Perezida wa Zimbabwe arasaba ko Amerika yakuriraho igihugu cye ibihano byose
Perezida mushya wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa yatangaje ko mu minsi micye buri muturage mu gihugu cye aba yishyira akizana mu bikorwa bitandukanye ndetse ibihano Zimbabwe yafatiwe nâibihugu bikomeye bikaba byakurwaho bitarambiranye. Ibi ni bimwe mu byo yatangaje muri iki cyumweru mu kiganiro yagiranye nâabanyamuryango bâishyaka riri ku butegetsi, Zanu-Pf, akaba yanagarutse ku munsi uri gutegurwa […]
Uburengerazuba: Ikoranabuhanga riborohereza kubona Serivisi nâamakuru
Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu na Nyabihu mu ntara yâIburengerazuba rwishimiye uburyo gukeresha ikoranabuhanga birufasha kubona serivisi zihuse nâamakuru atandukanye. Izo serivisi ni nko gusaba ibyangombwa binyuze kâurubuga Irembo, kumenyekanisha imisoro nâamahoro hamwe no gusaba akazi. Hiyongeraho no kumenya amakuru atandukanye yo mu Rwanda no mu mahanga.binyuze kuri murandasi (internet). Uwiringiyimana Elysee utuye mu […]
Ese gukoresha abahoze ari abasirikare ba FPR ryaba ari iturufu rya RNC mu gusebya Leta yâ u Rwanda?
Mu myaka 7 ishize, Ihuriro RNC rimaze rishinzwe nâ abahoze ari abayobozi bakuru mu nzego za Leta ndetse no mu gisirikare cya FPR/Inkontanyi hari byinshi bagenda batangariza mu mahanga. Mu rwego rwa gisirikare Gen. Kayumba Nyamwasa, Col. Patrick Karegeya, Maj. Dr ThĂ©ogene Rudasingwa, Maj.Micombero, Maj.Higiro, S/Lt Benjamin Rutabana , Noble Marara, Cpl Jean Paul Rugema […]
Uganda yikanze ibitero biherutse kwibasira Monusco irunda ingabo nyinshi ku mupaka wa DRC
Umuvugizi wâ igisirikare cya Uganda (UPDF) , Brig Richard Karemire yemeje ko mu rwego rwo kurinda umutekano wâ igihugu cyabo begereje ingabo nyinshi ku mupaka bafitanye na Congo-Kinshasa. Ati â Dufashe icyemezo cyo gukaza umutekano nyuma yâ igitero ADF kugaba kuri Monusco , hari nâ amakuru atugeraho yemeza ko bari kwinjiza abantu mu gisirikare! ubu […]
Rubavu: Hifashishwa imikino mu kurwanya ibiyobyabwenge na SIDA mu rubyiruko
Bamwe mu rubyiruko rwahoze mu biyobyabwenge bakaza kwitabira imikino, bavuga siporo ariyo yatumye babireka, basubira mu mashuri nâimirimo inyuranye kandi baniteza imbere. Duhimbazimana Elissa wâimyaka 18 ubu ukina umupira wâamaguru mu kigo cya Vision Jeunesse Nouvelle kiri mu mujyi wa Rubavu. Avuga ko mbere yanywaga ibiyobyabwenge ariko nyuma yâaho yaziye muri icyo kigo, yabiretse ubu […]
Koreya: Umwe mu basirikare bakuru yaburiwe irengero, birakekwa ko yishwe na perezida Kim Jong Un
Umwe mu basirikare bakuru ba Koreya ya Ruguru, Hwang Pyong-So akomeje kuburirwa irengero, itangazamakuru rya kiriya gihugu rikaba ritangaza ko bikekwa ko yaba aherutse kwivuganwa na Perezida Kim Jong amuziza agasuzuguro. Hwang Pyong-So, ni umwe mu basirikare bari bakomeye ndetse bakorana bya hafi na perezida Un, itangazamakuru rivuga ko kuva aburiwe irengero mu minsi ishize, […]
Itsinzi ya Rayon Sport yatuwe Katauti witabye imana
Kuri uyu wa kane tariki 14 Ukuboza 2017 n’ibwo habaga umukino w’ikirarane wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ubwo Rayon Sports yakinaga na Police Fc ku munsi wagatanu wa Shampiyona Rayon igatsinda Police Fc 1-0 iyi ntsinzi yatuwe uwahoze ari umutoza wungirije muri Rayon Sports Katauti uherutse kwitaba imana mu kwezi ku gushyingo 2017. [xyz-ihs […]
Muhanga: Abana basenyewe inzu na nyirakuru bazishyurwa yapfuye
Ugiriwabo Liliane na Mukanduhuye Dative ni abana bâimfubyi bamaze imyaka isaga 10 bishyuza nyirakuru, wabasenyeye inzu akagurisha ibyari biyubatse nâibyari biyirimo imbere. Yaratsinzwe mu nzego zose ariko abura ubwishyu, ubuyobozi bukavuga ko bazishyurwa ari uko yapfuye. Aba bana batuye mu mudugudu wa Kidaho akagali ka Gasagara umurenge wa Rongi ho mu karere ka Muhanga.Mu mwaka […]
Nyuma yâ aho M23 irekeye ibikorwa bya gisirikare, igiye kwipakurura politiki-Me Elie Mutela
Mu kiganiro na kimwe mu kinyamakuru gikorera mu Rwanda , umuhuzabikorwa wa M23, MaĂ Âźtre Elie Mutela yatangaje ko umutwe ahagarariye uteze amaso ishyirwa mu bikorwa ryâ ibyemezo byafashwe mu biganiro byâ amahoro byabereye I Nairobi. Muri ibi biganiro ,Guverinoma ya Kinshasa yari yiyemeje kugarura umutekano mu Burasirazuba ndetse no gushakisha uburyo abarwanyi bo mu mitwe […]
Muhima: Abakiriya ntibakozwa ibyo kugana abadafite ubwiherero na parikingi
Abagana ahatangirwa services zitandukanye zirimo utubari, cyber cafĂ©(bacuruza interineti) nâahandi, bavuga ko barambiwe abacuruzi batagira parking nâubwiherero, bigatuma babacikaho. Ni henshi muri mujyi wa Kigali, bisaba umukiriya gusiga imodoka muri metero ijana aho atayicunga neza, agiye gusaba serivisi ahantu. Hari nâahandi usanga bafite ubwiherero bwâurufatanye, nabwo bakaguha agafunguzo ukazenguruka ibipangu birenze bitatu, hakaba nâubwo uhayobewe […]
Igitekerezo: Ibintu bitanu igitsinagore gikwiriye kwirinda mu mwaka mushya wa 2018
Mu byâukuri buri muntu wese agira igikorwa cyangwa imyumvire ndetse rimwe na rimwe akumva ayikomeyeho kuko aba yumva ari ingenzi mu buzima bwe.Gusa,iyo uko iminsi ishira biba bikwiriye ko ureba niba ikintu runaka hari icyo kigufasha cyangwa cyaba kikoreka. Muri iyi minsi yâimpera zâuyu mwaka wa 2017, ubwanditsi bwâikinyamakuru Bwiza.com bwabateguriye ibintu bitanu busanga bikwiriye […]
Umuyobozi wâAbadiventisiti ku isi, Ted Willison agiye kugenderera Uganda
Perezida wâinama nkuru yâitorero ryâAbadiventisiti bâumunsi wa Karindwi ku isi, Pr Ted Wilson ari mu mugambi wo gusura igihugu cya uganda mu ruzinduko rujyanye nâivugaburumwa mu ntangiriro zâumwaka utaha wa 2018. Muri uru ruzinduko rwâiminsi 5 ateganya gukorera muri kiriya gihugu ku itariki ya 14 zâukwezi kwa Gashyantare 2018, uyu muyobozi mukuru wâitorero ryâAbadiventisiti ku […]
Burundi : Ese Amashyaka yose yemerewe kwitabira amatora mu bwisanzure ibibazo byakemuka ?
Abakurikiranira hafi politiki yâ u Burundi bemeza ko n’ubwo ibiganiro biherutse kubera i Arusha muri Tanzania byananiwe kugera ku ngingo zâ ingenzi ariko amatora ateganyijwe agakorwa hubarijwe amategeko bishobora gutuma Demokrasi ishimangirwa muri iki gihugu. Ibi bitangiye gutekerezwa mu gihe ishyaka riyoboye u Burundi CNDD-FDD risa nirishaka kwemerera ayandi mashyaka yose ko yakwiyamamaza mu gihugu […]
Kenya: HRW irashinja inzego zâumutekano gufata ku ngufu no gukubita abasivile mu gihe cyâamatora
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW) uratangaza ko igipolisi cya Kenya hamwe nâizindi nzego zâumutekano byakoze ibikorwa byâubugizi bwa nabi birimo gukubita, gufata ku ngufu, gutoteza nâibindi bikorwa byâurukozasoni bwakorewe Abasivile mu gihe bari mu bikorwa bwâamatora yâumukuru wâigihugu aheruka. Uyu muryango uvuga kansi ko izinzego zakoresheje imbaraga nyinshi ngo zihoshe imyivumbagatanyo bigatuma hangirika ibikorwa […]
FPR yavutse kubera ibibazo u Rwanda rwarimo byaterwaga na politiki mbi- Perezida Kagame
Perezida Kagame avuga ko ari intambwe ishimishije ijyanye nâimbaraga zakoreshejwe ngo hahindurwe amateka yâu Rwanda, ndetse ko ibibazo u Rwanda rwarimo biturutse kuri politiki mbi, ari byo byatumye umuryango FPR/Inkotanyi uvuka. Ageza ijambo ku bitabiriye Inama Nkuru (Congress) yanahuriranye n’Isabukuru y’Imyaka 30 y’umuryango RPF-Inkotanyi, kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ukuboza 2017, ku kicaro […]
Kuki u Bufaransa butsimbaraye ku nyandiko zâ amabanga Perezida Mitterand aziranyeho na Habyarimana?
Ku wa 14 Ukuboza 2017, Umushakashatsi wâ umufaransa, Franà §ois Graner yatanze ikirego mu Rukiko ruharanira uburengenzira bwa muntu mu Muryango wâ Ibihugu byâ i Burayi, asaba ko Ikigo cyitiriwe Mitterand cyatanga uburenganzira ku bashakashatsi bifuza kubona amakuru ari mu bubiko bwâ inyandiko za Mitterand zigaragaza uruhare rwâ u Bufaransa muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda […]
Uganda: Umugabo yarongoye abagore 3 icyarimwe, 2 muri bo bava inda imwe
Umugabo witwa Mohammad Ssemanda wâimyaka 53 yâamavuko ukomoka mu gace ka Kasenyi aherutse gutungura abantu ubwo yarongoraga abagore 3 icyarimwe, Babiri muri bo bakaba ari abavandimwe. Uyu mugabo usanzwe ari umucuruzi wâibiribwa muri kariya gace avuga ko abagore be nta kindi bamukurikiyeho uretse kuba bamukunda gusa, yewe ko nta nâamikoro ahagije afite. The new vision […]
Amerika: Abasenateri 4 bâabagore bashyize perezida Trump mu majwi banamusaba kwegura
Abagore 4 bo mu Nteko ishinga amategeko yâAmerika baherutse gusaba Perezida Trump kwegura ku mwanya wâubuperezida bamushinja kuba hari ibyo yananiwe kuzuza ndetse no kudakurikirana ibyaha ashinjwa byo gushaka gusambanya abagore ku ngufu. Kuwa mbere tariki ya 11 Ukuboza 2017, ni bwo aba basenateri muri Sena ya Leta zunze ubumwe zâAmerika bongeye kwibutsa perezida Trump […]
Kigali: Polisi irizeza umutekano usesuye muri izi mpera zâumwaka
Polisi yâu Rwanda irizeza Abaturarwanda ko hazakomeza kubaho umutekano mu gihugu hose mu gihe cyâiminsi mikuru yo kwizihiza Noheri nâUbunani kandi igasaba abaturage kubyizihiza birinda gukora ibyaha. Ibi byatangajwe mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi yâu Rwanda ku Kacyiru ku wa 13 Ukuboza 2017, hagati yayo nâitangazamakuru, mu kiganiro cyari gifite insanganyamatsiko […]
Abazahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2018 bazakora n' ikizamini cyanditse
Nyuma y’uko habura amasaha make ngo igikorwa cyo kwiyandikisha kubashaka guhatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018 gitangire, abashinzwe imitegurire n’imigendekere myiza y’iri rushanwa ‘Rwanda Insipiration Backup’ batangaje ingengabihe izakurikizwa ndetse n’impinduka zizagaragara muri aya marushanwa ya nyampinga w’u Rwanda 2018. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Ukuboza 2017 , mu kiganiro […]
Nyamagabe: Uwafashe umwana ku ngufu yahanishijwe igifungo cya burundu yâumwihariko
Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyamagabe rwasomye urubanza ubushinjacyaha bwarezemo Mwumvaneza Patric, maze rwemeza ko ikirego cyâUbushinjacyaha gifite ishingiro, rumuhamya ibyaha bibiri aribyo gusambanya umwana no gukuramo inda maze rumuhanisha igihano cyâigifungo cya burundu yâumwihariko. Ibyo byaha bikaba byarakorewe umukobwa wâimyaka 14 uba mu Nkambi yâimpunzi ya Kigeme aho babanaga mu nzu […]
Nyinawumuntu Grace washinjwaga ubutinganyi yagizwe umwere
Urukiko rwâibanze rwa Nyarugunga rwemeje ko Uwamahirwe Chadia ukinira ikipe ya As Kigali yishyura Nyinawumuntu Grace wahoze amutoza amafaranga yâu Rwanda 2 825 000 nyuma yo gutangariza kuri Radio 10 ko yamaze igihe amukoresha ubutiganyi kuva akiri muto. Ibi urukiko rukaba rwabyanzuye nyuma yâikirego rwagejejweho na Nyinawumuntu Grace, wareze Shadia Mahirwe amushinja kumusebya kuri Radio […]
Poromosiyo ya Noheli nâUbunani: Ibiciro byo kwamamaza kuri Bwiza.com byahanantuwe
Mu rwego rwo kunezeza abasomyi b’ikinyamakuru www.Bwiza.com, muri iki gihe benshi biteguye kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli nâUbunani, twabashyiriyeho poromosiyo mu kwamamaza. Amatangazo yo kubika, aranga n’arangisha tuyabatambukiriza ku buntu, kimwe n’abatwandikira bashaka abakunzi ndetse nabifuriza inshuti zabo Noheli nziza n’umwaka mushya. Naho abamamaza ibikorwa byabo byâubucuruzi nâizindi serivisi, nabo bashyiriweho poromosiyo ibiciro byahanantuwe, utugana […]
Iyo habaye gutotezwa umubare w'abizera ugenda wiyongera kandi no kwizera kuraguka- Past.Steve Sonderman
Agendeye ku byabaye kuri Sitefano, Pastor Steve Sonderman uturuka muri Elmbrook Church muri Leta Zunze za Amerika ubwo yasuraga itorero ‘Potterâs Hand Ministry’ yashimangiye ko Imana ishobora gukoresha ibintu bisanzwe mu gukora ibintu bidasanzwe. Agendeye ku byanditse, Pst. Sonderman yatangiye kwigisha atanga urugero rwa Sitefano ubwo yigishaga agaterwa mabuye ariko ntibyamuciye intege ahubwo yarakomeje kugeza […]
Bujumbura: Abagabo babiri bicishijwe amahiri bashinjwa amarozi
Abagabo babiri bari batuye muri Komini Kabezi, Intara ya Bujumbura (rural) bakubiswe nâabaturage kugeza bashizemo umwuka, bashinjwa amarozi. Umwe muri aba bagabo yishwe nyuma yâamakuru yavugaga ko yigambaga ko ari we wirogeye umwana wâumuhungu wapfuye ku wa mbere tariki ya 11 Ukuboza 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mugenzi we, na we yashinjwaga nâabaturage ko bafatanyije kwica uwo […]
Ibyo wakorera umugabo wawe akazinukwa kwiruka mu bandi bagore
N’ubwo ingo nyinshi zikunze gusenyuka biturutse ku makimbirane akenshi usanga ashingiye ku mitungo, iyo imibonano mpuzabitsina idakozwe neza na byo bishobora kuba intandaro yo gushwana hagati yâabashakanye biturutse ku gukekana amababa ndetse rimwe na rimwe bikavamo no gutandukana burundu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore inama wakurikiza kugirango urugo rwanyu rudasenyuka biturutse ku mibonano mpuzabitsina itakozwe neza. 1. […]
Abidjan: Demokarasi niyo musingi wo kubungabunga ibidukikije- Dr. Frank Habineza
Ibi byashimangiwe na Dr. Frank Habineza mu nama nyafurika yâ amashyaka ashingiye kuri politiki iharanira Demokarasi inarengera ibidukikije i Abidjan muri CĂŽte d’Ivoire, yatangiye ku wa 11 Ukuboza ikarangira ku wa 13 Ukuboza 2017. Ni mu gihe u Rwanda nâ ibindi bihugu bya Afurika bikomeje guhura nâ ibibazo biterwa no kutabungabunga neza ibidukijije nâ imihandagurikire […]
Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi
Irambona David wâimyaka 28, utuye mu murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke, akomeje gutangaza benshi, aracuruza akunguka ku buryo ku kwezi yinjiza asaga ibihumbi 100 kandi afite ubumuga bwo kutabona. Uyu musore acuruza serivisi zâamafaranga, arabitsa akanabikuza kuri mobile money, tigo cash, airtel money, akanacuruza mituyu nâibindi bimwinjiriza amafaranga akora atabona. Aganira na Bwiza.com, […]
Uwari indaya yatunguwe, ntariyumvisha ukuntu yaba amaze amezi atatu adasambanye
Nyuma yo kwikinisha kenshi no gukuramo inda eshanu ku bushake, umugandekazi Sharon Kalenzi wakoraga akazi kâuburaya mu Bushinwa ndetse no mu bindi bihugu bitandukanye yasoje amasomo ye mu ishuri ryigisha Bibiliya, none yakoresheshe umunsi mukuru ko amaze amezi atatu adasambana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Sharon Kalenzi, yasoje amasomo ajyanye nâimiyoborere mu ishuri ryigisha bibiliya âMiracle Bible Collegeâ. […]
1973-1994: Leta ya Habyarimana yakoresheje Kiliziya Gatolika ku mbaraga
Mu gihe amateka ya politiki yâ u Rwanda rwategekwaga nâ abami ndetse no muri Repbulika ya 1 bigaragara ko abakoloni nâ abamisiyoneri bari bafite ijambo rikomeye, muri Repubulika ya 2 si uko byagenze kuko Perezida Juvenal Habyarimana nkâ umusirikare yakoresheje abapadiri ndetse anabategeka kwinjira muri MRND ku ngufu. Muri Repubulika ya kabiri yari iyobowe na […]
Yafashe amafoto yâurupfu rwe ubwo yahanukaga ku nyubako ifite uburebure bwa metero zisaga 200
Umushinwa wari umaze kumenyekana cyane kubera kurira inyubako ndende yafashe amashusho yâurupfu rwe bitari ku bushake ubwo yahanukaga kuri imwe muri izi nyubako ifite uburebure busaga metero 200. Uyu witwa Wu Yongning wâimyaka 26 yakoze iyi mpanuka ari kurira inyubako ya Huayuan Hua Center, imwe mu nyubako ndende ziri muri Changsha, umujyi uri mu Bushinwa […]
Inama zafasha abashakanye kugirango urukundo mu rugo rwabo rushinge imizi
Abafite ubunararibonye mu byâ imbonezamubano basanga kugirango urugo rukomere, rugendwe mbese rutunge rutunganirwe, abashakanye bagomba gushyira hamwe muri byose. Urukundo rwâabashakanye si urwâ isaha imwe cyangwa umunsi umwe cyangwa umwaka umwe ahubwo nâurwiteka ryose. Niyo mpamvu bagomba kubagarira urukundo rwabo kumanwa na nijoro, bakaruvomerera ndetse bakanarwuhira. kugirango ibyo bigerweho, hagomba kubaho kuzuzanya muri byose. Abashakanye […]
Nyabihu: Umwana yatewe inda na nyirarume umuryango urabihisha
Mu mudugudu wa Kabyaza mu karere ka Nyabihu, abana 7 mu ngo 200 batewe inda, barimo Uwineza( izina yahawe), wabyaye afite imyaka 14. Imiryango yamwunze nâumufundi wayimuteye yita nyirarume, amugenera ubufasha bwâamafaranga ibihumbi bitatu mu kwezi, ariko buza guhagarara nyuma yâumwaka kuko yanze kongera kuryamana na se wâumwana, Manishimwe Emmanuel. Uwineza ubu afite umwana w’imyaka […]
Robert Mugabe yasubukuye ingendo ze muri Singapore nyuma yo kuva ku butegetsi
Perezida Robert Mugabe wâimyaka 93 wategetse igihugu cya Zimbabwe imyaka 37 kugeza ubwo yeguzwaga nâigiirikare muri uyu mwaka wa 2017, yakoze urugendo rwe rwa mbere, kuva yava ku butegetsi, mu gihugu cya Singapore nkâuko byatangajwe nâinzego zâumutekano kuri uyu wa Kabiri. Mbere yo kuva ku butegetsi, perezida Mugabe yakunze kuvugwaho gusesagura umutungo wâigihugu akora ingendo […]
Umugore yari amaze imyaka 3 atwite none yabyaye igisa nâ imbwa
Muri Nigeria mu gace ka BMGS Bori, Rivers State , umugore wo mu bwoko bwa Akwa-Ibom wari umaze imyaka 3 atwite yabyaye ikintu kiremetse nkâ imbwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abagabo bemeza ko bazi neza uyu mugore bavuga ko akimara guhura nâ ibi byago ko bahise bamubona kuri moto agana inzira yâ urusengero agiye gusaba ko bamusengera. […]
Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage
Inyigo yakozwe nâ ikigo cyâ ubushakashatsi, IRDP kibarizwa muri sosiyeti sivile mu Rwanda, yerekana ko Leta itigeze iha abaturage umwanya uhagije kugirango ibateguze uburyo bagiye kwimurwa ndetse banahabwe ingurane ikwiriye mu duce yateganyirije ibikorwa remezo ku nyungu rusange zâ igihugu. Ibi bikubiye mu nyigo iherutse gushyirwa ahagaragara mu cyumweru gishize yerekana ko abaturage benshi bavuga […]
Uganda: Uwahoze ari umukunzi wa Kaweesi ashobora gusohorwa mu nzu yari azi ko Museveni yamuguriye
Christine Muhoza Mbabazi wigeze kuba umukunzi wa AIGP Andrew Kaweesi, wari umuvugizi wâIgipolisi cya Uganda wishwe mu ntangiriro zâuyu mwaka, ngo ashobora kwirukanwa mu nzu yatekerezaga ko leta yamuguriye. Uyu Mbabazi yabonanye na perezida Museveni muri uyu mwaka bagira icyo bavugana ku byabanjirije iyicwa rya Kaweesi muri Werurwe 2017, aho byavugwaga ko uyu mukobwa hari […]
Uganda: Umupadiri yatawe muri yombi ashinjwa uruhare mu bikorwa byâubwicanyi bw'abarinzi 2
Polisi ya Uganda ikorera mu gace ka Rukunguri yataye muri yombi umupadiri nâabandi bantu 4 bakurikiranyweho ubufatanye mu kwica abarinzi 2 bigenga, bakaba barishwe ku cyumweru tariki ya 10 Ukuboza 2017. Umuvugizi wa polisi muri aka gace, Moses Nanoka, yavuze ko aba barinzi barimo uwitwa Brian Tumubwaine wâimyaka 29 wari umaze imyaka isaga 15 ari […]
Ese koko Airtel yaba iteganya gufunga imiryango mu bihugu 3 birimo u Rwanda?
Nyuma yâaho hasohokeye inkuru ivuga ikigo cyâitumanaho cya Airtel cyaba kiri mu nzira yo gufunga business zacyo mu bihugu bitatu byo mu karere birimo nâu Rwanda, iki kigo kirahakana aya makuru nubwo cyemera ko nta nyungu kiri kubona. Mu itangazo Airtel Africa yashyize ahagaragara yavuze ko iri gukurikirana ubundi buryo business zayo zazanamo inyungu. [xyz-ihs […]
Neymar aracyashengurwa nâibitego 7 ikipe ya BrĂ©sil yatsinzwe mu gikombe cyâisi (2014)
Mu mikino yâigikombe cyâisi 2014, kuri Stade Maracana ikipe ya Bresil yatsinzwe ibitego 7-1, ubu rutahizamu wa Paris Saint Germain ukomoka mu gihugu cya BrĂ©zil, Neymar da Silva Santos Junior aratangaza ko ikipe ya BrĂ©zil imeze neza kuruta ubushize kandi ko nta kipe BrĂ©zil yatinya guhura nayo, yemeza ko bazaha akazi gakomeye andi makipe mu […]
Burundi: Inkiko zirashinjwa kurenza ingohe ikirego cyâabasore basaga 150 bishwe muri 2015
Iperereza ku byaha byâubwicanyi byakorewe mu Burundi guhera mu myaka 2 ishize, ryerekana ko hari urubyiruko rusaga 150 rwishwe rurashwe, ariko kugeza ubu inkiko zikaba nta cyo zikora kuri iki kibazo. DW dukesha iyi nkuru igaragaza ko mu gihe cyâimyivumbagatanyo mu Burundi muri 2015, hari abasore basaga 300 batawe muri yombi bagafungwa mu gihe babaga […]
Urujijo ku itabwa muri yombi ryâimpunzi zâAbanyarwanda 40 zafatiwe ku mupaka wa Uganda na Tanzania
Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko itsinda ryâimpunzi zâAbanyarwanda 40 kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Ukuboza 2017, ryafatiwe ku mupaka wa Uganda na Tanzania riri kwerekeza mu butumwa bwâivugabutumwa mu gihe hari andi makuru avuga ko aba baba ari Abanyarwanda bari bagiye mu myitozo ya gisirikare ya RNC muri Repubulika iharanira […]
Burundi: Abasirikare babiri mu barinda Perezida Nkurunziza bapfiriye mu mpanuka
Impanuka yabaye ku wa Mbere tariki ya 11 Ukuboza 2017, yahitanye ubuzima bwâabasirikare babiri mu barinda umukuru wâigihugu cyâu Burundi, Pierre Nkurunziza. Iyi mpanuka yabereye i Kabuye hafi yâumurwa mukuru wâIntara ya Kayanza, ku muhanda uva mu Kayanza ugana mu Ntara ya Ngozi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru ava mu Burundi avuga ko ari imodoka ebyiri za […]
Abahanzi nyarwanda bibitsemo impano ariko babuze abajyanama nâ abashoramari- Ras Banamungu
Umuhanzi wâ umunyarwanda, Ras Banamungu utuye mu gihugu cya Australia mu Mujyi wa Perth asanga abahanzi bâ abanyarwanda bafite impano zihagije ariko bakazira kutagira abantu babafashe mu guteza imbere ubutunzi bibitsemo. Ibi yise kubura Musical Teams Managments yabishimangiye mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Ukuboza 2017 ubwo yavugaga ko […]
Uganda: Kuki Gen.Henry Tumukunde arimo kuvugwa cyane mu bibazo by'Abanyarwanda?
Ikinyoma cyâumuvugizi wa polisi ya Uganda,Emilian Kayima ku bijyanye nâimpunzi zâAbanyarwanda cyamenyekanye nyuma yaho ikinyamakuru The Standard cyo mu gihugu cya Kenya mu nkuru yacyo ndende gitangaje amakuru ahabanye cyane nâibyo uyu mugabo yatangaje mu minsi ishize ubwo yaganiranaga ikiganiro na Chimpreports. Emilian Kayima ubwo yagiranaga ikiganiro nâiki kinyamakuru yabajijwe impamvu impunzi zâAbanyarwanda ziba muri […]
Umuhanzikazi Meek Rowland yasohoye indirimbo nshya- Yumve
Mutoni Meek uzwi mu buhanzi ku izina rya Meek Rowland, uba muri Leta zunze ubumwe zâAmerika yasohoye indirimbo nshya yitwa âNtagufiteâ yageneye abakundana. Mu kiganiro yagiranyena bwiza.com Meek yavuze ko icyatumye ahimba iyo ndirimbo ari uko yigeze kuganira nâumukobwa wâinshuti ye amubwira ukuntu iyo ari kure nâumukunzi we yumva adatuje kuko aba yumva yamuhora iruhande, […]
Bimwe mu byamamare bizataramira Abanyarwanda mu minsi mikuru ya Noheli n'Ubunani
I Kigali, kimwe nâahandi hatandukanye mu gihugu mu mpera zâumwaka hategurwa ibitaramo bitandukanye byo kwishimira gusoza umwaka ndetse no gutangira umushya, kuri iyi nshuro hakaba hamaze kumenyekana ibyamamare bizitabira. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku ikubitiro hitezwe igitaramo kizagaragaramo itsinda rya Sauti Sol, bazakorera muri Kigali Convetion Centre mu gitaramo kiswe ‘New year countdown’ kikazaba tariki 31 Ukuboza […]
Isoko ryo gupiganirwa ku kigo nderabuzima cya Nyamiyaga/Kamonyi
Ikigo nderabuzima cya Nyamiyaga giherereye mu murenge wa Nyamiyaga ho mu karere ka Kamonyi cyashyize hanze isoko ryo gupiganirwa, isoko ryo gukora amasuku no kubungabunga umutekano wâibikoresho byâikigo ndetse nâuwâabantu. Ibindi bisobanuro, biragaragara kuri iri tangazo. Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com
Perezida Kagame yavuze ko uruhare rwâabikorera rugomba kuza imbere mu guhashya ubukene muri Afurika
Perezida Paul Kagame yasabye abakuru bâibihugu nâabandi bayobozi guha umwanya uhagije abikorera mu rwego rwo guca ubukene burundu ndetse no kwimakaza inzira zâiterambere rirambye. Ibi ni bimwe mu byo yavugiye mu nama yamuhuje nâabandi bakuru bâibihugu bitandukanye bya Afurika, ikaba yabereye mu murwa mukuru wa Ghana i Accra, yari igamije kwiga ku nkingi zâiterambere rirambye […]
Icyemezo cya Perezida Donald Trump, imbarutso yâ intambara ya 3 yâIsi
Nyuma yaho Perezida Trump amaze gutangariza ko Amerika igiye kwimurira i Yeruzalemu ambasade yayo yo muri Isirayeli yakoreraga i Tel- Aviv byahise byumvikana ko ifata Yeruzalemu nkâ Umurwa Mukuru wa Isiraheli. N’ubwo atigeze ashaka kwerura ariko byumvikana neza ko yashatse kwemeza ko kuri we Yeruzalemu yose ihindutse umurwa mukuru wa Isiraheli kuko yanasobanuye ko byapanzwe […]
Champions Leagues: Reba uko amakipe yatomboranye kuzahura nâigihe azakinira muri 1/8
Mu gihe hari hashize iminsi hategurwa irushanwa rya Champions League, abantu benshi bari bategereje kureba uko amakipe azahura mu mikino ya 1/8 cyâirushanwa. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Ukuboza 2017, hakaba hasohotse urutonde rwâamakipe azitabira iri rushanwa ndetse nâuko azagenda ahura, Chelsea ikaba izahura na Barcelona, Tottenham igahura na Juventus mu gihe Sevilla […]
U Rwanda rwegukanye umwanya wa kabiri ku isi mu myiyerekano ya Taekwondo
Abakinnyi bari bahagarariye u Rwanda mu mikino yâimyiyerekano ya Taekwondo, yabereye muri Korea ku wa 6/12/2017 babashije kwitwara neza begukana umudali wa siliva (silver). Ni mu irushanwa ryitwa ‘Ambassadorâs cup world championship’, ryahuje ibihugu 96 biturutse ku migabane itandukanye yâisi, 25 akaba aribo bahatanye kuri final. Ikipe yâabanyarwanda yari igizwe nâabakinnyi babiri aribo Mbonigaba Boniface […]
Ingabo zâu Rwanda zatangiye gusimbuza abasirikare bazo bari mu butumwa bwâamahoro i Darfur
U Rwanda rwatangiye gusimbuza ingabo za rwo ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani mu gihe abasimbuwe bari bamazeyo igihe gisaga umwaka mu ntara ya Darfur. Abasirikare ba Batayo ya 53 ni bo bagiye gusimbura bagenzi babo ba Batayo ya 37 bamaze igihe cyâumwaka mu butumwa bwâamahoro i Darfur. Ku ikubitiro kuri uyu munsi Rwandair yatwaye […]
Dore zimwe mu mpamvu zishobora gutuma umugabo aba ikiremba cyangwa ingumba
Ni kenshi usanga abagabo bubatse banabyaye bahura nâikibazo cyo kuba ingumba ndetse no gutera akabariro bikanga, ibi ngo bikaba bishobora guterwa nâuburwayi butandukanye nâizindi mpamvu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urubuga Rue89 ruvuga ko abahanga mu buzima bagaragaje zimwe mu mpamvu zishobora gutera ubugumba ku bagabo yemwe ngo niyo baba barabyaye, zimwe muri zo zishingiye ku miterere yâumubiri […]
Leta yâu Rwanda ntihuza nâakanama ka Loni karwanya iyicarubozo kayisaba kwisubiraho
Nyuma yaho, Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu âHuman Rights Watch (HRW)â usohoreye icyegeranyo gishinja igisirikare cy’u Rwanda ibyaha birimo kwica imfungwa urubozo, Akanama ka Loni karwanya iyicarubozo katangaje ko gahangayikishijwe no kubona Leta yâ u Rwanda idashyira imbaraga mu kurica burundu, yo ikaba ihakana izi raporo ko ari izigamije guharabika u Rwanda. Aka kanama gasanga […]
Ecobank ikomeje ibikorwa byo gufunga amashami yayo, abayakoragamo bakajya gushakishiriza ahandi
Mu gihe amabanki nâibigo byâimari usanga biharanira gufungura amashami mashya mu bice bitandukanye byâigihugu, banki nyafurika, Ecobank yo irakataje mu kuyagabanya hirya no hino mu turere twâigihugu, abayakoragamo bakaba bagomba gushakishiriza imirimo ahandi. Muri Mutarama 2018, Ecobank iteganya gufunga amashami agera kuri 5 yo mu turere turimo Musanze, Rubavu, Nyagatare, Muhanga ndetse na Rwamagana abakoraga […]
Abarwanyi ba Islamic State basaga 6000 bashobora kwinjira muri Afurika-AU
Afurika yunze ubumwe iratangaza ko abarwanyi bo mu mutwe wa leta ya kisilamu, (Islamic State) basaga ibihumbi 6 bashobora kwinjira ku mugabane wâAfurika mu gihe nta gikozwe. Ibi ni ibyatangajwe na Komiseri muri komisiyo yâamahoro nâumutekano mu muryango wâAfurika yunze ubumwe, Smail Chergui, aho yavuze ko imikoranire yâibihugu byâAfurika nâibihugu byâabarabu ishobora gutuma abarwanyi basaga […]
Rusizi: Rwiyemezamirimo yagiye atishyuye abaturage, akarere kabita indangare
Ubuyobozi bwâakarere ka Rusizi, buravuga ko abaturage bafitiwe umwenda na Rwiyemezamirimo wabakoresheje mu muhanda Nkungu-Cyamudongo, ho mu murenge wa Nkungu bazishyurwa ari uko Rwiyemezamirimo yamaze kumurikira akarere uyu muhanda nâibindi bikorwa bijyanye nawo, ariko iki gihe ntikizwi, cyane ko ngo uyu Rwiyemezamirimo yataye ibyo bikorwa atabirangije, kandi akaba atari kuboneka. Vincent de Paul Nsengiyumva, Umunyamabanga […]
Tanzania : Perezida Magufuli yababajwe nâabasirikare be 15 baherutse kugwa muri RDC
Mu mpera zâicyumweru gishize, ni bwo inyeshyamba zikorera mu mashyamba ya Congo zagabye igitero ku basirikare ba Tanzania bacunga umutekano muri kiriya gihugu, abagera kuri 15 bagahita bahasiga ubuzima, mu gihe abandi basaga 50 bakomerekeyemo bikabije. Mu itangazo perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli aherutse gushyira ahagaragra, yahumurije imiryango yâababuze ababo ndetse anavuga ko yifatanyije […]
Nyamagabe: Umuyobozi wâishuri nâumucungamutungo bakurikiranweho kunyereza amata yagenewe abana
Umuyobozi wâishuri rya Gasaka mu kagari ka Kigeme, umucungamutungo nâumwe mu barimu wari ushinzwe gucunga amata yagenewe abana, bari mu maboko ya Polisi kuva ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 6 Ukuboza 2017. Mukakalisa Anne Marie uyobora iki kigo na bagenzi be batawe muri yombi, nyuma yâuko bamwe mu babyeyi bâabana bagenewe amata […]