Abikorera beretswe impamvu bakwiye gushora imari muri Serivisi zirimo iz’ubuhinzi n’ubuzima
Polisi yarashe uwari uri gutwika urusengero
Senegal: Minisitiri w’Intebe arashinja u Bufarasha kubavogera
Home > ... > Forum 19341
6 August 2021, 13:57, by Jackson
Nshuti ntabwo Ari ugusebanya keretse niba utarize amateka,iyo ahantu navuze ivyabaye kdi nababgizemo uruhare bakaba bahari,ntabwo wavuga ngo ahantu barasebanya.Kuko uruhare rwa Église Catholique muri ayo mateka rurazwi. Ikindi amatorero ya gi Protestant uko yahagurutse n’umugambi yahagurukanye ntabwo ariwo Ubu afite niba warasomye keza. – Ikindi ntabwo itorero Riri mu idini.(Oya ibyo bitandukanye) – Rero itorero ry’Abadiventisti ryubakiye Ku kuri kwa Bibiliya uko kwakabaye,kabone n’ubwo abarigize baba batagenda neza muri uko kuri,ariyo ibyo ntabwo bivuze ukuri ry’igisha kutari Kuzima. Ibyo uvuze rero ni logique ntabwo Ari ukuri(twihangane rero twe gushaka ko inyurabwenge zacu arizo zikoreshwa mu gusobanura ijambo ry’Imana.Ibyo ndabivuga nshingiye ko Ellen White ibyo yanditse Ari ukuri guhuje neza n’ijambo ry’Imana,biba ushaka kubihinyuza uzafate igihe igenzura ibyanditswe mu bitabo byose Ellen White ubisuzumishe Bibiliya noneho ubone gukora commentaires.Naho Ubu uravuga ibintu udafitiye amakuru.Imana iduhe gusobanukirwa ko ukuri kwayo kureba abantu Bose.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Nshuti ntabwo Ari ugusebanya keretse niba utarize amateka,iyo ahantu navuze ivyabaye kdi nababgizemo uruhare bakaba bahari,ntabwo wavuga ngo ahantu barasebanya.Kuko uruhare rwa Église Catholique muri ayo mateka rurazwi.
Ikindi amatorero ya gi Protestant uko yahagurutse n’umugambi yahagurukanye ntabwo ariwo Ubu afite niba warasomye keza.
– Ikindi ntabwo itorero Riri mu idini.(Oya ibyo bitandukanye)
– Rero itorero ry’Abadiventisti ryubakiye Ku kuri kwa Bibiliya uko kwakabaye,kabone n’ubwo abarigize baba batagenda neza muri uko kuri,ariyo ibyo ntabwo bivuze ukuri ry’igisha kutari Kuzima.
Ibyo uvuze rero ni logique ntabwo Ari ukuri(twihangane rero twe gushaka ko inyurabwenge zacu arizo zikoreshwa mu gusobanura ijambo ry’Imana.Ibyo ndabivuga nshingiye ko Ellen White ibyo yanditse Ari ukuri guhuje neza n’ijambo ry’Imana,biba ushaka kubihinyuza uzafate igihe igenzura ibyanditswe mu bitabo byose Ellen White ubisuzumishe Bibiliya noneho ubone gukora commentaires.Naho Ubu uravuga ibintu udafitiye amakuru.Imana iduhe gusobanukirwa ko ukuri kwayo kureba abantu Bose.