Tariki ya 11 Mata 1994: Uko jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe hirya no hino mu gihugu

Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyanza ya Kicukiro ruherereye mu Karere ka Kicukiro rukaba rushyinguyemo Abatutsi barenga ibihumbi 96,000 cyane cyane barimo abatereranywe n’ingabo zari iza MINUAR mu ishuri ry’imyuga rya ETO Kicukiro muri 1994 ndetse n’indi mibiri igenda iboneka hirya no hino. 1. Ingabo z’Ababiligi zataye impunzi z’Abatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i […]

Kuvana MONUSCO muri DRC: Ingabo zibungabunga amahoro z’Abashinwa ni zo zitahiwe

4ae13c9f-62ca-4b30-b90f-024646470d7b.jpg

Nyuma y’uko Abanyapakisitani batashye mu mpera za Gashyantare , abashinzwe kubungabunga amahoro b’Abashinwa bari muri MONUSCO, Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basezeye kuri Kivu y’Amajyepfo ku wa Kabiri, mu cyiciro gikurikiye mu gucyura ingabo z’a UN nkuko byasabwe na Kinshasa ubu isanga ntacyo zimaze. “Bamenyekanye cyane kubera ubumenyi bwabo, ubuhanga bwabo […]

Muhanga: Bishimiye ko bazakomeza kwicungira inzibutso 3 za Jenoside zitazahuzwa

Muri iyi gahunda yo guhuza inzibutso hagombaga guhuzwa inzibutso zirimo urwibutso rwa Kiyumba ruherereye mu Murenge wa Kiyumba, hakaza urwibutso rwa Nyarusange ruherereye mu Murenge wa Nyarusange i Mwaka n’imva rusange yo kuri ADEPR Nyabisindu. Bamwe mu bafite ababo bashyinguye muri izi nzibutso 3 n’imva rusange ya Nyabisindu baravuga ko bishimiye ko hafashwe umwanzuro wo […]

Perezida Biden arasanga Netanyahu arimo gukora amakosa akomeye muri Gaza

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko yemera ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu arimo gukora “amakosa” mu mikorere ye muri Gaza. “Ntekereza ko ibyo akora ari amakosa. Ntabwo nemeranya n’uburyo bwe,” uyu ni Biden mu kiganiro n’itangazamakuru. Yavuze ko Gaza igomba “kubona ibyo kurya n’imiti yose” mu byumweru bitandatu […]

Tariki ya 10 Mata 1994: Uko Jenoside yakorewe Abatutsi yakomeje hirya no hino mu gihugu

Tariki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yakomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Aha harimo mu zahoze ari Perefegitura za Kigali Ngali, Gikongo, Gisenyi, Byumba, Kibungo na Cyangugu. Mu gitabo cyanditswe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside, kitwa ‘ITEGURWA N’ISHYIRWA MU BIKORWA RY’UMUGAMBI WA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU […]

Rubavu: Hibutswe abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguwe ku Rwibutso rwa Nyundo

gkutjouw4aacncr.jpg

Ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyundo mu Karere ka Rubavu, mu Ntara y’Uburengerazuba, habereye umuhango wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi hashyingurwa n’indi mibiri 07 yabonetse aho imwe yavanywe mu Karere ka Rutsiro. Iki gikorwa cyitabiriwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana, Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba, Lambert Dushimimana, Abasenateri n’Abadepite, abafite ababo bashyinguye kuri uru rwibutso […]

Sake: Abasirikare ba MONUSCO b’Abahinde baravugwaho guta ibirindiro nta mabwiriza bahawe

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga Amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) mu butumwa bw’icyumweru yagejeje ku bakozi bayo, bwavuze ko umutekano “ugenda uhindagurika” mu burasirazuba bw’igihugu, aho imirwano ikomeje. Inyeshyamba za M23 (23 Werurwe), “zageze mu majyaruguru ya Sake [nko mu birometero makumyabiri mu burengerazuba bwa Goma, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru mu […]

Mozambique: Impanuka y’ubwato yahitanye abasaga 100

Kuri uyu wa Mbere, Perezida Filipe Nyusi yavuze ko abantu barenga 100 bapfuye nyuma y’aho ubwato burohamye ku nkombe zo mu majyaruguru ya Mozambike, abandi bagera kuri 20 bakaba baburiwe irengero. Umukozi wo mu kigo gishinzwe gutwara abantu n’ibintu mu nyanja (INTRASMAR) yavuze ko ubwo bwato bwari butwaye abagenzi 130 ari ubwato bw’uburobyi bwarengeje urugero […]

U Rwanda rugiye kwakira Inama y’Ishyirahamwe ry’Abubatsi bo muri Commonwealth

U Rwanda ruzakira, kuva ku wa 21-23 Kanama, inteko rusange y’ishyirahamwe ry’abubatsi bo mu muryango wa Commonwealth, inama y’ingenzi aho abanyamwuga bazaganira ku ngingo zirimo guhanga udushya, imijyi irambye, ndetse n’ubunini. Abayobozi mu Ishuri Rikuru ry’Ubwubatsi nk’ikigo kicyakira, batangarije ikinyamakuru The New Times ko inteko rusange y’ishyirahamwe ry’abubatsi bo muri Commonwealth izatanga “urubuga rukomeye” ruzoroshya […]

Minisitiri w’Ingabo w’u Bubiligi yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Rwanda

3-22.jpg

Kuri uyu wa Mbere, itariki 8 Mata, Minisitiri w’Ingabo w’u Bubiligi, Hon Ludivine Dedonder, aherekejwe n’intumwa zirimo Umuyobozi Wungirije w’Ingabo z’u Bubiligi, Lt Gen Aviateur Frederik Vansina, yasuye icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda. Bakiriwe na Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za RDF, Gen. MK Mubarakh. Mu biganiro byabo, havuzwe ku ngingo zitandukanye, cyane […]

Loni irasaba kwifata nyuma y’gitero ku ruganda rw’ingufu za kirimbuzi rwa Zaporizhzhia

Igitero gishya cy’indege zitagira abapilote ku rrugomero rw’amashanyarazi rwa Zaporizhzhia rwo muri Ukraine cyongereye gutinya impanuka ikomeye ya kirimbuzi, nk’uko ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rikurikirana iby’ingufu za kirimbuzi rivuga. U Burusiya bwavuze ko Ukraine iri inyuma y’icyo gitero, buvuga ko cyakomerekeje abantu batatu. Ukraine yahakanye kukigiramo uruhare nkuko bitangazwa na BBC. Uruganda rukomeye rw’ingufu za nikeleyeri […]

Burundi: Bahangayikishijwe n’ibiciro by’ibiribwa by’ibanze bikomeje gutumbagira

Ibiciro by’ibiribwa by’ibanze bikomeje gutumbagira cyane ku masoko yo hagati mu murwa mukuru wa politiki w’u Burundi. Mu mezi atatu gusa, ku bicuruzwa bimwe, ibiciro byikubye kabiri. Abaguzi binubira ko batagishoboye kwibeshaho. Ikiro cy’ibitunguru by’umweru cyavuye ku 4.500 kigera ku 8000 by’amafaranga y’Amarundi, Fbu (3595 rw). Ibitunguru bitukura byavuye ku mafaranga 4.500 bigera ku 7.500 […]

Centrafrique: Abapolisi n’ingabo z’u Rwanda bibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

6-7.jpg

Kuri iki cyumweru tariki ya 7 Mata, Abapolisi n’ingabo z’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro n’umutekano muri Centrafrique (MINUSCA) bahuriye mu muhango wo kwibuka wabereye mu kigo cya RWAFPU1-9 mu murwa mukuru Bangui. Uyu muhango wo kwibuka wayobowe n’Ambasaderi w’u Rwanda muri icyo gihugu, Kayumba Olivier. Witabiriwe kandi n’Intumwa yihariye y’Umunyamabanga […]

Tariki ya 8 Mata 1994: Hashyizweho Guverinoma y’abatabazi Jenoside ikwira mu gihugu hose

Tariki ya 8 Mata 1994 nibwo hashyizweho Guverinoma y’abatabazi yari iyobowe na Sindikubwabo Theodore nka Perezida na Kambanda Jean nka Minisitiri w’Intebe. Mu gitondo cyo ku itariki ya 08 Mata 1994 ni bwo Bagosora yakoranije abayobozi b’abahezanguni b’abahutu bari bashyigikiye umugambi wa Jenoside, bahurira muri ambasade y’Abafaransa kugira ngo bashyireho Guverinoma. Tariki ya 08 Mata […]

Byagenze gute ngo Perezida mushya wa Senegal akunde uwari umunyeshuri we!

Yahanganye n’amarangamutima ye, ariko nyuma y’igihe, akuruwe n’ubwenge, indero n’ubuhanga bya Absa, Bassirou Diomaye Faye byarangiye akunze umunyeshuri we. Absa Faye ni umugore wa kabiri wa Perezida mushya wa Senegal, Bassirou Diomaye Faye watsinze amatora ya perezida yo ku itariki ya 24 Werurwe, bituma bwa mbere igihugu kigira abadamu babiri ba mbere. Inkuru y’urukundo n’umugore […]

Kwibuka30: Ibikorwa byo kwibuka byatangirijwe ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

gkjq8a_weaajdhn.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame bacanye urumuri rw’icyizere kuri iki Cyumweru, itariki 7 Mata 2024, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, ahatangirijwe icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyabanjirijwe no gushyira indabo ku mva zishyinguyemo […]

Kagame yakiriye mugenzi we wa Mauritania waje kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka

gkhtncpwwaaihuz.jpg

Perezida Kagame yabonanye na H.E. Mohamed Ould Ghazouani, Perezida wa Mauritania uri mu Rwanda mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Perezida Kagame yashimye Perezida Ghazouani ku ruhare rwe nk’umuyobozi wa AU kandi amwizeza inkunga mu kuzakomeza kugera kuri byinshi nk’umuyobozi w’umuryango. Abakuru b’ibihugu byombi kandi bunguranye ibitekerezo ku […]

Tariki ya 7 Mata 1994: Kwica Abatutsi byatangiye mu gihugu hose

Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50 yari itwaye Perezida Habyarimana Juvenal ni bwo Interahamwe n’abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana batangiye gushyiraho amabariyeri mu duce twinshi tw’Umujyi wa Kigali no kwica Abatutsi. Kimwe mu bikorwa Interahamwe n’abasirikari barindaga umukuru w’igihugu bahereyeho ni ugushaka […]

#KWIBUKA30: Polisi irizeza Abaturarwanda umutekano mu bihe byo kwibuka

Polisi y’u Rwanda irizeza abaturarwanda umutekano usesuye muri iki gihe tugiye kwinjiramo cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuva ku Cyumweru tariki ya 7 Mata 2024, u Rwanda n’isi yose muri rusange, turibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye ubuzima bw’inzirakarengane zirenga miliyoni mu gihe cy’iminsi ijana gusa. […]

Dore ibikorwa biteganyijwe mu cyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30

U Rwanda n’Isi yose muri rusange, turibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu mwaka, insanganyamatsiko igira iti: “Kwibuka twiyubaka”. Iby’ingenzi bikwiriye kuzirikanwa birimo ibyo u Rwanda rumaze kugeraho, nko kubumbatira ubumwe bw’Abanyarwanda, kwibuka no gusigasira amateka yacu, ubutabera n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda. Tugomba kandi guhora turwanya umuco wo kudahana hakurikiranwa abagize uruhare muri Jenoside, tunamagana […]

Ukraine irigamba gusenya indege 6 z’u Burusiya mu bitero byibasiye ibibuga by’indege za gisirikare

1320812416_5.jpg

Kuri uyu wa Gatanu, Kyiv yavuze ko Ukraine yasenye nibura indege esheshatu z’intambara z’u Burusiya, yangiza izindi umunani kandi ikomeretsa cyangwa ihitana abakozi 20 mu gitero gikomeye cy’indege zitagira abapilote cyagabwe ku bibuga by’indege. Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya ivuga ko Ukraine yagabye kimwe mu bitero binini by’ijoro mu byumweru bishhize, ikoresheje drone zirenga 50 ku […]

AFC yahishuye icyababujije gufata Goma n’aho bagomba kuyitegura

Jean-Jacques Mamba, wohoze ari umuvugizi w’ishyaka rya MLC ndetse n’umudepite uherutse kujya kwifatanya na Alliance Fleuve Congo, ya Corneille Nangaa, mu kiganiro na mediacongo.net i Buruseli, yavuze ko yavuye muri iri shyaka kubera ko yumvaga atakiryiyumvamo kandi atagishoboye kubihisha, atanagifite ubushskae bwo gukurikira politiki itajyanye n’icyerekezo cye. Yavuze ko igihe Tshisekedi afatira ubutegetsi abinyujije mu […]

SADC iramagana amakuru akomeje kuvugwa ku ngabo za yo ziri muri SAMIDRC

Ubutumwa bw’Umuryango w’iterambere ry’ibihugu bya Afurika ishyira Amajyepfo (SADC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) bwateye utwatsi amakuru bwita ibinyoma kandi agamije kuyobya anyuzwa kuri interineti ku bikorwa byabwo mu Burasirazuba bwa DRC. “SAMIDRC yamaganye byimazeyo amakuru atari yo ndetse n’ibisobanuro ku bikorwa byayo bya gisirikare mu gice cy’iburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya […]

Israel ikomeje kwitegura igitero cyo kwihorera cya Iran gishobora guteza Intambara ya 3 y’Isi

Inama y’abaminisitiri yo kwitegura intambara muri Israel yateranye mu ijoro ryo kuwa Gatatu kugira ngo baganire ku iterabwoba ry’igitero “cyegereje” nyuma yuko Iran yemeje kuzihorera nyuma y’igitero cyahitanye benshi mu bayobozi bakuru bayo b’igisirikare. Iran yashinje Israel kugaba igitero cyica kuri ambasade yayo ya Syria cyarushijeho gushyira Uburasirazuba bwo hagati mu kaga ko kuba habera […]

Kagame yakiriye Perezida wa Leta ya Rhineland-Palatinat

gkvgqinwwaayxbs.jpg

Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Minisitiri akaba na Perezida w’Intara ya Rhénanie-Palatinat yo mu Budage, Malu Dreyer n’itsinda ayoboye, bari mu Rwanda aho bitabiriye ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Perezidansi yatangaje ko Perezida Kagame yakiriye Malu Dreyer kuri uyu wa Kane baganira ku ngingo zirimo ijyanye […]

Somalia yahaye Ambasaderi wa Ethiopia amasaha 72 yo kuva ku butaka bwayo

Leta ya Somalia yashinje abayobozi ba Ethiopia kwivanga mu bibazo bya Somalia mu gihe ibihugu byombi birebana ay’ingwe nyuma y’amasezerano Ethiopia iherutse kugirana na Somaliland, yiyomoye kuri leta, ayemerera kugera ku cyambu cyo ku Nyanja y’Abahinde. Kubera uwo mwuka mubi Leta ya Somalia yafashe icyemezo cyo gufunga ibiro bya Ambasaderi wa Ethiopia mu Ntara za […]

Rugombo: Umuyobozi muri minisiteri ishinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu yasanzwe yapfuye

Umurambo wa Lin Nshimirimana wabonetse kuri uyu wa Mbere, itariki ya 1 Mata, hafi y’umugezi wa Nyamagana muri Komini ya Rugombo mu Ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’u Burundi)nyuma yo gushimutwa ku Cyumweru gishize n’abantu bataramenyekana. Amakuru agera kuri SOS Media Burundi avuga ko uyu wishwe yari umuyobozi muri minisiteri ishinzwe ibibazo by’imbere mu […]

HRW igiye gusohora inyandiko zivuga kuri Jenoside zimaze igihe mu ishyinguranyandiko ryayo

Human Rights Watch,Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, uratangaza ko ugiye gusohora uruhererekane rw’inyandiko zo mu ishyinguranyandiko ryawo zivuga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Izo nyandiko zerekana umuhate udasanzwe w’impirimbanyi z’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda n’i mahanga, mu kuburira ko jenoside yategurwaga no mu kugerageza guhagarika ubwicanyi nkuko HRW ivuga . Uyu […]

Senegal: Ousmane Sonko utacanaga uwaka na Mack Sall yagizwe minisitiri w’intebe

Kuri uyu wa Kabiri, Bassirou Diomaye Faye watorewe kuba perezida wa Senegal, yemeza ko hazahinduka imikorere nyuma y’imyivumbagatanyo yaguyemo abantu ndetse anagira umujyanama we, Ousmane Sonko, minisitiri w’intebe. Faye, w’imyaka 44, ntabwo yari yarigeze atorerwa undi mwanya mu buyozi. Yatsinze amatora aheruka mu cyiciro cya mbere asezeranya ivugurura rikomeye nyuma y’iminsi 10 avuye muri gereza […]

RRA yashyizeho ibwiriza rireba abafite inzu zo guturamo zikorerwamo ibikorwa by’ubucuruzi

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA) kiravuga ko abantu bafite inyubako zo guturamo ariko zikodeshwa zigakorerwamo ibikorwa by’ubucuruzi butandukanye bagomba kujya batanga inyemezabwishyu za EBM kandi bakiyandikisha k’umusoro ku nyongeragaciro. Ibwiriza rya Komiseri Mukuru wa RRA, Bizimana Ruganintwari Pascal, ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri rivuga ko ashingiye ku itegeko No 048/2023 ryo kuwa 05/09/2023 […]

Afurika y’Epfo: Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya perezidante w’inteko uri gushinjwa ruswa

Kuri uyu wa Kabiri, Urukiko Rukuru rwo muri Afurika y’Epfo rwanze icyifuzo cya Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko cyihutirwa kugira ngo abuze abayobozi kumuta muri yombi kubera ibirego bya ruswa. Umucamanza w’Urukiko Rukuru rwa Pretoria, Sulet Potterill yavuze ko icyifuzo cya Nosiviwe Mapisa-Nqakula gifite intege nke kandi ko kitihutirwa. Potterill yavuze ko ibyo perezida w’inteko yifuza […]

Abatwara abagenzi baganiriye n’Umujyi wa Kigali, Polisi na RURA ku kunoza ingendo

gkjj-ezwqaekao_.jpg

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva, Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa muri Polisi y’u Rwanda, Vincent Sano, ndetse n’Umuyobozi Mukuru wa RURA, Evariste Rugigana, kuri uyu wa Kabiri baganiriye n’abashinzwe gutwara abantu mu buryo bwa rusange mu gukomeza kurebera hamwe uburyo bwo kunoza ingendo. Abitabiriye inama bishimiye uko gahunda yo gutwara abagenzi irimo kugenda inozwa […]

Masisi: M23 na FARDC babyukiye mu mirwano mu misozi ya Ndumba na Muremure

Kuva mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kabiri, haravugwa imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 na FARDC ifatanyije na Wazalendo zivugwa ku musozi wa Ndumba utari kure y’umudugudu wa Shasha muri Gurupoma ya Mupfunyi Shanga muri Teritwari ya Masisi. Mu gihe ibintu byabyutse bituje mu misozi ikikije umujyi wa Sake, ku rundi ruhande muri iki […]

Israel iravugwaho kwica abajerali 2 ba Iran mu gitero kuri ambasade yayo muri Syria

Igisirikare cya Iran kiravuga ko ba ofisiye barindwi baguye mu gitero cya Israel ku nyubako ya Ambasade ya Iran mu murwa mukuru wa Syria, Damascus. Muri abo bapfuye, Brig-Gen Mohammad Reza Zahedi, umuyobozi mukuru w’ingabo zidasanzwe za Quds, na Brig-Gen Mohammad Hadi Haji-Rahimi, umwungirije, ni bo bavuzwe mu bapfuye. Guverinoma za Iran na Syria zamaganye […]

Rulindo: Abacukuraga amabuye y’agaciro banyuze mu myobo iri mu nzu zituwemo bacakiwe

Mu bikorwa byo kurwanya ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bunyuranyije n’amategeko, Polisi y’u Rwanda yafatiye mu Karere ka Rulindo abantu 9 bacukuraga amabuye y’agaciro banyuze mu myobo bacukuye mu byumba by’inzu ebyiri zituwemo. Bafatiwe mu cyuho ahagana saa Kumi n’imwe z’umugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 30 Werurwe 2024, mu masimu bacukuye mu nzu ebyiri zegeranye; […]

Misiri: Perezida Abdel Fattah al-Sisi ararahirira manda ya gatatu

Perezida Abdel Fattah al-Sisi wa Misiri watorewe kuyobora manda ya gatatu kuri uyu wa Kabiri ararahira mu murwa mukuru mushya w’ubutegetsi urimo kubakwa mu bilometero hafi 50 uvuye i Cairo. Biteganyijwe ko Sisi umaze imyaka irenga 10 ku butegetsi aza kurahirira hanze y’ingoro nshya y’inteko ishinga amategeko, nk’uko byemezwa n’ikinyamakuru Al-Ahram cyandikirwa muri Misiri. Sisi […]

Rubavu: Abashora abana mu bikorwa byo gusabiriza baburiwe

Abayobozi bo mu Karere ka Rubavu baburiye abagore bakoresha abana babo mu nyungu zabo binyuze mu gusabiriza mu mihanda. Iyo uzenguruka Umujyi wa Rubavu, abo bagore ushobora kubabona bicaye ku mihanda, bazenguruka, cyangwa binjira mu nzu basaba amafaranga cyangwa ibiryo. Batwara abana babo kandi begera abahisi, basaba ubufasha bw’amafaranga bavuga ibibazo bitandukanye mu miryango. Olivier […]

U Burusiya bwangije ibikorwa remezo by’ingufu hafi ya byose muri Kharkiv

Ibitero by’u Burusiya byangije ibikorwa remezo by’ingufu “hafi ya byose” i Kharkiv nkuko Umuyobozi w’akarere Ihor Terekhov, mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Liga.net cyasohotse kuri uyu wa 1 Mata, yatangaje. Kharkiv yibasiwe n’bitero by’u Burusiya kuva ibitero simusiga byatangira kandi ibitero byiyongereye muri aka karere mu byumweru bishize. Terekhov yavuze ko ibyo bitero byangije urugomero rw’amashanyarazi […]

Burundi: Imbonerakure yemeye ko yasambanyije umwana yakatiwe imyaka 10 y’igifungo

Urukiko rw’intara rwa Bubanza (uburengerazuba bw’u Burundi) rwakatiye Bienvenue Irakoze igifungo cy’imyaka 10 no kwishyura indishyi zingana na miliyoni 2 z’amafaranga y’Amarundi kubera gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 12. Uwafashe ku ngufu abarizwa mu rubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD kandi iyemereye icyaha. Amakuru aturuka mu bakurikiye uru rubanza avuga ko gufata ku ngufu byakozwe ku itariki ya […]

U Burusiya bwasabye Ukraine kubushyikiriza ukuriye urwego rw’umutekano ruzwi nka SBU

Ku Cyumweru itariki 31 Werurwe, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yasabye ko Kyiv igomba gutanga abantu bose bafite uruhare mu bikorwa by’iterabwoba byakorewe mu Burusiya, barimo Vasyl Maliuk, umuyobozi w’urwego rw’umutekano. SBU, yateye utwatsi icyo cyifuzo ivuga ko “nta kamaro”, nk’uko bitangazwa na Reuters , yibukije minisiteri y’ u Burusiya ko ahubwo Perezida w’iki gihugu, […]

Rubavu: Ubushomeri buratuma bamwe bisanga mu mitwe yitwaje intwaro

Urubyiruko ruturiye umupaka w’u Rwanda na Repubuka ya Demokarasi ya Congo rurasaba ko rwahangirwa imirimo bikarinda bamwe bari kwishora muri Congo bashukishijwe imirimo. Abatuye muri ibi bice bitandukanye bihana imbibi n’iki gihugu cyane cyane urubyiruko bavuga ko aha iwabo nta mirimo ibateza imbere ikihagaragara, kandi ngo bisaba umusore wihuse iminota 5 akaba ageze muri Repubulika […]

Nyarugenge: Babiri bafatanywe amacupa arenga 900 y’amavuta yo kwisiga yangiza uruhu

mucr.jpg

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu Karere ka Nyarugenge, abantu babiri bakurikiranyweho kwinjiza mu gihugu no gukwirakwiza amavuta yo kwisiga yangiza uruhu azwi nka ‘mukologo’ ubwo bari batwaye mu modoka amacupa y’ayo mavuta 924. Abafashwe ni umugabo w’imyaka 41 y’amavuko, wari utwaye imodoka irimo amavuta na mugenzi we w’imyaka […]

Igisirikare cya Israel cyemeye ko kishe Abanyepalestina muri Gaza

Igisirikare cya Israel cyemeye ko ingabo zacyo zarashe zikica Abanyepalestina babiri zigakomeretsa uwa gatatu ku nkengero y’inyanja mu ntara ya Gaza. Zabyemeje ku wa Gatandatu nyuma y’uko amashusho ya videwo yagiye ahagaragara yerekana umugabo umwe yitura hasi bisa nkaho arasiwe ahantu hatari abantu. Ayo mashusho kandi yerekana ibimodoka bya tingatinga bisunikira imirambo ibiri mu musenyi […]

MONUSCO ihangayikishijwe n’umuvuduko wa M23

Ingabo zose z’amahanga zigomba kuva muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi byatangajwe na Bintou Keita, uhagarariye umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa Gatatu ushize, itariki ya 27 Werurwe, ubwo yari mu Nama idasanzwe y’Akanama gashinzwe Umutekano ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa DRC. Mu ijambo rye, Bintou Keita, […]

Karidinali Ambongo yifashishije misa ya Pasika mu kunegura abayobozi ba RDC na FARDC

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), Karidinali Fridolin Ambongo yatanze ubutumwa butangaje, bwa politiki kandi bunenga guverinoma muri misa ya Pasika. Arkiyepiskopi wa Kinshasa yamaganye uburangare bw’abayobozi imbere y’ibikorwa by’inyeshyamba za M23 mu burasirazuba bw’igihugu biturutse ku makuru avuga ko bica intege igihugu. Abakirisitu bari babukereye bose bagiye gutega amatwi musenyeri mukuru, kuva yatangira […]

Syria: Nibura 7 biciwe mu gitero cy’imodoka itezemo igisasu mu isoko

Nibura abantu barindwi baguye mu gitero cy’imoddoka itezemo gisasu cyibasiye isoko rikunze kuba ryuzuye mu majyaruguru ya Syria. Amakuru aravuga ko abandi benshi bakomerekeye mu gitero cyagabwe mu mujyi wa Azaz mu ntara ya Aleppo, hafi y’umupaka wa Turkiya kuri uyu wwa Gatandatu ushize. Ntiharamenyekana uwagabye igitero muri uyu mujyi uyobowe n’imitwe yitwara gisirikare ishyigikiwe […]

Umuvugizi wa Ndayishimiye yemeje ko gufungura imipaka n’u Rwanda atari ibya vuba

Kuri uyu wa Gatanu ushize, Rosine Guilène Gatoni, Umuvugizi wa Perezida à‰variste Ndayishimiye mu kiganiro yatangiye mu ntara ya Karusi (mu burasirazuba bwo hagati mu Burundi) ari kumwe n’abavugizi b’ibigo bya Leta, yemeje ko gufungura imipaka n’u Rwanda atari ibya vuba. Umuvugizi wa Perezida w’u Burundi yashimangiye icyifuzo cy’ubuyobozi bw’u Burundi, nk’impamvu rukumbi yatuma imipaka […]

U Bwongereza: Hatangiye gutegurwa “Operation Menai Bridge” ijyanye no gutabariza Charles III

Umwami Charles III amaze amezi 18 gusa ari umwami mu Bwongereza, nyamara gahunda y’uko azatabarizwa yatangiye gutegurwa mu gihe ahanganye na kanseri iri ku cyiciro cya nyuma. Iyiswe “Operation Menai Bridge,” imihango yo gutabariza Umwami Charles III, izaba imeze nk’imihango y’itabarizwa ry’Umwamikazi Elizabeth wa II, yiswe “Operation London Bridge.” Mu gihe kanseri ye igenda itera […]

Centrafrique: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bazindukiye mu muganda rusange

csm_umuganda1_b6c2c0784c.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Werurwe, abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU I-9 riri mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), bafatanyije n’abaturage umuganda rusange wo gusukura isoko rya Sica II, riherereye i Bangui mu murwa mukuru w’icyo gihugu. Ni umuganda wakozwe mu rwego rwo […]

Ukraine: Zelenskyy akomeje gucisha umweyo mu bamwegereye

Kuri uyu wa Gatandatu Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine yirukanye icyegera cye bamaranye igihe kirekire na bamwe mu bajyanama be. Ni muri gahunda ikomeje yo kuvugurura ubuyobozi bwe mu gihe u Burusiya bukomeje kugaba ibitero bundi bushya, harimo n’ibyo mu ijoro ryp kuwa Gatanu. Zelenskyy yasezereye ku mirimo Serhiy Shefir wari ku isonga mu bashinzwe […]

RDC: Amerika ngo ivugana kenshi na GECAMINES ishakisha cobalt na copper

Umwe mu bayobozi bakuru muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga yabwiye Ibiro Ntaramakuru Reuters, ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zivugana buri gihe n’Ikigo cy’igihugu cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (GECAMINES), mu gihe Washington ishaka kurushaho kunoza umubano n’iki gihugu kiri mu bivamo ubutare bwa cobalt n’umuringa kurusha ibindi ku Isi. KUKI ARI […]

Uganda: IGP Katsigazi aravuga ko hari abapolisi bari gutoroka akazi kubera inguzanyo

Umuyobozi mukuru w’agateganyo wa Polisi ya Uganda, Maj Gen Tumusiime Katsigazi, aravuga ko afite abapolisi bamwe bataye akazi kubera inguzanyo. Katsigazi watangiye imirimo ye nka IGP ku itariki ya 4 Werurwe, nyuma y’uko amasezerano y’akazi ya Martin Ochola arangiye, avuga ko gutoroka kubera inguzanyo bituruka ku kuguza bitatekerejweho neza. Ku wa Gatatu, Katsigazi yabitangaje ubwo […]

Ishyaka PPRD rya Kabila ryitandukanyije n’abayoboke baryo bagiye muri AFC/M23

Batatu bahoze ari abakada ba PPRD, Henry Magie, Yannick Tshisola na Adam Chalwe bifatanije n’ihuriro AFC (Alliance Fleuve Congo) rya Corneille Nangaa. Amashusho aberekana yambaye imyenda ya gisirikare yateje kwibaza isano iri hagati y’ihuriro rya Nangaa, inyeshyamba za M23 n’ishyaka PPRD ry’uwahoze ari perezida, Joseph Kabila. Aba bayoboke bashya bamurikiwe rubanda ku wa Kane, itariki […]

Walungu: Ubushyamirane hagati ya FARDC na Wazalendo bwaguyemo batatu

Kuri uyu wa Gatatu ushize, ubushyamirane hagati y’abasirikare ba leta, FARDC, n’inyeshyamba zibashyigikiye zizwi nka Wazalendo i Nyangezi muri Teritwari ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwaguyemo abantu batatu. Amakuru ava muri Gurupoma ya Karhongo yemeza ko amakimbirane yaturutse ku mbunda ba Wazalendo bambuye umusirikare wa […]

Centrafrique: Abapolisi b’u Rwanda 320 bari mu butumwa bambitswe imidali y’ishimwe

img_7799.jpg

Kuri uyu wa Kane, iitariki ya 28 Werurwe 2024, abapolisi b’u Rwanda 320 bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA) bambitswe imidali y’ishimwe. Mu bambitswe imidali y’ishimwe harimo abapolisi 279 bagize amatsinda abiri ari yo; RWAFPU I-9 na RWAPSU I-8 n’abagera kuri 41 badakorera mu matsinda (IPOs), mu muhango […]

Ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine ziravuga ko zahanuye drones 26 z’u Burusiya

Kuri uyu wa Kane, ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine zavuze ko zahanuye indege zitagira abadereva 26 zoherejwe n’u Burusiya mu bice by’iburasirazuba, amajyepfo n’amajyepfo y’uburasirazuba. Ingabo zirwanira mu kirere zavuze ko u Burusiya bwohereje indege 28 zitagira abaderava, zakozwe na Iran hejuru ya Odesa, Kharkiv, Dnipropetrovsk na Zaporizhzhia. Guverineri w’akarere ka Zaporizhzhia yavuze ko […]

Ambasaderi w’u Rwanda muri Mozambique yasuye icyicaro cya RDF muri Mocimboa da Praia

gjwbchlwqaazhwh.jpg

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Werurwe 2024, Ambasaderi w’u Rwanda muri Mozambique, HE Donath Ndamage yasuye mu ruzinduko rw’umunsi umwe icyicaro cy’ingabo z’u Rwanda n’abapolisi mu Karere ka Mocimboa da Praia. Icyari kigamijwe muri urwo ruzinduko kwari ugusabana n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda no kubona amakuru afatika ku bijyanye n’ibibazo by’umutekano mu Ntara ya Cabo […]

Sudani: Indege zahaye isomo inyeshyamba za RSF zashakaga guhagarika imfashanyo ijya i Darfur

Ku uyu wa Gatatu, itariki 27 Werurwe 2024, indege z’intambara zagabye igitero ku murongo w’imodoka z’inyeshyamba za RSF hafi y’umujyi wa Mellit mu majyaruguru ya Darfur, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi mu ngabo zihuriweho z’abashyize umukono ku Masezerano y’amahoro ya Juba. Inyeshyamba za RSF ngo zageragezaga guhagarika imodoka zitwaye imfashanyo muri El Fasher. Ibi ngo byerekana intera […]