Le FMI approuve un financement climatique de 319 millions de dollars pour le Rwanda

Le Fonds monĂ©taire international (FMI) a approuvĂ© un prĂŞt de 319 millions de dollars (environ 342 milliards de Frw) pour financer des projets de lutte contre le changement climatique au Rwanda . Le financement est garanti dans le cadre de la FacilitĂ© pour la rĂ©silience et la durabilitĂ© (RSF), une initiative qui vise Ă  aider […]

Rurageretse hagati ya Harmonize n’uwari umukunzi we bapfa imodoka yari yaramuguriye

Fridah Kajala wahoze ari umukunzi wa Harmonize yanze kumusubiza Range Rover yahawe nk’impano n’uyu muririmbyi havuka intambara y’amagambo hagati yabo . Harmonize yerekanye Range Rovers ebyiri yari yarahaye Kajala mu ntangiriro z’uyu mwaka ubwo yari arimo kumureshya ngo basubirane. Icyo gihe, Harmonize yavuze ko yahisemo ubwo bwoko bw’imodoka kuko yari imodoka y’inzozi ya Kajala. Yongeyeho […]

Uganda: Umuryango w’Abanyamerika ufunzwe ushinjwa gukorera iyicarubozo umwana urera

Umugabo n’umugore b’Abanyamerika batuye mu gace ka Naguru muri Kampala, mu gihugu cya Uganda, boherejwe muri gereza ya Luzira nyuma yo gushinjwa imbere y’urukiko bakekwaho kwica urubozo umwana w’imyaka 10, ubana n’ubwandu bwa virusi itera SIDA . Mackenzie Leing Mathias Spencer na Nicholas Spencer barashinjwa kuba barahaye umwana ibihano bikaze, bakamwambura uburenganzira bwo kwiga bakanamufungira […]

Papa Francis yandikiye abakuru b’ibihugu abasaba guha imbabazi imfungwa muri iki gihe

Mu gihe Noheri yegereje, Papa Francis yandikiye abakuru b’ibihugu ibaruwa ibasaba kubabarira imfungwa “babona ko zikwiriye kugirirwa akamaro n’icyemezo nk’iki kugirango iki gihe cyaranzwe n’akarengane n’amakimbirane, gifungurire amarembo ubuntu buva kuri Nyagasani “. Ubusabe nk’ubu bwigeze gutangwa mu 2000 na Papa Yohani Paulo II, no mu 2002. Papa Francis kandi yari yarasabiye imbabazi nk’izi imfungwa […]

Ingabo z’u Buhinde n’iz’u Bushinwa zongeye gukozanyaho

U Buhinde buravuga ko ingabo zabwo zakozanyijeho n’ingabo z’u Bushinwa mu gace katavugwaho rumwe ko ku mupaka, akaba ari yo mirwano ya mbere nk’iyi ibaye mu gihe cy’umwaka urenga. Ibihugu byari bimaze minsi bigerageza gukemura amakimbirane kuva aho imirwano ikomeye hagati yabyo ihitanye nibura abasirikare 24 muri 2020. Ariko kuri uyu wa Mbere, itariki 12 […]

Huye: Beatrice Munyenyezi yongeye kwikoma umucamanza amushinja kubogama

Beatrice Munyenyezi ukurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakrewe Abatutsi, yongeye kwiyama umucamanza ukuriye inteko iburanisha amushinja gufata ibyemezo bibogamye nyuma y’aho umucamanza wo mu rukiko rwisumbuye rwa Huye afashe icyemezo ko abatangabuhamya bamushinja bagomba gutangira ubuhamya mu muhezo . Abo ni na bo bamushinjirije mu ruhame muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Abo batangabuhamya urukiko […]

Hatowe abadepite 9 bagiye guhagararira u Rwanda muri EALA

fjylyz2waaae6lz.jpg

Inteko rusange y’imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa Mbere, itriki 12 Ukuboza 2022 yatoye bdepite icyenda bagomba guhagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EALA . Iki cyemezo gikurikira ubusabe bwatanzwe na komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora, ku rutonde rwa nyuma rw’abakandida 24 bahataniraga guhagararira u Rwanda muri EALA. Amakuru […]

Umurambo w’umunyeshuri wo muri Zambia wiciwe muri Ukraine arwanira u Burusiya wacyuwe

Umurambo w’umunyeshuri wo muri Zambiya wapfuye ubwo yarwanaga muri Ukraine nyuma yo kwinjirizwa mu gisirikare muri gereza y’u Burusiya wacyuwe iwabo kuri iki Cyumweru . Abanyamakuru ba AFP babonye isanduku y’ibirahuri iriho umwenda yerekana igice kimwe ubwo umurambo wagezwaga ku kibuga cy’indege cya Lusaka, aho bene wabo bari bateraniye bamutegereje. Ku isanduku hari code yanditse […]

Igitero cya bombe cy’Abatalibani ku mujyi wo muri Pakistan cyahitanye 6 abandi barakomereka

Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika (AP) byatangaje ko ingabo z’abatalibani zishe abantu batandatu mu gitero cyagabwe ku mujyi wa Chaman ku Cyumweru, nk’uko ingabo za Pakistan zibitangaza. Chaman, ni umujyi uri ku mupaka wa Afghanistan na Pakistan, ahakomeje guteza guhangana hagati y’ibihugu byombi . Ingabo za Pakistan zavuze ko ingabo za Afghanistan (abahoze ari abarwanyi b’Abatalibani) bahitanye […]

RDC: Abo mu ishyaka PPRD barakeka ko Tshala Muana yaba yarishwe

Umukada mukuru mu ishyaka PPRD, Papy Tamba, yagize icyo avuga ku rupfu rw’umuhanzikazi Tshala Muana, wapfuye ku wa Gatandatu itariki ya 10 Ukuboza, asaba ko umurambo we wakorerwa ibizamini kuko akeka ko ashobora kuba yarishwe . Nyuma y’amakuru y’urupfu rwa Tshala Muana yatunguranye mu rukerera rwo kuwa Gatandatu ku bakunzi ba muzika n’abafana be by’umwihariko, […]

Le Rwanda et le Népal vont signer un accord sur les services aériens

Le Rwanda et le NĂ©pal devraient signer un accord de service aĂ©rien pour opĂ©rer des vols reliant les deux pays, selon les mĂ©dias . L’accord sera dans le cadre de la politique libĂ©rale du ciel que le NĂ©pal a adoptĂ©e, selon des responsables. Il comprend une disposition pour le partage de code, tel que le […]

Kigali: Ubushinjacyaha bwashyikirijwe dosiye y’abakekwaho kwicira umushoferi mu kabari

Abantu batatu batawe muri yombi mu cyumweru gishize bakurikiranyweho kwica umushoferi w’ikamyo w’Umurundi bivugwa ko bakubise kugeza apfuye ku manywa y’ihangu mu kabari kari ku muhanda w’I Kabuga, dosiye yabo yamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha . Uwishwe ni Emmanuel Muhizi, bivugwa ko yapfuye nyuma yo gukubitirwa mu kabari k’i Kabuga, mu nkengero za Kigali. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi […]

Zambia: Imirambo 27 y’abimukira bikekwa ko baturutse muri Ethiopia yasanzwe ku muhanda

Kuri iki Cyumweru, abapolisi ba Zambia basanze imirambo y’abagabo 27, bikekwa ko ari abimukira baturutse muri Ethiopia, bajugunywe mu gace k’ubuhinzi kari mu nkengero z’umurwa mukuru nyuma yo gupfa bazize inzara n’umunaniro, nk’uko abayobozi babitangaje . Polisi yavuze ko uwacitse ku icumu wenyine yabonetse ari muzima mu rukerera rwo ku Cyumweru maze ajyanwa mu bitaro […]

Royal Air Maroc igiye gukora ingendo 30 ijyana abafana gushyigikira ikipe yabo muri Qatar

Sosiyete y’indege ya Royal Air Maroc irakora ingendo 30 zidasanzwe zo gutwara abakunzi b’umupira w’amaguru bava I Casablanca berekeza Doha gushyigikira ikipe y’igihugu cyabo mu mukino wa kimwe cya kabiri cy’Igikombe cy’Isi uzabahuza n’u Bufaransa nk’uko iyi sosiyete yabitangaje kuri uyu wa Mbere . Ivuga ko indege zizahaguruka ku wa Kabiri no ku wa Gatatu […]

Ukraine: Abacanshuro ba Wagner Group biciwe mu gitero cyagabwe kuri hotel bari bacumbitsemo

Abacanshuro bakorera Ikigo cy’Abarusiya, Wagner Group biciwe mu gitero cyagabwe n’ingabo za Ukraine kuri hotel aho benshi bari bakambitse mu mujyi wo mu karere ka Luhansk kigaruriwe n’u Burusiya nk’uko byatangajwe na Guverineri w’akarere ka Ukraine . Ku Cyumweru, Guverineri wa Luhansk uri mu buhungiro, Serhiy Haidai, mu kiganiro yagiranye na televiziyo ya Ukraine yavuze […]

Moscou irimo gukora uburyo bwo kurimbura bukomeye kurushaho bushingiye ku mahame mashya – Medvedev

Kuri iki Cyumweru, uwahoze ari Perezida w’u Burusiya akaba anungirije umuyobozi w’akanama k’umutekano k’igihugu, Dmitry Medvedev, yavuze ko Moscou irimo gukora “uburyo bwo kurimbura bukomeye kurushaho” bushingiye ku “mahame mashya”, akangisha kuzabikoresha ku burengerazuba ni biba ngombwa . Medvedev yagize ati “Umwanzi wacu ntabwo yashinze imizi gusa muri Guverinoma ya Kiev. Ari no mu Burayi, […]

Umucuruzi w’intwaro warekuwe na USA ngo na yo ihabwe umuturage wa yo yakoreye no muri Uganda

Umucuruzi w’intwaro uzwi cyane w’Umurusiya wari ufungiwe muri Amerika waguranwe ku wa kane ushize n’umukinnyi w’umukino wa basketball y’abagore wo muri Amerika nawe wari ufungiwe mu Burusiya, Brittney Griner, ngo yafunguye ibikomere bishaje ku Isi, harimo n’ibya Abagande . Viktor Bout, bahimbye “Umucuruzi w’urupfu” yarekuwe nyuma yo kumara imyaka 12 y’igifungo mu myaka 25 yari […]

Uganda: Polisi irimo guhiga abateye station ya polisi bakica n’abaturage babiri

Polisi ya Uganda ahitwa Kyabadaza mu Karere ka Butambala yatangije umuhigo wo guhiga agatsiko k’abantu bikekwa ko ari abajura b’amatungo barashe bakica abaturage batatu mu ijoro yo kuwa Gatanu rishyira kuri uyu wa Gatandatu ushize . Igipolisi kivuga ko abagabye igitero bitwaje intwaro bateye Igiturge cya Kasule Ayanguwa, aho abantu babiri bikekwa ko ari bagenzi […]

Somalia: Igitero cya Al Shabaab ku modoka y’abasivili cyahitanye 2 abandi barakomereka

Igipolisi cya Somalia kiravuga ko kuri iki Cyumweru mu gitondo, umuhungu na se bishwe ubwo abakekwaho kuba abarwanyi ba al-Shabaab bagabaga igitero ku modoka hagati ya Jabibar na Bamboo mu majyaruguru ya Mandera y’Amajyaruguru . Aba bombi bari batwaye imodoka ya Landcruiser ubwo igitero cyaberaga ku muhanda wa Rhamo-Elwak, nk’uko polisi yavuze, yongeraho ko abandi […]

Niger: Umudage ukora mu by’ubutabazi wari umaze imyaka isaga 4 ashimuswe yarekuwe

Umukozi mu by’ubutabazi w’Umudage w’imyaka 63, Joerg Lange, yarekuwe nyuma y’imyaka irenga ine ashimutiwe mu burengerazuba bwa Niger hafi y’umupaka wa Mali, nk’uko umuryango yakoreraga, witwa Help, wabitangaje kuri uyu wa Gatandatu ushize . Abantu bitwaje intwaro bari ku mapikipiki bashimuse Lange muri Mata 2018 bamusanze hafi y’umujyi wa Inates wo muri Niger uri ku […]

Rusizi: Uwari wibye moto yatawe muri yombi agiye kuyigurisha

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage mu Karere ka Rusizi, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Ukuboza, yagaruje moto yo mu bwoko bwa TVS RF 342 A yari yibwe hafatwa n’uwari uyibye ubwo yayisunikaga agerageza kuyicikisha . Uwafashwe ni uwitwa Izabayo Jean D’Amour ufite imyaka 23 y’amavuko, wafatiwe mu mudugudu wa Ruguti, […]

Abanyamakuru mpuzamahanga bagiye i Kishishe kwirebera ukuri k’ubwicanyi bwegetswe kuri M23

Itsinda ry’abanyamakuru mpuzamahanga bakorera ibinyamakuru n’ibitangazamakuru bitandukanye birimo Al Jazeera, kuri uyu wa Gatandatu basesekaye i Kishishe, muri Teritwari ya Rutshuru, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bagiye kwishakira ukuri ku bijyanye na raporo iherutse gushyirwa ahagaragara na BCNUDH ku bufatanye na MONUSCO yashinje umutwe wa M23 kwica abaturage 131 bo muri aka gace . […]

Nigeria: Abantu bitwaje intwaro bashimuse impinja bazikuye mu bitaro

Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari, yatangaje ko yatunguwe kandi yababajwe n’ishimutwa ry’impinja eshanu zashimuswe n’abantu bitwaje imbunda bakekwaho kuba mu mutwe w’ingabo ziharanira kwiyomora kuri Nigeria zikomeje kwibasira burasirazuba bw’amajyepfo y’igihugu . Ku wa Kane, abantu bitwaje imbunda bateye Ibitaro bya Stanley, biherereye ahitwa Nkpologwu mu gace ka Aguata gaherereye muri Anambra, leta ya guverineri […]

Rutshuru: FDLR irashinjwa kwica umushumba imuhoye ko ari umututsi ikarekura bagenzi be

Amakuru aturuka mu gace ka Bwiza muri Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aravuga ko hari umuntu wishwe n’inyeshyamba za FDLR na Nyatura zirangije zimuca umutwe zimuziza ubwoko bwe . Aya makuru aravuga ko ibi byabaye kuwa Kane ushize, itariki 8 Ukuboza 2022, uwishwe akaba ari umushumba […]

RDC: Ambasaderi w’u Bufaransa yashyikirijwe inyandiko yamagana ubufatanye n’u Rwanda

Ubuyobozi bw’ishyaka Dynamique Progressive RĂ©volutionnaire (DYPRO) bwamaganye icyo ryita gushyigikira Guvernoma y’u Rwanda kw’u Bufaransa mu butumwa bwashyikirijwe Ambasaderi w’u Bufaransa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatanu nk’uko tubikesha urubuga Actu7.cd . Muri iyo nyandiko, iri shyaka ribarizwa mu ihuriro ritavuga rumwe n’ubutegetsi, FCC, rygargaje umujiy rifitiye u Bufaransa ridaciye ku […]

Pentagon iravugwaho kwemerera Ukraine kurasa ku butaka bw’u Burusiya

Pentagon yahaye uburenganzira Ukraine bwo kurasa ku bipimo biri ku butaka bw’u Burusiya nyuma y’ibitero byinshi bya misile by’u Burusiya ku bikorwa remezo bikomeye by’umurwa mukuru Kyiv . Kuva ibitero bya buri munsi byibasira abasivili byatangira mu Kwakira, Pentagon yavuguruye isuzuma ry’iterabwoba ry’intambara yo muri Ukraine. Icy’ingenzi, ibi birimo gusuzuma niba kohereza intwaro muri Kyiv […]

RDC: Umuhanzikazi Tshala Muana yapfuye ku myaka 64 y’amavuko

Umuhanzi w’icyamamare w’Umunyekongokazi, Tshala Muana, kuri uyu wa Gatandatu itriki 10 Ukuboza 2022 ysezeye ku Isi y’abazima ku myaka 64 y’amavuko . Aya makuru y’urupfu rwa Tshala Muana yemejwe n’abamwegereye bemeza ko yapfiriye i Kinshasa. “Mu rukerera rwo muri iki gitondo, Imana nziza yafashe icyemezo cyo kwisubiza Mamu Tshala Muana. Imana nziza ihabwe icyubahiro ibihe […]

Qatar: Umunyamakuru wa siporo w’Umunyamerika yapfiriye mu mukino wa Argentine n’u Buholandi

Umunyamakuru w’umupira w’amaguru wari uzwi cyane w’Umunyamerika yapfuye ubwo yari arimo arakurikirana umukino w’Igikombe cy’Isi muri Qatar . Grant Wahl, w’imyaka 48, yituye hasi bitunguranye ubwo yarebaga umukino wa Argentine n’u Buholandi mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu. Amakuru ya mbere yerekana ko yagize ikibazo cyo guhumeka kizwi nka ” acute distress ” ariko […]

Imwe mu modoka zari kumwe na Perezida Tshisekedi yagonze umumotari wari utwaye umugenzi

Imwe mu modoka zigendana na Perezida FĂ©lix Tshisekedi kuri uyu wa Kane, itariki 8 Ukuboza, ahagana mu ma saa kumi n’imwe z’umugoroba, yagongeye umumotari hafi y’ibitaro byitwa Cinquantenaire . Izi modoka zerekezaga kuri Boulevard yitiriwe itariki ya 30 Kamena, mu gihe umumotari wari utwaye umukiriya yageragezaga kwambuka Avenue de Liberation nk’uko tubikesha Mediacongo.net. Iyi nkuru […]

Tshisekedi yijeje urubyiruko rwinjiye mu gisirikare kurwitaho n’imiryango yarwo

fjfsgm4xeaa8bhn.jpg

Perezida FĂ©lix Tshisekedi, kuri uyu wa Kane yasabye urubyiruko rushya rwinjiye mu gisirikare kutazagambanira igihugu no kucyitangira, ubundi nawe arwizeza kuzarwitaho n’imiryango yarwo . Ni umuhango wabereye mu Kigo cya Gisirikare cya Kitona, giherereye mu Ntara ya Kongo-Central kuri uyu wa 8 Ukuboza 2022, ubwo yamurikirwaga urubyiruko rwinjiye mu gisirikare nyuma y’umuhamagaro we wo gushaka […]

Uganda: Umwami wa Tooro yajyanwe mu rukiko

Umwami wa Tooro, Oyo Nyimba Kabamba Iguru Rukidi IV yajyanywe mu rukiko rukuru rwa Fort Port kubera ishyirwaho rya minisitiri w’intebe w’ubwami uriho ubu ritavugwaho rumwe . Umwami arimo kuregwa hamwe n’abayobozi bane b’ibwami na Rev Willy Kintu Muhanga, umuyobozi w’imiryango y’Aba-Tooro, Saulo Nyakabwa Mugasa, wahoze akuriye inama nkuru y’ubwami bwa Tooro, na Rusoke Bunago. […]

Hon. Nyirasafari Esperence niwe ugiye kuyobora Sena y’u Rwanda by’agateganyo

Hon. Esperance Nyirasafari wari visi perezida niwe ugiye kuyobora by’agateganyo Sena y’u Rwanda nyuma y’uko Dr. Augustin Iyamuremye yeguye ku mirimo ye ku mpamvu ze bwite . Nyirasafari, usanzwe ari umunyamategeko wabaye igihe kinini muri Guverinoma y’u Rwanda giye kuyobora by’agateganyo Sena y’u Rwanda mu gihe hategerewe inama izemeza umusimbura wari Perezida wari uriho nk’uko […]

Le président du Sénat rwandais a démissionné de son poste

Le Dr Augustin Iyamuremye a dĂ©missionnĂ© de son poste de prĂ©sident du SĂ©nat, a annoncĂ© le Parlement . “Plus tĂ´t dans la journĂ©e, le prĂ©sident du SĂ©nat, le Dr Augustin Iyamuremye, a prĂ©sentĂ© sa dĂ©mission en tant que prĂ©sident du SĂ©nat et en tant que sĂ©nateur, pour des raisons de santĂ©”, indique en partie un […]

Arkiyepiskopi wa Cantebury yabwiwe ko kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda atari ukubura ubukirisitu

Gushyigikira politiki ya guverinoma yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda ntabwo ari ukutagira ubukirisitu, nk’uko abahanga mu by’amadini bakomeye babwiye Arkiyepiskopi wa Canterbury . Bavuze ko byemewe ko Guverinoma yohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda kugira ngo bibuze abandi bimukira gufata ingendo ziteye akaga mu bwato buto. Nk’uko byatangajwe muri raporo ya Policy Exchange, umufilozofe w’Umugaturika, […]

Nigeria: Umuhanzi D’banj yatawe muri yombi akurikiranweho uburiganya muri gahunda ya leta

Umuhanzi Oladapo Oyebanjo ukomoka muri Nigeria uzwi cyane mu buhanzi nka D’banj yatawe muri yombi azira uburiganya nk’uko byatangawe n’ibinyamakuru by’iwabo . Uyu muhanzi w’injyana ya Afrobeats yatawe muri yombi nyuma y’aho miliyoni z’amadolari, zari zigamije gufasha urubyiruko rudafite akazi gutangira ubucuruzi, ziburiwe irengero. Kuri twitter, komisiyo yigenga yo krwanya ruswa hamwe n’ibindi byaha bifitanye […]

RDC: Umuhanzi Mohombi yatangaje ko aziyamamaza mu matora yo mu 2023

Umuhanzi n’umucuranzi mpuzamahanga Mohombi Nzasi Moupondo yatangaje kuri uyu wa kane ko azitabira amatora ataha ateganijwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu 2023 . Ku myaka 36 y’amavuko, Mohombi, ufite se w’Umunyekongo na nyina ukomoka muri Suede, yatunguye abatari bacye ubwo yatangazaga ko aziyamamaza mu matora ataha nk’umukandida wigenga ariko ntiyasobanura niba aziyamamariza umwanya […]

USA: Umunyeshuri wa kaminuza w’imyaka 18 yatorewe kuba Meya

Umunyeshuri wa kaminuza w’imyaka 18 yatorewe kuyobora umujyi muto wo mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Leta ya Arkansas yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika . Ibitangazamakuru byo muri Amerika birimo Little Rock, Arkansas, televiziyo KATV, byatangaje ko Jaylen Smith yatsinze amatora yo ku wa Kabiri kugira ngo abe Meya wa Earle. Jaylen Smith, yatorewe kuba […]

Sudani: Abasirikare n’abasivili bashyize umukono ku masezerano yo kurangiza ibibazo bya politiki

Kuri uyu wa Mbere, abayobozi b’ingabo n’abasivili muri Sudani bashyize umukono ku masezerano ya mbere agamije kurangiza ikibazo gikomeye cya politiki cyahungabanyije iki gihugu kuva ubutegetsi buhiritswe, ubu hashizeumwaka urenga . Aya masezerano abaye nyuma yo kugerageza kenshi kuva mu bibazo kuva umuyobozi mukuru w’ingabo, Abdel Fattah al-Burhane, yafata ubutegetsi akirukana abayobozi b’abasivili. Ihirika ry’ubutegetsi […]

Paris: Nicolas Sarkozy yatangiye kuburana mu bujurire ku cyaha ruswa

Kuri uyu wa Mbere, Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa, yatangiye ubujurire bwe ku cyaha cya ruswa yahamijwe . Umwaka ushize, urukiko rwasanze Sarkozy, wabaye Perezida w’u Bufaransa kuva mu 2007 kugeza mu 2012, ahamwa n’icyaha cyo gushaka guha ruswa umucamanza no gukoresha umwanya we binyuranyije n’amategeko igihe yari ku butegetsi. “Gukoresha umwanya we […]

Koreya ya Ruguru yarashe ibisasu bisaga 100 mu rwego rwo gutanga gasopo

Kuri uyu wa Mbere, Koreya ya Ruguru yavuze ko yarashe ibisasu bya rutura birenga 130 mu nyanja ku nkombe z’iburasirazuba n’iburengerazuba nyuma yo kubona imyitozo ya gisirikare hakurya y’umupaka mu majyepfo . Bimwe mu bisasu byaguye hafi y’umupaka w’inyanja mu byo Seoul yavuze ko ari ukurenga ku masezerano hagati ya Koreya zombi yo mu 2018 […]

Igihugu cya Pologne kigiye gufungura ambasade mu Rwanda

Kuri uyu wa Mbere, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wungirije wa Pologne, Pawel Jab?o?ski, yatangaje ko igihugu cye kigiye gufungura ambasade i Kigali, bitewe n’uko umubano w’ibihugu byombi ugenda ukura . Jab?o?ski ayoboye itsinda ry’amasosiyete arenga 20 yo muri Pologne mu nzego zitandukanye mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda. Abajijwe ku gihe ntarengwa cyo gufungura ambasade, Minisitiri […]

Nairobi: Uhuru Kenyatta arafunga ku mugaragaro ibiganiro byari bihuje Abanyekongo

Uwahoze ari Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, kuri uyu wa Mbere arafunga ku mugaragaro ibiganiro bya gatatu by’amahoro hagati y’Abanyekongo byaberaga i Nairobi . Ni ibiganiro by’amahoro byatangiye ku ya 28 Ugushyingo bititabiriwe n’umutwe wa M23 utarigeze uhabwa ubutumire bwo kubyitabira. Uhuru Kenyatta, umuhuza muri ibi biganiro by’amahoro wagenwe n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), niwe […]

Inganda z’intwaro zirarushaho kwinjiza akayabo mu gihe imibereho igenda irushaho guhenda

Kugurisha intwaro na serivisi za gisirikare ku masosiyete 100 akomeye ku Isi akora ibikoresho by’ubwirinzi byazamutseho 1,9 ku ijana byinjiza Miliyari 592 z’Amadolari mu 2021 n’ubwo hari ibibazo by’ihererekanya ry’ibicuruzwa nk’uko imibare mishya yaturutse mu kigo mpuzamahanga cy’ubushakashatsi ku mahoro cya Stockholm (SIPRI) ibigaragaza . SIPRI yavuze ko ubwiyongere bwihuse bwavuye kuri 1,1% muri 2019-2020, […]

CEDEAO igiye gushyiraho ingabo zizajya zifashishwa mu kurwanya za coup d’etat

Abakuru b’igihugu byo muri Afurika y’uburengerazuba byibumbiye mu Muryango wa CEDEAO, biyemeje gushinga umutwe w’ingabo z’akarere zizajya zifashishwa mu kugarura umutekano n’iyubahirizwa ry’itegeko nshinga muri aka karere kibasiwe n’ihirika ry’ubutegetsi rya hato na hato muri iyi myaka ibiri ishize . Abayobozi b’ibiugu bigize uyu muryango wa CEDEAO babivugiye mu itangazo basohoye nyuma y’inama ngarukamwaka yabahuje […]

Nigeria: Abitwaje intwaro bishe abantu basaga 10 bashimuta abandi babasanze mu musigiti

Abantu bitwaje imbunda muri Nigeria bishe abantu basengaga basaga icumi barimo na imamu, kandi bashimuta abandi benshi ku musigiti mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira kuri iki Cyumweru, nk’uko abaturage baho babitangaje . Udutsiko twitwaje intwaro tuzwi ku izina ry’amabandi, twibasiye abaturage aho umutekano utarinzwe cyane, bica abantu cyangwa bakabashimuta kugira ngo bahabwe ingurane. […]

Ludovic Kalengayi yibasiye Dr Denis Mukwege amwibutsa ko nawe izina rye riri mu Kinyarwanda

Umunyekongo Ludovic Kalengayi, Umuhuzabikorwa w’Umuryango PMVS, uharanira kurenganura Abanyekongo bakorerwa ivangura cyane cyane Abatutsi, yibasiye Dr Denis Mukwege amushinja guteranya amoko y’abanyekongo . Dr Denis Mukwege ni umwe mu Banyekongo bakomeje kugaragaza ko batishimiye u Rwanda barushinja kuba inyuma y’ibibazo byose by’igihugu cyabo nko gufash umutwe wa M23 wigaruriye ibice bitandukanye mu burasirazuba bw’igihugu. Kalengayi […]

Burundi: Mu ishyamba rya Kibira hatowe imirambo 9 y’inyeshyamba z’Abanyarwanda

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu ushize abarinzi b’ishyamba rya Kibira babonye imirambo icyendaa itangiye kwangirika mu mudugudu wa Gaumbegeti, muri Zone Butahana, Komini Mabayi, mu Ntara ya Cibitoke, aho bivugwa ko iyo mirambo ari iy’abarwanyi b’Abanyarwanda . Nk’uko iyi nkuru Ubmnews ikesha SOS Medias Burundi ivuga, ngo imirwano iherutse guhuza ingabo z’u Burundi […]

Uganda: Abarundi 2 n’umusirikare wa UPDF bafitanye isano n’ibitero bimaze iminsi barafashwe

Perezida Museveni yavuze ko atigeze ahangayikishwa n’ibitero biherutse kwibasira abashinzwe umutekano ndetse n’inzego, aburira ko ababiri inyuma bazitabwaho uko bikwiye . Ku wa Gatanu, ubwo Perezida Museveni yagezaga ijambo ku banyagihugu, yashinje ibitero bitandukanye umutwe w’inyeshyamba z’abayisilamu wa ADF, abatorotse igisirikare, n’abakiri mu gipolisi bakorana n’abagizi ba nabi. Perezida yatangaje ko abantu batatu bagabye ibitero […]

USA: Hamuritswe indege nshya y’intambara itwara ibisasu bya kirimbuzi idapfa kugaragara kuri radar

np_file_197619.jpg

Ingabo zirwanira mu kirere z’Amerika zashyize ahagaragara indege nshya y’intambara, B-21, idapfa kumvikana cyangwa kugaragara kuri za radar itwara ibisasu bisanzwe n’ibya kirimbuzi, ije gusimbura iyari isanzwe yakozwe mu gihe cy’intambara y’ubutita . Ni yo ndege ya mbere yo mu bwoko bwa Bomber mu myaka 30 ishize ishobora kugura imwe akayabo ka miliyoni 700 z’amadolari […]

Umwe mu badepite ba EU ntiyishimiye inkunga yahawe Igisirikare cy’u Rwanda

Mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Twitter, kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 3 Ukuboza 2022, Depite Maria Arena yamaganye inkunga Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (EU) wageneye Ingabo z’u Rwanda kubera uruhare zirimo kugira mu kugarura amahoro n’umutekano mu majyaruguru ya Mozambike . Nk’uko uyu mudepite mu Burayi abitangaza, ngo iyi nkunga yagombye […]

Burkina Faso: Guverinoma yahagaritse ibiganiro bya RFI ku butaka bw’igihugu

Guverinoma ya gisirikare ya Burkina Faso yahagaritse umuyoboro wa Radiyo Mpuzamahang y’Abafaransa, RFI, iyishinja gutngaza inkuru z’ibinyoma no guha ijambo abarwanyi ba kisilamu, nk’uko byatangajwe na guverinoma ku wa Gatandatu . Iri tangazo rivuga ko ku wa Gatandatu RFI yatambukije ubutumwa bw’umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro aho yakanze abaturage. Mu itangazo ryabwo, ubuyobozi bwa RFI nabwo […]

Abasirikare ba SADC barimo Umunyatanzaniya biciwe muri Mozambique

Abasirikare babiri bari mu butumwa bwa SADC muri Mozambique (SAMIM) bapfiriye mu ntambara yahitanye inyeshyamba zirenga 30 mu ntangiriro z’iki cyumweru mu Ntara ya Cabo Delgado ikungahaye kuri peteroli na gaz . Nk’uko SADC ibitangaza, aba basirikare baturutse muri Tanzania na Botswana, basize ubuzima mu ntambara aho SAMIM yanafashe intwaro n’ibikoresho by’inyeshyamba zifitanye isano na […]

RDC: Nyuma y’igitutu leta yashyize ahagaragara amasezerano yagiranye n’umuherwe wo muri Israel

Nyuma y’igitutu cy’imiryango itegamiye kuri Leta n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF), Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Ukuboza, amasezerano y’ubwumvikane yasinywe muri Gashyantare hagati ya yo na sosiyete yitwa Ventora y’umuherwe wo muri Israel, Dan Gertler. Minisitiri w’imari, Nicolas Kazadi yashyikirije abahagarariye sosiyete sivili kopi y’aya […]

Perezida Ruto yahagaritse abakomiseri ba komisiyo y’amatora barwanyije intsinzi ye

Perezida William Ruto wa Kenya yahagaritse ku mugaragaro abakomiseri bane bagize komisiyo yigenga ishinzwe amatora (IEBC) maze ashyiraho urukiko rusuzuma icyifuzo gisaba ko bakurwa ku mirimo yabo . Kuri uyu wa Gatanu, umukuru w’igihugu mu itangazo ryasohotse mu igazeti ya leta, yatangaje ko Visi Perezida wa IEBC, Juliana Whonge Cherera, n’Abakomiseri, Francis Mathenge Wanderi, Irene […]

Kanye West yahagaritswe kuri twitter nyuma yo gutakagiza Abanazi na Hitler

fi8ydfhxgaar_3k.jpg

Kuri uyu wa Kane, Umuraperi Kanye ‘Ye’ West yahagaritswe ku rubuga rwa Twitter kubera amagambo atavugwaho rumwe yatangaje ashimagiza Hitler, nk’uko byatangajwe na nyiri uru rubuga nkoranyambaga, Elon Musk . Uyu muraperi w’umunyamerika, bivugwa ko afite ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe, yemeye ko yishimiye Hitler n’Abanazi ubwo yaganiraga n’uwitwa Alex Jones, kuri radiyo y’abahezanguni b’Abanyamerika. […]

RFI yise umuhanzi nyarwanda, Kivumbi King, Umunyatanzaniya

fi9enowx0aa-pfi.jpg

Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, yise umuhanzi w’Umunyarwanda, Kivumbi King, Umunyatanzaniya, ubwo mu nkuru yayo kuri uyu wa Kane yagarukaga ku ndirimbo z’Abanyafurika zikwiye kwitabwaho muri uku kwezi gusoza umwaka . Ivuga ku ndirimbo “Jaja” imaze iminsi igiye hanze, RFI yagize iti “ Umunyarwanda Juno Kizigenza yiyunze ku Mutanzaniya Kivumbi King kuri “Jaja”. Muri iyi nkuru, […]