Kamembe: Wananchi walalamikia kutolipwa fidia kutoka ujenzi wa barabara
Wakazi maeneo ya Nduma, Karangiro na Mundima, Tarafa ya Kamembe Wilayani Rusizi, wametangaza kumaliza miaka sita wakingoja kulipwa fidia kwa mali zao zilizoharibika wakati wa ujenzi wa barabara. Wamesema waliambia watapatiwa fidia lakini wakakosa. Wamesema mali kama vile mashamba na miti lakini hawakulipwa. Makamu Kiongozi wa Wilaya ya Rusizi kwa mambo ya kijamii, Kankindi Leoncie […]
Umwana wâimyaka ibiri yabyarije nyina muri pisine
Umugore witwa Ariel Haynes ukomoka mu Mujyi wa Colorado yatangaje ko umwana we w’umukobwa, Izzy w’imyaka ibiri ari we wamubyaje umwana w’umuhungu, Henry mu bwogero bwabugenewe. Ariel usanzwe afotora abagore bari kubyara avuga ko umukobwa we Izzy asanzwe abona aho abagore babyara, ikintu cyamworoheye kumubyaza. Ati ” Ubwanjye maze imyaka itatu mfotora abarimo kubyara. Buri […]
Remains of Genocide victims found at Rubavu airstrip
Officials and residents of Rubavu district since Tuesday morning are working tirelessly to exhume remains of bodies believed to be victims of the 1994 Genocide against the Tutsi, which were found at Gisenyi Airport last week. The remains were found after workers at the airstrip who were digging water channels discovered mass graves last week […]
Ibintu ‘biteye ubwoba’ Umuhanuzi T. B.Joshua avuga ko bizaba mu mwaka wa 2020
Uwashinze Itorero The Synagogue Church of All Nations (SCOAN) umuhanuzi, pasiteri, Temitope Balogun Joshua uzwi nka T. B. Joshua avuga ko umwaka wa 2020 uzabamo ibintu byinshi haba muri politiki n’ubukungu ndetse akaburira ibihugu gufata ingamba ku kibazo bimwe na bimwe nko ku Buhinzi. T. B. Joshua yatangaje ibi kuwa 7 Mutarama 2020 ubwo yasobanuraga […]
Ntiharamenyekana ingano y’igihombo gikomoka ku mubano mubi uri hagati y’u Rwanda na Uganda ndetse n’Uburundi
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Dr Vincent Biruta, avuga ko nta kabuza kuba u Rwanda na Uganda birebana nabi ndetse nanone hagkubitiraho n’Uburundi, bitera igihombo gusa ngo ingano yacyo ntizwi. Byagarutsweho mu kiganiro cya mbere Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Dr Vincent Biruta, yagiranye nâitangazamakuru kuva mu Ugushyingo 2019 ubwo yajyaga kuri uyu mwanya. Kuri iki kibazo cy’igihombo cyaba […]
Uyu mwaka uzarangira abategetsi bamwe ari indembe kandi benshi bazapfa- Umuhanuzi TB Joshua
Uwashinze Itorero The Synagogue Church of All Nations (SCOAN) umuhanuzi, pasiteri, Temitope Balogun Joshua uzwi nka T. B. Joshua avuga ko umwaka wa 2020 uzasiga benshi mu bategetsi bo ku Isi muri rusange bazaba barwaye, ari indembe. T. B. Joshua yatangaje ibi kuwa 7 Mutarama 2020 ubwo yasobanuraga impamvu atagaragaye mu bikorwa by’urusengero ayobora mu […]
Ubwongereza: Umugabo yahamwe no gufata ku ngufu abantu 136
Umugabo ukomoka muri Indonesia witwa Reynhard Sinaga w’imyaka 36 y’amavuko yahamwe n’ibyaha 159 birimo gufata ku ngufu abantu 136 barimo abagabo 48. Umucamanza Suzanne Goddard yavuze ko Sinaga ahamwa no kuba yarakuye abagabo 48 mu kabyiniro ka Manchester akabajyana aho aba hitwa Montana mu gace kitwa Princess maze akabasindisha nyuma akabakorera akabasambanya. Ibi ngo yabikoraga […]
Iran fires missiles at US troop bases in Iraq
BY AFP President Donald Trump on Wednesday said that initial casualty assessments indicated “all is well” after Iranian missiles targeted two bases housing US troops in Iraq. He tweeted that “assessment of casualties & damages taking place now. So far, so good!” Trump did not go on evening television to address the nation — something […]
Umunyamakuru Ndayizera avuga ko yemeye ibyaha kubera “iyicarubozo” yakorewe

Umunyamakuru wigenga, Phocas Ndayizera akomeje guhakana ibyaha byose aregwa kuko ngo bwa mbere yabyemeye bitewe n’iyicarubozo yari yakorewe. Urukiko ruburanisha ibyaha byambuka imipaka n’ibyiterabwoba rwa Nyanza kuri uyu wa 7 Mutarama rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza rwa Phocas Ndayizera. Ndayizera yabwiye urukiko ko yemeye gushyira umukono ku nyandikomvugo zimushinja uruhare mu byaha by’iterabwoba kubera ‘iyicarubozo’ […]
Perezida Museveni yatijwe uburoso bw’ amenyo

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni avuga ko urugendo rwo kubohora Uganda rutari rworoshye kugeza ubwo yasigaye nta buringiti agira bwo kwitwikira ndetse nta nâuburoso bwâamenyo afite, akabuhabwa nâumwe mu bo bari kumwe. Yabitangarije mu rugendo rwâibirometero 168 rwiswe âAfrika Kwetuâ rwatangiye ku Cyumweru tariki ya 6 Mutarama ubwo yari ageze ahitwa Kagogo mbere yo […]
Ushaka kurasa Diamond azahere kuri njye-murumuna wa Ali Kiba

Umuvandimwe w’Umuhanzi Ali Kiba witwa Issa Azam atangaza ko akunda mukeba wa mukuru we, Diamond Platnumz ku buryo uwakwifuza kumurasa ari we yaheraho. Azam yakuranye na Ali Kiba ahitwa Hombo mu Ntara ya Kigoma ariko baza gutandukana nyuma y’aho Ali Kiba yimutse akajya kuba mu Murwa Mukuru wa Tanzania, Dar Es-Salaam. Uyu musore kuri ubu […]
LAROUSSE criticised for genocide denial
Ibuka, the umbrella organisation of Genocide survivorsâ associations, has called out a French publishing house for publishing material that denies the Genocide against the Tutsi. In its 2020 juniorsâ dictionary, Larousse 21, the firm referred to the 1994 Genocide against the Tutsi as âa civil war between its (Rwandaâs) two peopleâ, the Tutsi and Hutus. […]
Mu Rwanda ruswa isigaye ifite ibiciro bizwi
Kugeza ubu ntiharaboneka igisobanuro gikwiye cyangwa se gihagije gisobanura neza ruswa âcorruptionâ mu Kinyarwanda, ariko umuntu acishirije yavuga ko ruswa ari uburyo cyangwa igikorwa cyose cyo gukoresha nabi ububasha wahawe mu nyungu zawe bwite cyangwa zâagatsiko runaka. Igitabo The World Book Encyclopedia) kivuga ko ruswa ari ugutanga ikintu cyâagaciro ugiha umuntu ufite imirimo ashinzwe gukorera […]
Gakenke: Barataka kuzamuka no kumanuka imisozi miremire yitwa Ngendombi na Mperimbwimiteja bajya ku ishuri
Abanyeshuri bo mu kagari ka Munyana, mu Murenge wa Minazi mu karere ka Gakenke bahangayikishijwe nâurugendo rurerure rugera ku birometero 20 bakora bajya ku ishuri rya Groupe scolaire Saint Joseph Munyana harimo kuzamuka no kumanuka imisozi miremire yitwa Ngendombi na Mperimbwimiteja. Aba banyeshuri bavuga ko bakora urugendo rugera ku birometero 10 bajya ku ishuri bagakora […]
Rusizi: Habonwe umurambo w’umugore mu muhanda bikekwa ko yishwe
Umurambo w’umugore uri mu kigero cy’imyaka 40 watoraguwe mu Muhanda uva Kamembe werekeza i Giheke ahitwa mu Nyagatare mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi. Umwe mu baturage wageze ahitwa mu Nyagatare hafi ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Rusizi ahari umurambo w’uyu muturage yabwiye Bwiza.com ko yabonye umurambo w’uyu mugore ngo bikekwa ko […]
Icyo u Rwanda ruvuga ku birego byo gutoza ibya gisirikare impunzi z’Abarundi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe aravuga ko ibirego by’uko u Rwanda ruha imyitozo ya gisirikare impunzi z’Abarundi ziba muri icyo gihugu ari ibirego bishaje. Mu cyumweru gishize, mu kiganiro cyitwa Murisanga gica kuri Radiyo ijwi rya Amerika (VOA) hatambutse inkuru ivuga ko mu Kuboza 2019 […]
Nyamasheke: Umuturage yasakaje amashara hejuru y’amabati yapfumaguritse
Umuturage witwa Habyarimana Joseph utuye mu Mudugudu wa Kavune, akagari ka Ninzi mu Murenge wa Kagano, avuga ko atazi impamvu atubakirwa inzu kandi ubuyobozi buzi ikibazo cye, kuri ubu aho amabati yatobaguritse yahakinze amashara. Habyarimana Joseph wâ imyaka 77, ubarizwa mu cyiciro cya mbere cyâubudehe,inzu abanamo nâabuzukuru be batatu ndetse nâumukobwa we, amabati ayisakaye nâimyenge […]
Iran ivuga ko igiye kwibasira ahantu 35 kuri Amerika, itibagiwe na Telaviv ya Israel
Iran ivuga ko mu rwego rwo guhora urupfu rwa Gen. Soleimani uherutse kwicwa n’Abanyamerika mu gitero cy’i Baghdad, nayo izibasira ahantu 35 havuze byinshi kuri Amerika ndetse ko n’Umujyi wa Telaviv wo muri Israel utazasigara. Aljazeera itangaza ko ibi byavuzwe n’uyobora Ingabo za Iran mu Majyepfo, Gen. Gholamali Abuhamzeh kuri uyu wa 4 Mutarama 2019. […]
Uwakoraga ku mupaka wa Rusumo amaze amezi atandatu yaraburiwe irengero
Umuryango wa Evariste Nzabarinda wakoraga mu biro by’abinjira n’abasohoka ku Mupaka wa Rusumo uvuga ko bamaze amezi atandatu batazi aho aherereye. Umuryango wa Nzabarinda uvuga ko uhangayitse ku bwo kutamubona. Uvuga ko avuka mu Ntara y’amajyepfo mu Karere ka Gisagara akaba yari afite imyaka 31 y’amavuko. Uyu muryango wabwiye VOA dukesha iyi nkuru ko Nzabarinda […]
Abahanga bagaragaje isura itamenyerewe ya Yezu

Umuhanga mu by’inyigisho z’inkomoko ya gikiriristu muri Kaminuza ya Londres, Prof. Joan Taylor avuga ko hari ishusho ya nyayo ya Yezu cyangwa Yesu itandukanye n’imenyerewe imugaragaza nk’ufite uruhu rwera, ubwanwa burebure, amaso y’ubururu, imisatsi miremire ndetse akaba yari ananutse. Uyu muhanga we avuga ko Yezu yari afite imisatsi migufi, uruhu rwijimye kandi ko yari afite […]
Nta bwoba ntewe na Simba- Haruna Niyonzima
Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Haruna Niyonzima avuga ko nta bwoba atewe n’Ikipe ya Simba FC ifitanye umukino ukomeye na Yanga Africans asigaye akinira kuri uyu wa 4 Mutarama 2020. Haruna yageze muri Tanzaniya mu minsi ibiri ishize aho ari umwe mu bakinnyi bari bwitabire umukino uri bubahuze na mukeba, Simba FC yahoze akinira. Yakiriwe […]
Abavuye muri Congo bari kugenzurwa nyuma y’ifatwa rya Mukandutiye wagize uruhare muri jenoside
Abanyarwanda bavuye mu mitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda barimo n’imiryango yabo baturutse muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo bari kugenzurwa kugira ngo havangurwe abakekwaho ibyaha n’abatarabigizemo uruhare. Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu yo gusubiza mu buzima busanzwe ingabo n’abahoze ku rugerero, Fred Nyamurangwa, avuga ko iki gikorwa kiri kugenda neza nta makemwa. Mu minsi mike ishize […]
Umugezi wa Mwogo wishe 15 mu kwezi gushize
Abaturage batuye hafi yâUmugezi wa Mwogo baratangaza ko mu kwezi kâUkuboza 2019, abantu barenga 15 barohamye barapfa. Umwe mu babyeyi ufite umwana w’imyaka 11 waguye muri uyu mugezi avuga ko hari igihe Mwogo yica babiri ku munsi umwe. Ati: âUmwana yoherejwe kurinda umuceri nyuma ajya koga ararohama, uje kumurohora na we ahita agenda yabonywe ejo […]
Abenshi barimo Abanyarwanda bangiwe kwinjira muri Zimbabwe
Ibitangazamakuru byo muri Zimbabwe bitangaza ko hari abaturage bo mu bihugu bitandukanye 60 barimo n’abakomoka mu Rwanda bangiwe kwinjira muri iki gihugu bavuye muri Afurika y’Epfo mu mpera z’umwaka wa 2019 Ku mupaka wa Beitbridge niho habereye umukwabu wafashe abagera ku 3,967 bashinjwa kutubahiriza amategeko agenga abinjira n’abasohoka. Abenshi ngo bafashwe basimbutse imipaka, bafite pasiporo […]
Ese kwambara imyenda migufi ku b’igitsina gore bitera irari abagabo?
Ku ruhande rumwe hari abantu batandukanye bavuga ko kwambara imyenda ikabije ubugufi ku bagore nâabakobwa ari intandaro yo gukururira abagabo irari ryâubusambanyi mu gihe abandi bavuga ko ari no kwica umuco. Hari n’abavuga ko ibi ntaho bihuriye nâibyo byose. Kwambara imyenda ikabije ubugufi byâumwihariko ku bagore nâabakobwa ntibikunda kuvugwaho rumwe n’ababyambara cyangwa abarebesha amaso yabo. […]
Shock as a man kills own twins in Bugesera
A man in Bugesera District who hacked his two twin children on Wednesday night was arrested, according to the Spokesperson of Rwanda Investigation Bureau (RIB), Marie-Michelle Umuhoza. Umuhoza confirmed this following reports that on a fateful night, the man, known as Faustin Ndayambaje of Kiruhura Village, Kagenge Cell, in Mayange Sector, attacked the infants â […]
Abari bafungiwe muri Uganda bavuga ko bagenzi babo baguye muri gereza
Abanyarwanda babiri; Junior Nyirakarangwa na Fabien Ntirenganya bavuga ko Abanyarwanda batatu bari kumwe na bo muri Gereza ya Kiburara muri Uganda bayipfiriyemo. Nyirakarwangwa avuga yagiye muri Uganda mu 2018 agiye gushaka akazi ndetse ashakana n’umugabo, babyarana umwana umwe. Avuga ko yafashwe mu Gushyingo 2019 afungirwa muri gereza ya Kiburara aho yasanze abandi Banyarwanda 50. Yabwiye […]
The Ben avuga ko hari abumvise nabi ubutumwa yatanze kuri Twitter

Umuhanzi The Ben atangaza ko hari abantu bamwe bumvise nabi ubutumwa yatanze ku rukuta rwa Twitter avuga ku migendekere y’igitaramo cya East Africa Party cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 1 Mutarama 2020. The Ben yavuze ko igihe yajyaga ku rubyiniro, yabwiwe ko polisi igiye gufunga gusa akavuga ko bitatumye ataririmba neza, ngo anezeze […]
Three dead ahead of New years day
Rwanda National Police (RNP) has announced that a few hours before New Year, there were three fatal accidents that claimed 3 lives. The accidents occurred on the night of December 31st, 2019, as Rwandans celebrated the start of 2020 and just a few hours after RNP appealed to the general public to enjoy the festivities […]
Ubunani 2020: Ubusinzi, kurwana, gusabana n’imiryango, impala mu rusengero rw’ i Kampala

Umunsi Mukuru w’Ubunani wa 2020 waranzwe n’ibyishimo muri rusange aho abenshi bagiye guhura n’imiryango yabo ari nako benshi bagaragara mu mihanda no mu tubari basinze, aho ingumi zavuzaga ubuhuha ndetse n’indirimbo z’Ikinyarwanda mu rusengero i Kampala. Muhima/Nyarugenge Aho Bwiza.com yageze mu Kagari k’Amahoro, Kabasengerezi na Nyabugogo yabonye benshi bishimye basabana. Gusa hari abari basinze, barangwa […]
MTN irashinjwa gutera inkunga abakora iterabwoba barimo na Al-Quaeda
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirarega Kompanyi yâitumanaho, MTN gutera inkunga abakora iterabwoba barimo n’umutwe wayogoje Isi wa Al- Qaeda Amerika ishinja MTN ko yishyura amafaranga abakora iterabwoba mu rwego rwo kwirinda mu gihugu cya Afghanistan nk’uko BBC ibitangaza. Ibi birego kuri ubu biri mu rukiko rwa Washington D.C kuva kuwa Gatanu w’icyumweru gishize bivuga […]
Perezida Kagame avuga ko abanyereza ibyâabaturage batazigera bareberwa
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame avuga ko igihugu kitazigera kirebera abayobozi bafata ibigenewe abaturage bakabigira ibyabo. Mu kiganiro yatanze kuri televiziyo yâigihugu ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2019, yavuze ko nta yindi nzira ihari uretse kubaza aba bayobozi ibyâari ibyâabaturage bagize ibyabo, yewe ngo hakifashishwa nâamategeko. Ati â (âŠ) Nta […]
Al-Shabaab “yasabye imbabazi” ku gitero yagabye i Mogadishu cyikica 81
Abarwanyi ba Kiyisilamu bo mu mutwe wa Al- Shabaab bemeye ko ari bo bagabye igitero mu Murwa Mukuru wa Somalia, Mogadishu kigahitana abagera 81 barimo Abanya-Turukiya babiri nyuma basaba imbabazi ku bw’ababiguyemo. Igitero cyagabwe kuwa Gatandatu tariki 28 Ukuboza mu burengerazuba bw’amajyepfo y’Umujyi wa Mogadishu ahahurira bisi nyinshi bitewe n’igenzura ry’umutekano n’isoreshwa ry’amabisi n’amakamyo bihakorerwa. […]
Kicukiro: Gitifu uherutse gukubita umunyamakuru yasezeye ku kazi ku mpamvu ze bwite

Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Niboye, mu Karere ka Kicukiro, Havugarurema Jean Marie Vianney yasezezeye ku kazi ku mpamvu byatangajwe ko ari ize bwite. Akarere ka Kicukiro kabinyujijwe ku rukuta rwako rwa Twitter, katangaje ko Havugarurema yeguye ndetse kanamushimira ibyo yagezeho mu gihe yari amaze ayobora Umurenge wa Niboye. Kagize kati ” HAVUGARUREMA J.M.Vianney wari […]
Kagame receives âspecial messageâ from Museveni
In a move to further mend frosty relations between the two countries, President Paul Kagame received a special message from his Ugandan counterpart President Yoweri Kaguta Museveni. On Sunday evening, Kagame held a âpositiveâ meeting with Ambassador Adonia Ayebare, President Museveniâs Special Envoy, who traveled to Kigali with a message regarding the two countriesâ relationship, […]
Musanze: Ba gitifu b’imirenge bane n’abakozi b’akarere babiri basezeye ku mirimo yabo
Abayobozi mu karere ka Musanze barimo umukozi mu karere ushinzwe imyubakire (One Stop Center) nâushinzwe ubuzima ndetse na ba gitifu bâimirenge bane basezeye ku mirimo yabo. Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko abeguye ari abayoboraga mu Mirenge ya Muko, Nyange, Musanze na Kimonyi. Ni mu gihe abayobozi bâaka karere bose bari bareguye mu mezi ashize. […]
Minisitiri w’Intebe wa Israel yarashweho misile ararusimbuka
Hari amakuru avuga ko kuwa kane tariki ya 26 Ukuboza 2019 misile ivuye muri Gaza yarashwe mu gace kari karimo Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netenyahu wari mu bikorwa by’ishyaka rye, LIKUD mu Mujyi wa Ashkelon. Ubwo yari muri iki gikorwa, nk’uko amashusho (video) yashyizwe hanze na televiziyo ya Leta, Kan 11, ushinzwe umutekano yagaragaye […]
Umwaka wa 2019: Nta mihigo idahigura imibereho myiza
Kuva imihigo yatangira mu mwaka 2006, umwaka wa 2019 ni wo wa mbere utabayemo igikorwa cyo guhigura no guhiga. Kudahigura neza ibibazo byâimibereho myiza yâumuturage, iri mu cyerekezo 2020, ngo byaba byarabaye nyirabayazana wâiryo subikwa. Umuhango wo kwesa imihigo ya 2018/2019 no gushyira umukono ku mihigo ya 2019/2020 wari uteganyijwe ku wa Kabiri tariki ya […]
Ntibahiriwe nâishyamba: Ifatwa rya Bazeye nâurupfu rwâumuvandimwe we, Lt.Col. Nkundiye
Abavandimwe; Nkaka Ignace uzwi nka Laforge Fils Bazeye nâumuvandimwe we, Lt. Col. BEM LĂ©onard Nkundiye ntibahiriwe nâibikorwa birwanya ubutegetsi bwâu Rwanda. Aba bombi bavuka mu cyahoze ari Komini Karago, ubu ni mu karere ka Nyabihu. Uyu Lt. Col. Nkundiye yari mu ngabo zâigihugu ku butegetsi bwa Gen. Maj. Juvenal Habyarimana (Forces ArmĂ©es Rwandaises) nyuma zitsindwa […]
Umunyeshuri wa kaminuza yishwe, aribwa n’inshuti ye na nyina babifashijwemo n’umuhanuzi

Umukobwa w’umunyeshuri muri Kaminuza ya Lagos muri Nigeria (LASU) witwa Favour Seun Daley yishwe, aribwa n’inshuti ye ndetse na nyina babifashijwemo n’uwiyita umuhanuzi. Amakuru ari gucicikana mu gihugu cya Nigeria ni uko uyu mukobwa yagiye gusura umuryango we muri Leta ya Osun ubwo yahamagarwa kuri telefoni n’umusore witwa Owolabi Adeeko, usanzwe ari inshuti ye. Bivugwa […]
Education Ministry to announce national exams results
Hearts are beating within Rwandan students who sat for this yearâs National examinations, following the Ministry of educationâs announcement that the results will be out tomorrow, December 30. In November this year, National examinations for Ordinary, Advanced Levels as well as vocational schools kicked off, with 119, 000 Oâ Level and 51, 291 Aâ Level […]
Uwaterese abagore 1,000 yahishuye ibyatunguye benshi ku bagore “bagufi”

Umugabo w’imyaka 71 witwa Chinks kuri Twitter waterese abagore bagera 1,000 avuga ko bigoye gukundana n’abagore bagufi. Uyu mugabo waciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga, bamwe bemeranyije na we abandi baramwagana ariko we yemeza ashimitse ko mu bagore bakundanye, abagore bagufi bamugoye cyane. Yagize ati ” Mfite imyaka 71, naterese abagore bagera ku gihumbi mu buzima […]
Umuhanda Muhanga-Karongi si nyabagendwa ku modoka zose

Polisi y’igihugu itangaza ko umuhanda uva i Muhanga ujya i Karongi atari nyabagendwa ku modoka nibi bitewe n’inkangu yacitse ahitwa ku rutare rwa Ndaba. Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, polisi ivuga ko abifuza kujya i Karongi bakoresha undi muhanda. Yagize iti ” Mwaramutse, turabamenyesha ko kubera inkangu yaguye hafi y’urutare rwa Ndaba, imodoka nini […]
Public decry the delay of national examination results
Many people are complaining saying that it is inadmissible that dates for starting the academic year have already been announced but not the national examination results and that it does not give enough time to students to prepare for school. One parent expressed his concern saying that MINEDUC is being late to publish results and […]
Kimisagara: Abaturage barataka gukubitwa nâinkeragutabara zambaye imyenda isanzwe
Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge bavuga ko iyo bahetse ibikapu mu mugongo bafatwa bagakubitwa n’inkeragutabara zitambaye imyenda yâakazi zikabakubita zikeka ko baba bari mu bacuruza ibiyobyabwenge. Aba babwiye Bwiza.com ko bakeka ko izi nkeragutabara zitambara imyenda iziranga mu rwego rwo gufata aba baturage baba bakekwaho kuba abanyabyaha. Umwe […]
Ibyo gutekesha inyama ibinini bya parasitamoro byageze muri Uganda
Amakuru ava muri Uganda avuga ko bimaze kumenyekana ko hari resitora zimwe na zimwe zitekesha inyama ibinibi bya parasitamoro kugira ngo zishe byihuse. Ibijyanye n’iyi migirire Bwiza.com yari iherutse kubibatangariza ariko byavugwaga mu gihugu cya Nigeria. Iyi migirire ngo iramenyerewe cyane mu gace ka Uyo muri Leta ya Akwa Ibom. Aya makuru avuga ko resitora […]
Rwanda to start issuing driving licenses for automatic vehicles
Rwanda will start issuing driving licenses for automatic vehicles effective by January next year for public road testing, a senior official in the ministry of Infrastructure revealed Friday in Kigali. According to Alfred Byringiro, the Transport Division Manager at the ministry of Infrastructure, the new decision follows follows a petition by a private citizen to […]
Byavumbuwe ko resitora zisigaye ziteka inyama zashyizemo ibinini bya parasitamoro
Hari amakuru yakwirakwiye muri Nigeria ko resitora zisigaye ziteka inyama zigashyiramo ibinini byitwa parasitamoro (paracetamol) kugira ngo zishye vuba bityo zidatwara ibicanwa byinshi. Aya makuru avuga ko resitora zisanzwe zikoresha ubu buryo bwo kuvungurira ibinini bisanzwe bivura umutwe kugira ngo inyama zishye mu kanya gato kandi ngo hari n’ingo ziteka inyama zibikoze muri ubwo buryo. […]
Watu 12 wafariki kufuatia mvua kali iliyonyesha kwenye Krismasi
Wizara ya Mambo ya kuchunga majanga nchini Rwanda (MINEMA) imetangaza watu 12 wamefariki baada ya mvua kali iliyonyesha nchini kote kwenye sikukuu ya kuzaliwa kwa Yesu (Krismasi). Viongozi wamesema waliofaariki waliangukiwa na nyuma au kuanguka mitoni. Pamoja na hayo, mvua iliyonyesha karibu masaa matano imeharibu nyumba 113 na ha 42 za mimea zimezamaa. Kwa hiyo, […]
Abantu 12 bishwe n’imvura yaguye kuri Noheli- MINEMA
Minisiteri y’Ubutabazi (MINEMA) itangaza ko abantu 12 ari bo bimaze kumenyekana ko bishwe n’imvura yaguye kuri uyu wa 25 Ukuboza 2019 mu gihugu hose. Ibi byatangarijwe mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 26 Ukuboza, cyibandaga ku kurebera hamwe ibibazo byasizwe n’imvura yaraye iguye mu ijoro ryakeye aho yangije byinshi nk’ibikorwaremezo idasize n’ubuzima bw’abantu. Hanarebwaga kandi […]
Gakenke Umwarimu n’umunyeshuri baguwe gitumo basambanira muri geto
Umwarimu witwa Nzuwonemeye Apollinaire nâumunyeshuri, Umubyeyi Flora basanzwe mu nzu yakodeshejwe nâumwarimu mu Murenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke bari mu bikorwa byâubusambanyi. Amakuru Bwiza.com ifite ni uko aba uyu mugabo wâimyaka 50 yahuriraga nâuyu mukobwa wâimyaka 18 muri iyi nzu mu ibanga bari basanzwe bahuriramo mu ibanga ariko umugore we akaza kubimenya. Nzuwonemeye […]
Nobody died on Christmas due to accident, says RNP
It has been a norm for many people to âhave funâ ahead Christmas, some in churches and others in bars and pubs, among other places. Police figures indicate that nine road accidents happened, with zero fatalities and none of them being caused by driving under influence. Most of these accidents are cars hitting trees or […]
Imvura, inyota, inzara, tumwe mu dushya twaranze Noheli 2019
Imvura, inyota, inzara, bimwe mu dushya twaranze noheli ya 2019. Umunsi Mukuru wa Noheli wizihizwa kuwa 25 Ukuboza buri mwaka. Mu Rwanda hari umubare munini wâababakiristu bayizihiza, aho biteganyijwe ko izaba kuwa Gatatu muri uyu mwaka wa 2019. Umunsi wâibyishimo ujyana no kugira ibishimishije byâuwo munsi ndetse no kongera kwibuka ibinejeje byabaye mu minsi yabanje. […]
Cristiano vs Messi: Urutonde rw’abasitari binjije atubutse mu 2019

Urutonde rwatangajwe na Forbes muri uyu mwaka wa 2019, ruriho abasitari binjije akayabo ariko Cristiano Ronaldo ukinira Juventus yo mu Butaliyani ari hejuru ya mukeba we, Lionel Messi ukinira Fc Barcelona yo muri Esipanye. Ni urutonde ruybowe na Floyd Mayeather ukina umukino w’iteramakofe. Ni umwanya amaze imyaka itanu ashyirwaho yikurikiranya.
Rwanda’s economy will be growing at a 10% rate per year in 2050, says MINECOFIN
The Minister of Finance and Economic Planning, Dr. Uzziel Ndagijimana has announced that for âVision 2050â to materialize, the economy will have to be growing at a 10% rate per year. âVision 2050 is a set of long-term, income-based goals that aim for upper-middle-income status by 2035 and high-income status by 2050. With this vision, […]
Twakijije Congo Mobutu na bagenzi be batinyaga- Gen. Mubarak Muganga
Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali n’Intara y’Iburasirazuba, Maj. Gen. Mubarak Muganga avuga ko gukuraho ubutegetsi bwa Mobutu Sese Seko muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (Zaire icyo gihe) ari igikorwa cy’intashyikirwa ku ri Congo na Afurika muri rusange. Ingabo z’u Rwanda mu 1996 zafashije inyeshyamba itaravugaga rumwe na Mobutu, Laurent DĂ©sirĂ© Kabila […]
Hirya no hino: Noheli isanze hari abari mu maganya yo kutigondera ibyo kurya

Umunsi Mukuru wa Noheli wizihizwa kuwa 25 Ukuboza buri mwaka. Mu Rwanda hari umubare munini wâababakiristu bayizihiza, aho biteganyijwe ko izaba kuwa Gatatu muri uyu mwaka wa 2019. Umunsi wâibyishimo ujyana no kugira ibishimishije byâuwo munsi ndetse no kongera kwibuka ibinejeje byabaye mu minsi yabanje. Si sakirirego yewe nâiyo hatangira kwitegurwa uko undi wazagenda cyane […]
Umugabo wanjye ntatera akabariro iyo ikipe ye yatsinzwe-umugore w’umukinnyi wo mu Rwanda
Umugore w’umwe mu bakinnyi bakina muri Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu Rwanda avuga ko umugabo we atajya akora imibonano mpuzabitsina iyo ikipe akinira yatsinzwe. Uyu utashatse ko amazina ye atangazwa ku mpamvu z’akazi k’umugabo we, yabwiye Bwiza.com ko ari uko yabimenyereye, kuko umugabo we ari uko ateye. Ati ” Umugabo wanjye ntacyo amarira iyo ikipe […]
Ni nde mugore wazasimbura Perezida Kagame igihe azaba yavuye ku butegetsi mu 2024?

Paul Kagame yatangiye kuyobora u Rwanda nka Perezida ahereye ku nzibacyuho yemejwe nâinteko ishinga amategeko kuva kuwa 17 Mata 2000 kugeza kuwa 25 Kanama 2003. Iki cyemezo cyafashwe nyuma yo kwegura ku bushake kâuwari Perezida icyo gihe Pasiteri Bizimungu tariki 23 Werurwe 2000. Kagame yari asanzwe ari Visi- Perezida akaba na Minisitiri wâIngabo kuva tariki […]
Rwanda: Wajiuliza mwanamke yupi atakayeshika mikoba ya Rais Kagame
Rais Paul Kagame wa Rwanda alisema hadharani kuwa anataka mwanamke ashike mikoba yake. Alisema hilo jana wakati wa mkutano wa Mushikirano mjini Kigali. ” Muongeze mwondo, sijui wanavyodhani wanaume lakini nafasi hii nigenpenda ichukuliwe na mwanamke.” alisema Kagame Kwa sasa wengi wanajiuliza miongoni mwa wanawake nani anaweza kuwa Rais wa Rwanda. Baadhi ya wanaotajwa ni […]