Nasuye umusore turaryamana ansaba ko mpaguma, twari tumaranye ukwezi none yancitse- NKORE IKI?
Mbere na mbere mbanje kubasuhuza, ubu mbasuhuza mfite nâikibazo nkaba mbagisha inama. Mu kwezi gushize, nibwo nasuye umusore wâinshuti yanjye, aba muri Kigali, nibwo bwa mbere nari musuye ariko ndabona urwo yambwiraga ankunda ndabona rwarangiye. Ubwo naramusuye tugirana ibihe byiza, biba ngombwa ko ansaba ko twagumana, anyereka imishinga myinshi yâuburyo tuzakoramo ubukwe, ko atari ngombwa […]
Bujumbura: Abantu batanu bakomerekejwe na gerenade
Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 5 Ukuboza 2017 , ahagana saa moya, nibwo muri zone ya Bwiza iherereye mu Mujyi wa Bujumbura, hatewe gerenade ikomeretsa abantu 5. Ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter, Polisi yâu Burundi yemeje aya makuru, ivuga ko iyo gerenade yatewe ahasanzwe haparika imodoka zitwara abagenzi hazwi ku izina […]
Ingingo z'ibanze umukobwa uri mu rukundo akwiye kumenya ku musore bakundana
Ubusanzwe gukunda ni ibintu biba ku muntu bitewe nâ ibyiyumviro bye akumva akunze umuntu runaka. Gusa buri wese yifuza kuba yakundwa urukundo nyakuri kuko urukundo iyo rujemo kubeshyanya rurushaho kubiha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urubuga whowafica ruvuga ko hari ibintu bigera kuri 6 byâingenzi bishobora kukwemeza ko umusore agukunda byâukuri . 1. Agumana nawe waba uri mu […]
RNC yikomye ikinyamakuru cyatangaje ko yatangiye gukusanya abazatera u Rwanda
Ihuriro RNC rigizwe na bamwe mu bahoze ari abayobozi bakuru muri Leta yâ u Rwanda bakaza guhunga, ryikomye ikinyamakuru The Standard gikorera i Nairobi nyuma yo gutangaza ko iri huriro riri mu bikorwa byo gushakisha abarwanyi bazatera u Rwanda. Imaze kuvugwaho gushakisha urubyiruko rwâ Abanyarwanda ruri mu nkambi zâ impunzi muri Uganda, RNC ibicishije mu […]
Kirehe: Umuyobozi wâumudugudu aravugwaho gutorokana amafaranga yâUbudehe asaga miliyoni
Abaturage bo mu mudugudu wa Munini mu kagari ka Rwanyamuhanga, umurenge wa Mushikiri, akarere ka Kirehe, bashinja umuyobozi wâumudugudu, Turacyayisaba Gerard kunyereza amafaranga asaga miliyoni nâibihumbi cumi na bitatu yâubudehe. Aba baturage bavuga ko Turacyayisaba yatorotse, kuva mu kwezi gushize ko nta we urongera kumuca iryera, bagakeka ko yatorekeye mu gihugu cya Uganda. Turacyayisaba ngo […]
Mu ndirimbo âTimbuktuâ Jean Paul Samputu yamaganye ibikorerwa Abanyafurika muri Libya
Umuhanzi mpuzamahanga wâ umunyarwanda ukorera muzika mu Bwongereza, Jean Paul Samputu abaye mu ba mbere ku Isi mu gushyira hanze indirimbo irwanya inamaganira kure ubucakara bukomeje gukorerwa abirabura muri Libya. Mu ndirimbo â Timbuktu Mon Amourâ, Jean Paul Samputu agerageza gutanga ubuhamya bwerekana ishusho yâ umwirabura unaniwe, urushye, wambuka Ubutayu bwa Sahara ndetse nâ Inyanja […]
Hasohowe Raporo igaragaza ko Perezida Kabila yitabaje M23 aho urugamba rwari rukomeye
Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu (Human Rights Watch), wasohoye raporo igaragaza ko abategetsi bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bakoresheje abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa M23 mu guhosha imyigaragambyo y’abatavuga rumwe na Leta umwaka ushize. Uyu muryango uravuga ko abahoze ari abarwanyi ba M23 barenga magana abiri bategetswe gukoresha ingufu zica mu guhangana n’abari mu […]
Isaac Anyar wâimyaka 94 yasezeranye nâumukunzi we ufite 90- AMAFOTO
Ku wa Gatandatu tariki ya 2 Ukuboza 2017, nibwo Isaac Anyar wâimyaka 94 yâamavuko yasezeranye nâumukunzi Eunice Atoo wâimyaka 90, bombi bakomoka muri Uganda. Aba bombi bakoze umuhango wa gakondo barasezerana mu 1947, ariko banze kuva kuri isi babana gipagani bahitamo gusezerana imbere yâImana, mu itorero âOnegwok Christ Churchâ riherereye mu gace ka Oyam muri […]
Ugomba kumenya inkomoko yâ ibihome nâ ingaruka zabyo ndetse nâ uburyo wabisenya- Pst. Deo Muvunyi
Pst. Deo Muvunyi wo mu ‘Itorero Potterâ s Hand’ yongeye gushimangira ku nyigisho zo gusenya ibihome mu buzima bwâ abizeye ubwo yavugaga ko kugirango umukristu akubite hasi ibinyoma agomba kumenya uburyo byubatse. Ati “Umuvumo ni igihome tugomba kwibaza impamvu twemera ko byubakwa mu buzima bwacu kugirango tunamenye inzira byacamo mu kubisenyaâ. Pst. Muvunyi yifashishije amagambo […]
Bujumbura: Umupolisi wari wasinze yarashe mugenzi we ahita apfa
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 3 Ukuboza 2017, ahagana saa tanu zâijoro, nibwo muri zone ya Kanyosha mu mujyi wa Bujumbura humvikanye urusaku rwâamasasu, ubuyobozi bwa Polisi bukaba butangaza ko ari abapolisi bari ku izamu barashwe na mugenzi wabo witwa Ntirampeba wari wasinze. Uku kutumvikana kwâaba bapolisi kwajemo no kurasana, kwasize uwitwa […]
Ubukwe bw'umukozi wa Diamond bwatashywe n'imbaga y'ibyamamare muri muzika- REBA AMAFOTO
Umukozi wa Diamond Platnumz ushinzwe ibijyanye no kumuvangira imiziki (DJ) , Rommy Jones yakoze ubukwe budasanzwe bwitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye byo muri Afurika cyane cyane muri Tanzania. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi birori by’akataraboneka byabaye ku wa 01 Ukuboza 2017, nyuma y’igihe kitari gito ari mu rukundo n’uwo bashakanye, ubu bukwe bwatashywe n’ibyamamare birimo Diamond n’umugore we Zari […]
Ibirori by'ubukwe bw'umu DJ wa Diamond byitabiriwe n'ibyamamare- REBA AMAFOTO
Umukozi wa Diamond Platnumz ushinzwe ibijyanye no kumuvangira imiziki (DJ) , Rommy Jones yakoze ubukwe budasanzwe bwitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye byo muri Afurika cyane cyane muri Tanzania. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi birori by’akataraboneka byabaye ku wa 01 Ukuboza 2017, nyuma y’igihe kitari gito ari mu rukundo n’uwo bashakanye, ubu bukwe bwatashywe n’ibyamamare birimo Diamond n’umugore we Zari […]
Kigali: Abaturiye ikimoteri cya Nduba batarimurwa barasaba gutabarwa vuba
Bamwe mu baturage baturiye ikimoteri cya Nduba kimenwamo imyanda yose yo muri Kigali, baratangaza ko babangamiwe nâumwanda uvanze n’umunuko, bagasaba kwimurwa vuba mu gihe iki kimoteri cyaba gikomeje kuhaguma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Hashize igihe kinini umujyi wa kigali wijeje abaturage baturiye iki kimoteri cya Nduba mu mujyi wa Kigali, kuhimuka bakahava kubera umunuko ukomeye hamwe nâamasazi […]
Imfashanyo yâ ibiribwa yagenerwaga impunzi zâ Abarundi mu Rwanda yagabanutseho 10%
Kuva mu Ugushyingo 2017, inkunga yâ ibiribwa yagenerwaga impunzi zâ Abarundi zibarizwa mu nkambi ya Mahama yagabanyijweho 10%. Ibi byatangajwe nâ abayobozi bâ ishami rya Loni ryita ku mpunzi(HCR) ubwo bemezaga ko iyi nkunga yagenerwaga izi mpunzi zituye mu nkambi ya Mahama mu Rwanda ingana na 50% bagereranyije nâ izindi zituye muri Tanzanie, Kenya ndetse […]
Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi
Mu gihe havugwa umwuka mubi wa politiki ndetse nâ intambara yâ ubutita hagati yâ u Rwanda na Uganda, biravugwa ko Abanyarwanda bakomeje gutabwa muri yombi bagafungirwa mu magereza atandukanye mu gihugu cya Uganda, bamwe bashinjwa kuba intasi z’u Rwanda. Aya makuru yemeza kandi ko aba banyarwanda babarizwa mu magereza makuru yo muri iki gihugu, abenshi […]
Dore ingeso 9 ziranga abakobwa usabwa kwirinda niba wifuza gushinga urugo
Gushinga urugo ni kimwe mu byemezo bifatwa habanje gusesengura neza kuko uba ugiye guhitamo uwo muzabana ubuzima bwose niyo mpamvu kuri wowe wifuza umufasha (umugore) Twagerageje kugukusanyiriza bimwe mu bintu by’ingenzi biranga umukobwa udafite gahunda yo kurushinga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1. Akabya gukunda gusenga Uyu azi imirongo ya Bibiliya yose mu mutwe we, avuga Imana buri […]
Burundi: Agatsiko kâamabandi kasenye inzu ya Minani, umwe mu batavuga rumwe na Leta ya Nkurunziza
Ku wa Gatanu tariki ya 1 Ukuboza 2017, nibwo inzu yâuruganiriro iri kuri hoteli ya Dr Minani Jean , umuyobozi wâimpuzamashyaka (CNARED) atavuga rumwe na Leta yâu Burundi, yasenywe nâagatsiko kâamabandi kataramenyekana. Iyo nzu yasenywe iri kuri hoteli ya Minani, iherereye mu Ntara ya Kirundo. Ku ruhande rwâigipolisi cyâu Burundi bakaba bavuga ko abakoze ibyo […]
USA: Umuhungu wa Dr Leopold Munyakazi ufungiye mu Rwanda yaba yiyahuye
Amakuru aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aravuga ko kuri uyu wa gatanu ushize, Nyirinkwaya Herve, umuhungu wa Dr Leopold Munyakazi ufungiye mu Rwanda akurikiranweho uruhare muri jenoside, yasanzwe mu nzu yitabye Imana, iruhande rwe hari imbunda bikekwa ko yakoresheje yiyahura. Uyu musore wâimyaka 29 wari utuye muri Leta ya Carolina yâAmajyaruguru, yari afite […]
Ikibazo cyâubushomeri mu rubyiruko rw'u Rwanda gikomeje gufata intera
Leta y’u Rwanda iravuga ko mu myaka irindwi iri imbere izateza imbere urwego rw’uburezi mu mugambi wo kugira ubukungu bw’igihugu bushingiye ku bumenyi. Icyakora imibare y’abarangiza mu mashuli yisumbuye, amakuru na za kaminuza ntibabone icyo gukora ikomeje kwiyongera. Minisitiri w’Intebe, Edouard Ngirente yizeje abagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi ko iki kibazo bazakibonera umuti. Ari […]
Sudani yâEpfo: Perezida Salva Kiir yirukanye uwari minisitiri wâimari wungirije
Perezida Salva Kiir wa Sudani yâEpfo yirukanye minisitiri wâimari wungirije, Mou Ambrose Riiny Thiik, nyuma yâiminsi micye uyu yemeye ku mugaragaro ko guverinoma idafite amafaranga yo guhemba abakozi bal eta. Itangazo ryâiyirukanwa rye rikaba ryatangajwe kuri televiziyo ya Sudani yâEpfo, SSTV, kuri uyu wa Gatandatu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri urwo rwego, perezida wa sudani yâEpfo mu […]
Uko amakipe yâibihugu azahura mu Gikombe cyâIsi cya 2018
Ibyavuye muri tombola yâuko amakipe yâibihugu azahura mu mikino ya nyuma yâIgikombe cyâIsi cya 2018 izabera mu Burusiya byashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatanu ushize I Kremlin mu Burusiya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore uko amakipe azahura: Itsinda A : Russie, Arabie Saoudite, Egypte, Uruguay Itsinda B : Portugal, Espagne, Maroc, Iran Itsinda C : France, Australie, […]
Rulindo: Hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 5 y'abantu bishwe muri jenoside
Kuri uyu wa gatandatu, itariki 02 Ukuboza 2017 imibiri itanu yâ abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu Mirenge ya Mbogo, Rusiga, Shyorongi na Tumba yashyinguwemu cyubahiro mu rwibutso rwa Jenoside rwa Rusiga mu Karere ka Rulindo. Ni igikorwa cyabanjirijwe no gusabira izo nzirakarengane ndetse nâ abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri rusange. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umushumba wâ […]
Ubutegetsi ntibuhererekanwa nkâibicurane â Perezida Museveni
Mu nama yagiranye nâabagize inama njyanama yâUmujyi wa Kampala bitabiriye amahugurwa yâicyumweru yâimiyoborere ahitwa Kyankwanzi nubwo bari batewe ubwoba nâabatavuga rumwe nâubutegetsi, akaba yabakiriye ku ngoro ye I Entebbe bagera kuri 200, perezida Museveni yababwiye ko ubutegetsi budahererekanwa nkâibicurane. Mu ijambo yabagejejeho Museveni yavuze ko abo batekereza ko ubuyobozi ari nkâibicurane bifata umuntu bizabashyira mu […]
Ndota kuzasubira mu Rwanda umunsi umwe, atari nkâumwami uri mu buhungiro, ahubwo nkâumwami â Yuhi VI Bushayija
Uwiyita Umwami wâu Rwanda, Yuhi Vi Bushayija ngo ni umufana ukomeye wâUmwamikazi wâu Bwongereza, ndetse ngo yaba ari nâumwe mu bagaragu be nawe wâumwami. Ibi Yuhi Vi Bushayija uvuga ko afite inzozi zo kuzagaruka mu Rwanda nk’umwami, yabitangaje mu kiganiro yagiranye na The Sunday Times yo mu Bwongereza. Muri iyi nkuru yacyo, iki kinyamakuru cyavuze […]
Rusizi: Abagize itsinda Tugende heza Gitambi boroje bagenzi babo 23 batagiraga itungo
Itsinda Tugende heza Gitambi rigizwe nâabanyamuryango 43 barishinze bagamije kwikura mu bukene rikaba rimaze umwaka rikorera mu kagari ka Gahungeri muri uyu murenge wa Gitambi mu karere ka Rusizi,abarigize ngo batangiye kuzamurana borozanya amatungo magufi,kuko batangiye abenshi muri bo nta tungo bafite. Iri tsinda nkâuko bamwe mu barigize babibwiye Bwiza.com, ngo babonye bagiye kuzahazwa nâubukene,imiryango […]
RDC: Gen Mundos wa FARDC arashinjwa kugerageza gushinga umutwe wâinyeshyamba
Urubanza rwâabakekwaho kuba mu mutwe wa ADF nâabo bafatanya bashinjwa kwica abasivili I Beni muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa gatanu ushize, itariki 01 Ukuboza rwarakomeje urukiko rwa gisirikare rwumva abatangabuhamya bashinja nâabashinjura komanda wa bridage ya 31 yâingabo za FARDC ushinjwa nawe kugira uruhare muri ubwo bwicanyi. Umwe mu batangabuhamya witwa […]
Muhanga: Ingo 267 ziganjemo izâabatishoboye, zigiye koroherezwa kubona amashanyarazi
Mu karere ka Muhanga, ubu habarurirwa ingo 267 zibarizwa mu cyiciro cya mbere nâicya kabiri byâubudehe, zimaze igihe kirekire zidacana kubera ikibazo cyo kubura amikoro yo cashpower, ubuyobozi bwâakarere nâikigo gishinzwe gukwirakwiza ingufu zâumuriro wâamashanyarazi (REG) ishami rya Muhanga bavuga ko mu rwego rwo gucyemura iki kibazo, bagiye kubafasha kubona umuriro nabo bagacana. Ubwo abasenateri […]
Umugore amazeho ibintu ajyana mu nsengero, abo yita abahanuzi baramubwira akaza agaterura, ndabona nâuburiri nzasanga yabutanze- Mungire inama, NKORE IKI?
Muraho neza bavandimwe bo kuri uru rubuga rutwigisha rukanatwubakira, njye ndi umugabo wubatse ariko umugore wanjye yarakijijwe ndishima ariko ibintu arabimara mu rugo pe. Ntavuze byinshi, ubundi umugore wanjye tubyaranye 3, yari umugore wakundaga inzoga pe, kuko njye ntakunze kuba mu rugo, mpagera muri week end, narazaga nkasanga yibereye mu kabari nâabandi bagore. Nta buraya […]
Isirayeli yarashe igisasu cya misile ahari ububiko bw'intwaro z'igisirikare cya Syria
Ibitangazamakuru bya leta muri Syria biravuga ko Isiraheli yagabye igitero cya misile kibasiye kandi kikangiza ibirindiro bya gisirikare hafi y’umujyi wa Damas. Kugeza ubu, nta kiratangazwa ku bantu iki gisasu cyaba kishe cyangwa se kigakomeretsa. Hari abandi bavuga ko ahantu harashwe hari ububiko bw’intwaro zikoreshwa n’igisirikare cya Syria n’abagitera inkunga ariko Isiraheli ntacyo yari yabivugaho. […]
Mugabo, dore ibimenyetso 5 umugore azakugaragariza ukamenya ko umunezeza mu buriri
Nta kintu gishimisha umugabo nkâiyo abasha kwitwara neza mu gitanda agashimisha umugore we mu gihe cyo gutera akabariro. Iyo umugabo yitwara neza mu buriri bisobanuye ko aba abasha gutuma umugore we agera ku byishimo bya nyuma, akabigeraho vuba kandi biyumvanamo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego rero usanga hari ibimenyetso biranga umugore, iyo umugabo abyitwaramo […]
Bugeshi: Ucumbikiye batandatu batahutse muri Congo aratabaza akarere
Nyirakabanza Rachel utuye mu mudugudu wa Gashaka, akagari ka Kabumba, arasaba ubufasha bwihuse kuko acumbikiye umuryango wâabantu batandatu batahutse, barimo umubyeyi nâabana batanu bafite ubuzima buzahaye. Uwo mubyeyi Cyimpaye Muhawe, yarahungutse abo muryango baramwihakana imitungo yâiwabo bigabije, nyuma ubuyobozi bumucumbikisha kwa Nyirakabanza Rachel utuye mu marembo yâumurenge. Bari mu nzu iri ku muhanda mu marembo […]
CECAFA: Kapiteni Bakame afitiye icyizere abakinnyi 23 bâAmavubi umutoza azakinisha
Kapiteni wâAmavubi, Ndayishimiye Eric bita Bakame afitiye icyizere abakinnyi 23 Umutoza we, Antoine Hey yajyanye muri CECAFA yâibihugu izabera muri Kenya. Umunyezamu akaba na Kapiteni wâikipe yâigihugu cyâu Rwanda âAmavubiâ ahamya ko ikizere ari cyose ndetse ko biteguye neza,. Agira ati ânavuga ko ari imikino twiteguye neza, hari aho twageze kugirango tube twarikarifiye muri CHAN […]
Burundi : Leta yateye utwatsi ibyo gusangira ubutegetsi na Opozisiyo
Mu gihe Abarundi bari biteze ko bashobora kubona agahenge gaturutse mu biganiro byâ amahoro biri kubera i Arusha muri Tanzania, abahagarariye Leta yâ u Burundi batangaza ko badashobora gusaranganya ubutegetsi na opozisiyo. Leta yateye iyi ngingo utwatsi mu gihe abahuza muri aya makimbirane bifuzaga ko hashyirwaho Guverinoma yâ ubumwe yahurirwamo nâ impande zombi. Umwe mu […]
1962- 2017: Abaminisitiri bâ Intebe 11 bayoboye u Rwanda, 8 baturutse mu ishyaka MDR
Mu gihe FPR/ Inkontanyi imaze imyaka 23 iyoboye u Rwanda, MDR yamaze imyaka itarenze 15 iyoboye igihugu, niryo shyaka rya politiki rimaze kugira Abaminisitiri bâ Intebe benshi kuva igihugu cyabona ubwigenge. Gusa igitangaje ni uko kuva ku itariki ya 5 Nyakanga 1973, ubwo Juvenal Habyarimana yafataga ubutegetsi yari yatangaje ko MDR itazangora kugira umwanya mu […]
Ubukene bwa mbere ni ugukena mu bitekerezo- Humble Jizzo
Manzi James uzwi nka Humble Jizzo, umwe muri babiri bagize itsinda âUrban Boyzâ arakangurira abantu gushora imari mu mishinga ibyara inyungu kandi agashimangira ko gukena kubi ari ugukena mu bitekerezo. Ni kenshi usanga abantu bitirirwa ibyo bakora, ugasanga amazina yâakazi bakora niyo abantu babaziho kuruta amazina yabo bwite, Gitifu, Bakame, Rwarutabura, kwa mwarimu nâayandi mazina […]
Rubavu: Abaturage batishoboye bamaze amezi atatu badahembwa amafaranga bakoreye
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu, biganjemo abari mu zabukuru ndetse banabarurwa mu cyiciro cya mbere cyâUbudehe hamwe nâabandi batoranijwe nkâabatishoboye, baravuga ko bamaze amezi atatu badahembwa amafaranga bakoreye, bakora isuku mu mihanda yo mu muri uwo murenge uri mu karere ka Rubavu. Aba baturage bavuga ko babayeho nabi, […]
Kigali: Abaturage beretswe uburyo bwo kurwanya imirire mibi bitabasabye ibihambaye
Ubuyobozi bwâUmujyi wa Kigali buratangaza ko bwahagurukiye kurwanya ikibazo cyâimirire mibi mu bana bari munsi yâimyaka itanu, bumwe mu buryo buzifashishwa ni ugukangurira ababyeyi guhinga uturima twâigikoni, guhinga ibijumba bikize kuri vitamini hagamijwe kurya indyo yuzuye. Mu rwego rwo gukomeza ibikorwa byâicyumweru cyahariwe kurwanya imirire mibi, ubuyobozi bwâUmujyi bufatanyije nâUmuryango mpuzamahanga uteza imbere Ibikomoka ku […]
Njye na Bushombe tuba twerekana ko nâabakene bashobora gukundana- Kankwanzi ukina mu Urunana
Muhutukazi Marie Mediatrice w’imyaka 54 y’amavuko yamenyekanye cyane ku izina akoresha akina mu “Ikinamico Urunana” rya Kankwanzi, atangaza ko urukundo rutagenewe abatunze ibyamirenge ahubwo ko nâabakene bakundana kandi bakajya inama. Kankwanzi avuga ko iyo akina aba atanga ubutumwa, cyane cyane mu Urunana akinana na Bushombe ngo aba yerekana ko urukundo rutagenewe abatunzi gusa ahubwo ko […]
Mahama: Abanyeshuri bâ impunzi zâAbarundi bahawe amahirwe yo kwiga kaminuza ku buntu
Iki cyemezo cyafashwe na Guverinoma yâ u Rwanda ibicishije muri Kigali Integrated College (KIC), iha amahirwe adasanzwe abanyeshuri bâ Abarundi bari mu nkambi yâ impunzi ya Mahama bifuza gukomeza kongera ubumenyi. Aba banyeshuri barangije amashuri yisumbuye bahawe amahirwe yo kuzishyurirwa ibikenewe byose kugirango bashobore gukomeza icyiciro cya Kaminuza nta mafaranga bishyura ahubwo bakanagenerwa ibikenewe byose […]
Umupolisi arahigwa bukware nyuma yo gupanga kwiba Airtel amaze gufata ku ngufu umukozi wayo
Igipolisi cya Uganda ahitwa Bushenyi kiri guhigisha uruhindu umupolisi wacyo wakoreraga kuri station ya polisi ya Ishaka ukurikiranweho gupanga igikorwa cyo kwiba iduka rya Airtel nyuma yo gushimuta umukozi wo muri iri duka akanamusambanya ku ngufu kuri uyu wa Mbere ushize. Nkâuko bitangazwa nâumuvugizi wâigipolisi mu karere ka Bushenyi, Martial Tumusiime, ngo, SPC Deus Tumusiime […]
Urutonde rwâ abantu 18 bagaragaye mu buzima bwâ igihugu mu 2017
Uko imyaka igenda yicuma ni nako abantu batandukanye bagenda bigaragaza mu bikorwa bifitiye igihugu akamaro mu rwego rwa politiki, ubukungu, ubukerarugendo mu myidagaduro nâ ibindi, ibyo bigatuma bafatwa nkâ indashyikirwa mu rwego mpuzamahanga ndetse no mu gihugu imbere. Uru rutonde rwakozwe na Bwiza.com ntirwakurikije ibarurishamibare (statistiques) ariko rwagendeye ku bintu bifatika bishingiye ku bihari ikindi […]
Ese Aline Gahongayire yari ategereje gatanya kugirango asubire mu rukundo?
Mu gihe hashize iminsi 3 gusa Umuririmbyi mu kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire atandukanye na Gahima Gabriel mu buryo bwemewe nâ amategeko yakomoje ku kuba yakongera kwinjira mu bijyanye nâurukundo. Ku bijyanye nâuko ahagaze ku bijyanye no kuba azongera kwinjira mu bijyanye no gukundana , Gahongayire agaragaza ko ari ibintu yiteguye ko bizaba ariko […]
Uko abahanga babona intambara hagati ya Amerika na Koreya ya Ruguru yagenda
Intambara hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Koreya ya ruguru muri iki cyumweru yasaga nkâishoboka cyane nyuma yâaho kuri uyu wa kabiri ushize ubutegetsi bwa Kim Jong Un bugeragereje igisasu cya kirimbuzi buvuga ko cyagera ku mugabane wa Amerika wose. Kim Jong Un na Donald Trump bamaze iminsi baterana ubwoba umwe avuga ko […]
Guverinoma yiyemeje gutanga uburezi budaheza kandi mu byiciro byose- PM Ngirente Edouard
Minisitiri wâIntebe, Ngirente Edouard, avuga ko buri Munyarwanda wese afite uburenganzira ku burezi, ashingiye kuri gahunda ya Guverinoma yo kutagira uwo ibuhezamo. Ubwo yagezaga ku Nteko Rusange yâImitwe yombi ibikorwa bya Guverinoma birebana nâuruhare rwâuburezi mu kubaka igihugu gifite ubukungu bushingiye ku bumenyi, kuri uyu wa 1 Ukuboza 2017, Minisitiri wâIntebe yashimangiye ko uburezi ari […]
Kugereranya Kantano, Ngeze, Bemeriki, ..nâumunyamakuru wâubu ni ugupfobya ibyagezweho na Leta yâUbumwe – Dr Kayumba
Mu kiganiro kuri Radio Flash FM kuri uyu wa gatanu, abatumirwa bagarutse ku magambo ya Ministiri Uwizeyimana Evode yavuze mu nteko asobanura uko abanyamakuru bazajya bahanwa mu itegeko riri gutegurwa. Ni nyuma yâiminsi mike hacicikanye amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Min Evode yise abanyamakuruâIMIHIRIMBIRIâ. ⊠Ba Kantano na Ngeze bavugaga ko Abatutsi ari inzoka […]
Uganda: Umuyobozi wâigipolisi yarashwe ahita yirukanwa no ku kazi
Uwari umuyobozi wâagateganyo wâigipolisi mu Karere ka Gulu, mu gihugu cya Uganda, ASP Joseph Ayiki, yirukanwe mu kazi nyuma yâumunsi umwe anarashwe nâushinzwe umutekano wâikigo cyigenga. ASP Ayiki yakomerekejwe nâamasasu mu kavuyo kadutse mu kigo cyâimyidagaduro kizwi nka TAKS (Through Arts Keep Smiling) giherereye muri Gulu mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri ushize. Uyu […]
Wari uziko gutera akabariro kenshi gashoboka ku bashakanye bifitiye umubiri akamaro?
Ibi bishobora kuba ari bishya mu matwi yawe, gusa ni ukuri nkuko bigaragazwa nâabahanga mu bijyanye nâubuzima bwâimyororokere bagaragaza ko gukora imibonano mpuzabitsi bifitiye akamaro gakomeye ubuzima bwâababikoze mu gihe ikozwe neza [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkâuko dukomeza tubitangarizwa na forbes.com, igaragaza akamaro gakomeye nâinyungu nyinshi imibiri yunguka mu gihe hakozwe imibonano mpuazabitsina. 1. Kongera ubushobozi bwo […]
Gicumbi : Abakozi bâakarere baherutse gutabwa muri yombi bagejejwe imbere yâurukiko
Kuri uyu wa Kane, itariki 30 Ugushyingo 2017, abakozi bagera kuri bane bo mu Karere ka Gicumbi baherutse gutabwa muri yombi na Polisi bacyekwaho ibyaha birimo gutanga amasoko ya leta binyuranyije nâamategeko no gukoresha inyandiko mpimbano bitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi . Aba bakozi ni uwari umukozi ushinzwe Imari nâUbutegetsi, Kagwene Viateur; ushinzwe iterambere, Habyarimana […]
CECAFA:Amavubi arerekeza muri Kenya,Bakame ashobora kudakina
Kuri uyu wagatanu tariki 01 Ukuboza 2017 nibwo ikipe y’igihugu Amavubi ahaguruka i kanombe yerekeza muri Kenya aho yitabiriye amarushanwa ya CECAFA Senior Challenge Cup gusa igikomeje gutera urujijo ni imvune y’umunyezamu wa mbere Ndayishimiye Eric Bakunze kwita Bakame wavunitse urutugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma y’imyitozo yo ku munsi wejo tariki 30 ugushyingo 2017 Bakame yatangarije […]
Indege ya Turkish Airlines yari ivuye muri Kenya yaguye bitunguranye nyuma yo kwikanga igisasu
Indege ya Turkish Airlines yari itwaye abagenzi 107 iturutse I Nairobi muri Kenya, kuri uyu wa Kane byabaye ngombwa ko igwa bitunguranye ku kibuga cyâindege cya Khartoum nyuma yo kwikanga ko yari yatezwemo igisasu nkâuko byatangajwe nâabayobozi. Iyi ndege yari iturutse muri Kenya igana i Cairo mu Misiri, ubwo umugenzi ukomoka mu Bwongereza wari muri […]
Uganda: UPDF irakataje mu guha ubushobozi igisirikare kirwanira ku butaka
Brig. Gen. Sam Kavuma wari wungirije umugaba mukuru wâigisirikare kirwanira mu kirere mu ngabo za Uganda, UPDF, yazamuwe mu ntera agirwa Major Gen. ahita anoherezwa kungiriza umugaba mukuru wâingabo zirwanira ku butaka. Ibi ngo bikaba bikozwe mu rwego rukomeje rwo kongerera ubushobozi igisirikare kirwanira ku butaka. Chimpreports dukesha iyi nkuru iravuga ko ibi byatangajwe mu […]
Intara y'Amajyaruguru ku isonga mu miyoborere no gutanga serivisi
Ubushakashatsi bukorwa buri mwaka nâUrwego rwâIgihugu rwâImiyoborere (RGB) hagamijwe kugaragaza igipimo cyâimiyoborere ibereye abaturage nâimitangire ya serivisi hashingiwe kâuko abaturage babibona, bwagaragaje ko uyu mwaka wa 2017 Intara yâamajyaruguru iza ku mwanya wa mbere mu miyoborere nâimitangire ya serivisi nâamanota 70.9%. Ubwo bushakashatsi bugaragaza ko mu Turere icumi twa mbere, tune ari utwo mu Ntara […]
Isirayeli yagereranyije Paul Kagame nâ umwubatsi wâ umuhanga ugiye kubahuza na Afurika
Kuba Perezida wâ u Rwanda, Paul Kagame yiswe umuyoboro uhuza igihugu cya Isirayeli nâumugabane wa Afurika byakomeje gushimangirwa na Minisiteri yâ Ububanyi nâ Amahanga yâ iki gihugu. Ibi bibaye mu gihe Leta ya Isirayeli yifuza kurushaho kwegera Afurika yifashishije diplomasi nkâ uko bikubiye muri politiki ya Minisitiri wâ Intebe wa Isirayeli, Benyamin Netanyahu. Mu rurimi […]
Rubavu: Abagore mu matsinda 113 yo kuzigama bageze kuri miliyoni 100 mu gihembwe
Abagore bo mu karere ka Rubavu bahagurukiye kwibumbira mu matsinda yo kuzigama no kugurizanya ngo biteze imbere. Nkâuko bitangazwa na Ndakengerwa Moise ushinzwe izamurabukungu mu kigo Vision Jeunesse Nouvelle cyatangije uwo mugambi, amatsinda amaze kuba 113 yiganjemo abagore, ngo muri iki gihembwe cya mbere bageze kun bwizigame bwâamafaranga 102,864,984. Buri tsinda riba rigizwe nibura nâabantu […]
Mu mafoto: Reba indege zabayeho nâizigihari zakozwe mu buryo bwâigitangaza
Uko imyaka ihita indi igataha niko inganda zikora indege zigenda zivugurura zirushaho gukomeza imikorere ari nako rimwe na rimwe zagiye zikora indege ureba ukabona ziratangaje bitewe nâukuntu zubatswe. Ni muri urwo rwego twifashishije urubuga knowledgedish.com twifuje kubereka amafoto yâindege zabayeho nâizigihari zitangaje. Reba amafoto: [xyz-ihs snippet=”google-pub”] [xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ntabwo twari tuzi ibyâigitero ku mpunzi yâUmunyarwanda â Igipolisi cya Uganda
Igipolisi cya Uganda cyahakanye ko hari impunzi zâAbanyarwanda ziherutse kurokoka gushimutwa muri iki cyumweru mu gace ka Ntinda muri Kampala. Umwe muri izi mpunzi zâAbanyarwanda utifuje ko imyirondoro ye ijya ahagaragara ku mpamvu zâumutekano we, yavuze ko yagabweho igitero ubwo biteguraga kugeza ubwishingane bwabo ku muyobozi wâinteko ishinga amategeko ku bikorwa byo kubashimuta ngo bamaze […]
Arusha: Amayobera ku cyizere kivugwa ku biganiro byâ amahoro ku Burundi
Nubwo ibiganiro byâ amahoro ku kibazo cyâ u Burundi bibera I Arusha muri Tanzania byakomeje guhura nâ ibibazo byinshi, kuri iyi nshuro ya 4 ibyari amata bishobora kuzabyara amavuta. Ibi biganiro bitangiye gutanga icyizere mu gihe opozisiyo itavuga rumwe na Leta ya Perezida Pierre Nkurunziza itari yizeye ko ari ikintu kizima kizamo kuko Ihuriro CNARED […]
Mu mafoto: Reba indege zabayeho nâizigihari zakozwe mu buryo bwâigitangaza
Uko imyaka ihita indi igataha niko inganda zikora indege zigenda zivugurura zirushaho gukomeza imikorere ari nako rimwe na rimwe zagiye zikora indege ureba ukabona ziratangaje bitewe nâukuntu zubatswe. Ni muri urwo rwego twifashishije urubuga knowledgedish.com twifuje kubereka amafoto yâindege zabayeho nâizigihari zitangaje. Reba amafoto: [xyz-ihs snippet=”google-pub”] [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Â Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse […]
Kivuye na Rurembo: Kumenya itegeko rishya ryâumuryango byabateje imbere
Abatuye imirenge ya Kivuye mu karere ka Burera na Rurembo muri Nyabihu, bavuga ko basobanukiwe uburinganire, ngo kuba umugore nâumugabo bombi ari abayobozi bâumuryango byatumye ingo zabo zitera imbere. -Narikanze na bagenzi banjye, twumva abagore badufatanye igihugu -Urugo rwâiganzwa rutera imbere, kwa âmfite ijambooâ na ândavuze ngoâ, abana ntibiga, ntibarya, ntibakaraba, bariba,… -Itegeko ryaje rirengera […]
Ubucuruzi hagati yâibihugu bigize EAC nâahandi hasigaye burarushaho kugenda buzamba
Raporo yo muri uku kwezi ku bucuruzi nâishoramari mu muryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) iravuga ko ubucuruzi hagati yâibihugu bigize uyu muryango nâahandi hasigaye ku Isi bwagabanyutseho 19,5% mu myaka ibiri ikurikiranye mu 2016. Umwaka ushize, ubucuruzi rusange muri aka karere busanzwe bukomeye muri Afurika bwagabanutse bukagera kuri miliyari 44,6 zâAmadolari, mu gihe mu 2015 […]