Watu 12 wafariki kufuatia mvua kali iliyonyesha kwenye Krismasi

Wizara ya Mambo ya kuchunga majanga nchini Rwanda (MINEMA) imetangaza watu 12 wamefariki baada ya mvua kali iliyonyesha nchini kote kwenye sikukuu ya kuzaliwa kwa Yesu (Krismasi). Viongozi wamesema waliofaariki waliangukiwa na nyuma au kuanguka mitoni. Pamoja na hayo, mvua iliyonyesha karibu masaa matano imeharibu nyumba 113 na ha 42 za mimea zimezamaa. Kwa hiyo, […]

Abantu 12 bishwe n’imvura yaguye kuri Noheli- MINEMA

Minisiteri y’Ubutabazi (MINEMA) itangaza ko abantu 12 ari bo bimaze kumenyekana ko bishwe n’imvura yaguye kuri uyu wa 25 Ukuboza 2019 mu gihugu hose. Ibi byatangarijwe mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 26 Ukuboza, cyibandaga ku kurebera hamwe ibibazo byasizwe n’imvura yaraye iguye mu ijoro ryakeye aho yangije byinshi nk’ibikorwaremezo idasize n’ubuzima bw’abantu. Hanarebwaga kandi […]

Gakenke Umwarimu n’umunyeshuri baguwe gitumo basambanira muri geto

Umwarimu witwa Nzuwonemeye Apollinaire n’umunyeshuri, Umubyeyi Flora basanzwe mu nzu yakodeshejwe n’umwarimu mu Murenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke bari mu bikorwa by’ubusambanyi. Amakuru Bwiza.com ifite ni uko aba uyu mugabo w’imyaka 50 yahuriraga n’uyu mukobwa w’imyaka 18 muri iyi nzu mu ibanga bari basanzwe bahuriramo mu ibanga ariko umugore we akaza kubimenya. Nzuwonemeye […]

Nobody died on Christmas due to accident, says RNP

It has been a norm for many people to ‘have fun’ ahead Christmas, some in churches and others in bars and pubs, among other places. Police figures indicate that nine road accidents happened, with zero fatalities and none of them being caused by driving under influence. Most of these accidents are cars hitting trees or […]

Imvura, inyota, inzara, tumwe mu dushya twaranze Noheli 2019

Imvura, inyota, inzara, bimwe mu dushya twaranze noheli ya 2019. Umunsi Mukuru wa Noheli wizihizwa kuwa 25 Ukuboza buri mwaka. Mu Rwanda hari umubare munini w’ababakiristu bayizihiza, aho biteganyijwe ko izaba kuwa Gatatu muri uyu mwaka wa 2019. Umunsi w’ibyishimo ujyana no kugira ibishimishije by’uwo munsi ndetse no kongera kwibuka ibinejeje byabaye mu minsi yabanje. […]

Cristiano vs Messi: Urutonde rw’abasitari binjije atubutse mu 2019

capture-13.png

Urutonde rwatangajwe na Forbes muri uyu mwaka wa 2019, ruriho abasitari binjije akayabo ariko Cristiano Ronaldo ukinira Juventus yo mu Butaliyani ari hejuru ya mukeba we, Lionel Messi ukinira Fc Barcelona yo muri Esipanye. Ni urutonde ruybowe na Floyd Mayeather ukina umukino w’iteramakofe. Ni umwanya amaze imyaka itanu ashyirwaho yikurikiranya.

Rwanda’s economy will be growing at a 10% rate per year in 2050, says MINECOFIN

The Minister of Finance and Economic Planning, Dr. Uzziel Ndagijimana has announced that for “Vision 2050’ to materialize, the economy will have to be growing at a 10% rate per year. ‘Vision 2050 is a set of long-term, income-based goals that aim for upper-middle-income status by 2035 and high-income status by 2050. With this vision, […]

Twakijije Congo Mobutu na bagenzi be batinyaga- Gen. Mubarak Muganga

Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali n’Intara y’Iburasirazuba, Maj. Gen. Mubarak Muganga avuga ko gukuraho ubutegetsi bwa Mobutu Sese Seko muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (Zaire icyo gihe) ari igikorwa cy’intashyikirwa ku ri Congo na Afurika muri rusange. Ingabo z’u Rwanda mu 1996 zafashije inyeshyamba itaravugaga rumwe na Mobutu, Laurent Désiré Kabila […]

Hirya no hino: Noheli isanze hari abari mu maganya yo kutigondera ibyo kurya

9ad15454-1a99-4560-82e6-913239e81c2f.jpg

Umunsi Mukuru wa Noheli wizihizwa kuwa 25 Ukuboza buri mwaka. Mu Rwanda hari umubare munini w’ababakiristu bayizihiza, aho biteganyijwe ko izaba kuwa Gatatu muri uyu mwaka wa 2019. Umunsi w’ibyishimo ujyana no kugira ibishimishije by’uwo munsi ndetse no kongera kwibuka ibinejeje byabaye mu minsi yabanje. Si sakirirego yewe n’iyo hatangira kwitegurwa uko undi wazagenda cyane […]

Umugabo wanjye ntatera akabariro iyo ikipe ye yatsinzwe-umugore w’umukinnyi wo mu Rwanda

Umugore w’umwe mu bakinnyi bakina muri Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu Rwanda avuga ko umugabo we atajya akora imibonano mpuzabitsina iyo ikipe akinira yatsinzwe. Uyu utashatse ko amazina ye atangazwa ku mpamvu z’akazi k’umugabo we, yabwiye Bwiza.com ko ari uko yabimenyereye, kuko umugabo we ari uko ateye. Ati ” Umugabo wanjye ntacyo amarira iyo ikipe […]

Ni nde mugore wazasimbura Perezida Kagame igihe azaba yavuye ku butegetsi mu 2024?

louise-mushikiwabo_850x385_acf_cropped.jpg

Paul Kagame yatangiye kuyobora u Rwanda nka Perezida ahereye ku nzibacyuho yemejwe n’inteko ishinga amategeko kuva kuwa 17 Mata 2000 kugeza kuwa 25 Kanama 2003. Iki cyemezo cyafashwe nyuma yo kwegura ku bushake k’uwari Perezida icyo gihe Pasiteri Bizimungu tariki 23 Werurwe 2000. Kagame yari asanzwe ari Visi- Perezida akaba na Minisitiri w’Ingabo kuva tariki […]

Rwanda: Wajiuliza mwanamke yupi atakayeshika mikoba ya Rais Kagame

Rais Paul Kagame wa Rwanda alisema hadharani kuwa anataka mwanamke ashike mikoba yake. Alisema hilo jana wakati wa mkutano wa Mushikirano mjini Kigali. ” Muongeze mwondo, sijui wanavyodhani wanaume lakini nafasi hii nigenpenda ichukuliwe na mwanamke.” alisema Kagame Kwa sasa wengi wanajiuliza miongoni mwa wanawake nani anaweza kuwa Rais wa Rwanda. Baadhi ya wanaotajwa ni […]

Govt to raise legal alcohol consumption age

The Government is considering to raise the legal age for buying and consuming alcohol from 18 years, saying that the current policy has failed to contain alcohol abuse among teenagers. The Minister of Gender and Family Promotion, Soline Nyirahabimana, made the disclosure at the Youth Forum Series, recently where she said that they are considering […]

Guhora urakariye Isi nta kintu bikugezaho- Joseph Habineza

79b93c21-4f97-4b90-a30b-1511373b2d5e.jpg

Uwahoze ari Minisitiri w’Umuco na Siporo na Ambasaderi w’u Rwanda muri Nigeria, Joseph Habineza avuga ko abantu bagomba kugira ibyishimo mu mwanya wabyo aho guhora barakariye Isi kuko ngo bituma ntacyo bageraho. Ibi yabitangarije mu kiganiro yahaga abanyeshuri yagiranye n’urubyiruko rugizwe ahanini n’abiga muri za kaminuza ndetse n’abarangije amasomo yabo, mu iserukiramuco ryiswe TARAMA Africa […]

We will not consider Ubudehe category to award scholarship, says PM

The Government has announced its decision to scrap Ubudehe social stratification in the process to award university bursaries and only consider student performance. Ubudehe is a socio-economic stratification system based on family assets. This was announced by the Prime Minister Edouard Ngirente on the last day of National Umushyikirano Council on Friday. Ngirente’s announcement was […]

Amnesty International irasaba RIB ko Umuhoza ukekwaho ubugambanyi yagezwa imbere y’ubutabera

Umuryango Mpuzamahanga Uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Amnesty International urasaba RIB kugeza imbere y’ubutabera, Jackie Umuhoza, akekwaho ubutasi n’ubugambanyi. Mu ibaruwa nomero AFR 47/1600/2019 yo kuwa 20 Ukuboza, Amnesty yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Col. Jeannot Ruhunga Bwiza.com yabonyeho, isaba uru rwego kugeza uyu mukobwa mu butabera hagendewe ku mategeko kuko ngo nta muntu urenza iminsi […]

Umugabo yakubise isuka mu gahanga k’umugore we bapfa kwitaba telefoni ye

Umugabo witwa Vincent Aliganyira wo mu cyaro cya Karusigwa mu Karere ka Kagadi muri Uganda ari mu maboko y’inzego z’umutekano akurikiranweho gukubita isuka mu gahanga k’umugore we, Omuhereza Katwesigye akamwica amuziza kumuhatira kwitaba telefoni yakemangwaga. Aba bombi nk’uko abaturanyi babwiye Chimpreports, bari bamaze umwaka babana ariko bakaba batari bakabyaye umwana. Aliganyira ubwo yahamagarwa, umugore we […]

FARDC iravuga ibanga ikoresha ngo abarwanyi ba FLN na FDLR bamanike amaboko

Umuvugizi w’ingabo za FARDC muri kivu y’amajyepfo Capt. Dieudonne Kasereka atangaza ko izi ngabo zungutse amayeri y’uburyo bwo gutuma abarwanyi b’imitwe irwanya u Rwanda; FDLR na FLN bakamanika amaboko. Mu minsi mike ishize, ibinyamakuru byatangaje ko abarwanyi bo muri FLN na FDLR bagera ku 2,000 bamaze kwishyikiriza FARDC ndetse bamwe bamaze kugezwa mu Rwanda. Kugira […]

Haravugwa ubugambanyi ku bantu bamwe bajyanwa Iwawa

Abaturage baravuga ko hari abantu bajyanwa kugororerwa mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa kandi batakabaye bajyanwayo ngo bigakorwamo uruhari n’ababagambanira baba bagamije kubikiza bitewe n’ amasinde bafitanye cyangwa izindi mpamvu zitandukanye. Ikigo ngororamuco cya Iwawa ni ikigo kiri ku kirwa rwagati mu kiyaga cya Kivu ubundi kizwi ko kigororerwamo ababa barasaritswe n’ibiyobyabwenge n’abandi bagenda bagaragara mu […]

Rais Kagame apendekeza mwanamke kuchua mikoba yake

Rais Paul Kagame wa Rwanda amesema hadharani kuwa anataka mwanamke achukue mikoba yake. Alisema hilo jana wakati wa mkutano wa Mushikirano mjini Kigali. ” Muongeze mwondo, sijui wanavyodhani wanaume lakini nafasi hii nigenpenda ichukuliwe na mwanamke.” alisema Kagame Kwa sasa wengi wanajiuliza miongoni mwa wanawake nani anaweza kuwa Rais wa Rwanda.

Kagame blames leaders on Kigali houses demolition

President Paul Kagame today called out local and senior government officials for the mismanagement of the relocation of people living in high-risk zones. Addressing participants at the 17th Umushyikirano Council, Kagame used his State of the Nation address to hold accountable leaders who continue to issue construction permits for locals to construct homes and settle […]

Yakubiswe n’umugabo we ajya mu bitaro azira isake yo kurya kuri noheli

Umugabo witwa Peter Kadama wo mu gace ka Budaka muri Uganda yakubise umugore we Christine Kayendeke kugeza ubwo ajyanwe mu bitaro amuziza guteka inkoko yari izaribwa ku munsi mukuru wa Noheli uzaba kuwa 25 Ukuboza uyu mwaka. Kadama ubwo yaguraga iyi sake amashilingo ibihumbi 15, yabwiye umugore we ko izaribwa kuri noheli nk’uko Daily Monitor […]

Mu mateka: Umusekirite yatumye Perezida wa Amerika yegura ku mirimo ye

images.jpg

Umusekirite w’umwirabura, Frank Willis warindaga ku nyubako z’ibiro bya Watergate mu Mujyi wa Washington yakoze igikorwa cyatumye Perezida wa 37 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Richard Nixon yegura ku mirimo kuwa 9 Kanama mu 1974. Uyu musekirite kuwa 17 Kamena 1972 saa sita n’igice z’ijoro, yari yaraye ku nyubako ya Watergate. Yanyarukiye ahaparikwaga imodoka […]

Gicumbi: Umuturage yagundaguranye na gitifu imbere y’abaturage

Umuturage witwa Nteziyaremye yarwanye n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gihembe, mu Murenge wa Kageyo, Ronald Mwiri, amuciraho ishati ubwo bari mu nteko y’abaturage. Iyi mirwano yabayeho kuri uyu wa kabiri tariki 17 Ukuboza bapfa kuba gitifu yasomye amazina y’uyu muturage ku rutonde rw’abadafite ubwiherero bwujuje ibisabwa mu ruhame ndetse no ku rw’abazahabwa isakaro. Amakuru agera kuri […]

Gicumbi: Mfungwa apigwa risasi na polisi

Mmoja mwa maafisa wa Polisi kwenye kituo chao cha Byumba, Wilayani Gicumbi amepiga risasi na kumuua mfungwa kwa majina ya Wellars Igirukwayo,42. Taarifa ni kwamba mfungwa alikuwa amefungiwa kwenye kituo cha polisi alijaribu kutoroka. Haijaeleweka waziwazi namna ambavyo mfungwa alikuwa kwenye kituo cha polisi badala ya kuwa gerezani. Msemaji wa Polisi Mkoa wa Kaskazini, CIP […]

About six thousands residents evacuated following houses demolition

The Rwandan government on Wednesday said it has evacuated close to 6,000 residents from high-risk zones in different parts of the country threatened by heavy rains in the first three weeks of December. Some 4,000 of them are staying with their relatives, 1,500 living in government-rented houses while about 300 others being temporarily sheltered in […]

Perezida Trump yikomye umuyobozi w’inteko ya Amerika

Perezida Donald Trump yavuze amagambo akomeye ku gikorwa cyo kumweguza kugambiriwe mu ibaruwa irimo umujinya yandikiye umuyobozi w’inteko ya Amerika Madamu Nancy Pelosi amushinja “intambara kuri demokarasi ya Amerika” Ati: “Warushijeho gutesha agaciro ijambo ribi cyane, kweguza perezida!” ni bimwe mu byo yanditse mu ibaruwa yatsohotse ejo kuwa kabiri. Uyu munsi, mu nteko hateganyijwe itora […]

Gicumbi: Umupolisi yarashe umugororwa ahasiga ubuzima

Umwe mu bapolisi bakorera kuri kuri Station ya Polisi ya Byumba mu karere ka Gicumbi, umupolisi yarashe umugororwa witwa Igirukwayo Wellars ahita ahasiga ubuzima. Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, mu masaha ya saa saba. Bivugwa ko Igirukwayo wari ufungiwe kuri station ya Polisi ya Byumba yarashwe yiruka ashaka gutoroka. Bwiza.com iracyatohoza […]

Gen. Ibingira avuga ko nta wavogera u Rwanda ruyobowe na Perezida Kagame

Umugaba mukuru w’Inkeragutabara Gen. Fred Ibingira yavuze ko abavugaga bose ko bagiye gutera Urwanada kandi ko bazarufata bakubiswe akanyafu, ubu bakaba bararuciye bakarumira bitewe n’uko nta muntu wabasha guhungabanya u Rwanda ruyobowe na Perezida Kagame Paul. Mu ijambo rye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Ukuboza, yavuze ko abari bagambiriye guhungabanya umutekano w’u Rwanda […]

Wafanyakazi saba Wilayani Rubavu wafukuzwa kazini

Wafanyakazi saba wa Wilaya ya Rubavu walifukuzwa kazini jana tarehe 17 Disemba baada ya mkutano wa viongozi mbalimbali. Wameandika barua za kujiuzulu ila hawakutangaza mengi nini kilichosababisha uamuzi huo katika vyombo vya habari. Hata hivyo, kisa hiki ni baada ya ziaara ya kikazi ya Waziri wa Mambo ya Ndani, Prof. Anastase Shyaka wilayani humo. Waziri […]

Yaryamanye n’umurambo ku bwo kwishimira insinzi y’ikipe afana

Umugabo wo muri Bresil, Dos Santos Silva yarayamanye n’umurambo w’umwana w’umukobwa ubwo yari yasinze yishimira insinzi y’ikipe ye. Da Silva nk’uko ibinyamakuru byo muri Brasil bibitantaza, asanzwe ari umukozi w’ahabikwa imirambo (morgue) muri icyo gihugu. Uyu mugabo w’imyaka 52 kuwa 22 Ugushyingo we n’inshuti ye bagiye mu kabari kwishimira insinzi y’ikipe afana ya Flamengo, yari […]

Gicumbi: Hataburuwe umwana wapfuye ngo hamenyekane Se

Itsinda ry’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bya Gihanga n’abo mu Rwego rw’Ubugenzacyaha bw’igihugu kuwa Mbere berekeje mu Karere ka Gicumbi ahataburuwe umurambo w’umwana w’umukinnyi w’amagare, Bertin Mukarukundo ngo hamenyekane Se umubyara. Ibi byabereye mu Karere ka Gicumbi ahitwa Nyamiyaga aho uyu mukobwa atuye. Taarifa yakurikiranye iyi nkuru ivuga ko uyu mwana yapfuye mu myaka ibiri ishize […]

Musanze: More than 60 pupils in a class, four share one desk

Parents with children at Musezero Primary School in Rwaza sector, Musanze District are worried about overcrowded classrooms which they say impedes pupil’s learning and growth. The parents expressed the concern saying it is a challenge on teachers’ efficiency in evaluating performance of so many learners at once. In some classes, there are more than 60 […]

Ndacyahanganye – Kizza Besigye

Umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Col. (Rtd) Dr. Warren Kizza Besigye Kifefe yaciye amarenga ko ashobora kuzahatana ku nshuro ya gatanu mu matora ya perezida ategerejwe mu mwaka wa 2021. Kizza Besigye wo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi ‘ Forum for Democratic Change’ (FDC) yahanganye na Perezida Museveni w’Ishyaka, National Resistance Movement (NRM) […]

Biyahuye nyuma y’iminsi ine bashinze urugo kubera ideni

Umugabo witwa Odipo n’umugore we bari bamaze iminsi ine bashakanye biyahuye nyuma yo kugwa mu ideni ry’ibihumbi 78 by’amadolari ya Amerika. Ibi byabereye mu Mujyi wa Kisumu muri Kenya hafi y’Ikiyaga cya Victoria. Biravugwa ko urupapuro rwasizwe n’aba bombi, rwavugaga ko batewe isoni no gutangira ubuzima bushya bahanganye n’amadini. Ngo bagiraga bati ” Twasanze tutabasha […]

Abagororerwa Iwawa bagereranyije inkoni bakubitwa n’imvura y’amahindu

Bamwe mu banyeshuri bagororerwa mu kigo ngororamuco cya Iwawa barataka inkoni bakubitwa na bamwe muri bagenzi babo bavuga ko ngo ziruta imvura y’amahindu. Aba banyeshuri bavuga ko bikomeye ku buryo bamwe bibaviramo ubumuga. Umwe muri bo ubwo basurwaga n’Umunyamabanga wa Leta muri ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Ignatienne Nyirarukundo, mu cyumweru gishize, yashize […]

Unqualified teachers to be laid off, REB confirms

Rwanda Education Board (REB) has revealed there is a yet to be revealed list of unqualified teachers who will be sacked next academic year scheduled to commence on January 6, 2020. Dr Irénée Ndayambaje, the Director-General of REB, confirmed the development to TNT citing the list is already prepared yet declined to reveal the number […]

Abaturage basenyewe mu Gatsata barara mu matongo

b1af2016-7109-42af-8e72-7225c5e7cfe5.jpg

Bamwe mu baturage basenyewe mu Midugudu ya Kanyonyomba na Kwamwunguzi, mu Kagari ka Nyamugari mu Murenge wa Gatsata, mu Karere ka Gasabo bavuga ko kuva basenyerwa, barara mu matongo akaba ari naho birirwa kuko babuze ahandi bakwerekeza. Aba baturage babwiye Bwiza.com ko icyemezo cyo gusenyerwa cyabatunguye cyane ko bari babwiwe n’ubuyobozi ko abagomba guhita bimuka […]

Kigali: Aravuga ko uburyo umugore we akunda umuhanzi Christopher bugiye kumusenyera

Umwe mu bagabo bakora umwuga w’ubumotari mu Mujyi wa Kigali avuga ko umugore we abona akabya mu gukunda umuhanzi Muneza Christopher ku buryo abona bishobora gutuma asenya urugo rwe. Uyu mugabo yaganiriye na Bwiza.com avuga ko ubusanzwe atanga ko umuntu yagira ibyo akunda mu bijyanye no kwidagadura, gusa ngo umugore we arakabya ku buryo yibagirwa […]

Residents in tears following demolition of their houses in Kigali

There was tears last weekend whereby on Saturday, families living in areas of Mulindi, Bannyahe, Muhima and Rwampara – all in Nyarugenge sector of the Nyarugenge District in Kigali, are seeing their homes being razed to the ground. According to them, mid last week they were issued with a 15 Day notice to leave these […]

Kigali: Wakazi watokwa na machozi kwa kubomolewa nyumba na serikali

Wakazi maeneo mbali mbali Mjini Kigali wametokwa machozi katika wikendi ambako viongozi walitoa amri nyumba zao zibomolewe kutokana na kuishi mahali ambako ni hatali kwa maisha yao. Hilo limetokea maeneo yakiwemo Gatsata, Kiruhura, Rwampara, Kacyiru na kwingine. Wananchi wamesema waliamuriwa kutoka nje kwa ghafla na mali zao zikaharibika. Wakazi eneo la Gatsata, wamesema wana hati […]

Uko amakipe yatomboranye muri 1/8 cya Champions League

Dore uko amakipe azesurana muri 1/8 mu makipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’Uburayi. Muri tombora yabaye kuri uyu 16 Ukuboza, amakipe azahura: – Dortmund VS Paris Saint Germain – Real Madrid VS Manchester City -Atlanta VS Valence -Atletico Madrid VS Liverpool -Chelsea FC VS Bayern Munich -Lyon VS Juventus – Totenham VS Leipzig […]

Ari ibikoresho by’isuku ku b’igitsinagore n’ibiribwa mu Rwanda, ni iki gikenewe gukurirwaho imisoro?

b427e5d3-ab34-489e-ac08-86defcd75ef6.jpg

Ubusanzwe Leta ni yo ireberera abaturage, ikabarinda ndetse igaharanira inyungu zabo n’ibindi byabateza imbere. Ibi bikorwa mu gufata ibyemezo bijyanye n’izi ngingo zavuzwe haruguru. Umuhanga mu by’imibereho y’umuryango mugari (sociologist), Umunyafinilande, Dr Kaarle Tapani Jorma Johannes Magnus Bertel Nordenstreng avuga ko sosiyete (umuryango mugari) ifatika igirwa n’inzego bitatu by’ingenzi: 1. Leta n’izindi nzego ziyishamikiyeho 2. […]

Haravugwa intasi muri People Power ya Bobi Wine

Hari amakuru avuga ko ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda, NRM ryaba ryarashyize intasi zaryo mu bashyigikiye Depite, Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, bazwi nka People Power. Bamwe mubo muri People Power batangiye gutunga intoki bagenzi babo babashinja kuba intasi za NRM zinjiriye ishyaka ryabo. Agira icyo avuga kuri ibi, Bobi Wine yifashishije […]

Se wa Diamond yagaragaye aguza itike aho yari yitabiriye ubukwe

Se w’umuhanzi Diamond Platnumz, Abdul Naseeb yagaragaye aguza umukobwa we, Esma Platnumz amafaranga y’itike nyuma yo gutaha ubukwe bwe. Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekena Naseeb yitabiriye ibirori by’umukobwa we ariko akabura amafaranga y’itiki. Uyu mugabo yahise yegera umukobwa we ngo amuhe amafaranga mu gihe Diamond Platnumz we yari kumwe n’abandi bashyitsi. Ni mu gihe […]

Ese Min. Mboweni yumviye inama ya Perezida Kagame yo kutareka gukoresha Twitter?

capture-12.png

Minisitiri w’Imari muri Afurika y’Epfo,Tito Mboweni yari aherutse gutangaza ko azareka gukoresha twitter, ingingo yagiriweho inama na Perezida Kagame amusaba kutayivaho. Yavuze ko ku bw’inama za Perezida Kagame, akibisuzuma niba yakomeza kuyikoresha ariko avuga ko azatanga umwanzuro kuwa 13 Ukuboza 2019. Mboweni usanzwe ari inzobere mu bukungu, akunze gushima iterambere ry’u Rwanda ndetse rimwe na […]

Rwanda-Uganda meeting ended with no solutions

The meeting between Rwanda- Uganda on the implementation of Luanda agreement ended with no solution. The meeting from both side was held yesterday in Kampala for many hours. “More than 7 hours of a deep, open, frank but cordial discussion between #Uganda & #Rwanda. No agreement on a solution to the most contentious issues (Uganda’s […]

Yubatse inzu i Kigali ku bwo gucuruza ibikoresho byakoreshejwe

88ed37a8-38ac-4f66-bd39-3b394e444985.jpg

Umudamu ufite abana batatu, Beata Niyonsaba avuga ko yaguze ikibanza mu Mujyi wa Kigali ku bwo gucuruza ibikoresho byakoreshejwe birimo amajerekani, amacupa, indobo, imifuka n’ibindi. Bwiza.com yamusanze mu Murenge wa Muhima, mu Kagari ka Nyabugogo ahitwa kwa Kiruhura, avuga ko amaze imyaka 20 muri ubu bucuruzi yatangiye akorera mu muhanda kugeza ubwo ashatse iseta. Ati […]

Ese u Rwanda ruzatanga impozamarira y’asaga Frw miliyoni ebyiri kuri Kayumba na bagenzi be?

Urukiko Nyafurika ku Burenganzira bwa Muntu n’ubw’Abaturage (AfCHPR) rwasabye ko Leta y’u Rwanda yatanga Frw 2,790,000 nk’impozamarira ku bantu batandatu barimo Kayumba Nyamwasa bari barambuwe impapuro z’inzira zabo. Uru rukiko rufite ikicaro i Arusha muri Tanzania rwaciye urubanza nk’uko byifuzwaga na Kennedy Gihana, Kayumba Nyamwasa, Bamporiki Seif, Frank Ntwali, Safari Stanley, Dr Etienne Mutabazi (wagizwe […]

Yakubise ishoka mu mutwe umukunzi we ku bwo kumubona anywa ibinini bigabanya ubukana bwa SIDA

Umugore wo mu Karere ka Hoima yishe umukunzi, Emmanuel Tumusiime we nyuma yo kuvumbura ko yangwaga ibinini bigabanya ubukana bw’agakoko hatera SIDA mu ibanga. Polisi mu gace ka Hoima ivuga ko Tumusiime w’imyaka 35 yatewe n’umugore we kuwa Kane nimugoroba bimuviramo urupfu. Umuvugizi wa Polisi muri Hoima, Julius Hakiza yabwiye Daily Monitor ko nyakwigendera bigaragara […]

Rwanda: Wasichana 50 wapachikwa mimba katika kijiji kimoja

Wasichana 50 kutoka kijiji kimoja cha Gitesi ndio waliopachikwa mimba Wilayani Karongi, magharibi mwa Rwanda. Utafiti wa Shilika la Action Aid ulionyesha wengi wao walipata mimba kutoka kwa wtu wenye uhusiano nao. Mkurugenzi wa Action Aid Wilayani Karongi amesema ” Jamii haina budi kuwasidia waliozaa na watoto wao ili wasipoteze imani ya kesho.” Waliopata mimba […]

Rubavu: Bamwe mu biga kaminuza muri Congo bavuga ko bafashwe amasaha abiri

Abanyeshuri b’Abanyarwanda basaga 20 basanzwe biga Kaminuza muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo bavuga ko mu mpera z’icyumweru gishize bafashwe n’ubuyobozi bwo ku mupaka mu gihe cy’amasaha abiri ndetse ngo babuzwa kongera kujya kwiga muri iki gihugu. Leta y’ u Rwanda yafashe icyemezo ko Abanyarwanda baba baretse kujya kwiga muri Congo bitewe n’icyorezo cya Ebola […]

Uganda, Rwanda talks resumes in Kampala

A meeting between Uganda and Rwanda that should have taken place on October 17 as a follow up to the September 16 one in Kigali to ease tension between the neighbouring countries is scheduled to take place today. “Uganda and Rwanda will tomorrow (Friday) hold a follow-up meeting at Speke Resort Munyonyo to the one […]

DRC: Haravugwa ifatwa rya Gen. Jeva wa FLN

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo avuga ko ku gicamunsi cyo kuwa 11 Ukuboza 2019, Brig. Gen. Hakizimana Antoine uzwi nka Jeva, wari ushinzwe ibikorwa bya Operasiyo n’iperereza muri FLN yafashwe mpiri (rwa mikono) ndetse n’umuvugizi wa FLN, Capt. Nsengimana Herman na we yarafashwe. Aya makuru avuga ko aba basirikare bakuru bafatiwe hamwe […]

Rubavu: Mama na wanawe wawili aponea chupuchupu nyumba iliyo moto

Mama kwa majina ya Sandrine Uwase na wanawe mmoja wa miezi miwli na mwingine wa miaka sita wamepona nyumba iliyoaka moto usiku wa tarehe 1 Disemba 2019. Moto huo kama inavyotangazwa na viongozi kijijini, umesababishwa na mshumaaa. Kila kitu nyumbani kimechomwa na walionusurika wamepelekwa Hospitalini Mjini Kigali.

Non-communicable diseases affect big number of Kigali residents, say RBC

Rwanda Biomedical Center has reported that non-communicable diseases (NCDs) including diabetes and hypertension continue to affect a large portion of Kigali residents, Igihe has learnt The unfortunate news was announced on Wednesday, December 11th, 2019 as RBC launched a sensitization program aimed at fighting and preventing NCDs as well as providing medical assistance to already […]

Tanzania: Yibye akimara guhabwa imbabazi za Perezida ahita asubizwa muri gereza

Umugabo witwa Musa Msolwa, umwe mu mfungwa 70 zo mu Ntara ya Njombe zari zahawe imbabazi na Pererida Magufuli, yafatiwe mu gikorwa cy’ubujura, yongera gufungwa nyuma y’amasaha umunani yari amaze hanze. Perezida Magufuli ubwo hizizhizwaga isabukuru y’Ubwitenge bwa Tanzania, kuwa 9 Ukuboza, yatanze imbabazi ku mfungwa bisaga bitanu. Msolwa ari muri abo ariko yatawe muri […]

Rubavu: Umuhanda wakozwe na VUP wangiritse kurusha uko wari umeze utarakorwa

Bamwe mu baturage b’Umurenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu barinubira kuba umuhanda uturuka ahitwa i Nyamirambo ugana kuri Brasserie warashyizwemo abakora muri gahunda ya VUP ngo bawukore aho kuwutunganya ahubwo bakawica kurushaho ku buryo ngo nta n’igare rishobora kuwunyuramo. Aba baturage bavuga ko hashize umwaka urenga uyu muhanda uturuka ahitwa i Nyamirambo mu kagari […]

Teta Sandra yatumye Weasel akubita umuntu ajyanwa mu bitaro

deejay-ll.png

Umuhanzi Weasel Manizo wo muri Uganda yakubise DJ LL umwe mu bazwi cyane mu Mujyi wa Kampala amuryoza gukora ku Munyarwandakazi, Teta Sandra uri mu rukundo n’uyu muhanzi. Imirwano yabereye mu kabari kitwa Casablanca kari Kololo kari muri Kampala mu ma saa kumi za mu gitondo zo kuri uyu wa 12 Ukuboza nk’uko Ugblizz ibitangaza. […]