JIBU irasaba abaturarwanda kwitondera ababagurisha amazi atujuje ubuziranenge bayiyitirira

Ikigo gitunganya amazi yo kunywa mu Rwanda kikanayacuruza, JIBU Rwanda, kiraburira abakiriya bacyo ko hadutse abatubuzi bafata amwe mu macupa yabo bakiyitirira bakaba batanga amazi atujuje ubuziranenge. Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hari abatunga agatoki amazi bakekaga ko akorwa na JIBU, bavuga ko yabaye mabi kuko babonamo umucanga, abandi bakavuga ko abatera ibicurane. Abanyamakuru babajije […]
Rwamagana: Abayobozi basabye abaturage kubafasha kwesa imihigo

Ku wa 8 Kamena 2022, abagize inama njyanama mu karere ka Rwamagana bafatanyije n’inzego zishinzwe umutekano bashoje ibikorwa byo kureba aho imihigo igeze ishyirwa mu bikorwa. Mu butumwa bwagejejwe ku baturage, basabwe gufasha ubuyobozi kwesa iyo mihigo. Nyuma yo gusura ibikorwa biri mu mihigo baganiriye n’abaturage mu nteko rusange babakemura ibibazo. Musabyeyezu Dative, umujyanama mu […]
Hamenyekanye umutoza uhabwa amahirwe yo gusimbura Mauricio Pochettino muri PSG
Umutoza wa Sporting Lisbon, Ruben Amorim, arahabwa amahirwe menshi yo gusimbura Mauricio Pochettino usanzwe ari umutoza w’ikipe ya PSG ushobora kwirukanwa muri iyi mpeshyi azira umusaruro udahagije. Pochettino w’imyaka 50, byitezwe ko agomba gusezeerwa muri iyi kipe muri iyi mpeshyi, nyuma yo gusezererwa mu mikino ya UEFA Champions League. Ni mu gihe PSG isanzwe izwiho […]
Abongereza bafashwe barwanira Ukraine bakatiwe urwo gupfa
Urukiko rwo muri Leta iharanira ubwigenge ya Donetsk ishyigikiwe nâu Burusiya, rwakatiye Abongereza babiri bafashwe ubwo barwaniraga ingabo za Ukraine mu ntambara imaze amezi atatu. Aba Bongereza ni Aiden Aslin wâimyaka 28 yâamavuko ukomoka mu mujyi wa Nottinghamshire na Shaun Pinner wâimyaka 48 ukomoka muri Bedfordshire. Aba barwanyi bagiye muri Ukraine nkâabakorerabushake bafite ubunararibonye mu […]
Ruhango: Umusore yasanzwe asambanya inka avuga ko ‘urukundo ari impumyi’
Umusore wo mu Kagari ka Kabuhanda mu Murenge wa Bweramana, Akarere ka Ruhango, yaguwe gitumo ari gusambanya inka yaragiraga, abajijwe impamvu yabyo avuga ko ari urukundo cyane ko ari impumyi. Abaturage bo muri aka gace babwiye BTN TV dukesha iyi nkuru, ko batunguwe nâuburyo uyu mushumba yafatiwe mu cyuho nâumukoresha we ari gusambanya inka ye. […]
Urubanza rwa Twagirayezu: Urukiko rwatumije inyandiko muri Denmark
Urukiko rukuru rwa Nyanza rwatumije ikimenyetso gishya Twagirayezu Wenceslas ushinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yavuze ko kiri mu gihugu cyamwoherereje ubutabera bwâu Rwanda, Denmark. Mu iburanisha ryabaye kuri uyu wa 8 Kamena 2022 nkâuko BBC Gahuza ibisobanura, Twagirayezu nâumwunganizi we Me Bikotwa Bruce bamenyesheje umucamanza ko hari inyandiko zâubuhamya bwatanzwe nâabatangabuhamya […]
British MP wants Rwandans suspected of genocide crimes extradited or tried
A member of the British House of Commons has reiterated the call to his government to arrest and extradite or try five men who continue to live in their country despite indictments issued against them 16 years ago. The indicted genocide suspects who have found safe haven in the United Kingdom are Vincent Bajinya, CĂ©lestin […]
Des organisations caritatives britanniques demandent une injonction pour mettre fin aux expulsions de migrants vers le Rwanda
Des groupes de dĂ©fense des droits de l’homme ont soumis des documents Ă la Haute Cour de Londres pour obtenir une injonction afin d’arrĂȘter l’expulsion prĂ©vue la semaine prochaine de demandeurs d’asile du Royaume-Uni vers le Rwanda, un plan qui a suscitĂ© de nombreuses critiques. Le gouvernement britannique a annoncĂ© en avril qu’il avait conclu […]
Video: Abarwanyi benshi ba FDLR bagaragaye i Rumangabo bacinya akadiho

Abarwanyi benshi bâumutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya Leta yâu Rwanda bagaragaye bacinya akadiho mu gace ka Rumangabo, teritwari ya Rutshuru, intara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Urubuga Goma 24 rwashyize hanze videwo (video) yâamasegonda 34 yâaba barwanyi rwemeza ko yafashwe kuri uyu wa 8 Kamena 2022, bambaye impuzankano zâigisirikare […]
Kagere mu banyamahanga 7 bashobora gusezererwa na Simba
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Meddie Kagere, ari ku rutonde rw’abakinnyi barindwi b’abanyamahanga bivugwa ko Simba Sports Club akinira iteganya gusezerera. Kagere utakibona umwanya uhoraho muri iyi kipe, yari yongereye amasezerano yâumwaka umwe mu mwaka ushize. Ni nyuma yâuko yari amaze muri iyi kipe imyaka itatu kuva ayigezemo avuye muri Gor Mahia yo muri Kenya. Mu […]
U Burusiya ntiburumvikana na Ukraine ku irekurwa ryâibinyampeke byaheze ku byambu
Leta yâu Burusiya yatangaje ko itaragera ku bwumvikane na Ukraine ku irekurwa rya kontineri nyinshi zâibinyampeke byaheze ku byambu byo ku Nyanja yâUmukara bitewe nâintambara ibihugu byombi bimaze amezi atatu bihanganiyemo. Iyi ntambara yatangiye muri Gashyantare 2022 yahungabanyije mu buryo bukomeye isoko mpuzamahanga, ituma ibiciro byâibinyampeke bituruka cyane mu bihugu byombi bihenda cyane. Byatumye guverinoma […]
Hari ikindi gihugu cyo muri Afurika cyaba cyifuza kwakira abasaba ubuhungiro mu Bwongereza
Zambia ishobora kuba igihugu kizakurikiraho kuzajya cyakira abasaba ubuhunzi mu Bwongereza nyuma yo âkwerekana ko ishishikajweâ na gahunda bwagiranye na Guverinoma yâu Rwanda. Iki gihugu cyo mu majyepfo ya Afurika amakuru ava muri guverinoma nâurwego rushinzwe kurinda imipaka avuga ko âcyaba gishishikajweâ nâiyo gahunda yo kwakira abimukira birukanwa mu Bwongereza. Icyakora, ngo gitegereje kureba uburyo […]
Nyuma ya M23, kuri ubu FARDC irafata imitwe ya Mai-Mai nkâimitwe yâiterabwoba
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko kiyemeje gufata imitwe yose ya Mai-Mai ikorera i Beni na Lubero nk’imitwe y’iterabwoba. Ibi cyabitangaje kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 8 Kamena 2022, nyuma yâibitero byinshi byâiyi mitwe yitwaje intwaro byibasiye abasivili ndetse nâibirindiro byâingabo. Ni nyuma yâaho umutwe wa M23 umaze iminsi uhanganye […]
London: Urukiko rwasabwe kwitambika indege izohereza abimukira ba mbere mu Rwanda
Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yashyikirije impapuro Urukiko Rukuru muri Londres zisaba icyemezo cyo guhagarika igikorwa cyo kohereza mu Rwanda mu cyumweru gitaha abasaba ubuhunzi mu Bwongereza muri gahunda itaravuzweho rumwe. Muri Mata, Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko yasinyanye amasezerano yo kohereza ibihumbi by’abasaba ubuhungiro mu Rwanda hagamijwe guca intege abinjiza abantu mu gihugu mu […]
Sangwa Jean Claude asobanura uko yisanze arwanira u Burusiya muri Ukraine

Umunyeshuri Sangwa Jean Claude Sefu ukomoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), asobanura uko yisanze yifatanya nâingabo zâu Burusiya mu rugamba zatangije muri Ukraine mu mezi atatu ashize. Nk’uko The Guardian yasemuye amagambo ya Sangwa ari muri videwo yatambutse ku rubuga War Gonzo rw’Abarusiya ku wa 31 Gicurasi 2022, uyu munyeshuri wâimyaka 27 yâamavuko […]
Inka yatawe muri yombi izira kwica umwana w’imyaka 12
Polisi ya Sudani y’Epfo yataye muri yombi inka na nyirayo, nyuma y’uko iri tungo rishinjwe kwica umwana w’umuhungu w’imyaka 12 y’amavuko. Umuvugizi wa Polisi, Major Elijah Mabor, yabwiye itangazamakuru ko iyi nka y’ikimasa yakoze iri bara mu cyumweru gishize. Byabereye muri Lakes State, agace gaherereye mu Burasirazuba bwa Sudani y’Epfo. Ati: “Iyi mfizi yatawe muri […]
Abasenateri basanga Abanyarwanda bakwiye inguzanyo zisaba inyungu nto na serivisi nziza zâimari
Abasenateri basabye ko hajyaho ingamba zo kugira ngo Abanyarwanda babone serivisi zâimari zihendutse nkâinguzanyo zishingiye ku nyungu nto zibafasha gushora imari mu bikorwa bibyara inyungu no kuzamura ubukungu. Babisabye ku wa Kabiri, itariki ya 7 Kamena 2022 mu nama nyunguranabitekerezo ku bijyanye no gutanga serivisi zâimari yabereye mu nteko. Senateri Juvenal Nkusi, Perezida wa Komite […]
Amahirwe ya Manchester City yo kwegukana umukinnyi ngenderwaho wa Arsenal yiyongereye
Ikipe ya Manchester City ikomeje gushakisha umukinnyi wa Arsenal akaba n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Bukayo Saka, nyuma y’aho iyi kipe y’i Londres inaniwe kubona itike yo gukina imikino ya UEFA Champions League. Manchestrer City inaheruka gutwara igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza imaze gutera intambwe yo kwegukana Saka usigaje imyaka 2 ngo arangize amasezerano ye […]
Algeria yahagaritse umubano yari imaze imyaka 20 ifitanye na Espagne
Algeria yahagaritse amasezerano yâubufatanye yari imaze imyaka 20 ifitanye na Espagne nyuma yâuko Madrid yisubiye ku kutagira aho ibogamira mu makimbirane yo muri Sahara yâIburengerazuba. Mu itangazo ryayo ryo kuri uyu wa Gatatu ushize, Perezidansi yagize iti: “Algeria yahisemo guhita ihagarika amasezerano yâubucuti, imituranire myiza nâubufatanye” yasinyanye na Madrid mu 2002. Muri Werurwe, kugira ngo […]
Minisitiri wâIntebe wâu Bubiligi yasanishije ikibazo cyo muri RDC nâicya Ukraine
Minisitiri wâIntebe wâu Bubiligi, Alexander De Croo, yasanishije ikibazo cyâumutekano muke kiri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) nâicyo muri Ukraine iri mu ntambara. Uyu muyobozi uri mu ruzinduko muri RDC hamwe nâUmwami Philippe wâu Bubiligi nâumwamikazi we Mathilde guhera ku wa 7 Kamena 2022, yabivugiye mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru ari kumwe […]
Umudepite yabwiye Ubwongereza ko u Rwanda ruzabubaza ikibazo gikomeye muri CHOGM
Umudepite mu nteko y’Ubwongereza, Andrew Mitchell, yasabye Ubwongereza kuburanisha cyangwa bukohereza mu Rwanda abagabo batanu bakekwaho kugira uruhare muri jenoside, bitaba ibyo iki kibazo kizaza ku meza ya CHOGM. Abo Mitchell avuga ni: Vincent Bajinya, CĂ©lestin Ugirashebuja, Charles Munyaneza, Emmanuel Nteziryayo na CĂ©lestin Mutabaruka. Yagize ati ” Iki ni ikibazo gishobora kuzagarukwaho muri CHOGM izabera […]
François Hollande yashakanye nâumukinnyi wa filimi bigeze gukundana mu ibanga

Nyuma yâurukundo rwâibanga rwabaye inkuru ku Isi yose igihe rwamenyekanaga mu 2014, uwahoze ari perezida wâu Bufaransa, Francois Hollande, yashakanye nâumukinnyi wa filime Julie Gayet. Ku wa Gatandatu, abashakanye basezeranye mu muhango wihariye, utaritabiriwe nâabantu benshi mu Mujyi wa Tulle, muri Komini ya CorrĂšze . Aya makuru yatangarijwe ikinyamakuru La Montagne n’umuyobozi w’akarere ka Tulle, […]
M23 yahishuye uko yagombaga kuba âspecial forceâ muri FARDC
Umutwe witwaje intwaro wa M23, wahishuye ko wari warasezeranyijwe kuzaba uwâingabo kabuhariwe (special force unit) mu za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zizwi nka FARDC. Byasobanuwe nâUmuvugizi wâuyu mutwe, Maj. Willy Ngoma mu itangazo yasohoye asubiza Minisitiri wâububanyi nâamahanga, Christophe Lutundula washimangiye tariki ya 6 Kamena 2022 mu kiganiro n’abanyamakuru ko nta mishyikirano na wo […]
Nyabihu: Inteko yâabaturage iharanira amahoro yasabwe umusanzu mu gukemura ibibazo byâabaturage
Bamwe mu basoje ibiganiro bya Mvura Nkuvure mu mirenge ya Bigogwe na Mukamira mu karere ka Nyabihu, bagaragaje ibyo bagezeho nyuma yo guhura nkâabagize itsinda ryâabatarebera ikibi (Inteko yâAbaturage iharanira amahoro) bagaragaza ibibazo bikwiye gukorerwa ubuvugizi ku rwego rwâakarere. Ibibazo byinshi byagaragajwe nâiyi nteko ni ibifitanye isano nâabafunguwe barakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; ukwishishanya […]
MINICOM yahawe amezi abarirwa ku ntoki ku bibazo by’abamotari
Inteko rusange y’umutwe w’abadepite yasabye Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda gukemura ibibazo bikigaragara mu matsinda yâabamotari, mu gihe kitarenze amezi atatu. Ni nyuma yuko komisiyo yâubukungu nâubucuruzi mu mutwe wâabadepite iyigejejeho raporo ku isesengura yakoze ku bibazo byayo matsinda yâabamotari. Ibi byatume bamwe mu bamotari bo mu Mujyi wa Kigali bashima ko inzego zibishinzwe zigenda zikemura bimwe […]
FARDC iravuga ko abasirikare badasanzwe 500 ba RDF ari bo boherejwe muri Congo gufasha M23
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko abasirikare badasanzwe babarirwa muri 500 ari bo u Rwanda rwohereje ku butaka bwa kiriya gihugu guha umusada inyeshyamba za M23. FARDC yemeje aya makuru binyuze mu itangazo ryasohowe na GĂ©nĂ©ral de Brigade Sylivain Bomusa Ekenge, Umuvugizi wungirije wayo akanaba Umuvugizi wa Guverineri w’Intara ya Kivu […]