Aba ‘bouncers’ bo ku tubari ntibakenewe ku bibuga: Abanyamakuru 

Abanyamakuru biganjemo aba siporo bamaganye imyitwarire ya bamwe mu ba sekirite bo ku bibuga bazwi nk’aba Stewards, nyuma y’uko umwe muri bo agaragaye ahutaza umufana. Ku Cyumweru tariki ya 11 Gicurasi ubwo Rayon Sports yari yahuriye na Police FC mu mukino wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium, umwe mu ba sekirite yagaragaye akubita umufana […]

Kivu y’Amajyepfo: Visi-Guverineri mushya M23 yaherukaga gushyiraho yapfuye

Gishinge Kasinzira JuvĂ©nal wari uherutse gushyirwaho n’umutwe wa M23 nka Visi-Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo ushinzwe imari n’ubukungu, yapfuye bitunguranye. Amakuru y’urupfu rwe yemejwe n’abo bari basanzwe bakorana bya hafi ndetse n’abo mu muryango we. Gishinge bivugwa ko yapfuye amarabira kuko atigeze arwara ngo ajye mu bitaro, cyangwa ngo agaragaze ibimenyetso by’indwara runaka. Aya makuru […]

DRC: Umusirikare wa FARDC yarasiye abantu mu rusengero, batatu bahasiga ubuzima

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yarasiye abantu mu rusengero, batatu mu bari barurimo arabica. Byabaye ku cyumweru tariki ya 11 Gicurasi 2025 mu gace ka Banana, mu Ntara ya Kongo-Central. Ababibonye bavuga ko uwo musirikare yinjiye mu rusengero rw’itorero Bethesida Ministry ruri mu gace ka Banana, mu Ntara ya […]

Ramaphosa yasubije abatekereza ko yicaranye na Kagame umuriro wakwaka

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, yatangaje ko abatekereza ko umuriro wakwaka mu gihe yaba yicaranye na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda bibeshya. Ramaphosa yabitangarije i Abidjan muri CĂ´te d’Ivoire, aho kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Gicurasi we na Perezida Paul Kagame bitabiriye ikiganiro kijyanye n’nama ya Africa CEO Forum iri kuhabera. […]

Gabon: Sylvia Bongo n’umuhungu we Nourredin barekuwe

Nta bisobanuro biratangwa n’abayobozi kuri iki cyiciro, ariko Ikinyamakuru Gabon Review kiravuga ko ku wa Gatanu, umugore w’uwahoze ari Perezida wa Gabon, Ali Bongo, hamwe n’umuhungu we “bimuriwe mu rugo rwabo i La Sablière ngo abe ari ho bafungirwa bavanwe muri gereza”, kivuga ko kibikesha amasoko yizewe, kandi abizi neza.” Nyuma y’umwaka urenga n’igice bafunzwe […]

L’avocat de Patrick Muyaya face Ă  la vĂ©ritĂ© dans l’affaire de l’enlèvement de Gisele Nebale Busima

L’affaire Gisele Busima Nebale est de celles-ci, une tragĂ©die rĂ©vĂ©lant l’abus de pouvoir, l’atteinte Ă  la libertĂ© individuelle, et un traitement cruel et inhumain qui dĂ©passe les frontières du droit. Gisele Busima Nebale qui entretenait une relation avec Patrick Muyaya jusqu’en dĂ©cembre 2021 est une citoyenne congolaise et dĂ©tentrice de la nationalitĂ© amĂ©ricaine, qui a […]

Polisi y’u Rwanda yafunze umusekirite wateze umufana wa Rayon Sports

Umusekirite wagaragaye mu mashusho atega umufana w’ikipe ya Rayon Sports akamukubita hasi ku mukino wabahuje na Police FC, yatawe muri yombi kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera ku cyaha akekwaho. Aya makuru yemejwe na Polisi y’u Rwanda binyuze ku rubuga rwayo rwa X (rwahoze ari Twitter), aho yasubizaga umunyamakuru wa Radio & TV1, Mutabaruka Angelbert wari wibajije […]

Rurageretse hagati ya Yago na DJ Brianne

Nyuma y’igihe gisa n’icy’ituze, umwuka mubi hagati ya Yago Pon Dat na DJ Brianne wongeye gufata indi ntera, nyuma yo guterana amagambo ku mbuga nkoranyambaga. Yago yagaragaye mu kiganiro yakoze kuri Instagram Live ari kumwe na TheCat, aho yihanije DJ Brianne amusaba kudakomeza kumuvugaho, amwihanangiriza ko naramuka abikoze azashyira hanze amashusho amushinja kwangiza ingo z’abandi. […]

Qatar Yampa Trump Ndege ya Kifahari ya Dola Milioni 400

Rais wa Marekani, Donald Trump, ametangaza kuwa anatarajia kupokea ndege ya kifahari yenye thamani ya dola milioni 400 za Kimarekani (sawa na Shilingi bilioni 536 za Rwanda), iliyotolewa kama zawadi na familia ya kifalme ya Qatar. Ndege hiyo aina ya Boeing 747-8 inaweza kutumika kama “Air Force One” kwa muda, kufuatia ucheleweshaji wa Boeing katika […]

Cadeau Royal : Le Qatar Offre un Avion Ă  400 Millions de Dollars Ă  Trump

Le PrĂ©sident amĂ©ricain Donald Trump a annoncĂ© qu’il allait recevoir un avion ultramoderne d’une valeur de 400 millions de dollars (soit environ 536 milliards de francs rwandais), offert par la famille royale du Qatar. L’appareil, un Boeing 747-8, pourrait ĂŞtre utilisĂ© temporairement comme Air Force One, en raison des retards de livraison des nouveaux avions […]

Qatar Donates $400M Jet to Trump Amid Air Force One Delays

U.S. President Donald Trump announced he is set to receive a state-of-the-art aircraft worth 400 million USD (approximately 536 billion Rwandan francs), donated by Qatar’s royal family. The Boeing 747-8 jet, usually reserved for VIP heads of state, is being considered for temporary use as “Air Force One” due to delays in the delivery of […]

Qatar yaguriye Trump indege ya Miliyari 536 Frw

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yiteguye kwakira impano ikomeye y’indege igezweho ifite agaciro ka miliyari 536 mu mafaranga y’u Rwanda, yatanzwe n’umuryango w’i bwami muri Qatar. Iyo ndege, yo mu bwoko bwa Boeing 747-8, ifite agaciro ka miliyoni 400 z’amadolari ya Amerika, izakoreshwa nk’indege y’umukuru w’igihugu “Air Force One” […]

Uganda: Hatima ya Chama cha NUP Yatingwa Kabla ya Uchaguzi wa 2026

Taarifa kutoka kwa vyombo vya usalama nchini Uganda zinaeleza kuwa serikali inazingatia kulifuta chama cha upinzani National Unity Platform (NUP) kutokana na hofu inayoongezeka kuwa chama hicho kinajihusisha na mienendo ya kijeshi na shughuli zinazotishia usalama wa taifa. Hatua hii inakuja wakati Uganda inajiandaa kwa uchaguzi mkuu mwaka ujao. Suala hili lilijadiliwa kwa kina katika […]

Ouganda – Vers une Interdiction du Parti d’Opposition NUP Avant les Élections de 2026 ?

Des sources issues des services de sĂ©curitĂ© affirment que le gouvernement ougandais envisage de suspendre le parti d’opposition, la National Unity Platform (NUP), en raison de prĂ©occupations croissantes sur sa prĂ©tendue militarisation et ses activitĂ©s perçues comme une menace Ă  la sĂ©curitĂ© nationale. Cela survient alors que le pays se prĂ©pare aux Ă©lections gĂ©nĂ©rales de […]

Uganda’s Opposition Party NUP Faces Possible Ban Ahead of 2026 Elections

Security sources in Uganda have revealed that the government is considering banning the opposition party, the National Unity Platform (NUP), over growing concerns that the party is allegedly adopting military tactics and engaging in activities deemed as threats to national security. This comes as Uganda prepares for general elections scheduled for next year. This issue […]

Uganda: Ishyaka NUP rishobora guhagarikwa mbere y’amatora yo mu 2026

Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano aravuga ko Guverinoma irimo gutekereza ku buryo bwo guhagarika ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi (NUP), kubera impungenge zikomeje kwiyongera ku bijyanye n’uko iri shyaka rivugwa ko ryitwara gisirikare ndetse rikora ibikorwa bifatwa nk’ibibangamira umutekano w’igihugu. Ni mu gihe Uganda yitegura amatora rusange mu mwaka utaha. Iki kibazo ngo cyagaragaye cyane mu […]

Kifo Cha Kushtua Bugesera: Mwanamume Apatikana Amefariki Kwenye Ofisi ya Serikali ya Mtaa

Asubuhi ya Jumapili, tarehe 11 Mei 2025, mwanamume mwenye umri wa miaka 45 aitwaye Nkundiye Laurent alipatikana amekufa ndani ya ofisi ya mtaa wa Bihari, katika kata ya Ruhuha, wilaya ya Bugesera. Inashukiwa kuwa huenda alijiua au alikufa kutokana na ukatili aliotendewa kabla ya kufariki. Ripoti zinaeleza kuwa usiku uliotangulia kifo chake, marehemu alihusika katika […]

Mort Suspecte à Bugesera : Un Homme Retrouvé Sans Vie dans un Bureau Local

Dans la matinĂ©e du dimanche 11 mai 2025, un homme de 45 ans nommĂ© Nkundiye Laurent a Ă©tĂ© retrouvĂ© mort dans les bureaux du village de Bihari, dans le secteur de Ruhuha, district de Bugesera. Il est suspectĂ© qu’il se soit suicidĂ© ou qu’il soit mort Ă  la suite de violences subies avant sa mort. […]

Mysterious Death in Bugesera: Man Found Dead in Local Office

On the morning of Sunday, May 11, 2025, a 45-year-old man named Nkundiye Laurent was found dead inside the Bihari Cell office, in Ruhuha Sector, Bugesera District. It is suspected that he may have committed suicide or died as a result of abuse before his death. Reports indicate that on the night before his death, […]

Bugesera: Yapfiriye mu biro by’akagari

Mu gitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 11 Gicurasi 2025, umugabo witwa Nkundiye Laurent w’imyaka 45 yasanzwe yapfiriye mu biro by’Akagari ka Bihari, mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera. Haracyakekwa ko yaba yiyahuye cyangwa se yaba yazize ihohoterwa yakorewe mbere y’uko apfa. Amakuru yamenyekanye avuga ko mu ijoro ryabanjirije urupfu rwe, nyakwigendera yari yabanje […]

Rais Kagame Ajiunga na Viongozi wa Afrika Kwenye Mkutano wa Africa CEO Forum 2025 Abidjan

Rais wa Rwanda, Paul Kagame, ni miongoni mwa viongozi sita wa nchi za Afrika — wakiwemo wale wa Senegal, Ghana, Afrika Kusini, Mauritania, na mwenyeji CĂ´te d’Ivoire — wanaoshiriki kwenye mkutano wa siku mbili wa Africa CEO Forum 2025 ulioanza Jumatatu hii mjini Abidjan. Mkutano huu umeandaliwa kwa ushirikiano na Shirika la Fedha la Kimataifa […]

Le Président Kagame au Rendez-vous du Sommet Africa CEO Forum 2025 à Abidjan

Le PrĂ©sident rwandais Paul Kagame fait partie des six chefs d’État africains — notamment ceux du SĂ©nĂ©gal, du Ghana, de l’Afrique du Sud, de la Mauritanie et de la CĂ´te d’Ivoire (pays hĂ´te) — qui participent au Africa CEO Forum 2025, un sommet de deux jours qui a dĂ©butĂ© ce lundi Ă  Abidjan. OrganisĂ© en […]

President Kagame Joins African Leaders at Africa CEO Forum 2025 in Abidjan

President Paul Kagame of Rwanda is among six African heads of state — including leaders from Senegal, Ghana, South Africa, Mauritania, and host country CĂ´te d’Ivoire — participating in the two-day Africa CEO Forum 2025, which began this Monday in Abidjan. The Africa CEO Forum 2025, organized in partnership with the International Finance Corporation (IFC), […]

Abidjan: Perezida Kagame yitabiriye inama ya Africa CEO Forum 2025

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ni umwe mu bakuru b’ibihugu 6 byo muri Afurika birimo, na Senegal, Ghana, Afurika y’Epfo, Maurtania, na Cote d’ivoire yakiriye, bazagaragara mu nama y’iminsi ibiri ya Africa CEO Forum 2025, ibera i Abidjan guhera kuri uyu wa Mbere. Inama ya Africa CEO Forum 2025, yateguwe ku bufatanye n’Ikigo Mpuzamahanga cy’Imari […]

Ubushakashatsi bwerekanye ko abana bo mu Rwanda bashorwa mu buraya na ba nyina

Ubushakashatsi bwakozwe n’itsinda ry’abarimu bo muri Kaminuza y’u Rwanda bwagaragaje ko abana bakomoka ku babyeyi bakora uburaya babayeho mu buzima bugoye, aho bamwe bata ishuri, bagashorwa mu buraya ndetse bakananduzwa indwara zidakira. Ubu bushakashatsi bwakozwe hagati ya 2023 na 2025, buyobowe na Prof. Mukeshimana Madeleine afatanyije na Mukangabire Pacifique, bwakorewe ku bana 40 bari hagati […]

Aline Gahongayire Aumizwa na Kufungwa kwa Kanisa la Grace Room

Mwimbaji wa nyimbo za injili Aline Gahongayire ameonyesha huzuni yake baada ya kufungwa kwa huduma ya Grace Room Ministries, na kuwatia moyo waumini wake pamoja na mchungaji wake, Pastor Julienne Kabanda. Tukio hili limetokea baada ya Bodi ya Uongozi ya Rwanda (RGB) kutangaza mnamo Jumamosi, tarehe 10 Mei 2025, kuwa huduma hiyo ya kidini imesimamishwa […]

Aline Gahongayire Attristée par la Fermeture de Grace Room Ministries

La chanteuse gospel Aline Gahongayire a exprimĂ© sa tristesse après la suspension de Grace Room Ministries, tout en adressant un message de rĂ©confort aux fidèles et Ă  leur pasteure, Julienne Kabanda. Cette dĂ©cision intervient après que le Rwanda Governance Board (RGB) a suspendu ce ministère religieux le samedi 10 mai 2025, en affirmant qu’il avait […]

Aline Gahongayire Speaks Out After Shutdown of Grace Room Ministries

Gospel singer Aline Gahongayire has expressed her sorrow following the suspension of Grace Room Ministries, offering comfort to its congregants and leader, Pastor Julienne Kabanda. This comes after Rwanda Governance Board (RGB) announced on Saturday, May 10, 2025, that the church was suspended for violating laws governing faith-based organizations. In a message shared on social […]

Aline Gahongayire yababajwe n’ifungwa rya Grace Room

Umuhanzikazi Aline Gahongayire yagaragaje agahinda yatewe n’ihagarikwa ry’Itorero Grace Room Ministries, anahumuriza abakirisitu baryo n’umushumba waryo, Pastor Julienne Kabanda. Ibi bibaye nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ku wa Gatandatu tariki 10 Gicurasi 2025, rufashe icyemezo cyo kurihagarika, rivuga ko ryarenze ku mategeko agenga imikorere y’imiryango ishingiye ku myemerere. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, […]

Wastaafu wa Vikosi Maalum vya Uingereza Wafichua Mauaji na Unyama Vitani

Wastaafu wa vikosi maalum vya Uingereza wamefichua ukweli wa kutisha waliouficha kwa miaka mingi, wakizungumza na BBC Panorama kuhusu uhalifu wa kivita uliofanywa na wenzao nchini Iraq na Afghanistan. Kwa mara ya kwanza, walieleza hadharani kile walichoshuhudia. Walisema kuwa wanajeshi wa SAS (Special Air Service) waliwaua watu wasio na silaha wakiwa wamelala, na waliwatekeleza wafungwa […]

Choc au Royaume-Uni : des anciens soldats d’élite avouent des crimes de guerre

D’anciens membres des forces spĂ©ciales britanniques ont brisĂ© le silence dans un entretien exclusif Ă  BBC Panorama, rĂ©vĂ©lant des crimes de guerre commis par leurs camarades en Irak et en Afghanistan. Pour la première fois, ils ont tĂ©moignĂ© publiquement de ce qu’ils ont vu. Ils dĂ©crivent comment des membres du SAS (Special Air Service) ont […]

British Special Forces Veterans Break Silence on Wartime Atrocities

Former members of the British Special Forces have revealed shocking truths long kept secret, speaking to BBC Panorama about war crimes committed by their fellow soldiers in Iraq and Afghanistan. For the first time, they publicly disclosed what they witnessed. The ex-soldiers explained that they saw members of the elite Special Air Service (SAS) kill […]

Abahoze mu ngabo zidasanzwe z’u Bwongereza bahishuye amabi bagiye bakora

Abahoze mu ngabo zidasanzwe z’u Bwongereza yahishuye amabanga amaze imyaka ahishe mu kiganiro yahaye BBC Panorama, y’ibyaha by’intambara byakozwe na bagenzi babo muri Irak na Afghanistan. Ku nshuro yabo ya mbere, batangaje ibyo babonye ku mugaragaro. Aba bahoze ku rugerero basobanuye ko babonye bagenzi babo bo Ngabo zidasanzwe z’u Bwongereza zizwi nka SAS bishe abantu […]

Mara ya Kwanza: Weupe wa Afrika Kusini Wapewa Hifadhi ya Kisiasa, Wasafirishwa Marekani

Wazungu wa kwanza wa Afrika Kusini waliopatiwa hadhi ya ukimbizi kupitia mpango ulioanzishwa na Rais wa Marekani, Donald Trump, kwa madai ya ubaguzi, waliondoka Johannesburg Jumapili hii, Mei 11, 2025, kuelekea Marekani. Mwandishi wa shirika la habari la Reuters aliripoti kuwa alishuhudia mstari wa abiria weupe wakiwa na mizigo yao wakisubiri pasi zao kupigwa muhuri […]

Un précédent historique : des Sud-Africains blancs reconnus comme réfugiés, en route vers les États-Unis

Les premiers Sud-Africains blancs Ă  obtenir le statut de rĂ©fugiĂ© dans le cadre d’un programme lancĂ© par le prĂ©sident amĂ©ricain Donald Trump — Ă©voquant des cas de discrimination — ont quittĂ© Johannesburg ce dimanche 11 mai 2025 Ă  destination des États-Unis. Un journaliste de l’agence Reuters a indiquĂ© avoir vu une file d’attente de passagers […]

Historic First: White South Africans Granted Refugee Status, Fly to U.S.

The first white South Africans granted refugee status under a program initiated by U.S. President Donald Trump—citing claims of discrimination—departed from Johannesburg this Sunday, May 11, 2025, for the United States. A Reuters news agency reporter described seeing a line of white passengers at the airport with their luggage, waiting to have their passports stamped […]

Afurika y’Epfo: Abazungu ba mbere bahawe sitati y’impunzi berekeje muri Amerika

Abanyafurika y’Epfo ba mbere b’abazungu bemerewe sitati y’impunzi muri gahunda yatangijwe na Perezida wa Amerika, Donald Trump, avuga ko bakorerwa ivangura, bahagurutse i Johannesburg kuri iki Cyumweru, itariki ya 11 Gicurasi 2025. Umunyamakuru w’Ibiro Ntaramakuru Reuters yasobanuye ko yabonye umurongo w’abaturage b’abazungu ku Kibuga cy’indege n’imizigo bategereje ko pasiporo zabo zishyirwaho kashe mbere y’uko binjira […]

Mvua Kali Yaua Watu 100+ Fizi, Yabomoa Nyumba 150 na Kuwacha Mamia Bila Makaazi

Kijiji cha Kasaza katika Wilaya ya Fizi (Kivu Kusini) kilikumbwa na mvua kubwa isiyo ya kawaida usiku wa Alhamisi, tarehe 8 hadi Ijumaa, tarehe 9 Mei 2025, na kusababisha vifo vya watu zaidi ya 100. Idadi ya waliokufa na uharibifu inaendelea kuongezeka. Kwa mujibu wa kiongozi wa Wilaya, Samy Kalonji, miili zaidi ya 110 imepatikana, […]

Plus de 100 morts à Fizi après des pluies torrentielles dévastatrices

Le village de Kasaza, dans le territoire de Fizi (Sud-Kivu), a Ă©tĂ© frappĂ© par des pluies exceptionnelles dans la nuit du jeudi 8 au vendredi 9 mai 2025, causant la mort de plus de 100 personnes. Le bilan humain et matĂ©riel continue de s’alourdir. Selon le chef de territoire, Samy Kalonji, plus de 110 corps […]

Over 100 Dead in Fizi as Torrential Rains Wipe Out Entire Village

Kasaza village in Fizi Territory (South Kivu) was struck by devastating rainfall on the night of Thursday, May 8 to Friday, May 9, 2025, claiming the lives of over 100 people. The death toll and damage continue to rise. According to the Territory Administrator, Samy Kalonji, more than 110 bodies have been recovered, over 40 […]

Fizi: Imvura idasanzwe yahitanye abasaga 100, isenya amazu 150

Umudugudu wa Kasaza, muri Teritwari ya Fizi (Kivu y’Amajyepfo), wibasiwe n’imvura idasanzwe mu ijoro ryo ku wa Kane, itariki ya 8 rishyira ku wa Gatanu, itariki ya 9 Gicurasi 2025, yahitanye abantu basaga 100. Umubare w’abantu bapfuye n’ibikoresho byangiritse ukomeje kwiyongera. Nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi wa Teritwari, Samy Kalonji, ngo imirambo irenga 110 imaze gutahurwa, abantu […]

Malori 120 ya Jeshi la SADC Yarejea Kupitia Rwanda Baada ya Mapigano na M23″

Takriban malori 30 yaliyobeba vifaa vya kijeshi vya majeshi ya SADC yaliyokuwa yamepelekwa katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) yalipitia Rwanda siku ya Jumapili tarehe 11 Mei, yakielekea kurejea nyumbani. Msafara huo ulianzia Rubavu, ukielekea Rusumo katika wilaya ya Kirehe, kabla ya kuendelea hadi Chato, nchini Tanzania. Kama kawaida, malori hayo yaliandamana na polisi […]

Over 120 SADC Military Trucks Exit DRC Through Rwanda After M23 Clashes”

About 30 trucks loaded with military equipment belonging to SADC troops deployed in the Democratic Republic of Congo passed through Rwanda on Sunday, May 11, as part of a withdrawal operation. The convoy departed from Rubavu, heading to Rusumo in Kirehe District, before continuing to Chato, Tanzania. As usual, the trucks were escorted by Rwandan […]

Amakamyo 120 yikoreye intwaro z’ingabo za SADC amaze guca mu Rwanda 

Amakamyo abarirwa muri 30 yari yikoreye ibikoresho bya gisirikare by’ingabo umuryango wa SADC wari warohereje kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yabinyujije mu Rwanda abicyuye. Ku gicaminsi cyo ku Cyumweru tariki ya 11 Gicurasi ni bwo ariya makamyo yahagurutse i Rubavu yerekeza ku Rusumo mu karere ka Kirehe, mbere yo gukomereza i Chato muri […]