Abashinjacyaha biyemeje gufata ibyemezo bya ngombwa hirindwa ifungwa rinyuranije nâamategeko
Ku wa 24 Ugushyingo 2017, mu cyumba cyâinama cya Hotel Lemigo hateraniye inama rusange yâUbushinjacyaha Bukuru, yahuje abakozi bose bâ Ubushinjacyaha Bukuru , nâabatumirwa bahagarariye inzego zifite aho zihuriye nâUbushinjacyaha mu mirimo yazo . Iyi nama yafunguwe ku mugaragaro nâUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbutabera Hon UWIZEYIMANA Evode . Muri iyi nama rusange hafatiwemo imyanzuro […]
Zimbabwe: Abaturage bo mu karere Robert Mugabe avukamo bari mu gahinda gakomeye
Mu gihe mu mujyi mukuru wa Zimbabwe Harare kuri uyu wa 22 havuzwaga impundu ko umukambwe Robert Gabriel Mugabe yeguye ku butegetsi ,abandi cyane cyane bo mu duce uyu mu Perezida twegeranye nâaho avuka cyangwa ku ivuko bwite bararira ayo kwarika. Nkuko iyi nkuru dukesha Jeune Afrique ikomeza ibivuga , ubwo umunyamakuru yatambagizaga micro mu […]
Kumenya ko uri mu ntambara yâ umwuka ni umugisha- Pst Muyango James
Umushumba wâ Itorero, Potterâ s Hand,Pst James Muyango ashimangira ko iyo umukristu amenye ko ari mu ntambara yâ umwuka bituma afata ingamba zâ uburyo yayirwana ndetse kuri we bikaba ari ni umugisha ukomeye kumenya ko ari muri iyo ntambara. Iyi nyigisho yashingiye ku byanditswe biboneka muri Bibiliya, I Petero 5:8-9 , ijambo ryâ Imana rivuga […]
Nyamasheke: Ababyarira mu bitaro bya Kibogora baratabaza Leta na Minisante
Hashize igihe kirenga imyaka 2 mu bitaro bya Kibogora biherereye mu karere ka Nyamasheke, havugwa gufata nabi ababyebi bahabyarira, ubu bakaba basaba Leta ndetse na Minisiteri yâUbuzima kwita kuri iki kibazo. Kuryama bacurikiranye ku gitanda kimwe ari 2 nâimpinja baba bamaze kubyara, abategereje kubyara babura aho kuryama, abarwaza basasa muri koridoro bakarara bagerekeranye,… ni bimwe […]
Ese Perezida Joseph Kabila yaba yarakiriye ate ibyabaye kuri Robert Mugabe?
Nyuma yo guhirikwa ku butegetsi kwa Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, abazi umubano wihariye Perezida wa Congo-Kinshasa , Joseph Kabila Kabange yari afitanye nâ umukambwe Mugabe bagiye batangaza ko uko byagenda kose ababajwe nâ ibikorewe inshuti ye. Nta gitangaje kirimo kuba, Perezida Joseph Kabila yababazwa nâ ibyabaye kuri Robert Mugabe kubera inyungu runaka zabahuzaha ariko […]
Umugore yababajwe nâumusore we utereta umukobwa mugufi ahita yiyahura
Ku wa 17 Ugushyingo 2017, umurambo wâUmugore wâimyaka 47 yâamavuko witwaga Lin, wabonwe mu mugezi wa Ningling mu ntara ya Henan, mu gihugu cyâu Bushinwa, bigatangazwa ko yiyahuye abitewe nâagahinda yatewe nâumuhungu we utereta umukobwa mugufi. Umugabo wâuyu mugore wiyahuye, M. Gao wâimyaka 46 yâamavuko, hamwe nâuyu muhungu wabo, ubwo babonaga umurambo mu mugezi, nâagahinda […]
Liberia: Komisiyo yâamatora yateye utwatsi ibyâuko habaye uburiganya mu matora
Komisiyo yâigihugu yâamatora muri Liberia kuri uyu wa Gatanu yatesheje agaciro ibirego byâuko icyiciro cya mbere cyâamatora aheruka yabayemo uburiganya. Itangazo ryashyizwe ahagaragara rirebana nâamatora yo kuwa 10 Ukwakira 2017, ryashimangiye icyemezo cyafashwe kuwa Mbere nkâuko umuyobozi muri Komisiyo yâIgihugu yâAmatora, Davidetta Lassana yabitangarije itangazamakuru. Icyiciro cya kabiri cyâamatora cyagombaga guhuriramo, Joseph Boakai wo mu […]
Grace Mugabe na Agathe Habyarimana ngo baba bafite uruhare mu iherezo ribi ryâubutegetsi bwâabagabo babo
Kuva kuri Grace Mugabe ukagera kuri Wassila Ben Ammar unyuze kuri Leila Trabelsi, Agathe Habyarimana na Simone Gbagbo, aba bagore bagiye bashyirwa mu majwi bavugwaho kuba ba nyirabayazana bâiherezo ribi ryâabagabo babo bâabaperezida. Mu masaha ya mbere ubwo igisirikare cya Zimbabwe kigaruriraga ubutegetsi, hari impuha zavuze ko Grace Mugabe yaba yahunze cyangwa yatawe muri yombi […]
Umugabo ntashaka ko tubyara mbere yâimyaka 2, tumaze amezi 9 tubana, ashaka ko twakomeza mu cyo yita kuryoshya kandi njye nshaka akana- NKORE IKI?
Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka nibwo twashyingiranwe nâumugabo wanjye byemewe n’amategeko ndetse no mu kiliziya, kugeza iyi saha ntabwo ndatwita, umugabo wanjye ntabwo abishaka, yifuza ko yazantera inda hashize imyaka 2. Ku bwe avuga ko yifuza kubanza kuryoshya, ni ukwishimishanya na njye ngo tukazinjira mu mushinga wo kwakira umwana icyo gihe. Ku bwe avuga […]
Uganda: Ibinyamakuru bikorera kuri internet bigiye gucana umubano nâigipolisi kubera ifungwa ryâabayobozi ba Redpepper
Ishyirahamwe ryâibinyamakuru bikorera kuri murandasi (Internet) muri Uganda (Uganda Online Media Publishers Association (OMPA) ryamaganye itabwa muri yombi ryâabayobozi batanu bâikinyamakuru Redpepper, igipolisi giteganya gushinja icyaha cyâubugambanyi, ndetse ritangaza ko rigiye guhagarika gukora inkuru zâigipolisi mu gihe aba batarafungurwa. Aba banyamakuru bakaba barafashwe bazira inkuru iki kinyamakuru cyasohoye kivuga ko perezida Museveni ashaka guhirika ku […]
Ese kunezeza umugore birashoboka?
N’ubwo kunezeza umugore ari inshingano zâumugabo, nk’uko umugore nawe agomba kwita ku mugabo we kugirango bubake urugo ruhire kandi rubanejeje, ikibazo gikunze kubaho ni uko ibinezeza umugore biba bitandukanye cyane nâibyo umugabo atekereza, bishatse kuvuga ko abagabo benshi bibeshya mu gushaka kunezeza abagore babo. Umunyabwenge Sigmund Freud wabayeho mu mwaka wa 1856 kugeza mu mwaka […]
Ingabire Victoire yatsinze Leta yâu Rwanda mu rukiko Nyafurika rwâUburenganzira bwa muntu
Urukiko Nyafurika rwâuburenganzira bwa muntu nâabaturage rufite icyicaro i Arusha muri Tanzania, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 Ugushyingo 2017, rwaciye urubanza umunyapolitiki Victoire Ingabire yari yarezemo Guverinoma yâu Rwanda rwanzurwa ko ayitsinze. Ni ikirego cyatanzwe ku wa 03 Ukwakira 2014, ariko giteza impaka kugeza ubwo Guverinoma yâu Rwanda ifata icyemezo cyo kwitandukanya nâuru […]
Nyagatare: Imodoka yagonganye nâimashini ihinga, umuntu 1 ahasiga ubuzima- AMAFOTO
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017, mu kagari ka Bugaragara, umurenge wa Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare, habereye impanuka, umuntu umwe ahasiga ubuzima abandi barakomer eka. Amakuru agera kuri Bwiza.com, avuga ko imodoka (V8) yadepashije indi yo mu bwoko bwa Toyota Coaster ya sosiyeti itwara abagenzi ya âInternationalâ ihita igongana […]
Abayoboke 6 ba FNL ya Agathon Rwasa batawe muri yombi
Abayoboke bâishyaka FNL riyobowe na Agathon Rwasa, batawe muri yombi na Polisi yâu Burundi, muri zone ya Buhiga, Komini Buhiga mu Ntara ya Karusi. Umuyobozi wa zone Buhiga abashinja guteza akaduruvayo, bo bakavuga ko nta kindi bazira uretse kuba bayoboka Agathon Rwasa, utavuga rumwe na Leta n’ubwo ayikorera. Abo bafashwe ni Ndayiziga DieudonnĂ©, Ndikumana AimĂ©, […]
Rusizi: Ingabo zâigihugu zahaye amazi meza abaturage bavomaga mu bishanga
Abaturage bâutugari twa Gahungeri na Hangabashi mu murenge wa Gitambi nâabo mu mudugudu wa Mukaba akagari ka Kacyuma mu murenge wa Gashonga mu karere ka Rusizi bafite ibyishimo byinshi nyuma yâimyaka 5 bavoma amazi mabi yâimigezi ya Njambwe,Rusayo na Nyakibingo ndetse nâandi yâibishanga mabi,bakaba bahawe amazi meza nâingabo zâigihugu. Aya mazi bafunguriwe ku mugaragaro nâumuyobozi […]
Guverineri Gatabazi yasabye amashyirahamwe uruhare rwayo mu ivugururwa ry'itegeko riyagenga
Ibi Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney yabisabye muri iki cyumweru mu nama nyunguranabitekerezo ku rwego rw’Intara ku ivugururwa rya Politiki n’Itegeko ry’Amakoperative. Iyi nama yayobowe na Guverineri Gatabazi Jean Marie Vianney, yitabiriwe n’Umuyobozi wa Polisi mu Ntara, ACP Rutikanga Rogers, Umuyobozi w’Inkeragutabara mu Ntara, Col Ngiruwonsanga JB, Abayobozi b’Uturere Bungirije bashinzwe Iterambere […]
Misiri: Abantu babarirwa muri 200 biciwe mu gitero cyagabwe ku musigiti
Inzego zâumutekano za Misiri ziratangaza ko igitero cya bombe nâimbunda cyagabwe mu musigiti uherereye muri Sinai kuri uyu wa Gatanu cyahitanye abantu bagera kuri 200 nkâuko imibare imaze kujya ahagaragara ivuga. Abayobozi bavuga ko intagondwa zibasiye abaturage bashyigikiye inzego zâumutekano ku musigiti wa al-Rawdah uri mu mujyi wa Bir al-Abed wo mu Ntara ya el-Arish. […]
Imikorere ya Komite Nyobozi yâ Urugaga Nyarwanda rwa muzika irakemangwa
Bamwe mu banyamuryango bari ma mashyirahamwe 6 agize Urugaga nyarwanda rwa muzika (RMF) baranenga imikorere imwe nâimwe ya komite nyobozi bavuga ko yikubira ibikorwa byabateganyirijwe. Bamwe mu banyamuryango ba Ikembe Rwanda Modsern Music , Ishakwe Gakondo Union na RAPO baganiriyena bwiza.com bavuze ko batajya bahabwa amakuru yâ impamo ku bikorwa bitandukanye nkâ abagenerwabikorwa cyane cyane […]
Dore urutonde rwa za gatanya zahenze kurusha izindi mu mateka
Kenshi abantu bafata icyemezo cyo kubana nkâumugore nâumugabo bateganya kuzarambana, ariko nkâuko mu Kinyarwanda bavuga ngo âNta zibana zidakomanya amahembeâ, haba ubwo wa mubano unanirana kubera impamvu zitandukanye bikaba ngombwa ko abari bariyemeje kubana batandukana. Gutandukana rero kwâabashakanye byemewe nâamategeko nabyo bikorwa hakurikijwe ibyo amategeko ateganya ari naho harebwa niba barasezeranye kuvanga imitungo bityo batandukana […]
Kenya: Abantu 4 baguye mu myigaragambyo yo kwamagana icyemezo cyâurukiko
Nyuma yâuko urukiko rwanzuye ko Kenyatta yatsinze amatora, abantu bagera kuri 4 bamaze kugwa mu myigaragambyo na ho abasaga 8 bamaze gukomereka. Polisi ya Kenya yatangaje ibi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017, nyuma yâuko kuwa mbere ari bwo urukiko rukuru rwa Kenya rwatangaje ko Perezida Kwnyatta ari we watsinze amatora bidasubirwaho. […]
Abagore 12 bakurikiranyweho guhohotera umugabo umwe mu minsi 7 yose
Muugabo witwa Celestin wo muri Cote dâIvoire ari gukurikiranwa nâibitaro bya Abidjan nyuma yo gufatwa ku ngufu nâabagore bagera kuri 6 bakamumarana icyumweru cyose. Uyu mugabo Celestin yari asanzwe akora mu bijyanye nâamashanyarazi, agakunda cyane kujya guhindura amatara yashiririye mu nyibako agashyiramo amazima, aho byaje kuba ngombwa ko ajya gusana amatara ku nyubako bise A […]
Bujumbura : Uwayoboraga Radio na Televiziyo byâ igihugu yagejejwe muri gereza nkuru ya Mpimba
JĂ©rĂŽme Nzokirantevye , wari usanzwe ayobora Radio na Televiziyo byâ u Burundi (RTNB) yajyanywe gufungirwa muri Gereza Nkuru ya Mpimba iherereye mu gace ka Musaga mu Mujyi wa Bujumbura. Nzokirantevye yagejejwe mu Mpimba nyuma yâ iminsi 21 yari amaze mu bugenzacyaha ndetse akaba yanavuye mu bushinjacyaha bukuru bwa Repubulika bukorera i Bujumbura nkâ uko bitangazwa […]
Perezida Putin yasabye inganda zicura intwaro kongera umusaruro hitegurwa intambara
Perezida Vladimir Putin wâu Burusiya yasabye inganda zikomeye zicura intwaro mu gihugu cye kugaragaza ko zifite ubushobozi bwo kongera ingano yâibyo zikora mu gihe gito mu rwego rwo kwitegura intambara. Perezida Putin yagize ati: â Ubushobozi bwâubukungu bwo kongera umusaruro wâibikoresho byo kwirinda na serivisi zâumutekano vuba ni ikintu cyâingenzi ku mutekano wa gisirikare â. […]
Umupasiteri yaguye imbere yâabayoboke be arimo kuririmba ahita apfa
Umuvugabutumwa akaba nâuwashinze itorero New Thing Empowerment Church, aherutse kwitura hasi imbere yâimbaga yâabari mu materaniro ubwo yarimo kubaririmbira ahira apfa. Uyu mupasiteri witwa Shawn Jones wari unazwiho gukunda kuririmba, ngo yapfuye amarabira mu rusengero, ibyari ugufashwa bihinduka ikiriyo mu kanya nkâako guhumbya mu mpera zâicyumweru gishize, ubwo bari mu materaniro, mbere yo kwigisha akabanza […]
Ni iki cyihishe inyuma ya filime « Jâentrerai au ciel en dansant » ya Rugamba Cyprien?
Cyprien na Daphrose Rugamba bicanywe nâ abana babo batandatu mu icumi bari baribarutse nyuma gato yaho indege ya Perezida Habyalimana ihanuriwe ubwo Abatutsi basaga miliyoni bicwaga urwagashinyaguro bazira uko baremwe. Ubutwari bwa Cyprien Rugamba nâ ubufasha bwâ umugore we Daphrose bwagaragaye muri filime « Jâentrerai au ciel en dansant. » [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyi filimi, […]
Perezida Bashir yasabye u Burusiya kumurindira umutekano kubera Amerika
Perezida wa Sudani, Al Bashir uri gushakishwa nâurukiko mpuzamahanga mpanabyaha, aherutse gusaba u Burusiya kumurindira umutekano wâigihugu cye kubera gutinya Amerika. Ibi ni bimwe mu byo perezida Bashir aherutse gutangaza mu ruzinduko yari yagiriye muri kiriya gihugu cyâu Burusiya, aho yashimiye Perezida Putin ku ruhare rwe mu bijyanye nâumutekano ndetse anamusaba ubufatanye buruseho mu bya […]
Huye: Imirenge 2 itarageramo amashanyarazi yijejwe kuyahabwa mbere ya 2020
Ubuyobozi bwâakarere ka Huye buravuga ko buzakomeza gukorana nâikigo cyâigihugu gishinzwe amashanyarazi REG kugira ngo imirenge ya Kigoma na Rwaniro isigaye itarageramo amashanyarazi agezwemo nibura mu gihe cyâimyaka ibiri. Ni mu gihe abaturage bâiyi mirenge bakomeje kugaragaza ko nibahabwa umuriro wâamashanyarazi bazawubyaza umusaruro bikabafasha kwihuta mu iterambere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku mirenge 14 igize aka karere, […]
RDC: FDLR-Rudi irashinjwa guca imitwe abantu 5 barimo umwana wâimyaka 12
Abantu batanu barimo umwana wâumukobwa wâimyaka 12 kuri uyu wa Kane, itariki 23 Ugushyingo baciwe imitwe nâinyeshyamba bikekwa ko ari izo mu mutwe wa FDLR-Rudi ugizwe nâinyeshyamba zâAbanyarwanda, ahitwa Kibirizi mu birometero nka 200 mu majyaruguru ya Goma, muri Sheferi ya Bwito, ho muri Teritwari ya Rutshuru. Nkâuko bitangazwa nâuwungirije byâagateganyo guverineri muri Kibirizi, ngo […]
Gitega: Abana 2 baciwe ibiganza bashinjwa kwiba ibigori
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 22 Ugushyingo 2017, nibwo abana babiri baciwe ibiganza bashinjwa kwiba ibigori mu murima uherereye muri Komini Itaba, Intara ya Gitega. Umuvugizi wâigipolisi cyâu Burundi, OP1 Nkurikiye Pierre, ahamya aya makuru, akavuga ko aba bana bafatiwe mu murima bahanyura ibigori, abasore 2 bawurindaga nibo babafashe bahita babaca ibiganza […]
Uganda: Uko uwahoze muri M23 yatawe mu mutego wo kugura imbunda akaba yakatiwe imyaka 6 yâigifungo
Urukiko rwa gisirikare muri Mbarara mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa Kane, itariki 23 Ugushyingo rwakatiye uwahoze mu mutwe wa M23 imyaka 6 yâigifungo azira gutunga imbunda nâamasasu mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Uwakatiwe ni uwitwa Dan Munyamuntu, Umunyekongo bivugwa ko yatorotse inkambi ya Bihanga iherereye muri Ibanda mu Karere ka Kisoro icumbikiye abahoze mu […]
Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI?
Mu kwezi gushize nibwo njye nâumusore tuzabana twasezeranye mu murenge ariko kuva uwo munsi amereye nabi ngo arashaka ko turyamana, ngo nabaye uwe, ariko kubera ukuntu nabyirutse ndi umukiristo nirinda icyaha cyâubusambanyi narabyanze. Ndamubwira ngo narindire tuzabikore twabanye dore ko amezi agera muri 3 asigaye atari na menshi, dufite ubukwe mu kwa kabiri, ibi ntabikozwa. […]
Amerika irashinja ruswa Perezida Museveni wa Uganda na Idriss Deby wa Tchad
Amazina ya Perezida wa Tchad, Idriss DĂ©by Itno na Yoweri Museveni wa Uganda yasohotse ku rutonde rwakozwe nâ Ubutabera bwo muri Leta Zunze za Amerika bashinjwa ruswa. Iyi ruswa aba perezida bombi baregwa ni iya miliyoni 2 zâ amadorali yâ amanyamerika bahawe muri za 2014 bayita ko ari amafaranga azafasha abantu batishoboye mu bihugu byabo. […]
Abaraperi bagize âOrzora Crewâ mu rugamba rwo gushishikariza urubyiruko kuba umwe
Itsinda ryâ abaraperi, â Orzora Crewâ ryiyemeje gahunda yo gukora indirimo ziri mu njyana ya Hip Hop zigamije gushishikariza urubyiruko gushyira hamwe mu bikorwa bishobora kubafasha kugira ejo heza hazaza. Iyi nyurabwenge ikubiye mu ndirimbo Orzora Crew iherutse gushyira ahagaragara zirimo iyitwa â Ni magiriraneâ na â Kubera iki?â zifite ubutumwa buhamagarira abantu kwibaza impamvu […]
Impamvu abacuruzi bo mu karere bahitamo kubaruza amakamyo yabo muri Tanzania yamenyekanye
Abacuruzi benshi bâAbagande bafite amakamyo akoresha umuhanda Dar es Salaam-Mutukula barinubira amafaranga yâumurengera bakomeje gucibwa iyo bageze ku mupaka wa Tanzania. Ese waba warigeze wibaza impamvu amakamyo menshi atwara imizigo aba afite ibirango byo mu mahanga? Abakurikiranira hafi ibintu basanze amakamyo menshi yâAbagande aba afite ibirango byo mu bindi bihugu nka Tanzania na Kenya mu […]
Kampala: Miss Anita Fabiola atwite inda y'umupfumu
Umunyamakuru mu gihugu cya Uganda, Anita Fabiola, wanabaye igisonga cya mbere cya nyampinga wâiki gihugu, inshuti ze za hafi zirashimangira ko atwite inda yâumusore witwa Ed Cheune, bivugwa ko yaba ari umupfumu muri Afurika y’Epfo. Inshuti za hafi za Anita nizo zemeza aya makuru ko atwite inda ya Ed Cheune, ibyâurukundo bafitanye bikaba byaramenyekanye kuva […]
U Rwanda mu nzira zo gutanga ibisobanuro imbere ya Komite ya Loni yo Kurwanya Iyicarubozo
Muri iki cyumweru u Rwanda ruragera imbere ya komite yâUmuryango wâAbibumbye yo kurwanya iyicarubozo (CAT) mu ishami ryâimpuguke ku burenganzira bwa muntu rigenzura ishyirwa mu bikorwa ryâamasezerano yo kurwanya iyicarubozi nâibindi bihano bitesha agaciro ikiremwamuntu. Inkuru iri ku rubuga rwâumuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, HRW, iravuga ko uyu ari umwanya mwiza kuri izi mpuguke […]
Burundi: Leta ya Nkurunziza yemeye iperereza ku byaha yakoze, yaba yishyize mu kagozi
Hashize ukwezi kumwe Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rutanze uburenganzira bwo gutangiza iperereza ku bwicanyi bwakozwe mu Burundi hagati ya Mata 2015 nâ Ukwakira 2017 ariko Leta ibyamaganire kure, ibi bamwe babifata nko gukwepa dore ko itungwa agatoki ko yaba ibifitemo uruhare. Uburyo Perezida Pierre Nkurunziza yanzemo kubahiriza iki cyemezo cya ICC, niho David Gakunzi wahoze […]
Umugabo yishe umugore we amukataguramo ibice amushinja kumuca inyuma
Umugabo wâimyaka 40 witwa Constantine Isabirye ari wo mu gace ka Iganga muri Uganda yatorotse nyuma yo kwivuganaumugor e we, Farida Namukose amuziza ko yakekaga ko yaba amuca inyuma. The Newvision dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu mugore nâumugabo bari bazindukiye mu murima wâibigori guhinga uko bisanzwe, bageramo bagatongana bikanahuza nâuko uyu mugabo yari asanzwe […]
Burundi : Muri CNDD-FDD haba hashyizweho urwego rushinzwe gukosora abitwa Intumva
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko mu ishyaka CNDD-FDD hashyizweho urwego rushinzwe gukosorerwamo abitwa Intumva hagamijwe kurangiza abatavuga rumwe nâiri shyaka riri ku butegetsi. Iyi nkuru dukesha urubuga, UBMNews rwo mu Burundi iravuga ko uru rwego rwashyizweho mu rwego rwo guhana umuntu wese waza urwanya ibitekerezo bya CNDD-FDD cyane cyane urwanya perezida Nkurunziza […]
Umupasiteri yapfuye ari gusambana nâumwana wâimyaka 19
Umupasiteri utatangajwe amazina, yapfuye ari gusambanya umwana wâumukobwa wâimyaka 19 yâamavuko, ibitangazamakuru bikaba bivuga ko yazize kurya ku itunda atemerewe. Uyu mupasiteri wo mu itorero rishingiye ku bapentikoti, yaguye mu gace ka Delta muri leta ya Nigeria, mu cyumba cyâihoteri iherereye mu mujyi wa Kwale aho yari yasohokanye uyu mwangavu rwihiswa. Umuvugizi wa polisi ikorera […]
Kigali: Abafite ibinyabiziga barakemanga sitasiyo zibagurisha lisansi & mazutu bivanze nâamazi
Abatwara ibinyabiziga mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo bavuga ko bakomeje kubangamirwa nâ ikibazo cyo kunywesha lisansi na mazutu bagasanga bivanze nâ amazi cyangwa se indi myanda. Kuri iki kibazo cyâ ingorabahizi, bavuga ko ibinyabiziga byabo byanga kugenda kandi babona lisansi cyangwa mazutu irimo, babijyana mu igaraji bagasanga byaterwaga nâamazi yivanzemo, abacuruza kuri […]
USA: Agatsiko ka MS-13 Trump yiyemeje kurandura kishe umuntu kamuca umutwe kamukuramo nâumutima
Abagize agatsiko kâabagizi ba nabi bâAbalatino kitwa MS-13 perezida Donald Trump yiyemeje kurandura, baravugwaho kwica umuntu bakamuca umutwe ndetse bakamukuramo umutima mbere yo kumushyingura muri parike iherereye hafi ya US Capital nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Gatatu. Uyu muntu wishwe hatatangajwe imyirondoro ye, biravugwa ko yatewe ibyuma inshuro zisaga 100 ubwo yari mu gace Wheaton, […]
Ivanguramoko muri Algeria; nta mwimukira wemerewe kugendana nâabaturage ba ho mu modoka
Nyuma ya Libiya ivugwaho icuruzwa ry’abimukira, Algeria yo yabujije abirabura bakomoka munsi yâubutayu bwa Sahara kugendana nâabaturage ba ho mu modoka rusange zitwara abagenzi. Ni ibintu byabaye nkâibitavugwaho rumwe mu bitangazamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi, aho bamwe banavuga ko iri vanguramoko ryo kubuza abirabura b’abimukira kugendana na bo mu binyabiziga bimwe bias nâibyo […]
Uganda: Hafashwe Colonel wo muri Sudani yâEpfo washakaga abarwanyi
Inzego zâumutekano za Uganda zataye muri yombi Colonel wâUmunya-Sudani yâEpfo ushinjwa kujya gushaka urubyiruko rwo kwinjiza mu mutwe wâinyeshyamba mu majyaruguru ya Uganda. Iri tabwa muri yombi ryabereye ahitwa Koboko ku Cyumweru gishize, aho Josephine Angucia, umuvugizi wâigipolisi muri West Nile avuga ko Col John Data Taban wâimyaka 51, nawe yemeye ko bashakaisha abarwanyi muri […]
Gisagara: Ubuyobozi bwâakarere bugiye kuvugurura imikorere mibi yarangwaga hagati yâinzego zâubuyobozi
Ubuyobozi bwâakarere ka Gisagara buravuga ko imikorere mibi hagati yâinzego zâubuyobozi ari kimwe mu byatumye aka karere kaza mu myanya ya nyuma mu mihigo yâumwaka wa 2016/2017, dore ko kaje ku mwanya wa 26 mu turere 30, kakagira amanota 75,66%. Ni umwanya utarishimiwe nâinzego zâubuyobozi kuva ku mukuru wâumudugudu kugera ku Munyamabanga wa Leta muri […]
Perezida Museveni yazamuye mu ntera abasirikare bakuru mu mutwe w'ingabo zidasanzwe
Perezida wa uganda, Yoweli Museveni yazamuye mu ntera abasirikare bakuru bayobora umutwe udasanzwe wâingabo zâigihugu basaga 300. Ni muri urwo rwego, Don Nabaasa wayoboraga umutwe wâingabo zidasanzwe yakuwe ku ipeti rya Colonel agahabwa irya Brigadier General. Mu gihe mugenzi we Abel Kandiho wayoboraga ishami ryâubutasi bwa gisirikare, Chieftaincy Military Intelligence (CMI), na we wari Colonnel […]
Umugabo wanjye ntajya yifuza ko mukora ku gitsina, niyo tumaze gukora imibonano mpuzabitsina arimyoza-Nkore iki?
Umwaka urabura ukwezi kumwe ngo wuzure mbana nâumugabo wanjye, kuva twabana sindabona igitsina cye, narabigerageje ariko yaranze, niyo nifuje ko tujyana muri dushe arabyanga. ibi bintera amakenga cyane ku buryo mbona bizanansenyera. Ngerageza kumukorakora ariko cyo iyo nkigezeho yanga ko nagikoraho, ikindi kintera impungenge, iyo tumaze gukora imibonano, akenshi ahita yimyoza nkabona ameze nkâufite ikibazo […]
Ratko Mladic wari warahimbwe âUmubaziâ yakatiwe gufungwa burundu kubera ibyaha bya jenoside
Urukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho kuburanisha ibyaha byakorewe muri Yougoslavia kuri uyu wa Gatatu, itariki 22 Ugushyingo 2017 rwatangaje ko Umunya-Bosnia, Ratko Mladic, wahoze ari umuyobozi wâingabo zâAbaserbe, ahamwa nâibyaha bya jenoside, nâibyâintambara byakorewe muri Yougoslavia mu myaka ya za 90, rumukatira igifungo cya burundu. Urukiko rwahamije Mladic bari barahimbye âThe Butcherâ (bisobanuye Umubazi)ibyaha 10 mu byaha […]
Ivan RakitiĂ⥠avuga ko nta cyizere cya 100% cyâuko Messi azaguma muri FC Barcelone
Ivan RakitiĂ⥠ni umugabo wâimyaka 29 yâamavuko ukomoka mu Busuwisi, akaba akinira ikipe FC Barcelona yo muri Espagne ku mwanya wo hagati mu kibuga, avuga ko adahamya 100% ko Messi azaguma muri iyi kipe. Mu kiganiro nâabanyamakuru cyabanjirije umukino ukomeye urahuza ikipe ya FC Barcelona na Juventus yo mu Butaliyani, wo kuri uyu wa 22 […]
Isesengura : Nyuma yâ imyaka 2 bashatse guhirika perezida Nkurunziza ku butegetsi, ubwoba ni bwose
Kuva igihe Perezida wâ u Burundi, Pierre Nkurunziza ashatse guhirikwa ku butegetsi mu mwaka wa 2015 abakurikiranira hafi politiki yâ iki gihugu basanga abagituye biganjemo abayobozi bahorana ubwoba ndetse nâ impungenge zidasanzwe. Kuva umugambi wo guhirika Perezida Nkurunziza waburizwamo , imyitwarire ye yagiye irangwa nâ ubwigunge mu ruhando rwa politiki anengwa nâ abagenzi kuko ataboneka […]
Rwamagana: Ubuyobozi bwa SACCO/Kigabiro buravugwaho kuyihombya, uburangare no kwimana amakuru
Koperative ebyiri zo mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana zahawe inguzanyo na BDF za miliyoni 10 yo kugura ibikoresho byâikoranabuhanga, byaraguzwe ariko ntibikoreshwa, ubuyobozi bwa SACCO Imboni/Kigabiro bugashinjwa kubigiramo uburangare . Ubuyobozi bwâiyi SACCO ntibushaka ko aya makuru yâibihombo nâuburangare bwagize asohoka ngo ajye mu binyamakuru, mu gihe abagenerwabikorwa bashimangira ko ari bwo […]
Reba amafoto yâumukecuru uri guha umugisha umuhungu we mbere yâuko afata urugendo
Amafoto akomeje gucicikana hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, umukecuru yapfukamishije umuhungu wâumusore, ari kumuminjiraho utuzi mu mutwe no ku birenge mbere yâuko uwo musore afata urugendo rwa kure. Abazi bya hafi uyu mukecuru, ngo umuhungu we yari yamubwiye ko agiye kujya mu gace ka Kano gaherereye mu Majyaruguru ya Nigeria, akaba ngo yarakoze ibi […]
Dr Daphrosa Gahakwa na bagenzi be batatu bakoranaga muri RAB bahagaritswe
Dr Daphrosa Gahakwa wari umuyobozi wungirije wâikigo cyâigihugu gishinzwe ubuhinzi nâubworozi (RAB) nâabandi bakozi batatu bakoranaga kuri uyu wa 22 Ugushyingo bahagaritswe byâagateganyo mu mirimo yabo na Minisitiri wâIntebe, Dr Eduard Ngirente. Usibye Dr Gahakwa, abandi bakozi birukanwe ni; Innocent Nzeyimana wari ushinzwe ibijyanye no kuhira, Bimenya Theogene wari ushinzwe imari, na Violet Nyirasangwa wari […]
Ikibazo cyâubwumvikane bucye muri EAC budindiza imishinga ihuriweho kigiye kwigwaho
Inama ya ba minisitiri bâibihugu bigize umuryango wa Afurika yâIburasirazuba (EAC) iteganyijwe i Kampala muri Uganda kuwa 01 Ukuboza izigirwamo ibibazo byâimishinga yâibikorwaremezo mu karere ishobora kudidindira bitewe nâubwumvikane bucye buri kugaragara mu bihugu bigize uyu muryango muri iyi minsi. Mu gihe umubano wa Uganda nâu Rwanda, uwa Kenya na Tanzania, uwâu Burundi nâu Rwanda […]
Amerika: Indege yâintambara yakoreye impanuka mu nyanja ya Pacific
Ubwato butwara indege zâintambara bwâAmerika bburi gushakisha ababuriwe irengero mu mpanuka y’indege y’Intambara y’Amerika yabereye mu nyanja ya Pacific. Kugeza ubu, ibitangazamakuru biravuga ko hamaze kuboneka abantu 8 bakiri bazima, abandi 3 bakaba bakomeje kuburirwa irengero. Iyi ndege yarohamye hafi yâagace ka Okinawa ko mu gihugu cyâu Buyapani, ubu indege nâandi mato bikaba bikiri mu […]
Mu gitaramo cyiswe ââHumura Mwana Wanjye ââ , umuhanzi Timamu JB azamurika album “Turakomeje”
Umuhanzi , Timamu Jean Baptiste ari gutegura igitaramo yise « Humura Mwana Wanjye » kizabera kuri Hotel Dove ku Gisozi hafi ya ULK, ku italiki ya 3 Ukuboza 2017 saa cyenda(15 :00). Muri iki gitaramo cyâ imbaturamugabo kandi, Timamu azaboneraho umwanya mwiza wo kumurika ku mugaragaro album ye ya 4 yise « Turakomeje » izaba […]
USA: Uwitwa Bosco Tukamuhabwa akurikiranweho kwica umugore we witwa Nkinamubanzi
Umugabo witwa Bosco Tukamuhabwa washinjwaga gukubita umugore we, Maniriho Nkinamubanzi, mu mezi 7 ashize, kuri ubu arashinjwa icyaha cyo kumwica nyuma yâaho umurambo wâuyu mugore ubonekeye kuwa 10 Ugushyingo yarawuhishe aho babika imyenda mu rugo rwabo ahitwa Providence muri Leta ya Rhode Island muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Igipolisi cya Rhodes Islands kikaba kivuga […]
RDC: Mu cyumweru kimwe, abasaga 50 bamaze guhitanwa nâindwara ya Chorela
Abakozi bo mu muryango mpuzamahanga wita ku buzima OMS bakorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bari gukora iyo bwabaga ngo bahangane nâikibazo cyâindwara ya Chorela ikomeje kubica bigacika mu duce tumwe na tumwe muri kiriya gihugu. Iyi ndwara igaragaza ibimenyetso byo gucibwamo no guhinda umuriro, imaze guhitana abasaga 50 mu gihe kingana nâiminsi 7 […]
Uganda: Abakozi ba ISO baba bashimuta impunzi bazikangisha kuzisubiza mu Rwanda bazishakamo amafaranga
Urwego rushinzwe umutekano wâimbere mu gihugu muri Uganda (ISO) rwashyizwe mu majwi rushinjwa gushimuta impunzi zâAbanyarwanda rugamije kuzikuramo amafaranga ngo rubone kuzireka. Ibi bikaba byashyizwe ahagaragara nyuma yâitabwa muri yombi ryâuwitwa Jean Paul Cyubahiro, Umugande ufite inkomoko mu Rwanda, washimuswe kuwa 27 Ukwakira 2017 nâabakozi bâuru rwego rushinzwe umutekano wâimbere mu gihugu bamusanze ahitwa Nasser […]
Muhanga: Uzarenza uku kwezi atishyuye mituweli, azashyikirizwa inkiko ahanwe
Mu rwego rwo gukangurira abaturage gutanga ubwisungane mu kwivuza, ubuyobozi bwâakarere ka Muhanga, bwabahaye integuza ko uzarenza uku kwezi ku Ugushyingo 2017, atabutanze azashyikirizwa inkiko agahanwa. Ibi byatangarijwe mu murenge wa Kabacuzi, umwe mu mirenge 12 y’akarere ka Muhanga, kugeza ubu uri ku mwanya wa 9 mu gutanga ubwisungane mu kwivuza, kuba abahatuye batararangiza kubwishyura […]