Kinshasa: Umuririmbyikazi Tshala Muana arashyingurwa kuri uyu wa Gatanu
Umuhanzikazi Elisabeth Tshala Muana wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo uherutse gupfa mu minsi ishize arashyingurwa kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 23 Ukuboza, mu irimbi rya âEntre Terre et Cielâ i Kinshasa . Nkâuko bigaragazwa na gahunda yashyizweho umukono na Minisitiri wâumuco, ubuhanzi nâumurage, Catherine Kathungu Furaha, nyuma yo gukura umurambo mu buruhukiro […]
Burkina Faso: Abafaransa babiri bashinjwaga kuba intasi bahambirijwe
Guverinoma ya Burkina Faso yahambirije Abafaransa babiri bashinjwa kuba intasi bari baratawe muri yombi mu cyumweru gishize bategekwa guhita bava mu gihugu nkâuko byatangajwe nâibinyamakuru byo muri iki gihugu . Kuri uyu wa Gatatu ushize, amakuru yavugaga ko aba banyamahanga babiri bakomoka mu Bufaransa bari bari muri Burkina Faso bari gushaka amakuru yerekeye ingabo zâigihugu […]
Somalia iri gucyura abinjijwe babeshywa akazi muri Qatar bakisanga mu myitozo ya gisirikare muri Eritrea
Somalia yatangiye gucyura abasirikare bayo yavuze ko yohereje mu myitozo mu gihugu cyâigituranyi cya Eritrea, nyuma yâimyigaragambyo yabereye mu mijyi myinshi y’igihugu kubera ibirego bivuga ko binjijwe mu gisirikare bigendeye ku binyoma kandi bagafatwa bugwate . Aba basirikare boherejwe muri Eritrea mu gihe cy’uwahoze ari Perezida, Mohamed Abdullahi Farmaajo. Nyuma yo kugera ku butegetsi muri […]
Maroc yari yarifashe igiye kuba igihugu cya mbere muri Afurika giteye Ukraine inkunga ya gisirikare
Igihugu cya Maroc kigiye kuba icya mbere muri Afurika gifashe uruhande ku mugaragaro mu ntambara hagati yâuBurusiya na Ukraine gitera indi ntambwe yo guha Kiev ubufasha bwâibikoresho byâintambara . Rabat yari yarahisemo mbere kutagira uruhande ibogamiraho mu makimbirane hagati ya Moscow na Kiev kimwe nâibindi bihugu byinshi muri Afurika, ariko isa nkâaho ngo yemejwe na […]
Minisiteri yâuburezi yagaragaje ingengabihe yâamasaha mashya amasomo azajya atangiriraho

Minisiteri yâUburezi yibukije Abanyarwanda bose gahunda ivuguruye yâamasaha mashya yâishuri, izatangira gukurikizwa guhera ku itariki ya 1 Mutarama 2023 . Nkâuko bigaragara mu itangazo rigaragaza ingengabihe yâamasaha mashya, yashyize ahagaragara, Minisiteri yâUburezi yagaragaje ko ari gahunda ireba amashuri ya Leta, afashwa na Leta ku bwâamasezerano nâayigenga akurikiza integanyanyigisho ya Leta. Biteganyijwe ko amasomo azajya atangira […]
Inkunga Amerika yahaye Ukraine ntabwo ari ubugiraneza ni ishoramari â Perezida Zelensky
Kuri uyu wa Gatatu ushize, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, mu ijambo rye yagejeje ku mitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Washington, yatangaje ko inkunga Amerika yahaye Ukraine âatari ubugiraneza ahubwo ari ishoramari.â Perezida wa Ukraine yagize ati: “Ndashaka kubashimira, ndabashimira cyane ku nkunga y’amafaranga mwaduhaye ndetse n’iyo mushobora […]
Igihangange cyâibihe byose muri ruhago, Pele, akomeje kuremba

Kanseri yâigihangange cyâibihe byose mu mupira wâamaguru cyo muri Brazil, Pele, ikomeje gufata intera nk’uko ibitaro birimo gukurikirana uyu mugabo w’imyaka 82 yâamavuko byabitangaje . Pele watwaye Igikombe cyâIsi inshuro eshatu, amaze ibyumweru birenga bitatu mu bitaro. Umukobwa we yavuze ku mbuga nkoranyambaga ko agomba kwizihiriza Noheri mu bitaro. Ibitaro bya Israelita Albert Einstein byavuze […]
Les installations BioNTainer pour les vaccins Ă base d’ARNm arriveront au Rwanda au dĂ©but de l’annĂ©e prochaine
Les conteneurs des premiers BioNTainer, installations Ă©quipĂ©es pour fabriquer une gamme de vaccins Ă base d’ARNm, arriveront au Rwanda au premier trimestre 2023 . Il s’agit de la prochaine Ă©tape franchie par BioNTech dans la mise en place d’une production Ă©volutive de vaccins Ă ARNm en Afrique. Nouvelles Technologies Biopharmaceutiques (BioNTech) est une sociĂ©tĂ© d’immunothĂ©rapie […]
U Bufaransa bwijeje kuzakomeza kurengera inyungu za Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Umunyamabanga wa Leta yâu Bufaransa ushinzwe iterambere, Francophonie nâubufatanye mpuzamahanga, Chrysoula Zacharopoulou, kuri uyu wa Gatatu, itariki 21 Ukuboza 2022, yakiriwe na Perezida Felix Tshisekedi, aho yijeje ko u Bufaransa buzakomeza kurengera inyungu za Repubulika ya Demokarasi ya Congo nkâuko bitangazwa na RTNC . Nyuma yo gusohoka mu ngoro ya Perezida Tshisekedi, Zacharopoulou yatangaje ko […]
Uganda: Abanyamerika baregwaga gukorera iyicarubozo umwana bareraga barezwe ikirego gishya gihanishwa urupfu
Kuri uyu wa Gatatu, umushinjacyaha wa Leta yavuze ko umugabo n’umugore bo muri Amerika bafungiye muri Uganda bakurikiranyweho iyicarubozo rikabije ryâumwana wâumuhungu wâimyaka 10 bakurikiranyweho icyaha cyâinyongera cyâicuruzwa ryâabana kikaba gihanishwa igihano cyâurupfu mu gihe baramuka bahamwe n’icyaha . Nicholas Spencer n’umugore we, Mackenzie Leigh Mathias Spencer, bombi b’imyaka 32, bafungiwe muri Uganda kuva ku […]
Huye: Umukobwa washinjwaga gusambanya umuhungu w’imyaka 17 yakatiwe imyaka 25 y’igifungo
Urukiko rwisumbuye rwa Huye kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Ukuboza 2022, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umukobwa wâimyaka 32 icyaha cyo gusambanya umwana wâumuhungu wâimyaka 17, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cyâimyaka 25 . Â Ubushinjaacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko iki cyaha cyabaye mu ijoro ryo ku wa 23 Nzeri 2022 iwe […]
Le ministre de l’IntĂ©rieur met en garde la communautĂ© frontaliĂšre contre le passage illĂ©gal en RD Congo
Le ministre de l’IntĂ©rieur, Alfred Gasana, a exhortĂ© mardi 20 dĂ©cembre les habitants du district de Rubavu dans le secteur de Bugeshi Ă Ă©viter tout passage illĂ©gal en RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC), affirmant que le pays ne serait pas en mesure de les “sauver” . S’adressant aux citoyens qui se sont rassemblĂ©s Ă Bugeshi, […]
Umucamanza yihanangirije uruhande ruregwa muri dosiye yâabanyamigabane ba SDU
Umucamanza wo mu rukiko rukuru rwâubucuruzi yamenyesheje Sibomana Jovithe ukuriye inama yâubutegetsi ya kampani ya SDU (Special Drivers United) itanga serivisi zo gutwara abantu nâibintu, yarezwe na bamwe mu banyamigabane ba yo, ko ubutaha nibongera gutuma urubanza rusubikwa bazafatirwa ibihano nkâabashaka gutinza urubanza nkana nyuma yâaho urubanza rwongeye gusubikwa kubera kongera kubura kâumunyamategeko wunganira Sibomana […]
RRA yatangiye gufunga ubucuruzi budakoresha neza inyemezabwishyu za EBM

Ikigo cyâigihugu cyâimisoro nâamahoro (RRA) kuri uyu wa Gatatu, itariki 21 Ukuboza, cyatangiye igikorwa cyo gufunga ibikorwa byâabacuruzi badakoresha neza inyemezabwishyu zâikorabuhanga (EBM) hirya no hino mu Mujyi wa Kigali nyuma yo kubihanangiriza inshuro zigera muri esheshatu ariko ntibikosore . Iki gikorwa cyari cyatumiwemo nâitangazamakuru, cyatangiriye mu isoko ryo muri MIC, aho ku ikubitiro hafunzwe […]
Afghanistan: Leta yâAbatalibani yafashe icyemezo cyo gukumira abakobwa muri za kaminuza
Minisiteri yâamashuri makuru muri leta iyobowe nâAbatalibani muri Afghanistan yavuze ko abanyeshuri bâabakobwa batazemererwa kwinjira muri kaminuza zâigihugu kugeza igihe hazasohoka amabwiriza mashya . Ibaruwa yemejwe nâumuvugizi wa minisiteri yâamashuri makuru kuri uyu wa Kabiri, yategetse kaminuza za Leta nâabikorera bo muri Afghnistan guhagarika byihuse abanyeshuri bâabakobwa, nkâuko byemejwe nâinama yâabaminisitiri. Ibaruwa yahawe kaminuza zose […]
Kenya: Abasilamukazi basabwe kujya bambara hijab bitaba ibyo bagashaka igihugu bajya kubamo
Umunyamabanga wa leta muri minisiteri yâingabo muri Kenya, Aden Duale, yihanangirije abagore bâabayisilamu bo muri Kenya batambara hijab cyangwa igitambaro gipfuka mu mutwe ababwira ko nibaa batabishoboye bashaka ikindi gihugu babamo. Kuri uyu wa Mbere ushize, Duale yabivugiye muri komite yâumusigiti wa Jamia mu muhango wo gushyikiriza cheque Croix-Rouge ya Kenya mu rwego rwo gufasha […]
Ntakarutimana du Burundi Ă©lu prĂ©sident de l’EALA
Joseph Ntakarutimana, un lĂ©gislateur burundais et secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral adjoint du parti au pouvoir du pays, a Ă©tĂ© Ă©lu mardi nouveau prĂ©sident de l’AssemblĂ©e lĂ©gislative de l’Afrique de l’Est (EALA) . Il s’est engagĂ© Ă favoriser l’unitĂ© et l’harmonie au sein de la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est (EAC). Le parti au pouvoir au Burundi est […]
Minembwe: FARDC irigamba kwivugana Col Muzungu wa Twirwaneho
Uwiyise Colonel witwa Muzungu Rusongo wo mu mutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho-Makanika yishwe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) i Minembwe mu gace ka Fizi (Kivu y’Amajyepfo), kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Ukuboza 2022 . Lieutenant JĂ©rĂ©mie Meya, umuvugizi wa brigade ya 12 ya FARDC ishinzwe gutabara byihuse ifite icyicaro i Minembwe […]
Polisi iri gushakisha umushoferi wa Fuso wakoze impanuka agahita acika
Polisi y’u Rwanda (RNP) iravuga ko irimo gushakisha umushoferi w’ikamyo yahitanye umudamu umwe igakomeretsa abandi benshi, mu mpanuka yo mu muhanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Ukuboza, i Zindiro, Umurenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo . Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 20 Ukuboza, mu kiganiro nâikinyamakuru The New Times, […]
Kirehe: Intumwa za Leta yâu Burundi ziri mu Rwanda zasuye impunzi zâAbarundi ziba mu Nkambi ya Mahama
Intumwa za Leta y’u Burundi ziri mu Rwanda kuva kuri uyu wa Mbere aho zaje gukangurira impunzi zâAbarundi gutaha, ku munsi wa kabiri wâuruzinduko rwazo zerekeje mu Nkambi ya Mahama iherereye mu Karere ka Kirehe . Izi ntumwa ziyobowe n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Umutekano mu Burundi, Lt. Gen. de Police AndrĂ© Ndayambaje kuri […]
Umukecuru wâimyaka hafi 100 yahamijwe uruhare mu bwicanyi Abanazi bakoreye abasaga 10,000
Uwahoze ari umunyamabanga wakoreraga umuyobozi w’ikigo cyakoranyirizwagamo imfungwa cy’Abanazi yahamijwe icyaha cyo kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe abantu barenga 10.505 . Irmgard Furchner, ufite imyaka 97, yajyanywe gukorera i Stutthof akiri inkumi kuva mu 1943 kugeza 1945. Furchner, umwe mu bagore bake bakurikiranyweho ibyaha by’Abanazi mu myaka mirongo, yahawe igihano gisubitse cyâigifungo cy’imyaka ibiri. Nubwo […]
Uganda: Umukozi wo ku kibuga cyâindege yarumwe nâinzoka imusanze aho bayoborera indege
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru gishize, inzoka yavuye mu nkegero zâikibug cyâindege mpuzamhanga cyaaa Entebbe muri Uganda yinjira mu nyubako yâubugenzuzi iruma umukozi wari urimo kuyobora indege witwa Jonathan Kayizzi . Vianney Luggya, Umuvugizi wâikigo gishinzwe indege za gisivili (UCAA), ari nacyo gishinzwe gucunga iki kibuga cyâindege, we yavuze ko ibyabaye âbikekwa ko ari […]
Umusaruro mbumbe wâimbere mu gihugu wiyongereyeho 10% mu gihembwe cya 3 â NISR
Ikigo cyâigihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR)cyatangaje ko mu Rwanda umusaruro rusange wâimbere mu gihugu (GDP) wiyongereyeho 10% mu gihembwe cya gatatu cya 2022 bitewe nâuko ibikorwa byâinganda byagarutse . GDP yiyongereyeho 10% mu gihembwe cya 3 cya 2022 mu gihe yazamutse ku rugero rwa 7.5% mu gihembwe cya kabiri ndetse na 7.9% mu gihembwe cya mbere. […]
Perezida Ramaphosa yongeye gutorerwa kuyobora ANC
Ishyaka ANC riri ku butegetsi muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Mbere ryongeye gutora Perezida Cyril Ramaphosa nk’umuyobozi waryo mu myaka itanu iri imbere, nkâuko iryo shyaka ryatangaje . Ramaphosa yagize amajwi 2,476 kuri 1.897 yâuwahoze ari minisitiri wâubuzima Zweli Mkhize, nkâuko ibisubizo byatangajwe nâumuyobozi wa komisiyo yâamatora yâishyaka, Kgalema Motlanthe. Kongera gutorwa kwa Ramaphosa […]
Le plan britannique d’expulsion des demandeurs d’asile vers le Rwanda est lĂ©gal, juge le tribunal
Le projet du gouvernement britannique d’envoyer des demandeurs d’asile dans un aller simple au Rwanda est lĂ©gal, ont dĂ©clarĂ© lundi deux juges de la Haute Cour, dans une victoire pour les partisans de cette politique controversĂ©e . Mais les juges ont Ă©galement dĂ©clarĂ© que le gouvernement n’avait pas tenu compte de la situation des personnes […]
London: Urukiko rwemeje ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro yemewe nâamategeko
Abasabaga ihagarikwa rya gahunda ya guverinoma yâu Bwongereza itavugwaho rumwe yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda batsinzwe nyuma yâuko abacamanza bo mu Rukiko Rukuru bemeje ko iyi politiki yemewe nâamategeko . Urugamba rukaze rwo kurwanya iyi gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro binjiye mu Bwongereza binyuranyije nâamategeko rwatangiye kuva aho uwari minisitiri wâumutekano wâimbere mu gihugu, […]
Trump arashinjwa guhisha umwenda yari yarahawe nâikigo gifitanye isano na Koreya ya Ruguru
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika arashinjwa guhisha amakuru yâingenzi ajyanye nâubukungu bwe nyuma yo kugaragara ko yari afite umwenda wa miliyoni hafi 20 zâAmadolari atamenyesheje igihe yiyamamarizaga bwa mbere kuba perezida muri 2016 ! Umwenda uhishe wa Trump Ubu nibwo hamenyekana ko uyu munyemari w’imyaka 76 wahoze ari perezida […]
Huye: Umukozi wo mu rugo arashinjwa gusambanya umwana w’umuhungu w’aho yakoraga
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umukobwa wâimyaka 20 ukekwaho gusambanya umwana wâumuhungu wâimyaka 11 yâamavuko wâaho yakoraga akazi ko mu rugo . Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko icyaha cyabaye mu gihe cya saa kumi zâumugoroba wo ku wa 11 Ukuboza 2022, mu Mudugudu wa Nyarurembo, Akagari ka Gitwa, Umurenge wa Tumba, […]
Umuraperi Drake yariwe miliyari frw nubwo ikipe ya Argentine yari yategeye yatwaye igikombe

Umuraperi Drake yariwe amafaranga menshi nyuma yo gutegera ko ikipe ya Argentine iza gutsinda u Bufaransa mu mukino wa nyuma wâIgikombe cyâIsi nubwo iyi kipe yaje gutwara igikombe . Kuri iki Cyumweru, uyu muraperi wâUmunyakanada ukoreramuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yari yateze miliyoni imwe yâamadorali (asaga miliyari y’Amanyarwanda)kuri Argentine ku mukino wa nyuma wâIgikombe […]
London: Urukiko ruremeza niba gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda yemewe n’amategeko
Kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Ukuboza 2022, Urukiko Rukuru rwa London ruraza gufata umwanzuro niba gahunda ya Guverinoma y’u Bwongereza yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda ikurikije amategeko . U Bwongereza burateganya kohereza ibihumbi by’abimukira bageze muri iki gihugu banyuze mu nyanja mu Rwanda, ruherereye nko ku birometero 6.400 uvuye ku nkombe zabwo. Minisitiri […]
Des responsables burundais au Rwanda pour la campagne de rapatriement des réfugiés
Une dĂ©lĂ©gation du Burundi est arrivĂ©e au Rwanda ce lundi 19 dĂ©cembre pour une campagne de rapatriement des rĂ©fugiĂ©s de deux jours . La dĂ©lĂ©gation burundaise est composĂ©e du secrĂ©taire permanent au ministĂšre de l’intĂ©rieur chargĂ© de la sĂ©curitĂ© publique, du directeur gĂ©nĂ©ral du rapatriement et de la rĂ©intĂ©gration des rĂ©fugiĂ©s, des gouverneurs des provinces […]
Ladislas Ntaganzwa wahamijwe uruhare muri jenoside aratangira kuburana mu bujurire
Kuri uyu wa Mbere, Urukiko rw’Ubujurire ruratangira kuburanisha urubanza rw’ubujurire rwa Ladislas Ntaganzwa wahoze ari Bourgmestre (Umuyobozi) wa Komini ya Nyakizu (ubu ni mu karere ka Nyaruguru) wahamwe n’icyaha cyo gukora Jenoside yakorewe Abatutsi . Yaburanishijwe ku rwego rwa mbere nâUrukiko Rukuru rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga i Nyanza maze akatirwa gufungwa burundu mu 2020, afata […]
Bunia: Abasirikare bakuru ba FARDC bakatiwe burundu bazira kugurisha intwaro inyeshyamba
Amadosiye abiri yâubucamanza yasuzumwe nâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare ku rwego rwâubujurire mu mujyi wa Bunia, ku wa gatanu ushize, aho imwe muri izi dosiye yaregwagamo abasirikare bakuru ba FARDC gucuruza intwaro ku mutwe wâinyeshyamba wa CODECO . Dosiye ya mbere ijyanye nâurubanza rwo âkugurisha amasasu yâintambaraâ ku barwanyi ba CODECO naho iya kabiri ijyanye nâubwicanyi […]
Abanyaliberiya bagiye mu myigaragambyo kubera kubura Perezida Weah mu gihugu
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, abantu barenga igihumbi bitabiriye imyigaragambyo yabereye mu nkengero z’umurwa mukuru wa Liberia, bigaragambyaga kubera ibibazo by’ubukungu ndetse no kuba Perezida George Weah amaze igihe kinini atari muri iki gihugu . Imyigaragambyo minini yagiye iba rimwe na rimwe mu myaka itanu Weah amaze ku butegetsi, ariko uburakari ku micungire yâubukungu ya […]
Bangui: U Bufaransa bwashinjwe gushaka kwica umuyobozi wâikigo ndangamuco cyâAbarusiya
Umuyobozi wâumutwe wâabacanshuro bâAbarusiya (Wagner Group) yashinje u Bufaransa gushaka kwica umuyobozi wâikigo ndangamuco cyâu Burusiya (Russian House) muri Repubulika ya Centrafrica wajyanywe mu bitaro ku wa Gatanu nyuma yo gufungura ibahasha itezemo igisasu. Umuvugizi wa Ambasade yâu Burusiya muri Centrafrica yavuze ko Dmitry Syty ukuriye “Russian House”, yakomeretse bikabije ubwo iyi bahasha yaturutse ku […]
Mali: Umuntu witwaje imbunda yishe arashe abapolisi 2 ba MINUSMA barimo umugore
Umuntu witwaje imbunda utaramenyekana yarashe kandi yica abapolisi babiri bo mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye bushinzwe kubungabunga Amahoro muri Mali ubwo bari ku irondo hafi yâumujyi wa Timbuktu nkâuko umuyobozi wâubutumwa El-Ghassim Wane yabitangaje . Kuri uyu wa Gatanu, abinyujije kuri twitter, Wane yagize ati: “Namaganye iki gikorwa kibi kandi nifurije gukira vuba abandi bane babungabunga […]
Afurika yâEpfo: Jacob Zuma yareze Perezida Ramphosa mu bushinjacyaha bwigenga
Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yashinje Perezida Cyril Ramaphosa uriho ubu mu bushinjacyaha bwigenga, igikorwa Ramaphosa yamaganye avuga ko ari âugukoresha nabi inzira zemewe n’amategekoâ . Ibi bibaye mu gihe Kongere yâishyaka ANC itangira inama yâamatora kuri uyu wa Gatanu kugira ngo hemezwe niba Ramaphosa azaharigararira mu matora ya perezida ataha yo […]
Koreya ya Ruguru iravuga ko yagerageje neza intwaro nshya ifite ingufu zidasanzwe
Kuri uyu wa Gatanu, Koreya ya Ruguru yatangaje ko “yagerageje neza” “intwaro nshya” ifite ingufu nyinshi kandi ko ari yo ya mbere yâubu bwoko iki gihugu gikoze . Ibi bije nyuma yâukwezi kurenga Koreya ya Ruguru irashe misile nâibisasu byinshi mu rwego rwo gusubiza imyitozo ya gisirikare ihuriweho hagati ya Amerika na Koreya yâEpfo mu […]
La banque centrale rejette la dĂ©cision d’interdire les chĂšques de tiers
Le gouverneur de la Banque nationale du Rwanda, John Rwangombwa, a rejetĂ© les allĂ©gations selon lesquelles il existe une interdiction des chĂšques de tiers aprĂšs qu’un Ă©chantillon reprĂ©sentatif de personnes ait affirmĂ© que leurs banques refusaient de les encaisser . “Ce n’est pas vrai. Cependant, les banques avaient Ă©crit une lettre demandant l’interdiction, que nous […]
Zambia igiye kugurisha indege ya perezida yaguzwe miliyoni 194.9 $ na guverinoma yabanje
Umuyobozi muri Leta ya Zambia yavuze ko bagiye kugurisha indege ya perezida yaguzwe mu buryo butavugwaho rumwe miliyoni 194.9 z’amadolari na guverinoma yabanjirije iyi kubera amafaranga menshi yo kuyibungabunga . Minisitiri wâingabo, Ambrose Lufuma, yabwiye Inteko Ishinga Amategeko ati: “Kubungabunga no gukoresha indege byatwaye ikigega cya Leta amafaranga arenga miliyoni 6.3 zâamadolari mu myaka itatu […]
U Bufaransa bwakuye muri Centrafrica ingabo zabwo za nyuma zari zihasigaye
Minisiteri yâingabo yâu Bufaransa yatangaje ko u Bufaransa bwakuye ingabo zabwo za nyuma muri Repubulika ya Centrafrica (CAR) . Minisiteri yavuze ko abasirikari 130 bâAbafaransa bari basigaye muri Centrafrica, mu rwego rwâubutumwa bwâibikoresho, MISLOG, bavuye mu gihugu, kandi ko ubwo butumwa butagifite “ishingiro ryâibikorwa.” Itangazo ryasohowe riragira riti: “Inkambi ya M’Poko yashyikirijwe mu buryo bukwiye […]
M23 yaba yatangiye gukura abarwanyi ba yo muri Rutshuru ibajyana i Bunagana na Tshanzu
Umutwe wa M23 waba watangiye, nk’uko bamwe mu baturage babitangaza, gusubiza inyuma bamwe mu barwanyi bayo badakewe cyane cyangwa abarwaye bari mu Bitaro bya Rutshuru bayanwa za Bunagana na Tshanzu ariko aya makuru ntaremezwa na FARDC . Iyi nkuru dukeha Mediacongo.net iravuga ko abakomeretse cyane bazoherezwa mu Rwanda no muri Uganda kugira ngo babiteho neza […]
USA: Hasohowe inyandiko ibihumbi nâibihumbi zivuga ku iyicwa rya Perezida JF Kennedy
White House yategetse ko harekurwa inyandiko ibihumbi nâibihumbi ku iyicwa ryâuwahoze ari Perezida wa Leta unze Ubumwe za Amerika, John F Kennedy, ku nshuro ya mbere . Mu gushyira kuri internet amadosiye agera ku 13.173, White House yavuze ko inyandiko zirenga 97% ziri muri iki cyegeranyo ubu ziri ku mugaragaro. Nta mpinduka nini ziteganijwe mu […]
ICC yashimangiye igihano Dominic Ongwen wahoze ari umwe mu bayobozi ba LRA yari yajuririye
Kuri uyu wa Kane, itariki 15 Ukuboza, Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashimangiye igihano cyâigifungo cyari cyahawe Dominic Ongwen umwe mu bayobozi bâinyeshymba za LRA zâAbagande kubera gufata ku ngufu, kwica no gushimuta abana . Dominic Ongwen yahamijwe ibyaha 61 mu myaka ibiri ishize birimo ubwicanyi, gufata ku ngufu, gushyingira ku gahato no kwinjiza abana mu nyeshyamba […]
Beni: FARDC iravuga ko yivuganye abarwanyi ba ADF barimo komanda wabo
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ziratangaza ko zishe inyeshyamba eshatu za ADF zirimo komanda wazo mu Murenge wa Ruwenzori muri Teritwari ya Beni, muri Kivu yâAmajyaruguru . Byari mu gikorwa cyakozwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane, itariki 15 Ukuboza 2022, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo muri ako […]
Nibishaka wahoze ari umuyobozi wungirije wa RGB yakatiwe imyaka 5 ariko akazafungwa igice
Umuyobozi mukuru wungirije w’ikigo gishinzwe imiyoborere mu Rwanda (RGB), Emmanuel Nibishaka, yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 kandi acibwa ihazabu ingana na miliyoni 3 z’amafaranga y’u Rwanda nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’uburiganya no gukoresha inyandiko mpimbano . Umucamanza mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatatu, itariki 14 Ukuboza yavuze ko Nibishaka azakora kimwe cya kabiri […]
Minisiteri yâuburezi yatangaje amanota yâibizamini bisoza amashuri yisumbuye
Kuri uyu wa Kane, Minisiteri yâUburezi yatangaje amanota yâibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2021-2022 . Umunyamabana wa leta ushinzwe amashuli abanza nâayisumbuye, Dr Gaspard Twagirayezu, yavuze ko mu bumenyi rusange muri uyu mwaka hakoze abakandida 46125, na (1481 bigenga) mu mashuri ya tekiniki 19916 na (1424 bigenga) mu nderabarezi (TTC) 2891na […]
Musanze: Uwari ukurikiranweho kwica mukuru we yakatiwe imyaka 25 y’igifungo
Urukiko rwisumbuye rwa Musanze kuwa Kabiri ushize, italiki 13 Ukuboza 2022, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo wishe mukuru we amuziza umutungo bumukatira igifungo cy’imyaka 25 . Ni icyaha bivugwa ko cyakozwe ku itariki ya 04 Nzeri 2022 mu ma saa mbiri zâijoro, agikorera mu Mudugudu wa Gataraga, Akagari ka Rubindi, Umurenge wa Busogo ho […]
Umuyobozi wa OMS yavuze ko Ingabo za Eritrea zishe se wabo
Kuri uyu wa Gatatu, umuyobozi wâishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Buzima (OMS), Tedros Adhanom Ghebreyesus, yavuze ko ingabo za Eritrea “zishe” se wabo mu ntara ya Tigray muri Ethiopia . Minisitiri wâitangazamakuru muri Eritrea, Yemane Gebremeskel, ntiyigeze asubiza icyifuzo cyo gutanga ibisobanuro kuri ibyo birego. Umuyobozi mukuru wa OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus, wahoze ari minisitiri […]
Kagame critique les Ătats-Unis Ă propos de la dĂ©tention de Rusesabagina
Le prĂ©sident rwandais Paul Kagame a critiquĂ© mercredi les Ătats-Unis pour les inquiĂ©tudes qu’ils ont soulevĂ©es dans le cas de Paul Rusesabagina, un rĂ©sident permanent amĂ©ricain emprisonnĂ© au Rwanda qui a Ă©tĂ© dĂ©peint comme un hĂ©ros dans le film “Hotel Rwanda” . Rusesabagina, 67 ans, a Ă©tĂ© condamnĂ© l’annĂ©e derniĂšre Ă 25 ans de prison […]
U Burusiya bwatangaje ko nta gahenge buteganya guha Ukraine kuri Noheri
U Burusiya bwavuze ko nta gahenge buteganya guha Ukraine mu gihe cyo kwizihiza Noheri nyuma yâamezi 10 yâintambara muri iki gihugu, bwanga umuhamagaro wa Kyiv wo kuzaba bwamaze gusubiza inyuma ingabo zabwo kuri Noheri mu rwego rwo guhagarika amakimbirane akomeye mu Burayi kuva Intambara ya Kabiri y’Isi Yose irangiye . Kugeza ubu u Burusiya na […]
Igihu kinshi cyatumye indege zitinzwa kugwa cyangwa kuva ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Kigali
Sosiyete yâigihugu yâubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, kuri uyu wa 14 Ukuboza yatangaje itinda ry’indege ziza cyangwa ziva i Kigali kubera igihu kinshi ku Kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali . âKubera kutagaragara neza bitewe nâigihu kinshi ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Kigali, turateganya ko indege zikererwa kugera cyangwa kuva i Kigali. Turasaba imbabazi ku kibazo […]
Ngoma: Abagabo 2 n’umugore bakurikiranweho gukubita umumotari bakamwiba moto
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Ngoma kuri uyu wa Gatatu, itariki 14 Ukuboza 2022, bwaregeye urukiko dosiye bukurikiranyemo abagabo babiri nâ umugore umwe bafashwe bakubita ndetse baniba umumotari moto ye . Ubwo bari bamaze iminsi bapanga uburyo bazamburamo moto umumotari bakayitwara, abaregwa bose bashatse undi wabafasha wâumugore bamugurira telephone na sim card azajya avuganiraho nabo. […]
Kenya: Komanda wa polisi ari mu mazi abira azira kwandika ibaruwa iburira ibitero bya Al Shabaab
Umukuru wâIgipolisi cya Kenya, IGP Japhet Koome, yafatiye ingamba Komanda wa Polisi ahitwa Makadara kubera ibaruwa ivuga ko umutwe wâiterabwoba al Shabaab urimo gutegura ibitero mu duce tumwe na tumwe twa Nairobi . IGP Koome avuga ko uyu mupolisi atari yemerewe gukwirakwiza iyi baruwa ivuga ko hashobora kuba ibitero. “Twisunze uburyo bw’itumanaho muri serivisi yâigipolisi […]
Le Rwanda se classe au cinquiĂšme rang pour l’ouverture des visas en Afrique
Le Rwanda a Ă©tĂ© classĂ© cinquiĂšme pour l’ouverture des visas en Afrique et premier dans la rĂ©gion de l’Afrique de l’Est parmi les pays ouverts aux visiteurs d’autres pays africains . C’est selon les auteurs du dernier rapport Africa Visa Openness 2022. Le Rwanda s’est classĂ© cinquiĂšme dans le classement de cette annĂ©e et parmi […]
Facebook irasabwa indishyi ya miliyari 2$ ishinjwa guhembera urwango mu ntambara yo muri Ethiopia
Algorithm ya Facebook yafashije mu gukwirakwiza virusi yâurwango nâurugomo mu gihe cyâintambara yâabenegihugu muri Ethiopia, nk’uko ikirego yarezwemo muri Kenya kivuga . Abrham Meareg, umuhungu wâumwarimu wa kaminuza wo muri Ethiopia warashwe nyuma yo kwibasirwa ku rubuga rwa Facebook, ari mu batanze ikirego kirega Meta. Barashaka indishyi ya miliyari 2 zâamadolari ku bantu bahohotewe bazira […]
Kicukiro: Urukiko rwarekuye byâagateganyo abakozi ba RBC baregwa amanyanga mu itangwa ryâamasoko
Kuri uyu wa Kabiri ushize, urukiko rwâibanze rwa Kicukiro, rwarekuye byâagateganyo abayobozi benshi bâIkigo cyâIgihugu cyâUbuzima (RBC) batawe muri yombi bashinjwa amanyanga mu itangwa ryâamasoko batanga isoko rya miliyari nyinshi ku bakozi bagenzi babo . Urukiko ariko rwagumije muri gereza Fidele Rwema, umushoramari akaba n’umukozi wa RBC kubera uburiganya mu kubona isoko rifite agaciro ka […]
EU irateganya gukomeza gukorana nâu Rwanda ku bibazo byugarije umutekano mpuzamahanga

Ambasaderi wâUmuryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi mu Rwanda, BelĂ©n Calvo Uyarra, yashimye ibikorwa bya gisirikare byâigihugu mu majyaruguru ya Mozambique ashimngira ko ari igisubizo âcyizaâ ku bibazo byâumutekano muri Afurika kandi barimo kuvugana nâu Rwanda mu guhangana nâibibazo byugarije umutekano mpuzamahanga . Uyarra wabaye Ambasaderi wa EU mu Rwanda kuva muri Nzeri, yabitangaje kuri uyu […]
Umusirikare mukuru w’u Bwongereza yahishuye ko ingabo zabo zakoze ibikorwa bidasanzwe muri Ukraine
Lt. Gen. Robert Magowan yanditse mu kinyamakuru cyâingabo zâAbongereza ko Ingabo zâiki gihugu muri Mata zakoze ibikorwa bya gisirikare bidasanzwe bikomeye muri Ukraine. Mbere yâuko Magowan ahishura ibi, u Burusiya bwari bwarakunze kuvuga ko ingabo zo mu bihugu bigize NATO zigira uruhare mu ntambara yo muri Ukraine ariko ibinyamakuru nâabasesenguzi bo mu burengerazuba bakabihakana . […]
IRMCT iravuga ko ubu umuntu ishyize imbere mu gushakisha mu bakekwaho jenoside ari Kayishema

Serge Brammertz, Umushinjacyaha wâUrwego Mpuzamahanga rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe nâUrukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda, yavuze ko mu gushakisha abantu bane basigaye bakekwaho uruhare muri jenoside bahunze ubutabera, ushyizwe imbere ari Fulgence Kayishema, ukurikiranyweho ubwicanyi bwâimpunzi zirenga 2000 . Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Ukuboza, ubwo yagezaga ku Kanama kâUmutekano ka Loni iterambere […]