Kirehe: Hagiye kubakwa inzu y’imyidagaduro izatwara asaga miliyari 4.5
Umujyi wa Kigali wategetse umuraperi Jay C kwisenyera
Bunyoni uregwa ibyaha 7 karahabutaka agiye kongera kugezwa imbere y’ubutabera
Home > ... > Forum 14204
18 January 2021, 16:13, by GQTI
Ese mugore bagutwara umugabo ureba he? Ibaze ko uba waramutwaye izindi nkumi, zari na nziza kukurusha. Umugabo akaguhitamo. Mukabana. Imyaka 2 yambere bikaba iri a cyane. Hashira umwaka wa gatatu ugatangira kwigira akaraha kajya he? No ku buriri wapi, akagomba gutereta kugirango mwizuze inshingano z’abashakanye. Ibyo byose birya umugabo ni utari ubizi. Yagutuma ikintu ngo se wowe wakihaye? Ugatangira gufata ibyemezo bikomeye utamubwiye(kugura ikintu cy’agaciro, imodoka, guha bene wanyu ubufasha mutabyumvikanyeho n’ibindi) Yakubaza ikintu ku neza ukamusubizanya umushiha, ku meza ntumuvugisha, igikoni wagihariye abakozi bo mu rugo, ibiryo bikaza kumeza utazi n’ibyo batekeye umugabo wawe. BABAKOBWA mwamurwaniraga n’abandi bavutse hagati aho, ntaho bagiye. NONE NAGENDA UZAVUZA INDURU? AZAGENDA RWOSE. Iyo mpugucye ni aha igomba gutinda, kubitera abagoba kugenda bagatwarwa n’abandi bagore aho gutinda ku byamaze kuba.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Ese mugore bagutwara umugabo ureba he? Ibaze ko uba waramutwaye izindi nkumi, zari na nziza kukurusha. Umugabo akaguhitamo. Mukabana. Imyaka 2 yambere bikaba iri a cyane. Hashira umwaka wa gatatu ugatangira kwigira akaraha kajya he? No ku buriri wapi, akagomba gutereta kugirango mwizuze inshingano z’abashakanye. Ibyo byose birya umugabo ni utari ubizi. Yagutuma ikintu ngo se wowe wakihaye? Ugatangira gufata ibyemezo bikomeye utamubwiye(kugura ikintu cy’agaciro, imodoka, guha bene wanyu ubufasha mutabyumvikanyeho n’ibindi) Yakubaza ikintu ku neza ukamusubizanya umushiha, ku meza ntumuvugisha, igikoni wagihariye abakozi bo mu rugo, ibiryo bikaza kumeza utazi n’ibyo batekeye umugabo wawe. BABAKOBWA mwamurwaniraga n’abandi bavutse hagati aho, ntaho bagiye. NONE NAGENDA UZAVUZA INDURU? AZAGENDA RWOSE. Iyo mpugucye ni aha igomba gutinda, kubitera abagoba kugenda bagatwarwa n’abandi bagore aho gutinda ku byamaze kuba.