Un suspect de gĂ©nocide quitte dĂ©finitivement les Ătats-Unis aprĂšs sa dĂ©naturalisation
Un natif du Rwanda, rĂ©sidant le plus rĂ©cemment Ă Buffalo, New York, a Ă©tĂ© dĂ©naturalisĂ© par consentement et a quittĂ© les Ătats-Unis en vertu d’une ordonnance d’expulsion Ă la suite du dĂ©pĂŽt d’une plainte citant son implication prĂ©sumĂ©e dans le gĂ©nocide contre les Tutsis en 1994. Selon des documents judiciaires, Peter Kalimu, alias Pierre Kalimu, […]
Umunyarwanda wabeshye ngo abone ubwenegihugu yarabwambuwe
Umunyarwanda wari utuye mu gace ka Buffalo, muri New York, yambuwe ubwenegihugu bwa Amerika anirukanwa muri iki gihugu nyuma yo kubeshya imyirindoro ye kandi ashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Nkâuko bigaragara mu nyandiko zâurukiko, Peter Kalimu, uzwi ku izina rya Pierre Kalimu, uzwi kandi ku izina rya Fidele Twizere, […]
Uganda: Abashinwa 5 bafashwe bagiye kwica umushoramari mwene wabo wâUmushinwa
Abayobozi bâigipolisi kuri station nkuru ya Kampala nâabayobozi mu rukiko rwa Buganda baravugwaho akagambane mu gushaka kurekura abicanyi 5 bâAbashinwa bari bavuye mu gihugu cyabo bagiye kwica umushoramari wâUmushinwa mugenzi wabo ukorera mu Karere ka Mpigi muri Uganda. Abakekwaho gushaka kwica ni Chen Jianwen, Chen Jiannting, Hen Shuqin, Lin Jinfen na Calvin Li Kang Yuan […]
Papa Fransisiko yakiriye Perezida Biden witabiriye inama ya G-20 i Roma
Perezida Joe Biden kuri uyu wa Gatanu yahuye na Papa Fransisiko I Vatican, mu ruzinduko rufatwa nkâurwe ku giti cye mmbere yâinama yâabayobozi bâibihugu 20 bikize kurisha ibindi ( G-20) igomba kubera i Roma guhera kuri uyu wa Gatandatu, itariki 30 kugeza ku Cyumweru itariki 31 Ukwakira 2021. Biden ashobora kuganira na Papa ku bibazo […]
Koreya ya Ruguru ifite aba âspecial forcesâ benshi kurusha ibindi bihugu nâimyitozo ihambaye

Koreya ya Ruguru ikunze gukangisha abo bahanganye kubasenya ikoresheje intwaro za kirimbuzi, kandi nubwo ubukungu bwifashe nabi mu bukungu n’imibereho myiza, iki gihugu cyaba gifite ubushobozi bwo gutangiza intambara ishobora guhitana ibihumbi magana, cyangwa za miliyoni. Intwaro za kirimbuzi, misile zo mu bwoko bwa ballistique, ibihumbi by’ibibunda bya rutura, hamwe na miliyoni isaga y’abasirikare ni […]
Tigray: Igitero cyâindege za Ethiopia cyahitanye abantu 10 abandi barakomereka
Igisirikare cya Ethiopia cyakomeje ibitero byâindege mu murwa mukuru wâintara ya Tigray, aho umwe mu bayobozi bâibitaro byo mu Mujyi wa Mekelle avuga ko igitero cyo kuri uyu wa Kane cyahitanye abantu 10 kigakomeretsa abandi basaga 20. Guverinoma ya Ethiopia ivuga ko iki gitero, kije gikurikira ibindi imaze iminsi igaba kuri Mekelle, cyibasiye uruganda rukoreshwa […]
U Rwanda na Tanzania byasinyanye amasezerano yâubufatanye mu bwirinzi

Kuri uyu wa kane, itariki ya 28 Ukwakira, Minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Rwanda nâuwa Tanzaniya bashyize umukono ku masezerano yâubufatanye mu byâubwirinzi mu gusoza inama ya komisiyo ihuriweho ihoraho (JPC) yabereye i Dar es Salaam, muri Tanzaniya muri iki cyumweru. Intumwa yâu Rwanda muri Tanzaniya, Maj Gen Charles Karamba, yavuze ko inama yâabaminisitiri yari iyobowe […]
Iburasirazuba: Uturere tune dushobora kubona abayobozi bashya
Uturere tune two mu Ntara yâIburasirazuba dushobora guhabwa abayobozi bashya mu gihe utundi dutatu dusigaye ari two dushobora kugumana abayobozi batwo hagendewe ku rutonde rwâagateganyo rwa Komisiyo yâamatora. Muri utwo turere, tubiri, Kirehe yayoborwaga na Muzungu Gerald kuva mu Ukuboza 2014, na Ngoma yayoborwaga na Nambaje Aphrodis kuva muri Gicurasi 2012 tuzayoborwa nâabayobozi bashya kubera […]
Burundi: Imbonerakure ziri guhabwa imyitozo ya gisirikare
Abaturage bo muri Komini ya Kibago bahangayikishijwe nâimyitozo ya gisirikare imaze iminsi ihabwa Urubyiruko rwâishyaka CNDD-FDD ruzwi nkâImbonerakure bivugwa ko uru rubyiruko ruturuka mu ntara zitandukanye zigahurira kuri site iherereye mu mudugudu wa Rubimba muri Zone ya Kibago. Ikindi, imodoka zâurwego rushinzwe ubutasi zihora mu rujya nâuruza muri ako gace. Izi Mbonerakure zihangayikishije bamwe mu […]
Sudani yirukanye ba ambasaderi ba yo 6 mu bihugu birimo USA n’u Bufaransa
Igisirikare kiri ku butegetsi bwa Sudani cyirukanye abambasaderi batandatu mu gihe hakomeje ibikorwa byo guca intege abari mu myigaragambyo hirengagijwe igitutu cyâamahanga yamagana ihirika ryâubutegetsi ryo kuwa Mbere ushize. Iki cyemezo cyatangajwe kuwa gatatu mu bitangazamakuru bya Leta, kivuga ko abahagarariye Sudani muri Amerika, Umuryango wâUbumwe bwâu Burayi, u Bushinwa, Qatar, u Bufaransa ndetse nâumuyobozi […]
Muhanga: Ubushinjacyaha bukurikiranye ushinjwa kwicisha umugore we umuhini
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Mahanga mu ntangiriro zâiki cyumweru bwaregeye mu buryo bwihuse dosiye bukurikiranyemo umugabo wishe umugore we amukubise umuhini, akaba afungiwe byâagateganyo kuri Station ya Polisi ya Ruhango. Ni icyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Sahara, Akagari ka Gisanga, Umurenge wa Mbuye, Akarere ka Ruhango, Intara yâAmajyepfo, akaba yarakubise umuhini umugore we babanaga […]
Afurika yâEpfo: Umucamanza yateye utwatsi ubusabe bwa Jacob Zuma
Umucamanza muri Afrika y’Epfo yateye utwatsi ubusabe bwa Jacob Zuma wahoze ari perezida wâiki gihugu bwo gukuraho umushinjacyaha uri mu rubanza rwe aregwamo icyaha cya ruswa yareze kumena amabanga ajyanye nâubuzima bwe. Jacob Zuma ushinja uyu mushinjacyaha kuba afite uruhande abogamiyeho yasabye urukiko rukuru rwo mu Mujyi wa Pietermaritzburg kumuhindura. Ku myaka 79, Zuma ahakana […]
Buruseli: Dr Denis Mukwege yihutanwe mu bitaro aho agomba kubagwa byihuse
Umunyekongo, Dr Denis Mukwege uzwiho ubwitange mu guharanira indishyi zâabagore bahohotewe mu gihugu cye mu bihe byâintambara akaba aherutse no kwegukana igihembo cyâamahoro cyitiriwe Nobel, ari mu bitaro byâi Buruseli mu Bubiligi nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Ukwakira, nâikinyamakuru cyo mu Bubiligi “lesoir.be”. Dr Mukwege ari mu Bubiligi aho yageze mu rwego […]
Quatre arrĂȘtĂ©s pour trafic d’ivoire en provenance de la RD Congo
Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a en garde Ă vue quatre personnes dĂ©tenues pour trafic prĂ©sumĂ© de produits provenant d’animaux en voie de disparition tels que l’ivoire d’Ă©lĂ©phant. Ils ont Ă©tĂ© capturĂ©s alors qu’ils utilisaient le Rwanda comme pays de transit pour faire passer en contrebande 45 kilogrammes d’ivoire de la RĂ©publique dĂ©mocratique du […]
Burkina Faso: Uregwa mu rubanza ku iyicwa rya Sankara yemeye uruhare rwe
Kuri uyu wa Kabiri umwe mu basirikare baregwa muri dosiye yâiyicwa rya Thomas Sankara yemeye uruhare rwe rwo kuba yarafashije gutwara agatsiko kâabakomando bamwishe mu myaka 34 ishize. Urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara rwafunguwe kuwa Mbere mu Rukiko rwa Gisirikare rwa Ouagadougou ruri gukurikiranirwa hafi nâabaturage ba Burkina Faso, aho benshi bizera ko ruzagaragaza […]
Sudani yahagaritswe mu muryango wa Afurika Yunze Ubumwe
Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wavuze ko wahagaritse Sudani mu bikorwa byawo byose nyuma yâuko ingabo z’iki gihugu zihiritse guverinoma yâinzibacyuho iyobowe nâabasivili . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Ukwakira 2021, uyu muryango w’ibihugu byâAfurika wavuze ko iryo hagarikwa rizagumaho kugeza hasubijweho guverinoma y’inzibacyuho izayobora igihugu mu matora. Kuwa Mbere, […]
Elon Musk agiye kuba uwa mbere wujuje miliyari 300$ nyuma yo kunguka 36 mu munsi umwe
Elon Musk vuba aha ashobora kuba umuherwe wa mbere ku Isi wujuje miliyari 300$ mu mateka yâIsi arusha umukuriye hafi miliyari 100$. Uyu muyobozi wa sosiyete ya Tesla, akaba nâumuherwe wa mbere ku Isi kuri ubu umutungo we wiyongereyeho miliyari 36$ kuwa Mbere ushize nyuma yâaho imigabane yâiyi sosiyete ikora imodoka zikoreshwa nâamashanyarazi izamutseho 12,7% […]
Nyamagabe: Umugabo arashinjwa kwica mugenzi we bari biriwe basangira mu kabari
Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Ukwakira bwaregeye urukiko ku ifunga nâifungurwa ryâagateganyo dosiye iregwamo umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo kwica mugenzi we witwa Uwizeyimana Cyprien bari biriranywe mu kabari basangira. Ibyo byabaye ku itariki ya 14 Ukwakira 2021 mu gihe cya 05h30â za mu gitondo, mu Mudugudu wa Ryanyirataba, Akagari […]
Sudani: Minisitiri wâIntebe, Abdalla Hamdok yarekuwe
Minisitiri wâIntebe wa Sudani, Abdalla Hamdok yaraye arekuwe nâabasirikare bafashe ubutegetsi asubira iwe mu rugo ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri nkâuko byatangajwe nâibiro bye. Hamdok yari afungishijwe ijisho mu gihe abandi baminisitiri nâabandi bayobozi bâabasivili bamaganye ihirika ryâubutegetsi bagifunzwe nyuma yâaho abasirikare basenye inzego zâigihugu kuwa Mbere. AFP yatangaje ko Hamdok yarekuwe nyuma […]
Umuryango wâAbibumbye urifuza kongera ingabo zâu Burundi muri Centrafrica
Umuryango wâAbibumbye watangaje ko wifuza kongera ingabo zâu Burundi mu bikorwa byawo byo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Centrafrica. Umunyamabanga wungirije wâUmuryango wâAbibumbye ushinzwe ibikorwa byo kugarura amahoro no kubungabunga umutekano, Jean Pierre La Croix, yabivuze aho ari mu rugendo yabonaniyemo nâabategetsi bâu Burundi barimo umukuru wâigihugu Evariste Ndayishimiye. Ibinyujije kuri twitter minisiteri yâububanyi nâamahanga […]
Umukobwa wa Museveni aritegura gushyiranwa nâumuhungu wa Gen. Tumukunde

Umukobwa wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Dr Angela Kakishozi, yerekanye ku mugaragaro umukunzi we wo kuva kera, Amanya Tumukunde, umuhungu Gen. Henry Tumukunde mu muhango gakondo wabereye i Lyantonde muri iyi weekend ishize. Uyu muhango wabaye kuwa gatandatu ushize, witabiriwe nâinshuti nâabavandimwe bo mu miryango yombi barimo abavandimwe ba Perezida Museveni, Shedrick Nzeire na Micheal […]
Le Rwanda et le Sénégal commenceront la fabrication de vaccins à la mi 2022
BioNTech SE a annoncĂ© mardi son intention de construire une usine de fabrication de vaccins Ă base d’ARNm en Afrique Ă la mi-2022. Il s’agit de la prochaine Ă©tape des efforts de BioNTech pour mettre en Ćuvre des solutions durables d’approvisionnement en vaccins de bout en bout sur le continent. La dĂ©cision est le rĂ©sultat […]
U Bufaransa: Koffi Olomide yasabiwe imyaka 8 yâigifungo
Umuhanzi Koffi Olomide yasabiwe gufungwa imyaka 8 nyuma yâaho urubanza akurikiranwemo gufata ku ngufu abakobwa bari ababyinnyi be rusubukuriwe kuri uyu wa Mbere. Koffi Olomide ari kuburanishwa nâUrukiko rwâUbujurire rwa Versailles muri Paris ku byaha byo gusambanya ku ngufuabakobwa bane bahoze ari ababyinnyi be ndetse no kubakubita. Uyu muhanzi wâicyamamare mu njyana ya Lumba ubwe […]
Umunsi Abongereza batwitse White House bihorera ku gitero cy’Abanyamerika

Ku itariki ya 24 Kanama mu 1814, mu gihe cyâ âIntambara yo mu 1812â hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika nâu Bwongereza, Ingabo zâAbongereza zinjiye muri Washington D.C. zitwika White House zihorera ku gitero ingabo zâAbanyamerika zari zagabye ku mujyi wabo wa York, muri Ontario ho muri Canada muri Kamena 1813. Ubwo Abongereza bageraga […]
Lt. Gen. Muhoozi yongeye kuburira abantu batekereza ko batsinda Abachwezi

Umugaba Mukuru wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni, yongeye kuburira abantu batekereza ko bashobora kubatsinda we na se nkâabantu bakomoka mu bwami bwâAbachwezi. Mu mwaka ushize nibwo uyu muhungu wa Museveni icyo gihe wari umujyanama wihariye wa se, yatangaje ko kuba umuryango wabo ufitanye isano na dynasty […]
Perezida Erdogan yisubiye ku kwirukana ba ambasaderi 10 nyuma yo kumusaba imbabazi
Kuri uyu wa Mbere, Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan, yisubiye ku cyemezo cyo kwirukana ba ambasaderi 10 bo mu bihugu byo mu burengerazuba kubera itangazo bahuriyemo ryo gushyigikira umuyobozi wâumuryango utegamiye kuri leta ufunzwe. Erdogan yavuze ko mu mpera z’icyumweru gishize yategetse ko aba ba ambasaderi batangazwa ko batagifite ikaze mu gihugu âpersona non […]
U Rwanda n’u Burundi byiyemeje gufatanya kurwanya imitwe yitwaje intwaro
Ba Guverineri b’Intara y’Iburasirazuba n’uw’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, na bagenzi babo bo mu Ntara ya Muyinga n’iya Kirundo mu Burundi, biyemeje gufatanya byimbitse mu gukemura ibibazo byâumutekano ku mipaka ibihugu byombi bihuriyeho. Ibi aba bayobozi babigarutseho kuri uyu wa Mbere mu biganiro bagiranye bigamije gutsura umubano wâibihugu byombi, byabereye ku mupaka wa Nemba. Muri iyi […]
Uwahoze ari intasi yemeje ko Igikomangoma Bin Salman cyaba cyarishe Umwami Abdullah

Uwahoze ari umuyobozi mukuru mu butasi bwa Arabiya Sawudite wakoranye nâAmerika mu kurwanya iterabwoba yatangarije mu kiganiro ” 60 Minutes” cya CBS cyatambutse kuri iki Cyumweru, itariki 24 Ukwakira, ko igikomangoma cyâikamba Mohammed bin Salman (MBS)yigeze gukomoza ku kwica umwami arimo kuganira mu 2014. Byavuzwe na Saad al-Jabri wahoze akomeye mu rwego rwâubutasi uri mu […]
U Rwanda nicyo gihugu cyonyine muri Afurika ku rutonde rwâibihugu 10 bitekanye
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa gatandatu mu bihugu 10 bya mbere ku Isi bifite umutekano ku bantu bifuza gukora urugendo bonyine cyangwa âSolo travellersâ. Nicyo gihugu cyonyine cya Afurika kiri ku rutonde. Urutonde rukorwa na usebounce.com mu rwego rwo gufasha abagenzi guhitamo aho bakorera ibiruhuko bonyine. Urubuga rwatangaje ko rwatangaje ko urutonde rwarwo rushingiye […]
Le Rwanda parmi les pays les plus sûrs pour les voyageurs en solo
Le Rwanda a Ă©tĂ© classĂ© sixiĂšme parmi les 10 pays les plus sĂ»rs au monde pour les voyageurs en solo. C’est le seul pays africain sur la liste. Le classement rĂ©alisĂ© par usebounce.com afin d’aider les voyageurs Ă choisir leur futur lieu de vacances en solo. Le site internet qui propose des consignes Ă bagages […]
Burkina Faso: Hasubukuwe urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara
Kuri uyu wa Mbere, i Ouagadougou muri Burkina Faso hasubukuwe urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara wishwe ku itariki ya 15 Ukwakira 1987 nyuma yâibyumweru bibiri rusubitswe. Ni urubanza rwatangiye ku itariki 11 Ukwakira mu rukiko rwa gisirikare nyuma yâimyaka 34 Sankara yishwe muri coup dâetat yashyize ku butegetsi Blaise Compaore uregwa muri uru rubanza. […]
Katumbi, Kabila na Fayulu bishyize hamwe mu kurwanya icyemezo cya Tshisekedi
Ishyirwaho ryâitsinda ryâubuyobozi bushya bwa Komisiyo yâIgihugu yâAmatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (Ceni) ryateje impagarara muri RDC ariko rinatuma habaho kwiyunga hagati yâabanzi. Nkâuko byari byitezwe, imitwe myinshi ya politiki nâimiryango itegamiye kuri leta irwanya ishyirwaho ryâabayobozi bashya ba komisiyo yâamatora bashyizweho nâumukuru wâigihugu, FĂ©lix Tshisekedi, yishyize hamwe kugira ngo yitambike iki cyemezo […]
Green Party yirukanye abayoboke bashinjwa gushaka kuyisenya nabo bati turabifata nk’ibihuha

Tuyishime Jean Deogratious na Mutabazi Ferdinand abarwanashyaka bâishyaka rya Green Party rivuga ko byagaragaye ko bafite imigambi mibisha kandi yâubugambanyi yo gusenya Ishyaka birukanwa burundu na Komite Nyobozi Nshingwabikora yâIshyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) nyuma yo kugirwa Inama na Komite Nkemurampaka y’Ishyaka, kuwa 24 Ukwakira 2021. Abirukanwe bo bavuga ko babyumva […]
Ubuzima bwa Kim Jong Un bukomeje kwibazwaho, haba hari gutegurwa umusimbura

Bake mu bayobozi b’Isi ni bo bakurikiranirwa hafi kandi batwikiriwe nâamayobera nka Kim Jong Un. Amacenga ya politiki na dipolomasi ni yo akomeje kuvugwa kuri uyu muyobozi, bikekwa ko ari mu mpera zâimyaka 30 uri ku butegetsi kuva mu 2011. Hari ibihuha bikomeje kuvuga ko ubuzima bwe bwaba butifashe neza ndetse ko amakuru ye ya […]
U Bufaransa: Koffi Olomide ategerejwe mu rubanza aregwamo gufata ku ngufu
Kuri uyu wa Mbere umuririmbyi Koffi Olomide ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aratangira kuburanishwa nâUrukiko rwa Versailles mu Bufaransa aho akurikiranweho ibyaha byâihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye abakobwa bane bâababyinnyi be. Umwe mu bakobwa bemeza ko bahohotewe na Koffi OlomidĂ© avuga ko yabajyanaga mu mahoteli akabasambanya ku ngufu, ndetse hari nâigihe yabahohoteraga bari […]
Abaminisitiri basaga 60 b’ububanyi n’amahanga muri EU na AU mu nama i Kigali
Abantu bagera kuri 500 barimo abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga barenga 60 bo mu Muryango w’Ububanyi nâu Burayi (E.U) n’abo mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Ukwakira barateranira i Kigali mu nama ya 2 y’iminsi ibiri yâabaminisitiri ihuza iyi miryango. Ni inama ya mbere ibaye kuva muri Mutarama 2019. Biteganijwe […]
FARDC yafashe umugore w’umuyobozi wungirije wa ADF ushinzwe ubutasi

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Ukwakira, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) zatangaje ko ifatwa rya Namoli Nangida, umwe mu bagore ba Amigo, wungirije umuyobozi wa ADF. Amigo ashinzwe ubutasi n’ibikorwa. Uyu mugore we yafatiwe mu mujyi wa Kasindi, ku mupaka na Uganda nk’uko bitangazwa n’urubuga politico.cd dukesha iyi nkuru. Yafashwe ari […]
Igisirikare cya Ethiopia gikomeje ibitero byâindege muri Tigray
Igisirikare cya Ethiopia cyagabye ikindi gitero cyâindege mu majyaruguru ya Tigray, nk’uko byatangajwe mu itangazo rya guverinoma nyuma gato yo kuvuga ko yagabye ikindi mu burengerazuba bwa Tigray. Ibitero byo kuri iki Cyumweru bibaye icya karindwi nâicya munani mu byâindege zâintambara za Ethiopia mu cyumweru. Umuvugizi wa guverinoma, Selamawit Kassa, yagize ati: “Uyu munsi uburengerazuba […]
Hari impungenge ko virusi yâimbasa iheruka mu Rwanda mu 1993 ishobora kugaruka
Virus itera imbasa iheruka mu Rwanda mu 1993 hari impungenge zâuko ishobora kugaruka mu gihugu iturutse mu bihugu byâabaturanyi nka Uganda aho iherutse gutahurwa. Ubushakashatsi bwakozwe muri Uganda muri Kamena bwagaragaje ko hatahuwe virusi itera imbasa mu myanda yâabantu (amazirantoki) yasuzumwe cyane ko iyo virusi ikurira mu mara yâumuntu ku buryo uyifite ayituma nâundi wese […]
Perezida Ndayishimiye yitabaje Perezida Suluhu mu kurwanya RED-Tabara
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye uri mu ruzinduko mu gihugu cya Tanzania kuva kuwa Gatanu, yasabye Perezida Samia Suluhu kumutera inkunga yo kurwanya umutwe yita uw’iterabwoba uyobowe na Alexis Sinduhije uri mu buhungiro hanze y’igihugu. Perezida Samia Suluhu yakiriye mugenzi we w’u Burundi kuwa gatanu mu murwa mukuru wa politiki Dodoma, bagirana ibiganiro mu muhezo, […]
Perezida wa Turkiya yategetse iyirukanwa rya ba ambasaderi b’ibihugu 10
Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan yateye intambwe ya mbere yo kwirukana mu gihugu cye ba ambasaderi b’ibihugu 10 byo mu burengerazuba bw’Isi birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Budage, Canada, Denmark, Finland, u Bufaransa, u Buholandi, New Zealand, Norvege na Sweden bazira gusaba ifungurwa ry’umunyemari Osman Kavala unayobora sosiyete sivile yo muri iki […]
Cibitoke: Indi mirambo yabonetse yujuje imirambo 16 imaze kugaragara mu minsi 10
Imirambo ibiri (abagabo) yabonetse muri iki gitondo mu mirenge ya Munyika 1 na Mparambo 2 muri komini ya Rugombo mu ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi). Abaturage bakeka ko urubyiruko rwâishyaka CNDD-FDD, riri ku butegetsi ruzwi nkâImbonerakure, ari rwo rwagize uruhare muri ubwo bwicanyi bubiri. Ubuyobozi bwa komine buvuga ko bwatangiye iperereza. Umugabo […]
Uganda: Impirimbanyi zirwanya umushinga wa peteroli wa Total zikomeje gufungwa
Abarwanya iyangizwa ryâibidukikije kuri uyu wa Gatandatu bamaganye itabwa muri yombi ryâimpirimbanyi zâuburenganzira bwa muntu esheshatu zo muri Uganda bavuga ko iki ari igikorwa cyo gucecekesha abanenga umushinga wâingufu utavugwaho rumwe wâigihangange mu bucukuzi bwa peteroli cyo mu Bufaransa, Total. Ni nyuma yâaho kuwa gatanu ushize, izi mpirimbanyi zo mu ishyirahamwe AFIEGO, itsinda rikomeye mu […]
Ingabire Victoire dit avoir été interrogée pendant huit heures
Selon Ingabire Victoire, la fondatrice et prĂ©sidente du parti non encore enregistrĂ©e, DALFA Umurunzi, ella a Ă©tĂ© interrogĂ©e hier par le Bureau d’enquĂȘte rwandais (RIB) de 9h Ă 17h. Selon son tweet, elle est rentrĂ©e chez elle en paix. “Aujourd’hui 21/10/2021, j’ai Ă©tĂ© interviewĂ© par RIB de 9h Ă 17h. Je suis rentrĂ© sain et […]
Guinea: Batatu bahoze muri guverinoma ya Alpha Conde bashyizwe mu y’agateganyo
Abayobozi bashya bahiritse ubutegetsi muri Guinea bagize abantu barimo uwahoze ari umujenerali nâabandi batatu bahoze muri Guverinoma ya Alpha Conde muri guverinoma nshya. Igisirikare cyagerageje kenshi guhumuriza abashoramari, abaterankunga ndetse nâibihugu byo mu karere, kivuga ko guhirika Conde cyari igikorwa kimwe cyo gukuraho icyo bita ruswa, kandi ko kidafite gahunda yo kuguma ku butegetsi. Aboubacar […]
Nyuma yo kurekurwa by’agateganyo Jacob Zuma yagiye kurega umushinjacyaha

Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika yâEpfo yagaragaye bwa mbere mu ruhame kuri uyu wa Kane kuva yafungurwa byâagateganyo muri Nzeri, agiye kurega umushinjacyaha mukuru. Zuma yagaragaye ku biro bya polisi biri mu Mujyi wa Pietermaritzburg, mu burasirazuba bwâigihugu agiye kurega umushinjacyaha Billy Downer ashinja kuba yarashyize ku karubanda dosiye ye yo kwa muganga. […]
Haiti: Abashimuse Abamisiyoneri b’Abanyamerika bavuga ko bashobora kubica
Umuyobozi wâagatsiko gaherutse gushimuta abamisiyoneri bâAbanyamerika ndetse nâAbanyakanada mu cyumweru gishize mu gihugu cya Haiti aravuga ko bashobora kwicwa nyuma yâuko amafaranga basabye ngo barekurwe bakomeje kuyimwa. Amashusho ya video yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane ku mbuga nkoranyambaga, yerekanye Wilson Joseph akikijwe nâabantu bitwaje imbunda imbere yâamasanduku arimo imirambo ya bagenzi babo batanu avuga […]
Ubucucike mu magereza: Abafungiwe muri gereza biyongereyeho 30,6% mu myaka ine

Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu (NCHR) iravuga ko umubare wâabantu bafunzwe ukomeje kugenda wiyongera igasanga igasaba ko tegeko ryo guhanisha gukora imirimo ifitiye inyungu igihugu ryakwihutishwa mu gushyirwa mu bikorwa mu rwego rwo kugabanya ubucucike bukomeje kugaragara mu magereza. Ibi byatangajwe muri raporo yâibikorwa byâumwaka wa 2020-2021 na gahunda yâibikorwa byâumwaka wa 2021-2022 iyi komisiyo […]
EAC yugarijwe nâiterabwoba mu gihe hagaragara intege nke mu guhangana naryo â EALA
Abagize inteko ishinga amategeko y’akarere (EALA) kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 20 Ukwakira, bagaragaje impungenge zâintege nke zigaragara mu Muryango wa Afurika yâIburasirazuba (EAC), ukomeje kugaragaramo ibitero bikabije bifitanye isano nâiterabwoba byibasira Afurika yo munsi yâUbutayu bwa Sahara. Ibi byagarutsweho ubwo Depite Fatuma Ndangiza, Perezida wa komite yâinteko ishinga amategeko ya Afurika yâIburasirazuba […]
Zimbabwe: Nelson Chamisa utavuga rumwe nâubutegetsi yongeye kurusimbuka
Rimwe mu mashyaka akomeye atavuga rumwe nâubutegetsi muri Zimbabwe riravuga ko kuri uyu wa Gatatu umuyobozi waryo, Nelson Chamisa, yongeye kurusimbuka bwa kabiri mu gihe cyâiminsi 10 ubwo imodoka yari arimo yaraswaga isasu atamenye ahantu ryaturutse. Umuyobozi Wungirije wâishyaka MDC-Alliance, Tendai Biti, yavuze ko imodoka ya Chamisa yarasiwe mu Mujyi wa Mutare uri ku mupaka […]
Muhanga: Uwagize umugore umukobwa wâimyaka 17 yasabiwe gufungwa burundu
Umusore ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana no kubana nkâumugabo nâumugore, kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ukwakira 2021 Ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa burundu mu Rukiko Rwisumbuye rwa Muhanga. Uyu musore wâimyaka 21 yâamavuko, akekwaho kuba ku itariki ya 25 Ukuboza 2020, kugeza ku itariki ya 5 Mutarama 2021, ari mu Murenge wa Ngamba, Akarere ka Kamonyi, […]
Ibitaro 10 bya mbere byiza ku mugabane wa Afurika

Niba ujya wibaza ibitaro bya mbere byiza muri Afurika bifite ubushobozi haba mu kuvura, ibikoresho nâinyubako, ikigo SCImago Institutions Rankings (SIR),cyo muri Espagne kizwiho gukora urutonde rwâIbigo byâubushakashatsi u Isi kuva mu 2009 kigufitiye igisubizo. Iki kigo nacyo cyâubushakashatsi mu byâubuvuzi kikaba muri uyu mwaka cyasohoye urutonde rwâibitaro biteye imbere ku Isi ruzwi nka âGlobal […]
Musanze: Umuyobozi wâishuri washinjwaga ivangura yakatiwe imyaka 7 yâigifungo
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye igifungo cyâimyaka 7 uwari umuyobozi wâishuli ryisumbuye rya CYAPA riherereye mu Karere ka Burera, mu Murenge wa Rwerere, nyuma yo guhamwa nâicyaha cyâivangura no gukurura amacakubiri. Icyaha uyu mugabo yahamijwe yagikoze ku italiki 22 Ukwakira 2020 saa mbiri z’ijoro(20h00) agikorera mu Mudugudu wa Giramahoro, Akagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza […]
Ingero zâibibazo CIA yateje Abanyafurika mu kubambura abayobozi no gushyigikira igitugu

Uruhare rwâiburengerazuba mu gutuma ubuzima butihanganirwa ku Banyafurika rwanditse neza. Abanyamerika, cyane cyane, bazwiho kwivanga mu bibazo byâibihugu byigenga ku nyungu zabo bwite. Ikigo gishinzwe iperereza cyabo (CIA), kizwiho kwivanga mu bibazo byâibindi bihugu bya Afurika. Baza bitwaje ko bakuyeho abanyagitugu mu bihe bimwe na bimwe, naho mu bindi bagashaka kuvanaho igitugu koko, ariko ku […]
Umuvunyi Mukuru avuga ko mu manza 12,2% zaburanishijwe mu nkiko zirimo akarengane
Umuvunyi Madeleine Nirere yavuze ko Ibiro bye byasanze akarengane muri 12.2% by’imanza zaburanishijwe mu nkiko ariko abaturage bakaba barazimushyikirije kubera ko nta butabera bahawe asaba Urukiko rw’Ikirenga kongera kuziburanisha. Ibi ni ibyagezweho nâIbiro byâUmuvunyi muri raporo ngarukamwaka ya 2020-2021 byagejeje kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ukwakira, ku Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi. Umubare w’akarengane […]
L’Agence spatiale rwandaise a dĂ©posĂ© une demande d’acquisition de deux constellations de satellites
L’Agence spatiale rwandaise a dĂ©posĂ© une demande d’acquisition de deux constellations de satellites auprĂšs de l’Union internationale des tĂ©lĂ©communications (UIT), Ă savoir Cinnamon-217 et Cinnamon-937, selon un communiquĂ© officiel. Le dĂ©veloppement a Ă©tĂ© communiquĂ© par l’agence le 20 octobre, indiquant que la soumission est conforme aux rĂšglements et procĂ©dures de l’UIT. L’application dĂ©taillĂ©e appelle les […]
TPLF ivuga ko Ethiopia irimo gukoresha indege kuko irimo gutsindwa ku butaka
Guverinoma ya Ethiopia kuri uyu wa Gatatu yongeye kugaba ibitero byâindege mu Ntara ya Tigray ku nshuro ya gatatu muri iki cyumweru mu rwego rwo guca intege inyeshyamba zâumutwe wa TPLF imaze hafi umwaka ihanganye nazo. Televiziyo yo muri Tigray igenzurwa na TPLF yavuze ko igitero cyo kuri uyu wa gatatu kibasiye Mekelle, umurwa mukuru […]
Gicumbi: Urukiko rwashyikirijwe ushinjwa kwaka indonke mbere yo gutanga akazi
Umugabo ubarizwa mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Shyorongi, Akagari ka Rutonde , Umudugudu wa Nyabyondo ushinjwa kwaka indonke abaturage abizeza kubahesha kazi kuri uyu wa Mbere ushize yagejejwe imbere yâurukiko asabirwa gufungwa byâagateganyo. Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi bwagejeje imbere yâ Urukiko uyu mugabo bumushinja kwaka abaturage indonke abizeza kubahesha akazi mu ruganda […]
Indege zâintambara zâu Burusiya zirukanye iza Amerika zari zasatiriye imbibi zabwo
Kuri uyu wa Gatatu, minisiteri yâingabo yâu Burusiya yavuze ko yohereje indege ebyiri zâintambara za Sukhoi Su-30 kugira ngo ziherekeze indege ebyiri zâAbanyamerika, zitwara za bombe zo mu bwoko bwa B-1B, zizivane hafi yâimbibi zâu Burusiya. Izi ndege zikaba zaherekejwe hejuru yâinyanja yâUmukara,ibintu byahuriranye nâuruzinduko rwa minisitiri wâingabo wa Amerika muri kariya karere. Izi ndege […]
Burundi: Imirambo imaze iminsi igaragara mu Cibitoke yahagurukije perezidansi
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko hari imirambo isaga 10 imaze iminsi irohorwa mu ruzi rwa Rusizi, muri Komini za Buganda na Rugombo, mu Ntara ya Cibitoke, ariko imirambo ibiri yonyine ari yo yatangajwe. Hagati yâitariki ya 14 na 17 Ukwakira gusa, bivugwa ko byibuze imirambo 14 yagaragaye muri komini twavuze haruguru, ariko […]