Imwe mu ndege zitagira abapilote za Koreya ya Ruguru yanyuze hajuru y’ingoro ya Perezida wa Koreya y’Epfo

Abayobozi b’ingabo baravuga ko indege ya drone yo muri Koreya ya Ruguru yarenze ibilometero 3.7 by’uburebure bw’akarere katemerewe kunyuramo indege gakikije ingoro ya Perezida wa Koreya y’Epfo i Seoul ubwo yinjiraga mu kirere cy’iki gihugu mu kwezi gushize . Iyi ndege itagira umupilote yari mu ndege eshanu zitagira abapilote zo muri Koreya ya Ruguru zambutse […]

Barasaba ko imanza z’abagera muri 30 bakekwaho jenoside bihishe mu Bufaransa zihutishwa

Ihuriro ry’imiryango iharanira ko abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bihishe mu Bufaransa bagezwa imbere y’ubutabera, CPCR, rikomeje gusaba ko imanza z’abakekwa bagera kuri 30 bihishe muri iki gihugu zakwihutishwa, kugira ngo abarokotse bahabwe ubutabera . Ni nyuma y’uko hatangajwe ko noneho uwitwa Sosthene Munyemana azaburanishwa mu mpera z’uyu mwaka. Ubutabera bw’uBufaransa bumaze kwemeza bidasubirwaho […]

M23 yemeye gushyikiriza Ingabo z’akarere (EACRF) ikigo cya gisirikare cya Rumangabo kuri uyu wa Kane

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwhkanye amakru komeje kuvuga ko ingabo zawo zitigeze ziva muri Kibumba nk’uko bikomeje kugaragara mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, ushimangira ko kuri uyu wa Kane uzashyikiriza Ikigo cya gisirikare cya Rumangabo, Ingabo z’akarere . Nk’uko bigaragara mu itangazo ra M23 ryashyizweho umukono n’Umuvugizi wayo, Laurence Kanyuka, kuri uyu wa Gatatu, […]

HĂ´pital Baho: Le plaignant va faire appel de l’acquittement des mĂ©decins

Paul Jabo, le veuf de Chantal Ngwinondebe, une patiente dĂ©cĂ©dĂ©e Ă  l’hĂ´pital international de Baho (BIH) en septembre 2021 lors d’une opĂ©ration chirurgicale, a jurĂ© de faire appel de la dĂ©cision de justice d’acquitter les mĂ©decins qui ont pratiquĂ© l’intervention. Depuis l’annĂ©e dernière, le Dr Gaspard Ntahonkiriye, un gynĂ©cologue et le Dr Alfred Mugemanshuro, un […]

Igitero cy’iterabwoba muri Somalia rwagati cyahitanye icyenda abandi barakomereka

Nibura abantu icyenda bapfuye abandi benshi barakomereka muri Somalia rwagati nyuma y’ibisasu byaturikiye mu modoka mu Mujyi wa Mahas . Nk’uko ibitangazamakuru byo muri Somalia bibitangaza ngo abayobozi barashinja intagondwa za Al-Shabaab kuba inyuma y’ibyo bitero byabereye mu karere ka Hiran gaherereye muri Somalia rwagati kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 4 Mutarama nk’uko bitangazwa […]

Uwapfushije umugore arimo kubagwa mu Bitaro bya Baho agiye kujuririra icyemezo cyagize abaganga abere

Paul Jabo, umupfakazi wa Chantal Ngwinondebe, umurwayi w’umugore wapfiriye mu Bitaro Mpuzamahanga bya Baho (BIH) muri Nzeri 2021 mu gikorwa cyo kubaga, yiyemeje kujuririra icyemezo cy’urukiko cyo kugira abere abaganga bakoze icyo gikorwa . Kuva mu mwaka ushize, Dr. Gaspard Ntahonkiriye, inzobere mu bijjyanye n’indwara z’abagore na Dr. Alfred Mugemanshuro, umuhanga mu bijyanye n’ikinya (anesthesiologue) […]

RDC: Gen. Muhoozi yemeje ko ingabo za Uganda zizoherezwa zitazajya kurasana na M23

Igisirikare cya Uganda ntabwo kizagaba ibiero ku mutwe wa M23 niziramuka zoherejwe muri Kivu y’Amajyaruguru nk’uko amakuru agera kuri Chimpreports avuga . Umujyanama mukuru wa perezida mu bijyanye n’ibikorwa bidasanzwe, Gen. Muhoozi Kainerugaba, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, yavuze ko UPDF izakorana bya hafi n’izindi ngabo z’akarere mu kurinda abaturage n’imishinga y’ibikorwaremezo irimo […]

Urukiko ruzatanga umwanzuro ku bujurire bwa Ntaganzwa muri Gashyantare

Isomwa ry’urubanza rwa Ladislas Ntaganzwa, wari Burugumesitiri w’iyahoze ari Komini Nyakizu akaba yarahamwe n’ibyaha bya Jenoside, ryashyizwe ku itariki ya 17 Gashyantare 2023 . Muri Gicurasi 2020, Ntanganzwa yari yahamijwe ibyaha yashinjwaga gukora muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha Mpuzamahanga n’iby’iterabwoba rumuhanisha igifungo cya burundu mbere yo kujurira. Uyu mugabo w’imyaka 60 y’amavuko, […]

Uwari Musenyeri Mukuru wa Paris yatangiye gukorwaho iperereza ku ihohotera rishingiye ku gitsina

Abategetsi b’Abafaransa batangije iperereza ry’ibanze ku birego bivuga ko uwahoze ari Musenyeri mukuru wa Paris yakoze “ihohotera rishingiye ku gitsina ku muntu utishoboye” nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri . Bavuze ko iperereza ryafunguwe hashingiwe kuri raporo yatanzwe na diyosezi ya Paris. Musenyeri Michel Aupetit yemeye kwegura mu mpera z’umwaka wa 2021 nyuma y’amakuru y’ibitangazamakuru […]

Guverinoma ya Burkina Faso yasabye u Bufaransa gucyura ambasaderi wabwo

Kuri uyu wa Kabiri, minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Bufaransa yavuze ko yakiriye ibaruwa y’abategetsi ba Burkina Faso mu kwezi gushize isaba ko Ambasaderi w’u Bufaransa ava muri Burkina Faso, igikorwa minisiteri yise ko ” ari ibintu bidasanzwe .” Guverinoma ya Burkina Faso yanze kugira icyo itangaza ku mugaragaro kuri ayo makuru avuga ko yohereje iki […]

Inyeshyamba za M23 zigaruriye indi midugudu zisatira umupaka wa Ishasha

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, imijyi ya Nyamilima na Buramba, muri Gurupoma ya Binza mu bilometero bikeya uvuye Ishaha yigaruriwe na M23 nyuma yo kwirukana Maimai na FDLR bagenzuraga iyi mijyi bahungiye i Nyakakoma . Ni nyuma y’aho kuwa Mbere, itariki 2 Mutarama, Inyeshyamba za M23 , zari zigaruriye imidugudu 3 yo muri […]

Le Rwanda préoccupé par le sort des Rwandais détenus à Kinshasa

Le gouvernement rwandais a de nouveau exprimĂ© sa prĂ©occupation face Ă  la dĂ©tention de deux citoyens accusĂ©s d’ĂŞtre des espions en RD Congo . Deux ressortissants rwandais, Juvenal Nshimiyimana et Moses Mushabe, qui travaillent pour une organisation Ă  but non lucratif basĂ©e Ă  Genève, ont Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©s en aoĂ»t de cette annĂ©e par l’Agence nationale […]

Vuba aha ufite uruhushya rwo gutwara imodoka za automatique ntazemererwa gutwara iza manuel

Itegeko rigenga imihanda n’uburyo bwo kuyigendamo, ririmo kuvugururwa ngo ryongerwemo ibijyanye n’uruhushya rwo gutwara imodoka za Automatique, aho uzaba afite urwo ruhushya atazaba yemerewe gutwa imodoka za manuel nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera . Umuvugizi wa Polisi avuga ko impamvu iri tegeko ryavuguruwe hakiyongeramo n’ibijyanye n’impushya zo gutwara imodoka […]

Amerika iravuga ko habuze gato ngo indege yabo igongane n’indege y’u Bushinwa

Igisirikare cya Amerika kiravuga ko indege y’intambara y’u Bushinwa iherutse kunyura hafi y’indege y’ubutasi y’ingabo zirwanira mu kirere yabo hejuru y’inyanja y’u Bushinwa mu mu minsi ishize, bituma umupilote w’Umunyamerika akora akazi katoroshye kugira ngo yirinde kugongana . Kuri uyu wa Kane, ubuyobozi bw’ingabo za Amerika mu nyanja z’u Buhinde na Pasifika bwatangaje ko ibi […]

U Rwanda ruravuga ko ruhangayikishijwe n’ifungwa ry’abaturage barwo 2 biswe intasi na Kinshasa

Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwerekana ko ihangayikishijwe n’ifungwa ry’abaturage bayo babiri baregwa kuba intasi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Muri Kanama, abaturage babiri bo mu Rwanda, Juvenal Nshimiyimana na Moses Mushabe, bakorera umuryango udaharanira inyungu ufite icyicaro i Geneve, batawe muri yombi muri n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza muri Congo (ANR). Kuri uyu wa […]

Umuraperi Kanye West akomeje kuburirwa irengero

Nyuma y’imyitwarire idahwitse yatumye abantu benshi bakoranaga bitandukanya na we kurusha mbere hose, ubu hari ibihuha birimo kuvugwa ko Kanye West yazimiye . Mu gihe ibihuha byo kubura kwe bikomeje gukwirakwira kuri interineti, nubwo, benshi bibaza niba ari ukuri,, kuri ubu uwari manager we ufitanye nawe ikibazo mu rukiko nawe aremeza ko yagerageje kumushakisha ariko […]

Ukraine: Nyuma yo kuraswaho missile 120, abatuye Kyiv babyukiye ku bitero bya drones

Kuri uyu wa Gatanu, abatuye umurwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, basabwe kwerekeza mu bwihisho bw’ibitero by’indege zitagira abaderevu mu gihe inzogera yaburiraga ibi bitero yumvikanye hirya no hino mu mujyi, nyuma y’umunsi umwe u Burusiya bugabye igitero kinini cyo mu kirere kuva intambara yatangira muri Gashyantare . Nyuma gato ya saa munani za mu gitondo […]

Le député Ernest Kamanzi a démissionné du Parlement

Le dĂ©putĂ© Ernest Kamanzi a dĂ©missionnĂ© du Parlement pour des raisons personnelles . Le vice-prĂ©sident de la Chambre des dĂ©putĂ©s, Mussa Fazil Harerimana a confirmĂ© au New Times que le dĂ©putĂ© reprĂ©sentant la jeunesse avait remis sa lettre de dĂ©mission mercredi. Selon Harerimana, Kamanzi n’a pas prĂ©cisĂ© les “raisons personnelles”. Cependant, selon certaines informations, le […]

Dore abantu bose bayoboye minisiteri y’ingabo mu Burundi kuva bwabona ubwigenge

img-20170622-wa0014.jpg

Kuva mu 1962 igihugu cyabona ubwigenge kugeza ubu mu 2022, Minisiteri y’ingabo y’u Burundi imaze kuyoborwa n’abantu 14 bose b’abasirikare usibye abasivili batatu gusa barimo uwayiyoboye bwa mbere na babiri baheruka . Minisitiri w’ingabo wa mbere w’u Burundi ni uwitwa Zenon Nicayenzi wayoboye iyi minisiteri kuva mu 1962 kugeza mu 1963. Kuva ubwo iyi minisiteri […]

Umujyi wa Kigali wasabye abaturage kutazakangwa n’ibikorwa byo kurasa umwaka

Umujyi wa Kigali wasohoye itangazo rimenyesha abantu bose ko hazaba ibikorwa byo guturitsa urufaya rw’urumuri (fireworks) mu gusoza umwaka no kwinjira mu mwaka mushya wa 2023 kubw’ibyo usaba ko abazabyumva batazakuka umutima . Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali mu itangazo ryabwo ryo kuri uyu wa Kane, itariki 29 Ukuboza, bwavuze ko fireworks zizaraswa mu ijoro ryo […]

RDC: Minisitiri w’ingabo aremeza ko umutwe wa M23 uri mu migambi yo gufata Umujyi wa Goma

flesjx-xoaicx-o.jpg

Kuri uyu wa Gatatu, Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavuze ko inyeshyamba za M23 ziteganya gutera Umujyi wa Goma, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru “kubera imigambi mibisha ”. Minisitiri w’ingabo, Gilbert Kabanda, wemeje ibi, agaragaza ko iyi ntego “ikandagira ishyirwa mu bikorwa ry’ibyemezo by’abakuru b’ibihugu byafashwe mu nama ya Luanda”. Kabanda yongeyeho ko “ingabo zikomeje […]

Mali: Abasirikare 46 ba Cote d’Ivore bafunzwe kuva mu Kwakira barashyikirizwa urukiko

Abasirikare 46 bo muri Cote d’Ivoire batawe muri yombi ku ya 10 Nyakanga 2022 bafatiwe muri Mali bashobora kugezwa imbere y’urukiko rw’i Bamako, kuri uyu wa Kane, itariki ya 29 Ukuboza, nyuma y’amasezerano yasinywe hagati ya Mali na CĂ´te d’Ivoire . Amakuru yaturukaga ku nkombe za Djoliba i Bamako kuri uyu wa Gatatu ushize yavugaga […]

Uruhande ruregwa rwasabye urukiko kutakira ikirego cy’abari abanyamigabane ba SDU

Nyuma yo gusubikwa inshuro nyinshi ku mpamvu zitandukanye zagiye zitangwa n’uruhande ruregwa muri dosiye y’abahoze ari abanyamigabane ba kampani ya SDU itanga serivisi zo gutwara abantu n’ibintu barega inama y’ubutegetsi kwirukanwa binyuranyije n’amategeko no kwim uburenganzira bwabo, kuri uyu wa Kane itariki ya 29 Ukuboza uru ruhande ruregwa rwasabye urukiko ko ikirego kitakwakirwa kuko hari […]

Missile zigera ku 120 zarashwe ku mijyi itandukanye ya Ukraine

Umuburo wo kwitegura ibitero byo mu kirere watanzwe muri Ukraine yose kuri uyu wa Kane, mu gihe missile z’u Burusiya zibasiye imijyi y’ingenzi yo muri iki gihugu . Umujyanama wa Perezida, Mykhailo Podolyak, yavuze ko misile zirenga 120 zarashwe ku baturage no ku bikorwa remezo bya gisivili. Umuyobozi w’Umujyi w Kiev, Vitaliy Klitschko, yavuze ko […]

Imiryango 14 y’impunzi z’Abanyarwanda zabaga muri Mozambique yatashye

flg94bewaaab5qn.jpg

Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane, italiki ya 29 Ukuboza 2022, Abanyarwanda 26 bagizwe n’imiryango 14 batahutse bavuye mu gihugu cya Mozambique . Abo Banyarwanda bavuze ko bishimiye kugaruka mu Rwanda, bavuga ko biteguye gufatanya n’abandi kubaka Igihugu. Abo Banyarwanda batahutse mu gihe umubano w’u Rwanda na […]

Minisitiri w’Ingabo w’u Bufaransa ari mu ruzinduko muri Ukraine

Kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w’Ingabo w’u Bufaransa, SĂ©bastien Lecornu, yageze i Kyiv kugira ngo baganire ku zindi nkunga zigenewe ingabo za Ukraine, ashimangira ko guverinoma y’u Bufaransa izakomeza kubashyigikiraa mu gihe hakomeje gushyirwa ingufu mu kugera ku masezerano yo guhagarika intambara . Lecornu yahageze nyuma y’urugendo yakoreye muri Pologne, aho yatangaje ku wa Kabiri […]

Le Rwanda prĂ©sente des mesures d’urgence pour contrer les futures pandĂ©mies

S’adressant au New Times, Edson Rwagasore, responsable de la division Surveillance de la santĂ© publique et prĂ©paration et rĂ©ponse aux situations d’urgence au Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC), a dĂ©clarĂ© que le pays avait tirĂ© un certain nombre de leçons des Ă©pidĂ©mies prĂ©cĂ©dentes dans la rĂ©gion et localement comme Ebola et Covid-19 et est en […]

Vatican: Papa Francis yasabye gusengera Papa Benedigito weguye urembye

Kuri uyu wa Gatatu, Papa Francis yasabiye amasengesho uwahoze ari Papa Benedigito, avuga ko “arembye cyane “. Nk’uko Ibiro Ntaramakuru Reuters bibitangaza, ngo Papa Francis yasabye ibi mu buryo butunguranye abari bamuteze amatwi, ariko nta bisobanuro birambuye yatanze. Benedigito w’imyaka 95, mu 2013 yabaye papa wa mbere mu myaka igera kuri 600 weguye. Kuva icyo […]

U Burusiya n’u Bushinwa byasoje imyitozo yo gufata mpiri ubwato bugendera munsi y’amazi (Submarine)

Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yavuze ko bafatanyije n’u Bushinwa barangije imyitozo y’amato mu nyanja y’Uburasirazuba bw’u Bushinwa, nyuma y’icyumweru cy’imyitozo ihuriweho ikubiyemo imyitozo yo gufata ubwato bw’intambara bugendera munsi y’amazi (Submarine) bw’umwanzi . Ibiro Ntaramakuru Xinhua bya Leta y’u Bushinwa byatangaje ko imyitozo yo ku ya 21 kugeza ku ya 27 Ukuboza yiswe ” Maritime […]

Sudani y’Epfo: Amakimbirane hagati y’amoko yaguyemo abantu 56

Kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi muri Sudani y’Epfo yavuze ko amakimbirane ashingiye ku moko y’iminsi ine muri Leta ya Jonglei yahitanye abantu 56 nyuma y’uko urubyiruko rwo mu bwoko bwa Nuer ruteye ubundi bwoko, aho bivugwa ko ari yo makimbirane nk’aya yahitanye abantu benshi . Iyi leta yo mu burasirazuba bwa Sudani y’Epfo, igihugu cyabonye […]

Angola: Urukiko rw’Ikirenga rwemeje ifatirwa ry’imitungo ya Isabel Dos Santos ifite agaciro ka miliyari 1 $

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Ukuboza, ibitangazamakuru byatangaje ko Urukiko rw’Ikirenga rwa Angola (ASC) rwategetse ko hafatirwa byo gukumira imitungo myinshi y’umukobwa w’uwahoze ari perezida, Isabel dos Santos, ifite agaciro ka miliyari imwe y’amadolari . Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru cya leta, Jornal de Angola, ngo iri tegeko rije nyuma yo kugaragara ko kunyereza umutungo n’ibindi […]

Kosovo irashinja u Burusiya kwenyegeza umuriro hagati yayo na Serbia

058a0000-0aff-0242-5e7a-08dadd0c7610_cx0_cy7_cw0_w1080_h608_s.jpg

Minisitiri w’umutekano wa Kosovo, Xhelal Svecla, yashinje Serbia, avuga ko iyobowe n’u Burusiya, gushaka guhungabanya igihugu cye ishyigikira umubare muto w’abaseribe mu majyaruguru ya Kosovo bafunze imihanda mu gihe cy’ibyumweru byinshi by’imyigaragambyo . Kuri uyu wa Kabiri ushize, Abaseribe bo mu mujyi wa Mitrovica utuwe n’amoko atandukanye mu majyaruguru ya Kosovo, bashinze bariyeri nshya, nyuma […]

Igikombe cy’Isi giheruka kubera muri Qatar cyatowe nk’icya mbere cyiza cy’ikinyajana

Abatoye mu matora ya BBC Sport bahisemo Igikombe cy’Isi cya Qatar 2022 nk’igikombe cy’isi cyiza cy’iki kinyejana . Ku nshuro ya 22 y’amarushanwa akomeye y’umupira w’amaguru ku Isi, aya mbere yabereye mu Burasirazuba bwo Hagati, yabonye amajwi 78%, ubwiganze bukabije. Igikombe cy’Isi cya 2002 cyabereye mu Buyapani na Koreya y’Epfo cyaje ku mwanya wa kabiri […]

Le Rwanda sera le deuxième pays africain à introduire le cabotégravir injectable pour la prévention du VIH

Le Rwanda sera le deuxième pays africain Ă  introduire le cabotĂ©gravir injectable de longue durĂ©e (CAB-LA) pour la prĂ©vention du VIH après le Zimbabwe . Le Zimbabwe a approuvĂ© le mĂ©dicament au dĂ©but du mois dernier. Cette Ă©volution intervient après que l’Organisation mondiale de la santĂ© (OMS) a publiĂ© des directives au milieu de cette […]

Gambia: Hafashwe ba ofisiye babiri bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi

Inzego z’umutekano za Gambia zataye muri yombi abasirikare babiri bakuru bakekwaho kuba baragize uruhare mu gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Adama Barrow mu cyumweru gishize . Aba bombi batavuzwe amazina, batawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize nk’uko iyi nkuru dukesha Africanews ivuga. Ku itariki ya 21 Ukuboza, nibwo Guverinoma ya Gambia yavuze ko yataye […]

Umuti uterwa mu rushinge ugabanya ubukana bwa virus itera Sida uzatangira gukoreshwa mu 2023

Mu mwaka utaha nta gihindutse u Rwanda ruzaba igihugu cya kabiri cya Afurika kizatangira gukoreshwamo umuti wa Cabotegravir uterwa mu rushinge umara igihe kirekire uzafasha abanduye Sida kudahora bafata ibinini bigabanya ubukana bifatwa buri munsi . Zimbabwe yemeje uyu muti mu ntangiriro z’ukwezi gushize. Iri terambere rije nyuma y’aho Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima […]

Mu Burayi hashobora kwaduka indi ntambara hagati ya Serbia na Kosovo

Igisirikare cya Serbia kiravuga ko kiri ku rwego rwo hejuru rw’imyiteguro y’imirwano nyuma y’ibyumweru byinshi by’umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Serbia na Kosovo . Perezida Aleksandar Vucic avuga ko “azafata ingamba zose zo kurinda abaturage bacu no kubungabunga Serbia”. Aya makuru akomeje gukwirakwizwa muri iki gice cy’uburasirazuba bw’amajyepfo y’u Burayi yaje akurikira ayanyujijwe ku […]

Minembwe: Brigade ya 12 ya FARDC irashinjwa kwica umusore w’Umunyamulenge

Brigade ya 12 y’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ikorera I Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje gushinjwa kwica cyangwa kurebera iyicwa ry’abasivili b’Abanyamulenge bazira uko basa gusa, aho kuri ubu ivugwaho kwivugana undi musore w’Umunyamulenge. Nk’uko byatangajwe n’Umuryaango, Mahoro Peace Association (MPA)uharanira imibanire mu mahoro n’iterambere muri Kivu y’Amajyepfo, ingabo za FARDC zo muri […]

Pas de pertes majeures après un incendie au siège de la police routière

Un incendie qui s’est dĂ©clarĂ© dimanche au siège du dĂ©partement de la circulation et de la sĂ©curitĂ© routière de la police nationale rwandaise (RNP) n’a pas causĂ© de pertes majeures, a indiquĂ© la RNP . L’incendie s’est produite dans l’après-midi. Des vidĂ©os de l’installation basĂ©e Ă  Muhima entourĂ©e de fumĂ©e ont Ă©tĂ© publiĂ©es par diverses […]

Taiwan iravuga ko u Bushinwa bwinjije mu kirere cyayo indege z’intambara zisaga 70

Kuri uyu wa Mbere, Taiwan yatangaje ko u Bushinwa bwinjije indege za gisirikare 71 mu kirere cyayo cy’ubwirinzi mu masaha 24 ashize . U Bushinwa bwatangaje ko “imyitozo yabwo” n “” irondo,” birimo indege n’indege zitagira abapilote, ku Cyumweru biri mu rwego rwo guhangana n’ubushotoranyi n’ubufatanye hagati ya Amerika na Taiwan. Umuvugizi w’igisirikare cy’u Bushinwa […]

RDC: M23 iravuga ko yenda gufata Sake nyuma yo gusubiza inyuma FARDC muri Masisi

Umutwe wa M23 uravuga ko kuri uyu wa Mbere, itariki 26 Ukuboza uhanganye na FARDC n’ihuriro ry’imitwe bifatanyije ya FDRL-MAIMAI-CODECO-NYATURA-ACPLS-PARRECO) muri Masisi . Ku rukuta rwe rwa Twitter, Gen. Sultan Makenga yatangaje ko bahanganye na FARDC n’iyi mitwe iyifasha muri Masisi. Yavuze ko bari gusubiza inyuma abo bahangaye babavana muri Masisi berekeza muri Sake. Le […]

Umunyapolitiki Raila Odinga yibasiye Itorero ry’Abangilikani muri Kenya ku munsi wa Noheri

Umuyobozi w’ihuriro Azimio la Umoja, Raila Odinga, yashinje itsinda ry’abayobozi b’itorero ry’Abangilikani kuba bashishikajwe no gushimisha guverinoma ya William Ruto batitaye ku kurwanya akarengane muri sosiyete . Yicujije kuba ubuyobozi bw’iryo torero bwarinjiye cyane muri politiki, ikibazo yavuze ko cyagize uruhare mu matora yarangiye nk’uko iyi nkuru dukesha ikinyamakuru The Star ikomeza ivuga. Ku munsi […]

Ibyari ibirori by’ubukwe byavuyemo icyunamo nyuma yo kwiyahura k’umukwe

Ibirori by’ubukwe by’uwitwa Swadiku Abbas w’imyaka 50 n’umugore we mushya witwa Elieth Rwegashora w’imyaka 40 batuye ku muhanda wa Zenze muri Kiseke, Ilemela, Mwanza muri Tanzaniya, byahindutsemo icyunamo nyuma y’uko umukwe yiyahuye amasaha make mbere y’ibirori . Nk’uko itangazo rya Polisi ya Tanzaniya ryagejejwe ku itangazamakuru ku wa Gatandatu rivuga, ibi ngo byabaye ku ya […]

Igitero cya drone ya Ukraine ku birindiro biri mu majyepfo y’u Burusiya cyahitanye batatu

U Burusiya buravuga ko igitero cy’indege itagira umuderevu ya Ukraine ku birindiro by’indege y’intambara z’u Burusiya zitwara za bombe (bombers) bya Engels mu majyepfo y’u Burusiya cyahitanye abantu batatu . Biravugwa ko ubwirinzi bwo mu kirere bwarashe iyo drone ariko ibisigazwa byayo ari byo byahitanye abantu mu gitero cyo muijoro ryakeye. Ku ya 5 Ukuboza, […]

Biravugwa ko RDC yaba yahaye akazi abacanshuro barimo aba Wagner bamaze no kugera i Goma

22030y000000mezcn7754_z_1100_824_r5_q70_d.jpg

Amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ataremezwa n’uruhande urwo ari rwo rwose bireba, aravuga ko Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yaba yahaye akazi abacanshuro b’abanyamahanga barimo Abarusiya n’abahoze mu ngabo z’u Bufaransa z’abanyamahanga ndetse bamaze kugera mu Mujyi wa Goma . Nk’uko bikomeje kugaragara kuri twitter guhera kuri iki Cyumweru, nko kuri konti […]

UPDF iravuga ko impuguke za Loni zidafite uburenganzira bwo kuyiha amasomo

Raporo y’Umuryango w’Abibumbye (UN) yashidikanyije ku mikorere ya Operation Shujaa ya Uganda ihuriweho n’ingabo za Uganda n’iza RDC igamije kurwanya inyeshyamba za ADF, aho umuvugizi wa UPDF yatangaje ko impuguke za Loni ari bo bantu ba nyuma bakwiye kubaha amasomo. Mu Gushyingo 2021, nibwo Perezida Museveni yemeye kohereza ingabo muri DRC guftnya na FARDC mu […]

Perezida Putin yemeje ko u Burusiya bwiteguye kuganira ku kibazo cya Ukraine

Perezida Vladimir Putin yavuze ko u Burusiya bwiteguye gushyikirana n’impande zose zifite uruhare mu ntambara yo muri Ukraine ariko ko Kyiv n’abayishyigikiye iburengerazuba banze kugirana ibiganiro . U Burusiya bwateye muri Ukraine ku ya 24 Gashyantare mu ntambara yahitanye abantu benshi mu Burayi kuva Intambara ya Kabiri y’Isi Yose yarangira ndetse bitera no guhangana gukomeye […]

M23 iravugwaho gushimuta abantu 52 ahitwa Rusekera

Kuri uyu wa Gatandatu, inyeshyamba za M23 zashinjwe gushimuta abasivili 52 mu Mudugudu wa Rusekera muri Teritwari ya Rutshuru, iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nk’uko umwe mu bashinzwe umutekano yabitangarije Ibiro Ntaramakuru bya Turkiya, Anadolu Agency. Umuvugizi wa M23, ishami rya politiki, Lawrence Kanyuka, kuri twitter […]

Des soldats des RDF terminent leur formation aux opérations spéciales

fkrep2zxkairw_3.jpg

Les soldats des Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) ont conclu jeudi un cours de base de 10 mois sur les opĂ©rations spĂ©ciales au Centre de formation militaire de base (BMTC) de Nasho dans le district de Kayonza . Le chef d’Ă©tat-major de la DĂ©fense (CDS) des RDF, le gĂ©nĂ©ral Jean Bosco Kazura, a vu les […]

Abajenerali 4 bafite ubukungu bw’u Burundi mu biganza byabo

Ikinyamakuru La Libre Belgique cyo mu Bubiligi kuri uyu wa Kane ushize cyakoze inkuru ivuga ko mu Burundi hari agatsiko k’abagabo bane bagenzura ubukungu bw’igihugu barimo Perezida Evariste Ndayishimiye ubwe . Abavugwa bose muri iyi nkuru, nta n’umwe uragira icyo ayitangazaho ngo ahakane cyangwa yemeze ibyamuzweho. Umurundi wavuganye n’iki kinyamakuru nk’uko kibitangaza mu nkuru yacyo […]

Zambia: Bakuye mu mategeko igihano cy’urupfu n’icyaha cyo gusebya umukuru w’igihugu

Kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 23 Ukuboza, Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, yemeje umushinga w’itegeko rihagarika igihano cy’urupfu mu gitabo cy’amategeko ahana ndetse n’icyaha cyo gusebya Umukuru w’igihugu. Iki gihano cyari gisanzwe cyarahagaritswe by’agateganyo muri Zambia mu 1997 . Iki gihugu kinjiye mu ruhande rw’ibihugu byahagaritseiki gihano mu mategeko yabyo muri uyu mwaka […]

Ukraine: Ibisasu by’u Burusiya ku Mujyi wa Kherson byahitanye barindwi benshi barakomereka

fkvfel1wyae0tsq.jpg

Kuri uyu wa Gatandatu, ibisasu by’u Burusiya byibasiye umujyi wa Kherson wo mu majyepfo ya Ukraine, bihitana abantu barindwi abandi 58 barakomereka nk’uko iyi nkuru dukesha Euronews ivuga . Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, wari uvuye mu rugendo i Washington, yashyize ku mbuga nkoranyambaga akoresha amafoto y’ibisigazwa. Yavuze ko gusenya byabaye mu gihe abanya Ukraine […]

RDC: Uwari umujyanama wa Tshisekedi washinjwaga ruswa yagizwe umwere

Vidiye Tshimanga wahoze ari umujyanama wa Perezida Tshisekedi yagizwe umwere mu rubanza yari akurikiranwemo n’ubushinjacaha ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha bwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko . Uwahoze ari umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’ingamba yagizwe umwere n’urukiko rw’amahoro rwa Kinshasa / Gombe. Umwanzuro w’urukiko watangajwe kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 23 Ukuboza […]

Igisirikare cya Somaliya kiravuga ko kishe abarwanyi 67 ba Al Shabaab

Kuri uyu wa Gatanu, abarwanyi 67 b’umutwe wa al-Shabab biciwe mu gikorwa cya gisirikare cyabereye mu mujyi wa “Ail Baad” mu karere ka Shabelle yo Hagati muri Somaliya . Ibi byavuzwe n’umuyobozi w’ingabo zirwanira ku butaka, Mohamed Tahlil Bahyi, mu ijambo rye kuri radiyo “Ijwi ry’ingabo” (Voice of the Army). Ati: “67 muri bo bapfuye […]

Le Rwanda dĂ©ment les nouvelles conclusions d’experts de l’ONU sur le soutien aux rebelles

Le gouvernement rwandais a niĂ© avoir soutenu les rebelles et a refusĂ© de commenter des allĂ©gations spĂ©cifiques jusqu’Ă  ce qu’un rapport d’un groupe d’experts indĂ©pendants des Nations Unies soit officiellement publiĂ©. Selon le rapport, l’armĂ©e rwandaise “s’est engagĂ©e dans des opĂ©rations militaires” contre l’armĂ©e de la RD Congo dans l’est troublĂ© du pays, selon un […]

Umukozi w’ikigo cy’ubutasi cy’u Budage yatawe muri yombi ashinjwa kuba intasi y’u Burusiya

Abayobozi b’u Budage bataye muri yombi umukozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutasi bwo hanze (BND) bamushinja ko yari intasi y’u Burusiya aha amabanga ya leta Moscou . Kuri uyu wa Kane ushize, ubushinjacyaha bukuru i Berlin bwatangaje ko uyu mugabo w’Umudage uzwi ku izina rya Carsten L., yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo kugambanira igihugu. Abashinzwe […]

Amafoto: Minisitiri w’Ingabo Maj. Gen. Murasira yakiriye Ambasaderi wa E.U mu Rwanda

fklt71jxoaqmhtt.jpg

Kuri uyu wa Kane, itariki 22 Ukuboza, Minisitiri w’Ingabo, Maj. Gen. Albert Murasira yakiriye mu biro bye Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (E.U) mu Rwanda . Nk’uko bigaragara kuri twitter ya minisiteri y’ingabo, Minisitiri Murasira na Ambasaderi BelĂ©n Calvo Uyarra baganiriye ku gukomeza umutekano w’akarere n’ubufatanye mu by’umutekano n’ubwirinzi hagati y’impande zombi. Umuryango w’Ubumwe bw’u […]