TPLF yihuje n’abo bafatanyije guhirika Col Mengistu Hailemariam bagamije gufata Addis Abeba

Inyeshyamba zo mu mutwe wa TPLF wo muri Tigray zamaze kwihuza n’inyeshyamba ziharanira kubohoza intara ya Oromo (Oromo Liberation Army) bagamije guhirika ubutegetsi bwa Ethiopia, bushinja iyi mitwe yombi kuba inyuma y’ubwicanyi bw’abasivili ibihumbi muri Oromo na Benishangul Gumuz. Kuri uyu wa gatatu ushize uyu mutwe uharanira kubohoza Oromo watangarije Associated Press ko wifatanyije na […]

Burundi: Haravugwa inyeshyamba zinjiye ziturutse muri Tanzania

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga umutekano wakajijwe ahitwa muri Komini Kibago nyuma y’abantu bitwaje ibirwanisho bagaragaye muri iki gice bikekwa ko binjiye baturutse mu gihugu cya Tanzania. Biravugwa ko kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru ari bwo hatangiye kuvugwa amakuru y’abantu bitwaje ibirwanisho binjiye muri iyi komini baturutse muri Tanzania. Abaturage babonye aba bantu […]

Abatalibani baragera amajanja Kabul nyuma yo gufata Kandahar

Abatalibani bakomeje gutera intambwe basatira umurwa mukuru wa Afghanistan Kabul, ariko aho banyuze bagenda bigarurira indi mijyi n’intara by’igihugu, ubu bakaba bamaze kwigarurira umujyi wa Kandahar na Herat, umujyi wa kabiri n’uwa gatatu munini mu gihugu nyuma ya Kabul. Hagati aho, ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza bigiye kohereza ingabo ibihumbi zo […]

Ronaldo yaba agiye kongera guhanganira na Messi muri Shampiyona y’u Bufaransa?

Amakuru ataremezwa neza ava mu Bufaransa akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga aravuga ko nyuma y’aho igihangange muri ruhago, Lionel Messi, kigereye mu ikipe ya PSG, ubu ngo ikindi gihangange, Cristiano Ronaldo nacyo cyIbinyamakuru by’aba kiri mu nzira cyerekeza muri Shampiyona y’u Bufaransa mu ikipe ya Monaco. Ibinyamakuru by’imikino nka Le 10 Sport kivuga ko hari […]

Gicumbi: Umugabo arashinjwa gusambanya umwana w’umuhungu w’umuturanyi

Urukiko rw’Ibanze rwa Byumba kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 11 Kanama 2021, rwafunze by’agateganyo iminsi 30 umugabo utuye mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Rwamiko, Akagari ka Cyuru, ucyekwaho gusambanya umwana w’Umuhungu w’imyaka 9 baturanye ariko we akaba abihakana. Icyo cyaha yagikoze muri Gicurasi 2021, ubwo yasangaga umwana ari mu nzu aho Nyirakuru yari […]

10 secteurs resteront sous verrouillage pendant encore deux semaines

Dix des 50 secteurs administratifs qui ont Ă©tĂ© placĂ©s sous verrouillage il y a quinze jours resteront sous ordonnance de sĂ©jour Ă  domicile jusqu’au 31 aoĂ»t au moins. Les secteurs comprennent Byimana dans le district de Ruhango, Tumba et Gishamvu dans le district de Huye, les secteurs de Rukara, Murundi, Nyamirama et Mwiri dans le […]

RDC: Abasore bivugwa ko ari Imbonerakure bavumbuwe aho bari bihishe n’imbunda zabo

Abasore bagera kuri bane bivugwa ko ari Imbonerakure za CNDD-FDD, Enock Nshimirimana, JĂ©rĂ´me Ndayirukiye, Claude Nizigama na Jacques Ntirampeba, batawe muri yombi ku wa kabiri bafatiwe mu rutoki ruri muri Gurupoma ya Sange, mu Kibaya cya Rusizi muri Teritwari ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bafite n’imbunda. Bafatanywe Kalashnikov ebyiri kandi bemera ko bagiyeyo […]

Afghanistan: Leta yemeye gusangira ubutegetsi n’Abatalibani amahoro agahinda

interactive_aug12afghanistan-ten-capitals-fallen_9cities-01.jpg

Nyuma y’aho Abatalibani bakomeje kwigarurira intara zitandukanye za Afghanistan, na nyuma yo kwigarurira umurwa mukuru w’Intara ya Ghazni, mu birometero 130 by’amajyepfo y’uburengerazuba bw’umurwa mukuru, Kabul, biravugwa ko leta y’iki gihugu yaba yiteguye gusangira nabo ubutegetsi ariko amahoro agahinda. Ifatwa ry’Umujyi wa Ghazni, umurwa mukuru w’Intara ya Ghazni ryujuje imirwa mikuru y’intara 10 imaze kwigarurirwa […]

Haribazwa ibanga rya Angela Bassett ukina Black Panther ngo akomeze kugaragara nk’inkumi ku myaka 62

90243857550da80d6d318e9d7d21ce7c.jpg

Abantu batandukanye bakomeje kwibaza ku mukinnyi wa filimi w’Umunyamerikakazi, Angela Bassett w’imyaka 62 bibaza ku ibanga akoresha kugirango akmeze kugaragara nk’inkumi ku myaka ye nk’aho ikinyamakuru Afrikbuzz cyakoze inkuru cyahaye umutwe ugira uti, Angella Bassett ku myaka 62 aragaragara nk’inkumi y’imyaka 20 n’amaguru akurura. Iki kinyamakuru kivuga ko Angela Bassett ari we kimenyetso kiza cy’indirimbo […]

Perezida Cyril Ramaphosa yahaswe ibibazo na komisiyo ishinzwe iperereza kuri ruswa

Perezida Cyril Ramaphosa kuri uyu wa Gatatu yahaswe ibibazo na Komisiyo ishinzwe iperereza kuri ruswa, aho yemeye ko ubuyobozi bwa Zuma yari arimo nka visi perezida bwari bwaramunzwe na ruswa, atanga n’impamvu atigeze abweguramo niba yarabunengaga. Imbere y’iyi komisiyo, Perezida Ramaphosa yavuze ko yari afite amahitamo atanu icyo gihe ari yo: Kwegura, kwisobanura, kwemera no […]

69, abasirikare n’abasivili bamaze guhitanwa n’inkongi y’umuriro yibasiye Algeria

Abasirikare 28 n’abasivili 37 biravugwa ko bamaze guhitanwa n’inkongi z’umuriro zirenga 100 zikomeje kwibasira ibice bimwe byo muri Algeria nk’uko abayobozi babitangaje kuri uyu wa gatatu bavuga ko zimwe muri izi nkongi zaba zihishwe inyuma n’abanyabyaha. Inkongi zisaga 100 zavuzwe mu ntara 17 zo muri Algeria nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru by’iki gihugu, APS ku mugoroba […]

Kamembe: Urukiko rwakatiye abagore bari bakurikiranweho guhohotera umucamanza

Urukiko rw’Ibanze rwa Kamembe kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Kanama, rwakatiye abagore bane bari bakurikiranweho icyaha cyo guhohotera umucamanza, igihano cy’umwaka umwe w’igifungo nyuma yo kubahamya iki cyaha bakoreye n’ubundi kuri uru rukiko ku itariki 09 Nyakanga. Harrison Mutabazi, umuvugizi w’ubucamanza, avugana na The New Times yemeje aya makuru yongeraho ko usibye igifungo, abahamijwe […]

RDC: Umusirikare yishe arashe bagenzi be bo ku rwego rwa ofisiye nawe aricwa

Umusirikare wa FARDC usa nk’uwari wataye umutwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, itariki 10 Kanama 2021, yishe abasirikare bagenzi be babiri bo ku rwego rwa ofisiye abarashe mu Murenge wa Rwenzori, wo muri Teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru. Aya makuru yemejwe n’abayobozi bo muri uyu murenge barimo umunyamabanga ushinzwe ubuyobozi avugana na […]

Iduka rya PSG ryagurishije imipira yose ya Messi ryari rifite mu minota 30 – Amafoto

nintchdbpict000672455441.jpg

Igihangange, Lionel Messi cyatangiye gusubiza PSG amafaranga yagitanzeho kitarayikinira n’umukino wa mbere aho amakuru arimo kuvugwa ubu avuga ko nyuma y’umunsi umwe asinyiye iyi kipe abafana bayo bakoze igisa nko kugaba igitero ku iduka ryayo bashaka kwibikaho umwambaro wa numero 30 Messi azajya yambara. Ikinyamakuru The Sun cyo mu Bwongereza kiravuga ko iduka ry’ikipe ya […]

Burundi: Col. Prime Niyongabo na mugenzi we baba bafunze binyuranyije n’amategeko

Uwahoze ari Colonel witwa Prime Niyongabo, bakunda kwita Komesha, aho akomeje gufungirwa muri Gereza ya Muramvya, mu gihe igihe icyemezo cyo kumurekura by’agateganyo cyafashwe mu Ugushyingo 2020. Ni urukiko rwisumbuye rwa Muha, mu majyepfo ya Bujumbura, aho uyu wahoze mu gisirikare atuye rwafashe icyemezo cyo kumurekura ku itariki ya 16 Ugushyingo 2020. Urukiko rukaba rwarafashe […]

Gute ingabo 1000 zahindura ibintu mu byumweru bibiri? Uko abanyamahanga babona Ingabo z’u Rwanda

Ingabo z’u Rwanda zikomeje gushimagizwa hirya no hino ku Isi kubera ukuntu zikomeje kugenda zitwara mu butumwa zoherezwamo hirya no hino haba ubwo kubungabunga amahoro cyangwa uburimo ibikorwa bya gisirikare byo gufasha ibindi bihugu kurwanya umwanzi ubangamiye umudendezo wabyo, aho kuri ubu bamwe bibaza ukuntu abasirikare 1000 babasha guhindura ibintu mu kwezi kumwe muri Mozambique […]

CHADEMA irashinja Perezida Samia Suluhu kwivanga mu rubanza rw’umuyobozi wa yo

Ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi buyobowe n’ishyaka Chama Cha Mapinduzi, muri Tanzania, ryikomye umukuru w’igihugu Samia Suluhu Hassan rimushinja kuvuga nabi umuyobozi waryo, Freeman Mbowe, ndetse no kwivanga mu rubanza rwe. CHADEMA (Chama cha Demokrasia na Maendeleo) yanenze ibyatangajwe na Perezida Samia Suluhu mu kiganiro yagiranye na BBC nk’uko bigaragara mu nkuru y’iki gitangazamakuru mpuzamahanga […]

Akazi gategereje Ambasaderi mushya w’u Bufaransa mu Rwanda, Antoine Anfré

e8bijrjwqbcuwok.jpg

Ambasaderi mushya w’u Bufaransa mu Rwanda, Antoine AnfrĂ© yatangaje ko umubano mushya w’ibihugu byombi uzongera uruhare rw’abikorera ku mpande zombi ndetse akomoza ku ruhare u Bufaransa bugiye kugira mu kugaragaza ko mu Rwanda ari ahantu habereye gukorera business. Ibi Ambasaderi AnfrĂ© umaze igihe kitageze ku kwezi ageze mu Rwanda yabitangaje mu kiganiro yahaye itangazamakuru nyuma […]

Le Rwanda prend la tête des organes stratégiques du Corridor Nord

Le mandat de deux ans du Kenya Ă  la tĂŞte des organes stratĂ©giques du Corridor Nord a pris fin et le pays a cĂ©dĂ© le flambeau au Rwanda. Lors de la 33e rĂ©union du Conseil des ministres du Corridor Nord qui s’est tenue le 6 aoĂ»t, le secrĂ©taire de cabinet kenyan au ministère de la […]

Abatalibani bigaruriye umurwa mukuru wa karindwi w’intara mu minsi itanu

Abarwanyi b’Abatalibani bigaruriye umurwa mukuru w’intara ya Farah, mu majyepfo ashyira iburengerazuba bwa Afghanistan, uba umurwa mukuru wa karindwi w’intara aba barwanyi bigaruriye mu gihe cy’iminsi itanu uhereye kuwa Gatanu ushize. “Kuri iki gicamunsi Abatalibani binjiye mu mujyi wa Farah nyuma yo kurwana gato n’inzego zishinzwe umutekano. Bafashe ibiro bya guverineri n’icyicaro gikuru cya polisi,” […]

U Bushinwa: Umunyakanada wakatiwe gufungwa imyaka 15 akajurira yakatiwe icy’urupfu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ubutabera bwo mu Bushinwa bwakatiye igihano cy’urupfu Umunyakanada, Robert Lloyd Schellenberg bwari bukurikiranyeho icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge. Iyi akaba ari indi dosiye y’ubutabera yiyongera ku zindi zikomeje kuzana igitotsi mu mibanire hagati y’u Bushinwa na Canada. Urukiko rw’ubutabera rwa Dalian, mu burasirazuba bw’u Bushinwa nirwo rwemeje bidasubirwaho igihano […]

Dore igihombo gikabije Barca ishobora guterwa no kugenda kwa Lionel Messi

Gusohoka kwa Messi muri Barcelona gushobora kuyihombya akayabo ka miliyoni 137 z’Amayero ku isoko ry’imigabane bingana n’agaciro ka miliyari 1,266 ifite nk’uko bitangazwa na Brand Finance. Iki kinyamakuru kivuga ko igihombo kizaturuka mu mafaranga yavaga mu bucuruzi bwa Barcelona, biteganyijwe ko buzagabanyukaho miliyoni 77 z’Amayero, ndetse no kugurisha imyenda y’abakinnyi n’ibindi bicuruzwa ku isoko bingana […]

Gukarishya imirwanire ya RDF muri zimwe mu nyungu u Rwanda rushobora gukura muri Mozambique

Nubwo bitigeze bishyirwa ku mugaragaro, nyuma y’aho u Rwanda rwohereje ingabo zarwo muri Mozambique ndetse zikaba zari kugira uruhare mu kugarura umtekano mu Ntara ya Cabo Delgado yari imaze imyaka hafi ine mu maboko y’intagondwa za Al Shabab zikorana n’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State, hari inyungu zitandukanye rushobora kubona muri iki gihugu haba mu ishoramari, […]

Madagascar: Perezida Rajoelina ati abashatse kunyica banziza ko niyemeje kurinda igihugu cyanjye

Ku nshuro ya mbere, Perezida wa Madagascar Andry Rajoelina kuri iki Cyumweru gishize yagize icyo avuga kuri coup d’etat yasimbutse yatangajwe kuwa 22 Nyakanga, aho yavuze ko impamvu hari abashatse kumwica ari uko yiyemeje kurinda igihugu cye . Kuva icyo gihe abantu batandukanye benshi bamaze gutabwa muri yombi mu rwego rw’iperereza barimo abafaransa babiri bakekwaho […]

Mozambique: SADC yatangije ubutumwa bwayo bwa gisirikare urugamba rukomeye rurangiye

Perezida Felipe Nyusi wa Mozambique, na mugenzi we wa Botswana, Mokgweetsi Masisi, kuri uyu wa Mbere, itariki 09 Kanama 2021, batangije ku mugaragaro ubutumwa bw’ingabo za SADC muri Mozambique bwiswe SANIM, mu gihe RDF yamaze gutsinsura inyeshyamba zari zimaze imyaka ine zizengeraza intara ya Cabo Delgado mu birindiro byazo byari bikomeye. Mu mpera z’ukwezi gushize […]

Burundi: Haravugwa impinduka mu gisirikare guhera mu bashinzwe kurinda Perezida

capture-13.jpg

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye akomeje gukora impinduka mu gisirikare ahereye mu bashinzwe umutekano we, aho bivugwa ko nyuma yo guhindura umuyobozi w’ikigo cy’abasirikare bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu (BSPI), Gen. de Brigade Dominique Nyamuguruka agasimbuzwa uwahoze akuriye akarere ka mbere ka gisirikare, Gen. de Brigade Richard Banyankimbona, ubu n’abakuriye […]

Ibimodoka by’intambara by’imitamenwa biteye ubwoba ku rugamba

t-14_armata_-_russia.jpg

Hano hari ibimodoka byinshi by’intambara by’imitamenwa bizwi nk’ibifaru biri mu kazi muri iki gihe, ariko bigomba guhora bivugururwa kugirango bijyane n’igihe. T-14 Armata – U Burusiya T-14 Armata ni ubwoko bw’ibifaru bigezweho by’igisekuru cya kane, akaba ari ubwoko bikekwa ko bushobora kuba ari nabwo bwa mbere kabuhariwe ku ntambara kugeza ubu. Igifaru cya T-14 Armata […]

FARDC ishobora kuzana amahoro mu burasirazuba ariko ubuyobozi bwayo bwaracengewe – Umudepite

Depite Gratien de Saint Nicolas Iracan, watorewe mu Mujyi wa Bunia, mu Ntara ya Ituri, aremeza ko FARDC ifite abasirikare bafite ubushobozi bwo kugarura amahoro mu burasirazuba bw’igihugu, ariko ko ubuyobozi bwayo bwacengewe n’abacuruzi. Kuwa Kabiri ushize, Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatoye umushinga w’itegeko ritanga uburenganzira bwo kugumishaho ubuyobozi bwa […]

Les troupes rwandaises et mozambicaines ont repris le dernier bastion des militants islamistes

Les troupes rwandaises et mozambicaines ont repris une ville portuaire clĂ© aux militants islamistes dans le nord du Mozambique, selon l’armĂ©e rwandaise. MocĂ­mboa da Praia Ă©tait le dernier bastion des rebelles. Il est situĂ© dans la province de Cabo Delgado, qui abrite l’un des plus grands gisements de gaz d’Afrique. Les insurgĂ©s n’ont pas encore […]

Bukavu: Umupolisi yishe mugenzi we bapfuye amande bari bamaze guca umuturage

Umupolisi wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu ijoro ryo kuwa gatandatu yarashe mugenzi we aramwica bapfuye amafaranga muri Komini Bagira, mu Mujyi wa Bukavu. Burugumesitiri wa Komini Bagira, Patience Bengheya, niwe wemeje ko aba bapolisi bapfaga amafaranga. Yagize ati “ Abapolisi babiri barwaniraga amafaranga. Mu kanya gato, umupolisi yarashe isasu mu mutwe wa […]

Uganda: Gen Kayihura yerekanye ko akiri umusirikare w’intarumikwa kandi agikomeye

uj.jpg

Uwahoze ari umukuru w’igipolisi cya Uganda, Gen. Kale Kayihura, kuri iki Cyumweru yongeye kwerekana ko akiri umusirikare kandi atarasaza ubwo yirukankaga ibirometero 16 mu rwego rwo guha icyubahiro ikipe y’imikino ngororamubiri ya Uganda n’Umugande uherutse kwegukana umudari wa zahabu i Tokyo mu Buyapani mu mikino Olimpike nk’uko tubikesha Chimpreports. Gen. Kayihura ati “Muri iki gitondo, […]

Rutshuru: Umunyamakuru wa Radio na Televiziyo by’Igihugu yishwe

Abantu bitwaje intwaro batamenyekanye mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru, itariki 08 Kanama, bishe umunyamakuru wa Radio na televiziyo bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RTNC) wakoreraga muri Rutshuru, mu Ntara y’Amajyaruguru. Aya makuru yemejwe kuri iki Cyumweru n’Umuyobozi wa Teritwari ya Rutshuru, Col. Nyengele Bakole, wavuze ko uyu munyamakuru yiciwe iwe hakoreshejwe […]

Sudani yahamagaje ambasaderi wayo muri Ethiopia

Igihugu cya Sudani cyahamagaje ambasaderi wacyo muri Ethiopia kuri iki Cyumweru, nyuma yo kurakazwa n’uko Ethiopia yanze ubusabe bwa Sudani bwo kuba umuhuza mu makimbirane yo muri Tigray. Minisitiri w’Intebe wa Sudani, Abdalla Hamdok kuwa gatatu ushize yavuganye na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Antony Blinken ku makimbirane akomeje kuvugwa mu […]

Ngororero: Bamaze imyaka hafi ine bategereje ingurane ariko barahebye

Abaturage basaga 40 bo mu Murenge wa Ngororero bafite imitungo ahanyujijwe imiyoboro y’umuriro wa mashanyarazi baravuga ko bamaze imyaka ine bategereje ingurane ariko amaso yaheze mu kirere. Ubuyobozi bw’akarere ka Ngororero buravuga ko bwatangiye ibiganiro n’ikigo k’igihugu gishinzwe ingufu REG kugirango aba baturage bose bishyurwe dore ko hari n’abatangiye kuyabona. Uyu muyoboro waturutse mu kagali […]

Afghanistan: Abatalibani bigaruriye umujyi wa 3 mu minsi itatu

Abatalibani bigaruriye umujyi wa Kunduz, ukaba ubaye umurwa mukuru wa gatatu mu ntara eshatu aba barwanyi bigaruriye mu gihe cy’iminsi itatu ishize. Itangazo Abatalibani bashyize ahagaragara kuri iki Cyumweru rivuga ko bigaruriye ibiro bya polisi, inyubako ya guverineri na gereza yo muri uyu mujyi. Amakuru aturuka muri Kunduz ndetse abanyamakuru bahakorera batangarije Al Jazeera aravuga […]

Sudani y’Epfo: Abajenerali baguye mu mirwano ya Riek Machar n’abashatse kumuhirika

Amakuru aturuka muri Sudani y’Epfo aravuga ko kuri uyu wa Gatandatu habaye imirwano ikaze hagati y’ibice bibiri by’ishyaka rya Visi Perezida Riek Machar, SPLM-IO, nyuma y’aho uyu ahiritswe ku buyobozi bw’iri shyaka agasimbuzwa Gen. Simon Gatwech Dual. Ni imirwano bivugwa ko yaguyemo abantu 29 barimo abajenerali 2. Aya makuru aravuga ko kuwa Gatanu, igice cyagumye […]

Tchad: Abaturage batangiye kwamagana ubuyobozi buyobowe n’umuhungu wa Idriss Deby

1024x538_cmsv2_5189afd0-b2c6-5dfc-8aa9-93a6986cc36a-5941320.jpg

Amagana n’amagana y’abaturage bo muri Tchad kuri uyu wa Gatandatu bakoze imyigaragambyo mu murwa Mukuru N’Djamena bamagana ubuyobozi bwa gisirikare buyoboye igihugu kuva Perezida Idriss Deby Itno yatabaruka. Imiryango ya sosiyete sivile niyo yahamagariye abaturage gukora imyigaragambyo yo kwamagana Akanama ka gisirikare kayoboye igihugu by’agateganyo (CMT), kafashe igihugu muri Mata kayobowe n’umuhungu wa Nyakwigendera Idriss […]

Gicumbi: Abayobozi barashinjwa kurya utw’abaturage babizeza kubashyira mu byiciro bashaka

Abayobozi babiri bo mu midugudu ya Buyaga na Rusayu mu Kagari ka Marembo mu Murenge wa Cyungo, Akarere ka Rulindo bakurikiranweho kwaka amafaranga abatururage ngo babashyire mu byiciro by’ubudehe bashaka, bihakanye umugore bivugwa ko bifashishije muri ubwo butekamutwe. Muri iki cyumweru turi gusoza, aba bayobozi basabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu Rukiko rw’Ibanze rwa Byumba. […]

Mpabwanamaguru nommĂ© vice-maire de la ville pour l’urbanisation

MĂ©rard Mpabwanamaguru a Ă©tĂ© Ă©lu vice-maire en charge de l’urbanisation et des infrastructures de la ville de Kigali. Il remplace Ernest Nsabimana qui a Ă©tĂ© nommĂ© Ă  la fin de l’annĂ©e dernière au poste de directeur gĂ©nĂ©ral de RURA en dĂ©cembre de l’annĂ©e dernière. Mpabwanamaguru a travaillĂ© comme confĂ©rencier en planification et conception urbaines, SIG […]

Imirwano ikaze ishobora kubura hagati ya Israel na Hezbollah

Umutwe ukomeye ukorera muri Libani witwa Hezbollah wavuze kuri uyu wa Gatanu ko warashe ibisasu bya roketi ku butaka bwo mu karere ka Golan Heights kigaruriwe na Israel kuva mu 1967, nyuma y’ibitero by’indege bya Israel mu majyepfo ya Libani. Hezbollah yagize iti: “Mu rwego rwo gusubiza ibitero by’indege bya Israel, Resistance ya kislam yateye […]

Indege z’indwanyi ziri gukorwa z’igisekuru cya 6 zizaba zimeze nk’iz’ibivejuru – Amafoto

a9ee66800ffcd90fb88060f07756fc00.jpg

Indege z’indwanyi z’igisekuru cya gatandatu ibihugu bitandukanye byatangiye imishinga yazo ni icyiciro cy’indege z’intambara zizaba ziteye imbere kurusha iz’igisekuru cya gatanu ziriho ubu. Ibihugu byinshi byamaze gutangaza gahunda bifite zo gukora indege z’indwanyi z’igisekuru cya Gatandatu (sixth-generation fighter jets), harimo nk’u Buyapani, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bwongereza, u Bufaransa, u Butaliyani, Sweden, u […]

Jacob Zuma yajyanwe mu bitaro avuye muri gereza afungiyemo

Jacob Zuma wahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo wafunzwe mu kwezi gushize azira gusuzugura urukiko, kuri uyu wa Gatanu yajyanwe mu Bitaro mu gihe habura igihe kitageze ku cyumweru ngo asubire mu rukiko ku yindi dosiye. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, Urwego rushinzwe abagororwa muri Afurika y’Epfo “ruremeza ko uwahoze ari Perezida Jacob Zuma uyu munsi, […]

Perezida Mushya wa Iran yarahiye aha n’ubutumwa bukomeye Abanyaburayi

Perezida mushya w’igihugu cya Iran, Ebrahim RaĂŻssi kuri uyu wa Kane, itariki 05 Kanama 2021 yarahiriye inshingano ze mu muhango wabereye mu nteko ishinga amategeko y’iki gihugu. Ebrahim RaĂŻssi akaba yavugiye ijambo imbere y’abashyitsi barimo abaperezida ba Irak, Afghanistan ndetse n’umudipolomate w’umunyaburayi, Enrique Mora wicajwe imbere y’abahagarariye imitwe ifatwa nk’iy’iterabwoba. Mu ijambo rye rya mbere […]

Nyagatare: Uwishe umugore agahita acika yafashwe ashyikirizwa ubushinjacyaha

Umugabo wo mu Karere ka Rutsiro wishe umugore we mu kwezi gushize agahita aburirwa irengero yaje gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano zihita zimushyikiriza ubushinjacayaha. Kuri uyu wa Kane, itariki 05 Kanama 2021, nibwo Ubushinjacya ku rwego Rwisumbuye rwa Nyagatare bwakiriye dosiye y’umugabo ukomoka mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Rusebeya wishe umugore we bashakanye agahita […]

Abanyarwanda ntibaritabira gutwika imirambo y’ababo nubwo hari amategeko abigenga

Mu kwezi gushize, komite ihoraho y’inteko ishinga amategeko ishinzwe imibereho myiza y’abaturage yerekanye raporo ikubiyemo isuzuma ry’impamvu gushyingura binyuze mu gutwika imirambo (Cremation)Abanyarwanda baarabyitabira nubwo hari amategeko abibemerera kandi abigenga. Raporo yagaragaje, mu zindi mbogamizi, kubura ibikoresho n’ibibazo by’umuco. Mu gihe bamwe mu badepite bavuga ko gutwika imirambo byakemura burundu ikibazo cy’ibura ry’ubutaka ndetse n’igiciro […]

Uganda: Ba Gen Kazoora, Mugisha na Kutesa mu basezerewe mu gisirikare

Kuri uyu wa Kane, itariki 14 Kanama 2021, Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyasereye abasirikare bo ku rwego rwa ofisiye bakuru n’abato n’abandi basirikare 604, kongeraho abajenerali 14, bagiye mu zabukuru. Amakuru atangazwa na Chimpreports aravuga ko mu bantu basirikare bagiye mu zabukuru harimo, Lt Gen. Pecos Kuteesa, umwe mu bari bahagarariye igisirikare mu nteko, na […]

Tanzania: Freeman Mbowe imbere y’urukiko kuwa Gatanu ashinjwa iterabwoba

Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, Freeman Mbowe uyobora Chadema, kuri uyu wa Gatanu, itariki 06 Kanama, ategerejwe imbere y’urukiko rwa Kisutu, i Dar es Salaam, aho aregwa ibyaha birimo iterabwoba. Uru rubanza rukaba rwari ruteganyijwe kuri uyu wa Kane mbere yo gusubikwa. Perezida wa Chadema n’abandi bayoboke 10 b’ishyaka rye batawe muri yombi […]

Le président centrafricain Faustin-Archange Touadera attendu au Rwanda ce jeudi

Le prĂ©sident centrafricain Faustin-Archange TouadĂ©ra doit arriver au Rwanda ce jeudi 5 aoĂ»t pour une visite d’Etat. Selon des responsables, le prĂ©sident TouadĂ©ra devrait s’entretenir en tĂŞte-Ă -tĂŞte avec son hĂ´te, le prĂ©sident Paul Kagame, des entretiens bilatĂ©raux et assister Ă  la signature d’un certain nombre d’accords. Selon des responsables, la visite vise Ă  renforcer la […]

Umuhanzi Eddy Kenzo yakoze impanuka ikomeye

eddy-kenzo_1_.jpg

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda ndetse ufite inkomoko mu Rwanda, Eddy Kenzo, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, akoze impanuka ikomeye ku muhanda wa Masaka, ariko Imana ikinga akaboko abasha kuyirokoka n’ibikomere byoroheje. Eddy Kenzo yagize ati “Twagize impanuka iteye ubwoba y’imodoka, umuhanda wari utose kandi unyerera kubera imvura tugeze Maya hari umugunguzi mu muhanda […]

Uko ibihugu bya Afurika bikurikirana mu kubamo coup d’etat n’aho itaraba n’imwe

Ihirikwa ry’ubutegetsi (Coup d’Etat) ni uguhirika umuntu ufite ubutegetsi, mu buryo butemewe n’amategeko kandi akenshi bikarangwa no kumena amaraso. Muri Afurika, ibi bintu ntabwo ari ibidasanzwe. Ibihugu hafi ya byose bya Afrika bimaze guhura n’iki gihe cy’umwijima mu mateka yabyo. Coup d’etat ishobora gutandukanywa n’impinduramatwara kuko iyi iba ishyigikiwe n’abaturage. Dore urutonde rw’ibihugu bya Afurika […]

Ubu Rihanna niwe muhanzi wa mbere ukize ku Isi n’asaga miliyari n’igice y’amadolari

Kuri uyu wa gatatu, ikinyamakuru cya Forbes cyatangaje ko umuhanzi w’icyamamare Rihanna afite agaciro ka miliyari 1.7 z’amadolari, akaba ari we muhanzi ukize kurusha abandi ku Isi, ariko umuziki we ntabwo ari isoko y’ibanze y’ubutunzi bwe. Forbes yatangaje ko uyu muhanzikazi wavukiye muri Barbados, amazina ye y’amavuko ari Robyn Fenty, akomora miliyari 1.4 z’amadolari y’umutungo […]

Les forces rwandaises et mozambicaines contrĂ´lent dĂ©sormais la base clĂ© d’Awasse

Des informations en provenance du Mozambique indiquent que les forces rwandaises et mozambicaines contrĂ´lent dĂ©sormais pleinement la base clĂ© d’Awasse après avoir repoussĂ© l’insurrection liĂ©e Ă  l’État islamique en retraite Ă  Cabo Delgado, la province la plus septentrionale du Mozambique. Des rapports confirmĂ©s indiquent cependant que la sous-station d’Awasse a Ă©tĂ© dĂ©truite par les insurgĂ©s […]

Imyaka 37 irashize Sankara ahinduye icyari Haute Volta Burkina Faso, menya impamvu

1200px-flag_of_upper_volta.svg.png

Imyaka 37 Thomas Sankara ahaye icyahoze ari Haute-Volta izina rya Burkina Faso, bisobanuye “. Uku guhindura izina ry’igihugu ku mugaragaro cyari ikimenyetso gikomeye cyo guca ukubiri n’ahahise ha gikoloni no gusobanura intego z’impinduramatwara ya Sankara. “Mu itegeko ryo ku ya 2 Kanama 1984, Kapiteni Thomas Sankara, yifuzaga guhanagura” amateka y’ahahise n’ubukoloni bushya “, ahindura Haute-Volta […]

Sudani y’Epfo: Dr Riek Machar yahiritswe ku buyobozi bwa SPLM/A-IO

Igice cy’umutwe wa SPLM kitavuga rumwe n’ubutegetsi (kizwi nka SPLM/A-IO) kitavuga rumwe n’ubutegetsi muri Sudani y’Epfo cyahiritse ku buyobozi bwacyo, Dr Riek Machar kimusimbuza Lt. Gen. Simon Gatwech Dual (uri ku ifoto), wabaye Chairman ndetse n’umugaba mukuru wacyo. EyeRadio ivuga ko uyu mutwe watangaje ibi mu itangazo washyize ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, itariki 03 […]

Huye: Aho kujya mu ndaya ngo yahisemo kujya asambanya umwana we

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 50 ukekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka 15 babanaga mu rugo. Icyaha uregwa akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha cyakozwe mu ijoro ryo ku wa 21, 22 na 23 Nyakanga 2021 mu Murenge wa Tumba ho mu Karere ka Huye, mu rutoki aho yarariraga ibitoki ngo batabyiba. Nk’uko bitangazwa n’Ubushinjacyah […]

Burundi: Umwarimukazikazi n’umukobwa we bicishijwe ishoka

Aba ni RĂ©gine Niyonkuru, umwarimukazi ku Ishuri ry’Ibanze rya Ruko muri Komini ya Mugamba (Intara ya Bururi, mu majyepfo y’u Burundi) n’umukobwa we Kessy Iteka, nawe wari umunyeshuri kuri iri shuri mu mwaka wa 8. Bishwe mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere ku musozi wa Mugendo-Ndengo muri zone ya Nyagasasa (komini imwe). […]

Impanuka ikomeye yahitanye abantu byibuze 37 abandi barakomereka

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 03 Kanama, abantu 37 baguye mu mpanuka ikomeye yabereye ahitwa Zambougou, mu birometero 20 uvuye mu mujyi wa SĂ©gou, rwagati muri Mali nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ubwikorezi n’ibikorwaremezo. Biravugwa ko imodoka itwara abagenzi yagonganye n’ikamyo yari itwaye ibiribwa nk’uko byasobanuwe n’iyi minisiteri mu itangazo yashyize ahagaragara. Imibare y’agateganyo y’abapfuye ni […]

Bugarama: Toni z’umuceri zishobora kwangirika kubera kubura isoko

Nyuma yo kweza toni zigera mu 7000 zaje zisanga izindi zisaga 1000 zikiri mu bubiko kubera kubura isoko, Abahinzi b’umuceri mu kibaya cya Bugarama barataka igihombo gikomeye ndetse banavuga ko umuceri wabo watangiye kwangirika. Bavuga ko umuceri watangiye kwangirikira mu bubiko bwa za koperative no ku bwanikiro, bagasaba inzego z’ubutegetsi kubafasha uwo muceri ukabonerwa isoko. […]