganiraga n’umunyamakuru Eleni Giokos wa CNN. Muri iki kiganiro Perezida Paul Kagame yabajijwe niba abona afite icyizere cyo […]
Héritier Luvumbu ashobora kwirukanwa ku butaka bw’u Rwanda
Ikipe ya Rayon Sports ishobora gusesa amasezerano ifitanye n’umunye-Congo Héritier Luvumbu ndetse akanirukanwa ku butaka bw’u Rwanda, nyuma yo kugaragaza ko ashyigikiye ibirego bishinja u Rwanda gukorera ubwicanyi abanye-Congo. Luvumbu ni we wafunguye amazamu mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona Rayon Sports yaraye itsinzemo Police FC ibitego 2-1. Mu kwishimira icyo gitego yagaragaye yashyize […]
FARDC Vs M23: Imirwano ikaze i Masisi na Nyiragongo
Imirwano ikomeye kuri uyu wa Mbere yaramukiye mu bice bya za Teritwari za Masisi na Nyiragongo hagati y’inyeshyamba z’umutwe wa M23 n’Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. M23 nk’ibisanzwe irashinja FARDC n’abo bakorana kugaba ibitero ku birindiro byayo, ndetse no kurasa mu duce dusanzwe dutuwe n’abaturage benshi. Lawrence Kanyuka uvugira uyu […]
Perezida Ndayishimiye yirukanye intasi nkuru y’u Burundi
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yirukanye ku mirimo Général de brigade Silas Pacifique Nsaguye wari ukuriye ubutasi bwa gisirikare. Mu Cyumweru gishize ni bwo Général de Brigade wari ukuriye ubutasi bw’u Burundi kuva muri 2021 asimbuye Colonel Ernest Musaba yirukanwe, asimburwa na Colonel Jean d’Affaires Manirakiza. Amakuru avuga ko iyi ntasi nkuru y’u Burundi yaba […]
Meteo yongeye guteguza imvura iremereye
Mu gice cya kabiri hagati ya tariki ya 11-20 z’ukwezi kwa Gashyantare 2024, ingano y’imvura iteganyijwe izaba iri hejuru y’ikigero mpuzandengo cy’imvura isanzwe igwa mu bice byose by’igihugu. Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe kivuga ko kuva tariki ya 11 kugeza ku ya 20 Gashyantare 2024 ingano y’imvura iri hagati ya milimetero 20 na 160 ari yo iteganyijwe […]
Hagiye kuba impinduka ku biciro byo gutwara abagenzi
Guverinoma yatangaje ko mu gihe cya vuba abatega imodoka rusange bazajya bishyura amafaranga bitewe n’aho imodoka ibagejeje, aho kuba aho imodoka yerekeza. Ibi biri mu rwego rwo korohereza abaturage kutaremererwa n’igiciro cy’ingendo mu gihe izaba yahagaritse nkunganire yatangiraga umugenzi. Ni mu gihe ubusanzwe umugenzi yishyuraga amafaranga yose y’urugendo aho yaba avuye ahariho hose kugera aho […]
CAN FINAL:Côte d’Ivoire yazamukiye kuri Mana mfasha yatwaye igikombe
Côte d’Ivoire yatsinze Nigeria ibitego 2-1 yegukana igikombe cya Afurika 2023 ni nyuma y’uko yatsinze yaturukaga inyuma hafi yo gusezererwa, ariyo mpamvu byafashwe nk’ibitangaza. Côte d’Ivoire yayoboye uyu mukino kuva utangiye kuko ku munota wa 7, Adingra yakase umupira mwiza imbere y’izamu,Max Gradel uramucika. Ku munota wa 33, Adingra yinjiye mu rubuga rw’amahina,ateye ishoti rikomeye […]
Ibihugu 10 bya Afurika bifite igisirikare cya nta kigenda kurusha ibindi muri 2024
Mu ntangiriro z’uyu mwaka urubuga ’Global FirePower’ rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana mu mbaraga za gisirikare, rwasohoye urutonde rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana muri uyu mwaka wa 2024. Urutonde rwa Global Firepower Index abarukora bagendera ku ngingo zigera kuri 60 zirimo ingengo y’imari ikoreshwa mu gisirikare, umubare w’ababakizwamo n’ibikoresho bya gisirikare nk’intwaro, imodoka, amato ndetse […]
APR FC nyifata nka Papa, Rayon Sports ikaba ‘umucyura’ wa mama: Rwatubyaye
Myugariro Rwatubyaye Abdul yagaragaje APR FC nk’ikipe y’agaciro cyane kuri we ugereranyije na Rayon Sports aherukamo. Uyu myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yagereranyije uko afata aya makipe yombi, ubwo yaganiraga na B&B FM Umwezi. Muri iki kiganiro umunyamakuru Jado Castar yamubajije umukino yareba APR FC yaba irimo gukina na Kiyovu Sports, ariko hari n’undi mukino uri […]
Burundi:Nta munyamakuru uzongera gufungirwa ibyo yatangaje niyo byaba birimo amakosa
Mu gihe mu Burundi abanyamakuru bajyaga bavuga ko bahohoterwa rumwe na rimwe bikabaviramo gufungwa, kuri ubu Inama y’Abaminisitiri iherutse guterana yemeje ko nta munyamakuru uzongera gufungirwa amakosa y’umwuga Itangazo rivuga ko kuva hagiyeho ibwiriza ryo muri Nzeri 2018, rigenga gutangaza amakuru, abakorera muri icyo gice bose bahuriza ku gitekerezo cy’uko ingingo zimwe na zimwe z’iryo […]
Museveni yaba yakoze impinduka zikomeye muri Guverinoma ya Uganda
Amakuru aturuka muri Perezidansi ya Uganda aravuga ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yakoze impinduka muri Guverinoma ya kiriya gihugu. Ni impinduka zigaragarira ku rutonde rw’abagize Guverinoma rwashyizwe hanze by’impanuka n’ibiro bya Museveni ku mugoroba w’ejo ku wa Gatanu, mbere yo guhita ruvanwa ku karubanda byihuse. Impinduka zatangajwe bivugwa ko Museveni yatangiye kuzikora mu mpera z’umwaka […]
RDC:Muri Nyiragongo imirwano imeze nabi
Imirwano M23 na FARDC nabayifasha barimo Wazalendo bongeye gukozanyaho mu mirwano yabereye mu mudugudu wa Kanyamahoro mu gace ka Nyiragongo mu majyaruguru y’Umujyi wa Goma ku muhanda wa Goma Rutshuru. Gutangira imirwano yabereye i Kanyamahoro muri Nyiragongo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki 10 Gashyantare 2024, Ingabo za FARDC zagabye igitero ku […]
Eid Mugadam Abakar yatangajwe nk’umukinnyi wa Al Ahli SC Tripoli
Umunya Sudan Eid Mugadam Abakar Mugadam wakiniraga Rayon Sports yamaze gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Al Ahli SC Tripoli yo muri Libya. Iyi kipe isanzwe ikinamo myugariro Manzi Thierry wakiniye Rayon Sports akaba n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi. Bitewe n’uko muri Sudan hari ibibazo by’intambara, abakinnyi bakomoka muri iki gihugu na Palestine bari gukina nk’abenegihugu muri Libya, […]
MINICOFIN yatangaje ingano y’umutungo uziyongera mu isanduku ya Leta 2023-2024
Ingengo y’imari ivuguruye iziyongeraho miliyari 85,6 z’amafaranga y’u Rwanda Ku wa 8 Gashyantare 2024, ari nako umutungo winjira mu isanduku ya Leta uziyongera. Ni ibyagarutsweho na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr. Uzziel Ndagijimana ubwo yashyikirizaga Inteko Ishinga Amategeko umushinga w’ingengo y’imari ivuguruye ya 2023/2024 kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Mutarama 2024. Yagaragaje impinduka z’ingenzi […]
Claire Akamanzi yagaragaye yitabiriye umukino wa shampiyona ya Basket
Clare Akamanzi wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, akaza kugirwa Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, yitabiriye umukino wa basket. Uyu muyobozi wa NBA Africa Clare Akamanzi yaraye yitabiriye umukino wa mbere wa Basketball wa Shampiyona nyarwanda wahuje REG na Inspired Generation wabereye muri BK Arena. Ni imikino ya igizwe Shampiyona nyarwanda ya Basketball yitwa […]
Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
Inzobere mu byerekeye ubuzima bw’imyororokere mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hari ubwo abari muri icyo gikorwa bashobora gutwarwa, ku buryo bashobora no kwisanga barenze imbibi zijyana n’imigendekere myiza yacyo ku bwo gutwarwa. Ni muri urwo rwego abakora imibonano bagirwa inama yo kwitonda, kuko hari aho umwe ashobora gukora undi bikarogoya ibyo byishimo. Hari ibice bitanu abagabo […]
CAF yinjiye mu banzi ba RDC izira u Rwanda
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yijunditse impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF), nyuma yo kuyishinja gufata nabi abafana b’ikipe y’igihugu ya RDC ‘Les léopards’. Umwuka mubi hagati y’impande zombi wadutse ku wa Gatatu w’iki cyumweru, mu mukino wa ½ cy’irangiza cy’Igikombe cya Afurika RDC yatsinzwemo na Côte d’Ivoire igitego 1-0. Nyuma y’uyu mukino […]
M23 yahanuye indi drone y’intambara ya FARDC
Umutwe wa M23 watangaje ko wahanuye drone ya kabiri y’intambara yo mu bwoko bwa CH-4 iri muri eshatu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyari cyaraguze mu Bushinwa. Ni amakuru yemejwe n’umuvugizi w’Igisirikare cy’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka. Mu mezi make ashize ni bwo FARDC yatangiye kwifashisha ziriya drones z’intambara mu kugaba ibitero ku […]
Ibihugu bikomeye bikomeje kotsa igitutu RDC
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kotswa igitutu n’ibihugu by’ibihangange ngo yemere imishyikirano, nk’umuti w’intambara ikomeje kubera mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Ni intambara Ingabo za Congo zikomeje kurwana n’umutwe wa M23, nyuma y’uko Kinshasa irahiye ko itazigera igirana ibiganiro n’uyu mutwe yahisemo kugerageza kwirukana yifashishije ingufu za gisirikare. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u […]
Rayon Sports yabonye agatubutse muri Rwatubyaye
Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko yamaze gutandukana na myugariro Rwatubyaye Abdul wamaze gusubira muri FK Shkupi yo muri Macedonia ya Ruguru. Iyi kipe ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X yatangaje ko “Abdul Rwatubyaye yerekeje byemewe n’amategeko mu kipe ya FK Shkupi yo muri Macedoia”. Rwatubyaye wagiye aguzwe, yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira iriya […]
RDC: Bemba na Christian Tshiwewe uyobora Ingabo bageze i Goma
Minisitiri w’Ingabo akaba na Visi Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,Jean Pierre Bemba ari kumwe n’umuyobozi w’Ingabo Christian Tshiwewe basuye umujyi wa Goma kuri uyu wa Gatanu ,aho aje kureba uko umutekano wifashe. Baje muri uyu mujyi mu gihe urugamba ruhuza FARDC na M23 rumaze gufata indi ntera, aho mu duce tumwe […]
Mu cyigo cy’umupfumu Rutangwarwamaboko hagurumanye
Mu kigo cy’umuvuzi gakondo Rutangwarwamaboko hibasiwe n’inkongi y’umuriro ariko ku bw’amahirwe ntiyagira umuntu ihitana n’ubwo hari ibyangiritse. Ni inkongi yibasiye iyi nyubako kuri uyu wa Gatanu taliki 09 Gashyantare 2024, mu Karere ka Gasabo umurenge wa Gisozi mu kagali ka Musezero. Ni inkongi Polisi y’u Rwanda ivuga ko icyeka ko yaba yatewe n’abasudiraga umureko w’imwe […]
USA:Biden yarakaye cyane
Perezida Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarakariye bikomeye Raporo y’iperereza yagaragaje ko ngo afite ikibazo cy’iimitekerereze ishingiye kuzabukuru ituma atibuka neza.Iyi raporo ni imwe mu zimushinja ko bitewe n’uko ubwonko bwe butakibuka, byatumye yandarika dosiye zikubiyemo amabanga ya Amerika. Umujyanama wihariye muri minisiteri y’ubutabera Robert Hur yahamije ko Biden yabitse nabi amadosiye y’ibanga […]
Minisitiri Gen (Rtd) Kabarebe yakiriye Ambasaderi wa Brasil mu Rwanda
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Afurika y’Iburasirazuba muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe yakiriye Ambasaderi wa Brazil mu Rwanda, Silvio José Albuquerque e Silva. Ibiganiro by’aba bayobozi byibanze ku gushakisha uburyo bwo kurushaho gushimangira ubufatanye bw’ibihugu byombi. uyu Ambasaderi usanzwe ufite icyicaro i Nairobi muri Kenya, kuri uyu wa gatanu taliki 09 Gashyantare […]
Burundi: Abasirikare banze kujya kurwana na M23 batangiye kwicwa
Urwego rushinzwe iperereza mu Burundi (SNR) biravugwa ko rwatangiye kwica Imbonerakure n’abasirikare ba kiriya gihugu banze kujya kurwana n’umutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ababarirwa mu munani ni bo bamaze kwicwa, nk’uko Radio Publique Africaine ibivuga. U Burundi bumaze igihe bwohereza muri RDC abasirikare n’Imbonerakure bo guha umusada Ingabo za […]
Kazungu Dennis ushinjwa ibyaha birimo kwica abantu 14 yasabiwe gufungwa burundu
Ubushinjacyaha bwasabiye Kazungu Dennis gufungwa burundu nyuma yo gushinjwa ibyaha 10 yagiye akora mu bihe bitandukanye mbere y’uko atabwa muri yombi. Kazungu kandi yasabiwe gutanga ihazabu y’asaga miliyoni 10Frw. Ahawe umwanya ngo yiregure, yavuze ko ibyaha byose abyemera. Iki gifungo yagisabiwe kuri uyu wa Gatanu taliki 09 Gashyantare 2023.Ni nyuma y’uko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge […]
Ubufaransa nabwo bwongeye kwinjira mu kibazo cya DR.Congo na M23
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’Ubufaransa yatangaje ko yifuza ko Leta ya Congo yagirana ibiganiro n’Abarwanyi ba M23, nyuma y’intambara y’urudaca ikomeje kwibasira Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi ni ibyagarutsweho n’umuvugizi w’iyi Minisiteri ,Christophe Lemoine, Kuri uyu wa kane, tariki ya 8 Gashyantare, imbere y’itangazamakuru ,aho yavuze ko Ubufaransa bushyigikiye ko imirwano yahagarara muri […]
RDC yarakariye Pologne iyihora u Rwanda
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yikomye Pologne, kubera amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare iki gihugu gifitanye n’u Rwanda. RDC yikomye Pologne, nyuma y’amasaha make Perezida wayo, Andrzej Duda asoje uruzinduko rw’akazi yari amaze iminsi itatu agirira mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize Perezida Duda agiranye ibiganiro na mugenzi we, Paul Kagame w’u Rwanda ndetse […]
Israel yiyemeje guhosha amakimbirane y’u Rwanda na RDC ‘hatamenetse amaraso’
Leta ya Israel yasabye ko hakwiyambazwa inzira y’ibiganiro, mu rwego rwo guhosha umwuka mubi umaze igihe ututumba hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni icyifuzo cyatanzwe na Ambasaderi wa Israel i Kinshasa, Shimon Solomon, ubwo ku wa Kane yagiranaga ibiganiro na Minisitiri w’Ingabo za RDC, Jean Pierre Bemba. Ambasaderi Shimon yagaragaje ko […]
Nord Kivu:Guverineri Cirimwami yasabye abaturage kwivanga mu mirwano
Abaturage bo muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabwe gufasha igisirikare cya Leta ya Congo mu mirwano ikomeje kujegeza Kivu ya Ruguru kugirango bivune M23 Ibi byasabwe na Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Major Gen Peter Cirimwami, mu kiganiro n’itangaza makuru i Goma aho yasabye abaturage kutarebera imirwano ahubwo bagahaguruka bagashyigikira FARDC kugirango batamburwa umujyi […]
Zelensky yirukanye Gen Zaluzhnyi bari basigaye barebana ay’ingwe
Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine ku wa Kane yirukanye Gen Valerii Zaluzhnyi wari Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cye. Uyu Jenerali wari ukuriye Ingabo za Ukraine kuva iki gihugu cyinjiye mu ntambara n’u Burusiya, yirukanwe nyuma y’iminsi hari amakuru avuga ko atakijya imbizi na Perezida Zelensky. Nyuma yo kwirukanwa yahise asimburwa na GenbOleksandr Syrskyi nk’uko iteka […]
Umufa w’amara ,amajanja n’amajosi by’inkoko birimo guca ibintu i Rusizi
Mu murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, hari bamwe bavuga ko amara n’amajosi y’inkoko arimo kubahindurira ubuzima mu by’imirire kuko ngo ari inyama ziryoshye barisha umutsima. Ababigarutseho by’umwihariko ni abo mu Mudugudu wa Tuwonane mu Kagari ka Gatsiro mu Murenge wa Gihundwe, aho babwiye itangazamakuru ko bajya gutoragura ibice by’inkoko byirengagizwa, bakabitunganya bikavamo ifunguro […]
Umunyakenya ushinjwa kwica umukunzi we w’Umunyamerika yatorokeye mu modoka itwara abagenzi
Umugabo wo muri Kenya witwa Kevin Adam Kinyanjui yatorotse kasho yari afungiwemo i Nairobi muri Kenya nyuma yo kuba yacyekwagaho kwica umukunzi we babanaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Capital fm, itangaza ko yirutse akava kuri sitasiyo ya Polisi ya Muthaiga yinjira mu modoka itwara abagenzi nyuma y’uko yemererwaga kuvugana n’umwunganizi we. Kengethe asanzwe […]
Museveni na Kenyatta bongeye ku ganira ku mutekano mu Burasirazuba bwa Congo
Ku wa gatatu, tariki ya 7 Gashyantare, Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yakiriye Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya kugira ngo baganire ku bijyanye n’ingamba z’amahoro z’akarere ka DR Congo. Abinyujije ku rubuga rwa Twitter (X),Museveni yavuze ko we na Kenyatta baganiriye binshi birimo n’intambara ikome kuba mu burasirazuba bwa DR Congo. Gusa ntiharondowe […]
USA:Indege ya Marine yatwikiriwe n’urubura abasirikare batanu baburirwa irengero
Abanyamerika batanu bo mu ishami rirwanira mu mazi (Marines), baburiwe irengero nyuma y’uko kajugujugu yabo yamanutse mu misozi ya Californiya yuzuyeho urubura. Aba basirikare bivugwa ko bavaga mu myitozo bagaruka ku kigo cya gisirikare kiri i Miramar, hafi y’umujyi wa San Diego, ejo ku wa gatatu. Iri shami Marine Corps ry’igisirikare cya Amerika rivuga ko […]
Hafi ya Goma rubyutse rwambikana
Mu Majyaruguru y’Umujyi wa Goma, imirwano yakomeje guhera mu masaha y’urukerera yo kuri uyu wa Kane, mu mudugudu wa Rwibiranga muri Buhumba mu ifasi Nyiragongo. Ni imirwano ,imiryango itari iya Leta ivuga ko imeze nabi icyakora ngo muri Sake harimo umutuzo nyuma y’uko ku munsi w’ejo intambara muri aka gace yari yafashe indi ntera. Gusa […]
APR FC yageneye impano Bindjeme
APR FC yasezeye kuri myugariro Salomon Charles Banga Bindjeme wamaze gutandukana na yo, imugenera impano. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yasezeye kuri uyu myugariro w’umunya-Caméroun mbere y’umukino w’ikirarane w’umunsi wa 16 wa shampiyona yanyagiyemo Marines FC ibitego 5-2. APR FC ku rubuga rwayo rwa X, yashimiye Bindjeme “ku bw’ubwitange buhebuje n’umusanzu we muri APR FC.” Yunzemo […]
CAN:Nigeria na Côte D’Ivoire zizahurira kuri finale
Ikipe y’Igihugu ya Nigeria n’iya Côte D’Ivoire zageze ku mukino wa nyuma wa w’Igikombe cy’Afurika nyuma yo gutsinda amakipe byahuriye muri1/2 zikegukana intsinzi. Nigeria yageze kuri Finale nyuma yo gutsinda Afurika y’Epfo penaliti 4-2, ubwo amakipe yombi yari anganyije igitego 1-1 mu minota 120, naho Côte D’Ivoire itsinda itsinda Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igitego […]
Abashaka kwiga igisirikare muri Pologne Perezida Duda yabakinguriye amarembo
Perezida Kagame na mugenzi we Andrzej Duda bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru , ibyinshi bikaba byaganishaga ku mubano w’ibihugu byombi na Dipolomasi muri rusange. Ni ibiganiro umukuru w’Igihugu cya Pologne yahayemo ikaze urubyiruko rushaka kwiga ibya gisirikare n’ubundi bumenyi bwa rusange aho yavuze ko amarembo akinguye. Andrzej Duda ati”Mu gihe u Rwanda rwaba ruri mu byago natwe […]
CAN:Abanya-Nigeria babujijwe kugaragaza ibyishimo mu mukino wa Nigeria na Afurika y’Epfo
Abanyanijeriya baba muri Afurika y’Epfo babujijwe kugaragaza ibyishimo mu gihe baba babonye intsinzi mu mukino uhuza Nigeria na Afurika y’Epfo uribube kuri uyu wa Gatatu taliki 07 Gashyantare 2024. Impamvu y’uku kwitwararika ni uko ngo ibi bihugu byombi bisanzwe bihangana kuva na cyera,ariko kuri iyi nshuro bikaba byageze ku rwego rw’umupira w’amaguru.Amakuru avuga abayobozi bahagarariye […]
M23 yemeje ko yiteguye gusubira inyuma

Abarwanyi ba M23, batangaje ko biteguye gusubira inyuma mu gihe cyose Guverinoma ya Congo yaba irekeye aho kubagabaho ibitero. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Lawrence Kanyuka usanzwe ari umuvugizi w’uyu mutwe wa M23 mu bya Politiki, rivuga ko aba barwanyi nta gahunda yo gufata Goma bafite nk’uko Leta ya Congo igenda ikwirakwiza icengezamatwara ryayo, icyakora […]
Perezida Kagame yakiriye yakiriye mu Cyubahiro Andrzej Duda wa Pologne
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Gashyantare yakiriye mu cyubahiro mugenzi we Andrzej Duda wa Pologne uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gashyantare ni bwo Perezida Duda na Madamu we, Agata Kornhauser-Duda, bageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, bakirwa na […]
Umujyi wa Sake waba wafashwe na M23?
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko umutwe wa M23 wigaruriye Umujyi wa Sake wo muri Teritwari ya Masisi. Ni nyuma y’imirwano yaramukiye hafi y’uyu mujyi kuva mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Gashyantare. Ni imirwano yatumye abenshi mu batuye i Sake bahunga. Sake biravugwa ko yaguye mu […]
Harimo gukorwa inyigo y’uko abafite imodoka zabo bwite bazajya baziparika bagakoresha Bus
Nyuma y’uko mu mpera z’ukwezi k’Ukuboza 2023 mu Rwanda hagejejwe bus 100 zitwara abagenzi rusange ziyongereye ku zindi 20 zaje mu Ugushyingo mu rwego rwo korohereza ingendo z’abaturage, kuri ubu umujyi wa Kigali watangaje ko mu mpera z’uku kwezi kwa Gashyantare, izindi bus 100 zizaba zamaze kuhagera ,ari nako harimo kwigwa uko mu minsi iri […]
Muyaya yatangaje aho gahunda ya Tshisekedi yo ‘gutera u Rwanda’ igeze
Minisitiri w’Itumanaho wa RDC akanaba Umuvugizi wa Guverinoma y’iki gihugu, Patrick Muyaya, yatangaje ko kuri ubu bitakundira Perezida Félix Tshisekedi gusohoza isezerano ryo gushoza intambara ku Rwanda yahaye abanye-Congo, kuko ahugiye mu gushyiraho inzego nshya z’igihugu. Mu Ukuboza umwaka ushize ni bwo Tshisekedi yijeje abanye-Congo ko mu gihe umutwe wa M23 waba wigaruriye akandi gace […]
‘Gusimbuza impyiko ubu turi muri gahunda yo kuyishyira muri Mituweli’ MINISANTE
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko hari zimwe mu ndwara zikomeje harimo n’izitandura zimo gushyirwa ku bwisungane mu kwivuza(Mutuel de Sante.) Ibi byasobanuwe na Minisitiri Dr Nsanzimana yasobanuye ko kuba hari indwara zivurizwaga hanze hatakoraga Mituweli, ariko ko ubwo zatangiwe kuvurirwa mu gihugu, harebwa uko na zo zashyirwa muri gahunda y’ubwisungane mu kwivuza, Mituweli. Yagize ati: ” […]
Lt Col. Willy Ngoma yanyomoje Patrick Muyaya
Umuvugizi w’ishami rya gisirikare ry’umutwe wa M23, Lt Col Willy Ngoma, yanyomoje amakuru avuga ko hari uduce mu two uriya mutwe waherukaga kwigarurira ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya RDC ryaba ryamaze kwisubiza. Lt Col Ngoma yakomozaga ku makuru amaze iminsi avuga ko FARDC n’abo bafatanya ku rugamba baba baherutse kwambura M23 agace ka Shasha ko […]
Antony Blinken yatuwe agahinda k’abanye Gaza
Kuri uyu wa kabiri, umunyamabanga wa Leta muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony Blinken, yakomeje urugendo rwe mu rwego rwa diplomasi mu burasirazuba bwo hagati, maze aturwa agahinda ka banjye Gaza bakomeje kubura amahwemo. Blinken yahuye n’abayobozi ba Misiri mu rwego rwo gushyira ingufu mu guhagarika intambara ya Isiraheli na Hamas mu rwego hagamijwe […]
Ba Gen. Mubarakh Muganga na Rwivanga bifatanyije na UPDF mu birori bya Tarehe Sita (Amafoto)

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga n’umuvugizi wazo, Brig Gen Ronald Rwivanga, bari mu basirikare bo mu ngabo z’u Rwanda bitabiriye ibirori by’umunsi mukuru uzwi nka Tarehe Sita muri Uganda. Ni ibirori kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gashyantare byabereye mu karere ka Bugweri, byitabirwa na Perezida Yoweri Kaguta Museveni ndetse n’abasirikare […]
Perezida Andrzej Duda ari mu Rwanda
Perezida Andrzej Duda wa Pologne n’umugore we, Agata Kornhauser-Duda, bageze mu Rwanda aho batangiye uruzinduko rw’akazi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gashyantare ni bwo Perezida Duda na Madamu we bageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, bakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta. Aba bombi bageze i Kigali bakubutse […]
Urubanza rwa Cyuma rwasubitswe nyuma yo gusaba ko yaburanishwa n’abacamanza batatu
Kuri uyu wa Kabiri taliki 06 Gashyantare 2024,nanone Urukiko rwasubitse urubanza ruregwamo umunyamakuru Niyonsenga Dieudonné uzwi nka Cyuma Hassan nyuma y’uko uruhande rwe n’abamwunganira, basabye ko ruburanishwa n’abacamanza batatu. Cyuma asaba ko urubanza rwe rusubirwamo akaburanishwa n’abacamanza batatu ku bw’inyungu z’ubutabera n’uburemere bw’urubanza.Ni nyuma y’urwa mbere yakatiwemo gufungwa imyaka irindwi mu 2021 ku byaha atigeze […]
Tshisekedi yaba yarafunguriye amarembo ibiganiro n’u Rwanda rwihishwa?
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko yaba yaramaze gufungura amarembo y’ibiganiro bya rwihishwa n’u Rwanda, ku busabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Hashize umwaka urenga Congo Kinshasa idacana uwaka n’u Rwanda, bijyanye no kuba irushinja guha ubufasha inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 umaze imyaka ibiri irenga mu […]
Inkuru nziza ku bakunda umuhanzikazi Celine Dion
Nyuma y’igihe kitari gito umuririmbyikazi Celine Dion atagaragara mu ruhame kubera uburwayi, mu mpera z’icyumweru gishize yongeye kuboneka agenda bisa n’aho ubuzima buri kugenda neza. Ubwo hatangwaga ibihembo mu birori bya Grammy Awards, Celine Dion niwe wahaye Taylor Swift igihembo cya Album nziza.Ni nyuma y’uko yari amaze igihe arembejwe n’indwara ifata ubwonko n’urutirigongo. Ubu burwayi […]
Salomon Bindjeme yatandukanye na APR FC
Ikipe ya APR FC yamaze kugurisha muri Al-Shorta SC yo muri Iraq myugariro Salomon Charles Banga Bindjeme. Iyi kipe yemeje Bindjeme nk’umukinnyi wayo ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Amakuru avuga ko yatanzweho $70,000. Bindjeme yari umukinnyi wa APR FC kuva mu mpeshyi ya 2023, nyuma yo kuyigeramo imuguze muri Al Hilal Omdurman yo muri Sudani. […]