Politiki yâamakoperative yo mu 2006 igaragaza ko imaze igihe kandi hari ibikwiye kuvugururwa – Sacco
Politiki yâamakoperative yashyizweho mu mwaka wa 2006, igaragaza ko imaze igihe kandi hakaba hari ibikwiye kuvugururwa kugira ngo ijyane nâigihe mu rwego rwo kunoza imikorere yâamakoperative mu Rwanda nk’uko byagaragarijwe mu nama nyunguranabitekerezo kuri politiki n’itegeko by’amakoperative. Ni inama yateraniye ku cyicaro cyâIntara yâIburengerazuba i Karongi, mu mpera z’ukwezi gushize yari iyobowe nâUmunyamabanga Nshingwabikorwa wâIntara, […]
RDC: FARDC na MONUSCO biri gutegura igitero karundura cyo kwihorera
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, kiravuga ko gifatanyije na Monusco kigiye gutangiza ibikorwa bya gisirikare byo kwihorera nyuma yâigitero cyo kuri uyu wa kane ushize, itariki 07 Ukuboza cyahitanye abasirikare batanu ndetse nâabâUmuryango wâAbibumbye bakomoka muri Tanzania basaga 15. â Muri aka kanya mbavugisha turimo guhuza imbaraga zacu, FARDC na Monusco kugirango […]
Minisitiri wâIntebe yasoje Ihuriro ryâUrubyiruko Gatolika arwibutsa ko ari rwo mizero ya none nâejo hazaza
Mu Rwanda abari mu nsi yâimyaka 30 barenga 65%. Nibo rero barusha ibindi byiciro byâAbanyarwanda imbaraga nâubushobozi bwo kwiga vuba ubumenyi buzadufasha kugira umwanya mu ruhando rwâibihugu bifite ubukungu bushingiye ku bumenyi (Knowledge-based Economy). Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri wâIntebe, Dr Edouard Ngirente, kuri iki Cyumweru, itariki 10 Ukuboza 2017 ubwo yari mu Karere ka […]
Uganda: Umunyarwanda Rutagungira yitabaje Gen Muhoozi mu rubanza rwe
Umunyarwanda, Rene Rutagungira, umwe mu bantu 9 barimo abapolisi bakuru ba Uganda bakurikiranweho icyaha cyo gushimuta Abanyarwanda babiri imbere yâUrukiko rwa Gisirikare rwa Makindye muri Kampala, yasabye ko umugaba mukuru wâingabo za UPDF, Gen. Muhoozi, yagira icyo akora ku burenganzira bwe avuga ko bwakomeje guhonyorwa kuva yatabwa muri yombi. Mu ibaruwa yo kuwa 07 Ukuboza […]
Musanze: Abanyamakusanyirizo bashinja abamamyi, abahinzi bashima abamamyi, Polisi igafunga umunyakusanyirizo
Umunyarwanda ati, âUrucira umumamyi rugatwara umunyamakusanyirizoâ, ikibazo cyâabahinzi bâibirayi nâabanyamakusanyirizo kimaze iminsi, ariko ni nkâaho kitavugwaga uko kiri, kuko abanyamakusanyirizo babwiraga inzego za Leta ko ikibazo gihari ari icyâabamamyi. Urugize kera ruhinyuza intwari rero, ukuri kurashyize kurameneyekana, Serushago atawe muri yombi, mugenzi we Bariyanga Sylvestre nawe aho ari ntatekanye. Byaravuzwe mu bitangazamakuru kenshi, ariko ubu […]
Umutoza JosĂ© Mourinho yishimiye Lukaku nâubwo muri iyi minsi atarimo gutsinda
Umutoza JosĂ© Mourinho avuga ko rutahizamu wâikipe ya Man.Utd atoza, Romelu Menama Lukaku amwishimiye kabone nâubwo hari abakomeje kuvuga ko muri iyi minsi atarimo gutsindira ikipe. Uyu musore wâimyaka 24 yâamavuko, yari amaze gukina imikino ine (FC BĂ Âąle, Brighton, Watford, Arsenal) adatsindamo igitego ariko aza kukibona ku mu kino wa gatanu ubwo Man Utd yakinaga […]
Abapasiteri babiri basezeranye kubana akaramata bahuje ibitsina
Abapasiteri Twanna Gause na Vanessa Brown basezeranye imbere yâImana kubana akaramata bahuje ibitsina mu rusengero ryâAbabatisita âNew Vision Full Gospel Baptist Churchâ ruherereye mu Burasirazuba bwa Orange, mu mujyi wa New Jersey wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Imbere yâimbaga yâabakirisito, umwe muri aba bagore yari yambaye ivara undi yambaye ikanzu yâibirori ariko ya […]
Kutagenzura uko intwaro zinjira ngo nibyo bitera umutekano mucye mu Karere
Ikibazo cyo kutitondera igenzurwa ryâ uburyo intwaro zikomeza kwinjira no gukwirakwizwa mu bihugu mu buryo butazwi bitera umutekano mucye mu Karere. Ibi ni ibyavugiwe i Kigali, mu nama ya 45 ya komite ya Loni yiga ku bibazo byâ umutekano muri Afurika yo Hagati (UNSAC) isanzwe iba kabiri mu mwaka. Muri iyi nama yitabiriwe nâ inzobere […]
Uganda: Umuhungu wa Rujugiro arindiwe umutekano mu buryo bukomeye
Umuhungu wâumunyemari Ayabatwa Tribert Rujugiro witwa Richard Rujugiro arindwa ku buryo bukomeye byâumwihariko iyo yasuye uruganda rwâitabi rwa se ruherereye ahitwa Arua. Nkâuko ikinyamakuru The Standard dukesha iyi nkuru kibitangaza, ngo uyu muhungu wa Rujugiro ndetse na mubyara wa se witwa Claude Ndatinya, ngo barindiwe umutekano aho bari muri Hoteli y’umuturirwa iherereye mu Majayaruguru ya […]
Burundi: Opozisiyo isanga Perezida Nkurunziza agiye gukoresha Kamarampaka yâ igitugu
Mu gihe Leta ya Perezida Pierre Nkurunziza ibicishije muri Minisiteri yâ Umutekano wâ igihugu, itangaza ko igiye gutangiza ibikorwa byo gutegura Kamarampaka, Opozisiyo ya politiki mu Burundi isanga CNDD-FDD iri ku butegetsi itubahiriza uburenganzira bwa muntu. Abatavuga rumwe na Leta ya Petero Nkurunziza batangiye kuvuga ko iyi gahunda yo gutegura Kamarampaka ari ikimenyetso simusiga cyerekana […]
Dore ibimenyetso by'ingenzi biranga umuntu utishimiye umukunzi we
Ni kenshi abantu batandukanye usanga binubira abo bahisemo kubana ubuzima bwabo bwose bitewe n’uko wenda batabakorera ibyo bashaka cyangwa bakwiye mu rukundo bigatuma bumva batabishimiye na gato . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munsi bwiza.com yagerageje gukusanya bimwe mubyingenzi byakwereka ko umukunzi wawe yakurambiwe mbega ko atishimiye urukundo rwanyu: 1. Umugore utishimiye urushako, ntajya ahangayikishwa nâikibazo icyo […]
Ruhango: Batewe ipfunwe no kwitwa ba Bihemu, none barashaka ko iryo zina riba umugani
Urubyiruko rwize ibyâikoranabuhanga mu ishuri ryâimyuga nâubumenyingiro rya Ruhango, baravuga ko nyuma yo kurangiza amasomo yabo bakajya kwihangira imirimo basanze mu bo bashinzwe guha serivisi [aribo baturage] babita ba Bihemu, kubera ubunyangamugayo buke bwakunze kubaranga. Gusa ibi ngo biteguye kubikosora. Abanyeshuri basaga 300 bize ibyâikoranabuhanga mu gusana no gutunganya ibikoresho bya Electronic, nibo baherutse guhabwa […]
Ese Col. Bagosora yaba yarishe Habyarimana ngo abone uko asoza umugambi we wâ Imperuka?
Mu gihe Umuryango w’Abibumbye wise jenoside, ubwicanyi ndengakamere bwa mbere mu kinyejana cya 20 , Col. Bagosora nkâ umusirikare ukomeye kandi wâ umunyamwuga yayise âImperukaâ cyangwa se Apocalypse mu rurimi rwâ igifaransa bisobanura iherezo, aha akaba ariho abasesenguzi bahera bavuga ko yaba yarikijije Perezida Habyarimana ngo abone uko asoza iyi mperuka. Isesengura ryagiye rikorwa nâ […]
Buruseli : Umuhanzi Degaulle wo muri Orchestre Ingeli yateguye igitaramo cya Yubile
Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru ye 50 yâ amavuko, umuhanzi wâ umunyarwanda Ismail Ufiteyezu umenyerewe ku izina rya Marechal Degaulle umaze imyaka akorera ku mugabane wâ I Burayi yateguye igitaramo cya muzika. Iki gitaramo cyâ imbaturamugabo, Marechal Degaulle yise « Jubilee Concert » kizabera mu Bubiligi mu murwa mukuru wâ iki gihugu I Brussels. Iki […]
Rwamagana: Guhishira nâuburangare bwâababyeyi nibyo ntandaro yâinda ziterwa abana
Abaturage bo mu karere ka Rwamagana bavuga ko uburangare bwâababyeyi batita ku burere bwâabana babo ndetse no guhishira ababahohotera, ari byo bitiza umurindi iri hohotera rishingiye ku gitsina rikorerwa abana bâabakobwa. Bavuga ko abana bâabakobwa baterwa inda bakiri bato bigatuma bacikisha amashuri ,ariko uburangare bwa bamwe mu babyeyi no kutita ku bana babo no gukurikirana […]
RDC: Impunzi zâAbarundi zanze kwibaruza mu buryo bugezweho kubera imyemerere
Impunzi zâabarundi zisaga 2.100 zicumbikiwe mu Nkambi ya Kamanyola muri Teritwari ya Walungu, ho muri Kivu yâAmajyepfo zanze kwibaruza hakoreshejwe uburyo bugezweho ( enregistrement biomĂ©trique ) butuma ababashinzwe babasha kumenya aho baherereye mu rwego rwo gutuma bagezwaho imfashanyo mu buryo bworoshye. Ibi ngo izi mpunzi zikaba zibiterwa nâimyemerere yazo. Nkâuko byatangajwe na bwana Augustin Bulimuntu, […]
I Buruseli :Umuhanzi Degaulle wo muri Orchestre Ingeli yateguye igitaramo cya Yubile
Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru ye yâimyaka 50 yâ amavuko, umuhanzi wâ umunyarwanda Ismail Ufiteyezu umenyerewe ku izina rya Marechal Degaulle umaze imyaka akorera ku mugabane wâ I Burayi yateguye igitaramo cya muzika. Iki gitaramo cyâ imbaturamugabo, Marechal Degaulle yise « Jubilee Concert » kizabera mu Bubiligi mu murwa mukuru wâ iki gihugu I Brussels. […]
Umugabo yirukanye umugore we ahitamo kwibanira na nyirabukwe
Umugabo witwa Mahto Suraj wâimyaka 22 yâamavuko, akomoka mu gihugu cyâu Buhinde. Aherutse kwandika amateka yo gutandukana nâuwo bari bamaze igihe gito bashakanye witwa Latila wâimyaka 19 agahitamo gushakana na nyirabukwe, Asha Devi wâimyaka 49 nyuma yo kumubengukwa. Uyu mugabo Mahto avuga ko nyuma yo gushakana na Latila, yakomeje kujya abona nyirabukwe aba mwiza uko […]
Igitekerezo: Niba gusebanya bibaye icyaha, nibaagure amagereza
Mu itegeko rikiganirwaho ryerekeye guhana ibyaha mu Rwanda, harimo ingingo zivuga ko gusebanya ari icyaha, ndetse hateganijwemo nâibihano birimo nâigifungo. Abanyamakuru nibo babaye aba mbere mu kwamagana izi ngingo ariko si bo bonyine zireba. N’ubwo nta tegeko rireba ibyabaye mbere yâuko ritangazwa (principe de non retrospection), icyaha cyo gusebanya kimaze kugaragara ku bantu benshi harimo […]
Burundi : Imbonerakure ziherutse kwica umuyobozi mu Kirundo zamenyekanye
Imbonerakure 3 zikekwaho kwica Serges Barutwanayo wahoze ari mu bayobozi bakuru mu Ntara ya Kirundo zamenyekanye. Aba basore batatu bakekwaho kwica uyu Serge Barutwanayo basanzwe babarizwa mu Rugaga rwâ Urubyiruko rwa CNDD-FDD(Imbonerakure) zifatwa nkâ umutwe wâ abicanyi nâ imiryango mpuzamahanga ndetse na Loni. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku mugoroba wo kuwa 28 Ugushyingo 2017, Serges Barutwanayo yavuye […]
Uvira: Imirwano hagati yâAbanyamulenge nâAbafuliiru imaze kugwamo batanu
Abantu batanu nibo bamaze kugwa mu mirwano ihuza, kuva mu ntangiriro zâiki cyumweru, inyeshyamba zitwaje ibirwanisho zo mu bwoko bwâAbanyamulenge zihanganye nâinyeshyamba zo mu bwoko bwâAbafuliiru bafatanyije nâAbanyindu bâahitwa Bijombo mu misozi miremire yo muri Teritwari ya Uvira ho muri Kivu yâAmajyepfo. Amakuru aturuka aha hantu agera kuri Radio Okapi, aravuga ko iyo mirwano imaze […]
Kamembe: Ukekwaho gutwikisha umwana shampoma y'imodoka yagejejwe imbere y'urukiko
Kuri uyu Kane, italiki 07 Ukuboza 2017, Ubushinjacyaha ku Rwego RwâIbanze rwa Kamembe bwagejeje imbere yâUrukiko umushoferi witwa NGABONZIZA Jean Claude kugira ngo hasuzumwe ibyâifungwa nâifungurwa ryâagateganyo, ku cyaha acyekwaho cyo gutwikisha umwana shampoma yâimodoka ku bwâamahirwe uyu mwana ntapfe. Ngabonziza akekwaho kuba yaratwitse uyu mwana ku wa 09 Ugushyingo 2017, saa munani zâamanywa, ari […]
Ifoto yâumwana wâumuzungu wanze guhagarara imbere yâumukinnyi wâumwirabura mu kibuga ikomeje kuvugisha benshi
Mu ntangiriro zâuyu mwaka dusoza, nibwo ikipe yâigihugu cyâu Butaliyani ya As Roma yahuye nâikipe ya Torino. Byari bimenyerewe ko mbere yâuko umukino utangira, abakinnyi biyerekana mu kibuga, akenshi bari kumwe nâabana bato imbere yabo, ni muri urwo rwego uyu mukinnyi yasigaye ahagaze wenyine mu gihe umwana wagombaga kumuhagarara imbere yagiye kubyiga mugenzi we bahuje […]
Uganda: Minisitiri Tumwebaze yibasiye Ambasaderi wa Amerika amusaba kubanza kwita ku byâiwabo
Minisitiri wâitangazamakuru wa Uganda, Frank Tumwebaze, kuri uyu wa Kane yabyutse yibasira Ambasadaeri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika , Deborah Malac, uherutse guhamagarira guverinoma yâiki gihugu kureka kubangamira itangazamakuru. Kuwa Gatatu ushize nibwo Ambasaderi Malac yasabye abafatanyabikorwa nâabakurikirana itangazamakuru rya Uganda gufatanya mu bikorwa byo guharanira itangazamakuru ryisanzuye muri Uganda. Ibi akaba yarabisabye ubwo […]
Niba byabayeho ko abashoferi bagwa mu cyaha ntibikwiye kubinjiza mu kindi cya ruswa- CIP Kabanda
Polisi yâu Rwanda ndetse nâizindi nzego za Leta bakomeje urugamba rwo gukumira no kurwanya ruswa, ariko ikigaragara ni uko hari bamwe mu baturage batarumva ko ruswa itemewe mu Rwanda ndetse ihanwa nâamategeko ari nayo mpamvu isaba abatwara ibinyabiziga kwirinda kugwa muri iki cyaha. Ikibigaragaza ni uko mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuwa Kane tariki […]
Loni igiye gutangiza iperereza ku mikoranire hagati ya M23 na Leta ya Kabila
Loni irasaba ko hakorwa iperereza nyaryo nyuma yaho Umuryango Uharanira Uburenganzira bw’Ikiremwamuntu “Human Rights Watch” ushyize mu majwi Leta ya Joseph Kabila gukoresha bamwe mu barwanyi ba M23 kugirango agume ku butegetsi mu Ukuboza 2016. Umuvugizi wa Monusco, Charles Bambara avuga ko Perezida wa Congo-Kinshasa, Joseph Kabila ashobora kuba yarakoresheje aba barwanyi ba M23 nkâ […]
Dr Mutimura yinjiye muri MINEDUC asangamo uruhuri rw'ibibazo byabaye umuranzi
Minisiteri yâuburezi ibaye iramutswa mu mazina yâabamaze kuyibora ubu yaba irusha amazina inkanda. Nyuma ya Prof Malimba wari uwa 13 mu kuyobora Minisiteri yâUburezi, ubu hagezweho uwa 14 ariwe Dr Mutimura Eugene. Ibibazo muri iyi minisiteri byabaye ingamburuzabahizi, ku buryo nâugezemo wese atanarangiza nâibyo ahasanze, ahubwo hakavuka ibindi. Ifungwa nâifungurwa rya za kaminuza rya hato […]
Umupasiteri yateje impaka nyuma yo kugaragara agaragiwe nâabarinzi no mu rusengero
Umuvugabutumwa muri Nigeria witwa Johnson Suleman yateje abaturage gucika ururondogoro nyuma yo kugaragara ashagawe nâabarinzi bambaye imyenda yâakazi ndetse bamwe muri bo bitwaje intwaro. Uyu mupasiteri wibasiwe cyane ku mbuga nkoranyambaga, yasobanuye impamvu yamuteye gushaka abarinzi ba kumanywa na nijoro bamugendaho aho agiye hose yewe no mu rusengero, asobanura ko ijambo ryâImana ritabimubuza. Yakomeje asobanura […]
Wizkid arataramira i Kampala mu gitaramo yita icya mbere gikomeye agiye gukorera muri Afurika
Umunya- Nigeriya, Ayodeji Ibrahim Balgun wamamaye nka Wizkid ubu ari kubarizwa mu gihugu cya Uganda aho aje gutaramira nyuma yo kubatenguha umwaka ushize wa 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku Gatatu tariki 6 Ukuboza 2016, ahagana saa cyenda (15:00) zâi Kampala, nibwo uyu muhanzi Wizkid yasesekaye ku kibuga kindege cya Entebbe, aho yakiriwe nâabanyamakuru nyuma gato akajyanwa […]
Koreya ya Ruguru yongeye gutangaza ko yiteguye intambara nâAmerika ariko ko itazi igihe izatangirira
Umuvugizi wa Korea ya Ruguru yatangaje ko kugeza ubu igihugu cye gitegereje imbarutso ubundi bagakozanyaho nâAmerika ikomeje gusa nâigikora mu jisho. Ibi byatangajwe nyuma yâuko mu ntangiriro zâiki cyumweru, Amerika yohereje integer zâintambara nâabasirikare banshi muri Koreya yâEpfo mu bikorwa byâimitozo, Koreya ya Ruguru yo ikaba ivuga ko ibyo bitayikanga. Mu ijambo rye herutse kugeza […]
Ese Ababiligi baba baratwaye umugogo wâ umwami Yuhi IV Musinga iwabo?
Mu gihe, abagize komisiyo mbonezamubano muri Sena batangiye kwibaza ku ndangamurage nyarwanda zibitswe nabi ndetse n’iziri mu mahanga, Visi Perezida wâ Umutwe wa Sena, Jean dâArc Gakuba yasabye ko umugogo wâ umwami Yuhi IV Musinga wavanywa mu Bubiligi ukazanwa mu Rwanda. Mu rwego rwo kumenya amakuru yâ impamo kuri iki kibazo gikunze gutera impaka aho […]
Nashatse umugabo ariko nongeye kwiyumvamo amuhungu twiganye, ashobora kunsenyera pe! NKORE IKI?
Mwongeye kwirirwa bakunzi b’ikinyamakuru BWIZA.COM nagirango mumfashe mu kibazo cyambanye ihurizo, nakundanye nâumuhungu muri Secondaire twarakundanye bidasanzwe ku buryo no ku ishuri batwitaga abasazi kubera ukuntu buri kanya twabaga turi kumwe. Iyo hashiraga isaha ntabonye Daniel, numvaga nta mahoro mfite, nkagira imbeho ntazi aho iturutse, gukurikira mwarimu bikananira. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Byageze aho yajyaga ataha, akansigira […]
Neza watwaye Afrima Award azataramana na Masamba muri Kigali Jaz Junction
Ku wa Gatanu tariki ya 8 Ukuboza 2017 , muri Kigali Serena Hotel hazabera igitaramo cyâumunyarwandakazi, Neza Masozera na Masamba Intore, muri Kigali Junction. Patricia Neza Masozera ubusanzwe uzwi ku izina rya âDa SongBirdâ ni umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Nigeria, ubu akaba ari mu Rwanda, aje mu gitaramo azahuriramo na Masamba Intore. Mu kiganiro yagiranye […]
Nyabihu: Ishyaka Green Party ryaburaburijwe mu maboko yâubuyobozi na hoteli
Mu mpera zâ icyumweru gishize, Ubuyobozi bwâ Umurenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu ngo bwashatse kuburizamo amahugurwa yâ abarwanashyaka bâ Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Ibidukikije (DGPR) yagombaga kubera muri ‘Volcano Gate Hotel, ariko biba ngombwa ko akarere kinjira mu kibazo. Ibi byabaye mu gihe Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Jenda avuga ko nta baruwa yamugezeho isaba gukora […]
Ingurube yavukanye isura isa n'iy'umuntu n'ikintu kimeze nk'igitsina mu gahanga (Amafoto)
Mu gace ka Yanan gaherereye mu Majyepfo yâumujyi Guangxi Zhuang mu gihugu cyâu Bushinwa havutse ingurube idasanzwe ifite isura nkâiyâumuntu, nâigisa nâigitsina cyâumuntu wâumugabo mu gahanga. Umworozi wabigize umwuga muri iriya famu yavutsemo ririya tungo ridasanzwe, Tao Lu yatangaje ko na nubu ataremera ko ibyo yiboneye nâamaso ye ari ibye kuko iyo iyo ngurube yavutse […]
Gisagara: Ubusinzi nâabakobwa bareresha ababyeyi babo, intandaro yo kudacika kwâimirire mibi
Ubuyobozi bwâakarere ka Gisagara buravuga ko ubusinzi bugaragara ku babyeyi bamwe na bamwe no kuba hari abakobwa babyara batabana nâabagabo, abana bakabazanira ababyeyi, bigira uruhare mu kudacika kwâikibazo cyâimirire mibi igaragara muri aka karere, dore ko ngo bituma abana batitabwaho uko bikwiye. Ibi biherutse kugarukwaho nâumuyobozi wâakarere ka Gisagara, Rutaburingoga Jerome, mu kiganiro nâabanyamakuru. Mayor […]
Tanzania: Abanyepolitiki basaga 3o bamaze gutabwa muri yombi
Abantu babarurwa muri 38 bo muri Tanzania biganjemo abanyepolisiki bo mu mashyaka atandukanye, Abadepite, nâabandi, batawe muri yombi bazira kudashyigikira ibikorwa byâamatora yâibanze biri kubera mu gihugu. Ibitangazamakuru bitandukanye byo muri kiriya gihugu bivuga ko aba bantu bose uko ari 38 batangiye gutabwa muri yombi guhera ku itariki ya 29 Ugushyingo, bakaba bagenda biyongera umunsi […]
RBC iratangaza ko 46% by'abakora uburaya babana na Virus itera SIDA
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC, bugaragaza ko kugeza ubu 46% by’abakora uburaya, banduye virus itera SIDA, naho muri rusange Abanyarwanda bangana na 3% babana na yo, iki kigero ngo kimaze imyaka 10 kidahinduka. Muri ubu bushakashatsi kandi hagaragazwamo ko umujyi wa Kigali ari wo ufite umubare munini w’abafite ubwandu bwa virus itera SIDA […]
Uganda yatangiye gukura abasirikare bayo muri Somaliya
Leta ya Uganda yatangiye gukura abasirikare bayo muri Somaliya, aho bari mu butumwa bwo kugarura amahoro. Ikinyamakuru Nation.co, gitangaza ko aba basirikare ba Uganda bacyuwe ku bwâicyemezo cyâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), cyo kugabanya abasirikare muri Somalia bari bariyo mu butumwa bwo kugarura amahoro. Ku wa Gatatu tariki ya 6 Ukuboza 2017, nibwo iyi […]
Uko umunyemari, Nkurunziza yafatanyije nâubuyobozi bwa banki kwiba umujenerali wo muri Sudani yâEpfo Miliyari
Abashinzwe iperereza muri Uganda cyo batangiye iperereza ku mucamanza wo mu rukiko rukuru nâabayobozi bo muri banki ya Stanbic, icyicaro cya Nakasero, bafatanyije nâumucuruzi witwa Fred Nkurunziza kubikuza mu buryo bunyuranyije nâamategeko asaga Miliyari yâAmashilingi kuri konti yâumujenerali wo muri Sudani yâEpfo. Uyu mucuruzi, Nkurunziza, kuri ubu uri muri kasho ya polisi mu rwego rwâiperereza, […]
Abanyamakuru barasaba ko gusebanya bikwiye kujya mu byaha mbonezamubano, aho kujya mu byaha bihanwa
Mu biganiro byahuje abanyamakuru,urwego rw’abanyamakuru rwigenzura(RMC) n’ishyirahamwe ry’abanyamakuru,byateguwe n’umuryango w’abanyamakuru baharanira amahoro,pax press kuri uyu wa kabiri tariki ya 5 ukuboza 2017,byari bigamije kuganira Ku ngingo 5 zirimo kuvugururwa Ku cyaha cyo gusebanya,aho muri izi ngingo hagaragaramo ko uzajya agaragaraho gusebanya,azajya ahanishwa igifungo ndetse hakaniyongeraho gucibwa amande. Imwe muri izo ngingo,ni ingingo ya 254,ivuga ko […]
Uganda: Imva ya Ivan Semwanga yacukuwe nâabataramenyekana bateshwa nâimbwa
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Ukuboza 2017, imva yâumuherwe Ivan Ssemwanga yataburuwe nâabantu bari bakurikiyemo imari bateshwa nâimbwa zabakanze bakiruka. Ikinyamakuru the new vision dukesha iyi nkuru kivuga ko aba bantu batamenyekanye bagerageje gucukura imva yâuyu muherwe imaze igihe ashyinguranywe akayabo kâamafaranga ariko ntibyabahira kuko umugambi wa bo bawuteshejwe na […]
Rubavu: Ireme ryâuburezi ribangamiwe nâikibazo cyâubucucike bwâabana no guta amashuri bya hato na hato
Ikibazo cyâubucucike bukabije mu mashuri abanza cyane cyane mu myaka ya mbere yâamashuri, kiri mu bibazo bituma ireme ryâuburezi muri aka Karere ka Rubavu ridindira, ibi kandi bikiyongeraho nâikibazo cyo guta amashuri nkâuko bitangazwa na Madame Rachel Mukamuganga Mahuku, umurezi akaba nâUmukozi wâikigo gikorana na Minisiteri yâUburezi gishinzwe guteza imbere Ireme ryâuburezi Well Spring Foundation […]
Amerika irateganya kwimurira ambasade I Yerusalemu, uko 16 zahabanje zahavuye nabi
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump arateganya kwimura ambasade yâigihugu cye muri Israel akayivana I Ter Aviv akayimurira I Yerusalemu, ariko ibihugu nka Chile, u Buholandi na Kenya nabyo byigeze kugira ambasade muri uyu mujyi ziza kuhimurwa. Mu gihe perezida Trump yashyira mu bikorwa kwimura ambasade ayikura I Tel Aviv ayijyana I […]
M23 yari yarirukanye izo ngegera zirirwa zikubita abaturage I Kinshasa â Bertrand Bisimwa
Umutwe wa M23 wagize icyo uvuga kuri raporo ya Human Rights Watch iherutse kuvuga ko bamwe mu bagize uyu mutwe barimo guhabwa akazi na perezida Joseph Kabila ngo bamufashe gucecekesha abatavuga rumwe nâubutegetsi bwe. Nkâuko itangazo ryavuye muri M23 rivuga, umuyobozi wayo, Bertrand Bisimwa, ubarizwa muri Uganda, yavuze ko uyu mutwe akuriye uhakana uruhare urwo […]
Uganda: Abahanzi 2 bari mu mazi abira bashinjwa kwibasira perezida Museveni mu ndirimbo
Abahanzi 2 bo muri uganda barimo umwe usanzwe atunganya umuziki (Producer) bari mu mazi abira nyuma yo guhimba indirimbo ubuyobozi buvuga ko yibazira umukuru wâigihugu. Aba bahanzi barimo David Mugema yâimyaka 31ndetse na mugenzi we Jonathan Muwanguzi wâimyaka 23bashinjwa gushyira ahagaragara indirimbo Wumula mzee (take a rest old man) cyangwa ce âRuhuka muzeheâ Aba bahanzi […]
U Rwanda ruritegura kwakira imwe mu nama zikomeye ku burezi muri Afurika
Mu 2018, u Rwanda, kimwe mu bihugu bishyize imbere ikoranabuhanga muri gahunda zabyo zâiterambere, nicyo kizaba kiyoboye Afurika Yunze Ubumwe, aho perezida Kagame azaba ari Chairman wayo. U Rwanda rukaba rukazagira nâuruhare rukomeye mu kwakira inama ku ikoranabuhanga mu burezi muri Afurika â eLearning Africaâ abayitegura bateganya ko izaba ari yo ikomeye cyane mu myaka […]
Mugore, menya impamvu ushobora kuba utagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina
Kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina mu ndimi zâamahanga byitwa âfrigidityâ ni ikibazo kitoroshye kuko bituma benshi babaho mu buzima bubashaririye kuko uretse no kuba abagabo babibaziza na nyirâubwite bimutera ipfunwe akumva ko atameze nkâabandi. kutagira ubushake ku mugore ni iki? Kugira ngo byumvikane neza abahanga basobanura ko kutagira ubushake bwo gutera akabariro ku bagore […]
Zimbabwe: Grace Mugabe arasaba gatanya nâumugabo we nyuma yâuko yeguye ku butegetsi
Nyuma yââuko perezida Robert Mugabe akorewe ibisa na Coup dâEtat nyuma bigatangazwa ko yeguye ku bushake bwe ku mwanya wa Perezida wa Zimbabwe, amakuru aravuga ko umugore we Grace Mugabe ari gusaba ko batandukana. Ikinyamakuru jeunafrique dukesha iyi nkuru kivuga ko guhera kuwa Mbere wâiki cyumweru, amakuru acicikana ku mbuga za interineti muri kiriya gihugu […]
Israel: Abanyafurika bimwe ubuhungiro baratangira kugezwa mu Rwanda vuba
Ibiro byâUmushinjacyaha wa leta ya Israel kuri uyu wa kabiri, itariki 05 Ugushyingo, byatangarije Urukiko Rukuru rwâUbutabera ko igikorwa cyo kwimura abaturage bo mu bihugu bya Afurika, bamaze igihe bashaka ubuhungiro muri iki gihugu, bimurirwa mu Rwanda no muri Uganda, kigiye gutangira vuba. Guverinoma ya Israel ikaba iteganya gusubiza muri Afurika abashakaga ubuhungiro muri iki […]
Ese Gen. James Kabarebe azajya i Paris gusobanura ku ihanurwa ryâ indege ya Habyarimana?
Umucamanza wâ umufaransa, Jean-Marc Herbaut yoherereje Minisitiri wâ ingabo zâ u Rwanda, Gen. James Kabarebe urupapuro rumuhamagaza i Paris kugirango atange ibisobanuro ku ihanurwa ryâ indege yari itwaye Perezida Habyarimana na bagenzi be ku itariki 6 Mata 1994. Iyi nkuru dukesha RFI ivuga ko uyu Jean-Marc Herbaut yifuza kuzabaza Gen. Kabarebe ibibazo binyuranye bijyanye nâ […]
Hemejwe gushaka uburyo burambye bwo gushakira umutungo wunganira gahunda ya mituweli
None ku wa Kabiri, tariki ya 5 Ukuboza 2017, Inama yâAbaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. 1. Inama yâAbaminisitiri yemeje imyanzuro yâInama yâAbaminisitiri yo ku wa 08 Ugushyingo 2017, imaze kuyikorera ubugororangingo. 2. Inama yâAbaminisitiri yagejejweho aho imyiteguro yâInama yâIgihugu yâUmushyikirano igeze. 3. Inama yâAbaminisitiri yemeje: a) […]
Icyemezo cya perezida Trump cyo guhindura Yerusalemu umurwa mukuru wa Israel cyateje impagarara
Hashize igihe kitari kinini, perezida Trump atangaje ko agiye kwimura ambasade yâAmerika yabarizwaga mu murwa mukuru Tel Aviv akayimurira mu mujyi wa Yerusalemu, iki cyemezo kikaba cyateje impagarara mu bihugu byiganjemo ibyâabarabu nâAbasilamu. Ni mu gihe perezida Trump naramuka ashyize mu bikorwa iki cyemezo, azaba ateje impaka ku baturage ba kiriya gihugu cya Israel na […]
Inzego zâ ubutasi zâ u Bufaransa zishinjwa guhitana abaperezida 22 ba Afurika
Kuva muri 1963, Abaperezida 22 ba Afurika barishwe u Bufaransa bugatungwa agatoki ko bubyihishe inyuma, ko bubaziza kutubahiriza amasezerano bagiranye ndetse banabangamira inyungu zâ iki gihugu cyâ igihangange. Ibi bikorwa byâ ubugome byagiye bikorerwa aba baperezida bo ku mugabane wa Afurika bishinjwa inzego eshatu zâ ubutasi zifite ubunararibonye mu guhirika ubutegetsi (Coup- dâ Etats). Izo […]
CECAFA : Amavubi amaze gutsindwa imikino 2 ikurikirana
Mu mukino ufungura CECAFA 2017, Amavubi yatsinzwe na Kenya 2-0, umutoza Hey afata umwanzuro wo guhindura ikipe yose ku mukino ukurikira, gusa ntiyahiriwe kuko Zanzibar kuri uyu wa 5 Ukuboza 2017, atsinzwe na Zanzibar 3-1. ku isaha ya saa saba nâigice zo mu Rwanda, nibwo umugande Alex Muhabi yatangije umukino kuri Kenyatta Stadium, amavubi yatangiye […]
Ruhango: Umwana ufite ubumuga bwo mu mutwe, ahohoterwa n'umuhisi n'umugenzi
Mugisha Thierry, umwana w’imyaka 9, w’imfura mu muryango wa Gatete Alexis na Bampire Euthalie,batuye mu mudugu wa Giticyuma ,mu kagari ka Mwendo, umurenge wa Mbuye,mu karere ka Ruhango, yavukanye ubumuga bwo mu mutwe, abereye umutwaro ababyeyi bamubyara ndetse n’abaturanyi b’uyu muryango. Nk’uko bitangazwa na Bampire Euthalie nyina umubyara, ngo uyu mwana nyuma yo kubona ko […]
Ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare kigishije abana gusoma ibipimo by'ubukungu n'imibereho myiza
Ku wa kabiri tariki ya 5 Ukuboza 2017, Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda cyateguye ku nshuro ya gatatu igikorwa cyo kwigisha abana gusoma ibipimo by’ubukungu n’imibereho myiza y’abaturage hifashishijwe ibyavuye mu bushakashatsi bunyuranye, nk’uko bigenda bishyirwa ahagarara n’iki kigo. Ikigamijwe muri iki gikorwa ni ugufasha abana kubasha gusobanukirwa n’iterambere ry’igihugu cyabo hakoreshejwe ibipimo by’ibarurishamibare byashyizwe […]
Amafoto utabonye yaranze igitaramo Young Grace yakoreye i Rubavu
Ku wa Gatandatu tariki ya 2 Ukuboza 2017, umuraperikazi Young Grace yamuritse umuzingo we (Album) wa kabiri yise â20 Ă Â 22â i Rubavu ku ivuko, maze kitabirwa ku rwego rushimishije dore ko yari ashyigikwe n’abandi bahanzi barimo Aime Blueston, Sintex, Marina , Ama G the Black ndetse n’abandi batandukanye bo mu karere ka Rubavu. [xyz-ihs […]
Musanze: Abarimu bakoresheje ibizamini bya Leta baribaza impamvu batishyurwa
Mu Karere ka Musanze, abarimu bakoresheje ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, icyiciro rusange (Tronc- commun) ndetse nâ ayisumbuye, bavuga ko batishyuwe kandi bari basanzwe basoza akazi bishyurwa. Bamwe bavuga ko mu masezerano yâ akazi ko kugenzura (Surveillance) uko ibizamini bya Leta bikorwa, bagombaga kubona amafaranga yabo akazi kakimara gusozwa ariko si ko byagenze. Mu […]
Umukirisito utunze indirimbo muri telefoni ye atarayiguze na nyirayo, ni umujura- Past. Munishi
Umuhanzi akaba na Pasiteri, Munishi Faustin, yabwiye abakirisito batunze indirimbo z’abahanzi muri telefoni zabo bataraziguze na banyirazo ko ari abajura, ndetse ko bakwiye kwihana icyaha cyo kwiba. Ku Cyumweru tariki ya 3 Ukuboza 2017, kuri Dove Hotel, nibwo Pasiteri Faustin Munishi, umuririmbyi ukomoka mu igihugu cya Kenya, yatangaje ibi, yaje gufatanya nâumuhanzi Timamu Jean Baptiste […]