Home > ... > Forum 57013

Bisimwa yatangaje ko Ndayishimiye yagambaniye M23

24 November 2023, 04:53, by Alias

Mureke Umushingantahe nawe ibyo abaturage be bamukorera kubera abahungu babo bashiriye muri drc nta n’icyo barwanira hejuru ya miliyoni 20$ yahawe uraje ubibone. Ubundi umwana ujya iwabo ntawumurwanya ngo amushobore. M23mwabyitwayemo neza ndetse n’aho abarundi batanze urebye hose mumaze kuhagaruza. Drc mushatse mwakwakira m23 ahubwo mukanayireka ikaba ari yo iyobora igisirikari kuko igaragaza imbaraga zirenze. Bashingantahe umuriro mwakije ngira ngo mwarawose muri kumva ubushyuhe. Gusa turashaka amahoro. Ba bihemu ibihembo byabo birahari. Rwose barundi ibyo murimo mwitege ibizakurikira, ariko mwagiye mwibuka namwe iyo muvuye mugashaka ineza ya bose. Umwanzi arakaba mu buhungiro.

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa