Kiyovu Sports yasinyishije uwahoze ari Kapiteni wa Police FC

Ikipe ya Kiyovu Sports kuri uyu wa gatatu, yasinyishije Ngendahimana Eric wigeze kuba Kapiteni wa Police FC yari amaze imyaka itandatu akinira. Uyu musore ukina hagati mu kibuga yasinye imyaka ibiri yo gukinira Kiyovu Sports. Kiyovu Sports ibinyujije kuri Twitter yayo yemeje aya makuru igira iti”Eric Ngendahimana wakinaga mu kibuga hagati muri Police FC yadusinyiye […]

Covid-19 : Nihashimwe Imana na Perezida Kagame

Akanyamuneza ni kose ku bamotari bakorera hirya no hino mu gihugu, bishimira icyemezo Guverinoma y’u Rwanda yafashe cyo gukomorera moto zitwara abagenzi kongera gukora nyuma y’iminsi 74 nta mu motari utwara umugenzi. Mu ijoro ryakeye ni bwo Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafashe umwanzuro uvuga ko moto […]

Rayon Sports yasabye Kiyovu SC ibisobanuro kuri Kimenyi Yves

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa kabiri, bwandikiye Kiyovu Sports buyisaba ibisobanuro ku mpamvu iyi kipe yo ku Mumena yasinyishije Kimenyi Yves wari umuzamu wayo. Mu ntangiriro z’icyumweru gishize ni bwo Kimenyi Yves wari umukinnyi wa Rayon Sports yatandukanye na yo asinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Kiyovu Sports, nyamara yari asigaje umwaka w’amasezerano […]

Polisi ya Uganda yataye muri yombi abapolisi babiri bayo bazira kutambara udupfukamunwa

Polisi ya Uganda ejo ku wa mbere yataye muri yombi abapolisi babiri bayo bazira kutagaragara bambaye udupfukamunwa, nka rimwe mu mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 yashyizweho na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. ChimpReports dukesha iyi nkuru yanditse ko aba bapolisi batawe muri yombi ku itegeko rya Steven Asiimwe, umuyobozi w’akarere ka Kabarole. Bafatiwe mu mukwabu […]

Uko ingabo za FPR-Inkotanyi zarokoye Abatutsi bari mu nkambi ya Kabgayi

Mu gihe Jenoside yakorwaga mu ntangiriro z’ukwezi kwa kane 1994, Abatutsi batangiye guhunga berekeza i Kabgayi bavuye mu bice bitandukanye kuva ku itariki 12 Mata 1994. Kugeza ku itariki ya 20 Mata 1994 i Kabgayi hari hamaze kugera impunzi nyinshi z’Abatutsi maze zishyirwa ahantu hatandukanye mu mazu ari I Kabgayi. Kuva Abatutsi bahagera, interahamwe n’abasirikare […]

Burundi: Perezida Museveni yahamagaye Ndayishimiye Evariste

Général Major Ndayishimiye Evariste uheruka gutorerwa kuyobora u Burundi mu myaka irindwi iri mbere nkuko byagaragajwe mu majwi y’agateganyo, yatangaje ko Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yamuhamagaye amushimira ku nsinzi yegukanye. Yabitangaje kuri uyu wa kabiri mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Ibyavuye mu matora yo mu Burundi yabaye ku wa 20 […]

Umucamanza wari uyoboye urubanza rwa Vital Kamerhe yishwe n’amarozi

Ibisubizo by’ibyavuye mu kizamini cyo kwa muganga ku rupfu rw’Umucamanza Raphaël Yanyi wari uyoboye urubanza ruregwamo Umukongomani Vital Kamerhe na bagenzi be, byagaragaje ko yapfuye arozwe nk’uko byemejwe n’abaganga. Ku wa gatatu tariki ya 27 Gicurasi, ni bwo Raphaël Yanyi wari umucamanza mu rukiko rw’ikirenga rwa Gombe yitabye Imana aguye mu bitaro bya Ngamba i […]

Nyaruguru: Igiceri cy’ijana bagiye bizigama cyabaviriyemo uruganda na miliyoni 120 rwf

img-20200601-wa0051.jpg

Abagore 235 bagize Koperative “Nyampinga” ihinga ikanatunganya umusaruro wa kawa, bo mu murenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru, bishyize hamwe mu 2005 batangira bizigama igiceri cya 100 Frw buri cyumweru. None ubu bafite uruganda n’amafaranga asaga miliyoni ijana na makumyabiri (120,000,000 Frw) kuri konti. Mukangango Esther, Umuyobozi wa Koperative “Nyampinga”, avuga ko batangiye mu […]

Nta muryango ubura ikigoryi – Gen. Ndayishimiye avuga kuri Agathon Rwasa

Général Major Évariste Ndayishimiye uheruka gutorerwa kuyobora u Burundi, yatangaje ko atatangajwe na Agathon Rwasa uvuga ko atemera ko yamutsinze mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ngo kuko “nta muryango ubura ikigoryi”. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu Burundi (CENI), ku wa 25 Gicurasi yatangaje Gen Ndayishimiye Evariste yatorewe kuyobora u Burundi, nyuma yo gutsinda amatora yabaye ku wa […]

Perezida Kagame yihanganishije abahungabanyijwe n’icyemezo cyo gukomeza gukumira ingendo

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yihanganishije uwo ari we wese wahungabanyijwe n’icyemezo cyo gukomeza gukumira ingendo zambukiranya intara n’umujyi wa Kigali ndetse no gutwara abantu kuri moto Leta y’u Rwanda yaraye ifashe. Umukuru w’igihugu yabitangaje kuri uyu wa mbere, ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baheruka gushyirwa muri Guverinoma y’u Rwanda no mu zindi nzego zinyuranye. […]

MINUAR yahagaritse kuvana abantu muri Mille Collines by’agateganyo

Ku wa 31 Gicurasi 1994, umusilikare mukuru wa MINUAR ukomoka muri Senegal, Kapiteni Mbaye Diagne, yahitanywe n’igisasu kuri bariyeri y’ingabo za Leta n’Interahamwe, yanga ko abantu yari aherekeje bavanwa n’interahamwe muri za Kamyo zari zibatwaye bavanywe na MINUAR muri Hotel des Mille Collines, bajyanywe mu gice cyagenzurwaga na FPR-INKOTANYI. Bukeye bwaho, tariki ya 01 Kamena […]

Abasirikare ba Uganda barashe aba Sudani y’Epfo bane barabica

Igisirikare cya Uganda (UPDF), cyatangaje ko abasirikare bacyo barashe aba Sudani y’Epfo bane bikarangira bapfuye. Iryo rasana ryabaye ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, ribera mupaka ugabanya ibihugu byombi uri mu karere ka Moyo. Igisirikare cya Uganda cyavuze ko mbere y’uko habaho ukurasana, abasirikare barindwi ba Sudani y’Epfo bambutse umupaka bakinjira muri Uganda mu buryo butemewe […]

Amerika: Abigaragambya barenga 4000 bamaze gutabwa muri yombi

Ibihumbi by’Amanyamerika bamaze gutabwa muri yombi na Polisi ya Leta zunze ubumwe za Amerika, bazira gushaka gukora urugomo mu gihe cy’imyigarambyo yo kwamagana urupfu rwa George Floyd, umwirabura wishwe n’abapolisi ba Amerika ku wa mbere w’icyumweru gishize. Kuva ku wa kabiri w’icyumweru gishize Abanyamerika bigabije imihanda yo mijyi itandukanye, bamagana urupfu rwa Floyd n’urugomo urwo […]

Musanze: Umunyeshuri uherutse gusoza amasomo muri UR akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 16

Umusore witwa Mugiraneza Leodomir w’imyaka 25 y’amavuko uherutse gusoza amasomo muri Kaminuza y’u Rwanda, afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko. Amakuru yizewe agera kuri Bwiza avuga ko Mugiraneza yatawe muri yombi na Polisi y’igihugu ikorera mu murenge wa Remera w’akarere ka Musanze, ku wa gatandatu tariki ya 30 Gicurasi, mbere yo gushyikirizwa ubugenzacyaha. […]

Ibihugu bitanu bya Afurika ni byo bitarabonekamo uwishwe na Covid-19

Mu ijoro ryakeye Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (Minisante), yatangaje ko mu gihugu habonetse umuntu wa mbere wahitanwe n’icyorezo cya Covid-19, bituma u Rwanda ruva mu mubare w’ibihugu bya Afurika bitaragaragaramo uwishwe n’iki cyorezo. Minisante yavuze ko uwishwe na Covid-19 ari umushoferi w’imyaka 65 wari utuye mu gihugu cy’abaturanyi kitavuzwe izina, wahisemo gutaha mu Rwanda nyuma […]

US: Mukuru w’umwirabura uherutse kwicwa yahishuye uko yavuganye na Trump akamunigana ijambo

Philonise Floyd, umuvandimwe wa George Floyd uherutse kwicwa n’umupolisi wa Amerika amunigishije amavi, yatangaje ko yavuganye na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika akamwima amahirwe yo kumubwira ikimuri ku mutima. Floyd uvuga ko yanavuganye na Joe Biden wabaye Visi-perezida mu gihe cya Barack Obama, yabwiye umunyamakuru Al Sharpton wa MSNBC ko ikiganiro cye […]

Impaka z’urudaca muri ONU ku nyito y’ubwicanyi bwakorerwaga Abatutsi

Mu gihe guverinoma y’abicanyi yashishikarizaga abaturage b’Abahutu gutsemba Abatutsi ikanabitangira amabwiriza, mu Muryango w’Abibumbye bari bakirwana n’amagambo yo kwemeza inyito y’ubwicanyi bwakorerwaga Abatutsi. Tariki ya 25 Gicurasi 1994 Guverinoma y’abicanyi yari yahaye aba Perefe bose amabwiriza yo gutegura gahunda yo kwirinda. Amahanga yari amaze kumenya ubwicanyi bwari bwibasiye Abatutsi bose mu gihugu cyose, niyo mpamvu […]

Ibihe Sadate yanyuzemo muri Rayon byaba amahirwe yo kuroba inyeshyamba ahereye mu bushorishori

Izina “Inyeshyamba” ryakunze gukoreshwa muri ruhago nyarwanda, ariko kuva muri Nzeri umwaka ushize, ryavuzwe biturutse mu kipe ya Rayon Sports yakunze kuvugwamo ibibazo by’abashakaga guhirika ubuyobozi bwayo no kuyishakamo inyungu mu buryo butemewe n’amategeko. Izo nyeshyamba zenda gusa na twa dutsiko ndetse n’imitwe yitwaza intwaro igakoresha ingufu z’umurengera igamije impinduka z’ibidahuye n’umurongo wabo. Inyeshyamba zikunze […]

Uko impunzi zavanwe muri Mille Collines n’urupfu rwa Capt. Mbaye Diagne wo muri MINUAR

Kuva muri Mata 1994, muri Hotel des Mille Collines i Kigali hari harahungiye abantu b’ingeri zose biganjemo Abatutsi n’Abahutu batavugaga rumwe na Leta y’abicanyi. Hashingiwe ku byagezweho n’imishyikirano yakomeje kuba hagati ya Guverinoma yiyitaga iy’Abatabazi n’ingabo za FPR-INKOTANYI hagamijwe kwimura abantu bari bahungiye kuri Hotel des Mille Collines bakajyanwa mu bice bifuza, icyo gikorwa cyarakozwe […]

US: Umugore w’umupolisi uherutse kwica umwirabura yatse gatanya

Umugore w’umupolisi wa Amerika uherutse kwica umwirabura witwa George Floyd amunigishije amavi, yamaze kwaka gatanya yo gutandukana n’umugabo we nk’uko byatangajwe n’umunyamategeko we. Uwo mugore witwa Kellie Chauvin wabaye Nyampinga wa Leta ya Minnesota muri Amerika, yatse gatanya mu gihe Derek Chauvin wari umugabo we yamaze guhamwa n’icyaha cyo kwica nyakwigendera Floyd. Itangazo ryasohowe n’umunyamategeko […]

Arsenal yasinyishije Umunyarwanda George Lewis Igaba

Umunyarwanda George Lewis Igaba-Ishimwe Maniraguha, yerekeje mu kipe ya Arsenal yo mu gihugu cy’Ubwongereza, nyuma yo gutsinda igerageza yari amaze igihe ayikoramo. Lewis Igaba w’imyaka 19 y’amavuko, yavukiye mu Rwanda mbere y’uko ababyeyi be berekeza mu gihugu cya Norvège. Akina nka rutahizamu wo ku mpande, abo mu cyongereza bita aba Wingers. Ikipe ya Fram Larvik […]

AU yamaganye iyicwa rya George Floyd uherutse kwicwa n’umupolisi wa Amerika

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, Moussa Faki Mahamat, yamaganye urupfu rwa George Floyd, umwirabura witabye Imana ku wa mbere w’iki cyumweru yishwe n’umupolisi wa Amerika. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru Faki yashyize ahagaragara kuri uyu wa gatanu, yavuze ko Komisiyo “yanze ibikorwa by’ivangura bikomeje gukorerwa abirabura bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika. […]

Abasirikare batatu mu bashinjwaga guhohotera abaturage ba Bannyahe bafunguwe

Urukiko rwa gisirikare rwa Kanombe, kuri uyu wa gatanu rwategetse ko abasirikare batatu muri batanu bashinjwaga ibyaha birimo gufata ku ngufu abagore batatu no gukubita abaturage bo mu Kagari ka Kangondo ya mbere, mu murenge wa Remera w’akarere ka Gasabo barekurwa. Ni nyuma y’uko abaregwa bose bari bajuririye igifungo cy’iminsi 30 bari bahawe n’urukiko. Abasirikare […]

Impamvu Rayon Sports ishobora kuzaba iciriritse mu mwaka utaha

Mu gihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda 2019/20 yamaze gusozwa APR FC igahabwa igikombe, amakipe atandukanye atarimo Rayon Sports yamaze gutangira gutekereza ku mwaka utaha w’imikino yatangiye kuwitegura. Ni umwaka abakurikiranira hafi basanga ushobora kuzaba mubi cyane kuri Rayon Sports, kuruta inzira z’amahwa iyi kipe yagiye inyuramo kuva yashingirwa i Nyanza mu majyepfo, mu myaka […]

Uko Jenoside yakajije umurego mu majyepfo y’igihugu, Inkotanyi zikomeza kubohora ibice bitandukanye

Amatariki y’impera za Gicurasi 1994 yaranzwe n’ingufu ingabo za FPR-INKOTANYI zashyize mu gukora ibishoboka byose ngo zihutishe ihagarikwa rya Jenoside yakorerwaga Abatutsi, ariko ku ruhande abicanyi na bo bashyira imbaraga mu kwihutisha iyicwa ry’Abatutsi bari bakihishe hirya no hino mu bice ingabo za FPR-Inkotanyi zitari zakabohoye byiganjemo iby’Amajyepfo y’igihugu. Iyicwa ry’Abatutsi barenga 500 bavanwe mu […]

Rwanda: Abayobozi bakuru 9 bakuwe mu myanya mu mezi atatu, ni iki kibyihishe inyuma?

Kuva muri Gashyantare uyu mwaka, abayobozi bagera ku icyenda bamaze kwirukanwa, gusimburwa muri Guverinoma y’u Rwanda no mu zindi nzego zitandukanye z’igihugu, bazira amakosa atandukanye bakoze ubwo bari bagikora inshingano bashinzwe. Abirukanwe ku ikubitiro amakosa bazize yashyizwe ku karubanda, mu gihe abaheruka gukurwa ku mirimo amakosa bakoze yiswe “Ibyo bagomba kubazwa bakurikiranweho”, nk’uko bigaragara mu […]

Gen. ‘Tango Four’ wari Perezida wa AS Vita Club yeguye ku murimo ye

Général Major Gabriel Amisi Kumba uzwi nka “Tango Four” yeguye ku nshingano zo kuba Perezida w’ikipe ya AS Vita Club y’i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yari amaze igihe abereye umuyobozi. Gen. Tango Four yari amaze imyaka 13 ari Perezida w’iyi kipe. Umuvugizi we, Dr Patrice Nowa, ni we wemeje amakuru y’ubwegure bwe […]

Uko gahunda “Auto-Défense Civile” Habyarimana yatangije yihutishije ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside

Gahunda yiswe “Auto-défense civile”, ni imwe mu zafashije cyane gushobora kwica Abatutsi barenga miliyoni mu mezi atatu, nyuma yo gutangizwa na Perezida Juvénal Habyarimana mbere gato y’uko Jenoside itangira. Ni gahunda cyangwa igikorwa cyakoreshejwe cyane mu kwica abatutsi hose mu gihugu, ariko igeragezwa ryacyo ryatangiriye mu yahoze ari Perefegitura ya Byumba na Ruhengeri. “Auto-defense civile” […]

Eric Rutanga wari Kapiteni wa Rayon Sports yerekeje muri Police FC

Eric Rutanga wari Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, yamaze gutandukana na yo yerekeza muri Police FC aba umukinnyi wa gatanu utandukanye n’iyi kipe. Rutanga ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso, yari umukinnyi wa Rayon Sports kuva muri 2016, nyuma yo kuyigeramo avuye muri mukeba wayo, APR FC. Police FC yamusinyishije imyaka ibiri, imutwaye ikipe ya Young […]

Abasirikare ba Uganda barashe aborozi batatu b’aba Karamojong

Ku wa gatatu tariki ya 27 Gicurasi, abasirikare ba Uganda barashe aborozi batatu bo mu bwoko bw’aba Karamojong, nyuma y’urufaya rw’amasasu rwasakiranyije impande zombi. Karamajong ni ubwoko bw’abantu bivugwa ko bimukiye muri Uganda mu myaka ya 1600 bavuye muri Ethiopia, bakaba batuye mu ntara ya Karamoja iri mu majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa Uganda. Amateka agaragaza […]

Ubukangarumbaga bwakozwe mu bahutu mu byatije umurindi Jenoside yakorewe Abatutsi

Ku itariki nk’iyi mu myaka 26 ishize, Jenoside yakorewe Abatutsi yari yaratangiye guhagarikwa mu bice byinshi ingabo za FPR-Inkotanyi zari zaramaze gufata, gusa hari ibice yari igikorwamo ku buryo byanatumye Leta yayikoraga ikora byose kugira ngo yihutishwe. Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside CNLG, isobanura ko hagati y’itariki ya 25 n’iya 30 Gicurasi, Leta yari iyobowe […]

Kabuga yavuze ko ibyaha ashinjwa ari ‘Ibinyoma’

Umunyemari Kabuga Felicien uheruka gutabwa muri yombi ashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yavuze ko ibyaha ashinjwa byose ari ‘ibinyoma’. Uyu mukambwe ashinjwa ibyaha birindwi byose bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ubwo Kabuga w’imyaka 84 (we avuga ko afite 87) yagezwaga imbere y’urukiko rw’i Paris kuri uyu wa gatatu, yavuze ko […]

Nkurunziza Jean Paul wari umuvugizi wa Rayon Sports yeguye

Kuri uyu wa gatatu Nkurunziza Jean Paul wari umuvugizi w’ikipe ya Rayon Sports, yeguye ku mirimo ye mu gihe muri iyi kipe havugwamo uruhuri rw’ibibazo. Inkuru y’ubwegure bwa Nkurunziza yemejwe n’umwe mu bayobozi ba Rayon Sports, mu kiganiro na Fun Club. Yagize ati”Ni byo Jean Paul yeguye ku mirimo ye. Yabivuze ariko ubuyobozi ntacyo bwari […]

Amerika: Umwirabura wapfuye atsikamiwe ku gakanu n’umupolisi yateje impagarara

Amagana y’Abanyamerika bigabije imihanda, bamagana urupfu rw’umugabo w’umwirabura wishwe n’umupolisi w’umuzungu amutsikamiye ku gikanu, nk’uko bigaragara mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga. Amashusho yafashwe agaragaza uwo mwirabura witwa George Floyd ataka cyane ubwo yari atsikamiwe n’uwo mupolisi, amutakambira amusaba kumuvaho kuko yavugaga ko adashobora ‘guhumeka’. Byabaye ku mugoroba wo ku wa mbere w’iki cyumweru, muri […]

Kimenyi Yves yabaye umukinnyi wa kane utandukanye na Rayon Sports

Kimenyi Yves wari umaze umwaka umwe ari umuzamu wa Rayon Sports, yamaze gutandukana na yo yerekeza muri mukeba wayo, Kiyovu Sports. Kimenyi usanzwe ari n’umuzamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, yari asigaje umwaka umwe muri Rayon Sports, dore ko yari yarayisinyiye amasezerano y’imyaka ibiri akiyijyamo mu mpeshyi y’umwaka ushize nyuma yo kwirukanwa na APR FC. Kiyovu Sports […]

Jabo Paul wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyepfo yirukanwe ku mirimo

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yirukanye ku mirimo JABO Paul wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’amajyepfo “kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho”. Itangazo ryatanzwe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe, rivuga ko Jabo hari ibyo agomba kubazwa akurikiranweho, n’ubwo bitigeze bitangazwa. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye irindi tangazo rimenyesha Gakire Bob wakoraga mu rwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB) ko ari […]

U Rwanda ntirwemeranya na Amerika n’Ubwongereza ku bijyanye no kwibuka Abahutu

Leta y’u Rwanda ntivuga rumwe n’ibihugu bya Leta zunze ubumwe za Amerika n’Ubwongereza, ku cyifuzo cyabyo cy’uko Abahutu bishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi bajya bibukwa. Muri 2018, Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye yemeje ko tariki ya 7 Mata iba umunsi mpuzamahanga wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kwemeza iyi tariki byari bigamije “gukosora […]

Perezida Kagame yaba azinjira mu kinamico Rayon Sports isaba ko yinjiramo?

Kuva mu ntangiriro za 2020 izina Rayon Sports rikomeje kugaruka mu itangazamakuru no mu bakunzi b’umupira w’amaguru hano mu Rwanda, kubera isinzi ry’ibibazo bikomeje kuvugwa muri iyi kipe ifite igikundiro kurusha izindi hano mu Rwanda. Munyakazi Sadate uri mu bavugwa cyane muri ibi bibazo abigereranya n’Ikinamico. ku munsi wejo mu nyakazi yatangarije igihe ko ntawabuza […]

Gatabazi yasabye imbabazi Perezida Kagame na FPR-Inkotanyi nyuma yo kwirukanwa

Gatabazi Jean Marie Vianey wari umaze imyaka igera kuri itatu ari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, yasabye imbabazi Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, umuryango wa RPF-Inkotanyi n’Abanyarwanda muri rusange ku makosa yakoze. Mu ijoro ryakeye ni bwo Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yatangaje ko Guverineri Gatabazi na mugenzi we Emmanuel Gasana wayoboraga Intata y’Amajyepfo bahagaritswe, “Kubera ibyo […]

Munyakazi Sadate na Komite yari ayoboye birukanwe muri Rayon Sports

Ubuyobozi bw’umuryango wa Rayon Sports, bwatangaje ko bwamaze guhagarika ku mirimo ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports isanzwe ari igikorwa cyawo muryango, nyuma yo gusanga hari amakosa akomeye komite y’iyi kipe yakoze. Ni icyemezo nyobozi y’umuryango wa Rayon Sports yafashe, nyuma y’inama yahuje abayigize ku wa gatandatu tariki ya 23 Gicurasi 2020. Nta makosa yakozwe na […]

Abahakanyi ba Jenoside yakorewe Abatutsi bari mu rugamba rwo kubeshya ko bacitse ku icumu

Mu gihe kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi bigikomeje ndetse Isi ikaba ikomeje gushakisha bamwe mu bayiteguye bakanashyira mu bikorwa, Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) iravuga ko hari udutsiko dupfobya kandi duhakana Jenoside gushyira imbaraga ku mbuga nkoranyambaga mu gukwirakwiza ibinyoma. CNLG ivuga ko kimwe mu bikorwa bihakana Jenoside yakorewe Abatutsi cyatambutse kuri izo mbuga ari […]

Rayon Sports yiyambaje Perezida Kagame ngo ayifashe gukemura ibibazo biyirimo

img-20200525-wa0028.jpg

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports, bwandikiye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, bumusaba kubufasha ibibazo uruhuri byugarije iyi kipe. Mu ibaruwa y’amapaji and Munyakazi Sadate uyobora iyi kipe yandikiye Perezida Kagame, yamubwiye ko muri Rayon Sports harimo itsinda ry’abantu bamurwanya kubera ko ayishakira ibyiza, gusa ko ibi byose bikaba byaratangiye ubwo yavumburaga amakosa bagiye bakora anashaka […]

Rucagu yahishuye uko abo mu muryango wa Kabuga bamusabye kumuvuganira kuri perezida Kagame

Rucagu Boniface uri mu bagize Urwego rw’Igihugu Ngishwanama rw’Inararibonye, yahishuye ko Kabuga Felesiyani ushinjwa uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi yahoze ari umuntu mwiza, gusa akaza guhinduka nyuma y’uko yari amaze gushyingira Juvenal Habyarimana. Rucagu ni umwe mu Banyarwanda bake bashoboye gukorera Repubulika ya kabiri, magingo aya bakaba akiri muri Guverinoma y’Ubumwe bw’Abanyarwanda. Yabaye Perefe […]

Amerika yakumiriye ku butaka bwayo abanyamahanga baturutse muri Brésil

Leta zunze ubumwe za Amerika zakumiriye ku butaka bwazo abanyamahanga bose baturutse muri Brésil bamaze iminsi 14 bahaba. Ni nyuma y’uko bigaragaye ko umubare w’abanduye Coronavirs muri Brésil ukomeje gutumbagira, aho ababarirwa mu 320,000 ari bo banduye kiriya cyorezo, na ho abarenga 22,000 kikaba cyarabishe. Ibi bishyira Brésil ku mwanya wa kabiri ku Isi mu […]

Bisi ya Rayon Sports igiye gutezwa cyamunara

Company icuruza imodoka ya “Akagera Motors”, igiye kugurisha mu cyamunara imodoka nini (Bisi) yari yaragurishije ikipe ya Rayon Sports, nyuma y’uko iyi kipe inaniwe kwishyura amafaranga yari yarasigaye iyigura. Mu Ugushyingo 2018 ni bwo iyi modoka yamuritswe, nyuma y’uko Rayon Sports yumvikanye n’Akagera kuyigura abarirwa muri 100,000,000Rwf. Mu gikorwa cyo kumurika iyi modoka, Muvunyi Paul […]

Tanzania: Iperereza ryagaragaje ko imashini yifashishwaga mu gupima Covid-19 ifite ikibazo

Minisiteri y’ubuzima mu gihugu cya Tanzania, yatangaje ko iperereza Guverinoma y’iki gihugu yakoreye muri Laboratwari y’igihugu ryagaragaje ko imashini yifashishwaga mu gupima Coronavirus ifite ikibazo. Minisitiri w’Ubuzima muri iki gihugu, Dr Ummy Mwalimu, yatangaje ko iperereza ryakozwe nyuma y’aho Perezida John Pombe Magufuli agize amakenga ku mikorere y’imashini zifashishwa mu gupima Covid-19. Mu minsi yashize […]

Tanzania: Umuyobozi wa Dar es Salaam yahamagariye abaturage kwishimira irangira rya Covid-19

Paul Makonda, umuyobozi w’Umujyi wa Dar es Salaam uruta iyindi yo muri Tanzania mu bunini, yahamagariye abaturage ba Tanzania kwigabiza imihanda bishimira irangira ry’icyorezo cya Covid-19. Uyu mutegetsi yasabye amaduka kugabanya ibiciro kugeza kuri 80%, mu rwego rwo korohereza abifuza kugura imyenda myiza yo guserukana mu birori byo kwishimira irangira rya Covid-19. Gusa n’ubwo Makonda […]

Irambona wari umaze imyaka hafi umunani muri Rayon Sports yerekeje muri Kiyovu

Myugariro Irambona Gisa Eric wari umaze imyaka igera ku munani akinira ikipe ya Rayon Sports, yamaze gutandukana na yo yerekeza muri mukeba wayo, Kiyovu Sports. Uyu musore ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso wari usanzwe ari Visi-Kapiteni wa Rayon Sports, yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Kiyovu Sports. Ni umwe mu bakinnyi bakuru Rayon Sports yari ifite, […]

RDC: Inyeshyamba z’Abatwa zirenga 30 zashyize intwaro hasi

Inyeshyamba 35 z’Abatwa zashyize intwaro hasi, zishyikiriza abayobozi bo mu gace ka Muhuyu ho muri Teritwari ya Nyunzu, mu ntara ya Tanganyika iherereye mu Majyepfo ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Izi nyeshyamba zafashe icyemezo cyo gushyira intwaro hasi ku wa gatanu tariki ya 21 Gicurasi, ziyemeza guhuza imbaraga n’abari kurwana no kugarura amahoro muri […]

Ba maneko ba Zambia bafatiwe ku butaka bwa RD Congo

Abanya-Zambia babiri bari mu maboko y’inzego zishinzwe umutekano za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva ku wa 17 Gicurasi, nyuma yo gufatirwa ku butaka bw’iki gihugu ahitwa Moba ho mu ntara ya Tanganyika. Umuyobozi wa Territoire ya Moba, Didier Mumbere, yabwiye Radio Okapi ko bariya bantu bavuze ko ari abapolisi ba Zambia, bakaba barinjiye ku […]

Bidasubirwaho APR FC yegukanye igikombe cya 18 cya shampiyona

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda Ferwafa, ryemeje ko ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda y’umwaka wa 2019/2020, nyuma yo gusoza shampiyona iyi kipe iri imbere y’izindi. Ni igikombe cya 18 iyi kipe y’ingabo z’igihugu yegukanye kuva yatangira gukina shampiyona y’ikiciro cya mbere mu 1995. Shampiyona y’u Rwanda isubitswe igeze ku […]

Pakistan: Abakabakaba 100 baguye mu mpanuka y’indege

Indege ya Sosiyete Mpuzamahanga ya Pakistan ikora ubwikorezi bwo mu kirere yari itwaye abagenzi babarirwa mu 100, yakoreye impanuka mu gace gatuwe n’abantu benshi gaherereye hafi y’ikibuga cyo mu mujyi wa Karachi mu majyepfo ya Pakistan. Umuyobozi w’Umujyi wa Karachi, Wassim Akhtar, yatangaje ko uretse kuba iriya ndege yashenye inzu ziri hagati y’eshanu n’esheshatu, abari […]

Perezida wa Rayon Sports yagaragarije RGB uruhuri rw’ibibazo byugarije ikipe

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yandikiye Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB) arumenyesha uruhuri rw’ibibazo byugarije iyi kipe bituma ihoramo ubwumvikane buke. Mu ibaruwa ndende Sadate yandikiye ruriya rwego, yagaragaje ko ibibazo Rayon Sports imazemo imyaka itari mike byatewe n’abashatse gushimuta iyi kipe guhera muri 2013, kugera magingo aya bakaba bagifite uwo mugambi. Mu bo […]

Abasirikare ba Uganda bishe abaturage babanje guhanganira mu rwuri rwa Komanda w’Inkeragutabara

Mu ijoro ryakeye abaturage bane ba Uganda barashwe n’abasirikare b’iki gihugu barapfa abandi umunani barakomereka, nyuma yo guhangana n’abasirikare barinda ifamu ya Lt Gen Charles Oweny Otema uyobora inkeragutabara za Uganda. Amakuru avuga ko abarashwe bari bamaze imyaka irenga 10 bafitanye amakimbirane na Gen. Otema, bapfa ubutaka buri wese yemeza ko ari ubwe. Gen. Otema, […]

RD Congo: Abarwanyi b’umutwe wa CNRD wiyomoye kuri FDLR bayamanitse

Abarwanyi umunani b’umutwe wa CNRD wiyoboye kuri FDLR, bashyize intwaro hasi bahitamo kwishyikiriza ingabo za MONUSCO zikorera mu gace ka Sange kari mu kibaya cya Ruzizi ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru avuga ko bari batututse ahitwa Ndjoleka, ku birometero 13 uvuye mu burengerazuba bw’umujyi wa Sange ahabarizwa abarwanyi babarirwa muri 200 b’uriya mutwe. […]

Abantu batandatu ni bo bagaragayeho Covid-19 kuri uyu wa kane

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 21 Gicurasi 2020 yatangaje ko hagaragaye abantu batandatu bashya banduye Covid-19 mu bipimo 1,083 byafashwe. Abakize iki cyorezo bageze kuri 217 barimo umwe wabonetse uyu munsi. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki gihugu ni 320, 103 muri bo bakaba bakirwaye.

Museveni yatsinze urubanza yarezwemo gukumira kuri Twitter umufana wa Bobi

Ishami rishinzwe imanza z’imbonezamubano mu Rukiko Rukuru rw’i Kampala, ryemeje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni afite uburenganzira bwo kuba yarakumiriye kuri Twitter umufana wa Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine wari wabimuregeye. Mu minsi ishize ni bwo umufana wa Bobi Wine witwa Hillary Innocent Sseguya, umunyeshuri muri Kaminuza ya Havard muri Amerika, yajyanye Perezida mu […]

Tanzania irashinja Kenya guhimba abanduye Covid-19 igamije kwangiza ubukerarugendo bwayo

Leta ya Tanzania yashinje Kenya baturanye guhimba imibare y’abashoferi bayo batwara amakamyo bagaragayeho icyorezo cya Covid-19 ku mupaka wa Namanga ugabanya ibihugu byombi, ibyo Tanzania ivuga ko ari ibinyoma bigamije gusiga isura mbi ubukerarugendo bwayo. Ni ibyemejwe n’umuyobozi w’akarere ka Arusha, Mrisho Gambo, mu itangazo yasohoye avuga ko abashoferi Kenya yemeje ko banduye Covid-19 Tanzania […]

Kabuga yasabiwe kuba agiye gufungirwa i La Haye aho kuzanwa Arusha

Ubushinjacyaha bw’Urwego rwasigariyeho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda IRMCT, bwasabye ko Kabuga Félicien ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi aba agiye gufungirwa i La Haye mu Buholandi aho kuzanwa i Arusha muri Tanzania. Mu ibaruwa umushinjacyaha mukuru wa IMRCT, Serge Brammetz yandikiye Perezida wayo, Carmel Agius, yamusabye ko hagira ibihindurwa mu mpapuro zo […]