Abikorera beretswe impamvu bakwiye gushora imari muri Serivisi zirimo iz’ubuhinzi n’ubuzima
Polisi yarashe uwari uri gutwika urusengero
Senegal: Minisitiri w’Intebe arashinja u Bufarasha kubavogera
Home > ... > Forum 19340
6 August 2021, 13:43, by Jackson
Muvandimwe nshuti,ndagushimiye k’ubwo umuhate ufite wo kugaragaza ko wasomye ibyanditswe byera.Ariko Ukeneye kwiga neza Bibiya kdi ukanamenya neza ibyo uyu mubyeyi Ellen G White,mukereka kugoreka ibyo yanditse: Niba usoma Bibiliya uyisoma ushaka gusobanukirwa atari ugupfa gusoma gusa ntabwo wari kubeshya ibyo Bibiliya itavuze: 1.Ntaho Bibiliya yemerera kunywa inzoga,iryo somo uzarisubiremo neza,umenye impamvu Paulo yabwiraga Thimothe atyo, 2.Ntabwo Ari Ellen White ariwe ubuza kurya inyama,kuko na Bibiliya uvuga ntaho yemerera abantu kurya inyama,kuko mu itangiro Imana ikimara kurema umuntu mu biryo yahaye umuntu ntaho wabona inyama,rero inama Ellen White yatanze ntabwo Ari ize ku giti cye ahubwo zikomoka Ku ijambo ry’Imana. 3.Ntabwo Isabato yari iy’Abayuda nshuti,oya rwose Itangiriro 2:1-4,Kuva 20:8,Ezeckiel 20:20,Yesaya 58:13-14,Mathieu 27:62,Mathieu 28:1-7,Marc 15:42,Marc 16:1-8,9-11,Luka 4:16,Luka 23:50-56,Luka 24:1-7,Ibyakozwe n’intumwa 13:44 n’andi masomo menshi.........,rero ntekereza ko ibyo wavuze ushobora kuba utabizi,ahubwo naguha inama y’uko wakwemera Bibiliya ikakuyobora aho kugira uyikoreshe usobanura ukuri kwayo ukoresheje intekerezo za we.Muri make ibyo wavuze ni ibitekerezo byawe ntabwo Ari ukuri kwa Bibiliya.Mwuka w’Imana agushoboze gusobanukirwa.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Muvandimwe nshuti,ndagushimiye k’ubwo umuhate ufite wo kugaragaza ko wasomye ibyanditswe byera.Ariko Ukeneye kwiga neza Bibiya kdi ukanamenya neza ibyo uyu mubyeyi Ellen G White,mukereka kugoreka ibyo yanditse:
Niba usoma Bibiliya uyisoma ushaka gusobanukirwa atari ugupfa gusoma gusa ntabwo wari kubeshya ibyo Bibiliya itavuze:
1.Ntaho Bibiliya yemerera kunywa inzoga,iryo somo uzarisubiremo neza,umenye impamvu Paulo yabwiraga Thimothe atyo,
2.Ntabwo Ari Ellen White ariwe ubuza kurya inyama,kuko na Bibiliya uvuga ntaho yemerera abantu kurya inyama,kuko mu itangiro Imana ikimara kurema umuntu mu biryo yahaye umuntu ntaho wabona inyama,rero inama Ellen White yatanze ntabwo Ari ize ku giti cye ahubwo zikomoka Ku ijambo ry’Imana.
3.Ntabwo Isabato yari iy’Abayuda nshuti,oya rwose Itangiriro 2:1-4,Kuva 20:8,Ezeckiel 20:20,Yesaya 58:13-14,Mathieu 27:62,Mathieu 28:1-7,Marc 15:42,Marc 16:1-8,9-11,Luka 4:16,Luka 23:50-56,Luka 24:1-7,Ibyakozwe n’intumwa 13:44 n’andi masomo menshi.........,rero ntekereza ko ibyo wavuze ushobora kuba utabizi,ahubwo naguha inama y’uko wakwemera Bibiliya ikakuyobora aho kugira uyikoreshe usobanura ukuri kwayo ukoresheje intekerezo za we.Muri make ibyo wavuze ni ibitekerezo byawe ntabwo Ari ukuri kwa Bibiliya.Mwuka w’Imana agushoboze gusobanukirwa.