Sadio ManĂ© byemejwe burundu ko atagikinnye Igikombe cy’Isi
Ikipe y’Igihugu ya SĂ©nĂ©gal yatangaje ko rutahizamu Sadio ManĂ© atazayikinira mu mikino y’Igikombe cy’Isi, bitewe n’uko imvune yagize yanze gukira nk’uko byari byitezwe. Sadio ManĂ© yavunikiye mu mukino wa shampiyona y’Abadage Bayern MĂŒnich asanzwe akinira iheruka gutsindamo Werder Bremen ibitego 6-1. Bijyanye no kuba uyu rutahizamu ari we SĂ©nĂ©gal isanzwe igenderaho, umutoza Aliou CissĂ© yari […]
Uko Susan yishe uwakodeshejwe n’umugabo we ngo amuhitane
Ni inkuru yumvwa, igatangaza benshi, uburyo umugore Susan Kuhnhausen yabashije kwirwanaho akica umwicanyi wari wishyuwe n’umugabo we ngo aze amwice. Ese byagenze bite? Inkuru yanditswe mu mwaka w’2007 n’ikinyamakuru Portland.ore, yavugaga umugabo wo muri Oregon wakatiwe imyaka icumi y’igifungo azira kwishyura umwicanyi ngo azice umugore we. Susan Kuhnhausen bivugwa ko yarwanye urugamba rutoroshye n’umwicanyi bikarangira […]
Ingabo za Uganda mu myiteguro ya nyuma yo gutangira misiyo ya EAC muri RDC

Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko ingabo zacyo ziri mu myiteguro ya nyuma yo kujya gutangira ubutumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Iki gisirikare kizwi nka UPDF cyashyize amafoto yâabasirikare bacyo ku rubuga rwacyo bigaragara ko bari mu nkambi bamaze iminsi bahugurirwamo, gisobanura ko mu minsi iri imbere […]
Amavubi ya Carlos Ferrer yahagamwe na Sudani, yuzuza umukino wa 7 wikurikiranya adatsinda
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yaguye miswi na Sudani 0-0, uba umukino wa karindwi wikurikiranya kuva afashwe n’umutoza Carlos Alos Ferrer utaratsinda umukino n’umwe kuva ahawe inshingano zo kuyitoza. Amavubi y’u Rwanda yari yahuriye na Sudani kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino wa gicuti amakipe yombi yari yahuriyemo ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane. […]
Ambasaderi Cohen abona M23 ifashe Goma, yarema igihugu cyigenga
Ambasaderi Herman Cohen wigeze kuba Umunyamabanga wungirije wa Leta zunze ubumwe za Amerika ushinzwe dipolomasi ku mugabane wa Afurika abona mu gihe umutwe witwaje intwaro wa M23 wafata umujyi wa Goma, washyiraho igihugu cyigenga. Bigaragara mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ku wa 15 Ugushyingo 2022, aho yagize ati: âMu gihe abarwanyi ba M23 bafata […]
Imfura ya Kabuga irateganya kwigaragambiriza ku rukiko rwa UN

Umuhungu wa mbere wa Kabuga FĂ©licien witwa Nshimyumuremyi Donatien arateganya kwigaragambiriza imbere y’urukiko rwâUmuryango wâAbibumbye (UN) ruherereye i La Haye mu Buholandi rwasigariyeho urwa Arusha rwari rwarashyiriweho u Rwanda, asaba ko umubyeyi we ahabwa ubutabera buboneye. Nshimyumuremyi wiyita âNshimaâ avuga ko azakora iyi myigaragambyo tariki ya 24 Ugushyingo 2022, ndetse arasaba nâabashyigikiye igitekerezo kuzerekeza kuri […]
Uko ibihugu bikurikirana mu guhabwa amahirwe yo gutwara Igikombe cy’Isi cya 2022
Iminsi itatu yonyine kuri ubu ni yo ibura kugira ngo i Doha no mu yindi mijyi igize igihugu cya Qatar hatangire Igikombe cy’Isi cya 2022. Ni ku nshuro ya 22 iri rushanwa rifatwa nk’iriruta ayandi mu mupira w’amaguru rigiye gukinwa, nyuma yo gutangira gukinwa mu 1930. Iri rushanwa kandi rigiye gukinwa nyuma y’imyaka 20 Ikipe […]
Umuherwe Bill Gates na Guverineri wo muri Kenya bahanye impano

Umunyamerika Bill Gates uri mu baherwe batatu ba mbere ku Isi yahaye Guverineri wâintara ya Makueni muri Kenya, Mutula Kilonzo Jr impano yâigitabo, na we amuha inkoni yo kugenderaho. Gates ari mu ruzinduko rwâakazi muri iki gihugu cyo muri Afurika yâiburasirazuba, aho ari mu bikorwa byâumuryango Bill and Melinda Gates Foundation byo guhangana nâibura ryâibiribwa […]
Abadepite bagiye kuzenguruka igihugu bagenzura ishyirwa mu bikorwa rya Gahunda za Guverinoma

Abadepite bagiye gusura Uturere twose bagenzura ishyirwa mu bikorwa rya Gahunda za Guverinoma hitabwa ku baturage bo mu byiciro byihariye nk’uko bigaragra mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 17 Ugushyingo . Ubwo muri Werurwe abagize inteko ishinga amategeko bayobowe n’umuyobozi wabo, Mukabalisa Donatille, basuraga Intara y’Amajyaruguru, abaturage bahawe umwanya bagaragaza […]
U Bwongereza bwasabye M23 kureka gusatira Umujyi wa Goma
Leta y’u Bwongereza yasabye inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 kureka gusatira Umujyi wa, mu gihe imirwano hagati y’izi nyeshyamba n’Ingabo za Congo Kinshasa ikomeje kujya mbere. U Bwongereza bwahaye M23 ubu butumwa biciye muri Corin Robertson usanzwe akuriye Ibiro bireba umugabane wa Afurica n’ibirwa bya CarraĂŻbes muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga yâu Bwongereza. Mu butumwa […]
Nyabihu: Barishimira ko ikiraro cya Nyamutera cyongeye kuba nyabagendwa

Isanwa ry’ikiraro cya Nyamutera giherereye mu kagari ka Gakoro, umurenge wa Rugera mu karere ka Nyabihu, kikongera kuba nyabagendwa ni kimwe mu byashimishije abaturage bagikoresha umunsi ku w’undi by’umwihariko abakora umurimo w’ubucuruzi. Iki kiraro gisannye nyuma y’ibyumweru bibiri BWIZA ikoze ubuvugizi aho abaturage basabaga ubuyobozi kugisana kuko cyabahombyaga. Abagenzi bavaga i Musanze bajya Vunga cyangwa […]
Urubanza rwa Prince Kid rwongeye gusubikwa
Urubanza ruregwamo Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid rwongeye gusubikwa nyuma yuko we nâumwunganira mu mategeko bagaragarije Urukiko icyifuzo cyabo. Uru rubanza rwagombaga gusomwa tariki 29 Ukwakira 2022 ariko mu buryo butunguranye ruza gusubizwa bundi bushya, ubwo Umucamanza yavugaga ko yifuza kumva ubuhamya bwâabatangabuhamya batangiye mu Bushinjacyaha nâUbugenzacyaha. Ku wa Kabiri wâiki cyumweru, hari hateganyijwe […]
Ingabo za Zambia ziracyavugwa ku butaka bwa R. D. Congo
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 16 Ugushyingo, abaturage bo muri Gurupoma ya Moliro, muri Teritwari ya Moba mu Ntara ya Tanganyika bamaganye icyo bise kwigarurira mu buryo butemewe igice cyâubutaka bwa Congo kwâingabo za Zambia. Nkâuko amakuru menshi abivuga, iki kibazo kimaze imyaka ibiri . Muri Werurwe 2020, abasirikare ba Zambia binjiye ku butaka […]
Goma: Ingabo za Kenya zatangiye kwitwa Abatutsi no kuvugwaho gucengerwamo na RDF

Ingabo za Kenya zimaze iminsi ibarirwa ku ntoki zigeze I Goma mu rwego rwâubutumwa buhuriweho bwâingabo za EAC zigamije kugarura umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zatangiye kwibasirwaa na bamwe mu Banyekongo nyuma yâaho uwagiye aziyoboye atangaje ko mu bintu byâibanze byazijyanye hatarimo guhangana na M23 . Nkâurugero, ku mbuga nkoranyambaga, kuri […]
Les inondations font trois morts Ă kigali
La ville de Kigali a exhortĂ© les habitants Ă quitter les zones Ă haut risque et Ă ne pas conduire pendant les fortes pluies aprĂšs que les inondations ont tuĂ© trois personnes, dont un motocycliste, mercredi . Des responsables ont dĂ©clarĂ© que le motocycliste avait Ă©tĂ© emportĂ© et tuĂ© par les inondations dans le secteur […]
No one will take Goma- Kenya’s Maj. Gen Jeff Nyagah warns M23
Kenya Defence Forces (KDF) on Wednesday vowed to protect the strategic Goma Airport in eastern Democratic Republic of Congo (DRC) from possible attacks as rebels advanced in a battle with Congolese forces. At a joint press briefing, Kenyan and Congolese forces (FARDC) said the troops who belong to the East African Regional Force are ready […]
Kigali: Imvura yishe batatu abandi barakomereka
Imvura yaguye ku mugoroba wo ku wa Gatatu mu Mujyi wa Kigali yahitanye abantu 3 abandi babiri barakomereka. Uwamenyekanye ni umumotari wari wugamye mu ihema riri ku isoko rya Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge. Imvura yaje kubyara amazi menshi agera aho yari yaparitse moto arayitembana ava aho yari yugamye ajya kuramira moyo ye na we […]
Umunyabyaha ruharwa washakishwaga kurusha abandi muri Israel yafatiwe muri Afurika yâEpfo
Umunyabyaha ruharwa wo muri Israel washakishwaga kurusha abandi, uvugwaho ko ari umuyobozi wâagatsiko kâabagizi ba nabi kazwi cyane muri iki gihugu, yafatiwe mu murwa mukuru wâubucuruzi wa Afurika yâEpfo, Johannesburg . Yatawe muri yombi hamwe n’abandi barindwi mu gitero cyagabwe mu gitondo cya kare uri uyu wa Gatanu mu rugo bari barimo, nk’uko byatangajwe na […]
Umuryango w’Umunyafurika wapfiriye ku rugamba muri Ukraine wokeje igitutu u Burusiya
Umuryango wâumusore wâimyaka 23 wakomogaga muri Zambia, Nathan Lemekhani Nyirenda, wapfiriye ku rugamba muri Ukraine, wokeje igitutu u Burusiya bwarumbujyanyemo, ubusaba ibisobanuro byimbitse. Guverinoma yâu Burusiya yemenyesheje iya Zambia tariki ya 9 Ugushyingo ko uyu musore wari waragiye kwiga amasomo ya nikeleyeri yapfiriye ku rugamba muri Nzeri 2022, gusa ntiyatanga ibisobanuro ku buryo yaba yarisanze […]
Umwami Charles III yashinjwe kuba inyuma y’ubukangurambaga bwari bugamije guharabika Princess Diana

Patrick Jephson yari Umuyobozi mukuru wâabakozi bâIgikomangomakazi Diana mu gihe cyâimyaka umunani, akaba n’umwe mu ncuti ze magara igihe yari mu muryango wâibwami mu Bwongereza. Mu gihe Jephson yacecetse mu myaka yose ishize, ubu arimo kuvuga ko abahoze ari abakozi bâUmwami Charles III bahindanyije isura ya Diana muri âgahunda itunganijweâ bakwiza ibihuha ko yari afite […]
Aho Perezida Emmanuel Macron ahagaze ku bibazo bya RDC, u Rwanda na M23
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yagaragaje aho ahagaze ku bibazo bya Congo Kinshasa, u Rwanda ndetse n’umutwe wa M23; avuga ko ashyigikiye ingingo zirimo kohereza umutwe w’Ingabo z’akarere muri burasirazuba bwa Congo mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’umutekano muke uhari. Macron yakomoje ku bibazo byo muri Congo, ubwo yari i Bali muri Indonesie aho yitabiriye […]
La Haye: Kabuga yashinjwe kugira Interahamwe ze bwite
I?buranisha mu rubanza rwa FĂ©licien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yo mu Rwanda ryakomeje kuri uyu wa gatatu, humva umutangabuhamya umushinja ko yari afite Interahamwe zo ku Kimironko mu Mujyi wa Kigali zari ize bwite. Uyu mutangabuhamya asanzwe afungiye jenoside mu Rwanda aho yakatiwe gufungwa imyaka 30, yatanze ubuhamya ari i Arusha muri Tanzania. Yahujwe […]
Umuhungu wa Trump yasabye USA guhagarika inkunga iha igisirikare cya Ukraine
Donald Trump Jr, umuhungu wa Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), arasaba ubutegetsi bwâiki gihugu guhagarika inkunga buha igisirikare cya Ukraine. Ni ubusabe yatanze kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2022 nyuma yâumunsi umwe ingabo za Ukraine zirashe igisasu ku butaka bwâigihugu kigize umuryango wâubwirinzi wa NATO, kikica abantu babiri. Iki […]
Koreya ya Ruguru yabwiye Amerika ko iri mu rusimbi izicuza nyuma yo kurasa mu Nyanja yâu Buyapani
Kuri uyu wa Kane, Koreya ya Ruguru yateguje “igisubizo gikaze cya gisirikare” ku bijyanye nâingamba za Amerika zo kongera ingabo muri kariya karere hamwe nâabafatanyabikorwa bayo, nk’uko byatangajwe nâibitangazamakuru bya leta byavuze ko Washington iri mu “rusimbi izicuza” . Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Koreya ya Ruguru, Choe Son Hui, yamaganye inama yâibihugu bitatu iherutse kuba […]
Goma: Abasirikare batatu bakatiwe urwo gupfa bazira guhungabanya abahunze imirwano
Urukiko rwa gisirikare rukorera i Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) rwakatiye igihano cyâurupfu abasirikare batatu, rubaziza guhungabanya umutekano wâAbanyekongo bahungiye mu gace ka Kanyaruchinya. Iki cyaha cyabaye tariki ya 15 Ugushyingo 2022 ubwo Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya yagiriraga uruzinduko muri iyi nkambi yâagateganyo yabayeho kubera imirwano yâingabo za RDC nâumutwe […]
M23 capture six towns as war approaches Goma City

M23 rebels have confirmed the capture of six towns, the movement said in e statement. Meanwhile, the war drums are sounding in northern Province capital city, Goma since Wednesday evening. Impeccable source told BWIZA that M23 has advanced on battle ground after a fierce fire exchange at Bizuru mountain. The rebels are now eying to […]
Ngoma: Umukozi wo mu rugo yafatanywe Frw asaga miliyoni yari yibye i Kigali
Polisi yâu Rwanda ifatanyije nâizindi nzego zâumutekano nâabaturage mu karere ka Ngoma, ku wa Kabiri tariki ya 15 Ugushyingo, yagaruje amafaranga yâu Rwanda 1,096,000 agize amwe mu mafaranga umukozi wo mu rugo yari yibye uwo yakoreraga mu murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo. Tuyishimire Jean Pierre ufite imyaka 33 yâamavuko, yafatiwe mu mudugudu wa […]