Home > ... > Forum 7521

Abize ECE muri Kaminuza y’u Rwanda baratabaza REB na MINEDUC

29 July 2020, 15:35, by Jay

Ariko gushyiraho ibintu ngo byigwe ntekereza ko byakajyanye n’ikibazo kiba gihari. Gusa iki kibazo ntikiri muri ECE gusa kuko usanga ibintu byinshi byigishwa ntaho wabona babikeneye pe! . Byose nibabbireke bigishe imyuga kuko nibyo byafasha mu kwihangira imirimo

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa