Le président burundais Ndayishimiye reçoit le cardinal rwandais Kambanda
Le prĂ©sident Evariste Ndayishimiye du Burundi a reçu jeudi 17 mars le cardinal Antoine Kambanda du Rwanda, dans la capitale burundaise, Gitega. Le dĂ©veloppement annoncĂ© par la maison Ntare Rushatsi, la maison d’Ătat du Burundi, intervient deux jours seulement aprĂšs que le prĂ©sident Ndayishimiye a Ă©galement reçu une dĂ©lĂ©gation rwandaise de haut niveau dirigĂ©e par […]
OIF yashyize igaragaza aho ihagaze ku kibazo cyâintambara yâu Burusiya muri Ukraine

Nyuma yâigihe wotswa igitutu ngo ugaragaze aho uhagaze ku kibazo cyâintambara yâu Burusiya muri Ukraine, amaherezo kuri uyu wa Gatatu, itariki 16 Werurwe Umuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa (OIF) watoye umwanzuro usaba guhagarika intambara byihuse kandi nta mananiza mu nama ya 40 yâabaminisitiri bashinzwe francophonie mu nshingano zabo. Minisitiri wa Canada ushinzwe francophonie mu nshingano ze, […]
Belgique: Perezida Felix Tshisekedi yashimiye Imana kuba akiriho nyuma yo kubagwa
âNagize umu âspecialisteâ ukomeye wansannye. Ubu nshobora kugendana Minerve mu gihe runaka kugirango amagufa nâurutirigongo bitavunika. Imana ishimwe ndacyarihoâ ibi byatangajwe mu ntangiriro zâiki cyumweru na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ubwo yari kuri ambasade yâigihugu cye mu Bubiligi aho yagiye kwivuriza. Mu kiganiro Perezida Tshisekedi yagiranye nâabakozi ba ambasade bari aho, yabijeje […]
Sudani yâEpfo: Abapolisi bâu Rwanda 240 bambitswe Imidari yâishimwe
Ku italiki ya 16 Werurwe, Umuryango wâabibumbye (UN) wambitse imidari yâishimwe abapolisi 240 bagize itsinda ryâabapolisi (RWAFPU-1) bari mu mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani yâEpfo mu rwego rwo kubashimira uburyo bakorana umurava nâubunyamwuga. Umuhango wo kubashyikiriza iyo midari yâishimwe wabereye I Malakal aho iryo tsinda ryâabapolisi rikorera akaba ari naho rikambitse. […]
Undi musirikare wâipeti rya jenerali wâu Burusiya yiciwe muri Ukraine
Undi musirikare mukuru w’u Burusiya w’ipeti rya Jenerali yiciwe mu mirwano nkâuko byatangajwe na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine. Perezida Zelensky ntiytangaje izina ryâuyu musirikare mukuru wâu Burusiya, ariko umujyanama muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ya Ukraine yavuze ko Jenerali Majoro Oleg Mityaev yishwe na batayo igendera ku bitekerezo by’ubuhezanguni izwi ku izina rya Azov. Ibitangazamakuru […]
Le patron de l’AutoritĂ© rwandaise du logement (RHA) placĂ© en dĂ©tention provisoire
Le tribunal de premiĂšre instance de Kicukiro a renvoyĂ© mardi 15 mars en dĂ©tention provisoire de 30 jours Felix Nshimyumurenyi, le directeur gĂ©nĂ©ral de l’AutoritĂ© rwandaise du logement (RHA), et les co-accusĂ©s Felix Emile Mugisha, soupçonnĂ©s de corruption aprĂšs que le juge leur a refusĂ© la libĂ©ration sous caution . Lors de l’audience, qui a […]
Urubanza Kanyabutembo aregamo uwiyandikishijeho umutungo we rwongeye gusubikwa
Urubanza rugomba kugaragaza nyiri umutungo ukomeje guteza indyane hagati ya Kanyabutembo Virginie na Rugamba Xavier ushinjwa kwiyandikishaho umutungo utari uwe rwagombaga gukomeza kuri uyu wa Gatatu, itariki 16 Werurwe 2022, rwongeye gusubikwa nyuma yâuko ubushize rwari rwasubitswe na none nyuma yâaho umwunganizi wâuregwa yikuye mu rubanza ku itariki ya 3 Werurwe 2022. Umutungo Rugamba ashinjwa […]
Koreya ya Ruguru yagerageje ikintu bikekwa ko ari igisasu cya ICBM kirayipfubana
Igihugu cya Koreya ya Ruguru kuri uyu wa Gatandatu cyarashe ikintu kitamenyekanye ariko cyahise gipfuba nyuma yo kuraswa nkâuko byatangajwe nâIgisirikare cya Koreya yâEpfo nyuma yâaho itangazamakuru ryo mu Buyapani ritangaje ko ari igisasu cya kirimbuzi. Iki kintu cyarashwe nyuma yâaho ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Koreya yâEpfo biteguje ko Koreya ya […]
ICJ irafata umwanzuro ku busabe bwihutirwa bwa Ukraine
Urukiko rwâUmuryango wâAbibumbye kuri uyu wa Gatatu rurafata umwanzuro ku busabe bwihutirwa bwa Ukraine busaba u Burusiya guhagarika ibitero byabwo, aho Ukraine ishinja u Burusiya kuyishinja ibinyoma bya jenoside kugirango bubone urwitwazo rwo gutera. Urukiko Mpuzamahanga rwâUbutabera (ICJ) ruratanga umwanzuro warwo mu ku isaha ya saa cyenda ku isaha ndangamasaha ya GMT I La Haye […]
Julian Assange washinze WikiLeaks ashobora gukatirwa imyaka 175 yâigifungo muri Amerika
Urukiko rwo mu Bwongereza rwangiye Julian Assange washinze urubuga rwa WikiLeaks, kujuririra icyemezo cyo kumwoherereza Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimukurikiranyeho ibyaha byâubugambanyi aho ashobora gukatirwa imyaka isaga 150 yâigifungo. Urukiko rwavuze ko rwanze ubujurire bwe kuko dosiye ye nta ngingo yo kugibwaho impaka ijyanye nâamategeko irimo. Iki cyemezo kikaba gisa nkâigishyira akadomo ku mbaraga […]
President Kagame a reçu encore le General Muhoozi à Kigali
Le prĂ©sident Paul Kagame a reçu lundi 14 mars dans son bureau le commandant des forces terrestres des Forces de dĂ©fense du peuple ougandais (UPDF), le gĂ©nĂ©ral de corps d’armĂ©e Muhoozi Kainerugaba. Muhoozi, qui est arrivĂ© Ă Kigali lundi matin, Ă©tait dans le pays dans le cadre des efforts en cours pour normaliser les relations […]
Ku myaka ye 98 yatangiye amashuri abanza afite inzozi zo kuzaba umuganga
Umukecuru wâimyaka 98 wo mu gihugu cya Kenya witwa Priscilla Sitienei yiyandikishije mu ishuri ribanza afite inzozi zo kuzaba umuganga. Ku myaka ye 98, Priscilla Sitienei, ubu ni umwe mu banyeshuri bâishuri ribanza, Leaderâs Vision, ryo muri Erdoret, umwe mu Mijyi yo muri Kenya. Kuba yigana nâabana barenze kuba abuzukuruza be, nibihagarika ubushake afite bawo […]
Burundi-Uganda: Ihonyorwa ryâuburenganzira bwa muntu ryahagurukije umuyobozi wo muri Amerika
Umunyamabanga wâagateganyo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe demokarasi, uburenganzira bwa muntu nâUmurimo, Lisa Peterson, yatangiye uruzinduko rwâakazi rwâiminsi ine mu bihugu byo mu karere bya Uganda nâu Burundi, bivugwamo ihonyorwa rikabije ryâuburenganzira bwa muntu. Uruzinduko rwe yaruhereye i Bujumbura kuri uyu wa Mbere, aho azava ejo kuwa Gatatu yerekeza muri Uganda. Uruzinduko rwe […]
Tchad: Maxim Mokom wahoze akuriye umutwe wa Anti-Balaka yashyikirijwe CPI
Maxime Mokom, wahoze akuriye umutwe wa Anti- Balaka muri Centrafrica, kuri uyu wa Mbere yashyikirijwe Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (CPI) rumukurikiranyeho ibyaha byâintambara nâibyibasiye inyokomuntu. Ibyaha ashinjwa byakorewe i Bangui no mu bindi bice bya Centrafrica hagati ya 2013 na 2014. Igihugu cya Tchad yari yarahungiyemo nicyo cyamushyikirije CPI. Maxime Mokom yari umuyobozi wâumutwe wa Anti-Balaka […]
Burkina Faso: Abajandarume 13 bishwe abandi byibuze 8 baburirwa irengero
Abajandarume 13 ba Burkina Faso kuri uyu wa Mbere bishwe, abandi byibuze 8 baburirwa irengero mu gico bategewe ahitwa Taparko, akarere gakungahaye ku mabuye y’agaciro, gakunze kwibasirwa n’abajihadiste. Iki gico ku bajandarume bari mu irondo cyabaye kandi hashize umwanya abaturage babiri bamaze kwicwa n’igisasu cyaturikanye imodoka y’abagenzi yagikandagiye. Abandi benshi bakomeretse, barimo babiri bakomeretse bikabije. […]
RDC: Abantu 75 ni bo bishwe n’impanuka ikomeye ya gari ya moshi abasaga 100 barakomereka
Perezida Felix Tshisekedi yihanganishije abegereye abantu bahitanwe nâimpanuka ya gari ya moshi yabereye ahitwa Kitenta, Teritwari ya Lubudi, mu Ntara ya Lualaba nkâuko yabitangaje kuri twitter ye kuri iki Cyumweru. Umwe mu begereye Perezida Tshisekedi ati âPerezida wa Repubulika yakiranye nâakababaro kenshi amakuru yâurupfu rwâabanyagihugu 75 nâabandi benshi bakomeretse mu mpanuka ya gari ya moshi […]
U Burusiya bwasabye u Bushinwa inkunga ya gisirikare mu ntambara burwana na Ukraine
U Burusiya bwasabye u Bushinwa inkunga ya gisirikare nâiyâubukungu mu ntambara burwana na Ukraine nkâuko byatangajwe nâitangazamakuru ryo muri Amerika kuri iki Cyumweru gishize, amasaha macye nyuma yâaho White House iburiye u Bushinwa ivuga ko nabwo buzafatirwa ibihano bikomeye nibufasha u Burusiya gukwepa ibihano bwafatiwe. Aya makuru yagiye ahagaragara na none nyuma yâamasaha macye White […]
Le Rwanda envisage d’imposer une taxe Netflix
Les autoritĂ©s rwandaises envisagent une proposition visant Ă imposer une taxe sur les services en ligne, rapporte The New Times citant un responsable de l’administration fiscale. La taxe sur la valeur ajoutĂ©e (TVA) proposĂ©e est considĂ©rĂ©e comme “nĂ©cessaire”, a dĂ©clarĂ© Jean-Louis Kaliningondo de l’Office rwandais des recettes (RRA). “Lorsque vous payez pour des services tels […]
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yanduye Covid-19
Kuri iki Cyumweru gishize, uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yavuze ko yipimishije Covid-19 agasanga yaranduye nkâuko iyi nkuru dukesha AFP ivuga. Obama yanditse ku rubuga rwa twitter ati: “Maze iminsi ibiri ndibwa mu muhogo, ariko numva mera neza.” Yongeyeho ko kugeza ubu umugore we, uwahoze ari umudamu wa mbere, […]
RDC: Inyeshyamba za ADF zirashinjwa kwica abasivili basaga 30
Abantu basaga 30 mu mpera zâicyumweru gishize biciwe mu bitero byâinyeshyamba za ADF mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nkâuko byemezwa na Sosiyete Sivile. Amakuru ya mbere yashyizwe ahagaragara kuwa Gatandatu ninjoro mu itangazo rigemewe abanyamakuru ryatangajwe na Kinos Kathuho, ukuriye Sosiyete Sivile ya Mamove, muri Teritwari ya Beni, hagati ya Kivu yâAmajyaruguru […]
Rubavu: Polisi yafashe batatu bakekwaho kwiba Umutaliyani
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Werurwe, yafashe abagabo batatu bakekwaho kwiba ibintu bitandukanye, n’amafaranga ibihumbi 350.000 y’u Rwanda by’uwitwa Masimiliano Caldato ukomoka mu gihugu cy’Ubutariyani. Abafatiwe aho ubu bujura bwakorewe mu Kagali ka Kivumu, Umurenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, ni Kadafi Manisure, Justin Nkusi, na Jean […]
Gabon: Umuryango wa Bongo umaranye ubutegetsi imyaka 53 urateganya kubugumana
Kuri uyu wa Gatandatu Perezida Ali Bongo Ondimba wa Gabon yatangaje ko aziyamamaza mu matora yo mu mwaka utaha ubwo hizihizwaga imyaka 54 ishyaka PDG riri ku butegetsi. Perezida Ali Bongo yinjiye mu cyumba cyâinama cyaberagamo inama nta nkoni asanzwe agenderaho, ahabwa amashyi nâabayoboke bâishyaka. Ubwo yafataga ijambo, Ali Bongo ntiyahishe ibyishimo bye byo kongera […]
Minisitiri Nadine Girault wo muri Canada yiyemeje kotsa igitutu Louise Mushikiwabo
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, akomeje kotswa igitutu asabwa kugaragaza aho umuryango ayoboye uhagaze ku kibazo cyâintambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine kuko ngo ari wo muryango wonyine wakomeje kwifata. Minisitiri wa Canada ushinzwe imibanire mpuzamahanga na Francophonie, Nadine Girault watangiye kuri uyu wa Gatandatu uruzinduko ruzamara hafi icyumweru, yabwiye ikinyamakuru […]
RDC: Impungenge ku buzima bwa Perezida Tshisekedi umaze iminsi mu Bubiligi
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hamaze iminsi ibihuha ku buzima bwâumukuru wâigihugu, Felix Tshisekedi. Ibinyamakuru byo mu Bubiligi nka La Libre Afrique byatangaje ko ubuzima bwe butifashe neza nyuma yo kubagwa umutima, ariko ibi byatewe utwatsi na guverinoma na perezidansi. Mu rwego rwo guhumuriza guverinoma ye ndetse nâabaturage ku bijyanye nâubuzima bwe, Perezida Tshisekedi […]
Uducurama byakekwaga ko twacitse twagaragaye mu Rwanda

Uducurama twugarijwe cyane twari tumaze imyaka 40 tutagaragara hatinywa ko twacitse twongeye kugaragara mu Rwanda. Uducurama two mu bwoko bwa (Rhinolophus hill), tutigeze tugaragara kuva mu 1981, twavumbuwe n’abahanga mu ishyamba rya Pariki yâIgihugu ya Nyungwe. Aka gacurama gafite isura itangaje kandi isekeje nkâuko tubikesha ikinyamakuru Daily Mail, gafite amatwi manini nâizuru rijya kumera nkâinkweto […]
Burundi: Itegeko rizahana abahakana ko habaye Jenoside yakorewe Abahutu mu nzira
Mu gihugu cyâu Burundi hagiye gushyirwaho itegeko rizahana abazahakana ko muri iki gihugu habaye jenoside yakorewe Abahutu mu 1972 mu gihe itaremezwa ku rwego mpuzamahanga. Ibi byatangajwe kuwa Kane ushize na Pierre Claver Ndayicariye, ukuriye urwego rushinzwe ukuri no guhuza Abarundi (CVR) ubwo yari mu Ntara ya Gitega aho CVR yagiranye ikiganiro nâabanyeshuri bo muri […]
Impamvu Abahesha bâInkiko bateza imitungo cyamunara ku giciro kiri hasi yâagaciro
Itegeko rigenga umwuga wâAbahesha bâInkiko bâUmwuga ngo ririmo ingingo zimwe na zimwe zibangamira imikorere yabozirimo nko guteza cyamunara imitungo yâabantu ku giciro kiri hasi yâagaciro kayo, basaba leta kuvugurura iri tegeko. Byatangajwe mu nteko rusange abahesha bâinkiko bâumwuga bagiranye na Minisiteri yâUbutabera mu Rwanda, aho bagaragaje byinshi mu bibazo bibabangamiye mu mwuga wabo bishingiye ku […]
Darfur: Byibuze abandi bantu 17 biciwe mu rugomo rwongeye kwaduka
Byibuze abantu 17 nibo bishwe kuwa Kane abandi benshi barakomereka mu gihugu cya Sudani, mu gace ka Jebel Moon ko mu Ntara ya Darfur, mu gitero cyâabitwaje intwaro nkâuko byatangajwe nâabaharanira uburenganzira bwa muntu. Bije nyuma yâigitero nk’iki cyahitanye abantu 16 mu ntangiriro zâiki cyumweru nâamezi make nyuma yâaho aka gace kibasiwe nâurugomo mu mpera […]
Indimi zizaba zivugwa cyane ku Isi mu myaka 30 iri imbere
Mu gihe Icyongereza, Igishinwa, Icyesipanyole n’Igihindi (cyangwa Icyarabu ukurikije ibigereranyo) ari zo ndimi enye zivugwa cyane ku Isi, Igifaransa kiza ku mwanya wa gatanu hamwe na miliyoni 300 bavuga Igifaransa ku Isi. Dukurikije ibipimo byâimibare yâabaturage, mu 2050, Igifaransa gishobora kuzaba kivugwa nâabantu bagera kuri miliyoni 700, bityo kikaba gishobora kuzamuka imbere. Nkâuko Ikigo cy’igihugu […]
Isomwa ryâurubanza rwâUmuhinde urega abarimo umuhesha wâinkiko ryasubitswe
Isomwa ryâurubanza ryari riteganyijwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 09 Werurwe 2022, hagati ya UNITED SPIRITS yari yajuririye mu Rukiko Rukuru rwâUbucuruzi icyemezo cyo kugurisha mu cyamunara ibicuruzwa ivuga ko ari ibyayo, rwimuriwe ku itariki ya 16 Werurwe saa cyenda kubera ko umucamanza atararangiza kurusuzuma ngo rusomwe kubera indi mirimo yagize yatumye atabona umwanya uhagije. […]
RDC: Nyuma yâifungwa ryâumujyanama wihariye wa perezida abandi bakomeje gufatwa
François Beya, umujyanama wihariye wa FĂ©lix Tshisekedi mu bijyanye n’umutekano, arafunzwe kuva ku ya 5 Gashyantare mu kigo cy’ikigo gikomeye gishinzwe iperereza (ANR). Nkâuko abamwegereye babivuga, nta birego bigaragara aramenyeshwa. Arasaba rero ko yarekurwa cyangwa akazanwa imbere y’umucamanza. Ariko hagati aho hafashwe abantu bashya mu minsi yashize. Ubwa mbere, hafashwe Guy Vanda, umunyamabanga wihariye wa […]
Amafoto: Ibikoresho igisirikare cy’u Burusiya kimaze gutakaza mu ntambara yo muri Ukraine

U Burusiya bwatangiye kugaba igitero simusiga muri Ukraine ku ya 24 Gashyantare 2022, mu gihe haherukaga intambara hagati yâibi bihugu mu 2014 yarangiye intara ya Crimea yigaruriwe nâu Burusiya. Iki gitero cyo kuwa 24 Gashyantare nicyo gitero kinini cya gisirikare gisanzwe cyibasiye igihugu cyigenga mu Burayi kuva Intambara ya Kabiri y’Isi yarangira. Hagati aho iyi […]
Les pays membres de la CAE enregistrent une croissance économique de 4,2% en 2021
La 25e rĂ©union ordinaire du comitĂ© des affaires monĂ©taires de la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est (EAC) a dĂ©clarĂ© que la croissance dans la rĂ©gion s’Ă©tait redressĂ©e en 2021 pour atteindre une moyenne de 4,2%, a indiquĂ© l’EAC dans un communiquĂ© vendredi soir. Le communiquĂ© publiĂ© Ă l’issue de la rĂ©union par le siĂšge de […]
U Burusiya bwagize ibyo busaba Ukraine intambara igahita ihagarara
Umuvugizi wa Perezidansi yâu Burusiya, Kremlin, Dmitry Peskov, yatangaje ko u Burusiya busaba ko Ukraine ihagarika ibikorwa bya gisirikare, igahindura itegeko nshinga kugira ngo ireke kubogama, kwemera ko Crimea ari intara yâu Burusiya kandi ikemera ko repubulika za Donetsk na Lugansk ari intara zigenga. Peskov kuri uyu wa Mbere yatangarije Reuters ko u Burusiya bwabwiye […]
Ubukungu bw’akarere bwongeye kuzanzahuka – EAC
Inama ya 25 isanzwe ya komite ishinzwe ifaranga yâUmuryango wâibihugu byâAfurika yâIburasirazuba (EAC) yavuze ko iterambere ryâakarere ryazanzahutse mu 2021 kugera ku kigereranyo cya 4.2%, nk’uko EAC yabitangaje mu itangazo ryasohowe ku wa Gatanu ushize. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nyuma yâinama nâicyicaro gikuru cya EAC mu Mujyi wa Arusha uherereye mu majyaruguru ya Tanzania, ryerekanye ko […]
Misile zâu Burusiya zasenye ikibuga cyâindege cya gisivili â Perezida Zelensky
Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko misile nyinshi zâu Burusiya zasenye ikibuga cyâindege cya gisivili i Vinnytsia rwagati muri Ukraine. Imijyi myinshi hamwe nâibirindiro byo mu kirere muri Ukraine byatewe ibisasu, birasa cyangwa byibasirwa na misile ballistique ziva mu Burusiya ku munsi wa 11 wâibitero byabwo. Ariko Vinnytsia iri mu burengerazuba […]
Rubavu: Hafashwe uwageragezaga guha umupolisi ruswa ya 2000 Frw
Kuwa Gatandatu tariki ya 05 Werurwe, Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda mu Karere ka Rubavu ryafashe umushoferi witwa Habumugisha Jean Marie Vianney ahaye ruswa yâibihumbi 2000 Umupolisi kugira ngo atamuhanira amakosa yo kutagira icyangombwa cyâubuziranenge cyâimodoka ye, Ibi byabereye mu Murenge wa Rugerero, mu Kagali ka Gisa, Umudugudu wa Gisa. Umuvugizi wa Polisi […]
Perezida wa Ukraine aravuga ko Ingabo zâu Burusiya zitegura gusuka ibisasu kuri Odesa
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Ingabo z’u Burusiya zitegura gutera ibisasu ku mujyi munini wa Odesa uri ku nkombe z’Inyanja yâUmukara. Kuri iki Cyumweru nkâuko tubikesha Al Jazeera, Zelenskyy yagize ati: “Barimo kwitegura gutera ibisasu kuri Odesa.” âAbarusiya bakunze kuza muri Odesa. Buri gihe bumva basusurutse gusa muri OdesaâŠNone ubu? Ibisasu kuri Odesa? […]
Igisirikare cya Uganda cyibitseho izindi drones kabuhariwe mu butasi

Igisirikare cya Uganda kiravugwaho kuba cyaguze byibuze amaduzeni abiri ya drones zâubutasi zo mu bwoko bwa Elbit Systems Hermes 900 Kochav zifite ubushobozi bwo kugendera ku ntera iringaniye no kumara igihe kirekire mu kirere. Drones za Hermes 900 zagaragaye muri videwo yasangijwe ku ya 24 Gashyantare na Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuyobozi w’ingabo za Uganda […]
Yasubiye muri kaminuza yizemo ajyanwe no kwiyahura kubera ubushomeri
Umugabo warangije muri Kaminuza ya Kyambogo, mu gihugu cya Uganda, muri 2019 yiyahuye nyuma yo kumara imyaka ashaka akazi ariko akakabura. Ku wa Gatanu, Brian Wetaka wahawe impamyabumenyi yâicyiciro cya 2 muri Chemical Engineering, yasubiye ahaherereye ibyumba byâamashuri yahoze yigamo maze ariyahura. Abashinzwe umutekano wa Kaminuza ya Kyambogo bavuze ko, nyakwigendera yasize yanditseho urwandiko mbere […]
Mu gihe kitarenze ukwezi buri karere kagiye kongerwamo umukozi wa MAJ
Mu gihe kitarenze ukwezi kumwe muri buri karere hazaba hongewemo umukozi umwe ushinzwe gufasha abaturage mu byâamategeko uzwi kwâizina rya MAJ nkâuko byatangajwe na Minisiteri yâUbutabera. Minisiteri yâUbutabera mu Rwanda, ivuga ko muri gahunda zo gukangurira abaturage kumenya no gusobanukirwa uburenganzira bwabo mu byâamategeko, hagiye gushyirwaho undi mukozi mushya muri buri karere ushinzwe gutanga ubufasha […]
RDC: Uduce dutatu twagenzurwaga nâinyeshyamba twigaruriwe na FARDC
Minisitiri wâingabo zâigihugu ndetse nâabahoze ari abasirikare berekanye incamake yâibikorwa bya gisirikare nâumutekano byâigihugu “bikomeje kugenzurwa nâigisirikare ndetse nâabandi bashinzwe umutekano ” aho uduce dutatu twakuwe mu maboko yâinyeshyamba. Mu nama yâabaminisitiri yabaye ku wa Gatanu, itariki ya 04 Werurwe 2022, yerekanye ko ibikorwa byâingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) nâingabo zâigihugu cya […]
60% des Rwandais entiÚrement vaccinés contre le Covid
Le Rwanda fait pression pour atteindre un nombre trĂšs Ă©levĂ© de personnes vaccinĂ©es dans le but de protĂ©ger la population contre la pandĂ©mie de Covid-19. Le ministĂšre de la SantĂ© a annoncĂ© jeudi, que jusqu’Ă prĂ©sent, 60 % de la population totale [12,95 millions (2020)] avaient Ă©tĂ© entiĂšrement vaccinĂ©s. Les vaccins COVID-19 aident Ă dĂ©velopper […]
Rurageretse hagati ya UNITED SPIRITS nâabo irega guteza cyamunara ibicuruzwa byayo

Kuri uyu wa Kane, itariki 03 Werurwe 2022, mu Rukiko Rukuru rwâUbucuruzi haburanishijwe ubujurire ku rubanza RC000171/2022/TC hasabwa gutesha agaciro cyamunara yo kuwa 31/01/2022 yakorewe ku bicuruzwa by’Umuhinde Manish Kumar nyiri UNITED SPIRITS urega mugenzi we w’Umuhinde Rishi Arya, Umuhesha w’Inkiko Kagame K. Festo n’umucuruzi Nsengumuremyi Anathole . Ni ibicuruzwa bigizwe byâinzoga UNITED SPIRITS Ltd […]
Ukraine: Uruganda runini rwâingufu za kirimbuzi mu Burayi rwafashwe nâinkongi nyuma yâigitero cyâu Burusiya
Kuri uyu wa Gatanu, minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Ukraine yatangaje ko uruganda rwâingufu za kirimbuzi runini mu Burayi rwafashwe nâinkongi yâumuriro nyuma yâigitero cyâu Burusiya, asaba ko hashyirwaho akarere kâumutekano. Ibiro ntaramakuru RIA bivuga ko Minisiteri ishinzwe ingufu za kirimbuzi muri Ukraine ivuga ko igice cyâuruganda cyahiye bitewe nâigitero cyâingabo zâu Burusiya. Minisitiri wâububanyi nâamahanga […]
Kagame a prĂ©sidĂ© l’ouverture officielle du Forum rĂ©gional africain sur le dĂ©veloppement durable
Le prĂ©sident Paul Kagame a prĂ©sidĂ© l’ouverture officielle du Forum rĂ©gional africain sur le dĂ©veloppement durable (ARFSD-8) au Centre des congrĂšs de Kigali. Le forum, qui se dĂ©roulera pour la huitiĂšme fois, se tiendra sous le thĂšme “Mieux aller de l’avant : une Afrique verte, inclusive et rĂ©siliente prĂȘte Ă rĂ©aliser l’Agenda 2030 et l’Agenda […]
Gicumbi: Umugabo akurikiranweho gusambanya umwana yareraga
Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuri uyu wa Gatatu, Itariki ya 02 Werurwe 2022, bwaregeye Urukiko umugabo wâimyaka 37 yâamavuko ubarizwa mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Kageyo, Akagari ka Nyamiyaga, bukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana wâ umugore babana kuko yaje kuhashaka afite uwo mwana wâumukobwa wâimyaka 15 yâamavuko. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga […]
Papa Francis agiye kugirira uruzinduko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Papa Francis azakora urugendo rw’ivugabutumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva ku ya 2 kugeza ku ya 5 Nyakanga. Intumwa ya Papa muri iki gihugu ni yo yabitangaje, kuri uyu wa Kane, itariki ya 03 Werurwe 2022, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Kinshasa nk’uko tubikesha Mediacongo.net. Urugendo rwe muri Congo-Kinshasa ni igisubizo ku butumire […]
Uwera Jean Pierre avuga ko amaze imyaka 8 asorera ubutaka abandi babubyaza umusaruro
Abanyamategeko bunganira Murangwayire Josiane na bagenzi be baregwa na Uwera Jean Pierre kuba baramutwariye ubutaka busaga m2 120, basabye ko Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rutakwakira ikirego cye ahubwo gikwiye kujyanwa mu karere mu gihe we asanga hakwiye gutangira urubanza mu mizi rukava mu nzira kuko rumaze igihe kirekire asorera ubutaka, buri mu Gakiriro ka Gisozi, […]
NYANZA: La police rĂ©cupĂšre l’argent des fraudeurs, cinq arrĂȘtĂ©s
La Police nationale du Rwanda (RNP), le lundi 28 fĂ©vrier, a arrĂȘtĂ© cinq escrocs prĂ©sumĂ©s dans le district de Nyanza, qui appartiennent au mĂȘme rĂ©seau, qui volait des rĂ©sidents sans mĂ©fiance. Ces raquettes, qui escroquaient les gens avec de l’or factice, ont Ă©tĂ© arrĂȘtĂ©es vers 17 heures, dans le village de Rwabihanga, cellule de Gati, […]
Abirabura barimo gukorerwa ivangura ku mipaka bacaho bahunga bava muri Ukraine
Barlaney Mufaro Gurure, umunyeshuri wiga ibijyanye nâikirere ukomoka muri Zimbabwe, amaherezo yari ageze imbere yâumurongo wâamasaha icyenda ku mupaka wâiburengerazuba bwa Ukraine wambukiranya umupaka wa Krakovets nyuma yâurugendo rwâiminsi ine. Igihe cye cyari kigeze ngo yambuke. Ariko ushinzwe kurinda umupaka yaramusunitse we nâabandi banyeshuri bane bâAbanyafurika yari ari kumwe nabo, bareka Abanya-Ukraine baratambuka. Byatwaye amasaha, […]
Rwanda: Umuhinde arasaba kurenganurwa nyuma yaho umuhesha w’inkiko afatiriye ibintu bye

Umuhinde Manish Kumar ukorera mu Rwanda ufite sosiyete yâubucuruzi yitwa UNITED SPIRITS Ltd ibarizwa mu Mudugudu wa Gishushu, Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, aratabaza Leta avuga ko yarenganijwe mu rubanza mu rukiko rwâubucuruzi nyuma yâaho ibicuruzwa bye bigizwe nâinzoga zo mu bwoko bwa liqueur bifatiriwe inshuro zirenze ebyiri […]
Uganda: Umusirikare wo mu mutwe wâingabo zidasanzwe yakatiwe imyaka 33 yâigifungo
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Makindye muri Uganda rwakatiye Private Sam Omeno wo mu mutwe wâingabo zidasanzwe-SFC na Nathan Esia, wâumusivili igifungo cyâimyaka 33 kubera kwiba amashilingi 750.000. Ku wa mbere, Urukiko Rukuru ruyobowe na Lt. Gen. Andrew Gutti rwahamije aba bombi icyaha cyo kwiba ku cyumweru gishize. Omeno wo mu mutwe wâingabo zidasanzwe na […]
L’homme d’affaires recherchĂ© au Rwanda dĂ©cide de bloquer l’extradition du Kenya
Les mĂ©dias de Nairobi, le mardi 1er mars, ont indiquĂ© que l’homme d’affaires kenyan dont la sociĂ©tĂ© de dĂ©veloppement immobilier a escroquĂ© des acheteurs immobiliers rwandais il y a 10 ans, s’est adressĂ© Ă la Haute Cour du Kenya pour arrĂȘter son extradition et annuler les alertes rouges Ă©mises contre lui par Interpol. Nathan Lloyd […]
Canada igiye guha Ukraine intwaro zisenya ibifaru
Kuri uyu wa Mbere, Minisitiri wâintebe wa Canada, Justin Trudeau, yavuze ko Canada izaha Ukraine intwaro zisenya ibifaru ndetse nâamasasu yazamuye mu kuyifasha mu ntambara irwana nâu Burusiya. Trudeau yabwiye abanyamakuru muri Ottawa ati: “Canada izakomeza gutanga inkunga yo gufasha ubutwari mu bwirinzi bwa Ukraine mu kurwanya ingabo z’u Burusiya”. Yakomeje agira ati “Turatangaza ko […]
RDC: Inyeshyamba 17 za ADF ziciwe mu mirwano izindi zirafatwa
Abarwanyi b’inyeshyamba cumi na barindwi bo mu mutwe wa ADF bishwe nâingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ku gicamunsi cyo ku wa Mbere, itariki 28 Gashyantare 2022, muri Sheferi ya Watalinga, muri Teritwari ya Beni, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nkâuko byatangajwe n’umuvugizi wâibikorwa bya Sokola1 Grand Nord, Capt. Anthony Mwalushayi wemeje aya makuru […]
Amerika yirukanye abadipolomate basaga 10 bâu Burusiya bashinjwa ubutasi
Ku wa Mbere Amerika yirukanye abadipolomate 12 bâu Burusiya ku cyicaro cyâUmuryango wâAbibumbye i New York ibashinja kuba barajyanywe muri Amerika nâibikorwa byâubutasi. Olivia Dalton, Umuvugizi wâAbadipolomate bâAbanyamerika muri Loni, mu ijambo rye yagize ati: Yavuze ko abarebwa nâiki cyemezo barenze ku nshingano zabo bakajya mu bikorwa byâubutasi bibangamiye umutekano wa Amerika. Yavuze kandi ko […]
Le diocĂšse de Byumba obtient un nouvel Ă©vĂȘque alors que Nzakamwita prend sa retraite
Le pape François a nommĂ© lundi Papias Musengamana comme nouvel Ă©vĂȘque du diocĂšse de Byumba, en remplacement de Mgr Servilien Nzakamwita qui part Ă la retraite. Nzakamwita a dirigĂ© le diocĂšse de Byumba depuis 1996 jusqu’Ă ce qu’il ait rĂ©cemment demandĂ© sa retraite au pape. L’homme de 55 ans, qui a Ă©tĂ© Ă©levĂ© au rang […]
An-225 Mriya yari indege ya mbere nini ku Isi yasenyewe mu ntambara yâu Burusiya kuri Ukraine
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, avuga ko indege nini cyane ku Isi, Antonov 225 Mriya, yasenyewe mu gitero cyâu Burusiya. Kuri iki Cyumweru gishize, Kuleba yanditse ku rubuga rwa twitter ati: “U Burusiya bushobora kuba bwasenye ‘Mriya’ yacu. Ariko ntibazigera basenya inzozi zacu zâigihugu cyâu Burayi gikomeye, cyisanzuye kandi kigendera kuri demokarasi.” Yakomeje […]
Imitwe ya Mai-Mai na Red Tabara iravugwaho kugaba ibitero ku mpunzi zâAbanyamulenge
Umutwe wa Mai Mai uravugwaho kwihuza na RED Tabara yâAbarundi bikagaba ibitero ku mpunzi zâAbanyamulenge zahungiye mu duce twa Bwegera na Mutalure muri Teritwariya Fizi nkâuko amakuru aturuka muri muri Kivu yâAmajyepfo avuga. Sosiyete Sivili yo muri Kivu yâAmajyepfo yemeje ibyâaya makuru ivuga ko iki gitero cyabaye kuri iki Cyumweru itariki 27 Gashyantare 2022 nkâuko […]