Abimukira bava muri Afurika Israel itifuza ngo boherezwa muri Uganda n’u Rwanda

Hagiye gushira hafi umwaka, igihugu ca Israel giha amafaranga abimukira bava mu bihugu bya Afurika bakajya kuba mu bindi bihugu nanone byo muri Afurika. U Rwanda na Uganda bikaba bishyirwa mu majwi ko byakira izo mpamvu ariko ku ruhande rwabyo nta na kimwe cyemera ko cyakira aba bimukira. BBC dukesha iyi nkuru ivuga yabashije kuvugana […]

Raporo nshya y’impuguke za Loni irashinja u Rwanda gutoza impunzi ngo zikure perezida Nkurunziza ku butegetsi

Raporo y’ibanga yashyikirijwe Akanama k’amahoro n’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye yongeye gushinja u Rwanda gutoza impunzi z’Abarundi hagamijwe gukura ku butegetsi perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza. Iyi raporo yakozwe n’impuguke za Loni yabashije kubonwaho kuri uyu wa Gatatu n’Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, dukesha iyi nkuru, igizwe n’ubuhamya bukomeye bushinja u Rwanda kwivanga mu bibazo by’u Burundi. Iyi […]

Nyuma y’imyaka 4, Rihanna agiye kongera kwitabira ibirori bya BRIT Award 2016

Icyamamare Rihanna umanze imyaka igera kuri 4 adakandagira ku rubyiniro mu birori “BRIT Award 2016” ubu noneho byemejwe ko azagaragara muri ibyo birori. Ibi birori ngarukamwaka byemejwe ko bizaba kuri 24 Gashyantare 2016, bizaba ari ku nshuro ya 4 iki cyamamare Rihanna kizaba kigaragaye ku rubyiniro. Abashinzwe gutegura ibyo birori babinyujije ku mbuga nkoranyambaga (Twitter) […]

Abasirikare ibihumbi 5 ba UA ngo nta kindi cyari kibazanye i Burundi uretse gusubiza Buyoya ku buyobozi

Ibi ni ibyatangajwe n’ishyaka CNDD FDD ririho mu gihugu cy’u Burundi aho ritunga agatoki imwe mu miryango mpuzamahanga ndetse n’abakuru b’ibihugu ko aribo bakomeje guteza umwiryane mu gihugu cyabo, bakaba bahamya ko ingabo za Union Africain zateganywaga koherezwa muri iki gihugu nta kindi zari gukora uretse guhirika Nkurunziza zikimika Buyoya. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’iri […]

Polisi iragira inama abaturage kwirinda ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe

Polisi yo mu karere ka Rulindo iragira inama abaturage kureka ibikorwa byo kwishora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe, aho ivuga ko abakora ibi bikorwa bitwikiriye ijoro kugira ngo bibe amabuye y’agaciro bibaviramo gukomereka n’ impfu za hato na hato. Ubu butumwa, Polisi yabutanze ku itariki ya 3 Gashyantare, aho mu kagari ka Shengamure, umurenge wa […]

Umugabo yaguwe gitumo asambanya ingona

Umugabo w’imyaka 59 y’amavuko wakoraga umurimo w’uburobyi yafashwe akorana imibonano mpuzabitsina n’ingona. Uyu mugabo uzwi ku izina rya Rupert Darwin bivugwa ko yari umurobyi kabuhariwe kuko yari azwi mu buro budasanzwe bikaba bivugwa ko nubundi yasambanyaga inyamaswa, byaje kuba impamo ubwo yatunguwe bagasanga arimo asambanya ingona yayihambiriye amaboko ndetse yapfutse mu maso. Mu kwisobanura Darwin […]

Kinshasa: Hatangiye urubanza rwa Germain Katanga wari uherutse kurekurwa na CPI ngo ajye kurangiriza igihano iwabo

Urubanza rwa Germain Katanga uherutse kurekurwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ngo ajye kurangiriza igihano cye iwabo, rwatangiye kuri uyu wa Gatatu tariki 03 Gashyantare I Kinshasa, aho ubutabera bw’iwabo nabwo bumukurikiranyeho ibyaha byibasiye inyokomuntu no kuba mu mitwe yitwaje ibirwanisho. Germain Katanga na bagenzi be batanu bareganwa bakurikiranweho ibyaha by’intambara, ibyaha byibasiye inyokomuntu no kuba mu […]

Abahoze mu ishyaka CNDD FDD bakaza kuvamo bashinze ishyaka rirwanya Perezida Nkurunziza

Abahoze mu ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD — FDD bakaza kurivamo nyuma y’aho Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza atangarije ko azategeka manda ya gatatu, ndetse bakagira n’ibindi birego byinshi barega iri shyaka, bishyize hamwe bashinga ishyaka rirwanya ubutegetsi. Ishyaka aba bagabo n’abagore bashinze baryise PPD — Girijambo. Iri shyaka rigizwe ahanini n’inararibonye zahoze mu […]

Gasabo: Hakomeje kwibazwa icyihishe inyuma y’igitero giherutse kugabwa n’abagizi ba nabi ku baturage ba Ndera

Kugeza ubu harakibazwa icyaba cyihishe inyuma y’igitero giherutse kugabwa n’abagizi ba nabi bitwaje ibirwanisho bibasiye abaturage bo mu Murenge wa Ndera bakabatemagura, aho mu ijoro ryo kuwa 01 rishyira kuwa 02 Gashyantare bamwe mu bakekwaho uruhare muri iki gitero batawe muri yombi na polisi. Aba bantu bari bitwaje intwaro gakondo bateye ingo zitandukanye zo mu […]

Imodoka yibwe muri Uganda yasubijwe nyirayo

Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 3 Gashyantare, Polisi y’ u Rwanda yashyikirije imodoka umugabo w’umugande, witwa Kananura Ndizeye Moses, yari yaribiwe mu gihugu cya Uganda, nyuma ikaza gufatirwa mu Rwanda mu Kuboza k’umwaka ushize Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa, yavuze ko iyi modoka yo mu bwoko bwa […]

Yaryamanye n’abagabo 110 mu masaha 22

Umukobwa wo mu Bwongereza kuri ubu ufite imyaka 25 y’amavuko, yigeze kugurishwa nk’umucakara w’imibonano mpuzabitsina n’umuhungu wari inshuti ye, abasha gucika nyuma yo kumara imyaka myinshi muri ubu bucakara mu gihugu cy’u Bugiriki. Uyu mukobwa witwa Megan Stephens avuga ko ubwo yari afite imyaka 14 y’amavuko yagiye mu biruhuko ari kumwe na nyina mu mujyi […]

Akanyamuneza ni kose ku mutoza Louis Van Gaal nyuma yo kwihanangiriza Stoke City

Umutoza Louis Van Gaal, nyuma yo kuvunikisha abakinnyi bakomeye akanatanga abagabo ko atariwe wabavunnye, ubu noneho akanyamuneza ni kose, ubwo Manchester United yanyagiraga ikipe ya Citoke City imvura y’ibitego 3-0 Uyu mukino wabaye kuri uyu wa kabiri taliki ya 2 Mutarama 2016 ku kibuga Old Trafford wasigiye ibyishimo bidasanzwe Van Gaal mu gihe amaze iminsi […]

Ikipe y’umupira w’amaguru Amavubi igiye guhabwa akayabo ka miliyoni hafi 350 kubera kwitwara neza muri CHAN

Nyuma yo kugera muri ÂĽ cy’irangiza cy’amarushanwa y’Afurika y’abakinnyi bakina mu bihugu byabo, ikipe y’u Rwanda igiye guhabwa akayabo ka Miliyoni 348 z’ibihembo n’mashimwe. Hagiye gutangwa amafaranga y’u Rwanda agera muri miliyoni 99 yo gushimira abakinnyi b’Amavubi n’abandi bari bafite ibyo bashinzwe muri iyo kipe (staff) nyuma yo kugera muri ÂĽ. Ikipe y’u Rwanda muri […]

Abanyeshuri ngo bavangiye amashuri na Minisiteri y’uburezi

Minisiteri y’uburezi irashyira abanyeshuri mu majwi kuba baragize uruhare mu gutinda kugera ku ishuri bikaviramo bamwe kubura imodoka bitewe no gukora ibintu ku munota wa nyuma. Mu gihe abanyeshuli bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye umwaka w’amashuli 2016 bagombaga gutangira kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Gashyantare, kugeza ubu Minisiteri y’Uburezi iravuga ko hari bamwe mu […]

Bujumbura: Bane bakomerekeye mu bitero bya grenade byagabwe ku iposta no kuri Lumitel

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko abantu bane bari bamaze kumenyekana ko bakomerekeye mu bitero 3 bya grenade byagabwe kuri uyu wa gatatu ku iposta no kuri Lumitel, mu mujyi wa Bujumbura. Ibisasu bibiri byaturitse mu kanya gashize ku isaha ya 12h15, ikindi cya gatatu giturikira nyuma y’iminota 20 ahakunda guparika imodoka zitwara […]

Gicumbi: Mu kagezi ka Waruhara hatoraguwe umurambo w’umusore w’imyaka 18

Mu Murenge wa Shangasha wo mu Karere ka Gicumbi mu kagezi kitwa Waruhara hatoraguwe umurambo w’umusore witwa Bahati wabonwe n’umwana w’umukobwa. Umurambo we wahise ujyanwa ku Bitaro Bikuru bya Byumba kugirango ukorerwe isuzuma hamenyekane icyamwishe. Nk’uko byemejwe n’ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Murenge wa Shangasha, Sindayigaya Celestin, ngo uwo murambo wabonwe ku mugoroba wo kuri […]

Burundi : Leta yongeye guhigisha uruhindu abakoze kudeta yaburijwemo muri Gicurasi

Parike nkuru y’u Burundi kuri uyu wa kabiri yongeye gusaba amahanga afite abantu bashatse gukora kudeta mu Burundi mu matariki ya 13 na 14 Gicurasi 2015 ikaza kuburizwamo kubata muri yombi yarangiza ikabashyikiriza ubutabera bw’u Burundi. Ibi ni ibigaragaza n’inzandiko ndetse n’ababafashije bose gufatwa bagashyikirizwa ubutabera bw’u Burundi bakabazwa ibyaha bakoze. Umunyamabanga Mukuru w’urukiko rw’ikirenga […]

Amafoto y’icyamamare Tinashe agaragaza ubwambure niyo yifashishijwe mu kwamamaza ikinyamakuru

Umuhanzikazi Tinashe ubarizwa muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yemeye kugirana amasezerano n’ikinyamakuru ubwo yashyirwaga ku gitangazamakuru “PlayBoy’” yambaye utwenda tw’imbere mu rwego rwo kureshya abasomyi. Tinashe usanzwe uzwi nk’muhanzikazi,Umunyamideli, umubyinnyi,umwanditsi w’indirimbo,… yatangaje ko kugaragara ku binyamakuru yambaye ubusa nta soni bimutera ahubwo ko bimufasha kumenyekanisha umuzingo w’indirimbo ze (Album) “Joyride” yashyize hanze. Tinashe yagize […]

Ugisha inama: Yisohoreraho agitegura umugore we igitsina nticyongere gufata agashyuhe

Muraho!Ndi umusore w’imyaka 28, maze amezi abiri nshakanye n’umugore wanjye, namushatse ntarakora imibonano mpuzabitsina na rimwe, ariko hari ubwo nashatse kwisuzuma biranga, icyo gihe naterese umukobwa aranyemerera,ariko igitangaje kandi kibabaje ni uko nabaye nkimusoma nko mu minota itanu mba nisohoreyeho kandi igitsina cyanjye cyanga kongera guhaguruka, nka nyuma y’isaha umukobwa yarongeye aremera ngo ngerageze amahirwe […]

Ku nshuro ya mbere muri Afurika,Uganda yakoze imodoka itwarwa n’imirasire y’izuba

Igihugu cya Uganda cyamaze gusohora imodoka itwarwa n’imirasire y’izuba. Abagande bakoze iyi modoka bavuga ko ariyo modoka ya mbere Afurika ikoze itwarwa n’imirasire y’izuba yashyizwe ku mugaragaro. Iyo modoka ikoreshwa n’imirasire y’izuba yo mu bwoko bwa Kayoola, yakozwe n’ikigo cya Kiira Motors, yerekanywe ku munsi w’ejo mu mujyi wa Kampala. Amwe mu mabatiri yayo ashobora […]

Perezida Obama agiye kugirwa umucamanza mu rukiko rw’ikirenga

Madame Hillary Clinton uri kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika aturutse mu ishyaka ry’abaharanira Demokarasi aravuga ko aramutse atowe yagira Perezida Obama yaba asimbuye kuba Perezida w’urukiko rukuru rw’igihugu. Ibi ni ibyo yatangaje ubwo yasubizaga ikibazo yari abajijwe n’umuturage ubwo yari ari kwiyamamaza muri leta ya IOWA. Uyu muturage yabajije niba Hillary aramutse atowe […]

Burundi: Umuhanzi Cédric Bigirimana uzwi nka Bangy yaba ari mu maboko y’inzego z’ubutasi azira indirimbo ye Chuchuena no gutuka umukuru w’igihugu

Umuhanzi w’Umurundi CĂ©dric Bigirimana bakunda kwita Bangy, biravugwa ko kuri ubu yaba ari mu maboko y’inzego z’ubutasi z’u Burundi, aho ngo akurikiranwe azira indirimbo Chuchuena ivuga ku mabi y’intambara, ndetse no gutuka umukuru w’igihugu yifashishije urukuta rwe rwa facebook . Uyu muhanzi uvuka mu gace ka Kamenge ngo yatawe muri yombi kuwa 27 Mutarama n’abakozi […]

Burundi: Hari abatangiye gusaba ko itegeko nshinga rivugururwa umubare wa manda za perezida ugakurwamo

Gusubiramo itegeko nshinga n’andi mategeko, kurushaho gukunda igihugu, ubutabera bukora neza,gushinja u Bubiligi kwica Louis Rwagasore, n’ibindi ni bimwe mu byagarutsweho n’abitabiriye inama y’umushyikirano mu Burundi yateraniye mu Gatumba kuwa 29 Mutarama 2016. “Mutange imyanzuro yatuma habaho ubutegetsi bwemewe kandi bwubashywe na buri wese. Ni ukuvuga demokarasi irambye”. Ibyo nibyo komisiyo y’igihugu ishinzwe gutegura ibi […]

Alubumu ya Koffi Olomide yise Intumwa ya 13 yahagaritswe ku isoko

Komisiyo ishinzwe kugenzura ibihangano muri RD Congo yamaze gufata icyemezo cyo kubuza ikwirakwiza n’icuruzwa rya Alubumu y’umuhanzi Koffi Olomide yise intumwa ya cumi na gatatu n’indirimbo y’umuhanzi Franko ukomoka muri Cameroun yise Coller la Petite. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru iyi komisiyo yasohoye rivuga ko iyi alubumu iheruka y’umuhanzi Koffi Olomide mu ndirimbo iyiriho yise Ekoti […]

Loni yatangiye igenzura ry’abapolisi 70 bagomba koherezwa muri Sudani y’Epfo

​Mu gihe gito, Polisi y’u Rwanda izohereza abapolisi 70 biyongera ku basanzwe mu gace ka Malakal ho muri Sudani y’Epfo, aho bazaba bari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri icyo gihugu(UNMISS). Igenzura ry’aba bapolisi rikaba rizakorwa mu minsi itanu uhereye kuri 2 Gashyantare n’impuguke y’umupolisi ukomoka mu gihugu cya Norvege witwa Annette R.Johansen, ikaba yaroherejwe […]

Nyuma yo kwemeza ko Pep Guardiola atoza Man. City, ubu azanye gahunda yo kugura Lionel Messi

Ni nyuma y’aho byemejwe ko uwatozaga ikipe ya Bayern Munich Pep Guardiola asinyiye amasezerano yo gutoza ikipe ya Manchester City igihe kingana n’imyaka 3, ubu ngo yiteguye kugura icyamamare Lionel Messi. Uyu mutoza w’inararibonye atangaza ko azatangira kugaragara neza muri Man City mu ntangiro za Kamena uyu mwaka akaba yemerewe kuzahabwa miliyoni 150 z’amayero azakoresha […]

CHAN 2016: Rurambikana mu kanya hagati ya RDC na Guinea muri ½ cy’irangiza

Imikino ya CHAN 2016 irimo kubera mu Rwanda iri kugenda igana ku musozo, uyu munsi taliki 03 Gashyantare 2016 hateganyijwe umukino wa mbere wa ½ cy’irangiza aho ikipe ya RDC ikina na Guinea. Ikipe ya RDC yasezereye Amavubi muri ÂĽ igomba gukina na Guinea yasezereye Zambia. Uyu mukino uraza kuba utoroshye cyane. RDC ni imwe […]

Ban Ki Moon ngo niwe ugiye kuza kumvisha Perezida Nkurunziza ko mu Burundi hoherezwa abasirikare ba UA

Mu gihe Leta y’u Burundi ivuga ko idakeneye abasirikare ba UA (Union Africain) bo kugarura amahoro bahagarika ubwicanyi bukomeje kugaragara muri iki gihugu, kuri ubu ngo Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’abibumbye, Ban Ki Moon niwe ugiye kuza kubyumvisha Perezida Nkurunziza. Mu kiganiro Ban Ki Moon yagiranye n’abanyamakuru yatangaje ko n’ubwo bwose UA yavuze ko ingabo zayo […]

Amerika ngo iri gukurikiranira hafi ikibazo cy’itabwa muri yombi rya bagenzi ba Imam Mugemangango wakekwagaho ibikorwa by’iterabwoba

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zihangayikishijwe n’itabwa muri yombi rya bagenzi ba Imam Muhammad Mugemangango uherutse kuraswa n’umupolisi ubwo yageragezaga gutoroka. Imam Mugemangango wari wungirije Imam mukuru w’umusigiti wa Kimironko, yakekwagaho gushaka abarwanyi bo kujyana mu mutwe wa Islamic State ukorera mu gihugu cya Syria. Umuvugizi wa department ya leta muri Leta Zunze […]

Umukinnyi Ndatimana Robert wari ukurikiranweho icyaha cyo kuryamana n’umwana utarakura yagizwe umwere ahita arekurwa

Umukinnyi Ndatimana Robert, w’ikipe ya Police FC akaba yaranakiniye ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’abaterengeje imyaka 17 yitabiriye imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi cyabereye muri Mexique mu 2011 yafunguwe nyuma y’uko ibimenyetso bishya bimuhanaguraho icyahacyo kuryamana n’umukobwa byavugwagwa ko atarakura bigaragarijwe urukiko. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Gashyantare, ni bwo Urukiko Rukuru rwa Repubulika […]

Umusore yambitse impeta umurambo w'umukunzi we

Umusore witwa Chadil Deffy ukomoka mu gihugu cya Thailand yahisemo gukora ubukwe n’umukunzi we wapfuye kugirango yubahirize isezerano ry’ urukundo bari baragiranye. Uyu musore w’imyaka 29 akaba yari afite umukunzi wari ufite imyaka 28 witwa Sarinya Kamsook, bikaba byari biteganyijwe ko bari kuzasezerana muri uyu mwaka. Uyu mukobwa Sarinya Kamsook yakoze impanuka ikomeye y’imodoka aza […]

Abapolisikazi baguye mu butumwa bw'amahoro muri Haiti barashyinguwe

Abapolisikazi babiri bishwe bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Haiti mu Kuboza umwaka ushize, bashyinguwe mu cyubahiro mu bihe bitandukanye mu irimbi rya Rusororo, kuko imibiri yabo itari yagereye rimwe mu gihugu. Assistant Inspector of Police(AIP) Liliane Mukansonera na AIP AimĂ©e Nyiramudakemwa bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Haiti(MINUSTAH) nk’abajyanama(IPOs), bishwe barasiwe mu […]

Nyuma yo kurusimbuka, umuhanzi Daphrose yashyize hanze album yise “Turaje nyirimpuhwe”

Umuhanzi Umuhoza Daphrose uzwi ku ndirimbo zo kurata impuhwe z’Imana n’iz’umuco nyarwanda, kuri ubu atangaza ko nyuma yo kurwara akagera kure yazanzamutse ahita ashyira hanze umuzingo (Album) yise “Turaje Nyirimpuhwe”. Aganira na Bwiza.com, Daphrose yatangaje ko yarwaye kuva muri Werurwe (tariki ya 19/03/2015) ararwara araremba kugeza mu kwa 10, azanzamuka ahita ashyira hanze iyi album. […]

Biranugwanugwa ko Desire Lusinda ashobora kongera kwandagazwa yambaye ubusa

Umuhanzikazi ukomoka muri Uganda, Desire Luzinda uzwiho kwiyambika ubusa ku mbugankoranyambaga biravugwa ko gutandukana n’uwari umujyanama we mu by’umuziki byaba ari indi nzira yo kongera kwandagazwa. Amakuru aturuka ku nshuti za hafi z’aba bombi, yemeza ko uyu muririmbyikazi n’umujyanama we Ro Jose uzwi ku izina rya Cliff working ngo umubano wabo waba ukomeje kugerwa ku […]

Umukinnyi Tuyisenge Jacques yamaze kwerekeza mu ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nibwo Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru yari iri muri CHAN, Tuyisenge Jacques, yerekeje muri Kenya aho agiye gukinira ikipe ya Gor Mahia, ifite igikombe cya shampiyona. Uyu mukinnyi wakiniraga Police FC yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Gor Mahia mbere y’uko imikino ya CHAN 2016 itangira, aho yaguzwe miliyoni […]

Ibitaro by’indwara zo mu mutwe bya Ndera byugarijwe n’ikibazo cy’ibura ry’abaganga

Ibitaro by’indwara zo mu mutwe bya Ndera, ari nabyo rukumbi bizobereye mu kuvura indwara zo mu mutwe, kuri ubu biravugwa ko byugarijwe n’ikibazo cyo kubura abaganga aho bivugwa ko bishobora kugira ingaruka ku mikorere yabyo. Ibi ngo bikaba byaraje bikurikira icyemezo cya minisiteri y’ubuzima yafashe abaganga batatu muri batanu ikabohereza mu bindi bitaro ari byo […]

Mujyanama Elisaphan Philos uherutse gutabwa muri yombi akekwaho ubufatanyacyaha mu kumena ibanga ry’akazi yagizwe umwere n’urukiko

Nyuma yo gutabwa muri yombi ari kumwe na mugenzi we mu kwezi kwa Nyakanga 2015 akekwaho ubufatanyanyacyaha mu cyaha cyo kumena ibanga ry’akazi , Bwana Mujyanama Elizaphan Philos w’imyaka 32, ukomoka mu Karere ka Gasabo, akaba yari umukozi wa Ralga ariko mu buryo budahoraho (consultant) kuko yabakoresherezaga ibizami mu turere dutandukanye akanabikosora bakamuhemba, ariko ubusanzwe […]

Gasabo: Abajura bibasiye abaturage barabatemagura

Muri ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri mu Kagari ka Kirenga, Umudugudu wa Runyonza mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo abajura baraye batemaguye bamwe mu baturage bahatuye. Ibi ngo bikaba byabaye mu masaha ya saa tanu z’ijoro zo kuri uyu wa 1 Gashyantare 2016. Mu kiganiro yagiranye na […]

Dore bimwe mu bintu utaruzi ku muhanzi Tom Close

Abantu benshi bakunda kwibaza cyane ibintu byinshi ku muhanzi Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close iyi nkuru ikaba igiye kudufasha kumenya ibintu byinshi bitangaje utaruzi ku muhanzi Tom Close. Tom Close ni umuhanzi w’inararibonye muri muzika nyarwanda kuri ubu akaba asigaye abifatanya no kubaka urugo ndetse n’imirimo y’ubuganga akaba ari mu myiteguro yo gushyira ku […]

Uganda:Hashyizweho imitwe isa neza nk’imbonerakure cyangwa Interahamwe

Mu gihe muri Uganda bitegura amatora ya Perezida agomba kuba muri uku kwezi kwa kabiri icyoba gikomeje kuba cyose bitewe n’ishingwa ry’imitwe itandukanye ya gisivile ariko yitwara gisirikare.Guverinoma ya Uganda n’imiryango itegamiye kuri leta baravuga ko yaba leta ndetse n’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bombi bashinze imitwe y’abasivili yitwara gisirikare bashinzwe kugarura umutekano mu gihe cy’amatora. […]

Uganda: Gen. David Sejusa mu rukiko rukuru rwa gisirikare

Abantu batari bacye basesekaye ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Makindye kuri uyu wa 02 Gashyantare aho bagiye kumva urubanza rwa Gen. David Sejusa. Mu bitabiriye uru rubanza hakaba harimo abo mu muryango we, inshuti, abamushyigikiye ndetse n’itangazamakuru. Gen. Sejusa ari mu maboko y’ubutabera aho mu rukiko ashobora gushinjwa ibikorwa byo gushaka guhungabanya umutekano n’ikinyabupfura […]

Burundi : U Burusiya n’u Bushinwa mu guteza akaduruvayo mu Burundi

Hashize iminsi hibazwa igituma akaduruvayo kadashira mu Burundi ndetse n’igituma Perezida Nkurunziza atava ku izima ngo arekure ubutegetsi. Mu nama iheruka y’umutekano ya ONUyashyize ku mugaragaro ko ibibazo bibera mu Burundi bikururwa n’u Burusiya n’u Bushinwa. Mu nama y’umutekano ya ONU yabereye i New York mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka Umwe mu bategetsi […]

Karongi: Hafashwe imodoka yari yikoreye litiro 420 za mazutu zibwe kompanyi y'Abashinwa

Ku itariki ya 1 Gashyantare 2016, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Karongi yafashe litiro 420 za Mazutu zari mu majerekani 21, zibwe Kompanyi y’Abashinwa ikora imirimo yo kubaka umuhanda mu turere twa Rusizi, Karongi na Rubavu yitwa China Road and Bridge Corporation. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Uburengerazuba, Superintendent of Police (SP) […]

RDC : Abantu 36 barakekwaho ibikorwa by’iterabwoba mu mujyi wa Goma

Abantu 36 bavugwaho ibikorwa by’iterabwoba no gufungwa binyuranye n’amategeko barasabirwa kuzanwa imbere y’ubutabera bakabazwa ibyo bakoze. Hashize icyumweru ba bantu 36 bafungiye mu kigo cya gisirikare. Uburyo bafashwe n’uburyo bafunzwe ngo binyuranye n’amategeko agenga itabwa muri yombi ry’abafatiwe ku rugamba. Aba bantu bose bavugwaho kuba baragabye ibitero ku kibuga cy’indege cya Goma hari muri kamena […]

RCAA yahakanye ko indege yari itwaye impapuro z’amatora zizakoreshwa muri Uganda yabanje guhagarara i Kigali zigapakururwa

Umugenzuzi w’urwego rushinzwe indege za gisivili rw’u Rwanda yahakanye amakuru yavugaga ko indege yari itwaye impapuro z’amatora zizifashishwa mu matora y’umukuru w’igihugu muri Uganda yabanje guca i Kigali mu Rwanda mbere yo gukomeza yerekeza muri Uganda. Guhakana aya makuru bije nyuma y’uko havuzwe ubugambanyi hagati y’abategetsi ba Uganda n’u Rwanda bwo kwiba amajwi mu matora […]

Burundi: Ahitwa Kinywabi hagaragaye ubwato bwari buturutse muri Congo bwikoreye ibirwanisho bya leta

Hari ibirwanisho byinjiye mu gihugu cy’u Burundi kuri iki Cyumweru gishize binyujijwe mu Kinywabi, aho byari bije biturutse mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aho abatungwa urutoki mu kwinjiza ibi birwanisho harimo Gen. Major. Gervais Ndirakobuca bahimba Ndakugarika n’umuyobozi wa Camp Chinois, bakaba bari bahagarikiwe na Gen. Prime Niyongabo, uyobora ibiro bikuru bya […]

Wema Sepetu akomeje kwiyama umuherwe Zari wigaruriye umutima w’umuhanzi Diamond

Wema Sepetu yatangaje ko yiyamye bikomeye Zari Hassan umugore wa Diamond, aho uyu mugore atesha umutwe Sepetu binyuze ku rubuga nkoranya mbaga (Instagram) bityo bituma amukurira inzira ku murima amusiba mu nshuti ze (brock). Sepetu yabaye nk’usubiza ibihe inyuma avuga ko adakunda abantu bapfa kuvuga bagenekerereza,aho bagiye batangaza ko ari Diamond wamwanze kandi mu by’ukuri […]

Huye: Urubyiruko rwasabwe gukomeza kwimakaza umuco w’ubutwari

Kwimakaza umuco w’ubutwari bushingiye ku kubaha no kubaka igihugu, ni bimwe mu byasabwe abitabiriye kwizihiza umunsi w’Intwari, cyane cyane aho ibi byasabwe cyane urubyiruko. Ubu ni bumwe mu butumwa bwatangiwe mu nzu mberabyombi y’Akarere ahari hateraniye abenegihugu batandukanye barimo n’urubyiruko. Nk’uko byagarutsweho na Gervais BIZIRAMWABO mu kiganiro yatanze, yasabye urubyiruko kurangwa no kwimakaza indangagaciro zo […]

Uganda: Mu gihe hitegurwa amatora abadipolomate b’abanyamahanga bahawe gasopo

Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo amatora ya perezida mu gihugu cya Uganda atangire, guverinoma y’iki gihugu kuri uyu wa Mbere yahaye gasopo abahagarariye ibihugu byabo ibasaba kutivanga mu bibazo bya politiki byayo. Umuvugizi wa guverinoma, Ofwono Opondo, yabwiye abanyamakuru ko guverinoma yatumiye indorerezi mpuzamahanga zizakurikirana aya matora, hakaba nta mpamvu abadipolomate b’abanyamahanga […]

Abasirikare b'Abarundi bari muri Somalia basabwe gutaha ngo barinde abarundi barimo gucura imiborogo

Ibi byatangajwe na bamwe mu batavuga rumwe na Leta y’u Burundi, bavuga ko UA yivuguruje ubwo yemezaga ko itazohereza abasirikare bayo kurinda umutekano w’abaturage mu gihe bakomeje kwicwa umunsi ku munsi. Vital Nshimirimana umuyobozi w’ihuriro FORSC (Forum pour le Renforcement de la SocietĂ© Civile) yatangaje ko ari ibintu bitangaje kubona aho umuryango w’ubumwe bwa Afurika […]

Inyama z’imbwa, inzoka n’imitubu mu ma hahiro ya kijyambere

Mu mpera z’icyumweru gishize mu gihugu cya Uganda, imwe mu mahahiro ya kijyambere izwi ku izina rya « karuma supermarket » iri muri cave y’igorofa bacuruza inyama z’imbwa, inzoka, ibikeri n’ibindi. Byabaye urujijo no kwitotomba kuri benshi bagana iryo hahiro bavuga ko bamaze kurya ibitaribwa bifatwa nk’ibizira mu muco w’abaganda. Ubusanzwe bari bazi ko bahabwa […]

Kigali:Barishimira kubona utwabo nyuma y’ amezi 7 bazi ko rwiyemezamirimo yabaziritse ku katsi

Bamwe mu bakozi bakoreye rwiyemezamirimo Mugenga Fabien binjiza amahoro y’ isuku rusange mu turere twa Gasabo, Kicukiro na Rwamagana bakorera kompani yitwa Abisanga Gicumbi Ltd ubu barishimira ko uyu rwiyemezamirimo yabishyuye amafaranga yabo kandi ngo imibereho igiye kuba myiza dore ko bamwe bari bihebye bazi ko batazayabona aho bamwe bari banajyanye ikibazo cyabo mu itangazamakuru. […]

Nyuma yo gushinjwa kwirukanisha Jose Mourinho, Diego Cost ashobora gusubira muri Atletico Madrid

Diego da Silva Costa ukomoka muri Brazil, akaba na rutahizamu w’ikipe ya Chelsea biravugwa ko yongeye kwifuzwa n’ikipe ya Atletico Madrid yo muri Espagne. Ibi bitangajwe vuzwe nyuma yaho byagiye bivugwa ko uyu musore Diego yaba ari ku ikubitiro mu birukanishije uwahoze ari umutoza we muri Chelsea, Jose Mourinho. Atletico yatangaje ko yiteguye kurekura miliyoni […]

Imodoka y’akataboneka Col.Kadhafi yapfuye yifuza ko abaturage be bazajya bagendamo

Mbere y’uko apfa yishwe n’abatarifuzaga ubutegetsi bwe, uwahoze ari perezida wa Libya, Moummar Kadhafi, hari ubwoko bw’imodoka yifuzaga ko abaturage be bajya bagendamo yari yarise Saroukh el-libya. Iyi modoka ijya kumera nk’igisasu cya rocket yafatwaga nk’igiye kugaragaza impinduramatwara mu mateka y’imodoka yari ifite ubushobozi bwo gutwara abantu batarenze 5. Ubwoko bwa mbere bw’iyi modoka bwubatswe […]

Umurundikazi ugisha inama, amaze amezi 2 atumva uburyohe mu gihe cy’ imibonano mpuzabitsina

Ndakeneye infashanyo zanyu. maze amezi 2 ntashukwa umugabo naho yagira ate nunva atavyo ngomba gusa ndigirisha nkubigomba tugakora sex(imibonano mpuzabitsina) bisanzwe mais je ntaburyohe mba nunva, kenshi ndamubesha ngo nakoze cane kukazi ndaruha. nkore iki, nko muminota 5 mba nunva ntakigenda nanyuma nsigara mbabara. Nkore iki? Email: jacqueline55@live.co.uk Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi […]

Abantu bagera kuri 200 bari ku rutonde rw’abari kwigwaho ngo bashyirwe mu ntwali

Abantu bagera kuri 200 nibo bari kwigwaho n’Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Impeta n’Imidari by’Ishimwe (CHENO) kugirango bazashyirwe mu byiciro by’Intwali z’u Rwanda. Uru rwego ruravuga ko urutonde ruriho abantu 200 yaruhawe n’abaturage batandukanye bagendeye ku bikorwa byagaragaje ubutwari bwabo, bamwe muri bo bakaba barapfuye ariko hakaba n’abakiriho. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa CHENO, Deo Nkusi, yavuze ko […]

Uganda: Amama Mbabazi aravugwaho gukodesha satellite azifashisha mu kugenzura uko igikorwa cy’amatora kizagenda

Nk’uko Yesu Kristo yabwiye intumwa ze muri Yohani 14:1 ati: “Ntimuhagarike imitima yanyu mwizere Imana nanjye munyizere.” Umukandida ku mwanya wa perezida John Patrick Amama Mbabazi, nawe yakunze kubwira abayoboke be aho yagendaga yiyamamaza ko ikibazo cy’amajwi bakimurekera. Yakunze kubabwira ko bamwizera, ariko ibyo yashakaga kuvuga nuko kuri ubu yamaze gukodesha za satellites zo kuzagenzura […]