Sudan: U Burusiya n’ u Bushinwa mu bihugu bishinjwa kohereza intwaro nshya mu mutwe wa RSF
Umunyarwanda agiye kurwana n’Umuyapani mu mikino ya Olympic
EU yashyizeho intumwa yayo mu karere k’ibiyaga bigari isimbura iyanzwe n’u Rwanda
Home > ... > Forum 57013
24 November 2023, 04:53, by Alias
Mureke Umushingantahe nawe ibyo abaturage be bamukorera kubera abahungu babo bashiriye muri drc nta n’icyo barwanira hejuru ya miliyoni 20$ yahawe uraje ubibone. Ubundi umwana ujya iwabo ntawumurwanya ngo amushobore. M23mwabyitwayemo neza ndetse n’aho abarundi batanze urebye hose mumaze kuhagaruza. Drc mushatse mwakwakira m23 ahubwo mukanayireka ikaba ari yo iyobora igisirikari kuko igaragaza imbaraga zirenze. Bashingantahe umuriro mwakije ngira ngo mwarawose muri kumva ubushyuhe. Gusa turashaka amahoro. Ba bihemu ibihembo byabo birahari. Rwose barundi ibyo murimo mwitege ibizakurikira, ariko mwagiye mwibuka namwe iyo muvuye mugashaka ineza ya bose. Umwanzi arakaba mu buhungiro.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Mureke Umushingantahe nawe ibyo abaturage be bamukorera kubera abahungu babo bashiriye muri drc nta n’icyo barwanira hejuru ya miliyoni 20$ yahawe uraje ubibone. Ubundi umwana ujya iwabo ntawumurwanya ngo amushobore. M23mwabyitwayemo neza ndetse n’aho abarundi batanze urebye hose mumaze kuhagaruza. Drc mushatse mwakwakira m23 ahubwo mukanayireka ikaba ari yo iyobora igisirikari kuko igaragaza imbaraga zirenze. Bashingantahe umuriro mwakije ngira ngo mwarawose muri kumva ubushyuhe. Gusa turashaka amahoro. Ba bihemu ibihembo byabo birahari. Rwose barundi ibyo murimo mwitege ibizakurikira, ariko mwagiye mwibuka namwe iyo muvuye mugashaka ineza ya bose. Umwanzi arakaba mu buhungiro.