Intambara y’inzoka ebyiri yaje kurangira imwe imize indi- AMAFOTO

Inzoka ya metero esheshatu yo mu bwoko bwa Python   yafashwe amafoto ubwo yarwanaga n’indi kugeza igihe iyinesheje ikanayimira bunguri. Iyi nzoka yamiriye ngenzi yayo yo mu bwoko bumwe ahazwi nka Wyndham, muri Australia, ubwo zose zari zicakiraniye hafi y’inyubako y’umuturage, birangira irushije indi ingufu imize indi. Alice Skilton, ukora mu kigo izi nyamaswa zisurirwamo yavuze […]

RDC: Hatangajwe igihe umurambo wa Etienne Tshisekedi uzacyurirwa i Kinshasa

Umurambo w’umunyapolitiki Etienne Tshisekedi uzacyurwa I Kinshasa kuwa Kane, ku itariki 30 Gicurasi uhite ujyanwa mu buruhukiro bw’ibitaro byitwa Hôpital du Cinquantenaire nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Gicurasi na minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Congo. Biteganyijwe ko ku itariki 31 Gicurasi umurambo we uzashyirwa kuri Stade des Martyrs kugirango abaturage ba Congo bamusezere, […]

Nyamasheke/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye

Me Nsabimana Cyprien  wari ufite imyaka icyenda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi na Ndagijimana Eugène wari ufite 20, ni bamwe mu babashije kurokoka mu cyahoze ari segiteri Mugera ya Komini Gafunzo y’icyo gihe, ubu ni mu kagari ka Mugera mu murenge wa Shangi, mu karere ka Nyamasheke, bakaba bashimiye ku mugaragaro ababarokoye, babagabira inka. […]

Uganda: Polisi irahiga bukware umupasiteri ubeshya abantu ko afite umuti ukiza SIDA

  Igipolisi cya Uganda kirahiga bukware umupasiteri witwa Robert Baldwin ukomoka muri leta ya New Jersey yo muri Amerika , ukekwaho kubeshya abakirisitu ko afite umuti yita ko ukora ibitangaza (Miracle Mineral Solution) abinyujije mu masengesho ya Pentecote yo mu burengerazuba bwa Uganda. Igipolisi cya Uganda kirategenya gukoresha amaradiyo atandukanye mu kumenyesha abafashe iyo miti […]

Sudani y'Epfo igiye gufunga za ambasade ku bw'amikoro make

Inama y’inteko ishinga amategeko ya Sudani y’Epfo yabaye ku wa 14 Gicurasi, irimo n’Umukuru w’Igihugu, Salva Kiir yanzuye ko hari ambasade zigiye gufungwa ku mpamvu z’amikoro make. Mawien Makol, umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri iki gihugu, yabwiye ibitangazamakuru ko bigoranye kugira ambasade nyinshi. “Twatekereje ko gufunga zimwe muri ambasade byadufasha kwita ku zisigaye neza.” […]

USA: Umuhanzi Sedy Djano yafashije abantu barenga 50 baba ku mihanda

Sedrick Djano uzwi mu muziki nka Sedy ni umunyarwanda uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Mississipi, gusa ku bw’impamvu z’akazi akunze kuba muri Leta ya Texas. Sedy yakoze igikorwa cy’urukundo afasha abantu barenga 50 batagira aho kuba muri Amerika. Iki gikorwa cy’urukundo Sedy yagikoze abinyujije mu muryango ‘Give kindness’. Mu muziki Sedy aherutse […]

Burundi: Amase y’Imvubu niyo yakoreshejwe mu kwanduza ibiro by’ishyaka rya Agathon Rwasa

Ku cyumweru tariki ya 19 Gicurasi 2019, nibwo ishyaka CNL ritavuga rumwe na Leta y’u Burundi rya Hon Rwasa Agathon ryafunguye ibiro byaryo mu mujyi wa Bujumbura, uyu mudepite unaribereye umuyobozi mukuru, yitabira ibyo birori anahatangariza ko akomeje urugamba rwa politiki n’ubwo rutoroshye. Ku wa Gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2019, ngo nibwo Meya w’Umujyi […]

Umugaba mukuru w’ingabo, Gen Muhoozi, aravuga ko Uganda icyifuza kubana neza n’abaturanyi

Gen David Muhoozi, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, yatangaje ko Uganda icyifuza kubana n’abaturanyi bayo neza. Ibi yabitangarije kuri uyu wa Mbere impuguke mu bya gisirikare zikora muri za ambasade (Defence Attachés  ) n’abajyanama muri ambasade zitandukanye I Kampala ubwo bari ku cyicaro gikuru cya UPDF ahitwa Mbuya. Ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi nkuru kiravuga ko […]

Kigali: Bamwe mu baturage ntibavuga rumwe na leta ku mpamvu itera igwingira mu bana

Bamwe mu baturage na leta ntibavuga rumwe ku mpamvu itera igwingira ry’abana, aho abaturage bavuga ko biterwa n’ubukene mu gihe leta ivuga ko ukutamenya gutegura ibyo kurya bafite. Umuforomokazi wo ku kigo nderabuzima i Kigali avuga ko mu cyumweru bashobora kwakira abana 40 bagwingiye. Ni mu gihe Leta y’u Rwanda yashyizeho ikigo kihariye cyo kwita […]

Moà¯se Katumbi yagize icyo asaba Perezida Tshisekedi

Umunyapolitiki w’umuherwe, Moà¯se Katumbi ubwo yageraga muri Congo nyuma y’imyaka itatu yari ishize atahakandagiza ikirenge, yasabye Perezida mushya, Felix Tshisekedi kugaragaza impinduka mu gihugu cyabo. Katumbi yasesekaye i Lubumbashi ku wa Mbere tariki ya 20 Gicurasi 2019, yakirwa n’imbaga y’abaturage bishimira gusubira kwe mu gihugu cy’amavuko, yari yarahunze nyuma yo gushwana na Perezida Kabila wakiyoboraga. […]

Umunyarwanda yarasiwe muri Amerika ahita apfa

Umunyarwanda Mpirwa Dieuveut uri mu kigero cy’imyaka 20 y’amavuko yarashwe ku wa Gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2019, mu gace ka South Parkwood Lane, ko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ahita yitaba Imana. Mpirwa yishwe n’isasu ngo yarashwe na mugenzi we Noah Kanyizere ufite imyaka 24 y’amavuko. Polisi yo mu mujyi wa Wichita muri […]

Umusore uvuga ko Diamond yamutwaye umugore yateje impagarara

Umusore utatangajwe amazina yagarutse mu matwi ya benshi nyuma yo kuvuga ko umukunzi wa Diamond, Tanasha Donna yari uwe ariko bakamumutwara. Tanasha na Diamond bagaragaje ko bakundana mu mpera z’umwaka wa 2018. Ntibyari bizwi ko uyu mukobwa yaba afite undi musore bakundana. Agira icyo avuga kuri ibi, Diamond yavuze ko ntacyo abiziho. Ubwo yasubizaga umunyamakuru […]

Amerika ntacyo yatwara Iran, abanzi bacu bazima tubareba- Min. Zaif

Minisitiri w’Ubanyi n’Amahanga wa Iran, Mohammed Javad Zaif atangaza ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ntacyo zakora ku gihugu cye kuko gihagaze cyemye kuva mu myaka ibihumbi kandi abanzi bacyo bayoyoka kireba. Amerika na Iran bararebana ay’ingwe bapfa ibihano by’ubucuruzi byafatiwe Iran ku bwo gutunganya ingufu za nikereyeri ndetse no gukumira ubucuruzi bwa Peteroli. Abinyujije […]

Ambasade y’u Rwanda i Kampala yaba iri mu nzira zo gufunga imiryango?

Guverinoma ya Uganda ngo ishobora gufunga Ambasade y’u Rwanda I Kampala ivuga ko ari indiri y’ibikorwa bibangamiye ubusugire bwa Uganda. aya makuru ariko u Rwanda ruravuga ko ntacyo ruyaziho nk’uko byemejwe na Ambasaderi Olivier Nduhungirehe mu butumwa yahaye Bwiza.com. Ikinyamakuru Regionweek dukesha iyi nkuru kiravuga ko hari ikinyamakuru cyo muri Uganda cyemeje ko u Rwanda […]

Abanyamakuru 12 mu Burusiya beguye ku mirimo yabo mu rwego rwo kwifatanya na bagenzi babo

Abanyamakuru 12 bandika inkuru za politike mu kinyamakuru Kommersant cyo mu Burusiya beguye ku mirimo yabo mu rwego rwo kwifatanya na bagenzi babo birukanywe kubera inkuru banditse kuri Sena y’u Burusiya ku mpinduka zishobora kuyibamo. Umuyamakuru Gleb Cherkasov wandikiraga icyo kinyamakuru, abiyujije ku rukuta rwe rwa facebook yavuze ko we na bagenzi be 10 beguye […]

Impeta yawe irihe ? igice cya mbere n'icya kabiri

(Itangiriro 24:22) Nuko ingamiya zimaze kweguka, uwo mugabo yenda impeta y’izahabu, kuremera kwayo kwari nk’igice cya shekeli, n’ibimeze nk’imiringa bibiri byo kwambara ku maboko, kuremera kwabyo ni shekeli cumi z’izahabu, arabimwambika Maze iminsi itari micye nganirizwa mu mutima wanjye ku Ijambo IMPETA, ubusanzwe Impeta n’ikimenyetso k’isezerano umuntu agirana n’undi cg inshingano runaka, nk’ubuyobozi, impano,… Jyewe […]

Abakinnyi ba Rayon Sports banze gukora imyitozo bageze ku kibuga

Uyu munsi, tariki ya 20 Gicurasi, abakinnyi ba Rayon Sports banze gukora imyitozo ubwo bari bageze ku kibuga cy’imyitozo cya Nzove. Iyi dukesha Inyarwanda ivuga ko byatewe n’umushahara bamaze amezi abiri badahabwa. Ngo bari basezeranyijwe kwishyurwa nyuma y’umukino wahuje Rayon Sports na Musanze FC ku wa gatanu w’icyumweru gishize. Ni umukino wabereye kuri sitade ya […]

Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b’intangarugero

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke buvuga ko bwamaze igihe kirekire bufite ikibazo cy’abarezi b’amashuri abanza bize inderabarezi kuko wasangaga benshi bigisha badafite izo mpamyabumenyi,aho Leta ifatiye icyemezo cyo kubaha ishuri nderabarezi TTC Mwezi,iki kibazo ngo kikaba kimaze gukemuka ku kigereranyo kirenga 90%, abarangiza muri iri shuri  bakaba basabwa kuba intangarugero mu kuhazamura ireme ry’uburezi. Ubwo iri […]

RDC: Abasirikare babiri ba FARDC barashwe, batatu muri Maà¯-Ma௠baricwa

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) gitangaza ko hari abasirikare bacyo babiri bakomerekejwe n’amasasu mu mirwaho yabahuje n’inyeshyamba za Maà¯-Maà¯, zishwemo batatu. Ni imirwano yabaye ku Cyumweru tariki ya 19 Gicurasi 2019, muri Teritwari ya Masisi, uzwiho kuba ikungahaye ku mabuye y’agaciro, muri Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko bitangazwa na Capt. Dieudonné Kasereka, umuvugizi w’ingabo […]

Gabon: Abateramakofe batatu b’Abarundi bafatiriwe muri hotel kubera kubura ubwishyu

Mu gihugu cya Gabon hafungiwe abakinnyi batatu b’Abarundi bari bahagarariye igihugu mu Mikino Nyafurika y’Iteramakofe, aho bafungishijwe ijisho muri imwe mu mahoteli yo mu murwa mukuru Libreville kubera kubura ubwishyu. Aba bari kumwe n’abandi babiri bari babaherekeje, umutoza wabo n’umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino w’iteramakofe mu Burundi. Byari biteganyijwe ko aba bazasubira mu Burundi kuwa Gatandatu nk’uko […]

Google yabujije Huawei gukoresha uburyo bugezweho bwa Android

Kompanyi ya Google ifite ikicaro muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatse Huawei uburenganzira bwo gukoresha uburyo bushya bwa Andoid. Ubu buryo bwa Android ni bwo butuma telefone zikoresha imbuga nka YouTube, Gmail n’uburyo bw’amakarita twita ‘Maps’. Huawei ni uruganda cyangwa kompanyi y’Abashinwa kandi ifite ikicaro mu Bushinwa. Ifungwa ryayo risanishwa n’intambara y’ubucuruzi iri hagati y’Ubushinwa […]

Moise Katumbi yageze i Lubumbashi

Nyuma y’imyaka itatu ari mu buhungiro, Moise Katumbi yageze muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, mu mugi wa Rubumbashi kuri uyu wa mbere, tariki ya 20 Gicurasi. Indege ye yageze ku kibuga cy’indege cya Luano, ahagana saa 12:45 z’amasaha yo mu Rwanda. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Katumbi yagize ati: ” Ndashimira Imana kuba ngarutse. Ngarutse […]

Uganda: Abicanyi bari imbere mu nzego z’umutekano na guverinoma — Minisitiri Nantaba

Abantu bitwaje imbunda bica abayobozi muri Uganda ntabwo ari abo mu mutwe wa ADF nk’uko Igipolisi kivuga, ahubwo ngo ni abakozi b’inzego z’umutekano nk’uko byemejwe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ikoranabuhanga n’Itumanaho, Idah Nantaba. Ibi Nantaba yabitangarije Itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi rya Bukolooto mu mujyi wa Kayunga muri iyi weekend ishize aho yagize ati: “Ukuri […]

Banze kwishyura amafaranga y’ubukode nyiri inzu abahimisha kuyikuraho inzugi n’amadirishya

Pascal w’imyaka 50 na Nicole Vermeulen wa 53 y’amavuko, bagiye bamara igihe bagirana amakimbirane na nyiri inzu bakodesha,  biza kurangira abahaye igihano gikakaye. Inzu Pascal na Nicole bakodesha iherereye mu gace ka Lignières, muri Aube mu Bufaransa, ubu bayibamo imanitsemo ibitambaro mu madirishya n’imbaho mu muryango nyuma yo gukimbirana na nyirayo, banga kumwishyura ay’ubukode. Nk’uko […]

RDC: Nyuma ya Moise Katumbi, Mbusa Nyamwisi ukuriye RCD/K-ML nawe arateganya gutaha

Antipas Mbusa Nyamwisi, Umuyobozi w’ishyaka RCD/K-ML (Rassemblement Congolais pour la Democratie/Kisangani-Mouvement de Liberation) agiye gusubira muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’imyaka itanu ari mu buhungiro nk’uko byemejwe n’umuvugizi w’iri shyaka. Paul Muhindo Vahumahwa yahishuriye Politico.cd ko nta kizabuza Mbusa Nyamwisi gusubira mu gihugu. Uyu mudepite wo muri Beni yatangaje ko umunsi n’aho azanyura […]

Rubavu: Abamotari bategetswe gukoresha esansi ya kompanyi imwe

Abamotari bo mu Karere ka  Rubavu baratabaza bavuga ko bahawe amabwiriza yo gukoresha esansi ya Kompanyi yo muri Afurika y’Epfo yitwa Engen. Aba bamotari batangarije The Chronicles dukesha iyi nkuru ko ibi babitegetswe n’abayobozi babo, ubusanzwe bafitiye icyizere hafi ya ntacyo. Umwe muri bo utashatse ko amazina ye atangazwa ati “  Ibaze na we uri […]

Tanzania: Impunzi z’Abarundi zatakarije icyizere polisi ziyemeza kwirindira umutekano w’ijoro

Impunzi z’Abarundi zo mu nkambi ya Nduta muri Tanzania, ziyemeje kwipangira amarondo y’ijoro kugira ngo zirindire umutekano, nyuma y’ibitero bitandukanye zagiye zigabwaho zizeye ko hari inzego z’umutekano ziwubarindiye. Ni icyemezo zafashe kuva ku wa 14 Gicurasi 2019, amarondo y’ijoro akaba yaratangiriye muri zone enye muri 21 zigize iyi nkambi ya Nduta. Izi zone ngo zikaba […]

Intara y’Iburasirazuba yihariye 1/2 cy’imanza za Jenoside zitararangizwa mu Rwanda

Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi, IBUKA, uravuga ko mu Ntara y’Iburasirazuba hari abayobozi batuma imanza za Jenoside zitarangizwa neza, ikongeraho ko hari na bamwe mu barokotse jenoside batotezwa mu gihe babajije impamvu izi manza zatinze kurangizwa. IBUKA ikaba ivuga ko iyi Ntara y’Iburasirazuba yihariye ½ cy’imanza za Jenoside zigomba kurangizwa mu Rwanda. IBUKA […]

Niturwana na Irani, niryo herezo ryayo- Trump

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump atangaza ko Iran ishobora kwikururira ibyago yishora mu ntamabara n’igihugu cye kuko ari ryo herezo ryayo. Hamaze iminsi hanugwanaugwa intambara hagati y’ibihugu byombi ahanini bitewe n’uko Iran yaba yarubuye umugambi wayo wogucura intwaro za kirimbuzi. Mu butumwa yashyize ku rukuta rwe rwa twitter ku Cyumweru, Trump […]

Moise Katumbi ategerejwe i Lubumbashi nk’umwami

Umuherwe w’umunyapolitiki, Moise Katumbi wari umaze imyaka itatu mu buhunzi nyuma yo kutavuga rumwe na Perezida Joseph Kabila bahoze ari inshuti z’akadasohoka, nyuma yo gukurirwaho ibihano yari yarafatiwe n’inkiko, ubu ategerejwe mu mujyi wa Lubumbashi nk’umwami. Bitangazwa ko Moise Katumbi agera i Lubumbashi kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Gicurasi 2019, ubu akaba anemerewe […]

Dufatanye kurwanya uwashaka kuduca urwaho ashaka gusenya ibyo twagezeho- Hon.Mukabalisa

Perezida w’Inteko Nshingamategeko, Umutwe w’Abadepite, Hon. Mukabalisa Donatille arasaba ubufatanye mu guha urubyiruko rw’u Rwanda ubutumwa bwo guterwa ishema no kuba Abanyarwanda. Anasaba kandi kwima urwaho uwashaka gusenya  ibyo u Rwanda rumaze kugeraho mu myaka 25 ishize rusohotse mu icuraburindi rya jenoside yakorewe Abatutsi. Hon Mukabalisa yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Gicurasi 2019, […]

RDC: Lambert Mende wahoze ari umuvugizi wa guverinoma yatawe muri yombi nabi azira diamant

Amakuru aturuka mu Gipolisi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aremeza ko uwahoze ari minisitiri w’itangazamakuru n’umuvugizi wa guverinoma, Lamber Mende, yatawe muri yombi kuri iki Cyumweru, itariki 19 Gicurasi I Kinshasa akurikiranweho ubucuruzi butemewe bwa Diamant. Igipolisi kikaba cyasobanuye ko Lambert Mende, usigaye ari umudepite ndetse akaba ar umukandida ku mwanya wa Guverineri wa […]

Kabarore: Abantu icyenda bagwiriwe n'ikirombe bahita bapfa

Ku cyumweru tariki ya 19 Gicurasi 2019, nibwo ubuyobozi bw’u Burundi bwemeje ko ikirombe cya Coltan kiri mu Majyaruguru y’iki gihugu cyagwiriye abacukuzi hagapfa icyenda abandi 20 bagakomereka. Iyi mpanuka yabaye ku wa Gatandatu ahitwa Kabarore, ubuyobozi buvuga ko yatewe n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa. Mu bakomeretse, bane bamerewe nabi cyane mu bitaro. Ubuyobozi muri […]

NI GUTE WAHANGANA N’ IBIBAZO URIMO igice cya 5

Soma 2 Ingoma 20:1-22 Uyu ni umunsi wanyuma wa Seminar tumazemo hafi icyumweru cyose, twabonye uburyo Imana yihutira gutabara mu ibibazo byacu, ikabigenzura umunota ku umunota kuko Ari Imana y’ Inyembaraga kandi ikaba ari nini kurusha ibibazo byacu. Mu amasomo twagiye tubona mu minsi ishize twabonye ko nta mpamvu yo gucika intege kuko Imana igihe […]

Kamonyi: Ibuka irasaba abafite amakuru y’ahajugunywe imibiri y’Abazize Jenoside kuyatanga igashyingurwa mu cyubahiro

Mu gikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu karere ka Kamonyi cyabereye ku Rwibutso rw’aka karere  ruherereye mu Kibuza ,kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Gicurasi 2019, bamwe mu barokotse Jenoside bavuga ko ubumwe n’ubwiyunge bushobora kubangamirwa nuko hari abatarabona imibiri y’ababo ngo ishyingurwe ndetse  n’abangirijwe imitungo yabo bakaba batarishyurwa. Perezida wa […]

Samuel Eto’o Fils na Ahmad bakiriwe na Perezida Tshisekedi muri Congo

Icyamamare muri ruhago, Samuel Eto’o Fils ukomoka muri Cameroun, yakiriwe mu biro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari kumwe na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Afurika (CAF), Ahmad Ahmad. Muri uru ruzinduko rw’ibi byamamare ku Isi muri ruhago rwabaye ku wa Gatandatu tariki ya 18 Gicurasi 2019, ubwo byakirwaga byari biherekejwe na […]

RDC: Abaturage bakwiriye imishwaro bahunga ibitero bigabwa n’inyeshyamba zirimo Abarundi

Abaturage basaga ibihumbi 20 bavuye mu byabo bakwira imirwano bahunga ibitero byagabwe n’inyeshyamba za Maà¯-Ma௠zirimo n’abarundi.  Igitero cyagabwe ku wa Gatandatu tariki ya 18 Gicurasi 2019, mu duce twa tulambo, marunde, rinjanja na itombwe, turi muri Teritwari ya Mwenga, muri Kivu y’Amajyepfo. Bitangazwa ko inyeshyamba za Maà¯-Ma௠arizo zagabye iki gitero. Nk’uko SOS Medias/Burundi […]

Abo Majoro Sankara yavugiraga ntibizeye 100% ko akiri muzima

Nyuma y’aho Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rweretse abanyamakuru Callixte Nsabimana uzwi nka ‘Major Sankara’, ishyaka MRCD rifite umutwe witwara gisirikare yari abereye umuvugizi ryatangaje ko rikemanga uyu muhango, rigatangaza ko ritizeye neza ko akiri muzima, haba mu mutwe no mu mubiri. Mu itangazo BBC itangaza ko iri shyaka ryasohoye kuri iki cyumweru tariki ya 19 […]

Uburengerazuba: Abagore bibumbiye mu rugaga rushamikiye kuri FPR/ Inkotanyi biyemeje kuzamura bagenzi babo 517

Ibyishimo ni byose ku bagore bagera kuri 517 batoranijwe mu mirenge yose igize intara y’uburengerazuba bavuga ko bajyaga barya zahize,bagiye gufashwa gukora imishinga iciriritse n’abagore bagize urugaga rw’abagore rushamikiye ku muryango FPR Inkotanyi mu ntara y’uburengerazuba,aho buri mugore agiye guhabwa amafaranga 100.000 akazakora umushinga yihitiyemo  wamuteza imbere. Vice chairperson w’urugaga rushamikiye ku muryango FPR/ Inkotanyi […]

Icyamamare Schwarzenegger cyahuriye n’uruva gusenya muri Afurika y’Epfo

Arnold Schwarzenegger wamamaye mu gukina sinema ndetse akaba yarabaye Guverineri wa Leta ya California, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahuriye n’uruva gusenya muri Afurika y’Epfo aho yakubitiwe umugere arimo kuganira n’abakunzi be ubwo harimo kuba imikino yamwitiriwe yo kurushanwa gusimbuka umugozi yiswe Arnold Classic Africa. Uyu wamuteye umugeri nawe yahise atabwa muri yombi amaze […]

Abagize EALA barasaba Ubumwe bw’u Burayi gukuraho ibihano bwafatiye u Burundi

Abagize inteko ishinga amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) basabye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi gukuraho ibihano byafatiwe u Burundi. Umwe muri aba ukomoka mu gihugu cya Kenya yavuze ko ibihano Ubumwe bw’u Burayi bwafatiye u Burundi kuva mu 2015 ari uburyo bwo gukomeza ubukoloni bugezweho. Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru The Citizen, uyu mudepite yagize ati: […]

Perezida Tshisekedi yavuze ko Minisitiri w’Intebe azamenyekana mu cyumweru gitaha

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ku wa Gatandatu tariki ya 18 Gicurasi 2019, yatangarije abahagarariye ibihugu byabo muri iki gihugu ko uzaba Minisitiri w’Intebe yabonetse, igisigaye ari ukumugaragariza abaturage. Felix Tshisekedi yabaye Perezida w’iki gihugu muri Mutarama 2019, abatavuga rumwe na we barimo Martin Fayulu bakaba bakomeje kunenga ubutegetsi bwe, aho […]

RURA yamaze gukora inyingo ku buryo ikibazo cy’itumanaho ku batunze telefone cyakemuka

Mu duce dutandukanye tw’igihugu, cyane nko mu byaro, babangamiwe no kuba batunze telephone ariko bakaba badashobora guhamagara cyangwa ngo bahamagarwe kubera ko nta minara ihari. Ikigo cy’Igihugu Ngenzuramikorere cyamaze gukora inyigo kigiye gukemura iki kibazo. Iki kibazo kiboneka cyane ku bantu batuye mu mibande; aho bisaba ko burira imisozi cyangwa bagashaka ahantu hegutse kugira ngo […]

Sudani: Ubutegetsi bw’abasirikare bugiye gusubukura ibiganiro n’abigaragambya bariye karungu

Ubutegetsi bw’inzibacyuho bugizwe n’abasirikare muri Sudan butangaza ko bugiye kongera kuganira n’abahagarariye abigaragambya kuri iki cyumweru. Ni nyuma y’aho ku mugoroba wo ku wa Gatanu abigaragambya bashegeshe bikomeye za bariyeri zo mu muhanda mu Mujyi wa Khartoum. Byari biteganyijwe ko aba bajenerali n’abahagarariye abigaragambya bemeranya ku nzibacyuho y’imyaka itatu kuwa Gatanu w’iki cyumweru. Umuyobozi w’aka […]

Uganda yashimangiye ko idashobora gucumbikira abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda

Igihugu cya Uganda cyatangaje ko kidashobora gucumbikira imitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda kivuga ko kidashobora kwemera ko ubutaka bwacyo bukoreshwa n’abashaka guhungabanya umutekano w’igihugu. Ibi Guverinoma ya Uganda yabitangaje igeza ku bahagarariye ibihugu byabo muri iki gihugu ibyerekeye umubano wacyo n’u Rwanda mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda. Iri tangazo […]

FDLR ikomeje kwimuka iva muri Kivu y’Amajyaruguru igana muri Kivu y’Amajyepfo

Abaturage bo muri Bunyakiri, muri Teritwari ya Kalehe bahangayikishijwe n’inyeshyamba z’Abanyarwanda zo mu mutwe wa FDLR bavuga ko ziri kuva muri Kivu y’Amajyaruguru zimukira iwabo muri Kivu y’Amajyepfo. Sosiyete Sivile yo muri Kalehe iravuga urujya n’uruza rw’abahoze mu mutwe wa FDLR bahereye muri Mutarama bimukira iwabo baturutse muri Teritwari ya Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru. Irindi […]

Hakomejeje gututumba intambara hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Umwe mu bayobozi b’ingabo zidasanzwe za Iran, Saleh Jokar yatangaje kuri uyu wa Gatanu ushize ko ibisasu bya missiles bitagera kure cyane y’igihugu cye zishobora kugera ku mato y’intambara ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu Kigobe cya Perse. Ibi Saleh Jokar wungirije ukuriye ingabo zidasanzwe za Iran yabitangaje mu gihe hakomeje kumvikana umwuka […]

Ibibazo by’u  Rwanda bizajya bisubirizwa mu nzira za dipolomasi, si mu binyamakuru- Min. Kutesa

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Sam Kutesa atangaza ko ibibazo byose u Rwanda rufitanye na Uganda bbisubizwa kandi bizakomezwa gusubizwa binyuze muri dipolomasi mu nzira za dipolomasi aho kwitabaza ibinyamakuru. Minisitiri Kutesa, aganira n’abadiplomate mu ntangiro z’iki cyumweru yavuze ku bibazo bitatu u Rwanda rwakunze kugaragaza ko ari bimwe mu byo Uganda yashakaira ibizubizo kugira […]

Ni gute wahangana n’ibibazo urimo- igice cya 4

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Uyu munsi yaduteguriye inyigisho […]

Umuryango wa Gikundiro Rehema na Claude bagabiye inka uwacitse ku icumu

Tariki ya 17 Gicurasi 2019, umuryango wa na Ishimwe Claude na Gikundiro Rehema wagabiye inka y’inzungu ndetse unaremera umuryango wa Nzamurambaho Deo na Uwizeyimana Grace batuye mu Karere ka Gasabo ho mu murenge wa Rusororo mu rwego rwo kubakomeza banashima Imana yarize uyu muryango . Ishimwe Claude na Gikundiro Rehema kuri ubu batuye muri Leta […]

Umuyobozi wa Simba SC yemeje ko abakinnyi barimo Haruna Niyonzima bazagenda

Umuyobozi w’ikipe ya Simba muri Tanzania, Swedy Mkwabi yatangaje ko Haruna Niyonzima, Emmanuel Okwi na Jonas Mkude bazava muri iyi kipe amasezerano narangira. Ubu ngo bemerewe kugirana ibiganiro n’andi makipe, dore ko mu masezerano bafite, hasigaye ukwezi gusa. Amategeko y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) avuga ko umukinnyi ubura amezi atandatu ngo amasezerano ye arangire, […]

Thailand: Imbwa yatabaye uruhinja rwashyinguwe ari ruzima

Imbwa yavunitse akaguru yitwa Ping Pong yo muri Thailand yatabaye ubuzima bw’uruhinja rwari rwashyinguwe na nyina w’imyaka 15. Hari ku wa gatatu muri iki cyumweru, ubwo abahinzi bakoreraga mu gace ka Nong Kham, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umurwa mukuru wa Bangkok, babonaga imbwa iraha, bagira amatsiko yo kureba icyo ishaka. Aba bahinzi barahageze, basanga hari […]

Umugabo wemera ko arya inzoka, injangwe n’imbwa yasobanuye ibyamubayeho

Ni umugabo witwa Odembo Thomas wo mu gace ka Nyatike ko muri Migori, mu gihugu cya Kenya, atangaza ko arya inyama z’ibikururanda, injangwe n’imbwa. Thomas w’imyaka 35 y’amavuko, akaba n’umubyeyi w’abana barindwi, avuga ko hari zimwe muri izi nyamaswa anorora. Odembo, avuga ko ashinzwe umutekano mu ruganda rw’abashinwa rutunganya amabuye y’agaciro. Ubwo ikinyamakuru Tuko cyo […]

Tanzania : Impunzi zisaga 10 z’Abarundi zatawe muri yombi

Polisi yo mu gihugu cya Tanzania yataye muri yombi impunzi z’Abarundi zo mu nkambi ya Mtendeli, nyuma yo guteza imvururu. Mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2019, nibwo impunzi zateje imvururu zibuza polisi gusenya aho bubatse bakoreraga ubucuruzi muri iyi nkambi, biza kurangira bamwe muri zo batawe muri yombi. Ahagana saa […]

RDC: Umuyobozi w’inyeshyamba yafashwe mpiri n’igisirikare cya Leta

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(FARDC) kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2019, nibwo cyatangaje ko cyafashe mpiri umuyobozi w’inyeshyamba FPP-AP (Forces Patriotiques Populaires, Armée du peuple) zigaragara cyane muri Teritwari ya Lubero. Uyoboye ingabo za Leta muri aka gace zishinzwe kugaba ibitero ku mitwe y’inyeshyamba, Major Mak Hazukay yavuze ko umuyobozi […]

Umuhanzi Senclite yiyemeje gufatanya umuziki n’amasomo

Umuhanzi Nyarwanda Niringiyimana Anaclet uzwi ku izina rya Senclite, avuga ko yinjiye muri muzika Nyarwanda afite umwimerere we, bityo ko kuwufatanya n’amasomo abona azabishobora. Senclite aririmba mu njyana ya Afro beat, avuga ko yabanje kuririmba muri kolari z’abana ariko akunda umuziki cyane, akanagira inzozi zo kuzaririmba ku giti cye, aribyo ubu arimo gushyira mu bikorwa. […]

Nyamasheke: Abanyeshuri b’abakobwa bo muri G.S FAK baryama mu buryo buteye inkenke

Abakobwa  280 biga mu rwunge rw’amashuri  rwitiriwe  Frank Adamson rwa Kibogora ( G.S FAK) mu karere ka Nyamasheke bavuga ko nyuma y’uko inyubako (Dortoir) bararagamo ihiye  igakongoka,  ubu barara mu buryo buteye inkeke. Aba banyeshuri b’abakobwa bararana ari batatu kuri Matela, bose basasa hasi mu byumba bitari byarabugenewe. Ababyeyi baharerera n’ubuyobozi bw’ishuri mu nteko rusange […]