Abashinjacyaha biyemeje gufata ibyemezo bya ngombwa hirindwa ifungwa rinyuranije n’amategeko

Ku wa 24 Ugushyingo 2017, mu cyumba cy’inama cya Hotel Lemigo hateraniye inama rusange y’Ubushinjacyaha Bukuru, yahuje abakozi bose b’ Ubushinjacyaha Bukuru , n’abatumirwa bahagarariye inzego zifite aho zihuriye n’Ubushinjacyaha mu mirimo yazo . Iyi nama yafunguwe ku mugaragaro n‘Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera Hon UWIZEYIMANA Evode . Muri iyi nama rusange hafatiwemo imyanzuro […]

Zimbabwe: Abaturage bo mu karere Robert Mugabe avukamo bari mu gahinda gakomeye

Mu gihe mu mujyi mukuru wa Zimbabwe Harare kuri uyu wa 22 havuzwaga impundu ko umukambwe Robert Gabriel Mugabe yeguye ku butegetsi ,abandi cyane cyane bo mu duce uyu mu Perezida twegeranye n’aho avuka cyangwa ku ivuko bwite bararira ayo kwarika. Nkuko iyi nkuru dukesha Jeune Afrique ikomeza ibivuga , ubwo umunyamakuru yatambagizaga micro mu […]

Kumenya ko uri mu ntambara y’ umwuka ni umugisha- Pst Muyango James

Umushumba w’ Itorero, Potter’ s Hand,Pst James Muyango ashimangira ko iyo umukristu amenye ko ari mu ntambara y’ umwuka bituma afata ingamba z’ uburyo yayirwana ndetse kuri we bikaba ari ni umugisha ukomeye kumenya ko ari muri iyo ntambara. Iyi nyigisho yashingiye ku byanditswe biboneka muri Bibiliya, I Petero 5:8-9 , ijambo ry’ Imana rivuga […]

Nyamasheke: Ababyarira mu bitaro bya Kibogora baratabaza Leta na Minisante

Hashize igihe kirenga imyaka 2 mu bitaro bya Kibogora biherereye mu karere ka Nyamasheke, havugwa gufata nabi ababyebi bahabyarira, ubu bakaba basaba Leta ndetse na Minisiteri y’Ubuzima kwita kuri iki kibazo. Kuryama bacurikiranye ku gitanda kimwe ari 2 n’impinja baba bamaze kubyara, abategereje kubyara babura aho kuryama, abarwaza basasa muri koridoro bakarara bagerekeranye,… ni bimwe […]

Ese Perezida Joseph Kabila yaba yarakiriye ate ibyabaye kuri Robert Mugabe?

Nyuma yo guhirikwa ku butegetsi kwa Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, abazi umubano wihariye Perezida wa Congo-Kinshasa , Joseph Kabila Kabange yari afitanye n’ umukambwe Mugabe bagiye batangaza ko uko byagenda kose ababajwe n’ ibikorewe inshuti ye. Nta gitangaje kirimo kuba, Perezida Joseph Kabila yababazwa n’ ibyabaye kuri Robert Mugabe kubera inyungu runaka zabahuzaha ariko […]

Umugore yababajwe n’umusore we utereta umukobwa mugufi ahita yiyahura

Ku wa 17 Ugushyingo 2017, umurambo w’Umugore w’imyaka 47 y’amavuko witwaga Lin, wabonwe mu mugezi wa Ningling mu ntara ya Henan, mu gihugu cy’u Bushinwa, bigatangazwa ko yiyahuye abitewe n’agahinda yatewe n’umuhungu we utereta umukobwa mugufi. Umugabo w’uyu mugore wiyahuye, M. Gao w’imyaka 46 y’amavuko, hamwe n’uyu muhungu wabo, ubwo babonaga umurambo mu mugezi, n’agahinda […]

Liberia: Komisiyo y’amatora yateye utwatsi iby’uko habaye uburiganya mu matora

Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Liberia kuri uyu wa Gatanu yatesheje agaciro ibirego by’uko icyiciro cya mbere cy’amatora aheruka yabayemo uburiganya. Itangazo ryashyizwe ahagaragara rirebana n’amatora yo kuwa 10 Ukwakira 2017, ryashimangiye icyemezo cyafashwe kuwa Mbere nk’uko umuyobozi muri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Davidetta Lassana yabitangarije itangazamakuru. Icyiciro cya kabiri cy’amatora cyagombaga guhuriramo, Joseph Boakai wo mu […]

Grace Mugabe na Agathe Habyarimana ngo baba bafite uruhare mu iherezo ribi ry’ubutegetsi bw’abagabo babo

Kuva kuri Grace Mugabe ukagera kuri Wassila Ben Ammar unyuze kuri Leila Trabelsi, Agathe Habyarimana na Simone Gbagbo, aba bagore bagiye bashyirwa mu majwi bavugwaho kuba ba nyirabayazana b’iherezo ribi ry’abagabo babo b’abaperezida. Mu masaha ya mbere ubwo igisirikare cya Zimbabwe kigaruriraga ubutegetsi, hari impuha zavuze ko Grace Mugabe yaba yahunze cyangwa yatawe muri yombi […]

Umugabo ntashaka ko tubyara mbere y’imyaka 2, tumaze amezi 9 tubana, ashaka ko twakomeza mu cyo yita kuryoshya kandi njye nshaka akana- NKORE IKI?

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka nibwo twashyingiranwe n’umugabo wanjye byemewe n’amategeko ndetse no mu kiliziya, kugeza iyi saha ntabwo ndatwita, umugabo wanjye ntabwo abishaka, yifuza ko yazantera inda hashize imyaka 2. Ku bwe avuga ko yifuza kubanza kuryoshya, ni ukwishimishanya na njye ngo tukazinjira mu mushinga wo kwakira umwana icyo gihe. Ku bwe avuga […]

Uganda: Ibinyamakuru bikorera kuri internet bigiye gucana umubano n’igipolisi kubera ifungwa ry’abayobozi ba Redpepper

Ishyirahamwe ry’ibinyamakuru bikorera kuri murandasi (Internet) muri Uganda (Uganda Online Media Publishers Association (OMPA) ryamaganye itabwa muri yombi ry’abayobozi batanu b’ikinyamakuru Redpepper, igipolisi giteganya gushinja icyaha cy’ubugambanyi, ndetse ritangaza ko rigiye guhagarika gukora inkuru z’igipolisi mu gihe aba batarafungurwa. Aba banyamakuru bakaba barafashwe bazira inkuru iki kinyamakuru cyasohoye kivuga ko perezida Museveni ashaka guhirika ku […]

Ese kunezeza umugore birashoboka?

N’ubwo kunezeza umugore ari inshingano z’umugabo, nk’uko umugore nawe agomba kwita ku mugabo we kugirango bubake urugo ruhire kandi rubanejeje, ikibazo gikunze kubaho ni uko ibinezeza umugore biba bitandukanye cyane n’ibyo umugabo atekereza, bishatse kuvuga ko abagabo benshi bibeshya mu gushaka kunezeza abagore babo. Umunyabwenge Sigmund Freud wabayeho mu mwaka wa 1856 kugeza mu mwaka […]

Ingabire Victoire yatsinze Leta y’u Rwanda mu rukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa muntu

Urukiko Nyafurika rw’uburenganzira bwa muntu n’abaturage rufite icyicaro i Arusha muri Tanzania, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 Ugushyingo 2017, rwaciye urubanza umunyapolitiki Victoire Ingabire yari yarezemo Guverinoma y’u Rwanda rwanzurwa ko ayitsinze. Ni ikirego cyatanzwe ku wa 03 Ukwakira 2014, ariko giteza impaka kugeza ubwo Guverinoma y’u Rwanda ifata icyemezo cyo kwitandukanya n’uru […]

Nyagatare: Imodoka yagonganye n’imashini ihinga, umuntu 1 ahasiga ubuzima- AMAFOTO

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017, mu kagari ka Bugaragara, umurenge wa Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare, habereye impanuka, umuntu umwe ahasiga ubuzima abandi barakomer eka. Amakuru agera kuri Bwiza.com, avuga ko imodoka (V8) yadepashije indi yo mu bwoko bwa Toyota Coaster ya sosiyeti itwara abagenzi ya ‘International’ ihita igongana […]

Abayoboke 6 ba FNL ya Agathon Rwasa batawe muri yombi

Abayoboke b’ishyaka FNL riyobowe na Agathon Rwasa, batawe muri yombi na Polisi y’u Burundi, muri zone ya Buhiga, Komini Buhiga mu Ntara ya Karusi. Umuyobozi wa zone Buhiga abashinja guteza akaduruvayo, bo bakavuga ko nta kindi bazira uretse kuba bayoboka Agathon Rwasa, utavuga rumwe na Leta n’ubwo ayikorera. Abo bafashwe ni Ndayiziga DieudonnĂ©, Ndikumana AimĂ©, […]

Rusizi: Ingabo z’igihugu zahaye amazi meza abaturage bavomaga mu bishanga

Abaturage b’utugari twa Gahungeri na Hangabashi mu murenge wa Gitambi n’abo mu mudugudu wa Mukaba akagari ka Kacyuma mu murenge wa Gashonga mu karere ka Rusizi bafite ibyishimo byinshi nyuma y’imyaka 5 bavoma amazi mabi y’imigezi ya Njambwe,Rusayo na Nyakibingo ndetse n’andi y’ibishanga mabi,bakaba bahawe amazi meza n’ingabo z’igihugu. Aya mazi bafunguriwe ku mugaragaro n’umuyobozi […]

Guverineri Gatabazi yasabye amashyirahamwe uruhare rwayo mu ivugururwa ry'itegeko riyagenga

Ibi Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney yabisabye muri iki cyumweru mu nama nyunguranabitekerezo ku rwego rw’Intara ku ivugururwa rya Politiki n’Itegeko ry’Amakoperative. Iyi nama yayobowe na Guverineri Gatabazi Jean Marie Vianney, yitabiriwe n’Umuyobozi wa Polisi mu Ntara, ACP Rutikanga Rogers, Umuyobozi w’Inkeragutabara mu Ntara, Col Ngiruwonsanga JB, Abayobozi b’Uturere Bungirije bashinzwe Iterambere […]

Misiri: Abantu babarirwa muri 200 biciwe mu gitero cyagabwe ku musigiti

Inzego z’umutekano za Misiri ziratangaza ko igitero cya bombe n’imbunda cyagabwe mu musigiti uherereye muri Sinai kuri uyu wa Gatanu cyahitanye abantu bagera kuri 200 nk’uko imibare imaze kujya ahagaragara ivuga. Abayobozi bavuga ko intagondwa zibasiye abaturage bashyigikiye inzego z’umutekano ku musigiti wa al-Rawdah uri mu mujyi wa Bir al-Abed wo mu Ntara ya el-Arish. […]

Imikorere ya Komite Nyobozi y’ Urugaga Nyarwanda rwa muzika irakemangwa

Bamwe mu banyamuryango bari ma mashyirahamwe 6 agize Urugaga nyarwanda rwa muzika (RMF) baranenga imikorere imwe n’imwe ya komite nyobozi bavuga ko yikubira ibikorwa byabateganyirijwe. Bamwe mu banyamuryango ba Ikembe Rwanda Modsern Music , Ishakwe Gakondo Union na RAPO baganiriyena bwiza.com bavuze ko batajya bahabwa amakuru y’ impamo ku bikorwa bitandukanye nk’ abagenerwabikorwa cyane cyane […]

Dore urutonde rwa za gatanya zahenze kurusha izindi mu mateka

Kenshi abantu bafata icyemezo cyo kubana nk’umugore n’umugabo bateganya kuzarambana, ariko nk’uko mu Kinyarwanda bavuga ngo “Nta zibana zidakomanya amahembe”, haba ubwo wa mubano unanirana kubera impamvu zitandukanye bikaba ngombwa ko abari bariyemeje kubana batandukana. Gutandukana rero kw’abashakanye byemewe n’amategeko nabyo bikorwa hakurikijwe ibyo amategeko ateganya ari naho harebwa niba barasezeranye kuvanga imitungo bityo batandukana […]

Kenya: Abantu 4 baguye mu myigaragambyo yo kwamagana icyemezo cy’urukiko

Nyuma y’uko urukiko rwanzuye ko Kenyatta yatsinze amatora, abantu bagera kuri 4 bamaze kugwa mu myigaragambyo na ho abasaga 8 bamaze gukomereka. Polisi ya Kenya yatangaje ibi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017, nyuma y’uko kuwa mbere ari bwo urukiko rukuru rwa Kenya rwatangaje ko Perezida Kwnyatta ari we watsinze amatora bidasubirwaho. […]

Abagore 12 bakurikiranyweho guhohotera umugabo umwe mu minsi 7 yose

Muugabo witwa Celestin wo muri Cote d’Ivoire ari gukurikiranwa n’ibitaro bya Abidjan nyuma yo gufatwa ku ngufu n’abagore bagera kuri 6 bakamumarana icyumweru cyose. Uyu mugabo Celestin yari asanzwe akora mu bijyanye n’amashanyarazi, agakunda cyane kujya guhindura amatara yashiririye mu nyibako agashyiramo amazima, aho byaje kuba ngombwa ko ajya gusana amatara ku nyubako bise A […]

Bujumbura : Uwayoboraga Radio na Televiziyo by’ igihugu yagejejwe muri gereza nkuru ya Mpimba

JĂ©rĂŽme Nzokirantevye , wari usanzwe ayobora Radio na Televiziyo by’ u Burundi (RTNB) yajyanywe gufungirwa muri Gereza Nkuru ya Mpimba iherereye mu gace ka Musaga mu Mujyi wa Bujumbura. Nzokirantevye yagejejwe mu Mpimba nyuma y’ iminsi 21 yari amaze mu bugenzacyaha ndetse akaba yanavuye mu bushinjacyaha bukuru bwa Repubulika bukorera i Bujumbura nk’ uko bitangazwa […]

Perezida Putin yasabye inganda zicura intwaro kongera umusaruro hitegurwa intambara

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yasabye inganda zikomeye zicura intwaro mu gihugu cye kugaragaza ko zifite ubushobozi bwo kongera ingano y’ibyo zikora mu gihe gito mu rwego rwo kwitegura intambara. Perezida Putin yagize ati: “ Ubushobozi bw’ubukungu bwo kongera umusaruro w’ibikoresho byo kwirinda na serivisi z’umutekano vuba ni ikintu cy’ingenzi ku mutekano wa gisirikare ”. […]

Umupasiteri yaguye imbere y’abayoboke be arimo kuririmba ahita apfa

Umuvugabutumwa akaba n’uwashinze itorero New Thing Empowerment Church, aherutse kwitura hasi imbere y’imbaga y’abari mu materaniro ubwo yarimo kubaririmbira ahira apfa. Uyu mupasiteri witwa Shawn Jones wari unazwiho gukunda kuririmba, ngo yapfuye amarabira mu rusengero, ibyari ugufashwa bihinduka ikiriyo mu kanya nk’ako guhumbya mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo bari mu materaniro, mbere yo kwigisha akabanza […]

Ni iki cyihishe inyuma ya filime « J’entrerai au ciel en dansant » ya Rugamba Cyprien?

Cyprien na Daphrose Rugamba bicanywe n’ abana babo batandatu mu icumi bari baribarutse nyuma gato yaho indege ya Perezida Habyalimana ihanuriwe ubwo Abatutsi basaga miliyoni bicwaga urwagashinyaguro bazira uko baremwe. Ubutwari bwa Cyprien Rugamba n’ ubufasha bw’ umugore we Daphrose bwagaragaye muri filime « J’entrerai au ciel en dansant. » [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyi filimi, […]

Perezida Bashir yasabye u Burusiya kumurindira umutekano kubera Amerika

Perezida wa Sudani, Al Bashir uri gushakishwa n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, aherutse gusaba u Burusiya kumurindira umutekano w’igihugu cye kubera gutinya Amerika. Ibi ni bimwe mu byo perezida Bashir aherutse gutangaza mu ruzinduko yari yagiriye muri kiriya gihugu cy’u Burusiya, aho yashimiye Perezida Putin ku ruhare rwe mu bijyanye n’umutekano ndetse anamusaba ubufatanye buruseho mu bya […]

Huye: Imirenge 2 itarageramo amashanyarazi yijejwe kuyahabwa mbere ya 2020

Ubuyobozi bw’akarere ka Huye buravuga ko buzakomeza gukorana n’ikigo cy’igihugu gishinzwe amashanyarazi REG kugira ngo imirenge ya Kigoma na Rwaniro isigaye itarageramo amashanyarazi agezwemo nibura mu gihe cy’imyaka ibiri. Ni mu gihe abaturage b’iyi mirenge bakomeje kugaragaza ko nibahabwa umuriro w’amashanyarazi bazawubyaza umusaruro bikabafasha kwihuta mu iterambere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku mirenge 14 igize aka karere, […]

RDC: FDLR-Rudi irashinjwa guca imitwe abantu 5 barimo umwana w’imyaka 12

Abantu batanu barimo umwana w’umukobwa w’imyaka 12 kuri uyu wa Kane, itariki 23 Ugushyingo baciwe imitwe n’inyeshyamba bikekwa ko ari izo mu mutwe wa FDLR-Rudi ugizwe n’inyeshyamba z’Abanyarwanda, ahitwa Kibirizi mu birometero nka 200 mu majyaruguru ya Goma, muri Sheferi ya Bwito, ho muri Teritwari ya Rutshuru. Nk’uko bitangazwa n’uwungirije by’agateganyo guverineri muri Kibirizi, ngo […]

Gitega: Abana 2 baciwe ibiganza bashinjwa kwiba ibigori

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 22 Ugushyingo 2017, nibwo abana babiri baciwe ibiganza bashinjwa kwiba ibigori mu murima uherereye muri Komini Itaba, Intara ya Gitega. Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, OP1 Nkurikiye Pierre, ahamya aya makuru, akavuga ko aba bana bafatiwe mu murima bahanyura ibigori, abasore 2 bawurindaga nibo babafashe bahita babaca ibiganza […]

Umusore tuzabana twasezeranye mu murenge, arashaka cyane ko dusambana, njye nkifuza ko byaba twabanye- NKORE IKI?

Mu kwezi gushize nibwo njye n’umusore tuzabana twasezeranye mu murenge ariko kuva uwo munsi amereye nabi ngo arashaka ko turyamana, ngo nabaye uwe, ariko kubera ukuntu nabyirutse ndi umukiristo nirinda icyaha cy’ubusambanyi narabyanze. Ndamubwira ngo narindire tuzabikore twabanye dore ko amezi agera muri 3 asigaye atari na menshi, dufite ubukwe mu kwa kabiri, ibi ntabikozwa. […]

Amerika irashinja ruswa Perezida Museveni wa Uganda na Idriss Deby wa Tchad

Amazina ya Perezida wa Tchad, Idriss DĂ©by Itno na Yoweri Museveni wa Uganda yasohotse ku rutonde rwakozwe n’ Ubutabera bwo muri Leta Zunze za Amerika bashinjwa ruswa. Iyi ruswa aba perezida bombi baregwa ni iya miliyoni 2 z’ amadorali y’ amanyamerika bahawe muri za 2014 bayita ko ari amafaranga azafasha abantu batishoboye mu bihugu byabo. […]

Abaraperi bagize “Orzora Crew” mu rugamba rwo gushishikariza urubyiruko kuba umwe

Itsinda ry’ abaraperi, “ Orzora Crew” ryiyemeje gahunda yo gukora indirimo ziri mu njyana ya Hip Hop zigamije gushishikariza urubyiruko gushyira hamwe mu bikorwa bishobora kubafasha kugira ejo heza hazaza. Iyi nyurabwenge ikubiye mu ndirimbo Orzora Crew iherutse gushyira ahagaragara zirimo iyitwa “ Ni magirirane” na “ Kubera iki?” zifite ubutumwa buhamagarira abantu kwibaza impamvu […]

Impamvu abacuruzi bo mu karere bahitamo kubaruza amakamyo yabo muri Tanzania yamenyekanye

Abacuruzi benshi b’Abagande bafite amakamyo akoresha umuhanda Dar es Salaam-Mutukula barinubira amafaranga y’umurengera bakomeje gucibwa iyo bageze ku mupaka wa Tanzania. Ese waba warigeze wibaza impamvu amakamyo menshi atwara imizigo aba afite ibirango byo mu mahanga? Abakurikiranira hafi ibintu basanze amakamyo menshi y’Abagande aba afite ibirango byo mu bindi bihugu nka Tanzania na Kenya mu […]

Kampala: Miss Anita Fabiola atwite inda y'umupfumu

Umunyamakuru mu gihugu cya Uganda, Anita Fabiola, wanabaye igisonga cya mbere cya nyampinga w’iki gihugu, inshuti ze za hafi zirashimangira ko atwite inda y’umusore witwa Ed Cheune, bivugwa ko yaba ari umupfumu muri Afurika y’Epfo. Inshuti za hafi za Anita nizo zemeza aya makuru ko atwite inda ya Ed Cheune, iby’urukundo bafitanye bikaba byaramenyekanye kuva […]

U Rwanda mu nzira zo gutanga ibisobanuro imbere ya Komite ya Loni yo Kurwanya Iyicarubozo

Muri iki cyumweru u Rwanda ruragera imbere ya komite y’Umuryango w’Abibumbye yo kurwanya iyicarubozo (CAT) mu ishami ry’impuguke ku burenganzira bwa muntu rigenzura ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo kurwanya iyicarubozi n’ibindi bihano bitesha agaciro ikiremwamuntu. Inkuru iri ku rubuga rw’umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, HRW, iravuga ko uyu ari umwanya mwiza kuri izi mpuguke […]

Burundi: Leta ya Nkurunziza yemeye iperereza ku byaha yakoze, yaba yishyize mu kagozi

Hashize ukwezi kumwe Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rutanze uburenganzira bwo gutangiza iperereza ku bwicanyi bwakozwe mu Burundi hagati ya Mata 2015 n’ Ukwakira 2017 ariko Leta ibyamaganire kure, ibi bamwe babifata nko gukwepa dore ko itungwa agatoki ko yaba ibifitemo uruhare. Uburyo Perezida Pierre Nkurunziza yanzemo kubahiriza iki cyemezo cya ICC, niho David Gakunzi wahoze […]

Umugabo yishe umugore we amukataguramo ibice amushinja kumuca inyuma

Umugabo w’imyaka 40 witwa Constantine Isabirye ari wo mu gace ka Iganga muri Uganda yatorotse nyuma yo kwivuganaumugor e we, Farida Namukose amuziza ko yakekaga ko yaba amuca inyuma. The Newvision dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu mugore n’umugabo bari bazindukiye mu murima w’ibigori guhinga uko bisanzwe, bageramo bagatongana bikanahuza n’uko uyu mugabo yari asanzwe […]

Burundi : Muri CNDD-FDD haba hashyizweho urwego rushinzwe gukosora abitwa Intumva

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko mu ishyaka CNDD-FDD hashyizweho urwego rushinzwe gukosorerwamo abitwa Intumva hagamijwe kurangiza abatavuga rumwe n’iri shyaka riri ku butegetsi. Iyi nkuru dukesha urubuga, UBMNews rwo mu Burundi iravuga ko uru rwego rwashyizweho mu rwego rwo guhana umuntu wese waza urwanya ibitekerezo bya CNDD-FDD cyane cyane urwanya perezida Nkurunziza […]

Umupasiteri yapfuye ari gusambana n’umwana w’imyaka 19

Umupasiteri utatangajwe amazina, yapfuye ari gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko, ibitangazamakuru bikaba bivuga ko yazize kurya ku itunda atemerewe. Uyu mupasiteri wo mu itorero rishingiye ku bapentikoti, yaguye mu gace ka Delta muri leta ya Nigeria, mu cyumba cy’ihoteri iherereye mu mujyi wa Kwale aho yari yasohokanye uyu mwangavu rwihiswa. Umuvugizi wa polisi ikorera […]

Kigali: Abafite ibinyabiziga barakemanga sitasiyo zibagurisha lisansi & mazutu bivanze n’amazi

Abatwara ibinyabiziga mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo bavuga ko bakomeje kubangamirwa n’ ikibazo cyo kunywesha lisansi na mazutu bagasanga bivanze n’ amazi cyangwa se indi myanda. Kuri iki kibazo cy’ ingorabahizi, bavuga ko ibinyabiziga byabo byanga kugenda kandi babona lisansi cyangwa mazutu irimo, babijyana mu igaraji bagasanga byaterwaga n’amazi yivanzemo, abacuruza kuri […]

USA: Agatsiko ka MS-13 Trump yiyemeje kurandura kishe umuntu kamuca umutwe kamukuramo n’umutima

Abagize agatsiko k’abagizi ba nabi b’Abalatino kitwa MS-13 perezida Donald Trump yiyemeje kurandura, baravugwaho kwica umuntu bakamuca umutwe ndetse bakamukuramo umutima mbere yo kumushyingura muri parike iherereye hafi ya US Capital nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatatu. Uyu muntu wishwe hatatangajwe imyirondoro ye, biravugwa ko yatewe ibyuma inshuro zisaga 100 ubwo yari mu gace Wheaton, […]

Ivanguramoko muri Algeria; nta mwimukira wemerewe kugendana n’abaturage ba ho mu modoka

Nyuma ya Libiya ivugwaho icuruzwa ry’abimukira, Algeria yo yabujije abirabura bakomoka munsi y’ubutayu bwa Sahara kugendana n’abaturage ba ho mu modoka rusange zitwara abagenzi. Ni ibintu byabaye nk’ibitavugwaho rumwe mu bitangazamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi, aho bamwe banavuga ko iri vanguramoko ryo kubuza abirabura b’abimukira kugendana na bo mu binyabiziga bimwe bias n’ibyo […]

Uganda: Hafashwe Colonel wo muri Sudani y’Epfo washakaga abarwanyi

Inzego z’umutekano za Uganda zataye muri yombi Colonel w’Umunya-Sudani y’Epfo ushinjwa kujya gushaka urubyiruko rwo kwinjiza mu mutwe w’inyeshyamba mu majyaruguru ya Uganda. Iri tabwa muri yombi ryabereye ahitwa Koboko ku Cyumweru gishize, aho Josephine Angucia, umuvugizi w’igipolisi muri West Nile avuga ko Col John Data Taban w’imyaka 51, nawe yemeye ko bashakaisha abarwanyi muri […]

Gisagara: Ubuyobozi bw’akarere bugiye kuvugurura imikorere mibi yarangwaga hagati y’inzego z’ubuyobozi

Ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara buravuga ko imikorere mibi hagati y’inzego z’ubuyobozi ari kimwe mu byatumye aka karere kaza mu myanya ya nyuma mu mihigo y’umwaka wa 2016/2017, dore ko kaje ku mwanya wa 26 mu turere 30, kakagira amanota 75,66%. Ni umwanya utarishimiwe n’inzego z’ubuyobozi kuva ku mukuru w’umudugudu kugera ku Munyamabanga wa Leta muri […]

Perezida Museveni yazamuye mu ntera abasirikare bakuru mu mutwe w'ingabo zidasanzwe

Perezida wa uganda, Yoweli Museveni yazamuye mu ntera abasirikare bakuru bayobora umutwe udasanzwe w’ingabo z’igihugu basaga 300. Ni muri urwo rwego, Don Nabaasa wayoboraga umutwe w’ingabo zidasanzwe yakuwe ku ipeti rya Colonel agahabwa irya Brigadier General. Mu gihe mugenzi we Abel Kandiho wayoboraga ishami ry’ubutasi bwa gisirikare, Chieftaincy Military Intelligence (CMI), na we wari Colonnel […]

Umugabo wanjye ntajya yifuza ko mukora ku gitsina, niyo tumaze gukora imibonano mpuzabitsina arimyoza-Nkore iki?

Umwaka urabura ukwezi kumwe ngo wuzure mbana n’umugabo wanjye, kuva twabana sindabona igitsina cye, narabigerageje ariko yaranze, niyo nifuje ko tujyana muri dushe arabyanga. ibi bintera amakenga cyane ku buryo mbona bizanansenyera. Ngerageza kumukorakora ariko cyo iyo nkigezeho yanga ko nagikoraho, ikindi kintera impungenge, iyo tumaze gukora imibonano, akenshi ahita yimyoza nkabona ameze nk’ufite ikibazo […]

Ratko Mladic wari warahimbwe “Umubazi” yakatiwe gufungwa burundu kubera ibyaha bya jenoside

Urukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho kuburanisha ibyaha byakorewe muri Yougoslavia kuri uyu wa Gatatu, itariki 22 Ugushyingo 2017 rwatangaje ko Umunya-Bosnia, Ratko Mladic, wahoze ari umuyobozi w’ingabo z’Abaserbe, ahamwa n’ibyaha bya jenoside, n’iby’intambara byakorewe muri Yougoslavia mu myaka ya za 90, rumukatira igifungo cya burundu. Urukiko rwahamije Mladic bari barahimbye “The Butcher” (bisobanuye Umubazi)ibyaha 10 mu byaha […]

Isesengura : Nyuma y’ imyaka 2 bashatse guhirika perezida Nkurunziza ku butegetsi, ubwoba ni bwose

Kuva igihe Perezida w’ u Burundi, Pierre Nkurunziza ashatse guhirikwa ku butegetsi mu mwaka wa 2015 abakurikiranira hafi politiki y’ iki gihugu basanga abagituye biganjemo abayobozi bahorana ubwoba ndetse n’ impungenge zidasanzwe. Kuva umugambi wo guhirika Perezida Nkurunziza waburizwamo , imyitwarire ye yagiye irangwa n’ ubwigunge mu ruhando rwa politiki anengwa n’ abagenzi kuko ataboneka […]

Rwamagana: Ubuyobozi bwa SACCO/Kigabiro buravugwaho kuyihombya, uburangare no kwimana amakuru

Koperative ebyiri zo mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana zahawe inguzanyo na BDF za miliyoni 10 yo kugura ibikoresho by’ikoranabuhanga, byaraguzwe ariko ntibikoreshwa, ubuyobozi bwa SACCO Imboni/Kigabiro bugashinjwa kubigiramo uburangare . Ubuyobozi bw’iyi SACCO ntibushaka ko aya makuru y’ibihombo n’uburangare bwagize asohoka ngo ajye mu binyamakuru, mu gihe abagenerwabikorwa bashimangira ko ari bwo […]

Reba amafoto y’umukecuru uri guha umugisha umuhungu we mbere y’uko afata urugendo

Amafoto akomeje gucicikana hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, umukecuru yapfukamishije umuhungu w’umusore, ari kumuminjiraho utuzi mu mutwe no ku birenge mbere y’uko uwo musore afata urugendo rwa kure. Abazi bya hafi uyu mukecuru, ngo umuhungu we yari yamubwiye ko agiye kujya mu gace ka Kano gaherereye mu Majyaruguru ya Nigeria, akaba ngo yarakoze ibi […]

Dr Daphrosa Gahakwa na bagenzi be batatu bakoranaga muri RAB bahagaritswe

Dr Daphrosa Gahakwa wari umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB) n’abandi bakozi batatu bakoranaga kuri uyu wa 22 Ugushyingo bahagaritswe by’agateganyo mu mirimo yabo na Minisitiri w’Intebe, Dr Eduard Ngirente. Usibye Dr Gahakwa, abandi bakozi birukanwe ni; Innocent Nzeyimana wari ushinzwe ibijyanye no kuhira, Bimenya Theogene wari ushinzwe imari, na Violet Nyirasangwa wari […]

Ikibazo cy’ubwumvikane bucye muri EAC budindiza imishinga ihuriweho kigiye kwigwaho

Inama ya ba minisitiri b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) iteganyijwe i Kampala muri Uganda kuwa 01 Ukuboza izigirwamo ibibazo by’imishinga y’ibikorwaremezo mu karere ishobora kudidindira bitewe n’ubwumvikane bucye buri kugaragara mu bihugu bigize uyu muryango muri iyi minsi. Mu gihe umubano wa Uganda n’u Rwanda, uwa Kenya na Tanzania, uw’u Burundi n’u Rwanda […]

Amerika: Indege y’intambara yakoreye impanuka mu nyanja ya Pacific

Ubwato butwara indege z’intambara bw’Amerika bburi gushakisha ababuriwe irengero mu mpanuka y’indege y’Intambara y’Amerika yabereye mu nyanja ya Pacific. Kugeza ubu, ibitangazamakuru biravuga ko hamaze kuboneka abantu 8 bakiri bazima, abandi 3 bakaba bakomeje kuburirwa irengero. Iyi ndege yarohamye hafi y’agace ka Okinawa ko mu gihugu cy’u Buyapani, ubu indege n’andi mato bikaba bikiri mu […]

USA: Uwitwa Bosco Tukamuhabwa akurikiranweho kwica umugore we witwa Nkinamubanzi

Umugabo witwa Bosco Tukamuhabwa washinjwaga gukubita umugore we, Maniriho Nkinamubanzi, mu mezi 7 ashize, kuri ubu arashinjwa icyaha cyo kumwica nyuma y’aho umurambo w’uyu mugore ubonekeye kuwa 10 Ugushyingo yarawuhishe aho babika imyenda mu rugo rwabo ahitwa Providence muri Leta ya Rhode Island muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Igipolisi cya Rhodes Islands kikaba kivuga […]

RDC: Mu cyumweru kimwe, abasaga 50 bamaze guhitanwa n’indwara ya Chorela

Abakozi bo mu muryango mpuzamahanga wita ku buzima OMS bakorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bari gukora iyo bwabaga ngo bahangane n’ikibazo cy’indwara ya Chorela ikomeje kubica bigacika mu duce tumwe na tumwe muri kiriya gihugu. Iyi ndwara igaragaza ibimenyetso byo gucibwamo no guhinda umuriro, imaze guhitana abasaga 50 mu gihe kingana n’iminsi 7 […]

Uganda: Abakozi ba ISO baba bashimuta impunzi bazikangisha kuzisubiza mu Rwanda bazishakamo amafaranga

Urwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu muri Uganda (ISO) rwashyizwe mu majwi rushinjwa gushimuta impunzi z’Abanyarwanda rugamije kuzikuramo amafaranga ngo rubone kuzireka. Ibi bikaba byashyizwe ahagaragara nyuma y’itabwa muri yombi ry’uwitwa Jean Paul Cyubahiro, Umugande ufite inkomoko mu Rwanda, washimuswe kuwa 27 Ukwakira 2017 n’abakozi b’uru rwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu bamusanze ahitwa Nasser […]

Muhanga: Uzarenza uku kwezi atishyuye mituweli, azashyikirizwa inkiko ahanwe

Mu rwego rwo gukangurira abaturage gutanga ubwisungane mu kwivuza, ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga, bwabahaye integuza ko uzarenza uku kwezi ku Ugushyingo 2017, atabutanze azashyikirizwa inkiko agahanwa. Ibi byatangarijwe mu murenge wa Kabacuzi, umwe mu mirenge 12 y’akarere ka Muhanga, kugeza ubu uri ku mwanya wa 9 mu gutanga ubwisungane mu kwivuza, kuba abahatuye batararangiza kubwishyura […]