Perezida Museveni ashinjwa kugurisha intwaro Sudani y’Epfo

Raporo y’ indorerezi za Loni iherutse gushyirwa ahabona, yemeje ko Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni agurisha intwaro Leta ya Sudani y’ Epfo. Izi ndorerezi zatangaje ko ku itariki ya 29 Kanama 2017, hari indege nini cyane ipakira imizigo yo mu bwoko bwa Cargo yapakiye amatoni 31 y’ intwaro n’ amasasu yahagurutse Entebbe igwa i […]

Nigeria yatangiye gukura abaturage bayo muri Libya

Perezida wa Nigeria, kuri uyu wa Gatatu, yatangaje ko igihugu cye cyatangiye gucyura abaturage bacyo bari baraheze muri Libya nyuma y’aho isi yose ihagurukiye ikamagana icuruzwa ry’abimukira bajya gukoreshwa ubucakara. Ibi perezida Muhammadu Buhari yabitangaje nyuma y’iminsi mikeya televiziyo ya CNN igaragaje amashusho agaragaza abagabo b’abimukira bari kugurishwa muri Libya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Guverinoma yemewe na […]

Gucika intege kw'abatubuzi byatumye Ibirayi bihenda

Igiciro cy’ibirayi gikomeje guhora hejuru muri Kigali n’ahandi ku buryo biribwa n’uwifite. Zimwe mu mpamvu zivugwa n’abahinzi n’abafatanyabikorwa mu buhinzi, ni imbuto iboneka ihenze, kuko abatubuzi bacibwa intege n’inzira ndende ibaganisha mu gihombo bagahitamo ubuhinzi kurusha ubutubuzi. Ari kwa Mutangana, mu Kiyovu cy’abakene, ku Kinamba na Camp Ninja(Kacyiru) mu mujyiwa Kigali), nta kirayi kigura munsi […]

Koreya ya Ruguru yageze ku ntego yo gukora igisasu yatera aho ishaka hose muri Amerika

Koreya ya Ruguru itangaza ko yageze ku ntego yifuzaga yo gukora igisasu cya kirimbuzi gishobora kurasa aho ari ho hose ku butaka bwa Amerika. Televiziyo y’igihugu cya Koreya ya Ruguru, yatangaje ko icyo gisasu cyitwa Hwasong-15, gifite ingufu nyinshi cyane, kikaba cyageragejwe mu gitondo cyo ku wa 29 Ugushyingo 2017. Iki gisasu cyarashwe mu mazi […]

Umugambi ubushinjacyaha bwatumwe ni uwo kuturimburira mu gihugu cya gereza — Ntirutwa

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusaba urukiko indi minsi 30 yo gukomeza gufunga by’agateganyo abayoboke ba FDU-Inkingi bakurikiranweho ibyaha birimo kurema no gukorana n’imitwe y’abagizi ba nabi. Abaregwa bo bakaba bashinja ubushinjacyaha gukorera ishyaka riri ku butegetsi. Abaregwa bose uko ari batatu;Theophile Ntirutwa, ukuriye FDU-Inkingi mu Mujyi wa Kigali, Venant Abayisenga ukuriye FDU muri Rubavu, na […]

Ibyo ushobora guhura nabyo mu gihe wakunda umuntu ukamwimariramo cyane

Burya ngo ijambo ry’uwo ukunda rishobora gutuma wirirwa neza iteka ibyo akubwiye usanga binyuze umutima, ariko iyo bibaye ikinyuranyo ijambo ry’uwo mwatandukanye rikuraza ijoro ukanuye, ibyo akubwiye bigushengura umutima rimwe na rimwe hakazamo no gukomeretswa bamwe bagashenguka imitima bagata ibiro abandi bigaramiye. Niyo mpamvu Bwiza.com yabakusanyirije ibibi ushobora guhura nabyo mu gihe wimariyemo umuntu ukamuha […]

Sudani: Al-Bashir yamaganye umugambi wa USA wo gucamo igihugu cye ibice bitanu

Nyuma yaho ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’ Iburasirazuba (EAC) bitangarije ko bishyigikiye Perezida wa Sudani, Omar al-Bashir yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifite intego yo kugabanyamo igihugu cye ibice 5. Mu kiganiro cyatambutse kuri Televiziyo y’ igihugu cye, Bashir yagize ati “Tumaze kumenya ko Leta ya Amerika yifuza kongera gucamo ibice bitanu […]

Ruhango: Guhezwa ku mitungo y’urugo ku bagore, ihohoterwa riza ku isonga

Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango, buvuga ko aka karere kugarijwe n’ikibazo cy’ihohoterwa rigikorerwa abagore, bagahezwa ku mitungo y’urugo n’abagabo babo, ari naryo hohoterwa riza ku isonga mu yandi. Rugendo Byiringiro Jean, umukozi w’akarere ka Ruhango ushinzwe uburinganire n’iterambere ry’umuryango, avuga ko kimwe n’ahandi hirya no hino mu gihugu, no mu karere ka Ruhango hakigaragara ihohoterwa, ariko […]

RDC: Abasirikare n’abapolisi basubiranyemo bapfa imifuka 10 y’urumogi

Abashinzwe iperereza mu gisirikare cya FARDC muri weekend ishize ngo basubiranyemo na bagenzi babo b’abapolisi bakorera ahitwa Yamangomia, muri Teritwari ya Basoko bapfa imifuka y’urumogi yafashwe n’iki gipolisi. Amakuru yizewe agera kuri Radio Okapi dukesha iyi nkuru aravuga ko byose byatangiriye kuwa Gatandatu ushize kuri bariyeri ya polisi ya Yamongomia ubwo hafatwaga umuntu ufite imifuka […]

Franà§ois Mitterand yarinze apfa atamennye ibanga yari afitanye na Perezida Habyarimana

Ubucuti bwa Juvenal Habyarimana n’ abayoboraga u Bufaransa bwatangiye kumenyekana ubwo Gregoire Kayibanda yahirikwaga ku butegetsi ku itariki 5 Nyakanga 1973, ariko buza kurushaho gukomera ubwo Francois Mitterand yasimburaga Valery Giscar d’ Estaing. Imikoranire yo hafi mu bya gisirikare, ubukungu no gusangira ukwemera bishingiye ku idini Gatolika, ni bimwe mu nkingi zaranze umubano hagati ya […]

Ngoma: Gutangira serivisi ubuntu byatumye urubyiruko rwitabira kwikebesha

Urubyiruko rwo mu Murenge wa Mutendeli mu Karere ka Ngoma rusaga 800 rumaze kwitabira ku bwinshi gahunda yo kwikebesha (kwisiramuza) guhera mu mwaka wa 2011 nyuma yuko abaganga bo mu ngabo z’u Rwanda zikorera mu bitaro bya gisirikare i Kanombe batangiriye kuyitangira ku kigo nderabuzima kibarizwa muri uyu murenge kandi ku buntu. Abashakaga iyi serivisi […]

Nyabihu: Gucuruza Mituyu, abayobozi mu karere babifata nk'ibyateza imbere abagore

Bamwe mu bayobozi bo mu karere ka Nyabihu, buvuga ko kateje abagore imbere bo bakabanenga kutababa hafi mu bikorwa byabo bibyara inyungu nyinshi, bamwe bagahitamo gucuruza Mituyu ku mihanda, akazi bafata nk’agasuzuguritse. Mu kiganiro bagiranye na Bwiza.com, abayobozi mu karere ka Nyabihu bavuga ko iterambere ry’umugore rihagaze neza mu bijyanye no kwiteza imbere. Ubwo abakozi […]

Ese koko Dogo Janja yaba afite aho ahuriye n’urupfu rwa Ndikumana Katauti?

Amakuru aturuka mu gihugu cya Tanzania aravuga ko umubano wa Irene Uwoya n’umugabo we baherutse gushyingiranwa, Dogo Janja, waba utifashe neza muri iyi minsi kuva Katauti Ndikumana, wahoze ari umugabo we, yakwitaba Imana. Uwoya ngo akaba anatekereza ko Dogo Janja ari we ntandaro y’urupfu rwa Katauti. Amakuru dukesha urubuga rwa udakuspecially rwo muri Tanzania aravuga […]

BrĂ©sil : Hibutswe abakinnyi n’abayobozi bapfiriye mu mpanuka y’indege

Umwaka urashije abakinnyi n’abayobozi 71 b’ikipey’umupira w’amaguru yo muri BrĂ©sil ‘Chapacoense’ bitabye Imana bazize impanuka y’indege 2933 LaMia ubwo bajyaga muri Colombie gukina na AthlĂ©tico Nacional umukino wa nyuma w’igikompe cya Copa Sudamericana, kuri uyu wa Kabiri ku musozi witiriwe iyi kipe ‘Chapacoense’ bahaye icyubahiro izo nzirakarengane. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Ugushyingo […]

Niba wajyaga usuzugura avoka, ukwiye kumenya akamaro kayo ku buzima bwawe

Abantu benshi basuzugura urubuto rw’avoka ndetse cyane mu muco w’abanyarwanda ngo avoka ni iz’abana. Hari n’umuntu wambwiye ngo ubundi abagabo bo mu Rwanda ntibari bazi kurya avoka ngo babyigishijwe n’abazungu , nabwo ngo babanje kubaseka cyane bavuga ko nta mugabo urya avoka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Na n’ubu hari abumva ko avoka zikiri iz’abana.Nyamara abahanga mu buzima […]

Bwa mbere mu mateka ya Bruce Melody, yakandagije ikirenge ku mugabane w'u Burayi

Umuhanzi Bruce Melody arabarizwa ku mugabane w’u Burayi, mu gihugu cy’u Bubiligi aho agiye gutaramira Abanyarwanda n’incuti zabo zihabarizwa, iyi ikaba ari inshuro ya mbere uyu muhanzi abashije gukandagiza ikirenge kuri uyu mugabane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu mateka ya Bruce Melody ni bwo agiye gukorera igitaramo mu Bubiligi kuva yakwinjira mu ruhando rw a muzika mu […]

Guverineri Gatabazi yahaye umukoro abayobozi b'ibitaro n'ab'ibigo nderabuzima

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney yasabye Abayobozi b’Ibitaro n’Ibigo Nderabuzima byo mu Ntara y’Amajyaruguru gushyira imbere isuku no kurangwa n’imyitwarire iboneye ndetse bakabitoza abaturage babagana. Atangiza iyi nama kuri uyu wa Mbere, itariki ya 27 Ugushyingo 2017, Guverineri Gatabazi yasabye Abayobozi b’Ibitaro n’Ibigo Nderabuzima kurushaho kwita ku isuku y’aho bakorera no kuyitoza […]

U Bushinwa: Gen Zhang waregwaga ruswa yafashe icyemezo cyo kwiyahura

Umusirikare mukuru mu Bushinwa wari ufite ipeti rya General yafashe icyemezo cyo kwiyahura yimanitse mu mugozi nyuma y’uko yari yatangiye gukorwaho iperereza ku birego bya ruswa nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri n’Ibiro Ntaramakuru by’u Bushinwa, Xinhua. General Zhang Yang, wahoze akuriye urwego rushinzwe imirimo ya politiki mu gisirikare cy’u Bushinwa, yasanzwe iwe yapfuye kuwa […]

Fred Muvunyi n’abandi banyamakuru bibasiye Min. Uwizeye Evode wabise ‘Abahirimbiri’

Abanyamakuru batandukanye barimo na Fred Muvunyi wahoze ari umuyobozi w’Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC) bibasiye Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko, Uwizeyimana Evode, wabise ‘Imihirimbiri’. Iri jambo Min. Uwizeyimana Evode yarivuze ku wa Kabiri tariki ya 28 Ugushyingo 2017, ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko haganirwa ku ngingo ihana icyaha cyo gusebanya, agaragaza ubukene […]

Uko umukinnyi wa sinema Sigourney Weaver yakunze Ingagi akifuza no kuba mu Rwanda

Kuri benshi, Sigourney Weaver bamuzi nk’intwari yo muri filimi “ Alien ”, aho aba yitwa Ripley, ariko ngo uyu mugore ku bwe ngo filimi yakinnye igahindura ubuzima bwe ni iyo yakinnye ari Dian Fossey yitwa “ Gorillas In The Mist ” yanabonye igihembo cya Oscar mu 1988. Uyu mukinnyi wa filimi w’ikirangirire muri Hollywood akaba […]

Muhanga: Abakora isuku mu mihanda barataka inzara baterwa no kumara amezi 6 badahembwa

Abaturage bo mu karere ka Muhanga bakora imirimo y’isuku ku muhanda wa Bulinga-Remera-Kabacuzi ndetse n’umuhanda wa Cyakabiri-Rutobwe-Nyabikenke-Ndusu, bavuga ko inzara ibamereye nabi kubera kumara amezi 6 badahembwa. Ku wa 30 Gicurasi nibwo aba bakozi baheruka ifaranga, amezi 6 akaba ashize badahembwa, bakora buri munsi kuva mu gitondo (06:30) kugera saa sita, umubyizi umwe bagahembwa 1200Frs, […]

Cote d’Ivoire: Perezida Kagame mu bakuru b’ibihugu bya Afurika bitabiriye inama ihuza Afurika n’u Burayi

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame ni umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afurika bamaze kugera I Abidjan muri Cote d’Ivoire, aho bitabiriye Inama ya 5 ihuza Afurika Yunze Ubuumwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. Ni inama biteganyijwe ko itangira kuri uyu wa Gatatu, itariki 29 ikazasoza kuwa Kane, itariki 30 Ugushyingo 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nama ifite […]

Uganda: Impunzi z’Abanyarwanda zigiye kwishinganisha mu nteko ishinga amategeko

Impunzi z’Abanyarwanda n’abazihagarariye kuri uyu wa gatatu biteganyijwe ko zijya kwishinganisha mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda ku mpungenge ngo zifite zo gushimutwa n’abagize inzego z’umutekano z’u Rwanda. Itsinda ry’izi mpunzi zitegerejwe muri iyi nteko ishinga Amategeko ya Uganda kuri uyu wa Gatatu, itariki 29 Ugushyingo, ku isaha ya saa tanu z’amanywa, aho zigomba kubonana […]

Kayonza: Yahisemo guca undi muryango mu nzu yabanagamo n’umugore amuhunga

Uwitwa Ngerageze Jean Baptiste utuye mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza yafashe icyemezo cyo guca undi muryango mu nzu yabanagamo n’umugore we mu rwego rwo kumuhunga ngo kubera ubwumvikane bucye bafitanye. Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, umugore yavuze ko uyu mugabo we afunze umutwe kandi ko yamucaga inyuma ntahahire n’urugo bityo ko bamaze imyaka […]

RDC: FARDC yisubije agace yari yakuwemo n’inyeshyamba

Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kabiri, itariki 28 Ugushyingo cyigaruriye agace ka Kilembwe kari kamaze icyumweru mu maboko y’imutwe ya Mai-Mai Yakutumba na Mai-Mai Malaika. Amakuru aturuka mu gisirikare aravuga ko ku Cyumweru bari babanje kwigarurira bitabaruhije umuhanda uhuza agace ka Lulimba na Kilembwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Naho mu ijoro ryo […]

Iyo inganzo gakondo nyarwanda irenze i Kanombe igira agaciro kanini- Intore Semanza JB

Abahanzi gakondo nyarwanda bagize amahirwe yo kwitabira amaserukiramuco mpuzamahanga batangazwa no kubona uburyo inganzo yabo yubahwa mu bihugu byo hanze ariko Abanyarwanda bakabifata nk’ ibisanzwe. Mu gihe cyose u Rwanda rwagiye ruhagararirwa mu bitaramo ndetse n’ amarushanwa mpuzamahanga, abahanzi gakondo nyarwanda ntibahwemye kwegukana ibikombe bya mbere. Mu rwego rwo kumenya impamvu inganzo gakondo nyarwanda igira […]

U Burusiya bwabuze icyogajuru nyuma y’amasaha make cyoherejwe mu kirere

Icyogajuru cy’u Burusiya cyagenewe gukora iby’iteganyagihe cyari kimaze amasaha make cyoherejwe kimaze kuburirwa irengero mu isanzure ry’ikirere,ni amakuru yemezwa n’abahanga bo mu kigo Roscosmos bagikurikiraniraga hafi .   Iki cyogajuru Meteor-M NÂș 2-1 cyoherejwe mu kirere giturutse ahitwa Vostochny Cosmodrome, ngo cyamaze gutakaza itumanaho n’Ikigo cy’u Burusiya gishinzwe iby’ibyogajuru bita ‘Russia State Space Corporation Roscosmos […]

Intambara Inkotanyi zarwanye na FAR ya Juvenal Habyarimana yatumye Amerika ibyungukiramo- Col. J.Hogard

Umusirikare w’ umufaransa, Col. Jacques Hogard wigeze kuyobora amatsinda 3 muri “Operation Turquoise ” yemeza ko Leta Zunze za Amerika zimaze kubabazwa cyane no kubona u Bufaransa bugira imbaraga mu Karere k’ Ibiyaga Bigali, zahise zifata ingamba z’ uburyo zakwigizayo iki gihugu. Hogard yishingikiriza ahanini ibikubiye mu nyandiko ya The Guardian “America’s secret role in […]

Uganda: Umukuru w’igipolisi mu karere n’umukuru wa CID birukanwe bazira kwiba inka

Umukuru w’Igipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura yirukanye umuyobozi w’igipolisi n’uwari ukuriye iperereza mu karere ka Sheema bazira kwiba inka z’umuntu wakekwagaho ibyaha. Aba bapolisi bakuru birukanwe ni SP Innocent Mubangizi ndetse n’ukuriye CID witwa Paddy bashinjwa n’uwitwa John Bashara kumutwarira inka kandi ntibahanwe. Uyu akaba yaratakambiye IGP Kayihura amusaba kumurenganura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu butumwa […]

CAF: Umugande Denis Onyango ni we ugaragara ku rutonde rw'abahatanira ibihembo udakina hanze ya Afurika

CAF (Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika), yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi bazatoranywamo umwiza w’umwaka ku mugabane wa Afurika, ndetse bazanatoranywamo umukinnyi w’umwaka ariko mu bakina imbere mu bihugu byabo ku mugabane wa Afurika, Umugande Denis Onyango akaba ari we wenyine udakina hanze ya Afurika ururiho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkuko bisanzwe bigenda abakinnyi batoranwa n’abagize akanama k’inzobere […]

Rubavu: Inyenyeri imurikira Bugeshi, irakira inzora isi yose

Mudenge Boniface, impirimbanyi y’ubumwe n’ubwiyunge ubu arabarizwa I New York muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, aho agiye gushyikirizwa igihembo yagenewe n’umuryango Search for common ground we n’abandi batanu baharaniye ko amahoro arambye atashingira ku ivangura. Uyu Mudenge, yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko aza gushinga umuryango Inyenyeri itazima, agamije imuri nyinshi z’iyo nyenyeri zakungikanya […]

Abagabo barongora babaye ab’ibura, muri Islande umwimukira urongoye umukobwa waho ahabwa 5 000 $

Kubera ibura ry’abagabo mu gihugu cya Islande kiri ku mugabane w’i Burayi, Leta yashyizeho amafaranga ku muntu uzajya arongora umukobwa waho, akazajya ahembwa buri kwezi. Ibihumbi 5 by’amadorali ya Amerika, niyo umwimukira uzajya arongora umukobwa wabo azajya ahembwa na Guverinoma buri kwezi, ushyize mu manyarwanda asaga miliyoni 4 buri kwezi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru The Spirit […]

Sudani y’Epfo: Umunyamakuru wavuze ku mubonano wa Museveni na Omar Bashir ari mu mazi abira

Umunyamakuru wo muri Sudani y’Epfo ukorera televiziyo y’igihugu yatawe muri yombi azira gutangaza ko perezida wa Sudani, Omar al-Bashir yaba arimo kureshya abanyapolitiki bo mu karere ngo bamufashe kongera kugira Sudani zombi igihugu kimwe. Uyu munyamakuru witwa Poth Johnson Matur Akec, ukorera SSBC (South Sudan Broadcasting Corporation), yatawe muri yombi kuwa 20 Ugushyingo n’inzego z’umutekano […]

Ubushakashatsi buvuga iki ku kwihagarika mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina?

Kwihagarika mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina byajyaga bifatwa nka bumwe mu buryo bushobora gufasha kwirinda indwara zifata imiyoboro y’inkari (UTI), abahanga mu buvuzi bw’izo ndwara bagaragaje ko ahubwo byongera ibyago byo kuzandura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abaganga b’indwara zifata imiyoboro y’inkari (Urologist) bagaragaje ko iki kibazo cyibasira cyane abagore kurusha abagabo. David Kauffman, ukorera i New York […]

Ikinamico : Agathon Rwasa ahagarariye abarwanya Leta ya Nkurunziza mu biganiro kandi ayikorera

Kuva ku wa mbere tariki ya 27 Ugushyingo 2017, muri Tanzania, hatangiye ibiganiro bigamije gushakira umuti ibibazo by’u Burundi bishingiye kuri politiki, ariko bamwe ntibashyira amakenga abatumirwa, ko haba harimo abari mu kwaha kwa Leta kandi biyita abayirwanya. Ibi biganiro byitabiriwe n’abahagarariye imitwe ya politiki n’imiryango ariko byunze ubumwe na Leta y’u Burundi n’abandi bavuga […]

Padiri Ubald yakoze filimi igiye kurushaho gushimangira ubumwe n’ubwiyunge by’Abanyarwanda

Padiri Ubald Rugirangoga wo muri Kiliziya Gaturika umaze kumenyerwaho kugira uruhare mu bwiyunge no gutanga ubutumwa bukiza, yashyize ahagaragara filimi mbarankuru amaze igihe ategura ivuga ku kuntu Abanyarwanda bemeye kubabarirana nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi filimi yiswe mu Cyongereza “ Forgiveness the Secret of Peace ”, ugenekereje mu Kinyarwanda ukaba wavuga, “Kubabarira […]

Muhanga: Imibare y’abo akarere kagaragaza ko bahawe amashanyarazi igaragaramo itekinika

Ubwo abasenateri bagize komisiyo y’iterambere ry’ubukungu n’imari muri Sena y’u Rwanda, basuraga akarere ka Muhanga, banenze imwe mu mikorere n’imikoranire hagati y’inzego zishinzwe gukwirakwiza amashanyarazi ndetse n’ubuyobozi bw’akarere, imibare batanga ntihura, ibi bakaba babifata nk’itekinika. Muri ibi biganiro abasenateri bagaragaje raporo iyi komosiyo yavanye muri Minisiteri y’ibikorwaremezo (MININFRA) igaragaza ko abaturage bangana na 39,4% aribo […]

New Zealand: Depite Ghahraman akomeje kwibasirwa anengwa ko yaburaniye abakoze jenoside mu Rwanda

Depite Golriz Ghahraman uhagarariye ishyaka Green Party mu Nteko Ishinga Amategeko ya New Zealand yibasiwe bikomeye anengwa kubera uruhare yagize mu kunganira abashinjwaga uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu rukiko rwa Arusha. Umunya-New Zealand mugenzi we, Phil Quin wabaye mu Rwanda imyaka 3 ni umwe mu bakomeje kunenga abunganiraga abagize uruhare muri jenoside ndetse akanenga […]

Nasanze agakingirizo kakoreshejwe mu cyumba cy’umusore dukundana, yanze kumbwira uwo basambanye- NKORE IKI?

Ndagisha inama: Muraho, mfite umusore dukundana, njye urwo mukunda rurenze uko wenda nabibabwira ngo mubyumve ariko muri week-end naratunguwe cyane, ariko ku buryo n’ubu ntariyumvisha ibyambayeho. Ku wa Gatandatu ubwo habaga umuganda rusange, nka saa tatu nibwo nanyarutse njya kureba umukunzi wanjye, twari twasezeranye ko musura nka 14:00 ariko naricaye ndavuga nti reka ngende kare […]

Paris: Abanye-Congo bibasiye Umunyamakuru bamuziza gushimira Perezida Kagame

Nyuma y’ iminsi 2 gusa, u Rwanda rwemeye kwakira abirabura bafashwe bucakara muri Libiya, abanye-Congo batuye i Paris mu Bufaransa bibasiye umunyamakuru wa RFI, Claudy Siar bamuhora ko avuga ibigwi Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame, amushimira kuba yaremeye kubakira. Byatangiye ubwo Claudy Siar wagaragaye cyane yamagana ubugome abanyafurika bakorewe muri Libiya atumirwa na Monde/Afrique, […]

Byinshi utari uzi kuri Lionel Messi wongereye amasezerano muri FC Barcelona

Rutahizamu wa FC Barcelona ukomoka mu gihugu cya Algentine, Lionel Messi , niwe mukinnyi wenyine uvuka hanze ya Espagne umaze kuyikinira imikino irenga 600, uyu mukinnyi akaba yongereye amasezerano n’iyi kipe azamugeza 2021. Lionel Andreas Messi Cuccitini w’imyaka 30, yaboneye izuba i Rosario mu Majyaruguru ya Algentine ku wa 24 Kamena 1987, avuka kuri Jorge […]

Gisagara: Icyaro kirimo kirahinduka umujyi, mu ishusho y'ubukene bigeze hari intambwe yatewe

Akarere ka Gisagara kari kazwiho icyaro ariko kirimo kirahinduka umujyi ari nako ubuzima bw’abahatuye buhinduka bwiza umunsi ku wundi n’ubwo hari ishusho yo kuba munsi y’umurongo w’ubukene babayemo. Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare (National Institute of Statistics of Rwanda ), mu bushakashatsi cyakoze mu mwaka wa 2014, cyagaragaje ko akarere ka Gisagara kari munsi y’umurongo w’ubukene aho […]

Abarwanya Leta ya Nkurunziza barasaba Perezida Magufuli kurekura Lt Col Edouard Nshimirimana na bagenzi be

Umutwe uvuga ko urwanya Leta y’u Burundi, FPB (Forces Populaires du Burundi) urasaba Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli kurekura abayobozi bawo bafashwe n’urwego rw’ubutasi rwa Tanzania, aho bari ubu hakaba hatazwi. FPB imenya Leta ya Tanzania ko mu gihe yaba itagaragaje aho abo bayobozi bawo bari, byayigiraho ingaruka, bikagira ingaruka ku biganiro birimo guhuza […]

Benshi bibeshya ku gihe imibonano mpuzabitsina ikozwe neza igomba kumara

Abantu benshi bakunda kwibaza igihe cya nyacyo imibonano mpuzabitsina igomba kumara. Abagabo ahanini, nibo bakunda kugira impungenge z’igihe byasaba ngo bashimishe abagore babo. Mu mwaka wa 2005, nibwo Dr Irwin Goldstein yagaragaje ko iminota 7 ariyo minota nibura ihagije ngo abashakanye banyurwe n’akabariro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yaho nibwo Dr Eric Corty yagize nawe icyo abitangazaho. […]

Abagande bakwiye gushima Imana ku bw’amahoro bafite ubu— Perezida Museveni

Ubwo bizihizaga Yubile y’imyaka 50 ya Diosezi ya Jinja iherereye mu ntara ya Tororo, Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yashimiye amadini uruhare yagize mu kugarura amahoro n’ubumwe mu gihugu cya Uganda kandi agashimangira ko Abagande bakwiye gushima Imana bikomeye cyane ku mahoro bafite ubu. Umuhango wo kwizihiza iyi yubile wabereye muri Catederali ya Mutagatifu Yozefu […]

Kunganya kwa APR FC byatumye ikomeza gutakaza umwanya wa mbere

Ubwo shampiyona y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere (Azam Rwanda Premier League) yakomezaga hakinwa umukino w’umunsi wa munani, ikipe ya APR FC yananiwe kwikura imbere ya Mukura VS binganya 1-1, ikomeza gutakaza amahirwe yo kuba yaza ku mwanya wa mbere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni umukino wakiniwe kuri sitade Amahoro i Remera, kuri iki cyumweru tariki ya […]

Uganda: Umunyarwandakazi yafatanywe ibiyobyabwenge

Umunyarwandakazi, Beatrice Isaro yafatanywe ibiyobyabwenge ku kibuga cy’ Indege cya Entebbe muri Uganda, kuri iki cyumweru tariki ya 26 Ugushyingo 2017. Polisi ishinzwe umutekano ku kibuga cy’indege cya Entebbe yatangaje ko ibi biyobyabwenge byo mu bwoko bwa Cocaine byafashwe byari bifite agaciro ka miliyoni 397 y’ amashilingi akoreshwa muri Uganda. Beatrice Isaro, usanzwe ari umuforomokazi […]

Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta y’ u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli

Nyuma yaho Leta y’ u Rwanda yiyemeje kwakira abirabura bari bafahwe bugwate ndetse bucakara muri Libiya, abayirwanya barimo n’abavugira mu bihugu by’ amahanga bakomeje kuvuga ko u Rwanda rudafite ubushobozi bwo kwakira ibyo bihumbi by’ impunzi. Ku ruhande rwa opozisiyo ivuga ko itewe impungenge no kuba u Rwanda ruri mu biganiro na Israel ndetse n’Umuryango […]

Diamond yaribye, arabengwa kubera ubukene, ubu yishimira aho ageze muri muzika

Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, yavuze ko aho ageze ubu ahakesha Nyagasani, by’umwihariko ko atari azi ko yahagera bitewe n’ubuzima bwa gikene yabagamo mu muryango. Diamond avuga ko indirimbo ya mbere yakoze, amafaranga yishyuye muri studio yayibye, akongera agakomoza ku mateka ye mu rukundo, ko umukobwa bakundanye bwa mbere yamubenze, amuzika kuba yari umusore […]

Siriya: Indege z’intambara z’u Burusiya zarashe abantu 53

Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Ukwakira 2017, nibwo Abantu bagera kuri 53 barimo abana 21 bishwe n’indege z’intambara z’Abarusiya abandi 18 barakomereka. Aya makuru yatangajwe n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu muri Siriya ariko ukaba ufite icyicaro mu Bwongereza, ko abo bantu biciwe mu gace kagenzurwa n’imitwe ya Kisilamu mu Burasirazuba bwa Siriya. Uyu muryango […]

Rusizi: Abaturage barenga 6000 bafite ubwandu bw’agakoko gatera SIDA

Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi, buvuga ko ubwandu bw’agakoko gatera SIDA mu mirenge ya Kamembe na Bugarama usanga bukiri hejuru cyane kubera impamvu zitandukanye, mu karere kose habarurwa abarenga 6000 bakurikiranwa n’ibigo nderabuzima n’ibitaro. Mu biganiro byahuje ubuyobozi bw’akarere n’abafite mu nshingano zabo ibijyanye no kurwanya ubwandu bw’agakoko gatera SIDA muri aka karere n’ihuriro ry’abagize inteko […]

Burundi: Abaherutse guca abana ibiganza babaziza ibigori bakaniwe urubakwiye

Urukiko Rukuru rw’Intara ya Gitega mu gihugu cy’u Burundi rwakatiye imyaka 20 ndetse n’imyaka 4 y’igifungo abantu babiri baherutse guca ibiganza abana abana babiri nyuma yo kubafatira mu murima w’ibigori kuri uyu wa gatatu ushize muri Komini Itaba, Intara ya Gitega. Abakatiwe ni umusore w’imyaka 19 wahanishijwe gufungwa imyaka 20 n’indishyi ya miliyoni 8, mu […]

Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda

Kuvuga ko imigambi yo gutera u Rwanda ikunze gupangirwa i Kampala muri Uganda ndetse n’ i Paris mu Bufaransa, byashimangiwe ahanini n’ umunyamakuru kandi umusesenguzi mu bya politiki, Albert Rudatsimburwa ubwo yari mu kiganiro « Mu bivugwa mu makuru » kuri Contact TV. Kuva jenoside yakorewe Abatutsi yaba muri 1994, benshi mu byakoze bahise bajya […]

Uganda: Umuyobozi mushya wa FDC yijeje kwigomeka ku butegetsi kugeza buvuyeho

Patrick Oboi Amuriat uherutse gutsindira umwanya w’ubuyobozi bw’ishyaka FDC asimbura Gen (Rtd) Mugisha Muntu, mu gihugu cya Uganda, yijeje ko mu byo ashyize imbere muri manda ye ari ugutegura imyigaragambyo karundura igamije kwirukana perezida Museveni ku butegetsi. Patrick Oboi Amuriat bakunda kwita mu mpine, POA, yatsinze amatora y’umuyobozi wa FDC ku majwi 641 mu gihe […]

Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bw’akarere bwarukoresheje rushonje

Akarere ka Kicukiro kari kagize igitekerezo cyo gufasha urubyiruko rwavuye ku Kirwa cya Iwawa kugirango rubashe kwihangira umurimo ariko rurakanenga kuba kararukoresheje imirimo y’ubuhinzi, katarugaburira, nta bwishingizi by’umwihariko n’ibyo bejeje ntihagire icyo birumarira. Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo abasore bagera muri 50 batangiye ibiganiro njyanama n’akarere, muri Gicurasi nibwo batangiye guhinga, beza imboga muri Nzeri, […]

Mali: Abasirikare bane ba Loni biciwe mu bitero bibiri bitandukanye

Abasirikare bane b’Umuryango w’Abibumbye muri Mali kuri uyu wa Gatanu ushize biciwe mu bitero bibiri bitandukanye nk’uko byemejwe n’Umuryango w’Abibumbye. Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Mali, MINUSMA, bukaba bwemeje ko abandi basirikare benshi bakomerekeye ahitwa Meneka hafi y’umupaka wa Niger nk’uko iyi nkuru dukesha Africanews ikomeza ivuga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwenegihugu bw’aba basirikare bane bishwe ntibwahise butangazwa […]

U Bubiligi : Abanyarwanda n’abandi banyafurika bamaganye ubucakara bukorerwa Abanyafurika muri Libya

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 25 Ugushyingo 2017, Abanyarwanda baba mu gihugu cy’u Bubiligi bifatanyije n’abandi banyafurika bahaba ndetse n’inshuti z’abazungu mu myigaragambyo ikaze yo kwamagana ubucakara bukorerwa Abanyafurika muri Libya. Ni imyigaragambyo yahuriyemo abantu benshi b’Abanyafurika bakomoka mu bihugu byose n’inshuti z’Abanyaburayi n’ahandi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Bubiligi dukesha Umunyarwanda, Rutayisire […]