Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyahaye rugari Abanyarwanda bifuza kwinjira mu ngabo zacyo ku rwego rw’abasirikare bato.
Kwiyandikisha byatangiye kuva kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira kugeza ku wa 21 Ukwakira, bikaba biri gukorerwa ku rwego rw’imirenge.
Ibisabwa ku bifuza kwinjira muri RDF
Isangize abandi
Tanga igitekerezo