Gen Muhoozi yahakaniwe na Perezida Kagame ko Kakwenza yaba yahungiye mu Rwanda

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akanaba Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yavuganye na Perezida Paul Kagame akamuhakanira ko nta Kakwenza Rukira uri mu Rwanda. Ni nyuma y’amakuru yavugaga ko uyu mugabo usanzwe ari umwanditsi yaba yahunze Uganda akaza hano mu Rwanda, nk’inzira yo kumujyana ku mugabane […]

Urukiko rwategetse Uganda kuriha RDC miliyoni 325 z’amadolari

Urukiko mpuzamahanga ruri i La Haye ruri mu Buholandi kuri uyu wa 9 Gashyantare 2022 rwategetse Leta ya Uganda guha iya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) indishyi ya miliyoni 325 z’amadolari ya Amerika. Iyi ndishyi irajyana n’ibyo ingabo za Uganda zangije ubwo zari mu ntambara muri RDC mu myaka y’1990. Igizwe n’ibice bitatu birimo: […]

U Burundi ku mwanya wa 2 mu bihugu 10 bya Afurika byageragejwemo Coups d’Etat nyinshi

Ku wa Kabiri tariki ya 01 Gashyantare 2022 Ingoro ya Perezida Umaro Sissoco EmbalĂČ wa GuinĂ©e-Bissau yagabweho igitero cy’abo yavuze ko bashakaga kumuhirika ku butegetsi, cyakora cyo iyo Coup d’Etat iza gupfuba. Abantu 11 ni bo Minisiteri y’Itumanaho muri kiriya gihugu yatangaje ko baguye muri icyo gitero. Coup d’Etat yageragejwe muri iki gihugu cyahoze cyarakoronijwe […]

Kakwenza ukunze kwibasira Museveni n’umuhungu we yatorotse igihugu

Umwanditsi w’Umugande, Kakwenza Rukirabashaije ukunze kwibasira Perezida Yoweri Kaguta Museveni n’umuhungu we, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, yamaze gutoroka igihugu. Umunyamategeko wamwunganiraga mu rukiko, Eron Kiiza yemereye aya makuru abanyamakuru batandukanye kuri uyu wa 9 Gashyantare 2022. Uyu munyamategeko yatangarije televiziyo NTV ati: “Kakwenza yavuye muri Uganda kubera impungenge z’ubuzima bwe, kandi azaba ashaka inzira ijya […]

Igisubizo cya Bamporiki ku wamubajije uko byagenze ngo u Rwanda rube akadomo ku ikarita y’Isi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard yibukije abamukurikira ku rubuga rwa Twitter umugani ‘u Rwanda ruratera ntiruterwa’ wakomotse ku mwami Cyilima Rujugira. Bamporiki yawusanishaga n’ijambo Perezida Paul Kagame yavuze ku banzi bashaka kurwanya igihugu, kuri uyu wa 8 Gashyantare 2022, ubwo yakiraga indahiro za Minisitiri w’Ibikorwaremezo n’Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri. […]

Kirehe: Barasaba ubuyobozi gukemura uruhuri rw’ibibazo biri muri C.S Musaza

Abaturage bivuriza ku kigo nderabuzima cya Musaza ndetse n’abakozi bahakorera barasaba ubuyobozi gushaka umuti w’ibibazo birimo imitangire mibi ya serivisi zihabwa abaturage ndetse n’imiyoborere mibi irimo no gutonesha bamwe mu bakozi. Amakuru Bwiza.com ikesha abaturage ni uko hari ibibazo bimaze iminsi bivugwa mu kigo nderabuzima cya Musaza bituruka ku bwumvikane buke buri hahati ya bamwe […]

Les forces du Rwanda et du Mozambique sĂ©curisent l’ouest du district de Palma

csm_3_b56f2d1f9a.jpg

Les opĂ©rations offensives conjointes menĂ©es par les forces de sĂ©curitĂ© rwandaises et mozambicaines dans les rĂ©gions de Pundanhar et de Nhica do Ruvuma visant Ă  Ă©liminer les restes d’insurgĂ©s terroristes ont Ă©tĂ© signalĂ©es comme rĂ©ussies. Les Forces armĂ©es mozambicaines (FADM) et les Forces de sĂ©curitĂ© rwandaises (RSF) ont lancĂ© les opĂ©rations au cours des deux […]

Narababaye cyane kuko batantumiye – Guardiola kuri Glearish na bagenzi be bagaragaye basinze

Ku Cyumweru gishize abakinnyi ba Manchester City barimo Riyad Mahrez, Kyle Walker, na Jack Grealish wari urandaswe mu maboko bigaragara ko yasinze baragaye bava mu kabari ka Centre bar. Uwafashe amashusho yavuzeko Grealish yari yasinze cyane ku buryo atashoboraga kwicyura, bikagaragara ko ari arandaswe n’abamufashaga kugenda kuko byagragaraga ko nta mbaraga zo kwigenza yari afite. […]

Perezida Kagame yahuje imvugo na Museveni ku muzi w’ikibazo cy’ibyihebe byo muri Cabo Delgado

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko umuzi w’ikibazo cy’ibyihebe byo mu mutwe wa Jamaat Ansar al-Sunnah wayogoje intara ya Cabo Delgado ari ADF ifite ibirindiro mu mashyamba ya Congo, ashimangira ko hakenewe ubufatanye bw’akarere kose mu kugikemura burundu. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku wa Kabiri, ubwo yari amaze kwakira indahiro ya Dr Nsabimana Ernest uheruka kugirwa Minisitiri […]

Pasiteri yavuze impamvu itangaje yahisemo kwambara inkweto z’abagore za ‘high heels’

Umupasiteri wo mu gihugu cya Togo utatangajwe amazina, yahisemo kwiyambarira inkweto z’abagore zizwi nka high heels kuko ngo iz’abagabo zituma amerewe nabi mu mubiri, zikamutera n’ubundi burwayi atatangaje, ariko akaba ari no kubahiriza icyo Imana yamubwiye. Mu mashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga, abatari bake bibazaga impamvu uyu muvuga butumwa yahisemo kwambara inkweto ubusanzwe zambara abagore. […]

Rubavu: Ubuyobozi burashinjwa kwirengagiza icyobo cyabatandukanyije n’abakiriya no kubateza igihombo

vlcsnap-2022-02-09-11h26m19s444.png

Abaturage bo mu Karere ka Rubavu baturanye na Repubulika ya Demokarasi ya Congo baratabaza kubera icyobo cyacitse ahari umuhanda wari ingenzi ku bucuruzi bavuga ko kibabangamiye kuko ari ho hanyuraga imodoka zitwaye ibicuruzwa, hakaba n’abavuga ko bahombye kubera ko amazu yabo yakodeshwaga n’abahakoreraga ubucuruzi kuri ubu bakaba barimutse kubera icyo cyobo. Abaturage bashinja ubuyobozi bw’akarere […]

Burundi : Abayobozi bakuru batatu bari muri kasho z’urwego rushinzwe iperereza

Abayobozi bakuru batatu mu gihugu cy’u Burundi aribo; Maniratunga Albert ukuriye urwego rushinzwe gutwara abantu n’ibintu (OTRACO), Ngendakumana Venant ushinzwe ubucuruzi na IngĂ©nieur Emmanuel Manirakiza ushinzwe itunganywa ry’ibikomoka kuri peteroli bafungiwe muri kasho y’urwego rw’igihugu rw’iperereza (SNR) i Bujumbura guhera kuri uyu wa Mbere ushize itariki 07 Gashyatare 2022. Itabwa muri yombi ryabo ryaje nyuma […]

Fixed assets officer at SKOL

JOB ADVERTISEMENT The Department of Human Resources would like to inform the public and its estimated staff of opportunities for the following positions: 1. Fixed assets officer Any employee qualified according to the criteria defined below can apply. SBL employees with the ambition to apply is equally welcome. 1.FIXED ASSETS OFFICER a. Job summary The […]

Harakekwa ukuboko k’u Burusiya muri coup d’etats zimaze iminsi ziba muri Afurika

Gen. Stephen Townsend, umuyobozi w’ingabo z’Amerika muri Afurika (AFRICOM)afata ijambo mu nama y’Abakuru b’ingabo za Afurika ya 2022, hifashishijwe ikoranabuhanga ari i Roma, ko “ukuboko k’u Burusiya” gushobora kuba muri zimwe muri coup d’etats zagaragaye ku mugabane wa Afurika mu mwaka ushize. Nyuma y’ikibazo cyabajijwe mu nama yo ku ya 3 Gashyantare ku bijyanye n’umubare […]

Kagame on why it took years to reopen border with Uganda

Commenting on the recent decision to reopen the Gatuna border, President of Rwanda, Paul Kagame, said that the move was delayed by the fact that some outstanding issues that led to its closure three years ago had remained unresolved for long. The President pointed out that Rwanda did not spontaneously close the border, but did […]

Urukiko Rukuru rwa Loni rurafata umwanzuro ku kirego RDC yishyuzamo Uganda miliyari 11 $

Kuri uyu wa Gatatu, urukiko rukuru rwa Loni rurafata icyemezo mu rubanza rumaze igihe kirekire hagati ya Uganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, iri kwishyuza amamiliyaridi y’amadolari y’impozamarira kubera intambara ikaze yo mu 1998-2003. Urukiko mpuzamahanga rwiteguye gutanga umwanzuro saa 1400 GMT ku ntambara y’amategeko Kinshasa yatangirije kuri Kampala mu myaka irenga makumyabiri ishize. […]

UN court to return eight Rwandans from Niger to Arusha

A judge at the International Residual Mechanism for Criminal Tribunals (the Mechanism) on Monday, February 7, ruled in favour of a return to Tanzania of eight Rwandans who had been relocated to Niger late 2021. In his ruling, Judge Joseph E. Chiondo Masanche said that the men – who include convicts who completed their sentences […]

Nyamasheke: Ukutavuga rumwe hagati y’akarere n’abarimu ku mafaranga kabaka- Meya ati “batangiye kubisubiza i rudubi’’

Mu karere ka Nyamasheke hamaze iminsi igisa n’urunturuntu hagati y’ubuyobozi bwako n’abarimu byaraturutse ku mpapuro bahawe ngo buzuze zo gutanga icyiswe ku bushake amafaranga yo kubakira abatishoboye, ariko bamwe mu barimu ntibabyakira neza nk’uko byagaragaye ku mbuga nkoranyambaga bamwe muri bo bagiye batambutsa babifata nk’akarengane, umuyobozi w’aka karere Mukamasabo Appolonie agahakana yivuye inyuma ibyo kwaka […]

Ibiro bya Perezida byasobanuye impamvu y’ifungwa rya François Beya

Umuvugizi wa Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Kasongo Mwema yaraye asobanuye impamvu y’ifungwa ry’umujyanama wihariye wa Perezida mu by’umutekano, François Beya umaze iminsi itatu muri kasho y’urwego rw’ubutasi, ANR. Ubutumwa bwa Mwema bwatambutse ku rubuga rw’ibi biro buvuga ko ubundi bidasanzwe ko bitanga ibisobanuro ku ifungwa ry’umuntu ariko byabaye ngombwa ko bibikora […]

RDF na FADM birukanye ibyihebe mu duce tubiri byaherukaga kwigarurira

Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique, zigaruriye uduce twa Pundanhar na Nhica do Ruvuma twaherukaga kwigarurirwa n’ibyihebe. Utu duce twombi tuzwiho kubamo imirima myinshi y’imyumbati, duherereye mu karere ka Palma ho mu ntara ya Cabo Delgado, nko ku bilometero 55 uvuye mu mujyi wa Palma. Ibyihebe byaherukaga kujya kutwihishamo by’agateganyo, mu rwego rwo kongera kwisuganya, […]

EU yakuyeho ibihano yari yarafatiye u Burundi, isubukura inkunga

Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi, EU, wafashe icyemezo cyo gukuraho ibihano wari warafatiye Guverinoma y’u Burundi kuva mu myaka itandatu ishize, wemera gusubukura inkunga wabugeneraga. Uyu muryango wafashe iki cyemezo kuri uyu wa 8 Gashyantare 2022, bitewe n’uko ubona ko hari intambwe Leta y’u Burundi ishimishije yateye kuva Perezida Evariste Ndayishimiye yatorwa, by’umwihariko igana ku mahoro. Itangazo […]

Gen. Kandiho yahawe inshingano ikomeye muri Polisi

Maj. Gen. Abel Kandiho waherukaga gukurwa ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’igisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi, CMI, yahawe inshingano ikomeye muri Polisi y’igihugu. Nk’uko itangazo ry’igisirikare na Polisi ribyemeza, Perezida Yoweri Museveni usanzwe ari n’Umugaba w’Ikirenga yagize Gen. Kandiho Umuyobozi Mukuru uzajya akorana n’uyoboye Polisi, IGP Martin Ochola. Iri tangazo ry’igisirikare rigira riti: “Nyakubahwa Perezida […]