RDC: Abantu 75 ni bo bishwe n’impanuka ikomeye ya gari ya moshi abasaga 100 barakomereka
Perezida Felix Tshisekedi yihanganishije abegereye abantu bahitanwe n’impanuka ya gari ya moshi yabereye ahitwa Kitenta, Teritwari ya Lubudi, mu Ntara ya Lualaba nk’uko yabitangaje kuri twitter ye kuri iki Cyumweru. Umwe mu begereye Perezida Tshisekedi ati “Perezida wa Repubulika yakiranye n’akababaro kenshi amakuru y’urupfu rw’abanyagihugu 75 n’abandi benshi bakomeretse mu mpanuka ya gari ya moshi […]
U Burusiya bwasabye u Bushinwa inkunga ya gisirikare mu ntambara burwana na Ukraine
U Burusiya bwasabye u Bushinwa inkunga ya gisirikare n’iy’ubukungu mu ntambara burwana na Ukraine nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru ryo muri Amerika kuri iki Cyumweru gishize, amasaha macye nyuma y’aho White House iburiye u Bushinwa ivuga ko nabwo buzafatirwa ibihano bikomeye nibufasha u Burusiya gukwepa ibihano bwafatiwe. Aya makuru yagiye ahagaragara na none nyuma y’amasaha macye White […]
Le Rwanda envisage d’imposer une taxe Netflix
Les autoritĂ©s rwandaises envisagent une proposition visant Ă imposer une taxe sur les services en ligne, rapporte The New Times citant un responsable de l’administration fiscale. La taxe sur la valeur ajoutĂ©e (TVA) proposĂ©e est considĂ©rĂ©e comme “nĂ©cessaire”, a dĂ©clarĂ© Jean-Louis Kaliningondo de l’Office rwandais des recettes (RRA). “Lorsque vous payez pour des services tels […]
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yanduye Covid-19
Kuri iki Cyumweru gishize, uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yavuze ko yipimishije Covid-19 agasanga yaranduye nk’uko iyi nkuru dukesha AFP ivuga. Obama yanditse ku rubuga rwa twitter ati: “Maze iminsi ibiri ndibwa mu muhogo, ariko numva mera neza.” Yongeyeho ko kugeza ubu umugore we, uwahoze ari umudamu wa mbere, […]
RDC: Inyeshyamba za ADF zirashinjwa kwica abasivili basaga 30
Abantu basaga 30 mu mpera z’icyumweru gishize biciwe mu bitero by’inyeshyamba za ADF mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’uko byemezwa na Sosiyete Sivile. Amakuru ya mbere yashyizwe ahagaragara kuwa Gatandatu ninjoro mu itangazo rigemewe abanyamakuru ryatangajwe na Kinos Kathuho, ukuriye Sosiyete Sivile ya Mamove, muri Teritwari ya Beni, hagati ya Kivu y’Amajyaruguru […]
Rubavu: Polisi yafashe batatu bakekwaho kwiba Umutaliyani
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Werurwe, yafashe abagabo batatu bakekwaho kwiba ibintu bitandukanye, n’amafaranga ibihumbi 350.000 y’u Rwanda by’uwitwa Masimiliano Caldato ukomoka mu gihugu cy’Ubutariyani. Abafatiwe aho ubu bujura bwakorewe mu Kagali ka Kivumu, Umurenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, ni Kadafi Manisure, Justin Nkusi, na Jean […]
Gabon: Umuryango wa Bongo umaranye ubutegetsi imyaka 53 urateganya kubugumana
Kuri uyu wa Gatandatu Perezida Ali Bongo Ondimba wa Gabon yatangaje ko aziyamamaza mu matora yo mu mwaka utaha ubwo hizihizwaga imyaka 54 ishyaka PDG riri ku butegetsi. Perezida Ali Bongo yinjiye mu cyumba cy’inama cyaberagamo inama nta nkoni asanzwe agenderaho, ahabwa amashyi n’abayoboke b’ishyaka. Ubwo yafataga ijambo, Ali Bongo ntiyahishe ibyishimo bye byo kongera […]
Minisitiri Nadine Girault wo muri Canada yiyemeje kotsa igitutu Louise Mushikiwabo
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, akomeje kotswa igitutu asabwa kugaragaza aho umuryango ayoboye uhagaze ku kibazo cy’intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine kuko ngo ari wo muryango wonyine wakomeje kwifata. Minisitiri wa Canada ushinzwe imibanire mpuzamahanga na Francophonie, Nadine Girault watangiye kuri uyu wa Gatandatu uruzinduko ruzamara hafi icyumweru, yabwiye ikinyamakuru […]
RDC: Impungenge ku buzima bwa Perezida Tshisekedi umaze iminsi mu Bubiligi
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hamaze iminsi ibihuha ku buzima bw’umukuru w’igihugu, Felix Tshisekedi. Ibinyamakuru byo mu Bubiligi nka La Libre Afrique byatangaje ko ubuzima bwe butifashe neza nyuma yo kubagwa umutima, ariko ibi byatewe utwatsi na guverinoma na perezidansi. Mu rwego rwo guhumuriza guverinoma ye ndetse n’abaturage ku bijyanye n’ubuzima bwe, Perezida Tshisekedi […]
Uducurama byakekwaga ko twacitse twagaragaye mu Rwanda

Uducurama twugarijwe cyane twari tumaze imyaka 40 tutagaragara hatinywa ko twacitse twongeye kugaragara mu Rwanda. Uducurama two mu bwoko bwa (Rhinolophus hill), tutigeze tugaragara kuva mu 1981, twavumbuwe n’abahanga mu ishyamba rya Pariki y’Igihugu ya Nyungwe. Aka gacurama gafite isura itangaje kandi isekeje nk’uko tubikesha ikinyamakuru Daily Mail, gafite amatwi manini n’izuru rijya kumera nk’inkweto […]
Burundi: Itegeko rizahana abahakana ko habaye Jenoside yakorewe Abahutu mu nzira
Mu gihugu cy’u Burundi hagiye gushyirwaho itegeko rizahana abazahakana ko muri iki gihugu habaye jenoside yakorewe Abahutu mu 1972 mu gihe itaremezwa ku rwego mpuzamahanga. Ibi byatangajwe kuwa Kane ushize na Pierre Claver Ndayicariye, ukuriye urwego rushinzwe ukuri no guhuza Abarundi (CVR) ubwo yari mu Ntara ya Gitega aho CVR yagiranye ikiganiro n’abanyeshuri bo muri […]
Impamvu Abahesha b’Inkiko bateza imitungo cyamunara ku giciro kiri hasi y’agaciro
Itegeko rigenga umwuga w’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga ngo ririmo ingingo zimwe na zimwe zibangamira imikorere yabozirimo nko guteza cyamunara imitungo y’abantu ku giciro kiri hasi y’agaciro kayo, basaba leta kuvugurura iri tegeko. Byatangajwe mu nteko rusange abahesha b’inkiko b’umwuga bagiranye na Minisiteri y’Ubutabera mu Rwanda, aho bagaragaje byinshi mu bibazo bibabangamiye mu mwuga wabo bishingiye ku […]
Darfur: Byibuze abandi bantu 17 biciwe mu rugomo rwongeye kwaduka
Byibuze abantu 17 nibo bishwe kuwa Kane abandi benshi barakomereka mu gihugu cya Sudani, mu gace ka Jebel Moon ko mu Ntara ya Darfur, mu gitero cy’abitwaje intwaro nk’uko byatangajwe n’abaharanira uburenganzira bwa muntu. Bije nyuma y’igitero nk’iki cyahitanye abantu 16 mu ntangiriro z’iki cyumweru n’amezi make nyuma y’aho aka gace kibasiwe n’urugomo mu mpera […]
Indimi zizaba zivugwa cyane ku Isi mu myaka 30 iri imbere
Mu gihe Icyongereza, Igishinwa, Icyesipanyole n’Igihindi (cyangwa Icyarabu ukurikije ibigereranyo) ari zo ndimi enye zivugwa cyane ku Isi, Igifaransa kiza ku mwanya wa gatanu hamwe na miliyoni 300 bavuga Igifaransa ku Isi. Dukurikije ibipimo by’imibare y’abaturage, mu 2050, Igifaransa gishobora kuzaba kivugwa n’abantu bagera kuri miliyoni 700, bityo kikaba gishobora kuzamuka imbere. Nk’uko Ikigo cy’igihugu […]
Isomwa ry’urubanza rw’Umuhinde urega abarimo umuhesha w’inkiko ryasubitswe
Isomwa ry’urubanza ryari riteganyijwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 09 Werurwe 2022, hagati ya UNITED SPIRITS yari yajuririye mu Rukiko Rukuru rw’Ubucuruzi icyemezo cyo kugurisha mu cyamunara ibicuruzwa ivuga ko ari ibyayo, rwimuriwe ku itariki ya 16 Werurwe saa cyenda kubera ko umucamanza atararangiza kurusuzuma ngo rusomwe kubera indi mirimo yagize yatumye atabona umwanya uhagije. […]
RDC: Nyuma y’ifungwa ry’umujyanama wihariye wa perezida abandi bakomeje gufatwa
François Beya, umujyanama wihariye wa FĂ©lix Tshisekedi mu bijyanye n’umutekano, arafunzwe kuva ku ya 5 Gashyantare mu kigo cy’ikigo gikomeye gishinzwe iperereza (ANR). Nk’uko abamwegereye babivuga, nta birego bigaragara aramenyeshwa. Arasaba rero ko yarekurwa cyangwa akazanwa imbere y’umucamanza. Ariko hagati aho hafashwe abantu bashya mu minsi yashize. Ubwa mbere, hafashwe Guy Vanda, umunyamabanga wihariye wa […]
Amafoto: Ibikoresho igisirikare cy’u Burusiya kimaze gutakaza mu ntambara yo muri Ukraine

U Burusiya bwatangiye kugaba igitero simusiga muri Ukraine ku ya 24 Gashyantare 2022, mu gihe haherukaga intambara hagati y’ibi bihugu mu 2014 yarangiye intara ya Crimea yigaruriwe n’u Burusiya. Iki gitero cyo kuwa 24 Gashyantare nicyo gitero kinini cya gisirikare gisanzwe cyibasiye igihugu cyigenga mu Burayi kuva Intambara ya Kabiri y’Isi yarangira. Hagati aho iyi […]
Les pays membres de la CAE enregistrent une croissance économique de 4,2% en 2021
La 25e rĂ©union ordinaire du comitĂ© des affaires monĂ©taires de la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est (EAC) a dĂ©clarĂ© que la croissance dans la rĂ©gion s’Ă©tait redressĂ©e en 2021 pour atteindre une moyenne de 4,2%, a indiquĂ© l’EAC dans un communiquĂ© vendredi soir. Le communiquĂ© publiĂ© Ă l’issue de la rĂ©union par le siège de […]
U Burusiya bwagize ibyo busaba Ukraine intambara igahita ihagarara
Umuvugizi wa Perezidansi y’u Burusiya, Kremlin, Dmitry Peskov, yatangaje ko u Burusiya busaba ko Ukraine ihagarika ibikorwa bya gisirikare, igahindura itegeko nshinga kugira ngo ireke kubogama, kwemera ko Crimea ari intara y’u Burusiya kandi ikemera ko repubulika za Donetsk na Lugansk ari intara zigenga. Peskov kuri uyu wa Mbere yatangarije Reuters ko u Burusiya bwabwiye […]
Ubukungu bw’akarere bwongeye kuzanzahuka – EAC
Inama ya 25 isanzwe ya komite ishinzwe ifaranga y’Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yavuze ko iterambere ry’akarere ryazanzahutse mu 2021 kugera ku kigereranyo cya 4.2%, nk’uko EAC yabitangaje mu itangazo ryasohowe ku wa Gatanu ushize. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nyuma y’inama n’icyicaro gikuru cya EAC mu Mujyi wa Arusha uherereye mu majyaruguru ya Tanzania, ryerekanye ko […]
Misile z’u Burusiya zasenye ikibuga cy’indege cya gisivili – Perezida Zelensky
Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko misile nyinshi z’u Burusiya zasenye ikibuga cy’indege cya gisivili i Vinnytsia rwagati muri Ukraine. Imijyi myinshi hamwe n’ibirindiro byo mu kirere muri Ukraine byatewe ibisasu, birasa cyangwa byibasirwa na misile ballistique ziva mu Burusiya ku munsi wa 11 w’ibitero byabwo. Ariko Vinnytsia iri mu burengerazuba […]
Rubavu: Hafashwe uwageragezaga guha umupolisi ruswa ya 2000 Frw
Kuwa Gatandatu tariki ya 05 Werurwe, Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda mu Karere ka Rubavu ryafashe umushoferi witwa Habumugisha Jean Marie Vianney ahaye ruswa y’ibihumbi 2000 Umupolisi kugira ngo atamuhanira amakosa yo kutagira icyangombwa cy’ubuziranenge cy’imodoka ye, Ibi byabereye mu Murenge wa Rugerero, mu Kagali ka Gisa, Umudugudu wa Gisa. Umuvugizi wa Polisi […]
Perezida wa Ukraine aravuga ko Ingabo z’u Burusiya zitegura gusuka ibisasu kuri Odesa
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Ingabo z’u Burusiya zitegura gutera ibisasu ku mujyi munini wa Odesa uri ku nkombe z’Inyanja y’Umukara. Kuri iki Cyumweru nk’uko tubikesha Al Jazeera, Zelenskyy yagize ati: “Barimo kwitegura gutera ibisasu kuri Odesa.” “Abarusiya bakunze kuza muri Odesa. Buri gihe bumva basusurutse gusa muri Odesa…None ubu? Ibisasu kuri Odesa? […]
Igisirikare cya Uganda cyibitseho izindi drones kabuhariwe mu butasi

Igisirikare cya Uganda kiravugwaho kuba cyaguze byibuze amaduzeni abiri ya drones z’ubutasi zo mu bwoko bwa Elbit Systems Hermes 900 Kochav zifite ubushobozi bwo kugendera ku ntera iringaniye no kumara igihe kirekire mu kirere. Drones za Hermes 900 zagaragaye muri videwo yasangijwe ku ya 24 Gashyantare na Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuyobozi w’ingabo za Uganda […]
Yasubiye muri kaminuza yizemo ajyanwe no kwiyahura kubera ubushomeri
Umugabo warangije muri Kaminuza ya Kyambogo, mu gihugu cya Uganda, muri 2019 yiyahuye nyuma yo kumara imyaka ashaka akazi ariko akakabura. Ku wa Gatanu, Brian Wetaka wahawe impamyabumenyi y’icyiciro cya 2 muri Chemical Engineering, yasubiye ahaherereye ibyumba by’amashuri yahoze yigamo maze ariyahura. Abashinzwe umutekano wa Kaminuza ya Kyambogo bavuze ko, nyakwigendera yasize yanditseho urwandiko mbere […]
Mu gihe kitarenze ukwezi buri karere kagiye kongerwamo umukozi wa MAJ
Mu gihe kitarenze ukwezi kumwe muri buri karere hazaba hongewemo umukozi umwe ushinzwe gufasha abaturage mu by’amategeko uzwi kw’izina rya MAJ nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Ubutabera. Minisiteri y’Ubutabera mu Rwanda, ivuga ko muri gahunda zo gukangurira abaturage kumenya no gusobanukirwa uburenganzira bwabo mu by’amategeko, hagiye gushyirwaho undi mukozi mushya muri buri karere ushinzwe gutanga ubufasha […]
RDC: Uduce dutatu twagenzurwaga n’inyeshyamba twigaruriwe na FARDC
Minisitiri w’ingabo z’igihugu ndetse n’abahoze ari abasirikare berekanye incamake y’ibikorwa bya gisirikare n’umutekano by’igihugu “bikomeje kugenzurwa n’igisirikare ndetse n’abandi bashinzwe umutekano ” aho uduce dutatu twakuwe mu maboko y’inyeshyamba. Mu nama y’abaminisitiri yabaye ku wa Gatanu, itariki ya 04 Werurwe 2022, yerekanye ko ibikorwa by’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ingabo z’igihugu cya […]
60% des Rwandais entièrement vaccinés contre le Covid
Le Rwanda fait pression pour atteindre un nombre très Ă©levĂ© de personnes vaccinĂ©es dans le but de protĂ©ger la population contre la pandĂ©mie de Covid-19. Le ministère de la SantĂ© a annoncĂ© jeudi, que jusqu’Ă prĂ©sent, 60 % de la population totale [12,95 millions (2020)] avaient Ă©tĂ© entièrement vaccinĂ©s. Les vaccins COVID-19 aident Ă dĂ©velopper […]
Rurageretse hagati ya UNITED SPIRITS n’abo irega guteza cyamunara ibicuruzwa byayo

Kuri uyu wa Kane, itariki 03 Werurwe 2022, mu Rukiko Rukuru rw’Ubucuruzi haburanishijwe ubujurire ku rubanza RC000171/2022/TC hasabwa gutesha agaciro cyamunara yo kuwa 31/01/2022 yakorewe ku bicuruzwa by’Umuhinde Manish Kumar nyiri UNITED SPIRITS urega mugenzi we w’Umuhinde Rishi Arya, Umuhesha w’Inkiko Kagame K. Festo n’umucuruzi Nsengumuremyi Anathole . Ni ibicuruzwa bigizwe by’inzoga UNITED SPIRITS Ltd […]
Ukraine: Uruganda runini rw’ingufu za kirimbuzi mu Burayi rwafashwe n’inkongi nyuma y’igitero cy’u Burusiya
Kuri uyu wa Gatanu, minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yatangaje ko uruganda rw’ingufu za kirimbuzi runini mu Burayi rwafashwe n’inkongi y’umuriro nyuma y’igitero cy’u Burusiya, asaba ko hashyirwaho akarere k’umutekano. Ibiro ntaramakuru RIA bivuga ko Minisiteri ishinzwe ingufu za kirimbuzi muri Ukraine ivuga ko igice cy’uruganda cyahiye bitewe n’igitero cy’ingabo z’u Burusiya. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga […]
Kagame a prĂ©sidĂ© l’ouverture officielle du Forum rĂ©gional africain sur le dĂ©veloppement durable
Le prĂ©sident Paul Kagame a prĂ©sidĂ© l’ouverture officielle du Forum rĂ©gional africain sur le dĂ©veloppement durable (ARFSD-8) au Centre des congrès de Kigali. Le forum, qui se dĂ©roulera pour la huitième fois, se tiendra sous le thème “Mieux aller de l’avant : une Afrique verte, inclusive et rĂ©siliente prĂŞte Ă rĂ©aliser l’Agenda 2030 et l’Agenda […]
Gicumbi: Umugabo akurikiranweho gusambanya umwana yareraga
Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuri uyu wa Gatatu, Itariki ya 02 Werurwe 2022, bwaregeye Urukiko umugabo w’imyaka 37 y’amavuko ubarizwa mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Kageyo, Akagari ka Nyamiyaga, bukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana w’ umugore babana kuko yaje kuhashaka afite uwo mwana w’umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga […]
Papa Francis agiye kugirira uruzinduko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Papa Francis azakora urugendo rw’ivugabutumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva ku ya 2 kugeza ku ya 5 Nyakanga. Intumwa ya Papa muri iki gihugu ni yo yabitangaje, kuri uyu wa Kane, itariki ya 03 Werurwe 2022, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Kinshasa nk’uko tubikesha Mediacongo.net. Urugendo rwe muri Congo-Kinshasa ni igisubizo ku butumire […]
Uwera Jean Pierre avuga ko amaze imyaka 8 asorera ubutaka abandi babubyaza umusaruro
Abanyamategeko bunganira Murangwayire Josiane na bagenzi be baregwa na Uwera Jean Pierre kuba baramutwariye ubutaka busaga m2 120, basabye ko Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rutakwakira ikirego cye ahubwo gikwiye kujyanwa mu karere mu gihe we asanga hakwiye gutangira urubanza mu mizi rukava mu nzira kuko rumaze igihe kirekire asorera ubutaka, buri mu Gakiriro ka Gisozi, […]
NYANZA: La police rĂ©cupère l’argent des fraudeurs, cinq arrĂŞtĂ©s
La Police nationale du Rwanda (RNP), le lundi 28 fĂ©vrier, a arrĂŞtĂ© cinq escrocs prĂ©sumĂ©s dans le district de Nyanza, qui appartiennent au mĂŞme rĂ©seau, qui volait des rĂ©sidents sans mĂ©fiance. Ces raquettes, qui escroquaient les gens avec de l’or factice, ont Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©es vers 17 heures, dans le village de Rwabihanga, cellule de Gati, […]
Abirabura barimo gukorerwa ivangura ku mipaka bacaho bahunga bava muri Ukraine
Barlaney Mufaro Gurure, umunyeshuri wiga ibijyanye n’ikirere ukomoka muri Zimbabwe, amaherezo yari ageze imbere y’umurongo w’amasaha icyenda ku mupaka w’iburengerazuba bwa Ukraine wambukiranya umupaka wa Krakovets nyuma y’urugendo rw’iminsi ine. Igihe cye cyari kigeze ngo yambuke. Ariko ushinzwe kurinda umupaka yaramusunitse we n’abandi banyeshuri bane b’Abanyafurika yari ari kumwe nabo, bareka Abanya-Ukraine baratambuka. Byatwaye amasaha, […]
Rwanda: Umuhinde arasaba kurenganurwa nyuma yaho umuhesha w’inkiko afatiriye ibintu bye

Umuhinde Manish Kumar ukorera mu Rwanda ufite sosiyete y’ubucuruzi yitwa UNITED SPIRITS Ltd ibarizwa mu Mudugudu wa Gishushu, Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, aratabaza Leta avuga ko yarenganijwe mu rubanza mu rukiko rw’ubucuruzi nyuma y’aho ibicuruzwa bye bigizwe n’inzoga zo mu bwoko bwa liqueur bifatiriwe inshuro zirenze ebyiri […]
Uganda: Umusirikare wo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe yakatiwe imyaka 33 y’igifungo
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Makindye muri Uganda rwakatiye Private Sam Omeno wo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe-SFC na Nathan Esia, w’umusivili igifungo cy’imyaka 33 kubera kwiba amashilingi 750.000. Ku wa mbere, Urukiko Rukuru ruyobowe na Lt. Gen. Andrew Gutti rwahamije aba bombi icyaha cyo kwiba ku cyumweru gishize. Omeno wo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe na […]
L’homme d’affaires recherchĂ© au Rwanda dĂ©cide de bloquer l’extradition du Kenya
Les mĂ©dias de Nairobi, le mardi 1er mars, ont indiquĂ© que l’homme d’affaires kenyan dont la sociĂ©tĂ© de dĂ©veloppement immobilier a escroquĂ© des acheteurs immobiliers rwandais il y a 10 ans, s’est adressĂ© Ă la Haute Cour du Kenya pour arrĂŞter son extradition et annuler les alertes rouges Ă©mises contre lui par Interpol. Nathan Lloyd […]
Canada igiye guha Ukraine intwaro zisenya ibifaru
Kuri uyu wa Mbere, Minisitiri w’intebe wa Canada, Justin Trudeau, yavuze ko Canada izaha Ukraine intwaro zisenya ibifaru ndetse n’amasasu yazamuye mu kuyifasha mu ntambara irwana n’u Burusiya. Trudeau yabwiye abanyamakuru muri Ottawa ati: “Canada izakomeza gutanga inkunga yo gufasha ubutwari mu bwirinzi bwa Ukraine mu kurwanya ingabo z’u Burusiya”. Yakomeje agira ati “Turatangaza ko […]
RDC: Inyeshyamba 17 za ADF ziciwe mu mirwano izindi zirafatwa
Abarwanyi b’inyeshyamba cumi na barindwi bo mu mutwe wa ADF bishwe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ku gicamunsi cyo ku wa Mbere, itariki 28 Gashyantare 2022, muri Sheferi ya Watalinga, muri Teritwari ya Beni, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ibikorwa bya Sokola1 Grand Nord, Capt. Anthony Mwalushayi wemeje aya makuru […]
Amerika yirukanye abadipolomate basaga 10 b’u Burusiya bashinjwa ubutasi
Ku wa Mbere Amerika yirukanye abadipolomate 12 b’u Burusiya ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York ibashinja kuba barajyanywe muri Amerika n’ibikorwa by’ubutasi. Olivia Dalton, Umuvugizi w’Abadipolomate b’Abanyamerika muri Loni, mu ijambo rye yagize ati: Yavuze ko abarebwa n’iki cyemezo barenze ku nshingano zabo bakajya mu bikorwa by’ubutasi bibangamiye umutekano wa Amerika. Yavuze kandi ko […]
Le diocèse de Byumba obtient un nouvel évêque alors que Nzakamwita prend sa retraite
Le pape François a nommĂ© lundi Papias Musengamana comme nouvel Ă©vĂŞque du diocèse de Byumba, en remplacement de Mgr Servilien Nzakamwita qui part Ă la retraite. Nzakamwita a dirigĂ© le diocèse de Byumba depuis 1996 jusqu’Ă ce qu’il ait rĂ©cemment demandĂ© sa retraite au pape. L’homme de 55 ans, qui a Ă©tĂ© Ă©levĂ© au rang […]
An-225 Mriya yari indege ya mbere nini ku Isi yasenyewe mu ntambara y’u Burusiya kuri Ukraine
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, avuga ko indege nini cyane ku Isi, Antonov 225 Mriya, yasenyewe mu gitero cy’u Burusiya. Kuri iki Cyumweru gishize, Kuleba yanditse ku rubuga rwa twitter ati: “U Burusiya bushobora kuba bwasenye ‘Mriya’ yacu. Ariko ntibazigera basenya inzozi zacu z’igihugu cy’u Burayi gikomeye, cyisanzuye kandi kigendera kuri demokarasi.” Yakomeje […]
Imitwe ya Mai-Mai na Red Tabara iravugwaho kugaba ibitero ku mpunzi z’Abanyamulenge
Umutwe wa Mai Mai uravugwaho kwihuza na RED Tabara y’Abarundi bikagaba ibitero ku mpunzi z’Abanyamulenge zahungiye mu duce twa Bwegera na Mutalure muri Teritwariya Fizi nk’uko amakuru aturuka muri muri Kivu y’Amajyepfo avuga. Sosiyete Sivili yo muri Kivu y’Amajyepfo yemeje iby’aya makuru ivuga ko iki gitero cyabaye kuri iki Cyumweru itariki 27 Gashyantare 2022 nk’uko […]
U Bushinwa bwatereranye u Burusiya imbere y’Akanama ka Loni
Igihugu cy’u Bushinwa kuwa Gatanu ushize bwanze gushyigikira u Burusiya imbere y’Akanama k’Umutekano ka Loni, buhitamo kwifata ku ngingo Amerika yamuritse yamagana ibitero burikaga muri Ukraine. Uretse u Bushinwa busanzwe ari inshuti magara y’u Burusiya, Usibye ko “muri politiki hataba inshuti haba inyungu”, bwirinze kwemeza cyangwa ngo buhakane kuri iyo ngingo. Ambasaderi Zhang Jun, uhagarariye […]
Ishyirahamwe Mpuzamahanga rya Judo ryafatiye ibihano Perezida Putin
Kuri iki Cyumweru, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yahagaritswe ku kuba perezida w’icyubahiro w’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ya Judo (IJF). Bivuze ko yatakaje by’agateganyo umwanya we wo hejuru muri siporo y’Isi Iri shyirahamwe ryavuze ko “amakimbirane y’intambara akomeje muri Ukraine” ari yo mpamvu yo guhagarika Putin nk’uko iyi nkuru dukesha Euronews ikomeza ivuga. Mu itangazo rigufi ryanyujijwe […]
Ingabo z’u Burusiya zinjiye mu mujyi wa kabiri wa Ukraine witwa Kharkiv
Mu gihe ingabo z’u Burusiya zinjiye mu mujyi wa Kharkiv, umujyi wa kabiri wa Ukraine, ibitero na byo birakomeje hirya no hino ku mu nkengero z’umurwa mukuru wa Ukraine. Amashusho yakwirakwijwe kuri internet yerekanaga umuriro n’umwotsi nyuma y’ibitero bya misile by’u Burusiya byibasiye umujyi ijoro ryose. Igitero kimwe ahatunganyirizwa peteroli mu mujyi wa Vasylkiv, mu […]
Kenya: Ishyaka riri ku butegetsi ryiyemeje gushyigikira Raila Odinga mu matora ataha
Ishyaka Jubilee riri ku butegetsi muri Kenya ryiyemeje gushyigikira umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Raila Odinga mu matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe muri Kanama 2022, aho gushyigikira Visi Perezida William Ruto, na we watangaje kandidatire ye. Uwahoze ari imfungwa ya politiki, Raila Odinga, w’imyaka 77, akaba yariyamamaje inshuro enye ku mwanya wa perezida atsindwa, kuri ubu ashyigikiwe […]
Abapilote 2 b’Abatanzaniya baguye mu mpanuka yahitanye abari mu ndege bose muri Comores
Kuri uyu wa Gatandatu, indege nto yagurukaga hagati y’ibirwa bibiri biri mu birwa bya Comores byo mu Nyanja y’u Buhinde, irimo abagenzi cumi na babiri hamwe n’abapilote babiri, yaguye ku nyanja abarimo bose barapfa. Minisiteri ishinzwe gutwara abantu n’ibintu yagize iti: “Ibikorwa by’ishakisha birakomeje (…) batangiye kubona ibisigazwa by’indege mu gace ka Djiezi ku nkombe […]
Umuyobozi wa CNDD-FDD arashinjwa kongera guhamagarira abantu ubwicanyi
Umunyamabanga mukuru w’ishyaka CNDD-FDD, RĂ©verien Ndikuriyo, aravugwaho kuba kuwa Kane yarongeye guhamagarira abantu ubugizi bwa nabi mu ijambo yavugiye mu masengesho yateguwe n’iri shyaka ku ngoro yaryo, aho bamwe bavuga ko ibintu bikunze gutangazwa n’uyu mugabo biteye isoni ndetse yivanga mu kazi k’inzego z’ubutabera n’umutekano. Muri aya masengesho Ndikuriyo mu magambo y’Ikirundi yagize ati:« … […]
Nta muntu numwe twari twatera urukingo muri Ruhango tumuhambiriye – Meya Habarurema
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, burahakana ko hari abaturage bakingirwa Covid-19 ku ngufu ariko ngo nta kabuza bose bazikingiza kuko ubu barimo kubikora ku bushake. Aka karere ni kamwe mu gihugu kagezemo abihayimana, mbere y’utundi, ibi bikaba byaratumye iyobokamana n’imyemerere yaryo ishinga imizi mu mitima y’abagatuye. Bivugwa ko ubwo gukingira Covid_19 byatangiraga muri aka karere, bamwe […]
Le patron de l’Autorité rwandaise du logement, Nshimyumuremyi, arrêté
Le Bureau d’enquĂŞte rwandais (RIB) a confirmĂ© avoir sous sa garde le directeur gĂ©nĂ©ral de l’AutoritĂ© rwandaise du logement, Felix Nshimyumuremyi et le co-accusĂ©, Emile Alexis Mugisha, faisant l’objet d’une enquĂŞte pour corruption. Thierry B Murangira, porte-parole de RIB, a dĂ©clarĂ© au New Times que le duo avait Ă©tĂ© arrĂŞtĂ© après avoir reçu plus de […]
U Burusiya bwakangishije Amerika Sitasiyo Mpuzamahanga y’Isanzure (ISS)
Umuyobozi w’ikigo gishinzwe isanzure cy’u Burusiya yavuze ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’abafatanyabikorwa bayo bafatiye u Burusiya kubera gutera Ukraine bishobora gusenya ubufatanye kuri Sitasiyo Mpuzamahanga y’Isanzure (ISS). Nyuma y’uko Perezida Biden atangarije ku wa kane ko Amerika izafatira ibihano amabanki akomeye yo mu Burusiya kandi igashyira ubugenzuzi ku byoherezwa mu Burusiya kugira […]
Ingabo z’u Burundi zongeye kugaragara zinjira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo
Urujya n’uruza rushya rw’abantu bitwaje intwaro bambaye impuzankano y’igisirikare cy’u Burundi rwongeye kugaragara mu kibaya cya Ruzizi, mu gace ka Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri ako gace amenyesha ko izo ngabo zambutse Uruzi rwa Ruzizi ahitwa Kibirizi, muri Gurupoma ya Luberizi, kuva icyumweru cyatangira. Umuryango waho uharanira uburenganzira bwa muntu APEVOV […]
Kubera iki Perezida Biden atazohereza ingabo muri Ukraine
Perezida Joe Biden ubu ari gukoresha diplomasi mu kurwanya igitero cy’u Burusiya kuri Ukraine. Ubuyobozi bwe ntibwahwemye gutangaza umuburo w’imperuka ku gitero u Burusiya bwateguraga amaherezo cyashyizwe mu bikorwa ku itariki 24 Gashyantare 2022. Biden yasobanuye ko Abanyamerika badashaka intambara, nubwo Abarusiya babishaka. Byongeye kandi, yanze kohereza ingabo muri Ukraine gutabara Abanyamerika, biramutse bigeze aho. […]
Inyandiko za Gacaca zigiye kujya ziboneka mu buryo bw’ikoranabuhanga
Minisitiri w’ubumwe bw’igihugu n’inshingano mboneragihugu, Jean-Damascène Bizimana yavuze ko gusikana no kubika mu buryo bw’ikoranabuhanga kopi zigera kuri miliyoni 43 z’ububiko bw’Inkiko za Gacaca byarangiye, ariko zizaba ziboneka ku mugaragaro mu 2024 nyuma yo guhuza buri dosiye n’uwarezwe. Ku wa kane, itariki ya 24 Gashyantare, Minisitiri Bizimana yabwiye Abasenateri ati: “Ibi biduha ibyiringiro kuko niyo […]
La ministre burundaise de la justice au Rwanda pour des entretiens avec son homologue
La ministre burundaise de la justice conduit une dĂ©lĂ©gation au Rwanda pour une visite de travail visant Ă la poursuite des efforts de normalisation des relations entre les deux pays. La ministre Domina Banyankibona et sa dĂ©lĂ©gation ont rencontrĂ© vendredi son homologue rwandais, Emmanuel Ugirashebuja, lors d’une rĂ©union qui s’est tenue au bureau de ce […]
Perezida Zelenskyy aravuga ko ari we gipimo No. 1 cy’u Burusiya
Perezida w Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, avuga ko ari ‘igipimo cya mbere’ cya Moscou mu gihe Ingabo z’u Burusiya zafashe uruganda rwa Chernobyl zinjira mu murwa mukuru, Kyiv. Perezida Zelenskyy yasezeranyije kuguma i Kyiv mu gihe ingabo ze zirwana n’ingabo z’u Burusiya zerekeza ku murwa mukuru mu gitero kinini cyagabwe ku gihugu cy’u Burayi kuva Intambara […]
Umuyobozi w’Umujyi wa Bukavu wari umaze umwaka ahagaritswe yasubijwe mu kazi
Mu iteka ry’intara ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki ya 24 Gashyantare 2022, Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, ThĂ©o Ngwabidje Kasi yatangaje isubizwa ku mirimo ye ry’umuyobozi w’Umujyi wa Bukavu wari wahagaritswe by’agateganyo, kubera ko igihe ntarengwa cyo gufatirwa ibihano cyarenze. Iteka ryatanzwe n’ubuyobozi bw’intara ryoherejwe kuri 7SUR7.CD rigira riti: “Urebye ko igihe cyo […]