Meddy Ayatawaza Maombi na Sifa Kwenye Rwanda Convention USA Huko Dallas

meddy yashimishije benshi mu ndirimbo ze zo kuramya imana nk umurongo mushya yafashe mu muziki we 15940

Msanii mashuhuri kutoka Rwanda, Ngabo Médard Jobert, maarufu kama Meddy, aliwaongoza Wanyarwanda na marafiki wao katika tamasha la maombi, lililofanyika wakati wa kuhitimisha Rwanda Convention USA, jijini Dallas, Marekani. Tamasha hilo la kiroho lilifanyika siku ya Jumapili, tarehe 6 Julai 2025, na lilijulikana kama USRCA Prayer Breakfast. Lilianza na kikundi cha sifa na kuabudu, ambacho […]

Meddy Enflamme Dallas lors d’un Concert de Louange à la Rwanda Convention USA

meddy yashimishije benshi mu ndirimbo ze zo kuramya imana nk umurongo mushya yafashe mu muziki we 15940

L’artiste rwandais Ngabo Médard Jobert, connu sous le nom de Meddy, a animé un concert spirituel inspirant lors de la clôture de la Rwanda Convention USA qui s’est tenue à Dallas, aux États-Unis. La cérémonie, organisée le dimanche 6 juillet 2025, portait le nom de USRCA Prayer Breakfast. Elle a débuté par des chants de […]

Meddy Moves the Crowd with Powerful Worship at Rwanda Convention USA in Dallas

meddy yashimishije benshi mu ndirimbo ze zo kuramya imana nk umurongo mushya yafashe mu muziki we 15940

Rwandan artist Ngabo Médard Jobert, popularly known as Meddy, led worship during a powerful prayer concert that concluded the Rwanda Convention USA, held in Dallas, Texas. The event, held on Sunday, July 6, 2025, was named the USRCA Prayer Breakfast. It opened with a praise and worship team whose songs ushered many into a spirit […]

Uko Meddy yakuriye kwa Gitwaza bikamugira udasanzwe

meddy yashimishije benshi mu ndirimbo ze zo kuramya imana nk umurongo mushya yafashe mu muziki we 15940

Umuhanzi Ngabo Médard Jobert uzwi nka Meddy, yataramiye Abanyarwanda n’inshuti zabo mu gitaramo cy’amasengesho cyasoje igikorwa cya Rwanda Convention USA, cyabereye i Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Aya masengesho yabaye ku Cyumweru, tariki ya 6 Nyakanga 2025, yiswe USRCA Prayer Breakfast. Yatangijwe n’itsinda ryo kuramya no guhimbaza ryaririmbye ibihangano byafashije benshi kwinjira mu […]

Sadate Asema Hataki Kurudi Rayon Sports: “Sasa Mimi Ni Shabiki Tu”

Screenshot 2024 02 19 122213

Tajiri na aliyekuwa rais wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, ametangaza kuwa hana mpango wowote wa kurudi tena kuongoza klabu hiyo maarufu ya soka. Kwa maneno yake mwenyewe, Sadate alisema kwamba alifanya kazi aliyopaswa kufanya alipokuwa madarakani, na sasa yeye ni shabiki anayeunga mkono uongozi wa sasa. Alitoa kauli hiyo tarehe 6 Julai 2025, huko Nyamirambo, […]

Sadate écarte tout retour à la tête de Rayon Sports : “Je suis juste un supporter”

Screenshot 2024 02 19 122213

L’homme d’affaires et ancien président de Rayon Sports, Munyakazi Sadate, a affirmé qu’il n’avait aucune intention de revenir à la direction du célèbre club de football. Dans ses propres mots, Sadate a déclaré qu’il avait accompli sa mission à l’époque, et qu’il se considère désormais comme un simple supporter qui soutient les dirigeants actuels. Il […]

Munyakazi Sadate ntakozwa ibyo muri Rayon Sports

Screenshot 2024 02 19 122213

Umuherwe Munyakazi Sadate wahoze ayobora Rayon Sports yatangaje ko adafite gahunda n’imwe yo kongera kugaruka ku buyobozi bw’iyi kipe. Mu magambo ye bwite, Sadate yavuze ko ibyo yakagombye gukora yabikoze, bityo ko ubu asigaye ari umufana ushyigikira abari ku buyobozi. Ibi yabitangarije i Nyamirambo ku itariki ya 6 Nyakanga 2025, ubwo yari amaze guhabwa impamyabushobozi […]

Goma: Dr. Paluku wari ushinzwe ibikorwa by’ ubuvuzi muri Zone ya Karisimbi yapfuye

Compress 20250705 171614 4868

Dr. Paluku Musumba Obedi, wayoboraga zone y’ubuvuzi ya karisimbi iherereye mu mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yapfuye. Mu ijoro ryo ku itariki ya 26 ishyira iya 27/05/2025, ni bwo Dr Paluku yarasiwe iwe mu rugo, n’abantu batamenyekanye bari bakihishyanye imbunda mu duce tugenzurwa […]

RDC: AFC/M23 irashinja leta kurunda ingabo n’intwaro hafi y’ibirindiro byayo

GvK7z2RXsAAvSbe

Ihuriro rya AFC / M23 riramenyesha Umuryango Mpuzamahanga ndetse n’amahanga ko Igisirikare cya Leta ya Congo (FARDC) kiri kurunda ingabo n’ibikoresho bya gisirikare ku mpande zose z’imirongo y’urugamba nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Umuvugizi, Laurence Kanyuka. Muri iri tangazo avuga ko “Ikibabaje kurushaho, ni uko ihuriro ry’ingabo, harimo n’Ingabo z’igihugu cy’u Burundi, zatunze nkana […]

Rais Kagame Aungana na Tume ya Broadband Kuadhimisha Miaka 15 ya Kueneza Mtandao wa Intaneti

GvLBnTiW8AAdiXr

Mchana wa Jumapili, Julai 6, katika Village Urugwiro, Rais Paul Kagame alijiunga na Tume ya Broadband kuadhimisha miaka 15 ya kupanua upatikanaji wa mtandao wa intaneti duniani. Rais Kagame, aliyeshiriki mkutano huo kwa njia ya kidijitali, alisema: “Imekuwa miaka 15 tangu tuanze na imani kwamba mtandao wa broadband unapaswa kufikia kila mtu, kila mahali. Leo […]

Perezida Kagame yagize uruhare mu kwizihiza ibimaze gukorwa mu ikwirakwizwa rya internet

GvLBnTiW8AAdiXr

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, itariki 6 Nyakanga, muri Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yifatanyije na Komisiyo ya Broadband mu rwego rwo kwizihiza imyaka 15 yo kwagura umurongo wa interineti bigizwemo uruhare n’iyi komisiyo ishinzwe umurongo mugari (Broadband Commission). Perezida Kagame muri iyi nama, yitabiriye mu buryo bw’ikoranabuhanga, yagize ati: “Imyaka 15 irashize, dutangiranye […]

Polisi ya Columbia yataye muri yombi ukekwaho gushaka kwica umunyapolitiki ukomeye mu gihugu

Colombia 1024x683 1

Polisi ya Colombia yataye muri yombi umugabo ukekwaho gutegura igitero cyari kigamije kwivugana Senateri Miguel Uribe, umwe mu banyapolitiki bakomeye bo mu ishyaka ry’abakomeye ku mahame gakondo, andetse akaba aherutse gutangaza ko aziyamamaza mu matora ya Perezida y’ umwaka utaha wa  2026. Uyu munyapolitiki w’imyaka 39 kugeza ubu aracyari mu bitaro ndetse ubuzima bwe bukaba […]

Uganda Yapinga Kuingilia Mambo ya DRC Licha ya Shutuma za Umoja wa Mataifa

WhatsApp Image 2024 08 05 at 11.32.24 c532ae3d

Maafisa wa kijeshi wa Uganda wamekanusha kuhusika na mzozo wa usalama katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Congo (DRC), huku raia wa Kongo wakizidi kutilia shaka nafasi ya Uganda kwenye mzozo huo. Katika ripoti ya hivi karibuni, wataalam wa Umoja wa Mataifa walidai kuwa Uganda ilituma zaidi ya majeshi 1,000 ya UPDF kwenye mji wa Bunia […]

L’Ouganda nie toute implication militaire en RDC malgré les accusations de l’ONU

WhatsApp Image 2024 08 05 at 11.32.24 c532ae3d

Les autorités militaires ougandaises ont nié toute implication dans la crise sécuritaire en République Démocratique du Congo (RDC), alors que des doutes persistent parmi les Congolais quant au véritable rôle de Kampala. Dans un rapport récent, des experts de l’ONU ont pointé du doigt l’Ouganda, l’accusant d’avoir déployé plus de 1 000 nouveaux soldats de […]

Uganda Denies Military Meddling in Congo Amid UN Accusations and Local Suspicion

WhatsApp Image 2024 08 05 at 11.32.24 c532ae3d

Ugandan military officials have denied involvement in the security crisis in the Democratic Republic of Congo (DRC), while Congolese citizens continue to suspect Uganda’s double game in the ongoing conflict. In a recent report, United Nations experts accused Uganda of deploying over 1,000 new UPDF troops to Bunia and the territories of Mahagi and Djugu […]

Ntitwigeze duteganya gutera DRC iyo tubigira tuba twarageze i Kinshasa – Gen. Muhoozi

WhatsApp Image 2024 08 05 at 11.32.24 c532ae3d

Abategetsi b’igisirikare cya Uganda barahakana uruhare rwabo mu kibazo cy’umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu gihe Abanyekongo bakomeje gushidikanya ku bijyanye n’impu ebyiri za Kampala mu bibera iwabo. Muri raporo yabo iheruka, impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zatunze urutoki Uganda, zivuga ko yohereje abasirikare bashya barenga igihumbi ba UPDF mu Mujyi wa Bunia no muri […]

Shambulio la Kigaidi Laua Wanajeshi 10 Niger, Magaidi 41 Wauawa Karibu na Mpaka wa Burkina Faso

Niger Army Reports 10 Soldiers Slain in Terrorist AttackNews Central TV

Serikali ya Niger imetangaza kuwa wapiganaji wa makundi ya kigaidi walitekeleza mashambulizi mawili makubwa magharibi mwa nchi hiyo karibu na mpaka wa Burkina Faso, na kusababisha vifo vya wanajeshi 10 wa serikali, kulingana na taarifa ya Wizara ya Ulinzi. Katika taarifa iliyosomwa kupitia televisheni ya taifa, Waziri wa Ulinzi Jenerali Salifou Modi alisema kuwa mashambulizi […]

Abasirikari 10 ba Niger bahitanwe n’ ibitero by’ Abiyahuzi abandi barabakomeretsa

Niger Army Reports 10 Soldiers Slain in Terrorist AttackNews Central TV

Leta ya Niger yatangaje ko, abarwanyi b’imitwe y’iterabwoba bagabye ibitero bibiri bikomeye mu burengerazuba bwa Nijeri hafi y’umupaka wa Burkina Faso, bihitana abasirikare 10 ba Leta, nk’uko byemejwe na Minisiteri y’Ingabo. Mu itangazo ryatambutse kuri Televiziyo y’igihugu, Minisitiri w’Ingabo Jenerali Salifou Modi yavuze ko ibyo bitero byagabwe ku masaha amwe ku wa Gatanu, tariki ya […]

Rwanda Kufungua Hospitali 10 za Kisasa za Vyuo Vikuu Mikoani – Waziri wa Afya

csm WhatsApp Image 2024 10 14 at 23.20.27 27e7cfef 7e786cb973

Katika maeneo mbalimbali ya mikoa nchini Rwanda, serikali inatarajia kufungua hospitali 10 mpya za kiwango cha chuo kikuu, za rufaa ya pili, kama ilivyoelezwa na Waziri wa Afya Dkt. Sabin Nsanzimana katika mahojiano na RBA kuhusu hali ya sekta ya afya miaka 31 baada ya Rwanda kujikomboa. Baada ya mauaji ya kimbari dhidi ya Watutsi […]

Rwanda to Open 10 New University-Level Hospitals in the Provinces – Minister of Health

csm WhatsApp Image 2024 10 14 at 23.20.27 27e7cfef 7e786cb973

Across different provinces of Rwanda, 10 new university-level hospitals (second-level referral) will soon be opened, according to Minister of Health Dr. Sabin Nsanzimana in an interview with RBA, reflecting on Rwanda’s health sector 31 years after liberation. After the 1994 Genocide against the Tutsi, the number of medical doctors in the country was very low […]

Hirya no hino mu ntara hagiye gukwizwa ibitaro bishya 10 bya kaminuza

csm WhatsApp Image 2024 10 14 at 23.20.27 27e7cfef 7e786cb973

Hirya no hino mu Ntara zo mu Rwanda hagiye gufungurwa ibitaro 10 bya Kaminuza, biri ku rwego rwa Kabiri nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, mu kiganiro na RBA, kigaruka ku ishusho y’urwego rw’Ubuzima mu myaka 31 u Rwanda rumaze rwibohoye. Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umubare w’abaganga wari muto mu […]

Wanajeshi wa FARDC Watuhumiwa Kula Mishahara ya Walimu Bafwasende

Des Militaires de la Garde Republicaine FARDC

Katika eneo la Bafwasende, wanajeshi wa kikosi cha Jungle wa FARDC (Jeshi la Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo) wanatuhumiwa kuiba kiasi kikubwa cha fedha siku ya Alhamisi, tarehe 3 Julai. Fedha hizo zilikuwa mishahara ya walimu wa Bafwasende II, katika mkoa wa elimu wa Tshopo I. Saddam Tango, rais wa chama cha walimu wa Bafwasende, […]

Des Soldats de la FARDC Accusés d’Avoir Volé les Salaires des Enseignants à Bafwasende

Des Militaires de la Garde Republicaine FARDC

À Bafwasende, des soldats du bataillon Jungle des FARDC (Forces armées de la République démocratique du Congo) sont accusés d’avoir volé une importante somme d’argent le jeudi 3 juillet. Cet argent était destiné au paiement des enseignants de Bafwasende II, dans la province éducationnelle de Tshopo I. Saddam Tango, président de l’association des enseignants de […]

FARDC Soldiers Accused of Stealing Teachers’ Salaries in Bafwasende

Des Militaires de la Garde Republicaine FARDC

In Bafwasende, soldiers from the Jungle unit of the FARDC (Armed Forces of the Democratic Republic of Congo) are accused of looting a large sum of money on Thursday, July 3rd. The stolen funds were reportedly intended as salaries for teachers in Bafwasende II, part of the Tshopo I education province. Saddam Tango, president of […]

RDC: Abasirikare ba FARDC bibye imishahara y’abarimu muri Tshopo

Des Militaires de la Garde Republicaine FARDC

Ahitwa Bafwasende, Abasirikare ba FARDC bo mu mutwe witwa Jungle barashinjwa gusahura amafaranga menshi ku wa Kane, itariki ya 3 Nyakanga, yari agenewe umushahara w’abarimu bo mu gice cya Bafwasende II, mu Ntara y’uburezi ya Tshopo I. Saddam Tango, perezida w’ishyirahamwe ry’abarimu ba Bafwasende, yatangaje ko amafaranga yatwawe ari umushahara w’abarimu bo mu mashuri abanza […]

Elon Musk Aanzisha “Chama cha Amerika” Kupinga Mfumo wa Vyama Viwili Marekani

Tajiri namba moja duniani na kiongozi wa kampuni mbalimbali za teknolojia, Elon Musk, ametangaza kuanzishwa kwa chama kipya cha kisiasa nchini Marekani kiitwacho America Party, kwa lengo la kupinga utawala wa vyama viwili vya jadi unaotawala Marekani. Jumamosi, aliandika kwenye mtandao wake wa kijamii X: “Kuhusu jinsi nchi yetu inaharibiwa na ufisadi na matumizi mabaya, […]

Elon Musk Launches “America Party” to Break U.S. Two-Party System

The world’s richest man and tech mogul, Elon Musk, has announced the creation of a new American political party called the America Party, aimed at challenging the traditional two-party dominance in the United States. On Saturday, he posted on X, his social media platform: “When it comes to our country being ruined by waste & […]

Elon Musk yashinze ishyaka rigiye guhangana n’Abademokarate n’Abarepubulikani

Umuherwe wa mbere ku Isi uyoboye ibigo bitandukanye by’ikoranabuhanga, Elon Musk, avuga ko yatangije ishyaka rya politiki rishya rya Amerika ryitwa America Party, rigiye guhangana n’amashyaka abiri asanzwe asimburana mu kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ku wa Gatandatu, yanditse kuri X, urubuga nkoranyambaga rwe, ati: “Ku bijyanye no guhomba igihugu cyacu imyanda & ruswa, […]

Cristiano Ronaldo Akosa Mazishi ya Diogo Jota na André Silva Ili Kuepuka Vyombo vya Habari

GOAL Multiple Images 2 Split Facebook 65.jpg

Mshambuliaji wa timu ya taifa ya Ureno, Cristiano Ronaldo, hakuhudhuria mazishi ya mchezaji mwenzake Diogo Jota na kaka yake André Silva, waliokufa kwenye ajali. Hafla hiyo ilifanyika Jumamosi katika jiji la Gondomar, alikozaliwa Jota. Kwa mujibu wa gazeti la A Bola la Ureno, Ronaldo alichagua kuomboleza kwa faragha, akiwasiliana moja kwa moja na familia—hasa mke […]

Cristiano Ronaldo yanze kujya gushyingura Diogo Jota

GOAL Multiple Images 2 Split Facebook 65.jpg

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, ntiyitabiriye umuhango wo gushyingura mugenzi we Diogo Jota n’umuvandimwe we André Silva, bapfiriye mu mpanuka. Ibi byabaye ku wa Gatandatu mu mujyi wa Gondomar, aho Jota yavukiye. Nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru A Bola cyo muri Portugal, Ronaldo yahisemo kwifatanya n’umuryango mu buryo bwihariye, abahamagarira ku giti cyabo, by’umwihariko umugore […]

Museveni Aongoza NRM Tena, Aahidi Amani na Utajiri Uchumi kuelekea Uchaguzi wa 2026

1751736304933

Rais wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, amechaguliwa tena kama Mwenyekiti wa chama tawala cha NRM (National Resistance Movement), huku akijiandaa kuwania urais tena mwaka 2026. Katika hotuba yake huko Kampala baada ya kuthibitishwa kuwa mgombea rasmi, Museveni alitaja vipaumbele sita atakavyovifanyia kazi katika muhula wake mpya wa miaka sita: amani, maendeleo, utajiri, ajira, huduma, na […]

Museveni Re-Elected as NRM Chairman, Vows Peace and Prosperity Ahead of 2026 Elections

1751736304933

President Yoweri Kaguta Museveni of Uganda has been re-elected as Chairman of the National Resistance Movement (NRM) party, as he prepares to run again in the upcoming 2026 presidential elections. In his speech delivered in Kampala after being confirmed as the candidate, Museveni outlined six key priorities for his next six-year term: peace, development, wealth, […]

Museveni yongeye gutorerwa kuyobora NRM

1751736304933

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye gutorerwa kuyobora ishyaka NRM (National Resistance Movement) ku mwanya wa Chairman, mu gihe yitegura kongera kwiyamamariza kuyobora igihugu mu matora ya 2026. Mu ijambo yavugiye i Kampala nyuma yo kwemezwa nk’umukandida, Museveni yatangaje ibintu bitandatu azibandaho muri manda nshya y’imyaka itandatu: amahoro, iterambere, ubukire, akazi, serivisi n’isoko. Yavuze […]

Hasira na Masikitiko Marekani: The Ben, Kevin Kade na Element Wawapotezea Mashabiki Hobe Night

InShot 20250705 175841056

Katika tamasha lililoitwa Hobe Night Meet & Greet lililofanyika Marekani, wasanii The Ben, Kevin Kade, na Producer Element hawakuonekana kama ilivyokuwa imetarajiwa. Tamasha hilo lililoandaliwa na AfroHub Music kwa ushirikiano na Afrique Events, lilikuwa ni sehemu ya kusherehekea Siku ya Ukombozi ya Rwanda mnamo tarehe 4 Julai 2025. Zaidi ya watu 800 waliohudhuria walionyesha masikitiko […]

USA: Abahanzi 3 b’abanyarwanda baburiwe irengero mu birori

InShot 20250705 175841056

Mu birori byiswe Hobe Night Meet & Greet byabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abahanzi The Ben, Kevin Kade na Producer Element ntibagaragaye nk’uko byari byitezwe. Ibi birori byari byateguwe na AfroHub Music ku bufatanye na Afrique Events, mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Kwibohora ku itariki ya 4 Nyakanga 2025. Abari bitabiriye […]

Rwanda Yapanda Nafasi Katika Orodha ya Amani ya Dunia, ya Pili Afrika Mashariki

20250705 151108

Ripoti ya Institute for Economics and Peace (IEP) imeliweka Rwanda katika nafasi ya 91 duniani kwa mwaka wa 2025 kwenye Global Peace Index. Kila mwaka, IEP huchapisha ripoti ya Global Peace Index inayopima na kupanga mataifa kulingana na hali ya amani. Rwanda limepanda kutoka nafasi ya 92 mwaka wa 2024 hadi 91 mwaka wa 2025.Barani […]

Rwanda Rises in Global Peace Ranking, 2nd Most Peaceful in East Africa

20250705 151108

A report by the Institute for Economics and Peace (IEP) has ranked Rwanda 91st in the world on the 2025 Global Peace Index. The IEP annually publishes the Global Peace Index (GPI), which evaluates and ranks countries around the world based on their level of peace. In the 2025 report, Rwanda moved up one position […]

U Rwanda rwigiye imbere mu bihugu bifite amahoro ku Isi

20250705 151108

Raporo y’Ikigo Institute for Economics and Peace (IEP), yashyize u Rwanda ku mwanya wa 91 ku Isi mu bihugu bifite amahoro. Iki kigo buri mwaka gisohora raporo izwi nka Global Peace Index yerekana uko ibihugu byo hirya no hino ku Isi biba bihagaze mu bijyanye no kwimakaza amahoro. U Rwanda muri uyu mwaka wa 2025 […]

Jenerali Muhoozi Aikashifu Jeshi la Kenya, Aisifu FARDC ya Congo

20250705 141333

Kamanda Mkuu wa Jeshi la Uganda, Jenerali Muhoozi Kainerugaba, amekemea vikali Jeshi la Ulinzi la Kenya (KDF), akisema kuwa Jeshi la Congo (FARDC) ni mara kumi bora zaidi kuliko KDF. Kupitia chapisho kwenye ukurasa wake wa X, Jenerali Muhoozi alisema: “Lazima niseme kuwa jeshi la Congo (FARDC)… licha ya changamoto kadhaa… ni bora mara 10 […]

Ugandan Army Chief Blasts Kenyan Military, Praises Congo’s FARDC

20250705 141333

Uganda’s Chief of Defense Forces, Gen. Muhoozi Kainerugaba, has harshly criticized the Kenya Defence Forces (KDF), claiming that the Armed Forces of the Democratic Republic of Congo (FARDC) are more than 10 times stronger than them. In a post on his X (formerly Twitter) account, Gen. Muhoozi stated: “I must say that the Congolese Army […]

Gen. Muhoozi yandagaje KDF, avuga ko irutwa ubugira 10 na FARDC

20250705 141333

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yibasiye Igisirikare cya Kenya (KDF), avuga ko icya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) gikomeye inshuro zirenga 10 kukiruta. Gen. Muhoozi mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X, yagize ati: “Ngomba kuvuga ko Igisirikare cya Congo (FARDC)…n’ubwo bafite ibibazo bimwe…ni beza kurusha Igisirikare cya Kenya (KDF) […]

Mwanamuziki wa Injili Vestine afunga ndoa ya uchumba na Ouedraogo Idrissa kwa shangwe kubwa

Screenshot 20250705 124858 1

Ishimwe Vestine, mmoja wa wanamuziki wa nyimbo za injili katika kundi maarufu Vestine & Dorcas, alichumbiwa rasmi na mpenzi wake Ouedraogo Idrissa katika hafla ya kuvutia iliyofanyika katika Intare Conference Arena, Rusororo. Sherehe hiyo ilifanyika asubuhi ya Jumamosi tarehe 5 Julai 2025, na ilihudhuriwa na familia zote mbili, marafiki wa karibu, mashabiki wao, pamoja na […]

La star gospel Vestine fiancée à Ouedraogo Idrissa lors d’une cérémonie émouvante

Screenshot 20250705 124858 1

Ishimwe Vestine, l’une des artistes du célèbre duo gospel rwandais Vestine & Dorcas, a été demandée en fiançailles par son compagnon Ouedraogo Idrissa, lors d’une magnifique cérémonie organisée à l’Intare Conference Arena à Rusororo. La cérémonie s’est tenue le samedi matin 5 juillet 2025, en présence des familles des deux fiancés, de proches amis, de […]

Gospel Star Vestine Gets Engaged to Ouedraogo Idrissa in Joyful Ceremony

Screenshot 20250705 124858 1

Ishimwe Vestine, one of the members of the popular Rwandan gospel duo Vestine & Dorcas, got engaged and was formally proposed to by her partner Ouedraogo Idrissa in a colorful ceremony held at Intare Conference Arena in Rusororo. The engagement took place on the morning of Saturday, July 5, 2025, and was attended by both […]

Ishimwe Vestine yasabwe aranakobwa

Screenshot 20250705 124858 1

Ishimwe Vestine, umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bagize itsinda Vestine & Dorcas, yasabwe aranakobwa n’umukunzi we Ouedraoso Idrissa, mu birori byabereye ku Intare Conference Arena i Rusororo. Uyu muhango wabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 5 Nyakanga 2025, witabirwa n’abagize imiryango yombi, inshuti za hafi, abakunzi babo […]

Rais Ruto amtimua mkuu wa BioVax kufuatia tuhuma za biashara haramu ya viungo vya binadamu

f71f6fb2f7a17cca

Rais wa Kenya William Ruto amemfuta kazi Dkt. Swarup Mishra kutoka nafasi ya Mwenyekiti wa Bodi ya Taasisi ya Kenya BioVax, kufuatia tuhuma za kuhusika na biashara haramu ya viungo vya binadamu kupitia hospitali zake za Mediheal. Taarifa hiyo ilitolewa Ijumaa, tarehe 4 Julai 2025, kupitia tangazo rasmi la serikali lililosainiwa na Rais Ruto mwenyewe. […]