Abashidikanya ku itegurwa ry’amatora Data ububabarire ntibazi ibyo bakora – DĂ©nis Kadima

Mu ijambo rye kuri uyu wa Mbere, ubwo hafungurwaga inama nyunguranabitekerezo hagati ya Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI) n’abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Perezida wa komisiyo yijeje ko amatora azaba nubwo batangiye gutegura bakererewe. DĂ©nis Kadima yashimangiye ko komisiyo y’amatora “yagaragaje icyizere kandi yanga kuganduka”. Kuri we, ngo iyi komisiyo ishyigikira demokarasi ishyira mu […]

One dead and one injured in an exchange of fire between two armed fighters in Munigi

One person died and another was seriously injured in an exchange of fire between two fighters called “Wazalendo”, Sunday November 12 evening in Munigi, about ten kilometers north of Goma (North Kivu). According to local society, this incident created psychosis in the villages of Rukoko, Kihisi and their surroundings in the Munigi group, in Nyiragongo […]

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yagarutse muri guverinoma

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, David Cameron, yagizwe umunyamabanga w’ububanyi n’amahanga mu buryo butunguranye ubwo Rishi Sunak yavugurura guverinoma ye. Ni ukugaruka muri guverinoma ku wahoze ari minisitiri w’intebe w’umu conservateur, wayoboye hagati ya 2010 na 2016. Cameron avuga ko mu gihe atemeranya n’ “ibyemezo bimwe na bimwe ku giti cye” byafashwe na Sunak, […]

Mogadishu: Umwiyahuzi yagabye igitero ku ishuri rya gisirikare

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, i Mogadishu, umurwa mukuru wa Somalia umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu ku ishuri rya gisirikare nyuma y’ibyumweru hari ituze kubera ibikorwa bya gisirikare. Umutangabuhamya yavuze ko umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu ku ishuri rya gisirikare rya Jaalle Siyaad, mu majyaruguru ya Mogadishu, ahagana mu ma saa 08:25 ku itariki ya 13 Ugushyingo, […]

DĂ©but du procĂšs du “Boucher de Tumba” en France

Un tribunal de Paris ouvrira le 14 novembre les procĂ©dures dans une affaire impliquant le septiĂšme Rwandais jugĂ© en France pour son rĂŽle dans le gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi. A la Cour d’assises de Paris, le docteur SosthĂšne Munyemana sera jugĂ© pour avoir Ă©tĂ© à  l’avant-garde des massacres de Tumba – une localitĂ© […]

Perezida wa Israel aremeza ko basanze igitabo ‘Mein Kampf’ cya Hitler ku murwanyi wa Hamas

Perezida wa Israel, Isaac Herzog, yatangaje ko umurwanyi wa Hamas yasanganwe igitabo cyanditswe na Hitler, ahakana ko Israel yibasiye ibitaro binini bya Gaza byitwa Al-Shifa amakuru yerekana ko ibi bicumbikiye Abanyapalestine ibihumbi babihungiyeho byabuze amashanyarazi. Aganira n’umunyamakuru wa BBC, Gaira Kuenssberg, Perezida wa Israel yavuze kandi ko kopi y’igitabo Mein Kampf cya Adolf Hitler yabonetse […]

USA: Umwirabura wa mbere wari wizeye kuba umukandida w’Abarepubulikani yivanye mu ihiganwa

Senateri w’Umunyamerika wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani, Tim Scott, ukomoka muri Caroline y’Amajyepfo yavuye mu guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ya perezida ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2024. Yari yizeye kuzaba Umunyamerika wa mbere wirabura wemejwe n’ishyaka ry’Abarepubulikani ngo azarihagararire mu matora y’umukuru w’igihugu. Yatangarije Fox News ati “Ntekereza ko abatora, ari bo bantu b’ingenzi […]

Indorerezi z’amatora za EU ziragera muri RDC kuri uyu wa Mbere mu gihe hatizewe niba azaba

Itsinda ry’indorerezi z’amatora z’Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi rizoherezwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu rwego rwo gukurikirana amatora rusange ateganijwe ku itariki ya 20 Ukuboza, guhera kuri uyu wa Mbere, mu gihe hakibazwa niba koko amatora azaba. Iri tsinda rigizwe n’indorerezi 42 z’igihe kirekire kugeza muri Mutarama 2024. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara na […]

Israel yemeye gufasha kuvana abana mu bitaro iregwa kuba imaze iminsi irasaho

Igisirikare cya Israel kiravuga ko cyemeye gufasha mu kuvana abana mu bitaro bya Al-Shifa muri Gaza bakimurirwa mu kigo “gifite umutekano”. BBC yoherejwe amafoto y’abana nibura 20 bavutse bacumbikiwe ahasanzwe hatangirwa serivisi zo kubaga muri ibyo bitaro bya Al-Shifa. Itsinda ry’abaganga rivuga ko abana babiri bavutse batagejeje igihe bapfuye kubera kubura amashanyarazi muri Al-Shifa; aho […]

RDC: Umwuzukuru wa Mobutu Sese Seko yirukanwe ku buyobozi bw’intara

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 11 Ugushyingo 2023, abadepite icumi muri cumi n’umunani bagize Inteko y’Intara ya Nord-Ubangi batoye icyifuzo cyo kwirukana umwuzukuru wa Mobutu, Guverineri Malo Ndimba Mobutu na guverinoma ye ku buyobozi. Ni icyifuzo cyatanzwe n’umudepite witwa Bembide Ndanu Polele Maxe. Umwanditsi w’iki cyifuzo, akaba n’umujyanama mu nteko y’intara, yatanze impamvu 17 […]

Paris: Abashyigikiraga Abayahudi bisubiyeho ababarwanyaga bajya kubashyigikira

Ikintu kitigeze kibaho kirimo kuba muri iyi weekend i Paris, cyazanywe n’intambara hagati ya Israel na Hamas ndetse no kwisuka kwayo mu Burayi, aho uruhande rwahoze rushyigikira Abayahudi rwanze kuyitabira ahubwo bitunguranye urwabarwanyaga rukemera kujya kubashyigikira. Ku nshuro ya mbere, imyigaragambyo ikomeye yitabiriwe n’abahagarariye amashyaka ya politiki akomeye arimo ayashyigikiye ko abantu baba ba nyamwigendaho […]

Sudani y’Epfo yitegura kuyobora EAC yabanje kwishyura ibirarane yari iyibereyemo

Igihugu cya Sudani y’Epfo cyateye intambwe igaragara mu kongera ingufu mu bikorwa byayo mu muryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ikemura ibibazo byayo bisanzwe, kandi ikemura ikibazo cy’ibirarane by’umusanzu cyabangamiraga uruhare rwayo mu bikorwa by’uyu muryango. Ibi byabaye nyuma y’ubusabe bwa Perezida Salva Kiir mu nama ya 21 y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu […]

Imiterere y’icyambu cya mbere kinini mu Rwanda kizatahwa mu Kuboza

33833.webp

Imirimo yo kubaka icyambu cya Rubavu ubu igeze kuri 96 ku ijana kandi iki cyambu kizaba ari icya mbere kinini kandi kigezweho mu gihugu kigiye gufungura mu Kuboza. Icyambu cya Rubavu, kinini mu Rwanda, biteganijwe ko kizazamura ubukerarugendo n’ubucuruzi bwambukiranya imipaka hagati yu Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo nikirangira. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’agateganyo […]

Ibihugu bya EAC byiyemeje kohereza mu kirere satellite bihuriyeho

Ibihugu byo muri EAC byemeranyije gukusanya ubushobozi bigafatanya kohereza mu kirere satellite bihuriyeho izafasha mu gutanga serivisi za internet mu karere. Iki cyemezo cyafatiwe mu nama y’abaminisitiri yiga ku iterambere ry’ibikorwaremezo by’ikoranabuhanga n’itumanaho mu mishinga yo kwihuriza hamwe mu ikoreshwa ry’Umuhora wa Ruguru yabereye i Nairobi kuwa Kane ushize. Itangazo rihuriweho ryashyizwe ahagaragara rigira riti […]

Ukraine iravuga ko yarashe drones 19 z’u Burusiya

Ukraine yatangaje ko yarashe hafi bibiri bya gatatu by’indege zitagira abaderevu 31 zaraye zoherejwe na Moscou kugaba ibitero, cyane cyane mu turere turimo intambara, ariko zibasiye n’umurwa mukuru Kiev mu gitondo. Ingabo zirwanira mu kirere zagize ziti: “Indege zitagira abadereva 19 za Shahed-136/131 zasenywe. Abarusiya bohereje igice kinini cy’indege zitagira abadereva mu turere tw’imbere ku […]

Burundi: Indwara itazwi irimo guhitana imfungwa muri Gereza ya Ruyigi

Indwara itazwi iri guhitana imfungwa muri Gereza Nkuru ya Ruyigi mu gihugu cy’u Burundi, aho bivugwa ko imfungwa enye zimaze gupfa mu gihe kitarenze ukwezi. Abafunzwe barasaba gutabarwa. Abagororwa bo muri Gereza Nkuru ya Ruyigi bavuga ko batazi icyateye urupfu rwa bagenzi babo bafunzwe. Bamwe basanze bapfuye mu gitondo abandi bapfira mu bigo nderabuzima. Muri […]

Ubwenegihugu bw’u Bubiligi bwa Gen. Ndaywell ukuriye ubutasi bwa FARDC bwateje urunturuntu

“Inzirakarengane y’umugambi wateguwe n’abanzi, Gen. Ndaywel ntabwo ari Umubiligi”, ibi ni ibitangazwa n’umuryango w’uyu musirikare mukuru wa FARDC ukuriye ubutasi bwa gisirikare nyuma yo kuregwa mu butabera bw’u Bubiligi. Gen. Maj. Christian Ndaywel warezwe nk’Umubiligi n’umunyamategeko w’umuryango w’umudepite w’igihugu Cherubin Okende, wishwe muri Nyakanga, umuryango we uvuga ko bigaragara ko ari inzirakarengane y’umugambi ugamije guhindanya […]

Perezida Macron yasabye Israel kurekeraho kwica abana n’abagore muri Gaza

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangarije BBC ko Israel igomba guhagarika kwica abana n’abagore muri Gaza. Mu kiganiro cyihariye cyabereye mu ngoro ya à‰lysĂ©e, yavuze ko nta mpamvu n’imwe Israel yari ifite yo gutera ibisasu, avuga ko guhagarika imirwano bizagirira akamaro Israel. Ati: “Mu gihe twemera uburenganzira bwa Israel bwo kwikingira,” turabasaba guhagarika gutera ibyo […]

Somalia could be admitted to the East African community this month

East African Community (EAC) Secretary-General Peter Mathuki says Somalia could be admitted to the bloc this month, The East African reports. An Ordinary Heads of State Summit is scheduled for November 23-24 in Arusha, and the region’s presidents are expected to endorse Somalia’s accession. Dr Mathuki told a panel at the Africa Investment Forum in […]

Darfur: RSF iravugwaho kwica abantu hafi 1500 mu gisa nka jenoside

Ku itariki ya 2 Ugushyingo, ingabo z’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) zagose inkambi y’abavanywe mu byabo nyuma yo gutera ikigo cy’ingabo za leta cyari hafi yaho mu burengerazuba bwa Darfur. Mu minsi itatu yakurikiyeho, uyu mutwe witwara gisirikare wakoze ibishobora kuba ubwicanyi bwakorewe abantu benshi mu gihe gito kuva intambara y’abenegihugu yatangira muri Mata. […]

Umukuru w’Ingabo za Burkina Faso mu Rwanda gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare

f-g3latxeaamccd.jpg

Umugaba mukuru w’ingabo za Burkina Faso, Brig. Gen CĂ©lestin SIMPORE n’intumwa ze bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi kuva ku itariki ya 9 kugeza ku ya 11 Ugushyingo 2023. Ku gicamunsi, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali kandi yunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse anasura Ingoro Ndangamurage y’ubukangurambaga bwo kurwanya Jenoside ku nyubako […]

Corneille Nangaa yashinje Perezida Tshisekedi guteranya amoko amusaba kwegura

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Kane, itariki ya 9 Ugushyingo 2023, uwahoze ari perezida wa Komisiyo Yigenga y’Amatora muri Congo (CENI) wahindutse utavuga rumwe n’ubutegetsi, Corneille Nangaa, arasaba kwegura Perezida FĂ©lix Tshisekedi ashinja gutwika intara ya Tshopo binyuze mu“guteranya abavandimwe babiri, Aba-Mbole n’Aba-Lengola ”. Aho ari mu buhungiro, Perezida w’ishyaka Action pour […]

Ishyamba si ryeru hagati ya Israel na Brazil nyuma y’ibyatangajwe na Mossad

Kuri uyu wa Kane, itariki 9 Ugushyingo, Minisitiri w’ubutabera muri Brazil, Flavio Dino, yamaganye Israel bikomeye nyuma y’uko ikigo cy’ubutasi cya Mossad kivuze ko cyafashije guhagarika igitero cy’umutwe w’abarwanyi ba kisilamu wa Hezbollah ku Bayahudi bo muri Brazil. Dino yasubizaga amagambo adasanzwe yatangajwe ku wa Gatatu aho ikigo cya Mossad cyo muri Israel cyashimiye igipolisi […]

Isasu riri kuvuza ubuhuha hagati y’ingabo za Israel na Hamas muri Gaza

Imirwano hagati ya Israel na Hamas yegereye ibitaro bya Al Quds mu mujyi wa Gaza, aho umunyamakuru wa BBC uri kubikurikirana avuga ko hari kubera urugamba rwa nyarwo rw’imbunda. Ibihumbi n’ibihumbi by’abantu bahungiye mu bitaro kandi haracyari abarwayi 100 mu bitaro ubwabyo. Hagati aho, inzira yonyine yifashishwa mu guhunga, yemerera abantu kuva mu majyaruguru ya […]

Le Soudan du Sud s’apprĂ ÂȘte à  assumer la prĂ©sidence de la CAE

Le prĂ©sident du Soudan du Sud, Salva Kiir Mayardit, devrait prendre la prĂ©sidence du sommet des chefs d’à‰tat de la CommunautĂ© d’Afrique de l’Est (EAC) lors du prochain sommet ordinaire des chefs d’à‰tat de l’EAC, rapporte The East African. Le prĂ©sident Kiir est sur le point de remplacer le prĂ©sident burundais Evariste Ndayishimiye dont le […]

Bunyoni yashinjwe kwishyura agatsiko k’abagizi ba nabi ngo bazice Perezida Ndayishimiye

Ubushinjacyaha bw’u Burundi kuri uyu wa gatatu ushize bwashinje Gen Alain Guillaume Bunyoni gushaka guhungabanya ubukungu bw’igihugu ndetse no kuba yarishyuye agatsiko k’abagizi ba nabi ngo bazice Perezida Evariste Ndayishimiye, ibyaha byose ahakana. Urubanza rwa Bunyoni kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 8 Ugushyingo, rwari rukomereje mu Rukiko rw’Ikirenga mu murwa mukuru w’u Burundi, Gitega. […]

Inyeshyamba zahanuye drone y’Abanyamerika ifite agaciro ka miliyari zisaga 30 Frw

Inyeshyamba z’Aba-Houthi zo muri Yemeni zatangaje kuri uyu wa Gatatu, itariki 8 Ugushyingo, ko zarashe indege itagira abapilote y’Abanyamerika, ifite agaciro ka miliyari zisaga 32 z’Amanyarwanda, yagurukaga hejuru y’amazi ya Yemeni. Mu itangazo ryabo, Aba-Houti bavuze ko ingabo zabo zahanuye indege ya drone yo muri Amerika yo mu bwoko bwa MQ-9 mu gihe yakoraga ibikorwa […]

Afurika y’Epfo: Abadepite basabye ko ambasaderi wa Israel ahambirizwa

Depite Mbuyiseni Ndlozi wo mu ishyaka EFF ryo muri Afurika y’Epfo yasabye ko nyuma yo guhamagaza abadipolomate babo muri Israel igihugu cye gikwiye no guhambiriza ambasaderi wa Israel. “Tugomba kwirukana Ambasaderi wa Israel!” Ntidushobora kuba inshuti kugeza igihe sosiyete yabo izubahiriza amategeko mpuzamahanga, n’uburenganzira bw’Abanyapalestine bwo kubana, ” uyu ni Ndlozi ubwo kuri uyu wa […]

MoĂ ÂŻse Katumbi gives himself 6 months to put an end to insecurity

With more than 260 local and foreign armed groups present and active in five provinces for more than two decades, the eastern region of the DRC is in a situation of growing insecurity leading to the deterioration of the humanitarian situation with more of 6 million internally displaced people. Faced with this situation, MoĂ ÂŻse Katumbi, […]

Moise Katumbi aremeza ko natorwa azagarura umutekano mu mezi 6

N’imitwe yitwaje intwaro irenga 260 y’abanyagihugu ndetse n’abanyamahanga iri kandi ikorera mu ntara eshanu mu myaka irenga makumyabiri, akarere k’iburasirazuba bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo gafite ibibazo by’umutekano muke ugenda wiyongera biri kugira ingaruka ku bantu barenga miliyoni 6 bavanywe mu byabo. Mu guhangana n’iki kibazo, MoĂ ÂŻse Katumbi, umukandida ku mwanya wa perezida mu […]

L’ancien gouverneur Gasana comparaĂ Âźtra devant le tribunal vendredi

L’accusation devrait traduire en justice Emmanuel Gasana devant le tribunal de premiĂšre instance de Nyagatare, le vendredi 10 novembre, pour rĂ©pondre aux accusations liĂ©es à  la sollicitation et à  l’acceptation d’avantages illĂ©gaux et à  l’abus de ses fonctions. Gasana, qui a Ă©tĂ© suspendu de ses fonctions de gouverneur de la province orientale par le Premier […]

M23 yafashe Kilolirwe mu gihe i Goma hari imyigaragambyo yamagana ubufatanye na MONUSCO

f-afjwma0aejysg.jpg

Amakuru atandukanye aturuka muri Kivu y’Amajyaruguru aremeza ko inyeshyamba za M23 zaba zamaze kwigarurira Kilolirwe, agace k’ingenzi muri Masisi kari mu birometero nka 30 uvuye mu Mujyi wa Sake. Inyeshyamba za M23 zikomeje gutera imbere muri Masisi nyuma y’iminsi micye hatangijwe Operation Spring Bok hagati ya MONUSCO na FARDC yo kurwanya inyeshyamba z’uyu mutwe. Hagati […]

Ingabo zimwe z’u Burundi zatangiye gutinya koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru

Imirambo y’abasirikare b’u Burundi barenga 15, biravugwa ko kuri uyu wa Mbere ushize yagejejwe mu buruhukiro bwa gisirikare buri mu Kigo cya DCA Passive bakunda kwita ‘Rwantanamo’ mu nkengero z’Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bujumbura, mu gihe bivugwa ko bagenzi ba bo bagomba kujya kubafasha basa nk’abarimo gukwepa kubera kudashaka kujya muri iyi ntambara. Ayo makuru […]

U Budage bugiye gusuzuma amasezerano nk’ay’u Bwongereza n’u Rwanda ku bimukira

Igihugu cy’u Budage na cyo kigiye gusuzuma amasezerano nk’ayo u Rwanda rwagiranye n’u Bwongereza hagati yabwo n’ikindi gihugu kitari mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi, aho abasaba ubuhungiro dosiye zabo zigomba kubanza gukurikiranirwa mbere yo kwinjira mu Budage, igisa nko kwitandukanya na politiki yo gufungurira imiryango abimukira yasizwe na Angela Markel hagashyirwaho amategeko akaze. Guverinoma […]

Israel yatangiye guhigira abarwanyi ba Hamas mu myobo nyuma yo kugota Gaza

Ingabo za Israel zirwanira ku butaka mu karere ka Gaza kuri uyu wa Gatatu ziyemeje gushakisha no gukura mu myobo iri muri aka karere abarwanyi ba Hamas nk’icyiciro gikurikiraho mu gitero cya Israel kimaze guhitana ibihumbi by’Abanyapalestine. Kuva abarwanyi ba Hamas bica abantu 1400 bagafata bugwate abagera kuri 240 mu gitero cyambukiranya imipaka cyagabwe kuri […]

Israel yaryamiye amajanja ku mupaka na Liban nyuma y’ijambo ry’umuyobozi wa Hezbollah

Igisirikare cya Israel cyavuze ko gikomeje kuryamira amajanja cyane cyane ku mupaka wabo na Libani mu gihe umuyobozi w’umutwe wa kisilamu wa Hezbollah yagize icyo atangaza bwa mbere ku ntambara yatangiye ku itariki 7 Ukwakira. Mu ijambo ryarebwe n’ibihumbi mu giterane cyabereye i Beirut, Hassan Nasrallah yashimye ibitero bya Hamas byibasiye Israel ku itariki ya […]

MONUSCO na FARDC wazindua Operesheni “Springbok” kuilinda Goma dhidi ya tishio la M23

Kikosi cha MONUSCO na Vikosi vya Wanajeshi vya DRC (FARDC) vilitangaza Ijumaa hii, Novemba 3, huko Goma (Kivu Kaskazini) uzinduzi wa operesheni ya pamoja inayoitwa “Springbok”. Tangazo hili lilitolewa wakati wa mkutano na waandishi wa habari ulioandaliwa kwa pamoja na kamanda wa kikosi cha MONUSCO na msemaji wa gavana wa kijeshi. Operesheni hiyo inalenga kulinda […]

Rwanda ratifies the ILO Convention on Violence and Harassment

On 1 November 2023, the Republic of Rwanda deposited the instrument of ratification of the Violence and Harassment Convention, 2019 (No. 190) with the Director-General of the ILO. By submitting the instrument of ratification, the Republic of Rwanda becomes the 36th country in the world, and the 9th country in Africa, to ratify Convention No. […]

Kampala: Umunyemari Katanga yiciwe iwe mu rugo arashwe, harakekwa umugore we

Igipolisi mu Mujyi wa Kampala kiri gukora iperereza ku kuntu umunyemari wo muri uyu mujyi witwa Henry Katanga yarashwe akicirwa iwe mu rugo. Ubu bwicanyi bivugwa ko bwakorewe Mbuya Hill, mu nkengero za Kampala muri Division ya Nakawa, bwakozwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ushize. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera kuri Daily […]

FARDC iraregwa umugambi wo gushaka kumara Abanyamulenge binyuze mu kubacamo ibice

Sosiyete sivile yo muri Teritwari ya Minembwe, mu Karere ka Uvira ho muri Kivu y’Amajyepfo, iravuga ko hari ibikorwa bikomeje kugirwamo uruhare na FARDC bitegura umugambi wo kumaraho Abanyamulenge binyuze mu kubanza kurandura umutwe wa Twirwaneho usanzwe ubarinda. Mu intabaza yasinyweho na visi perezida wayo, Mufashi Santos kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2023, yahaye umutwe […]

RDC: Kandida depite Kalinda w’i Masisi yiciwe mu Mujyi wa Goma

Uwitwa Dogo Kalinda, wahoze ari umuyobozi w’agace ka Lac-Vert akaba yari na kandida depite wo muri Masisi (Kivu y’Amajyaruguru) yishwe n’amabandi yitwaje intwaro ku mugoroba wo ku wa Gatatu ushyira ku wa Kane, itariki ya 2 Ugushyingo 2023. Ubu bwicanyi bwabereye mu gace ka Ndosho muri Komini ya Karisimbi mu Mujyi wa Goma. Aya makuru […]

Abantu hafi 10,000 bamaze kwicirwa muri Gaza kuva intambara yatangira

Minisiteri y’ubuzima muri Gaza iravuga ko abantu 9.061 bamaze kwicirwa muri Gaza kuva imirwano yatangira kuva ku itariki ya 7 Ukwakira ubwo Hamas yagaba ibitero simusiga kuri Israel. Abaganga batagira umupaka bavuga ko abantu barenga 20.000 bakomeretse bakigotewe mu karere ka Gaza nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Kugeza ubu ku wa Kane, bivugwa ko […]

Kayumba, ancien professeur de l’UR, condamnĂ© avec sursis dans une affaire de viol

La Haute Cour a condamnĂ© l’ancien professeur de l’UniversitĂ© du Rwanda (UR), Christopher Kayumba, à  deux ans de prison avec sursis, aprĂšs l’avoir reconnu coupable de complicitĂ© dans le crime de viol. Selon le verdict du tribunal rendu le 2 novembre, il a commis le crime contre son ancienne servante. L’ancien universitaire a Ă©galement Ă©tĂ© […]

Abashumba b’itorero rya ADEPR basaga 75% barangije amashuri abanza gusa – RGB

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiyoborere mu Rwanda (RGB) cyabwiye abagize inteko ishinga amategeko, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 1 Ugushyingo 2023, ko abarenga 75 ku ijana mu bashumba b’Itorero ry’Abapentekote mu Rwanda (ADEPR) bafite urwego rw’amashuri abanza gusa. Umuyobozi mukuru wa RGB, Usta Kaitesi, yahishuye urwego rw’ubumenyi bw’abapasiteri ba ADEPR ubwo yamurikaga raporo y’ibikorwa bya […]

Burundi: Ndayishimiye yashinje ikigo cy’igihugu cy’imisoro kwifatanya n’abanzi b’igihugu

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aravuga ko ababazwa no kumva ashinjwa kurya ruswa kandi azi ko bikorwa n’abantu bo mu kigo cy’igihugu cy’imisoro nyuma yaho Banki y’Isi n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) bishinje ubutegetsi bwe kumungwa ruswa. Mu nama yagiranye kuri uyu wa Kabiri ushize n’inzego zitandukanye zirimo iza gisivili ndetse n’iz’umutekano yabereye mu Ntara ya […]

UPDF irigamba kwica benshi mu baherutse kwicira ba mukerarugendo muri pariki

Abaterabwoba bagize uruhare mu bwicanyi bwakorewe ba mukerarugendo b’abanyamahanga babiri n’umushoferi wabo w’Umugande ubwo bari muri Pariki yitiriwe Elisabeth muri Uganda bishwe. Ibi byabaye nyuma y’ibyumweru hafi bibiri bishize, ubwo ba mukerarugendo babiri, ukomoka mu Bwongereza n’undi ukomoka muri Afurika y’Epfo, hamwe n’uwari ubayoboye w’Umugande, bicwaga n’abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku modoka bari barimo […]

Umwami Charles III yemeye amarorerwa abakoloni b’Abongereza bakoreye Abanyakenya

Umwami w’u Bwongereza, Charles III yemeye ibikorwa by’urugomo bibabaje kandi bidafite ishingiro byahitanye abantu ibihumbi by’inzirakarengane mu gihe Kenya yari iyobowe n’abakoloni b’Abongereza. Kuri uyu wa Kabiri ushize, mu birori byabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu i Nairobi, umwami yagaragaje ko yicujije cyane ku bikorwa byahise kandi ashimangira akamaro ko guhangana n’amateka nta buryarya n’imitima ifunguye. […]

Kenya: Igipolisi cyanze ko ibirego bishinjwa ingabo z’u Bwongereza bitangazwa mbere y’uruzinduko rwa Charles III

Kuri uyu wa Mbere, abapolisi ba Kenya bahagaritse ikiganiro n’abanyamakuru cyagombaga gutambuka ku maradiyo kigamije kwerekana ibirego by’ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu n’ibidukikije ryakozwe n’ingabo z’Abongereza muri iki gihugu, amasaha make mbere y’uko Umwami Charles ahagera mu ruzinduko rw’iminsi ine guhera kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Ukwakira. Ingoro ya Buckingham yavuze ko uruzinduko rwa Charles […]

At least 3 dead in Mozambique election protests

Violence broke out in Mozambique’s capital Maputo on Saturday between Mozambican security forces and demonstrators protesting the results of the local elections. Confrontations were also reported in the cities of Nampula and Nacala. Security forces are said to have been using disproportionate force, including tear gas and live bullets, to disperse the protesters. At least […]

Kenya: Abapolisi kabuhariwe bitambitse Guverineri wa Kisii bamubuza kwinjira mu biro

gsu_officers_outside_kisii_governor_simba_arati_office_at_gusii_stadium_0.jpg

Kuri uyu wa Mbere, abapolisi benshi ba Kenya bo mu ishami rishinzwe serivisi rusange (GSU) bagose ibiro bya guverineri wa Kisii, Simba Arati biri muri Stade ya Gusii bamubuza kwinjira. Amakuru aturuka aha avuga ko Guverineri yabujijwe kwinjira kuri sitade aho afite ibiro bya kabiri. Aba bapolisi bajyanywe muri iyi stade mu gikamyo cya polisi […]

Masaka: Abana bitiranwa bahitanwe n’inkongi yibasiye aho abanyeshuri barara

f9qtd8txwaagtyw.jpg

Byibuze abana babiri bapfuye abandi icyenda barakomereka nyuma y’aho inkongi y’umuriro yibasiye aho abanyeshuri b’abahungu barara mu ishuri rya Kasana Junior School mu Mujyi wa Masaka saa kumi zo mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere. Abayobozi bavuga ko abana bapfuye ari Aloysius Katende na Malik Katende. Dortoir yibasiwe n’inkongi yararagamo abana bagera kuri 15 […]

Le général Muganga discute de la coopération avec son homologue chinois

f9nwsddxyaay_pb.jpg

Le chef d’Ă©tat-major des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), le lieutenant gĂ©nĂ©ral Mubarakh Muganga, est en visite en Chine oĂ Âč il s’entretient avec son homologue le gĂ©nĂ©ral Liu Zhenli, chef d’Ă©tat-major interarmĂ©es de la Commission militaire centrale (CMC) du Parti communiste chinois. Un communiquĂ© partagĂ© par le ministĂšre de la DĂ©fense via Twitter dimanche 29 […]

Musanze: Bahangayikishijwe n’abiswe Ibihazi bongeye kwigarurira ibirombe byari byarafunzwe

Abayobozi bo mu nzego z’ibanze i Musanze baravuga ko bahangayikishijwe n’ubuzima bw’abatari bake baba mu bikorwa bitemewe by’ubucukuzi bivugwa ko ari ubwa zahabu mu gihe bo bahagera bagakubitwa, ndetse umudaso akaba aherutse kuvunwa ukuboko n’abo bise Ibihazi bongeye kwigarurira ibyo birombe byari bimaze iminsi bifunzwe. Abatuye mu Karere ka Musanze, mu kibaya cya Gatare gihuriweho […]

Uwari uherutse kugirwa ambasaderi wa RDC mu Buhinde yapfuye adatangiye inshingano ze

Uwari uherutse kugirwa Ambasaderi mushya wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Buhinde, Bertin Kanunu, yapfuye adatangiye inshingano ze aguye i Kinshasa. Umuryango we uvuga ko yapfuye azize indwara ikomeye. Ambasaderi ntiyagize n’amahirwe yo kubasha kugera aho yari yoherejwe gukora. Dukurikije amakuru yatanzwe na bene wabo nk’uko bitangazwa na mediacongo.net, Bertin Kanunu yamaze mu bitaro […]

Uganda: Museveni yateye utwatsi icyifuzo cyo kubaka ikigo cy’urwibutso rwa Idi Amin

Perezida Museveni yateye utwatsi icyifuzo cyo kubaka Ikigo cy’urwibutso rwa Idi Amin dada (Idi Amin Memorial Institute) wahoze ari Perezida wa Uganda, asobanura ko uyu adakwiye gushyirirwaho urwibutso. Ikinyamakuru Daily Monitor kivuga ko cyamenye ko itsinda ry’Abagande ryandikiye Inama y’Igihugu y’Amashuri makuru (NCHE), risaba gufasha kubonera icyangombwa iki kigo cyakwitirwa Amin. “Ubu ni ubusabe bubi […]

USA: Uwari umusirikare uherutse kwica arashe abantu 18 muri Maine yasanzwe yapfuye

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 28 Ukwakira, abapolisi bavuze ko uwari umu-reservist mu ngabo za Amerika uherutse kurasa akica abantu 18 abasanze mu kabari n’aho bakinira Bowling, yasanzwe yapfuye muri rumoroki y’imizigo iparitse ku ruganda rutunganya imyanda yigeze gukorera , aho bikekwa ko yiyahuye. Ku mugoroba wo kuwa Gatanu, Robert R. Card, w’imyaka 40, nibwo […]