Perezida Museveni ashinjwa kugurisha intwaro Sudani yâEpfo
Raporo yâ indorerezi za Loni iherutse gushyirwa ahabona, yemeje ko Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni agurisha intwaro Leta ya Sudani yâ Epfo. Izi ndorerezi zatangaje ko ku itariki ya 29 Kanama 2017, hari indege nini cyane ipakira imizigo yo mu bwoko bwa Cargo yapakiye amatoni 31 yâ intwaro nâ amasasu yahagurutse Entebbe igwa i […]
Nigeria yatangiye gukura abaturage bayo muri Libya
Perezida wa Nigeria, kuri uyu wa Gatatu, yatangaje ko igihugu cye cyatangiye gucyura abaturage bacyo bari baraheze muri Libya nyuma yâaho isi yose ihagurukiye ikamagana icuruzwa ryâabimukira bajya gukoreshwa ubucakara. Ibi perezida Muhammadu Buhari yabitangaje nyuma yâiminsi mikeya televiziyo ya CNN igaragaje amashusho agaragaza abagabo b’abimukira bari kugurishwa muri Libya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Guverinoma yemewe na […]
Gucika intege kw'abatubuzi byatumye Ibirayi bihenda
Igiciro cyâibirayi gikomeje guhora hejuru muri Kigali nâahandi ku buryo biribwa nâuwifite. Zimwe mu mpamvu zivugwa nâabahinzi nâabafatanyabikorwa mu buhinzi, ni imbuto iboneka ihenze, kuko abatubuzi bacibwa intege nâinzira ndende ibaganisha mu gihombo bagahitamo ubuhinzi kurusha ubutubuzi. Ari kwa Mutangana, mu Kiyovu cyâabakene, ku Kinamba na Camp Ninja(Kacyiru) mu mujyiwa Kigali), nta kirayi kigura munsi […]
Koreya ya Ruguru yageze ku ntego yo gukora igisasu yatera aho ishaka hose muri Amerika
Koreya ya Ruguru itangaza ko yageze ku ntego yifuzaga yo gukora igisasu cya kirimbuzi gishobora kurasa aho ari ho hose ku butaka bwa Amerika. Televiziyo yâigihugu cya Koreya ya Ruguru, yatangaje ko icyo gisasu cyitwa Hwasong-15, gifite ingufu nyinshi cyane, kikaba cyageragejwe mu gitondo cyo ku wa 29 Ugushyingo 2017. Iki gisasu cyarashwe mu mazi […]
Umugambi ubushinjacyaha bwatumwe ni uwo kuturimburira mu gihugu cya gereza â Ntirutwa
Ubushinjacyaha bwâu Rwanda bwongeye gusaba urukiko indi minsi 30 yo gukomeza gufunga byâagateganyo abayoboke ba FDU-Inkingi bakurikiranweho ibyaha birimo kurema no gukorana nâimitwe yâabagizi ba nabi. Abaregwa bo bakaba bashinja ubushinjacyaha gukorera ishyaka riri ku butegetsi. Abaregwa bose uko ari batatu;Theophile Ntirutwa, ukuriye FDU-Inkingi mu Mujyi wa Kigali, Venant Abayisenga ukuriye FDU muri Rubavu, na […]
Ibyo ushobora guhura nabyo mu gihe wakunda umuntu ukamwimariramo cyane
Burya ngo ijambo ryâuwo ukunda rishobora gutuma wirirwa neza iteka ibyo akubwiye usanga binyuze umutima, ariko iyo bibaye ikinyuranyo ijambo ryâuwo mwatandukanye rikuraza ijoro ukanuye, ibyo akubwiye bigushengura umutima rimwe na rimwe hakazamo no gukomeretswa bamwe bagashenguka imitima bagata ibiro abandi bigaramiye. Niyo mpamvu Bwiza.com yabakusanyirije ibibi ushobora guhura nabyo mu gihe wimariyemo umuntu ukamuha […]
Sudani: Al-Bashir yamaganye umugambi wa USA wo gucamo igihugu cye ibice bitanu
Nyuma yaho ibihugu bigize Umuryango wa Afurika yâ Iburasirazuba (EAC) bitangarije ko bishyigikiye Perezida wa Sudani, Omar al-Bashir yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifite intego yo kugabanyamo igihugu cye ibice 5. Mu kiganiro cyatambutse kuri Televiziyo yâ igihugu cye, Bashir yagize ati “Tumaze kumenya ko Leta ya Amerika yifuza kongera gucamo ibice bitanu […]
Ruhango: Guhezwa ku mitungo yâurugo ku bagore, ihohoterwa riza ku isonga
Ubuyobozi bwâakarere ka Ruhango, buvuga ko aka karere kugarijwe nâikibazo cyâihohoterwa rigikorerwa abagore, bagahezwa ku mitungo yâurugo nâabagabo babo, ari naryo hohoterwa riza ku isonga mu yandi. Rugendo Byiringiro Jean, umukozi wâakarere ka Ruhango ushinzwe uburinganire nâiterambere ryâumuryango, avuga ko kimwe nâahandi hirya no hino mu gihugu, no mu karere ka Ruhango hakigaragara ihohoterwa, ariko […]
RDC: Abasirikare nâabapolisi basubiranyemo bapfa imifuka 10 yâurumogi
Abashinzwe iperereza mu gisirikare cya FARDC muri weekend ishize ngo basubiranyemo na bagenzi babo bâabapolisi bakorera ahitwa Yamangomia, muri Teritwari ya Basoko bapfa imifuka yâurumogi yafashwe nâiki gipolisi. Amakuru yizewe agera kuri Radio Okapi dukesha iyi nkuru aravuga ko byose byatangiriye kuwa Gatandatu ushize kuri bariyeri ya polisi ya Yamongomia ubwo hafatwaga umuntu ufite imifuka […]
Franà §ois Mitterand yarinze apfa atamennye ibanga yari afitanye na Perezida Habyarimana
Ubucuti bwa Juvenal Habyarimana nâ abayoboraga u Bufaransa bwatangiye kumenyekana ubwo Gregoire Kayibanda yahirikwaga ku butegetsi ku itariki 5 Nyakanga 1973, ariko buza kurushaho gukomera ubwo Francois Mitterand yasimburaga Valery Giscar dâ Estaing. Imikoranire yo hafi mu bya gisirikare, ubukungu no gusangira ukwemera bishingiye ku idini Gatolika, ni bimwe mu nkingi zaranze umubano hagati ya […]
Ngoma: Gutangira serivisi ubuntu byatumye urubyiruko rwitabira kwikebesha
Urubyiruko rwo mu Murenge wa Mutendeli mu Karere ka Ngoma rusaga 800 rumaze kwitabira ku bwinshi gahunda yo kwikebesha (kwisiramuza) guhera mu mwaka wa 2011 nyuma yuko abaganga bo mu ngabo zâu Rwanda zikorera mu bitaro bya gisirikare i Kanombe batangiriye kuyitangira ku kigo nderabuzima kibarizwa muri uyu murenge kandi ku buntu. Abashakaga iyi serivisi […]
Nyabihu: Gucuruza Mituyu, abayobozi mu karere babifata nk'ibyateza imbere abagore
Bamwe mu bayobozi bo mu karere ka Nyabihu, buvuga ko kateje abagore imbere bo bakabanenga kutababa hafi mu bikorwa byabo bibyara inyungu nyinshi, bamwe bagahitamo gucuruza Mituyu ku mihanda, akazi bafata nk’agasuzuguritse. Mu kiganiro bagiranye na Bwiza.com, abayobozi mu karere ka Nyabihu bavuga ko iterambere ryâumugore rihagaze neza mu bijyanye no kwiteza imbere. Ubwo abakozi […]
Ese koko Dogo Janja yaba afite aho ahuriye nâurupfu rwa Ndikumana Katauti?
Amakuru aturuka mu gihugu cya Tanzania aravuga ko umubano wa Irene Uwoya nâumugabo we baherutse gushyingiranwa, Dogo Janja, waba utifashe neza muri iyi minsi kuva Katauti Ndikumana, wahoze ari umugabo we, yakwitaba Imana. Uwoya ngo akaba anatekereza ko Dogo Janja ari we ntandaro yâurupfu rwa Katauti. Amakuru dukesha urubuga rwa udakuspecially rwo muri Tanzania aravuga […]
BrĂ©sil : Hibutswe abakinnyi nâabayobozi bapfiriye mu mpanuka yâindege
Umwaka urashije abakinnyi nâabayobozi 71 bâikipeyâumupira wâamaguru yo muri BrĂ©sil âChapacoenseâ bitabye Imana bazize impanuka yâindege 2933 LaMia ubwo bajyaga muri Colombie gukina na AthlĂ©tico Nacional umukino wa nyuma wâigikompe cya Copa Sudamericana, kuri uyu wa Kabiri ku musozi witiriwe iyi kipe âChapacoenseâ bahaye icyubahiro izo nzirakarengane. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Ugushyingo […]
Niba wajyaga usuzugura avoka, ukwiye kumenya akamaro kayo ku buzima bwawe
Abantu benshi basuzugura urubuto rw’avoka ndetse cyane mu muco wâabanyarwanda ngo avoka ni izâabana. Hari nâumuntu wambwiye ngo ubundi abagabo bo mu Rwanda ntibari bazi kurya avoka ngo babyigishijwe nâabazungu , nabwo ngo babanje kubaseka cyane bavuga ko nta mugabo urya avoka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Na nâubu hari abumva ko avoka zikiri izâabana.Nyamara abahanga mu buzima […]
Bwa mbere mu mateka ya Bruce Melody, yakandagije ikirenge ku mugabane w'u Burayi
Umuhanzi Bruce Melody arabarizwa ku mugabane w’u Burayi, mu gihugu cy’u Bubiligi aho agiye gutaramira Abanyarwanda n’incuti zabo zihabarizwa, iyi ikaba ari inshuro ya mbere uyu muhanzi abashije gukandagiza ikirenge kuri uyu mugabane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu mateka ya Bruce Melody ni bwo agiye gukorera igitaramo mu Bubiligi kuva yakwinjira mu ruhando rw a muzika mu […]
Guverineri Gatabazi yahaye umukoro abayobozi b'ibitaro n'ab'ibigo nderabuzima
Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney yasabye Abayobozi bâIbitaro nâIbigo Nderabuzima byo mu Ntara y’Amajyaruguru gushyira imbere isuku no kurangwa n’imyitwarire iboneye ndetse bakabitoza abaturage babagana. Atangiza iyi nama kuri uyu wa Mbere, itariki ya 27 Ugushyingo 2017, Guverineri Gatabazi yasabye Abayobozi bâIbitaro nâIbigo Nderabuzima kurushaho kwita ku isuku yâaho bakorera no kuyitoza […]
Rwamagana: Hashize imyaka 7 basaba ingurane zâibyabo byangijwe hakorwa umuyoboro wâamashanyarazi
Abaturage batuye mu mirenge ya Munyiginya,Mwurire na Rubona yo mu karere ka Rwamagana bavuga ko bamaze imyaka 7 basiragira mu nzego zâibanze basaba guhabwa ingurane ku myaka yabo yangijwe ubwo hakorwaga umuyoboro wâamashanyarazi uva mu murenge wa Munyiginya ujya mu wa Rubona. Abaturage bavuga ko ubwo ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu REG cyakoraga uwo muyoboro bangirijwe […]
U Bushinwa: Gen Zhang waregwaga ruswa yafashe icyemezo cyo kwiyahura
Umusirikare mukuru mu Bushinwa wari ufite ipeti rya General yafashe icyemezo cyo kwiyahura yimanitse mu mugozi nyuma yâuko yari yatangiye gukorwaho iperereza ku birego bya ruswa nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri nâIbiro Ntaramakuru byâu Bushinwa, Xinhua. General Zhang Yang, wahoze akuriye urwego rushinzwe imirimo ya politiki mu gisirikare cyâu Bushinwa, yasanzwe iwe yapfuye kuwa […]
Fred Muvunyi nâabandi banyamakuru bibasiye Min. Uwizeye Evode wabise âAbahirimbiriâ
Abanyamakuru batandukanye barimo na Fred Muvunyi wahoze ari umuyobozi wâUrwego rwâAbanyamakuru Bigenzura (RMC) bibasiye Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Itegeko Nshinga nâandi mategeko, Uwizeyimana Evode, wabise âImihirimbiriâ. Iri jambo Min. Uwizeyimana Evode yarivuze ku wa Kabiri tariki ya 28 Ugushyingo 2017, ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko haganirwa ku ngingo ihana icyaha cyo gusebanya, agaragaza ubukene […]
Uko umukinnyi wa sinema Sigourney Weaver yakunze Ingagi akifuza no kuba mu Rwanda
Kuri benshi, Sigourney Weaver bamuzi nkâintwari yo muri filimi â Alien â, aho aba yitwa Ripley, ariko ngo uyu mugore ku bwe ngo filimi yakinnye igahindura ubuzima bwe ni iyo yakinnye ari Dian Fossey yitwa â Gorillas In The Mist â yanabonye igihembo cya Oscar mu 1988. Uyu mukinnyi wa filimi wâikirangirire muri Hollywood akaba […]
Muhanga: Abakora isuku mu mihanda barataka inzara baterwa no kumara amezi 6 badahembwa
Abaturage bo mu karere ka Muhanga bakora imirimo y’isuku ku muhanda wa Bulinga-Remera-Kabacuzi ndetse n’umuhanda wa Cyakabiri-Rutobwe-Nyabikenke-Ndusu, bavuga ko inzara ibamereye nabi kubera kumara amezi 6 badahembwa. Ku wa 30 Gicurasi nibwo aba bakozi baheruka ifaranga, amezi 6 akaba ashize badahembwa, bakora buri munsi kuva mu gitondo (06:30) kugera saa sita, umubyizi umwe bagahembwa 1200Frs, […]
Cote dâIvoire: Perezida Kagame mu bakuru bâibihugu bya Afurika bitabiriye inama ihuza Afurika nâu Burayi
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame ni umwe mu bakuru bâibihugu bya Afurika bamaze kugera I Abidjan muri Cote dâIvoire, aho bitabiriye Inama ya 5 ihuza Afurika Yunze Ubuumwe nâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi. Ni inama biteganyijwe ko itangira kuri uyu wa Gatatu, itariki 29 ikazasoza kuwa Kane, itariki 30 Ugushyingo 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nama ifite […]
Uganda: Impunzi zâAbanyarwanda zigiye kwishinganisha mu nteko ishinga amategeko
Impunzi zâAbanyarwanda nâabazihagarariye kuri uyu wa gatatu biteganyijwe ko zijya kwishinganisha mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda ku mpungenge ngo zifite zo gushimutwa nâabagize inzego zâumutekano zâu Rwanda. Itsinda ryâizi mpunzi zitegerejwe muri iyi nteko ishinga Amategeko ya Uganda kuri uyu wa Gatatu, itariki 29 Ugushyingo, ku isaha ya saa tanu zâamanywa, aho zigomba kubonana […]
Kayonza: Yahisemo guca undi muryango mu nzu yabanagamo nâumugore amuhunga
Uwitwa Ngerageze Jean Baptiste utuye mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza yafashe icyemezo cyo guca undi muryango mu nzu yabanagamo nâumugore we mu rwego rwo kumuhunga ngo kubera ubwumvikane bucye bafitanye. Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, umugore yavuze ko uyu mugabo we afunze umutwe kandi ko yamucaga inyuma ntahahire nâurugo bityo ko bamaze imyaka […]
RDC: FARDC yisubije agace yari yakuwemo nâinyeshyamba
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kabiri, itariki 28 Ugushyingo cyigaruriye agace ka Kilembwe kari kamaze icyumweru mu maboko yâimutwe ya Mai-Mai Yakutumba na Mai-Mai Malaika. Amakuru aturuka mu gisirikare aravuga ko ku Cyumweru bari babanje kwigarurira bitabaruhije umuhanda uhuza agace ka Lulimba na Kilembwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Naho mu ijoro ryo […]
Iyo inganzo gakondo nyarwanda irenze i Kanombe igira agaciro kanini- Intore Semanza JB
Abahanzi gakondo nyarwanda bagize amahirwe yo kwitabira amaserukiramuco mpuzamahanga batangazwa no kubona uburyo inganzo yabo yubahwa mu bihugu byo hanze ariko Abanyarwanda bakabifata nkâ ibisanzwe. Mu gihe cyose u Rwanda rwagiye ruhagararirwa mu bitaramo ndetse nâ amarushanwa mpuzamahanga, abahanzi gakondo nyarwanda ntibahwemye kwegukana ibikombe bya mbere. Mu rwego rwo kumenya impamvu inganzo gakondo nyarwanda igira […]
U Burusiya bwabuze icyogajuru nyuma yâamasaha make cyoherejwe mu kirere
Icyogajuru cyâu Burusiya cyagenewe gukora ibyâiteganyagihe cyari kimaze amasaha make cyoherejwe kimaze kuburirwa irengero mu isanzure ryâikirere,ni amakuru yemezwa nâabahanga bo mu kigo Roscosmos bagikurikiraniraga hafi . Â Iki cyogajuru Meteor-M NÂș 2-1 cyoherejwe mu kirere giturutse ahitwa Vostochny Cosmodrome, ngo cyamaze gutakaza itumanaho nâIkigo cyâu Burusiya gishinzwe ibyâibyogajuru bita ‘Russia State Space Corporation Roscosmos […]
Intambara Inkotanyi zarwanye na FAR ya Juvenal Habyarimana yatumye Amerika ibyungukiramo- Col. J.Hogard
Umusirikare wâ umufaransa, Col. Jacques Hogard wigeze kuyobora amatsinda 3 muri “Operation Turquoise ” yemeza ko Leta Zunze za Amerika zimaze kubabazwa cyane no kubona u Bufaransa bugira imbaraga mu Karere kâ Ibiyaga Bigali, zahise zifata ingamba zâ uburyo zakwigizayo iki gihugu. Hogard yishingikiriza ahanini ibikubiye mu nyandiko ya The Guardian “America’s secret role in […]
Uganda: Umukuru wâigipolisi mu karere nâumukuru wa CID birukanwe bazira kwiba inka
Umukuru wâIgipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura yirukanye umuyobozi wâigipolisi nâuwari ukuriye iperereza mu karere ka Sheema bazira kwiba inka zâumuntu wakekwagaho ibyaha. Aba bapolisi bakuru birukanwe ni SP Innocent Mubangizi ndetse nâukuriye CID witwa Paddy bashinjwa nâuwitwa John Bashara kumutwarira inka kandi ntibahanwe. Uyu akaba yaratakambiye IGP Kayihura amusaba kumurenganura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu butumwa […]
CAF: Umugande Denis Onyango ni we ugaragara ku rutonde rw'abahatanira ibihembo udakina hanze ya Afurika
CAF (Impuzamashyirahamwe yâumupira wâamaguru muri Afurika), yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi bazatoranywamo umwiza w’umwaka ku mugabane wa Afurika, ndetse bazanatoranywamo umukinnyi w’umwaka ariko mu bakina imbere mu bihugu byabo ku mugabane wa Afurika, Umugande Denis Onyango akaba ari we wenyine udakina hanze ya Afurika ururiho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkuko bisanzwe bigenda abakinnyi batoranwa n’abagize akanama k’inzobere […]
Rubavu: Inyenyeri imurikira Bugeshi, irakira inzora isi yose
Mudenge Boniface, impirimbanyi yâubumwe nâubwiyunge ubu arabarizwa I New York muri Leta zunze ubumwe zâAmerika, aho agiye gushyikirizwa igihembo yagenewe nâumuryango Search for common ground we nâabandi batanu baharaniye ko amahoro arambye atashingira ku ivangura. Uyu Mudenge, yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko aza gushinga umuryango Inyenyeri itazima, agamije imuri nyinshi zâiyo nyenyeri zakungikanya […]
Abagabo barongora babaye abâibura, muri Islande umwimukira urongoye umukobwa waho ahabwa 5 000 $
Kubera ibura ryâabagabo mu gihugu cya Islande kiri ku mugabane wâi Burayi, Leta yashyizeho amafaranga ku muntu uzajya arongora umukobwa waho, akazajya ahembwa buri kwezi. Ibihumbi 5 byâamadorali ya Amerika, niyo umwimukira uzajya arongora umukobwa wabo azajya ahembwa na Guverinoma buri kwezi, ushyize mu manyarwanda asaga miliyoni 4 buri kwezi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru The Spirit […]
Sudani yâEpfo: Umunyamakuru wavuze ku mubonano wa Museveni na Omar Bashir ari mu mazi abira
Umunyamakuru wo muri Sudani yâEpfo ukorera televiziyo yâigihugu yatawe muri yombi azira gutangaza ko perezida wa Sudani, Omar al-Bashir yaba arimo kureshya abanyapolitiki bo mu karere ngo bamufashe kongera kugira Sudani zombi igihugu kimwe. Uyu munyamakuru witwa Poth Johnson Matur Akec, ukorera SSBC (South Sudan Broadcasting Corporation), yatawe muri yombi kuwa 20 Ugushyingo nâinzego zâumutekano […]
Ubushakashatsi buvuga iki ku kwihagarika mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina?
Kwihagarika mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina byajyaga bifatwa nka bumwe mu buryo bushobora gufasha kwirinda indwara zifata imiyoboro yâinkari (UTI), abahanga mu buvuzi bwâizo ndwara bagaragaje ko ahubwo byongera ibyago byo kuzandura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abaganga bâindwara zifata imiyoboro yâinkari (Urologist) bagaragaje ko iki kibazo cyibasira cyane abagore kurusha abagabo. David Kauffman, ukorera i New York […]
Ikinamico : Agathon Rwasa ahagarariye abarwanya Leta ya Nkurunziza mu biganiro kandi ayikorera
Kuva ku wa mbere tariki ya 27 Ugushyingo 2017, muri Tanzania, hatangiye ibiganiro bigamije gushakira umuti ibibazo byâu Burundi bishingiye kuri politiki, ariko bamwe ntibashyira amakenga abatumirwa, ko haba harimo abari mu kwaha kwa Leta kandi biyita abayirwanya. Ibi biganiro byitabiriwe n’abahagarariye imitwe ya politiki nâimiryango ariko byunze ubumwe na Leta yâu Burundi nâabandi bavuga […]
Padiri Ubald yakoze filimi igiye kurushaho gushimangira ubumwe nâubwiyunge byâAbanyarwanda
Padiri Ubald Rugirangoga wo muri Kiliziya Gaturika umaze kumenyerwaho kugira uruhare mu bwiyunge no gutanga ubutumwa bukiza, yashyize ahagaragara filimi mbarankuru amaze igihe ategura ivuga ku kuntu Abanyarwanda bemeye kubabarirana nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi filimi yiswe mu Cyongereza â Forgiveness the Secret of Peace â, ugenekereje mu Kinyarwanda ukaba wavuga, âKubabarira […]
Muhanga: Imibare yâabo akarere kagaragaza ko bahawe amashanyarazi igaragaramo itekinika
Ubwo abasenateri bagize komisiyo yâiterambere ryâubukungu nâimari muri Sena yâu Rwanda, basuraga akarere ka Muhanga, banenze imwe mu mikorere nâimikoranire hagati yâinzego zishinzwe gukwirakwiza amashanyarazi ndetse nâubuyobozi bwâakarere, imibare batanga ntihura, ibi bakaba babifata nk’itekinika. Muri ibi biganiro abasenateri bagaragaje raporo iyi komosiyo yavanye muri Minisiteri yâibikorwaremezo (MININFRA) igaragaza ko abaturage bangana na 39,4% aribo […]
New Zealand: Depite Ghahraman akomeje kwibasirwa anengwa ko yaburaniye abakoze jenoside mu Rwanda
Depite Golriz Ghahraman uhagarariye ishyaka Green Party mu Nteko Ishinga Amategeko ya New Zealand yibasiwe bikomeye anengwa kubera uruhare yagize mu kunganira abashinjwaga uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu rukiko rwa Arusha. Umunya-New Zealand mugenzi we, Phil Quin wabaye mu Rwanda imyaka 3 ni umwe mu bakomeje kunenga abunganiraga abagize uruhare muri jenoside ndetse akanenga […]
Kugira abagore nâabana batazwi umubare, ni bimwe mu byaranze ubuzima bwa Laurent DesirĂ© Kabila
Nta banga ririmo ko Mzehe Laurent DesirĂ© Kabila akiriho yagize abagore barenze 10 ndetse anabyarana nabo abana benshi batazwi umubare. Iyi myitwarire ya Laurent DesirĂ© Kabila yatumye nawe yiyitirira abana batari abe ndetse kugeza magingo aya hari amakuru avuga ko Perezida wa Congo-Kinshasa , Joseph Kabila atari umwana bwite wa Laurent DesirĂ© Kabila. Amakuru Bwiza.com […]
Nasanze agakingirizo kakoreshejwe mu cyumba cyâumusore dukundana, yanze kumbwira uwo basambanye- NKORE IKI?
Ndagisha inama: Muraho, mfite umusore dukundana, njye urwo mukunda rurenze uko wenda nabibabwira ngo mubyumve ariko muri week-end naratunguwe cyane, ariko ku buryo nâubu ntariyumvisha ibyambayeho. Ku wa Gatandatu ubwo habaga umuganda rusange, nka saa tatu nibwo nanyarutse njya kureba umukunzi wanjye, twari twasezeranye ko musura nka 14:00 ariko naricaye ndavuga nti reka ngende kare […]
Burkina Fasso: Abanyeshuri bahawe konji yâiminsi 2 ngo hakirwe neza Perezida wâu Bufaransa
Inkuru ivuga ko Perezida wâ u Bufaransa, Emmanuel Macron nâ umugore we Brigitte bari basure igihugu cya Burkina Fasso ikimara kuba kimomo, Minisiteri ifite mu nshingano zayo amashuri yahise isohora itangazo ritanga konji yâ iminsi 2 ku banyeshuri. Iri tangazo ryavuga ko ubwo Emmanuel Maccron araba ageze uri Burkina ku ri uyu wa 27 Ugushyingo […]
Paris: Abanye-Congo bibasiye Umunyamakuru bamuziza gushimira Perezida Kagame
Nyuma yâ iminsi 2 gusa, u Rwanda rwemeye kwakira abirabura bafashwe bucakara muri Libiya, abanye-Congo batuye i Paris mu Bufaransa bibasiye umunyamakuru wa RFI, Claudy Siar bamuhora ko avuga ibigwi Perezida wâ u Rwanda, Paul Kagame, amushimira kuba yaremeye kubakira. Byatangiye ubwo Claudy Siar wagaragaye cyane yamagana ubugome abanyafurika bakorewe muri Libiya atumirwa na Monde/Afrique, […]
Byinshi utari uzi kuri Lionel Messi wongereye amasezerano muri FC Barcelona
Rutahizamu wa FC Barcelona ukomoka mu gihugu cya Algentine, Lionel Messi , niwe mukinnyi wenyine uvuka hanze ya Espagne umaze kuyikinira imikino irenga 600, uyu mukinnyi akaba yongereye amasezerano nâiyi kipe azamugeza 2021. Lionel Andreas Messi Cuccitini wâimyaka 30, yaboneye izuba i Rosario mu Majyaruguru ya Algentine ku wa 24 Kamena 1987, avuka kuri Jorge […]
Gisagara: Icyaro kirimo kirahinduka umujyi, mu ishusho y'ubukene bigeze hari intambwe yatewe
Akarere ka Gisagara kari kazwiho icyaro ariko kirimo kirahinduka umujyi ari nako ubuzima bwâabahatuye buhinduka bwiza umunsi ku wundi n’ubwo hari ishusho yo kuba munsi y’umurongo w’ubukene babayemo. Ikigo cy’igihugu cyâibarurishamibare (National Institute of Statistics of Rwanda ), mu bushakashatsi cyakoze mu mwaka wa 2014, cyagaragaje ko akarere ka Gisagara kari munsi y’umurongo w’ubukene aho […]
Abarwanya Leta ya Nkurunziza barasaba Perezida Magufuli kurekura Lt Col Edouard Nshimirimana na bagenzi be
Umutwe uvuga ko urwanya Leta yâu Burundi, FPB (Forces Populaires du Burundi) urasaba Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli kurekura abayobozi bawo bafashwe nâurwego rwâubutasi rwa Tanzania, aho bari ubu hakaba hatazwi. FPB imenya Leta ya Tanzania ko mu gihe yaba itagaragaje aho abo bayobozi bawo bari, byayigiraho ingaruka, bikagira ingaruka ku biganiro birimo guhuza […]
Benshi bibeshya ku gihe imibonano mpuzabitsina ikozwe neza igomba kumara
Abantu benshi bakunda kwibaza igihe cya nyacyo imibonano mpuzabitsina igomba kumara. Abagabo ahanini, nibo bakunda kugira impungenge zâigihe byasaba ngo bashimishe abagore babo. Mu mwaka wa 2005, nibwo Dr Irwin Goldstein yagaragaje ko iminota 7 ariyo minota nibura ihagije ngo abashakanye banyurwe nâakabariro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yaho nibwo Dr Eric Corty yagize nawe icyo abitangazaho. […]
Abagande bakwiye gushima Imana ku bwâamahoro bafite ubuâ Perezida Museveni
Ubwo bizihizaga Yubile yâimyaka 50 ya Diosezi ya Jinja iherereye mu ntara ya Tororo, Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yashimiye amadini uruhare yagize mu kugarura amahoro nâubumwe mu gihugu cya Uganda kandi agashimangira ko Abagande bakwiye gushima Imana bikomeye cyane ku mahoro bafite ubu. Umuhango wo kwizihiza iyi yubile wabereye muri Catederali ya Mutagatifu Yozefu […]
Kunganya kwa APR FC byatumye ikomeza gutakaza umwanya wa mbere
Ubwo shampiyona yâumupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere (Azam Rwanda Premier League) yakomezaga hakinwa umukino wâumunsi wa munani, ikipe ya APR FC yananiwe kwikura imbere ya Mukura VS binganya 1-1, ikomeza gutakaza amahirwe yo kuba yaza ku mwanya wa mbere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni umukino wakiniwe kuri sitade Amahoro i Remera, kuri iki cyumweru tariki ya […]
Uganda: Umunyarwandakazi yafatanywe ibiyobyabwenge
Umunyarwandakazi, Beatrice Isaro yafatanywe ibiyobyabwenge ku kibuga cyâ Indege cya Entebbe muri Uganda, kuri iki cyumweru tariki ya 26 Ugushyingo 2017. Polisi ishinzwe umutekano ku kibuga cy’indege cya Entebbe yatangaje ko ibi biyobyabwenge byo mu bwoko bwa Cocaine byafashwe byari bifite agaciro ka miliyoni 397 yâ amashilingi akoreshwa muri Uganda. Beatrice Isaro, usanzwe ari umuforomokazi […]
Opozisiyo yakemanze icyemezo cya Leta yâ u Rwanda mu kwakira impunzi za Libiya na Isirayeli
Nyuma yaho Leta yâ u Rwanda yiyemeje kwakira abirabura bari bafahwe bugwate ndetse bucakara muri Libiya, abayirwanya barimo n’abavugira mu bihugu byâ amahanga bakomeje kuvuga ko u Rwanda rudafite ubushobozi bwo kwakira ibyo bihumbi byâ impunzi. Ku ruhande rwa opozisiyo ivuga ko itewe impungenge no kuba u Rwanda ruri mu biganiro na Israel ndetse n’Umuryango […]
Diamond yaribye, arabengwa kubera ubukene, ubu yishimira aho ageze muri muzika
Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, yavuze ko aho ageze ubu ahakesha Nyagasani, byâumwihariko ko atari azi ko yahagera bitewe nâubuzima bwa gikene yabagamo mu muryango. Diamond avuga ko indirimbo ya mbere yakoze, amafaranga yishyuye muri studio yayibye, akongera agakomoza ku mateka ye mu rukundo, ko umukobwa bakundanye bwa mbere yamubenze, amuzika kuba yari umusore […]
Siriya: Indege zâintambara zâu Burusiya zarashe abantu 53
Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Ukwakira 2017, nibwo Abantu bagera kuri 53 barimo abana 21 bishwe nâindege zâintambara zâAbarusiya abandi 18 barakomereka. Aya makuru yatangajwe nâumuryango uharanira uburenganzira bwa muntu muri Siriya ariko ukaba ufite icyicaro mu Bwongereza, ko abo bantu biciwe mu gace kagenzurwa nâimitwe ya Kisilamu mu Burasirazuba bwa Siriya. Uyu muryango […]
Rusizi: Abaturage barenga 6000 bafite ubwandu bwâagakoko gatera SIDA
Ubuyobozi bwâakarere ka Rusizi, buvuga ko ubwandu bwâagakoko gatera SIDA mu mirenge ya Kamembe na Bugarama usanga bukiri hejuru cyane kubera impamvu zitandukanye, mu karere kose habarurwa abarenga 6000 bakurikiranwa nâibigo nderabuzima nâibitaro. Mu biganiro byahuje ubuyobozi bwâakarere nâabafite mu nshingano zabo ibijyanye no kurwanya ubwandu bwâagakoko gatera SIDA muri aka karere nâihuriro ryâabagize inteko […]
Burundi: Abaherutse guca abana ibiganza babaziza ibigori bakaniwe urubakwiye
Urukiko Rukuru rwâIntara ya Gitega mu gihugu cyâu Burundi rwakatiye imyaka 20 ndetse nâimyaka 4 yâigifungo abantu babiri baherutse guca ibiganza abana abana babiri nyuma yo kubafatira mu murima wâibigori kuri uyu wa gatatu ushize muri Komini Itaba, Intara ya Gitega. Abakatiwe ni umusore wâimyaka 19 wahanishijwe gufungwa imyaka 20 nâindishyi ya miliyoni 8, mu […]
Isesengura : Kampala na Paris, imijyi ipangirwamo urugamba rwo gutera u Rwanda
Kuvuga ko imigambi yo gutera u Rwanda ikunze gupangirwa i Kampala muri Uganda ndetse nâ i Paris mu Bufaransa, byashimangiwe ahanini nâ umunyamakuru kandi umusesenguzi mu bya politiki, Albert Rudatsimburwa ubwo yari mu kiganiro « Mu bivugwa mu makuru » kuri Contact TV. Kuva jenoside yakorewe Abatutsi yaba muri 1994, benshi mu byakoze bahise bajya […]
Uganda: Umuyobozi mushya wa FDC yijeje kwigomeka ku butegetsi kugeza buvuyeho
Patrick Oboi Amuriat uherutse gutsindira umwanya wâubuyobozi bwâishyaka FDC asimbura Gen (Rtd) Mugisha Muntu, mu gihugu cya Uganda, yijeje ko mu byo ashyize imbere muri manda ye ari ugutegura imyigaragambyo karundura igamije kwirukana perezida Museveni ku butegetsi. Patrick Oboi Amuriat bakunda kwita mu mpine, POA, yatsinze amatora yâumuyobozi wa FDC ku majwi 641 mu gihe […]
Kicukiro: Urubyiruko rwavuye Iwawa ruranenga ubuyobozi bwâakarere bwarukoresheje rushonje
Akarere ka Kicukiro kari kagize igitekerezo cyo gufasha urubyiruko rwavuye ku Kirwa cya Iwawa kugirango rubashe kwihangira umurimo ariko rurakanenga kuba kararukoresheje imirimo yâubuhinzi, katarugaburira, nta bwishingizi byâumwihariko nâibyo bejeje ntihagire icyo birumarira. Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo abasore bagera muri 50 batangiye ibiganiro njyanama nâakarere, muri Gicurasi nibwo batangiye guhinga, beza imboga muri Nzeri, […]
Mali: Abasirikare bane ba Loni biciwe mu bitero bibiri bitandukanye
Abasirikare bane bâUmuryango wâAbibumbye muri Mali kuri uyu wa Gatanu ushize biciwe mu bitero bibiri bitandukanye nkâuko byemejwe nâUmuryango wâAbibumbye. Ubutumwa bwâUmuryango wâAbibumbye muri Mali, MINUSMA, bukaba bwemeje ko abandi basirikare benshi bakomerekeye ahitwa Meneka hafi yâumupaka wa Niger nkâuko iyi nkuru dukesha Africanews ikomeza ivuga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwenegihugu bwâaba basirikare bane bishwe ntibwahise butangazwa […]
U Bubiligi : Abanyarwanda nâabandi banyafurika bamaganye ubucakara bukorerwa Abanyafurika muri Libya
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 25 Ugushyingo 2017, Abanyarwanda baba mu gihugu cyâu Bubiligi bifatanyije nâabandi banyafurika bahaba ndetse nâinshuti zâabazungu mu myigaragambyo ikaze yo kwamagana ubucakara bukorerwa Abanyafurika muri Libya. Ni imyigaragambyo yahuriyemo abantu benshi bâAbanyafurika bakomoka mu bihugu byose nâinshuti zâAbanyaburayi nâahandi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Bubiligi dukesha Umunyarwanda, Rutayisire […]