Sarkozy yahamagajwe nk’umutangabuhamya mu rubanza rw’abahoze bamwegereye
Urukiko rwo mu Bufaransa rwahamagariye uwahoze ari perezida Nicolas Sarkozy kuba umutangabuhamya mu rubanza rurimo batanu mu bahoze ari abafasha be, bashinjwa kuba barakoresheje nabi amafaranga ya rubanda ndetse n’ubugizi bwa nabi. Sarkozy ntabwo akurikiranyweho ibyaha, kubera ubudahangarwa bwa perezida, ariko agomba kwitaba urukiko ku ya 2 Ugushyingo. Kuri uyu wa Mbere, abantu batanu bahoze […]
Huye: Umugore w’imyaka 38 arashinjwa gutwikisha abana be ibuye rishyushye
Umugore w’imyaka 38 ukekwaho kotsa abana be babiri b’abahungu bari mu kigero cy’imyaka 12 n’icumi akoresheje ibuye rishyushye ryari kuri rondereza abaziza ko bamwibye amafaranga 5000 akurikiranwe n’Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye. Mu ijoro ryo ku wa 12 Nzeri 2021 nibwo uyu mugore yakoze icyaha akurikiranweho mu Mudugudu wa Rugarama A, Akagari ka […]
Le Burundi remet au Rwanda 11 combattants du FLN capturés sur son territoire
Le Burundi a remis mardi 19 octobre au Rwanda onze combattants rwandais de la Force Nationale de LibĂ©ration (FLN) capturĂ©s sur son territoire Le groupe a Ă©tĂ© fondĂ© par le condamnĂ© terroriste Paul Rusesabagina et Wilson Irategeka. La remise a eu lieu au poste frontière de Nemba dans le district de Bugesera situĂ© dans la […]
Bobi wine yibasiwe n’Abanyakenya azira umunyapolitiki ushinjwa kugerageza kwica umuntu
Abanyakenya ku mbuga nkoranyambaga bibasiye umunyapolitiki Bobi Wine ukuriye ishyaka NUP ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda wagaragaye ashyigikira umunyapolitiki wo muri Kenya ushinjwa kugerageza kwica umuntu. Muri video yanyujije kuri twitter, Robert Kyagulanyi wamenyekanye nka Bobi Wine mu muziki mbere yo kujya muri politiki, agaragara ashishikariza Abaturage bo muri Embakasi muri Kenya, kongera gutora Babu […]
Nyuma y’u Burundi ibihugu 2 nibyo bisigaye bitaremera gukoresha urukingo rwa Covid-19
Nyuma y’aho igihugu cy’u Burundi cyari kimwe mu bihugu bitatu bisigaye bitaremera gukoresha urukingo covid-19 gitangiye kuruhera abaturage bacyo, ubu bihugu bisigaye ku Isi bitaremera kurukoresha ni bibiri byonyine ku Isi. Kuri uyu wa Mbere nibwo u Burundi bwatangije igikorwa cyo gukingira abaturage babwo nyuma y’aho kuwa Kane ushize bwakiriye inkingo 500,000 zakozwe n’uruganda rwa […]
Uko PDR-Ihumure na CNRD byabyaye MRCD n’ivuka rya FLN mu bisobanuro bya Rusesabagina

Ihuriro MRCD ryashinzwe mu Ugushyingo 2016 ku bufatanye bw’amashyaka PDR-Ihumure yari akuriye, ndetse n’ishyaka CNRD-Ubwiyunge rya Gen. Wilson Irategeka wahoze muri FDLR, mbere yo kwiyunga na RRM ya Callixte Sankara bagashinga umutwe w’ingabo wa FLN nk’uko byasobanuwe na Paul Rusesabagina uherutse gukatirwa imyaka 25 y’igifungo n’ubutabera bw’u Rwanda. Ibi bisobanurwa mu kiganiro n’itangazamakuru cyo kuri […]
Igipolisi cya Portugal cyafashe toni 5,2 za Cocaine ifite agaciro ka miliyari zisaga 200
Portugal ivuga ko yafashe toni 5.2 z’ikiyobyabwenge cya Cocaine mu bwato bwari buriho ibendera rya Espanye mu nyanja ya Atalantika. Polisi yakuye amabalo 183 ya cocaine mu bwato, afite agaciro ku muhanda kangana na miliyoni 200 z’Amayero, asaga miliyari 200 z’Amanyarwanda. Abategetsi ba Portugal ibiyobyabwenge byafashwe ari bimwe mu byinshi byafatiwe icya rimwe mu Burayi […]
Nzaba muri politiki kugeza mpfuye – Gbagbo ushaka kongera kuba perezida nyuma ya gereza
Uwahoze ari Perezida wa CĂ´te d’Ivoire, Laurent Gbagbo, uherutse kurekurwa n’Urukiko Mpuzamahanga rwa La Haye, yagarutse muri politiki n’ishyaka rishya abereye umuyobozi nyuma y’umwaka icumi atagaragara muri iki kibuga nk’uko byatangajwe kuri iki Cyumweru n’iri shyaka ryizeye ko agomba gusubira ku mwanya wa perezida. Muri weekend ishize nibwo Laurent Gbagbo yatangaje ishyaka rishya yise Parti […]
U Burusiya bwahagaritse umubano bwari bufitanye na NATO
U Burusiya kuri uyu wa Mbere bwavuze ko buhagaritse umubano bwari bufitanye na NATO, ndetse bwahagaritse ibiro byari bibuhagarariye muri uyu muryango ndetse bugafunga ibiro byawo i Moscow kubera umubao w’impande zombi ukomje kwangirika. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Sergei Lavrov, yatangaje iki cyemezo nyuma y’uko NATO yirukanye abantu benshi bari bagize ubutumwa bw’u Burusiya muri uyu […]
Le camp de réfugiés de Gihembe entièrement évacué
Le gouvernement a dĂ©clarĂ© avoir fermĂ© le camp de rĂ©fugiĂ©s de Gihembe, sujet aux glissements de terrain, suite Ă l’Ă©vacuation complète de tous les rĂ©fugiĂ©s prĂ©cĂ©demment hĂ©bergĂ©s dans le camp. Le camp, basĂ© dans le district de Gicumbi, dans la province du Nord, a accueilli plus de 12,000 rĂ©fugiĂ©s au cours des 24 dernières annĂ©es. […]
USA: Gen. Colin Powell wamamaye mu Ntambara yo mu Kigobe yapfuye
General Colin Powell, Umwirabura wa mbere wayoboye minisitiri y’ububanyi n’amahanga mu gihe cy’intambara yo kurwanya iterabwoba mu burasirazuba bwo Hagati, yapfuye kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Ukwakira azize icyorezo cya Covid-19. Colin Powell yari general w’inyenyeri enye wagiye mu zabukuru wabaye minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa 65 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva mu […]
Tigray: Igisirikare cya Ethiopia cyagabye ibitero by’indege muri Mekelle
Nyuma y’aho muri iyi weekend umutwe wa TPLF utangarije ko wafashe bugwate abasirikare benshi ba Leta, Igisirikare cya Ethiopia kuri uyu wa Mbere cyagabye ibitero bikaze by’indege mu murwa mukuru w’intara ya Tigray bivugwa ko byakomerekeje abaturage benshi. Umutwe wa TPLF wari watangaje ko wasenye ibirindiro byinshi by’Ingabo za Ethiopia ndetse ugata muri yombi abasirikare […]
Abayobozi b’ibihugu cyangwa ababayeho mu bihe bya vuba bakize kurusha abandi ku Isi

Niba ujya wibaza uburyo abakuru b’ibihugu bakize cyangwa abakize kurusha abandi twabashije kukubonera urutonde rw’ababaye abakuru b’ibihugu cyangwa bariho bagera ku 10 bakize kurusha abandi ku Isi, dukesha imibare y’ubushakashatsi bw’ibinyamakuru nka Bloomberg, Huffington Post, Forbes n’ibindi. 10. Sebastian Pinera, Perezida wa Chili – Miliyari 2.4 $ Usibye kuba ayoboye igihugu gitangaje, Sebastian Pinera, perezida […]
Polisario imaze imyaka 48 ishaka ubwigenge bwa Sahara ikomeje intambara na Maroc

Umuyobozi w’umutwe wa Polisario, Brahim Ghali, yatangaje mu kiganiro n’abanyamakuru ko ingabo za Sahara zikomeje “intambara ku birindiro by’ingabo za Maroc” ndetse amasasu akaba yaranumvikanye. Guhagarika amakimbirane hagati ya Maroc na Sahara y’Uburengerazuba bisa nkaho bitari ku murongo w’ibyigwa, urebye amagambo aherutse yatangajwe n’umuyobozi w’umutwe wa Polisario, Birahim Ghali. Uyu mu kiganiro n’itangazamakuru yatangiye mu […]
Abaganga 2 ba Baho Hospital bashinjwa uruhare mu rupfu rw’umurwayi bagiye kuburana
Abaganga babiri bo mu bitaro bizwi nka Baho International Hospital, Alfred Mugemanshuro uzobereye mu gutera ikinya na Gaspard Ntahonkiriye, inzobere mu by’indwara z’abagore baherutse gutabwa muri yombi bakekwaho uburangare mu rupfu rw’umurwayi bazatangira kuburanishwa mu ntangiriro z’icyumweru gitaha. Umurwayi bivugwa ko yaguye mu maboko y’aba baganga ni mugore w’imyaka 54 wapfuye mu kwezi gushize ubwo […]
Museveni ashaka kwigaragaza nka se w’akarere, ariko abayobozi b’u Rwanda ntibazapfa kubyemera – Bobi Wine
Umuyobozi w’ishyaka NUP, akaba yari n’umukandida mu matora aheruka y’umukuru w’igihugu muri Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, umuhanzi wahindutse umunyapolitiki, yavuze ku mpamvu kwishyira hamwe kw’ibihugu bigize EAC bitarimo gushoboka ndetse avuga no ku mubano wa Uganda n’u Rwanda. Ni mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Daily Monitor, aho yabajijwe icyo atekereza ku kwishyira hamwe […]
Rutshuru: Gen. Bigabo wa Nyatura yishyize mu maboko ya FARDC
Umwe mu bayobozi b’umutwe w’inyeshyamba wa CMC (Coalition des Mouvements pour le Changement) uzwi nka Mai-Mai Nyatura kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Ukwakira, yishyize mu maboko y’igisirikare cya FARDC muri Gurupoma ya Mutanda, muri Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu kiganiro yagiranye na Actu7.cd, Perezida wa Sosiyete Sivile ya […]
Twatsinze urugamba rwinshi ariko ntituratsinda intambara – Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko mu gihe u Rwanda rwatsinze imbogamizi nyinshi kandi rugatera intambwe igaragara mu myaka yashize, igihugu kidakwiye kwirara ngo kibagirwe intego za nyuma zirimo iterambere n’umutekano. Ibi umukuru w’igihugu yabivugiye mu isabukuru ya 25 ya Unity Club Intwararumuri. Unity Club Intwararumuri yashinzwe mu 1996 n’umufasha w’umukuru w’igihugu, Jeannette Kagame […]
Haiti: Abamisiyoneri 17 b’Abanyamerika bashimutiwe mu murwa mukuru
Itsinda ry’Abamisiyoneri 17 b’Abakirisitu b’Abanyamerika, barimo abana bashimutiwe mu murwa mukuru wa Haiti n’agatsiko k’abagizi ba nabi. Ikinyamakuru The New York Times kiravuga ko abashinzwe umutekano mu Mujyi wa Port-au-Prince, bavuga ko aba bamisiyoneri bashimuswe kuri uyu wa Gatandatu bakuwe muri bus. Iri tsinda ryari rivuye mu kigo cy’imfubyi rigiye ku kibuga cy’indege kuhasiga bamwe […]
Ikibazo cya ba rwiyemezamirimo batinda kwishyura abo bakoresheje kiri gushakirwa umuti
Ikibazo cyo gutinda kwishyura abakoze mu mirimo yo kubaka ibikorwa remezo benshi bakunze kwitotombera kiri gushakirwa umuti nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gutunganya Amasoko ya Leta, RPPA. Umuyobozi mukuru wa RPPA, Uwingeneye Joyeuse, avuga ko iki kibazo cyahagurukiwe, ku buryo hakwiye kujya hanozwa imikoranire hagati ya leta yatanze isoko na rwiyemezamirimo waritsindiye, ngo ntihagire […]
Sudani: Habaye imyigaragambyo isaba igisirikare guhirika ubutegetsi
Bamwe mu baturage bashyigikiye uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi bw’inzibacyuho muri Sudani kuri uyu wa Gatandatu bakoze imyigaragambyo i Khartoum mu murwa mukuru basaba igisirikare gufata ubutegetsi. Ibihumbi n’ibihumbi by’abigaragambya bateraniye hanze y’ingoro ya perezida, mu gihe ibibazo bya politiki muri iki gihugu birimo gufata indi ntera. Amatsinda y’abasirikare n’ay’abaturage b’abasivile amaze igihe asangiye ubutegetsi kuva […]
Igitero cy’ubwiyahuzi mu musigiti wa Kandahar cyahitanye byibuze abantu 37

Byibuze abantu 37 bapfuye abandi 70 barakomereka nyuma y’ibisasu bitatu byaturikiye mu musigiti w’Aba-Shia mu masengesho yo kuri uyu wa Gatanu mu mujyi wa Kandahar wo muri Afghanistan. Amashusho yaturutse imbere mu musigiti wa Bibi Fatima yerekana amadirishya yamenetse ndetse n’imirambo irambaraye hasi, mu gihe abandi basengaga bageragezaga gufasha. BBC yabwiwe ko ari igitero cya […]
Guinea Bissau: Haburijwemo umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi
Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Guinea Bissau kuri uyu wa Kane bwatangaje ko bwavumbuye abasirikare bari barimo gutegura guhirika ubutegetsi n’izindi nzego za leta muri iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika. “Twabashije kumenya agatsiko k’abasirikare ba FARP (Forces armĂ©es rĂ©volutionnaires du peuple) karimo gushuka abasirikare kagura umutimanama wabo amafaranga kugirango bahindure itegeko nshinga ryashyizweho,” uyu […]
Bill Clinton wahoze ari Perezida wa Amerika amaze iminsi mu bitaro
Kuri uyu wa Kane, itariki 14 Ukwakira hahishuwe ko uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bill Clinton, w’imyaka 75 yajyanwe mu bitaro afite ubwandu (infection), ariko budafitanye isano na coronavirus nk’uko umuvugizi we yabitangaje. Abaganga bavuze ko Clinton yari arimo aramera neza muri ibi bitaro bya i Irvine, muri California. Umuvugizi w’uwahoze […]
Uko amafaranga y’umusoreshwa akomeje gusesagurwa ku mitungo n’imishinga itabyazwa umusaruro
Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2019/2020 yagaragaje dosiye 96 z’umutungo ufite agaciro ka miliyari zisaga 21.7 z’amafaranga y’u Rwanda urimo gupfa ubusa mu bigo bya Leta 54 guhera mu mwaka w’ingengo y’imari warangiye muri Kamena 2020. Izi zigizwe n’imanza 58 nshya zifite agaciro ka miliyari 16 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka w’ingengo […]
Goma: Ambasaderi w’u Rwanda yakiriwe na Guverineri Gen. Constant Ndima

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vincent Karega kuri uyu wa Kane, itariki ya 14 Ukwakira 2021 yageze mu Mujyi wa Goma, aho yitabiriye igikorwa cyo gutangiza ingendo z’indege za Rwandair hagati ya Kigali n’uyu mujyi akaba yakiriwe na Guverineri wa gisirikare wa Kivu y’Amajyaruguru mu biro bye. Uruzinduko rwa Ambasaderi Karega […]
Umuyobozi w’Igipolisi cy’u Rwanda yitabiriye inama ya EAPCCO i Kinshasa

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ukwakira yitabiriye inama ihuza abayobozi ba Polisi bo mu bihugu byo mu muryango w’Iburasirazuba (EAPCCO). Ni inama irimo kubera mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Mujyi wa Kinshasa. Iyi nama ihuza abayobozi ba Polisi iri mu […]
Iyo aza kuba akiriho, Mobutu Sese Seko yari kuba yujuje imyaka 91
Marshal Mobutu Sese Seko wahoze ari perezida wahoze ari Zaire, Repubulika ya Demokarasi ya Congo y’ubu, wavukiye ku itariki nk’iyi ya 14 Ukwakira 1930 i Lisala, mu Ntara ya Equateur mbere yo kugabanywamo izindi ntara, kuri uyu wa kane, yari kuba yujuje imyaka 91. Mobutu wiyitaga “Grand LĂ©opard” yapfuye ku ya 7 Nzeri 1997, afite […]
Kagame gracie l’ex-Premier ministre Habumuremyi
Le prĂ©sident Paul Kagame a graciĂ© l’ancien Premier ministre Pierre-Damien Habumuremyi, qui purgeait une peine de trois ans de prison qui lui avait Ă©tĂ© infligĂ©e l’annĂ©e dernière pour l’Ă©mission de chèques sans provision. La dĂ©cision fait partie des rĂ©solutions d’une rĂ©union du cabinet tenue mercredi 13 octobre. Le tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge a reconnu Habumuremyi […]
Zimwe mu mbunda zagize uruhare mu rupfu rw’abakabakaba miliyoni 100 mu Ntambara ya II y’Isi

Intambara ya II y’isi yatangiye mu 1939 ikarangira mu 1945 ni intambara yabaye mu gihe Isi yari itangiye gutera imbere mu ikoranabuhanga, iryo koranabuhanga rikaba rikaba ryari ritangiye no kugera mu ikorwa ry’intwaro aho ugereranyije n’izakoreshejwe mu ya mbere y’Isi usanga hari iterambere ryari rimaze kubamo ari na yo mpamvu umubare w’abo yahitanye wavuye kuri […]
Goma: Hafashwe abagizi ba nabi hafi 300 barimo Abanyarwanda
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku bufatanye n’Igipolisi mu mukwabu wo mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 13 Ukwakira 2021, mu gace ka Kyeshero, mu Mujyi wa Goma, cyataye muri yombi abagizi ba nabi basaga hafi 300 barimo Abanyarwanda batandatu bitwaje intwaro. Imibare y’abafatiwe muri uwo mukwabu […]
Norvege: Uwitwaje umuheto n’imyambi yishe abantu 5 abandi barakomereka
Abantu batanu bishwe, abandi babiri barakomeretswa nyuma yo kugabwa igitero n’umuntu witwaje umuheto n’imyambi. Iki gitero cyabereye mu Mujyi wa Kongsberg, mu majyepfo y’uburengerazuba bw’umurwa mukuru, Oslo, ku isaha ya saa kumi n’ebyiri na cumi n’itatu ku isaha yo muri iki gihugu. Umugabo ukomoka muri Denmark w’imyaka 37 yatawe muri yombi akekwaho kuba inyuma y’iki […]
Igikomangomakazi Sumaya cyagizwe umwe mu bayobozi b’Ikigo cy’igihugu cy’ingufu za atomike
Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Ukwakira 2021 yashyize mu myanya abayobozi mu bigo bitandukanye birimo ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu za atomike kigaragaramo abanyamahanga babiri barimo Igikomangomakazi cyo muri Jordan, Sumaya bint El Hassan ugize inama y’ubutegetsi ndetse n’Umunya-Burkina Faso, Dr Lassina Zerbo, Perezida w’iki kigo. Sumaya bint Hassan ni muntu ki? […]
Un haut responsable du volley-ball condamné à deux ans de prison
Jean de Dieu Bagirishya, vice-prĂ©sident de la FĂ©dĂ©ration Rwandaise de Volleyball en charge des compĂ©titions, a Ă©tĂ© reconnu coupable d’usage de faux et condamnĂ© Ă deux ans de prison. Il a Ă©tĂ© apprĂ©hendĂ© par le Bureau des enquĂŞtes du Rwanda (RIB) le mois dernier, deux jours après que l’Ă©quipe nationale fĂ©minine de volley-ball a Ă©tĂ© […]
Agnes Tirop wahagarariye Kenya mu mikino Olimpike i Tokyo yaba yishwe n’umukunzi we
Agnes Tirop, umukinnyi w’imikino ngororamubiri wo muri Kenya wari uhagarariye igihugu cye mu kwiruka metero 5000 mu bagore mu gihe cy’imikino Olempike yabereye i Tokiyo yasanzwe aho aba yapfuye. Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 13 Ukwakira, nibwo Tirop yasanzwe yapfiriye mu nzu ye i Iten, mu Ntara ya Elgeyo Marakwet. Umuyobozi w’imikino ngororamubiri muri […]
RDC: Abofisiye 5 bari bakurikiranweho kunyereza umutungo bakatiwe
Abasirikare n’abapolisi bakuru batanu bari bakurikiranweho icyaha cyo kunyereza amafaranga yagenewe ibikorwa bya gisirikare mu gihe cy’ibihe bidasanzwe by’ubuyobozi bwa gisirikare muri Ituri bakatiwe igifungo cy’imyaka 10 ku wa kabiri, tariki ya 12 Ukwakira. Aba baregwaga gukoresha inyandiko mpimbano no kongera ibiciro mu gihe cyo kugura ibikoresho nk’uko iyi nkuru dukesha Mediacongo.net ivuga. Urukiko rwa […]
Umwami w’u Buholandi yemerewe gushakana n’uwo bahuje igitsina
Minisitiri w’Intebe w’u Buholandi yavuze ko umwami w’ubu bwami ashobora kurongora umuntu bahuje igitsina kandi akaguma ku ngoma. Mu gisubizo cyanditse cy’ibibazo by’abadepite, Minisitiri w’intebe Mark Rutte yanditse kuri uyu wa kabiri ushize ko “Inama y’Abaminisitiri itabona ko Igikomangoma cy’ikamba cyangwa Umwami agomba kuva ku ngoma aramutse ashatse gushyingirana n’umuntu bahuje igitsina.” Ubukwe bwa cyami […]
Ibihugu 10 bya mbere bikennye kurusha ibindi ku Isi muri 2021
Abantu bagera muri miliyoni 721 bivugwa ko batungwa n’idolari 1,90 (1,934 Frw) ku munsi, urwego Banki y’Isi ifata nk’ubukene bukabije. Nubwo hari intambwe nto yatewe ugereranyije no mu myaka yashize, uyu mubare uracyahagarariye 9% by’abatuye Isi yose wavuga ko babayeho mu bukene bukabije. Ibihugu bikennye kurusha ibindi ku Isi muri 2021, amafaranga umuturage n’ibigo byinjiza […]
Inama ya 18 ya Francophonie yagombaga kubera muri Tunisia yasubitswe
Inama ya Francophonie yagombaga kubera Ku Kirwa cya Djerba i Tunis mu gihugu cya Tunisia mu kwezi gutaha kw’Ugushyingo, ariko mu nama y’Akanama Gahoraho k’Umuryango kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 12 Ukwakira, abahagarariye ibihugu 88 bigize uyu muryango bemeye kuyisubika kugeza mu muhindo wa 2022. Ibihugu bigize umuryango wa La Francophonie byemeye gusaba ko […]
Perezida Joe Biden agiye kwakira umuperezida wa mbere wo muri Afurika
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta niwe mukuru w’igihugu wo muri Afurika ugiye kubimburira abandi kwakirwa na Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden kuri uyu wa Kane, itariki 14 Ukwakira. Itangazo ryasohowe na White House kuri uyu wa kabiri ryasobanuye ko umubonano w’abayobozi bombi ari kimwe mu byo Perezida Biden yiyemeje mu […]
Les forces rwandaises sauvent des civils captifs Ă Cabo Delgado
Après avoir repoussĂ© les extrĂ©mistes armĂ©s liĂ©s Ă l’État islamique d’Irak et du Levant (EIIL) Ă Cabo Delgado, la province la plus septentrionale du Mozambique, les forces rwandaises et mozambicaines continuent de ratisser les opĂ©rations et de libĂ©rer davantage de civils captifs des restes de l’armĂ©e insurgĂ©s en fuite. L’avancĂ©e rapide des forces conjointes au […]
Nyarugenge: Ubushinjacyaha bwavuze ibyo burega 3 baregwa muri dosiye ya Kizito Mihigo
Mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa kabiri haburanishijwe urubanza ruregwamo abantu batatu bari muri dosiye y’umuhanzi nyakwigendera Kizito Mihigo bashinjwa icyaha cyo kuba icyitso cyo kwambuka umupaka banyuze ahantu hatemewe n’amategeko ndetse n’icyaha cyo kuba icyitso cyo gutanga ruswa. Ubushinjacyaha bwagaragaje imiterere y’ikirego burega abagabo batatu icyaha cyo gushaka gutorokesha umuhanzi Kizito Mihigo, […]
Imitwe 10 ifatwa nk’iyiterabwoba itinyitse kurusha iyindi

Urutonde rw’imitwe bamwe bafata nk’iyiterabwoba yateje akaduruvayo ku Isi yose ukurikije aho ibihugu yakoreyemo biri, idini ry’abantu bibasiwe, ubwoko bwabo n’ibindi. Dore imitwe 10 iteye ubwoba kurusha iyindi nk’uko tubikesha urubuga rwa toptens Al-Qaeda Al-Qaeda ni umutwe w’iterabwoba w’abahezanguni b’Abayisilamu b’Abasuni. washinzwe mu 1988 na Osama bin Laden, Abdullah Azzam, n’abandi bakorerabushake benshi b’Abarabu nka […]
Icyorezo cya Covid-19 cyasunikiye abantu basaga miliyoni 100 mu bukene – Loni
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, kuri uyu wa Mbere yamaganye ubusumbane mu kubona inkingo z’icyorezo cya COVID-19 avuga ko cyasunikiye abantu basaga miliyoni 100 mu bukene. Guterres yabwiye itsinda ry’Ikigega Mpuzamahanga cy’imari ko ubufatanye bw’isi “bwabuze mu bikorwa” kandi ko abantu batuye mu turere tw’amakimbirane ndetse n’ibihugu byoroheje bababaye cyane kurusha abandi. Yavuze ko […]
Uganda: Haravugwa umwiryane hagati ya Dr Kiiza Besigye na Bobi Wine
Uwabaye umukandida ku mwanya wa perezida inshuro enye Col (Rtd) Dr Kizza Besigye yasabye umuyobozi w’ishyaka NUP Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine kugira icyo atangaza mu ruhame kugira ngo ahagarike ibitero ku Mutwe mushya uharanira impinduka, PFT (People’s Front for Transformation). Ati: “Nahamagaye Kyagulanyi ambwira ko yicujije ibitero bikomeje kuba kuri uyu […]
Ibigo bimwe byatangiye kugaburira abanyeshuri mu gihe hategerejwe umusanzu w’ababyeyi
Ku munsi wa Mbere wo gutangira umwaka w’amashuri 2021-2022, ibigo bimwe bya Leta mu mujyi wa Kigali byahise bitangiza gahunda yo kugaburirira abana bose ku ishuri, guhera ku b’incuke kugeza ku bakuru biga mu mashuri yisumbuye. Amafunguro ibyo bigo byagaburiye abana akaba ari ayatanzwe na Leta mu gihe bigitegereje kuganira n’ababyeyi kugira ngo na bo […]
Urubanza rwari rutegerejwe na benshi ku iyicwa rya Thomas Sankara rwatangiye
Kuri uyu wa mbere, tariki 11 Ukwakira, urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara rwatangiriye i Ouagadougou. Urubanza rwari rutegerejwe cyane n’abaturage ba Burkina Faso, umuryango wa Capt. Sankara, abanyamategeko, imiryango itegamiye kuri Leta n’Abanyafurika benshi muri rusange. Abantu benshi bafite amatsiko yo kumenya uko byagenze ku itariki ya 15 Ukwakira 1987, umunsi Perezida w’ikirangirire wa […]
Huye: Yafashwe yiyita Assistant Inspector of Police (AIP) ashaka kwambura umucuruzi
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 10 Ukwakira ahagana saa yine Polisi ikorera mu Karere ka Huye yafashe uwitwa Agnes w’imyaka 36. Yafatanwe umupira wo kwambara wa Polisi y’u Rwanda (T-Shirt) n’ikirango cy’ipeti (Pips) ya ofisiye wo ku rwego rwa Assistant Inspector of Police (AIP). Umurerwa yafashwe nyuma yo kurara mu nzu zicumbikira […]
Libani: Inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ibikomoka kuri peteroli
Minisitiri w’ingufu muri Liban yavuze ko ‘inkongi y’umuriro yadutse mu kigega kibika lisansi mu kigo cya peteroli cya Zahrani cyo muri iki gihugu. Minisitiri w’ingufu, Walid Fayyad, yagize ati: “Umuriro wahagaritswe.” Ibiro Ntaramakuru by’iki gihugu byavuze ko inkongi y’umuriro ikabije yadutse muri kimwe mu bigega byo mu kigo cya peteroli cya Zahrani. “impamvu ntabwo iramenyekana,” […]
Uko FBI yafashe Abanyamerika bari bazi ko bagurisha amabanga ku gihugu cy’amahanga
Kuri iki Cyumweru, itariki 10 Ukwakira, Minisiteri y’ubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko umugabo n’umugore b’Abanyamerika batawe muri yombi muri Leta ya Virginia y’Uburengerazuba bazira kugurisha amakuru y’ibanga ku bwato bw’intambara ku gihugu cy’amahanga. Ku wa Gatandatu, Jonathan Toebbe w’imyaka 42 wakoraga nka injeniyeri mu bijyanye n’ingufu za kirimbuzi mu ngabo z’Amerika […]
Amata yatangiye kunywa umugabo agasiba undi
Ikibazo cy’ibura ry’amata gikomeje gukomera hirya no hino mu gihugu aho ibi biri gutuma n’ibiciro byiyongera ku bwinshi nk’uko bamwe mu baturage babitangaza. Iki kibazo cy’ibura ry’amata mu Rwanda kimaze iminsi kivugwa kubera ko kimaze gukomera hari n’abayakoreshaga nk’umuti ariko batakiyabona,si ibi gusa kandi aba baturage bavuga ko kandi aho bajyaga bayagura basanga ibiciro byariyongereye. […]
U Burusiya: Impanuka y’indege yahitanye abasaga 10 abandi barakomereka
Minisiteri ishinzwe ubutabazi mu Burusiya yavuze ko indege yari itwaye itsinda ry’abasimbukira mu mitaka yakoze impanuka nyuma yo guhaguruka mu karere ka Tatarstan mu Burusiya mu gitondo cyo ku Cyumweru, ihitana abantu 16 abandi batandatu barakomereka. Minisiteri ishinzwe ubutabazi mu Burusiya yashyize ahagaragara aya makuru yavuze ko abantu 22 ari bo bari bari muri iyi […]
Taiwan ntizunamishwa n’igitutu cy’u Bushinwa – Perezida Tsai Ing-wen

Perezida wa Taiwan, Tsai Ing-wen, avuga ko guverinoma ye itazunamishwa n’igitutu cy’u Bushinwa kandi ko izakomeza gukaza ubwirinzi bw’iki kirwa mu rwego rwo kurinda imibereho ya demokarasi yacyo. Ibi Perezida Tsai yabitangaje kuri iki Cyumweru nyuma y’umunsi umwe Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, asezeranyije kongera guhuza iki kirwa n’u Bushinwa mu mahoro. Iki kirwa cya […]
RDC: Byibuze abantu 6 bishwe imodoka 6 ziratwikwa mu gitero ku ruhererekane rwazo
Igitero cyagabwe kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 9 Ukwakira 2021, ku ruhererekane rw’imodoka ku gice cy’umuhanda wa Komanda-Luna, i Mambelenga, muri Sheferi ya Walese Vonkutu, mu majyepfo ya Teritwari ya Irumu, mu Ntara ya Ituri, cyangije ibintu byinshi ndetse gihitana n’abantu. Amakuru aturuka muri sosiyete sivile yo muri ako gace avuga ko muri iki […]
Louise Mushikiwabo ari muri Tunisia ahazabera inama ya OIF ishobora no kutaba

Tunisia igomba kwakira inama ya Francophonie mu kwezi gutaha, ariko mu gihe habura ukwezi kugirango ibyo birori bibe, no mu gihe iki gihugu kiri kunyura mu bihe by’ihungabana muri politiki, Perezida Kais Saied yakiriye kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 9 Ukwakira, Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru wa OIF wagiye kureba aho imyiteguro yo kwakira iyi […]
Museveni yagize Amama Mbabazi wahoze ari Minisitiri w’Intebe intumwa ye idasanzwe
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yagize uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, John Patrick Amama Mbabazi, Intumwa ye idasanzwe muri Sudani y’Epfo no muri Ethiopia. Amakuru yihariye avuga kuri izi nshingano nshya agera kuri Daily Monitor avuga ko Perezida Museveni mu kwezi gushize yahaye amabwiriza Umunyamabanga we mukuru wihariye, Dr Kenneth Omona, gufatanya n’Ibiro bya […]
Rusizi: Yafatanwe ibiro 7 by’urumogi n’ibiro hafi 100 by’imyenda ya caguwa
Kuwa Gatanu ushize, itariki ya 8 Ukwakira Polisi yafashe uwitwa Nsengiyumva Eugene w’imyaka 33 abitse iwe mu rugo ibiro 7 by’urumogi n’ibiro 80 by’imyenda ya caguwa, Yafatiwe mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Kamembe, Akagari ka Ruganda, Umudugudu wa Kamubaji. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi yashimiye […]
Umuyobozi wa Autrichia, Sebastian Kurz, yeguye ku butegetsi
Umuyobozi wa Autrichia, Sebastian Kurz, kuri uyu wa Gatandatu yeguye ku butegetsi, nyuma y’igitutu cyatewe n’amahano ya ruswa. Yasabye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Alexander Schallenberg, kumusimbura nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Bwana Kurz n’abandi icyenda bashyizwe mu iperereza nyuma y’ibitero inzego z’umutekano zagabwe ahantu henshi hafitanye isano n’ishyaka rye ry’abaturage rya Ă–VP. Chancellier Sebastian Kurz […]
Agace gakungahaye kuri gaz na peteroli gakomeje guteza umwiryane hagati ya Kenya na Somalia
Kuri uyu wa Gatanu, Kenya yatangaje ko itemera ububasha bw’Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera rw’Umuryango w’Abibumbye (ICJ) mbere y’icyemezo cyari giteganijwe kuri uyu wa kabiri utaha ku kibazo cy’umupaka imaze igihe ifitanye na Somalia. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga mu itangazamakuru yagize ati: “Usibye gukuraho uruhare rwayo mu rubanza rukomeje, Kenya (…) yifatanije n’abandi banyamuryango benshi b’Umuryango w’Abibumbye mu […]
U Burundi bwavuze icyo bugitegereje ku Rwanda ngo imipaka ifungurwe
Umuvugizi wa minisitiri w’umutekano w’u Burundi, Sonia Niyubahwe, yatangaje ko umupaka w’igihugu cye n’u Rwanda uzafungurwa ari uko u Rwanda rutanze abagize uruhare mu gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza. Ibi yabitangarije mu kiganiro inzego z’umutekano zagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu, itariki 08 Ukwakira, aho umuvugizi wa polisi, Pierre Nkurikiye yasabye abaturage bafite ibibazo […]