U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y’ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda
Umwe mu bantu batatangajwe amazina wo mu Ishyaka riri ku butegetsi mu Rwanda (FPR-Inkotanyi) yahakanye ko iri shyaka rizitabira inama yateguwe n’iriri ku butegetsi muri Uganda (NRM) nk’uko byagiye bigarukwaho na bimwe mu bitangazamakuru. Ibitangazamakuru byo muri Uganda, by’umwihariko byagiye bitangaza ko hari abantu bagera kuri 20 bazitabira inama ya “National Resistance Movement” (NRM) iteganyijwe […]
No kwicara ni akazi- umuturage abwira abadepite ko hari ababihemberwa
Umuyobozi wâikigo REG mu ntara yâuburengerazuba Paul Muhire,yabwiye abadepite bagiriraga uruzinduko ku ruganda rutanganya nyiramugengeri mu Karere ka Rusizi ko hari abakozi bahembwa bicaye kuko ngo nabyo ari akazi. Itsinda ryâabadepite riheruka mu ruzinduko rwari rugamije gusura bimwe mu bikorwa byâibanze bigenewe guteza imbere abaturage,ryanenze byimazeyo uburyo abakozi bakora ku ruganda rutunganya Nyiramugengeri ruherereye mu […]
Nigeria: Pasiteri yakaswe umutwe na Boko Haram
Umupasiteri witwa Lawan Andimi wari warafashwe n’intagondwa za Boko Haram muri Nigeria, yishwe akaswe umutwe nyuma y’iminsi mike ashimuswe. Muri videwo yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, Pasiteri Andimi agaragara yinginga abo muri Boko Haram ngo bamubabarire. Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari yavuze ko uburyo Pasiteri Andimi yishwemo ari ubwa kinyamaswa kandi ko bubabaje. Boko Haram kandi […]
Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana
Umwarimu mu ishuri ryâIncuke ku kigo cyâamashuri cya Gahondogo mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze, Josiane Umutesi avuga ko yakubiswe nâumuyobozi wâishuri, Alex Nsabimana amuziza ko yanze ko bakorana imibonano mpuzabitsina. Flash FM yasanze uyu mwarimu aho atuye hafi yâishuri. Ivuga ko yasanze yabyimabagatanye mu maso ndetse nâijisho rye rimwe risa nâiritareba neza. […]
Nkunda cyane umugore tubana mu gipangu kandi afite umugabo- Nkore iki ngo mbyikuremo?
Umusore witwa Fils Gatete (amazina yahinduwe nk’uko yabisabye) atangaza ko yaje kwisanga akunda umugore ufite umugabi baba mu gipangu kimwe muri umwe mu mirenge y’Akarere ka Nyarugenge Gatete yifashishije urubuga info@bwiza.com yanditse asaba inama kuri iki kibazo. Ati ” Nitwa (…) amazina yakuwemo, ntuye muri Nyarugenge. Mfite ikibazo cy’uko nisanze nkunda umugore ufite abana batatu, […]
Nyanza: Abarwanashyaka ba FDU bakatiwe gufungwa, abandi bagirwa abere
Urukiko ruburanisha ibyaha ndengamipaka n’iby’iterabwoba rukorera mu Karere ka Nyanza kuri uyu wa 23 Mutarama 2020, rwakatiye igifungo ku bantu 11 barimo umugore umwe baregwa ibyaha by’ubugambanyi no kurema umutwe w’igisirikare utemewe na Leta biganjemo abo mu ishyaka ritaremerwa mu Rwanda (FDU-Inkingi). Muri uru rubanza rwatangiye saa yine n’iminota 26 za mugitondo, bamwe mu baregwa […]
Oda Paccy yakuriye inzira ku murima abamuvugaho gushaka kwigarurira Lick Lick
Umuhanzi mu njyana ya Hip Hop, Oda Paccy avuga ko abumva ko yarekeraho kuvugana na Producer Lick Lick, babyaranye umwana w’umukobwa, basubiza amerwe mu isaho n’ubwo ngo nta rukundo rukiri hagati yabo. Ku mbuga nkoranyamabaga hamaze iminsi haciciakana amakuru y’abantu bavuga ku butumwa Paccy yahaye Lick Lick ku wa 1 Mutarama 2020. Benshi babifashe nko […]
Gisagara: Minisitiri w’Intebe yasanze abaturage barakajwe no kunyunyuzwa n’amakoperative
Minisitiri wâintebe, Dr Edouard Ngirente yasanganijwe ibibazo uruhuri rw’abaturage bibumbiye mu makoperative abanyunyuza imitsi aho kubateza imbere. Mu ruzinduko Miniisitiri Ngirente yagiriye mu Karere ka Gisagara, abaturage bagaragaje ko batishimiye uko koperative zikomeje kubanyunyuza. Ibi bibazo byagaragaye ubwo yasuraga koperative ihinga umuceri mu kibaya cya Ngiryi ikorera mu karere ka Gisagara,ahagaragajwe bimwe muri ibi bibazo […]
Uganda yasabwe gusobanura niba abaturage bayo bemerewe kujya mu Rwanda
Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda kuwa Kabiri tariki ya 21 Mutarama, yasabye Leta kugira icyo ikora ku baturage b’iki gihugu bajya mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko, bakaraswa. Bavuga ko kuba hari Abanya-Uganda bamaze kuhatakariza ubuzima ari ikimenyetso cy’uko Leta ikwiriye kugira amabwiriza itanga ku bifuza kujya muri Uganda. Perezida w’Inteko ishinga Amategeko, umutwe w’Abadepite, […]
Bugesera: Abakozi b’uruganda bakomeje gupfa umusubirizo
Abakozi babiri bakora mu ruganda rutunganya inzoga rwitwa Rwanda Bottlers Limited rukorera mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera bamaze gupfa mu gihe gito bazize uburwayi butaramenyekana. Umwe mu baturage uzi iby’zi mfu zitunguranye yagize ati ” Hari uwa mbere wapfuye ejo bundi. Ubwo yari aje ku ruganda ku kazi […]
Abayobozi ba kompanyi y’Abashinwa bihanishije gukambakamba nk’abana ku bwo kutagera ku ntego bihaye

Abakozi ba Kompanyi imwe yo mu Bushinwa itatangajwe amazina bagaragaye bagenda bakambakamba nk’abana bato imbere y’abakozi babo nk’igihano cy’uko kompanyi itageze ku ntego yari yarihaye. Amshusho yacicikaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza aba bayobozi bivugwa ko yafatiwe mu Ntara ya Jilin, mu Majyaruguru y’Ubushinwa. Ikinyamakuru Dailymail kivuga ko umwe mu bantu ba hafi b’iyo komapnyi yatangaje […]
Kabale: Ubuyobozi buvuga ko hashobora kubaho ukwihorera ku Banyarwanda baba muri Uganda
Abayobozi mu nzego z’ibanze mu Turere twa Kabale na Kisoro banenze iraswa ry’Umugande Theoegene Ndagijimana wari kumwe na babyara be batatu b’Abanyarwanda, bavuga ko bishobora gutuma habaho kwihorera ku Banyarwanda baba muri Uganda. ku wa Gatandatu tari ya 18 Mutarama 2020 mu karere ka Burera mu Murenge wa Kagogo, abo mu rwego rwâumutekano bishe barashe […]
Umunyeshuri wa TTC ZAZA yaraye mu ishyamba nyuma yo kwirukanwa azira amafaranga y’ishuri
Umunyeshuri woherejwe kwiga mu ishuri nderabarezi rya Zaza mu mwaka wa Kane, Uwineza Diane yaraye hanze nyuma yo kwirukanwa n’ubuyobozi bw’ikigo bwavugaga ko adafite amafaranga y’ishuri ahagije. Uyu munyeshuri ukomoka mu Karere ka Rwamagana yaje kwiga kuri TTC Zaza nyuma yo guhindurirwa ishuri n’ubuyobzo bw’akarere. Umubyeyi we, Nyirangendahimana Leonia avuga ko umwana we yirukanwe ku […]
Perezida Tshisekedi nta cyizere afite ko uburasirazuba bwa Congo buzatekana vuba

Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Felix Thsisekedi atangaza ko kuba umutekano wagaruka mu burasirazuba bw’igihugu cye atari ibizagerwaho mu minsi ya vuba. Tshisekedi wari mu nama ivuga ku bucuruzi hagati y’Ubwongereza n’Afurika, yavuze ko bikigoranye kuba uburasirazuba bwa Congo bwagarukamo umutekano. Avuga ko gusa hari ibikorwa bimaze gukorwa n’ubwo inzira ikiri ndende. Yabwiye […]
Rwanda requests arrest of Sebatware
The National Commission for the Fight against Genocide (CNLG) is calling for the arrest and trial of Europe based political leaders of anti-Rwanda militia operating from DR Congo who continue to threaten the peace and security of the region. Cases of the respiratory illness were first reported in the Wuhan City of China late last […]
Mageragere: Hari abaturage bangirwa kuvurirwa kuri mitiweli
Abaturage bakoresha ubwisungane mu kwivuza (mituweri) ngo bivuze bavuga ko bakigorwa nâamwe mu mavuriro abasaba indagamuntu yâumukuru wâurugo ngo babone kuvurwa nyamara hari igihe iyo ndangamuntu nyirayo aba yayigendanye. Mu bafite iki kibazo harimo abivuriza ku kigo nderabuzima cya Butamwa giherereye mu Murenge wa Mageragere bavuga ko banerekana nimero zâindangamuntu yâumukuru wâurugo ababishinzwe bakanga kubavura […]
Mashariki mwa Rwanda: Watu wanne wauawa kwa risasi kwa tuhuma za wizi
Watu wanne amabao majina yao hayajatambulika bado wameuawa na wanajeshi walikuwa kwa ulinzi usiku Wilayani Rwamagana. kaskazini mwa Rwanda. Kuna taarifa kundi hilo la watu likuwa katika mambo ya wizi na kukamtwa halafu wakajaribu kupamabana na wanajeshi. Polisi Mkoa wa Mashariki imehakikisha taarifa hizo lakini jeshi limekata kujua taarifa hizo. Msemaji wa jeshi la Rwanda […]
Amaturo yo mu nsengero menshi ni umuvumo aho kuba umugisha- T.B. Joshua
Umuyobozi w’Itorero ‘Synagogue Church Of All Nations ( SCOAN ), Umuhanuzi T.B. Joshua, avuga ko amaturo menshi akusanywa n’abakozi b’Imana banyuranye hari igihe ahinduka umuvumo kuri bo aho kuba umugisha bitewe n’abo bayaka. Ibi yabigarutseho kuwa 20 Mutarama 2020 ubwo yavugaga ku mpamvu we rimwe na rimwe hari igihe atajya yaka amaturo buri uko habaye […]
ABN say never again to the Genocide âwhich can happen elsewhere in Africaâ

Members of the African Biodiversity Network (ABN) who participate in The Regional dialogue on Agroecology in Rwanda 2020 say ânever again to genocide which can take place everywhere in the in Africa and the world as a whole.â The remarks were made on Monday, January 20th, 2020 by The Head of the ABN, Kenyan, Simon […]
Rwamagana: Abantu bane bakekwaho ubujura bishwe barashwe
Amakuru agera kuri Bwiza.com ni uko abaturage bane bataramenyekana amazina, bishwe barashwe nâabasirikare bâu Rwanda bari mu bikorwa byo gucunga umutekano mu Murenge wa Nyakariro mu Karere ka Rwamagana mu rukerera rwo kuwa 20 Muratama uyu mwaka. Umwe mu baturage batuye muri ako gace ibi byabereyemo yabwiye Bwiza.com ko aba baturage barashwe ubwo bitwikiraga ijoro […]
Justin Bieber yasohowe muri gym shisha itabona i Los Angeles
Umuhanzi Justin Bieber yasohowe mu nzu y’imyotozo ngorora mubiri (gym) yitwa Dogpound mu Mujyi wa Los Angles muri West Hollywood mu mpera z’icyumweru bitewe n’umuhanzi mugenzi we. Ibinyamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nka TMZ , bitangaza ko Justin Bieber yasohowe muri iyo gym bitewe ahanini no kuba igihe yari mu myitozo, cyari […]
Bugesera: Hari abavuye muri Libya basabye gusubizwa muri Somalia
Babiri mu mpunzi 299 bari mu nkambi y’agateganyo ya Gashora mu karere ka Bugesera batunzwe n’imiryango mpuzamahanga nyuma y’akaga bahuye nako muri Libya bakazanwa mu Rwanda nibo batunguye ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) basaba ko basubizwa iwabo muri Somalia. Ibi byamenyekanye kuri uyu wa 20 Mutarama ubwo Joran Kallmyr minisitiri w’ubutabera ari na […]
Umuhanzi Judith Babirye yamaze gutana n’umugabo we

Urugereko rw’imanza z’imiryango rw’urukiko rukuru rwa Uganda rwanzuye ko umuhanzi wigeze no kuba umudepite, Judith Babirye atandukana na mugenzi we, Paul Musoke Ssebulime bari bamaranye igihe kigeza ku mwaka umwe. Ubukwe bwa Babirye na Sebulime bwabaye kuwa 27 Nyakanga 2018 ahitwa Bunga muri Kampala. Mu mwaka washize ni bwo Ssebulime yagejeje ikirego cye mu rukiko […]
Gen. Sejusa avuga ko igisirikare gisahuye mu gihe cy’urugamba kitaba gikoze icyaha
Gen. David Sejusa wahoze ayobora ubutasi bwa Uganda avuga ko ubusahuzi biri mu bikorwa biba bigize intambara, bityo nta cyaha kirimo kuba igisirikare kibikora. Ibi yabivuze mu rwego rwo kugaragaza icyo atekereza ku birego byahamye igisirikare cya Uganda (UPDF) ko mu myaka ya za 2000 bibye busahuzi imitungo kamere muri Republika Iharanira Denukarasi ya Congo. […]
Umugabo yishe umwana we amwokeje amuziza kwituma mu buriri
Polisi mu Ntara y’Akagera ikurikiranye umugabo witwa Juma Daniel ku bwo kwica umwana we w’imyaka ibiri, Bahati Juma amuziza kwituma mu buriri. Ibi byabereye mu gace kitwa Rubanga muri Keza ho mu Karere ka Ngara. Umuyobozi wa Polisi mu Ntara y’Akagera, Revocatus Malimi avuga ko iperereza bakoze ryerekana ko uyu mugabo ari we wareraga uwo […]
Umuyobozi wa RALC. Dr. Vuningoma James yitabye Imana

Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inteko y’Igihugu y’Ururimi n’Umuco (RALC), Dr James Vuningoma yitabye Imana kuri uyu wa 20 Mutarama 2019 aho yari arwariye mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal. Amakuru y’urupfu rw’uyu musaza yemejwe n’Inteko y’Ururimi n’Umuco, ibicishije ku rubuga rwa Twitter. Dr Vuningoma yabaye Umuyobozi Wungirije w’Ishami ry’Uburezi muri Kaminuza y’u Rwanda (icyahoze cyitwa KIE) kuva […]
Igitero ku Kibuga cyâIndege cya Entebbe muri Uganda

Hari bimwe mu bintu byahindutse ku Isi nyuma yâibikorwa bya gisirikare byagiye bikorwa mu ibanga rikomeye. Ibi bitero byagiye bihindura byinshi ku kudashoboka kwâibintu. Byagaragaye byose bigendeye ku buhanga buhambaye bwa gisirikare bwakoreshejwe bwuzuzanya nâibikoresho bya gisirikare bitari ku rwego ruciriritse, insinzi yahindura uruhande nâubwo bamwe bahasiga ubuzima. Muri ibi bitero, turagaruka ku cyagabwe mu […]
Rusizi: Hacicikanye amakuru ko abagore bishwe bakuwemo nyababyeyi
Hari amakuru yacicikanye mu baturage bo mu Karere ka Rusizi bavuga ko abagore babiri baherutse kwicwa n’abagizi ba nabi bataramenyekana, bagiye bakurwamo nyababyeyi. Aya makuru yakwirakwiye nyuma y’aho ishyamba ryâahazwi nko mu Nyagatare hagaragaye imirambo yâabagore babiri bishwe mu bihe bitadukanye, abagore bo mu bice byo mu Mirenge ya Gihundwe na Giheke n’ubwo yasakaye nta […]
Rwanda to use $10m for CHOGM preparations
Rwanda is pulling all stops in its preparations to host the 26th Commonwealth Heads of Government Meeting (CHOGM) slated for June 22 to 27. The biennial summit was last held in East Africa in 2007 in Kampala. The government has set aside up to Rwf10billion ($10.5 million) to improve and build infrastructure needed for the […]
Umugabo yasabye gatanya nyuma yo kubagwa amaso akabona isura y’umugore yashatse
Umugabo wo muri Nigeria utatangajwe amazina wari ufite ubumuga bwo kutabona aravugwaho gusaba gatanya nyuma yo kubagwa amaso akongera akabona, ariko akisanga ngo yarashatse umugore yita “mubi” kuko ngo atabonaga. Iby’aya makuru byamenyekanye nyuma y’aho umugore w’uyu mugabo witwa Cynthia yifashishije imbuga nkoranyambaga, akavuga ko umugabo we ashaka ko batandukana kandi yaremeye gushyingiranwa na we […]
Abanya-Uganda batatu bafatiwe mu isoko ryo mu Rwanda
Hari amakuru avuga ko Abanya-Uganda batatu aribo: Gordon Tugumisirize, Zabulon Komunda na Marvelous Naturinda, basanzwe batuye mu cyaro cya Bwaya mu Karere ka Kabale bafatiwe mu isoko rya Kivuye riri mu Karere ka Burera kuwa Kane tariki 16 Mutarama 2020. Aba baturage bafatiwe muri iri soko aho bagurishaga amasaka nkâuko Jasper Twinamatsiko, ufitanye isano nâaba […]
Kigali: Umuturage yakomerekeye mu guterana amabuye hagati yâAbanyerondo nâabazunguzayi
Umuturage utamenyekanye amazina yakomerekeye mu bushyamirane bwaranzwe no guterana amabuye hagati yâabazunguzayi nâabashinzwe irondo ryâisuku mu Murenge wa Gitega, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali ahitwa kwa Mutwe. Uku guterana amabuye kwabereye ku muhanda wâamabuye uri werekeza ku rugabano rwâumurenge wa Rwezamenyo na Gitega ku mugoroba wo kuri uyu wa 17 Mutarama. Umwe mu […]
Hafashwe umwanzuro niba Callixte Nsabimana (Sankara) yaburanira hamwe n’uwatorotse igisirikare cy’u Rwanda
Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga nâibyambukiranya imbibi rukorera i Nyanza rwafashwe umwanzuro niba Nsabimana Callixte wari wariyise âMajoro Sankaraâ yaburanishirizwa hamwe n’uwahoze ari mu gisirikare cy’u Rwanda agatoroka, Private Muhire Dieudonne. Ni inzitizi zari zagaragajwe n’uruhande rwunganira Sankara mu mategeko, rwavugaga ko nta mpamvu y’uko umukiriya warwo yaburanishirizwa hamwe na Muhire bivugwa ko ngo yari […]
Museveni yahinduye abasirikare abacanshuro be- Bobi Wine
Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine avuga ko Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yahinduye abasirikare b’igihugu abacanshuro be bwite. Bobi Wine uhagarariye agace ka Kyadondo East avuga ko ubusanzwe abasirikare akazi kabo kazwi kandi ko batagira uruhande rwa politiki babogamiraho. Ibi ngo abari muri gisirikare cya Uganda (UPDF) ntibabyubahiriza. Mu minsi mike ishize, […]
Umugabo yafatiwe kwa nyirabukwe yambaye ubusa
Umugabo witwa Osala Onume wo muri Senegali mu nkengero z’agace ka Sine yafashwe yambaye ubusa ubwo yari mu bikorwa byo gucuragura mu ijoro. Onume yafashwe bitewe na muramu we w’umusinzi watashye akererewe akubutse mu kabari mu ma saa saba. Senegalinews itangaza ko uyu mugabo yasanze Onume ari guhamiriza ku mbuga, agahamagara abaturanyi bakagundagurana na we […]
Nyaruguru: Batunguwe no kubona minisitiri yinjira mu bikoni no mu bwiherero

Abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko batunguwe no kubona Minisitiri wâUburinganire nâIterambere ryâUmuryango (MIGEPROF), Solina Nyirahabimana yinjira mu bikoni no mu bwiherero byabo areba uko isuku ihagaze. Ibi byabaye mu ruzinduko Minisitiri Nyirahabimana yagiriye muri ako karere kuwa 15 Mutarama, ubwo yasuraga ingo mbonezamikurire zâabana bato (Early Childrehood Development-ECDs) enye zo mu Mirenge […]
Nyanza: Urubanza rwa Callixte Nsabimana (Sankara) rwakomeje kuburanishwa
Urukiko ruburanisha imanza z’iterabwoba ruri i Nyanza mu majyepfo y’U Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Mutarama ruri kuburanisha urubanza ruregwamo Callixte Nsabimana uzwi nka Sankara wahoze ari umuvugizi wâumutwe wa FLN urwanya Leta yâu Rwanda. Urukiko rwategetse ko uru rubanza ruburanishirizwai Nyanza n’ubwo umushinjacyaha yari yasabye ko ruburanishwa nâurukiko rwa gisirikare. Urukiko […]
Kina Music: Ukuza kwa Safi kuzagwa amahoro urukundo rwa Knowless na Clement
Biravugwa ko umuhanzi Niyibikora Safi uzwi nka Safi Madiba mu ruhando rwa muzika ari mu nzira zerekeza mu bahanzi bazajya bakorera ibihangano byabo mu nzu itunganya umuziki (label) ari yo Kina Music. Iyi nzu ni yâuwitwa Ishimwe Clement ufite umugore wâumuhanzi witwa Butera Knowless. Uyu Knowless yahoze akundana na Safi byimbitse kandi byâigihe kirekire. Iyi […]
Vatican: Papa yashyizeho umugore mu myanya ikomeye
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis yagize umugore witwa Dr. Francesca Di Giovanni umunyamabanga mu by’ububanyi n’amahanga aho azaba ashinzwe guhuza ibikorwa by’imibanire n’ibindi bihugu. Dr. Di Giovanni wavukiye i Parelmo mu 1953 nk’uko Vatican News ibitangaza, yari amaze imyaka 27 akora mu bunyamabanga bw’ububanyi n’amahanga. Uyu watowe yatangarije Vatican News na LâOsservatore […]
Bamwe mu barimu bakosoye ibizamini bya Leta bavuga ko batarishyurwa
Bamwe mu barimu bakosoye ibizamini bisoza amashuri yisumbuye batangaza ko kugeza ubu batarishyurwa amafaranga bakoreye icyo gihe kandi barayabarirwaga ku munsi. Umwe muri bo utashatse ko amazina ye atangazwa, yabwiye Bwiza.com ko ubuyobozi bwabasabye gutaha badacyuye aya mafaranga bakoreye ubwo bari basoje gukosora, bubizeza ko bazayabona nyuma yâibyumweru bibiri. Uyu avuga ko yarangije gukosora tariki […]
Yanyimye akazi kubera ko ntakomoka i Nyagatare
Umusore witwa (Kamali Justin) amazina yahinduwe nk’uko yabisabye atangaza ko yimwe akazi n’umuntu wakoraga muri Leta ariko akeneye uwamufasha mu iduka rye ry’ibikoresho by’ishuri n’ibiro. Uyu musore uri mu myaka 28 yabwiye Bwiza.com ko ubwo yari arangije amashuri yisumbuye yavuye iwabo mu cyaro anyarukira i Kigali gushaka imibereho ariko aho yari abonye ako gukora muri […]
Minisitiri Makelele avuga ko Congo itazakangwa n’uzagerageza kuyicamo ibice
Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo akaba na minisitiri w’itangazamakuru, Jolino Makelele avuga ko igihugu cye cyiteguye guhangana n’uwo ari wese yaba ibihugu by’amahanga cyangwa umutwe witwaje intwaro wagambirira gucamo ibice iki gihugu. Minisitiri Makelele we yavuze ko ibi ari nk’inzozi ari ko haramutse hagize uhirahira akabigerageza, igihugu cye cyiteguye guhangana na […]
Gicumbi: Hashize amezi asaga abiri umumotari aburiwe irengero
Umugore witwa Furaha Mukafaranga utuye mu Kagari ka Kigabiro mu Murenge wa Bukure avuga ko yabuze umugabo we, Issa Nyirinkindi kuwa 8 Ukwakira 2019 kugeza ubu kaba atazi aho aherereye. Uyu mugore avuga ko iby’uko umugabo we yaba yabuze yabibwiwe n’abaturanyi babivuze bakekeranya, babivugaga bagendeye kuri telefoni bumvise yitabwa n’Umunyambanaga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kigabiro, Beatrice […]
Umwana w’imyaka 10 yishe mugenzi we bapfa umukobwa
Umwana w’umuhungu w’imyaka 10 mu Karere ka Bududa muri Uganda, arashakishwa na polisi ku bwo gutera icyuma mugenzi we w’imyaka 16, aramwica, amushinja kuryamana n’inshuti ye y’umukobwa w’imyaka 11. Ukekwa yari asanzwe ari umunyeshuri ku ishuri ribanza rya Buwali mu Burasirazuba bwa Uganda, Daily Monitor ivuga ko yateye icyuma mugenzi we Sam Watsosi wigaga mu […]
Electricity tariffs increased in Rwanda
Rwanda Utilities Regulatory Authority (RURA) on Tuesday increased power tariffs for large residential customers and industries but slashed tariffs for healthcare facilities and data centres. The tariff for healthcare facilities has been revised from Rwf192 per kilowatt hour (KWh) to Rwf186 per KWh, a reduction of 3 per cent in new tariffs that will come […]
Niyitegeka washinze ishyaka NDP yaburiwe irengero
Umuyobozi w’Ishyaka ritaremerwa mu Rwanda (NDP), Augustin Niyitegeka amaze iminsi igera kuri 15 aho aherereye hatazwi nyuma yo kubura ubwo yari avuye mu Burundi kuwa 1 Mutarama 2020. Umugore wa Niyitegeka, Emeline Ishimwe, yavuze ko umugabo we bavuganye amubwira ko amaze guteza kashi ku mpapuro z’inzira ze mu rwego rw’abinjira n’abasohoka ku ruhande rw’u Burundi, […]
REG to announce new electricity prices
Rwanda Utilities Regulatory Authority (RURA) will this afternoon announce new electricity tariffs â with expectations getting high over a possible downward move. The current electricity tariffs used were announced in August 2018 â which favored industrialists as the country increased its efforts to attract investments. As per the current prices, residential houses with monthly consumption […]
Rulindo: Umugore yishwe akaswe umutwe
Umugore witwa Leonille Mukangwije wari utuye mu mudugudu wa Karambo mu kagari ka Karama, umurenge wa Buyoga yishwe akaswe umutwe mu rukerera rwo kuri uyu wa 13 Mutarama 2020. Umwe mu baturage bo muri ako gace, Vianney Uwobibasiye yabwiye Bwiza.com ko uyu mugore yari azindutse agiye ku kazi ko gusoroma icyayi ahitwa Busoro, ahura n’aba […]
Burundi: Habonwe imibiri 250 y’abishwe mu myaka isaga 20 ishize
Amagufwa y’abantu bari hagati ya 250 na 270 yabonywe mu gace ka Kamenge mu mujyi wa Bujumbura yerekanywe uyu munsi nyuma y’ukwezi acukurwa, abantu bamwe bagize agahinda bamenye ababo. Amagufa y’aba bantu yabonetse hagati mu kwezi gushize ubwo aha hantu (quartier) hatuwe hari hagiye kubakwa. Komisiyo ishinzwe ukuri n’ubwiyunge mu Burundi ivuga ko aba ari […]
Ibitero byibasira Abanyamurenge byongeye kubura
Amakuru agera kuri Bwiza.com ni uko i Mulenge hongeye kwaduka imirwano yatangiye kuri uyu wa 13 Mutarama mu gitondo ikaza kumara amasaha atari make. Aya makuru avuga ko intambara yubuye mu gice cy’ i Mulenge cyegereye Uvira hafi n’imisozi ya Itombwe muri Kivu y’Amajyepfo. Ni nyuma y’agahenge k’igihe gito kari kamaze iminsi kumvikana muri ako […]
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
Umukobwa witwa Diane (Izina ryahinduwe) avuga ko Se umubyara yamusabye kudakundana n’abantu yita ab’amazuru kuko ngo ari ba bihemu. Ubu ngo ni ubutumwa Se yamuhaye nyuma yo kubona umukobwa we yasuwe n’umusore ufite Se ufungiwe ibyaha bya jenoside. Uyu musore ngo bariganaga mu kiciro rusange muri rimwe mu ishuri ryo mu Bugesera. Yandikiye Bwiza.com kuri […]
Umuyobozi agomba kubazwa ibyo akorera abaturage
Umuyobozi ni umuntu runaka wahawe inshingano zo kuba nyambere wâabandi. Uyu ahabwa iryo kwitwa umuyobozi binyuze mu nzira zirimo: amatora, gushyirwaho no kwishyiraho binyuze muri za coup dâetat. Aba ba nyuma usanga abenshi ari abasirikare, bashyira toni n’amapeti hasi bakambara za karuvati nâamakoti,bakibitwa abayobozi. Umuhanga mu byâimbagarabwenge (Philosophy) na politiki, Charles-Louis de Secondat, Baron de […]
Bugesera: Abaturage ntibita ku nka bahawe na Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde
Abaturage bo mu Karere ka Bugesera ntibacyita ku nka 47 bahawe na Minisitiri wâintebe wâUbuhinde,Narendra Modi babitewe n’uko ngo zidatanga umusaruro zari zitezweho. Muri Nyakanga 2018 ni bwo Minisitiri Narendra Modi yasuye u Rwanda,asiga yoroje abaturage batuye mu mudugudu wâicyitegererezo wa Rweru inka 200 ariko aba baturage babonye 47. Aya makuru yemezwa n’umwe mu bashinzwe […]
Umuhanzi Fille Mutoni aravugwaho kumara imyaka itanu akoze ubukwe mu ibanga

Umuhanzi w’Umunyarwanda ukorera umuziki muri Uganda, Fille Mutoni aravugwaho kuba yarakoze ubukwe mu ibanga n’umukunzi we, Edwin Katamba uzwi nka MC Kats mu myaka itanu ishize. Aya makuru akomeje kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’aho MC Kats yerekanye icyemezo cy’abashyingiranwe hagati kiriho amazina ye n’aya Fille. Mu kubeshyuza abavugaga ko aba bombi babana mu buryo […]
Hagiye gutangizwa iperereza ku bivugwa k’uwiswe umunyabubasha w’ i Gicumbi

Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye atangaza ko bagiye gukurikirana ikibazo cy’umugabo uvugwa ko ari umunyabubasha udakorrwaho mu Karere ka Gicumbi, Hussein Niyoyita Zoubair Mu minsi mike ishize, mu bitangazamakuru humvikanye umugabo witwa Hussein Niyoyita Zoubair, uyobora Ikigo Nderabuzima cya Mukarange ushinjwa kunyereza amafaranga y’u Rwanda miliyoni 15 z’Abajyanama bâubuzima 80 bibumbiye mu itsinda ryitwa “Nkomeye ku […]
Humvikanye urusaku rw’amasasu mu Karere ka Nyanza
Abaturage bo mu Mudugudu wa Mwima, mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Busasamana, mu Karere ka Nyanza bavuga ko bumvise urusaku rw’amasasu inshuro ebyiri mu ijoro ryo kuwa 9 rishyira kuwa 10 Muratama 2020. Umwe mu baturage batuye muri ako gace yatangarije Bwiza.com ko yumvise iby’urusaku rw’amasasu ariko ntihamenyekane impamvu yarwo. Ati ” Mu […]
Muhima: Ijerekani y’amazi iragura amafaranga 500
Abaturage batuye mu midigudu y’Ubuzima n’Inyarurembo mu Kagari k’Amahoro, mu Murenge wa Muhima bavuga ko muri iki gihe kubona amazi ari ikibazo cy’ingorabahizi kuko ngo ijerekani imwe igura F 500, ivuye ku F 120. Aba baturage babwiye Bwiza.com ko amazi yatangiye guhenda kuva mu Kuboza ubwo hatangiraga imirimo yo kubaka umuhanda uva ku biro bya […]
Musanze: Inka ‘z’abakomeye’ zayogoje imyaka y’abaturage
Abashumba bakunze kwitwaza ko baragiye inka z’abitwa abakomeye biganjemo abasirikari barashinjwa n’abaturage bo mu duce tumwe twa Musanze konesha ibihingwa yabo. Ibihingwa ngo byibasirwa ni iby’abaturage batuye mu duce two mu mu nkengero zâUmujyi wa Musanze turimo Cyabagarura, muri Mpenge no mu Cyuve.Bose bavuga ko izi nka zayogoje imyaka yabo. Abaturage bavuga ko ” Aba […]
RwandAir yahakanye ifatwa ry’inkongi y’umuriro ku ndege yayo

Kompanyi y’ubwikorezi bwo mu kirere y’u Rwanda (RwandAir) iranyomoza amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko imwe mu ndege zayo yahiriye mu gihugu cya Israel. Aya makuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri Twitter. Hagiye hagaragara amashusho y’indege ya RwandAir iri ku kibuga, irimo kwaka umuriro ahagana inyuma muri moteri. Iyi kompanyi ibinyujije ku rukuta […]
Abanyarwanda bari bafungiwe muri Uganda bazakorerwa ibizamini by’ubuzima
Abanyarwanda icyenda baherutse kurekurwa na Uganda ngo bazakorerwa ibizamini by’ubuzima ngo hamenyekane uko bihagaze. Kuwa 8 Mutarama 2020, Uganda ni bwo yarekuye aba Banyarwanda barimo: Rene Rutagungira, Etienne Nsanzabahizi, Nelson Mugabe, Emmanuel Rwamucyo, Claude Iyakaremye, Augustine Rutayisire, Herman Nzeyimana, Adrien Munyangabe na Gilbert Urayeneza. Aba bose bari bafungiwe muri Uganda bashinjwa gutunga imbunda binyuranye n’amategeko […]