Amafoto: Abanyarwanda mu Bufaransa bagaragaje ko bashyigikiye Perezida Kagame

Abanyarwanda baba mu Bufaransa n’abandi baturutse mu mpande zitandukanye z’u Burayi kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Gicurasi bakoze imyigaragambyo yo mu mahoro yari igamije kugaragariza Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, uri mu murwa mukuru w’iki gihugu kuva ku Cyumweru, gishize ko bamushyigikiye. Abakoze imyigaragambyo bari bafite ibyapa biriho ubutumwa butundukanye bishima Perezida Kagame, harimo […]
U Bufaransa bwemeye kuguriza Sudani asaga miliyari y’amadolari yo kwishyura umwenda ibereyemo IMF
Kuri uyu wa Mbere, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yagombaga kwakira abayobozi ba Afurika, abadipolomate n’abatanga inguzanyo mu nama yari igamije gufasha Sudani nyuma y’imyaka y’amakimbirane. Minisitiri w’imari w’u Bufaransa, Bruno le Maire, yatangaje ko igihugu cye kizaguriza Sudani miliyari 1.5 z’amadolari yo gufasha iki gihugu cy’Afurika kwishyura umwenda munini kibereyemo ikigega mpuzamahanga cy’imari nyuma […]
RDC: Ibyatangajwe na Perezida Kagame kuri Dr Denis Mukwege byafashwe nk’igitutsi
“Mukwege yahindutse ikimenyetso, igikoresho cy’izo mbaraga tutabona. Yakiriye igihembo cyitiriwe Nobel abwirwa icyo avuga,” ibi ni ibyatangajwe na Perezida Kagame kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Gicurasi mu kiganiro yagiranye na France 24 na RFI, abazwa kuri Dr Denis Mukwege n’ibirego yashinje u Rwanda muri Mapping Report, bikaba bitishimiwe na bamwe mu bagize Sosiyete sivile […]
Gasabo: Ubuyobozi ntibuvuga rumwe n’umuturage uvuga ko yasenyewe inzu yari imaze imyaka isaga 20
Mu murenge wa Gisozi, mu Kagari ka Musezero, mu Mudugudu wa Kagara, ho mu Karere ka Gasabo, kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Gicurasi 2021 ubuyobozi bwabyutse busenyera umuturage witwa Uwera Jean Pierre buvuga ko yubatse mu buryo butemewe, mu gihe inzu ivugwa yari imaze imyaka isaga 20 nk’uko bamwe mu baturage babitangarije Bwiza TV […]
Ngoma: Urukiko rwashyikirijwe dosiye y’uwiyitaga umukozi wa ONG akambura abaturage
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Ngoma bwaregeye Urukiko dosiye y’umugabo ukekwaho gukoresha inyandiko mpimbano ndetse n’ ubwambuzi bushukana n’ ububeshyi aho yiyitaga umukozi wa PLAN INTERNATIONAL RWANDA akambura abaturage .Yabasabaga gutanga amafaranga 5000 kuri buri mwana wiyandikisha ngo azarihirirwe n’uwo mushinga. Ku itariki ya 04 Gicurasi 2021 nibwo hamenyekanye inkuru y’umugabo ukekwaho gukoresha inyandiko mpimbano […]
Bamwe mu baherwe batunze akayabo k’amamiliyari badafite abana bazayaraga

Hari abantu bamwe bakomoka ku baherwe ba mbere ku Isi bafite amahirwe yo kuzaragwa imitungo yabo ibarirwa mu ma miliyoni n’amamiliyari, ariko hari n’abo baherwe batigeze bagira amahirwe yo kugira abana bazasigarana imitungo yabo nk’aba batanu tugiye kugarukaho. Jan Koum Jan Koum, yahoze ari umukozi wa Yahoo, kandi ni umwe mu bantu b’ingenzi ubwenge bwabo […]
Kisoro: Mwene Nyirahabakwiha yasohowe mu rugo rw’iwabo yicirwa imbere y’ababyeyi be
Igipolisi mu Karere ka Kisoro kiri mu iperereza ku iyicwa ry’umusore w’imyaka 24 wasohowe mu nzu y’ababyeyi be akicirwa imbere yabo n’abantu batamenyekanye. Nyakwigendera ni uwitwa Anatoli Musinguzi, umuturage wo mu Mudugudu wa Kigezi, mu Karere ka Kisoro, mu burengerazuba bwa Uganda. Nk’uko byatangajwe n’umwe mu bo mu muryango we, ngo uwishwe yatashye yiruka amaguru […]
Urwego rw’ingufu rurabura 90% by’amafaranga rugomba gukoresha muri uyu mwaka
Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu (REG) yatangaje ko mu mwaka wa 2024, ikigo gishinzwe guteza imbere ingufu (EDCL) cyahawe hafi 10 ku ijana by’amafaranga bari bakeneye muri uyu mwaka kugira ngo batange ingufu mu rwego rw’intego yo kugeza amashanyarazi kuri bose bitarenze mu 2024. Bwana Ron Weiss yagize icyo abivugaho kuri uyu wa Mbere, […]
Perezida wa Turkiya yasabye Papa Fransisiko guhamagarira Abakirisitu kwamagana Israel
Perezida Recep Tayyep Erdogan wa Turkiya kuri uyu wa Mbere yasabye Papa Fransisiko gufasha mu gushishikariza Isi gufatira ibihano Israel ku cyo yita ubwicanyi irimo gukorera Abanyapalestina mu ntara ya Gaza. Guhamagarana kuri telefoni hagati ya Erdogan na Papa byaje mu gihe Turkiya ikomeje intambara ya dipolomasi yo guhatira guhagarika imenwa ry’amaraso rimaze gutwara ubuzima […]
Gusaba imbabazi kw’u Bufaransa, manda ya 4, Rusesabagina, ibyagarutsweho mu kiganiro cya Perezida Kagame na France 24
Mu kiganiro cyihariye yagiranye na France 24 na RFI kuri uyu wa Mbere aho ari mu Bufaransa, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yavuze ko adashobora gusaba u Bufaransa gusaba imbabazi ku ruhare rwabwo muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ariko ko yabyishimira biramutse bibaye. Muri iki kiganiro, Perezida Paul Kagame yashimye intambwe u Bufaransa […]
Abaturage 12 biciwe mu karere katavugwaho rumwe hagati ya Sudani na Sudani y’Epfo
Abaturage 12 biciwe mu karere k’umupaka ukungahaye kuri peteroli katavugwaho rumwe hagati ya Sudani na Sudani y’Amajyepfo mu byo abayobozi b’inzego z’ibanze bavuze kuri uyu wa Mbere ko ari ubwicanyi bwakozwe n’aborozi. Igitero cyagabwe mu gitondo cyo ku cyumweru mu mudugudu uri ku birometero 40 mu burasirazuba bw’umujyi wa Abyei, akarere gakunze gutera amakimbirane karinzwe […]
CNDD-FDD irashinjwa kuba inyuma y’amacakubiri akomeje kugaragara mu ishyaka UPRONA
Nyuma y’umwuka mubi ukomeje kugaragara mu ishyaka UPRONA ryatumye abayoboke baryo batatu bakuru barimo uwahoze ari visi perezida w’u Burundi, Gaston Sindimwo, kuri ubu w’umudepite yirukanwa mu minsi ishize na bagenzi be babiri, biravugwa ko umwiryane uri muri iri shyaka waba urimo guterwa n’ishyaka CNDD-FDD. Iyi miterere y’amacakubiri mu ishyaka ryashinzwe n’igikomangoma Louis Rwagasore ikomoka […]
Urubanza rwa ruswa ruvugwamo Jacob Zuma n’ikigo gicuruza intwaro cyo mu Bufaransa rwasubitswe
Urubanza rwa ruswa rurebana n’uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, ndetse n’ikigo gicuruza intwaro cyo mu Bufaransa kitwa Thales rufitanye isano n’amasezerano y’icuruzwa ry’intwaro ya miliyari 2 z’Amadolari rwari ruteganyijwe kuri uyu wa Mbere rwimuriwe ku itariki 26 Gicurasi, aho uwunganira Zuma avuga ko umukiriya we atazemera icyaha ubwo urubanza ruzatangira. Urubanza rwa […]
Paris: Umuyobozi wa IMF yijeje Perezida Kagame gukomeza gushyigikira u Rwanda mu iterambere

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, Kristalina Georgieva aho ari I Paris mu Bufaransa aho yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku gihugu cya Sudani n’indi iziga ku gutera inkunga ubukungu bwa Afurika, aho uyu muyobozi yamwijeje kuzakomeza gushyigikira u bukungu bw’u Rwanda n’abaturage barwo. Umuyobozi mukuru w’ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, […]
Nyamata: Akurikiranweho kwica umugore we amukekaho kumuca inyuma
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata mu mpera z’icyumweru gishize rwemeje ko hari impamvu zikomeye zituma umugabo ukekwaho icyaha cyo kwica umugore we afungwa by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30 mu gihe iperereza rikomeje. Ku itariki ya 11 Gicurasi 2021 Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwagejeje imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata umugabo ukekwaho icyaha cyo kwica uwo […]
Nyuma ya CHOGM 2021, inama yagombaga guhuza u Bufaransa na Afurika na yo yarasubitswe
Nyuma y’isubikwa ry’inama ya CHOGM 2021yagombaga kubera I Kigali ihuza ibihugu bikoresha Icyongereza ku mpamvu zifitanye isano n’ingaruka z’icyorezo cya Covid-19, indi nama ikomeye yari iteganyijwe vuba aha yagombaga guhuza u Bufaransa n’ibihugu byo muri Afurika izwi nka Sommet France-Afrique ya 2021 na yo yegejwe inyuma, kubera ko ingamba zibuza urujya n’uruza ku rwego mpuzamahanga […]
Umupangayi yasubije inzu idasannye, nyirayo yanga kuyakira. Ninde uzirengera igihombo? Amaso bayateze urukiko
Kuri uyu wa kabiri tariki 11 Gicurasi 2021, urukiko rw’ubujurire rwaburashirije ku Kimihurura urubanza rwaregewe na Khaas Ltd wakodeshaga inzu na Me Mhayimana Isaie nyuma yamuha imfunguzo akazanga kuko inzu idasannye uko babivuganye. Ubu inzu imaze imyaka itatu nta muntu uyibamo, iracyari mu maboko ya Khaas Ltd, ari nayo yareze ivuga ko yarenganijwe mu rukiko […]
RDC: Hafashwe abasirikare bakuru ba FARDC bashinjwa gukorana na ADF
Abasirikare ba FARDC bakekwaho kugambanira bamwe mu basirikare bakuru bagenzi babo bakicwa bamaze iminsi batawe muri yombi n’inzego z’umutekano muri Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho banavugwaho gukorana n’umutwe wa ADF. Aya makuru yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatanu, tariki 14 Gicurasi 2021 na Anthony Mwalushayi, Umuvugizi wa Sokola 1, mu kiganiro yahaye itangazamakuru […]
Umunyekongo yatwitswe n’ingabo za Angola ari muzima bimuviramo urupfu
Umuturage wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo w’imyaka 39 kuri uyu wa Gatanu, itariki 07 Gicurasi 2021 yapfiriye ku Kigo Nderabuzima cya Kamako-État nyuma yo gutwikwa ari muzima n’abashinzwe umutekano muri Angola. Sosiyete Sivile y’aha iremeza ko uyu Munyekongo yapfuye azize ibikomere by’ubushye yatewe no gutwikwa n’abasirikare ba Angola. « Uyu mugabo ukiri muto yaguye […]
Abanyepalestina 163 n’abapolisi 6 ba Israel bakomerekeye ku Musigiti wa Al Aqsa
Byibuze Abanyapalestine 163 n’abapolisi batandatu ba Israel bakomerekeye mu mirwano yabereye i Yeruzalemu nk’uko Abaganga bo muri Palesitine n’Igipolisi cya Israel bavuga. Abenshi bakomerekeye ku Musigiti wa Al-Aqsa, aho abapolisi ba Israel barashe amasasu atari aya nyayo n’ibyuka biryana mu maso ubwo Abanyapalestine bateraga amabuye n’amacupa. Umwuka mubi wakomeje kugenda uzamuka kubera ko Abanyapalestine bashobora […]
Israel ntabwo ari igihugu, ahubwo ni indiri y’iterabwoba – Ayatollah Ali Khamenei
Kuri uyu wa Gatanu, Umuyobozi w’Ikirenga wa Irani, Ayatollah Ali Khamenei, yatangaje ko Israel “atari igihugu, ahubwo ko ari indiri y’iterabwoba” anasaba ibihugu by’abayisilamu kubirwanya ubwo bizihizaga umunsi ngarukamwaka w’imyigaragambyo ishyigikiye Palestina nk’uko tubikesha urubuga rwa Alaraby. Mu magambo ye, Khamenei yagize ati: “Israel ntabwo ari igihugu, ahubwo ni indiri y’iterabwoba kirwanya igihugu cya Palestina […]
Musanze: Batanze amasambu nta ngurane bubakamo amavomo bizezwa kuvomera ubuntu ariko barishyuzwa
Abaturage bo mu Murenge wa Nkotsi mu Karere ka Musanze, bahangayikishijwe n’uko amavomo bari bubakiwe mu midugudu ya Karambi na Barizo mu Kagari ka Bikara, hari ayafunzwe atamaze kabiri, nyuma y’uko basabwe kujya bishyura amazi bahavomaga bakabura ubushobozi. Ubwo ayo mavomo yubakwaga, abaturage bemeye gutanga imirima bahingagamo inyuzwamo amahombo indi yubakwamo ibigega biyobora amazi muri […]
Urukiko rw’Ubujurire rwashimangiye igihano cyahawe uwayoboraga MRND muri Gisenyi
Urukiko rw’Ubujurire kuri uyu wa Gatanu, itariki 07 Gicurasi, rwashimangiye igihano cy’igifungo cya burundu Urukiko Rukuru, Urugereko ruburanisha ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambuka imbibi, rwahanishije Munyagishari Bernard mu 2017. Uyu mugabo wari ukuriye ishyaka MRND mu cyahoze ari Perefegitura ya Gisenyi yahamijwe kugira uruhare rutaziguye mu gutegura umugambi wo kwica Abatutsi akanajya no mu bitero bitandukanye byabahigaga. […]
Mushiki wa Kabila arahamagarira Perezida Tshisekedi gusubiza ku mirimo ye musaza we
Mushiki wa Joseph Kabila bavukiye rimwe witwa Jaynet Kabila yamaganye iyeguzwa rya musaza we, ZoĂ© Kabila, ku buyobozi bw’Intara ya Tanganyika kuri uyu wa Kane, itariki 06 Gicurasi asaba Perezida Felix Tshisekedi gukora igikwiye. Iri yeguzwa rya musaza we ryanamaganwe na bamwe mu banyapolitiki bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Nk’uko amajwi yakwirakwijwe na […]
Louise Mushikiwabo yagennye intumwa ye idasanzwe mu gihugu cya Tchad

Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (La Francophonie), kuri uyu wa Gatatu ushize yagize Umunya-Mauritania, Ahmedou Ould, Intumwa ye Idasanzwe mu gihugu cya Tchad igomba gukomeza gukurikiranira hafi uko byifashe muri iki gihugu giherutse gutakaza uwari umuyobozi wacyo, Marechal Idris Deby Itno, wiciwe ku rugamba mu kwezi gushize. Igenwa rya Ahmedou Ould kuri […]
Perezida Museveni yahaye ikaze Ambasaderi mushya w’u Rwanda muri Uganda
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri uyu wa Kane yakiriye ba ambasaderi bashya b’ibihugu by’u Rwanda, Sri Lanka na Zimbabwe, bamushyikirije impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo muri Uganda. Perezida Museveni yahaye ikaze Ambasaderi mushya w’u Rwanda muri Uganda, Col. (Rtd) Joseph Rutabana ndetse amushimira ku mirimo mishya yahawe. Yagize ati “Uganda n’u Rwanda bisangiye ibintu […]
Ibibazo bishingiye ku burobyi byari biteje imirwano hagati y’u Bufaransa n’u Bwongereza

Kuri uyu wa Kane, itariki 06 Gicurasi, amato ariho imbunda y’u Bwongereza n’u Bufaransa yashatse gukozanyaho mu gihe amakimbirane yari amaze igihe kinini yerekeye uburenganzira bw’uburobyi nyuma ya Brexit yiyongereye mu muyoboro w’u Bwongereza (English Channel). U Bufaransa bwavuze ko bwohereje amato abiri y’irondo ryo mu nyanja mu mazi yo mu Muyoboro w’u Bwongereza ku […]
Inganda zikora ibikoresho bya plastike bikoreshwa rimwe mu kangaratete
Guverinoma yashimangiye ko itazongera igihe ntarengwa cyo guhagarika gukora, kugurisha no gukoresha ibikoresho bya pulasitike bikoreshwa rimwe nubwo ababikora bari babisabye. Abakora ibicuruzwa bya pulasitike bikoreshwa rimwe barasaba igihe cy’inyongera kugirango bahindure ubucuruzi bwabo mu mishinga irengera ibidukikije. Icyifuzo cyabo kije mbere y’igihe ntarengwa cyo guhagarika ikorwa rya plastiki zikoreshwa inshuro imwe rukumbi, ryaciwe muri […]
Ethiopia: TPLF yashyizwe ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba
Icyemezo cyo gufata ishyaka TPLF (Tigrayan People’s Liberation Front ) nk’umutwe w’iterabwoba cyafashwe kuri uyu wa Kane n’inteko ishinga amategeko ya Ethiopia yemeje umwanzuro w’inama y’abaminisitiri yo mu cyumweru gishize. Usibye TPLF, inyeshyamba za Shene nazo zemejwe nk’umutwe w’iterabwoba mu nteko ishinga amategeko ku bwiganze bw’amajwi usibye ijwi rimwe ryifashe. Uyu mwanzuro uvuze ko guverinoma […]
Uwahoze ari Perezida wa Maldives yakomerekejwe n’igisasu cyaturikiye imbere y’iwe
Uwahoze ari perezida wa Maldives akaba na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Mohamed Nasheed, yakomerekejwe n’igisasu cyaturikiye hanze y’urugo rw’umuryango we kuri uyu wa Kane, nk’uko byatangajwe na polisi. Amafoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga moto yahiriye aho igisasu cyaturikiye ariko kugeza ubu ntiharamenyekana niba icyo gisasu cyari mu mugambi wo kumwica. Itangazo ryashyizwe ahagaragara ryagize […]
Minisitiri w’ingabo wa Tchad aremeza ko inyeshyamba za FACT zatatanye
Minisitiri w’ingabo w’Akanama ka Gisirikare k’Inzibacyuho muri Tchad, aremeza ko Igisirikare cy’iki gihugu kimaze gukubita inshuro ahantu henshi inyeshyamba za FACT ndetse kuri ubu zatatanye. Yongeyeho ko badateze gushyikirana n’abakora iterabwoba. Minisitiri w’ingabo mushya wa Tchad,Brahim Daoud Yaya, yashimangiye ko inyeshyamba za FACT zatangije ibitero kuri Tchad kuva hagati mu kwezi kwa kane, ubu zatatanye, […]
Nkombo: Baheruka ubwato bahawe na Perezida wa Repubulika babushyikirizwa
Nyuma yo gushyikirizwa ubwato bari baremerewe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, abaturage bo mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi, baribaza aho ubwato bwarengeye kuko baheruka kubuca iryera babushyikirizwa mu ntangiriro z’Ukwakira 2020. Ni ubwato bwari bushyashya kandi ari bwiza kurusha ubwo bari basanganywe nabwo bari barahawe na Perezida Kagame. Nyuma yo kubushyikirizwa, […]
ICC: Dominic Ongwen waregwaga ibyaha 61 yakatiwe imyaka 25 y’igifungo
N’ubwo yahamijwe ibyaha byibasiye inyokomuntu, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ntirwahisemo guha igihano kinini gishobora kuboneka Umugande Dominic Ongwen wahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba, rushingiye ku kababaro nawe yanyuzemo nk’uwagizwe umusirikare ari umwana. Kuri uyu wa Kane, itariki 06 Gicurasi, nibwo Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwakatiye Dominic Ongwen igifungo cy’imyaka 25 kubera ibyaha by’intambara n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Uyu […]
Malawi: Umugabo w’imyaka 32 yiciye udusabo tw’intanga
Umugabo w’imyaka 32 wo mu gihugu cya Malawi ari hagati y’urupfu n’ubuzima nyuma yo kwikata udusabo tw’intanga, ubu akaba arimo gukurikiranwa n’abaganga mu Bitaro by’Akarere ka Dedza aho yoherejwe nyuma yo kwakirwa mu Kigo nderabuzima cya Chikuse. Ni umugabo bivugwa ko yaba afite ikibazo cyo mu mutwe, ndetse abashinzwe kumurinda babwiye itangazamakuru ryo muri iki […]
Ruhango: Umwarimu muri Groupe Scolaire Byimana arashinjwa guhakana jenoside
Mu Rukiko rw’Ibanze rwa Ruhango, kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 04 Gicurasi 2021, hasomwe icyemezo gifunga by’agateganyo iminsi 30 umwarimu wo mu Karere ka Ruhango ukekwaho icyaha cyo guhakana Jenoside yakorewe abatutsi abinyujije mu biganiro kuri youtube ndetse n’igitabo yanditse. Ni umwarimu wigisha mu ishuri rya Groupe Scolaire Byimana, riherereye mu Mudugudu wa Rugerero, […]
Uganda: Abayobozi ba Uganda Airlines bahagaritswe ku mirimo yabo
Minisitiri w’imirimo n’ubwikorezi wa Uganda, Gen. Edward Katumba Wamala, yategetse itsinda ry’ubuyobozi bukuru muri sosiyete y’igihugu y’ubwikorezi bwo mu kirere Uganda Airlines Corporation (UAC) guhagarikwa ku mirimo nibura amezi atatu kugira ngo hakorwe iperereza ry’imbere. Kuri uyu wa Gatandatu, Daily Monitor ivuga ko itashoboye kumenya umubare nyawo w’abayobozi ba Uganda Airlines bagizweho ingaruka n’icyemezo cyatangiye […]
VIDEO: Impamvu Abanyamulenge baba bakomeje guhura n’akaga//Barikwicwa buri munsi #Isanzure
Intambara ikomeye itaha izaba itandukanye cyane n’izabanje – Gen. Austin
Minisitiri w’ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lloyd Austin, kuri uyu wa Gatanu, itariki 31 Mata, mu ijambo rye rya mbere ry’ingenzi yavuze kuva yashyirwa kuri uyu mwanya, yavuze ko Amerika ikeneye kwitegura amakimbirane ashobora kuzaba mu gihe kizaza azaba akomeye kurusha intambara za kera. Austin yasabye ko hajyaho iterambere ry’ikoranabuhanga no kurushaho guhuza […]
Igisirikare cya Tchad kirigamba kwica izindi nyeshyamba amagana
Igisirikare cya Tchad kuri uyu wa Gatanu cyatangaje ko cyivuganye inyeshyamba amagana mu minsi ibiri kimaze gihanganye nazo mu burengerazuba bw’igihugu, aho Perezida Idriss Deby yiciwe muri uku kwezi gushize. Igisirikare cya Tchad kuva hagati mu kwezi gushize kwa kane gihanganye n’inyeshyamba z’umutwe wa FACT, ziganjemo Abanya-Tchad bo mu bwoko bwa Goran, mu Ntara ya […]
Burundi: Nyuma y’imyaka 49 Umwami Ntare V yishwe, umuryango we uracyategereje ubutabera

Nyuma y’imyaka 49 uwahoze ari Umwami w’u Burundi, Ntare V, Charles Ndizeye yishwe, umuryango we n’ubu uracyategereje ubutabera nk’uko byagarutsweho hibukwa iyi myaka ishize yambuwe ubuzima. Imihango yo kwibuka urupfu rwe yatangiriye ku itariki 29 Mata muri kiliziya ya Bon Pasteur de Shatanya, mu murwa mukuru wa Gitega. Misa yo kumusabira yari iyobowe na Padiri […]
OIF: Guverinoma ya Québec yahaye gasopo ubuyobozi bwa Louise Mushikiwabo
Nyuma y’amakuru mashya avuga ku ikoreshwa ritavugwaho rumwe ry’amafaranga, Guverinoma ya QuĂ©bec irahamagarira Umuryango mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) kwitonda mu micungire y’imari y’umuryango, cyane cyane amafaranga ava mu basoreshwa bo muri QuĂ©bec. Ibiro bya Minisitiri w’ububanyi n’amahanga unashinzwe Francophonie, Nadine Girault, byemeje ko ari inshingano za OIF gusubiza ibijyanye n’imicungire no gukurikirana imiyoborere yayo […]
RDC: Uwahoze ari minisitiri w’amashuri abanza n’ayisumbuye yakatiwe imyaka 3 y’igifungo
Urukiko rusesa imanza muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, rwakatiye uwahoze ari Minisitiri w’Amashuri abanza, ayisumbuye na tekiniki (EPST), Willy Bakonga, igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu kuri uyu wa Gatanu, 30 Mata. Uyu mugabo n’umwe mu bahungu be bakaba bahamwe n’icyaha cy’iyezandonke. Urukiko rwavuze ku mubare w’amafaranga yasanganwe abakatiwe: “Amadorali 14,000 n’andi 30.000, havugwa ko ihererekanwa […]
Uganda: Gen. Kayihura aracyategereje gukurirwaho ibirego nk’uko Museveni yabisezeranyije
Amezi ane nyuma y’uko Perezida Museveni yiyemeje guhagarika ibirego biregwa uwahoze ari umuyobozi w’igipolisi, Gen. Kale Kayihura, imbere y’urukiko rukuru rwa Gisirikare, ntabwo birashyirwa mu bikorwa. Amakuru aturuka mu rukiko rwa gisirikare rufite icyicaro i Makindye agera ku kinyamakuru Daily Monitor mu mpera z’icyumweru gishize, avuga ko nta mabwiriza bahawe yo guhagarika ibirego biregwa Gen […]
Burundi: Umupasiteri ukomoka muri Benin yishwe n’abo bikekwa ko ari Imbonerakure
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Benin witwa Franck Nyandaka, usanzwe ari n’umushumba w’itorero mu gihugu cy’u Burundi, kuwa Kabiri ushize yasanzwe ku nkombe z’uruzi rwa Rusizi yapfuye, aho abo mu muryango we batunga urutoko urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi ruzwi nk’Imbonerakure. Ibi byabereye muri Komini Buganda, mu Ntara ya Cibitoke, mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi, […]
VIDEO: Havutse impaka noneho!!Ko Imana ari imwe , amacakubiri mu bayemera aterwa Niki?
Maroc–UE: Le Parlement européen souligne le caractère stratégique des relations et recommande davantage de soutien au Royaume
Le Parlement europĂ©en a soulignĂ©, le 28 avril 2021, le caractère stratĂ©gique des relations entre le Maroc et le l’Union EuropĂ©enne (UE) et recommandĂ© davantage de soutien au Royaume. Selon un rapport de dĂ©charge de l’exĂ©cution du budget gĂ©nĂ©ral de l’UE pour l’exercice 2019 adoptĂ© en plĂ©nière, le Parlement europĂ©en a estimĂ© que les fonds […]
Ronaldo arishyuzwa miliyoni 56 z’Amapound y’indishyi y’umushinja ihohotera rishingiye ku gitsina
Uwahoze ari umunyamideli washinje umukinnyi w’icyamamare, Cristiano Ronaldo kumukorera ihohotera rishingiye ku gitsina arasaba indishyi zingana na miliyoni 56 z’Ama Pound. Kathryn Mayorga w’imyaka 37 y’amavuko arasaba miliyoni 18 z’amapound kubera ‘ububabare ‘ bwashize, miliyoni 18 z’amapound kubera ‘ububabare bwo mu bihe biri imbere’ ndetse n’andi miliyoni 18 z’amapound y’indishyi z’akababaro, nk’uko inyandiko z’urukiko zabonwe […]
Tchad: Imirwano yubuwe hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba zirukanwe muri Niger
Amakuru aturuka mu gihugu cya Tchad aravuga iyubura ry’imirwano mu majyaruguru hagati y’umutwe wa FACT n’ingazo za leta ziyemeje kurandura izi nyeshyamba nyuma y’urupfu rwa Perezida Idriss deby Itno. Intego y’ingabo za Tchad zohereje ubufasha bwinshi kuva kuwa kabiri, itariki 27 Mata, ni ugufata inyeshyamba za FACT zari zahungiye muri Niger nyuma y’imirwano ikaze yo […]
Nyamasheke: Bamaze imyaka isaga 10 bishyuza ingurane y’ubutaka bambuwe
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke mu Ntara y’Uburengerazuba bavuga ko bamaze imyaka isaga 10 bategereje ingurane y’ubutaka bwabo leta yabambuye ariko amaso yaheze mu kirere. Abo bavuga ko ayo masambu bayambuwe babwirwa ko ari aha leta nyamara n’aho bagaragarije ibyangombwa by’uko bahahawe bakaba batahasubizwa. Bivugwa ko iki kibazo cyatangiye […]
RDC: Abakinnyi ba TP Mazembe bakubiswe izakabwana nyuma yo gutsinda Sanga Balende

Abakinnyi b’ikipe ya TP Mazembe bakubiswe n’abafana ba Sanga Balende kuri uyu wa Gatatu ubwo basohokaga muri Stade ya Kashala Bonzola yo muri Mbuji Mayi, nyuma yo gutsinda iyi kipe igitego kimwe ku busa. Abakinnyi ba Mazembe batatu nibo bibasiwe ubwo bajyaga ku kibuga cy’indege ngo basubire I Lubumbashi. Abo ni myugariro, Kabasso Chongo, wakomerekejwe […]
Grandi fĂ©licite le Rwanda d’avoir offert un refuge sĂ»r aux rĂ©fugiĂ©s
Au Rwanda, le Haut-Commissaire des Nations Unies pour les rĂ©fugiĂ©s a visitĂ© un Ă©tablissement offrant un moyen sĂ»r de quitter la Libye pour les rĂ©fugiĂ©s et les demandeurs d’asile, y compris un couple somalien qui a Ă©tĂ© dĂ©tenu et abusĂ©. Le couple et leur fille, qui est nĂ© en Libye, ont Ă©tĂ© parmi les premiers […]
Perezida wa Somalia yisubiyeho yemera gutegura amatora
Nyuma yo kwamaganwa n’Umuryango Mpuzamahanga ndetse bikaba biherutse gutuma ingabo z’igihugu zikozanyaho, Perezida wa Somalia, Mohamed Abdullahi Farmajo yisubiyeho ku cyemezo yari yafashe cyo gusubika amatora no kongera imyaka ibiri kuri manda ye yarangiye muri Gashyantare. Perezida Farmajo mu ijambo yagejeje ku gihugu, yasabye ko habaho andi matora ndetse ashima ibikorwa bya minisitiri w’intebe, amasaha […]
Islamic State yerekanye imodoka z’imitamenwa yambuye igisirikare cya Nigeria
Umutwe wa islamic State, ishami ryawo ryo muri Afurikay’Uburengerazuba (ISWAP) yerekanye imodoka ebyiri z’imitamenwa zo mu bwoko bwa Isotrex Legion MRAPs uvuga ko wambuye igisirikare cya Nigeria zitabaye ku birindiro bya gisirikare bya Mainok. Mainok iherereye mu birometero 60 mu burengerazuba bwa Maiduguri, mu murwa mukuru wa Leta ya Borno. Urubuga rwa Africanmilitaryblog dukesha iyi […]
Uganda: Urubanza rw’abantu 15 bashinjwa gushaka gushoza intambara rwasubitswe
Urukiko rwa gisirikare rwa division ya kane mu gihugu cya Uganda rwagumije muri Gereza Nkuru ya Gulu abantu 15 bose bashinjwa ibyaha by’ubugambanyi, aho bashinjwa gushaka gushoza intambara mu gihugu. Aba bakekwa ni Collins Lincoln Ongei, Frank Cajetan Onentho, Richard Obonyo, Fred Ocan, Bernard Okello, Steve Jakisa na Alex Komakech. Abandi ni Denise Palyel, Francis […]
RDC: FARDC iramagana ibirego biyishinja gukorana n’inyeshyamba
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kiramagana ibirego bivuga ko haba hari imikoranire iri hagati yacyo n’umutwe witwaje intwaro witwa NDC/ RĂ©nove (Nduma defense of Congo RĂ©nove) muri Teritwari za Walikale na Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi w’ibikorwa bya Sokola 2, Major Ndjike Kaiko, kuri uyu wa Mbere ushize yatangaje ko […]
Procès Kabuga: Le procureur de l’ONU envoie une Ă©quipe de 10 personnes Ă Kigali
Le MĂ©canisme international rĂ©siduel pour les tribunaux pĂ©naux internationaux (IRMCT) a envoyĂ© une Ă©quipe de dix avocats et enquĂŞteurs qui resteront ici indĂ©finiment pour travailler sur le cas du cerveau du gĂ©nocide FĂ©licien Kabuga. Serge Brammertz, le procureur gĂ©nĂ©ral de l’IRMCT, a dĂ©clarĂ© aux journalistes Ă son arrivĂ©e Ă Kigali que l’Ă©quipe restera au Rwanda […]
Amato y’igisirikare cya Iran yagose ndetse atoteza ay’Abanyamerika amasaha atatu yose
Ikinyamakuru Wall Street Journal cyahishuye kuri uyu wa Mbere, ko amato make y’igisirikare cya Iran aherutse kugota ndetse agatera ubwoba amato abiri y’igisirikare cya Amerika ashinzwe kurinda inkombe mu Kigobe cya Perse. Ku ya 2 Mata, nibwo amato atatu ya Iran yihuta cyane hamwe n’ubwato bunini butanga ubufasha, yagose amato abiri y’igisirikare cya Amerika, ubwitwa […]
Umuyobozi wa HCR, Filippo Grandi, ubwe yaherekeje impunzi z’Abarundi zisaga 150 zari zitashye
Ukuriye ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, Filippo Grandi, wari uri mu gihugu cy’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Mata, ubwe yaherekeje impunzi z’Abarundi zahungutse ziva mu Rwanda azambutsa umupaka w’ibihugu byombi. Umuvugizi wa HCR mu Rwanda, Elise Villechalane, yabwiye BBC ko Filippo Grandi yakoranye urugendo n’impunzi z’Abarundi 159 zari zivuye mu Nkambi […]
Ingengo y’imari y’igisirikare cya Uganda yazamutseho 46% mu 2020, izamuka rikabije hatitawe kuri Covid-19 ku Isi
Ibihugu bimwe na bimwe, nka Chili na Koreya y’Epfo, byimuriye igice cy’amafaranga byari byateganyirije kurushaho kubaka igisirikare mu bikorwa byo guhangana na Covid-19, mu gihe ibindi, birimo nka Brazil n’u Burusiya, byakoresheje amafaranga make ugereranyije n’ingengo y’imari ya mbere yari igenewe igisirikare ya 2020. Ariko ibihugu bisanzwe bikoresha amafaranga menshi nka Leta Zunze Ubumwe za […]
Barinubira akayabo basabwa mu gupimisha ikinyabutabire cya Aflatoxin
Abacuruzi b’ibinyampeke cyane cyane ababirangura hanze y’igihugu baratangaza ko bahangayikishijwe n’amafaranga bo bita menshi bishyuzwa nk’ikuguzi cyo gupimisha ikinyabutabire cya Aflatoxin. Bavuga ko bishyuzwa amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 178, ibintu bemeza ko bibateza igihombo. Ibyinshi kuri ibi binyampeke ku masoko y’imyaka hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, birangurwa hanze y’Igihugu. Ibi birimo birimo ibigori,ubunyobwa,amasaka […]