Myanmar: Abahunga gukora imyaka 2 y’igisirikari bangiwe gusohoka mu gihugu
Goma: Urukiko rwemeje ko abasirikare ba FARDC bahunze M23 barimo ba Ofisiye bicwa
Burundi: Ivu ririfashishwa mu kubika inyanya igihe kirekire
Home > ... > Forum 51638
2 May 2023, 16:26, by IY∆M∆R£R£
Iyaba Abana b’Abanyarwanda bari bateguwe ku buryo bagira ubushobozi bwo gutsindira isoko ry’imirimo ku rwego mpuzamahanga. Kuko kugenda mu cyo nakwita igihiriri, bagerayo bagahabwa imirimo ya kazaroho gusa ugasanga babayeho amarenzamunsi na za nyungu igihugu cyari cyibitezeho ntiziboneke.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Iyaba Abana b’Abanyarwanda bari bateguwe ku buryo bagira ubushobozi bwo gutsindira isoko ry’imirimo ku rwego mpuzamahanga. Kuko kugenda mu cyo nakwita igihiriri, bagerayo bagahabwa imirimo ya kazaroho gusa ugasanga babayeho amarenzamunsi na za nyungu igihugu cyari cyibitezeho ntiziboneke.