Ngibi ibisobanuro by’impeta bitewe n’urutoki uyambayeho

Impeta ni umurimbo utarobanura igitsina, bivuze ko wambara n’ umugabo cyangwa umugore. Uyu murimbo wambarwa ku rutoki kandi kuri buri rutoki uwushyizeho uhita uhindura igisobanuro. Urubuga WWW.RMRS.Com ruvuga ubundi ibiganza byombi bifite ubusobanuro buhambaye mu buryo bujyanye n’imikorere n’imitekerereze ya muntu. Abahanga mu mitekerereze ya muntu bavuga ko ukuboko kw’i Buryo kwerekana imbaraga, umurava n’ubwiganze. […]
Abanyeshuri baguye ku mashusho y’urukozasoni ya mwarimu wabo

Umwarimukazi wigishaga Physics mu ishuri rya Bannerman High School ryo muri Glasgow, muri Scotland yirukanwe burundu ku kazi nyuma y’uko abanyeshuri biga muri iri shuri bavumbuye ko afite konti ya OnlyFans acururizaho amafoto n’amashusho y’urukozasoni. Nk’uko byatangajwe n’akanama k’igihugu gashinzwe imyitwarire y’abarimu muri Scotland (GTCS), uyu mwarimukazi witwa Kirsty Buchan, w’imyaka 34, yashyiraga amafoto ye […]
U Rwanda mu bufatanye na Benfica FC yo kwa Cristiano Ronaldo

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yakiriye kuri uyu wa Mbere intumwa za Tony Football Excellence Program hamwe n’abahagarariye ikipe ya Benfica FC yo muri Portugal. Ibiganiro byibanze ku bufatanye mu guteza imbere ruhago y’abana n’urubyiruko mu Rwanda. Inama yanitabiriwe n’inzego zitandukanye zirimo MINEDUC, MINISANTE, RDB, Kaminuza y’u Rwanda, Umujyi wa Kigali ndetse n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe […]
Umutoza w’Amavubi yasanze abakinnyi be ari abaswa

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Adel Amrouche yatangaje ko abakinnyi b’Amavubi badafite imbaraga zihagije kandi urwego rwabo ruri hasi, kuko batabona umwanya wo gukina mu makipe yabo, ibintu atabasha gukosora mu minsi mike y’umwiherero w’Ikipe y’Igihugu. Ibi yabivuze ku wa Mbere, tariki ya 9 Kamena 2025, nyuma yo gutsindwa umukino wa kabiri wa gicuti bahuyemo […]
Leta yategetse ko hicwa inzovu 50, zikagaburirwa abaturage

Leta ya Zimbabwe yatangaje ko igiye kwica inzovu zigera kuri 50 mu rwego rwo kugabanya umubare wazo urenze ubushobozi bw’aho ziba. Inyama z’izi nzovu zizagaburirwa abaturage batuye hafi y’ahabereye iyi gahunda. Ubuyobozi bwa Zimbabwe Parks and Wildlife Management Authority (ZimParks) bwavuze ko bwemereye Save Valley Conservancy, ikigo kinini cyigenga gicunga inyamaswa giherereye mu majyepfo ashyira […]
Annette Murava yemeje ko nta kibazo afitanye na Bishop Gafaranga ufunzwe

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Annette Murava yatangaje ko nta kibazo afitanye n’umugabo we, Bishop Gafaranga, uherutse gukatirwa gufungwa by’agateganyo iminsi 30 akurikiranyweho ibyaha birimo guhoza ku nkeke uwo bashakanye no kumukubita. Mu butumwa Murava yanyujije kuri YouTube ku rubuga basangiye n’umugabo we bise Gafaranga na Murava, yavuze ko n’ubwo bahuye n’ikigeragezo, urugo […]
Ibizakwereka umukobwa w’isugi bidasabye ko muryamana

Kumenya umukobwa ukiri isugi udakoresheje ibizamini bya muganga cyangwa kuryamana na we. Nubwo hari abatangaza ibimenyetso bitandukanye ngo bishobora kukwereka ko umukobwa atakiri isugi, abahanga mu buzima bwo mu mutwe no mu mibanire bavuga ko ibi bishingira ku myumvire ishingiye ku marangamutima aho kuba ku bumenyi bwizewe. Bamwe bavuga ko umukobwa ushobora kurakazwa no kubazwa […]
Police FC yakoze amasuku ihereye kuri Mashami Vincent na Abedi

Umutoza mukuru wa Police FC, Mashami Vincent yatandukanye n’iyi kipe nyuma y’imyaka itatu ayitoza, mu gihe n’abandi bakinnyi barimo Abedi, Ally, Clovis na Chukwuma na bo basezerewe. Ibi byemejwe na Mashami ubwe mu butumwa yashyize kuri konti ye ya X (yahoze ari Twitter), aho yagaragaje ibyishimo n’ishimwe byuzuye umutima we nyuma y’igihe cy’imyaka itatu yamaze […]
Muyoboke Alex yavuze ku byo gusambanira i Kampala na Dj Flix

Muyoboke Alex usanzwe afasha abahanzi ndetse akanaba umwe mu bagaragaye mu bitaramo bya The Ben muri Uganda, yahakanye amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga amushinja kuryamana na DJ Flix, umwe mu bakobwa bakizamuka mu mwuga wo kuvanga umuziki. Aya makuru yatangiye gukwirakwira nyuma y’igitaramo The Ben yakoreye muri Uganda, aho DJ Flix yari mu […]
Gutingana ni icyaha si uburenganzira bwa muntu: Mufti w’u Rwanda

Mufti w’u Rwanda, Sheikh Mussa Sindayigaya yongeye gushimangira ko mu myemerere ya Islamu gutingana ari icyaha gikomeye, atari uburenganzira bwa muntu nk’uko bamwe babivuga muri iki gihe. Mu butumwa yagejeje ku bayisilamu bari bitabiriye ibirori bya Eid Al-Ad’ha, Sheikh Sindayigaya yavuze ko idini ya Islamu ku isi hose ryamagana ubutinganyi kandi ribifata nk’ibikorwa bihabanye n’amahame […]
Pavelh Ndzila agiye gutera umugongo APR FC

Umunyezamu w’Umunya-Congo Brazzaville, Pavelh Ndzila, usoje amasezerano ye muri APR FC, ashobora gukomereza urugendo rwe muri shampiyona y’u Tanzania. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru Mpan MĂ©dia cyo muri Congo Brazzaville yemeza ko ibiganiro na KMC FC bimaze kugera kure. Pavelh Ndzila yinjiye muri APR FC mu mpeshyi ya 2023, aho yatangiye nk’umunyezamu wa mbere mu mwaka w’imikino […]
Cristiano Ronaldo yarize nyuma yo kwegukana igikombe

Ku cyumweru tariki ya 8 Kamena 2025, ikipe y’igihugu ya Portugal yongeye kwandika amateka mu mupira w’amaguru ubwo yegukanaga igikombe cya kabiri cya UEFA Nations League, itsinze Espagne kuri penaliti 5-3 nyuma y’uko umukino urangiye ari 2-2. Ni intsinzi yasize Cristiano Ronaldo mu marira, agaragaza ibyishimo n’umusaruro w’imyaka myinshi yamaze ari kapiteni w’igihugu. Uyu mukino […]
Rayon Sports yanze kumvira Mucyo Antha isinyisha Musore Prince

Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije Myugariro Musore Prince Michel, wahoze akinira Vital’O FC yo mu Burundi. Isinya ry’uyu musore ryamenyekanye kuri wa Gatandatu aho yasinye amasezerano y’imyaka ibiri. Ariko igurwe rye ryateje impaka nyuma y’uko Mucyo Antha Biganiro, wahoze ari umunyamakuru w’imikino ubu akaba umuranga w’abakinnyi, agaragaje impungenge ku bushobozi bw’uyu musore. Mu kiganiro yagiranye […]
Kagere Meddie agiye kugirwa umutoza mu Amavubi

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi, Adel Amrouche yatangaje ko afite gahunda yo kuzagirana ubufatanye na Kagere Meddie mu mwuga w’ubutoza, cyane cyane mu gufasha ba rutahizamu b’Ikipe y’Igihugu. Ibi yabivuze mu kiganiro yahaye abanyamakuru ubwo Amavubi ari mu mwiherero witegura umukino wa kabiri wa gicuti uzayihuza na Algeria. Kagere ufite imyaka 38 yari amaze […]
Umuranga w’abakinnyi Mucyo Anta yaburiye Rayon Sports rugikubita

Umuranga w’abakinnyi Mucyo Anta yaburiye Rayon Sports rugikubita Uwahoze ari umunyamakuru w’imikino none ubu yabaye umuranga w’abakinnyi, Mucyo Antha Biganiro yihanangirije ubuyobozi bwa Rayon Sports, ababurira ko bashobora kugwa mu ikosa rikomeye mu igura ry’umukinnyi Musore Prince Michel, ukomoka mu Burundi. Mu kiganiro yagiranye na Radio O, Mucyo Antha yavuze ko uyu mukinnyi wahoze akinira […]
M23 yatangije Irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro i Goma

M23 iyobora Goma igiye gutangiza Irushanwa ry’Amahoro “Tournoi de la Paix”, riratangira ku cyumweru tariki ya 8 Kamena 2025, kuri Stade de l’UnitĂ© i Goma. Ni irushanwa rigamije kwimakaza ubumwe n’amahoro, mu gihe abaturage ba Goma bakomeje gushimangira isura nshya y’umujyi wabo nyuma yo kubohorwa n’ingabo za AFC/M23. Iri rushanwa rizamara iminsi umunani rikazahuza amakipe […]
Hari abantu batajya bandura virusi itera SIDA

Umuganga w’umuhanga mu buvuzi, Dr. Iyayi Osifo wo muri Nigeria yatangaje ko hari abantu bafite impinduka zidasanzwe mu turemangingo twabo zituma badashobora kwandura agakoko gatera SIDA (VIH). Mu butumwa yasangije ku mbuga nkoranyambaga, Dr. Osifo yavuze ko abo bantu baba bafite ihinduka ry’uturemangingo ridasanzwe ku gice cy’uturemangingo tw’umubiri kitwa CCR5 receptor, aho ako gakoko ka […]
Dore impamvu zitera kuzana uruhara

Mu Rwanda, abahanga mu kuvura uruhu baratangaza ko hari impamvu nyinshi zituma abantu bazana uruhara, zirimo imiterere ya gene, imihindagurikire y’imisemburo, stress, imirire mibi n’imikoreshereze y’imiti n’amavuta mu mutwe. Dr Muhima Giovanni, inzobere mu ndwara z’uruhu, avuga ko kwambara ingofero igihe kirekire cyangwa guhora upfutse umutwe bishobora kubuza umusatsi guhumeka, bigatuma upfuka buhoro buhoro. Ashimangira […]
Perezida Kagame yifurije Abayisilamu umunsi mwiza wa Eid al-Adha

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yifurije Abayisilamu bo mu gihugu no ku isi hose umunsi mwiza wa Eid al-Adha, umwe mu minsi mikuru ikomeye mu idini ya Islam. Abinyujije ku rubuga rwe rwa X, Perezida Kagame yagize ati: “Ndifuriza Abayisilamu bose bo mu Rwanda no ku isi hose umunsi mwiza wa Eid al-Adha. […]
Biratangaje! Umwana w’imyaka 8 agiye gukora ikizami gisoza amashuri yisumbuye

Mu Bufaransa, umwana w’imyaka umunani yaciye agahigo ko kuba ari we muto ugiye gukora ikizamini gisoza amashuri yisumbuye, kizwi nka baccalaurĂ©at. Uyu mwana ni umukandida wigenga, akaba azakora ikizamini cya philosophie ku itariki ya 16 Kamena, ari kumwe n’abandi banyeshuri ibihumbi magana arindwi barenga. Umuyobozi Mukuru ushinzwe amashuri yisumbuye mu Bufaransa, Madame Caroline Pascal, yavuze […]
Urubanza rw’umunyamakuru Fatakumavuta rwatewe ipine

Isomwa ry’umwanzuro w’urubanza rwa Sengabo Jean, uzwi cyane nka Fatakumavuta mu ruganda rw’imyidagaduro, ryari riteganyijwe ku wa 6 Kamena 2025, ryimuriwe ku wa 13 Kamena 2025. Ibi byatewe n’uko uwo munsi wahuriranye n’umunsi mukuru wa Eid al-Adha wizihizwa n’Abayisilamu. Nk’uko byatangajwe n’umunyamategeko wunganira Fatakumavuta, Maitre Fatikaramu, uyu mwanzuro wagombaga gusomwa n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge nyuma […]
Matic yahanwe azira guhisha ibirango by’abatinganyi

Nemanja Matic wahoze akinira Manchester United, ubu ukinira ikipe ya Lyon mu Bufaransa, yahagaritswe imikino ibiri nyuma yo guhisha ikirango cy’amabara ya y’abatinganyi “LGBTQ+” cyari ku mwambaro we, ubwo bakinaga umukino usoza shampiyona ya Ligue 1 bahuyemo na Angers. Uyu mukinnyi w’imyaka 36, bivugwa ko abarizwa mu itorero rya Serbian Orthodox Church, yanze kwitabira gahunda […]
Kayonza: Abiyise Wazalendo 40 barafunzwe

Abantu barenga 40 bari biyise Wazalendo bamaze gutabwa muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma yo guhungabanya umutekano w’abaturage bo mu murenge wa Rukara, mu tugari twa Kawangire na Rwimishinya, ho mu Karere ka Kayonza. Aba bantu bikekwa ko bagendaga bitwaje intwaro gakondo zirimo imihoro n’ibisongo, bagatema abaturage ndetse bakishora mu mirima y’abaturage ku ngufu, […]
Amashusho y’urukozasoni bivugwa ko ari aya Yampano yarikoroje

Umuhanzi nyarwanda Yampano yatangaje ko afite amatsiko yo kubona amashusho y’urukozasoni bivugwa ko ari aye, ariko anatanga gasopo ku bantu bavuga ko bayafite, ababurira ko bashobora guhura n’ingaruka z’amategeko. Mu kiganiro yagiranye na Yago TV Show, Yampano yavuze ko hari abantu bamuzengereje bashaka kumwangiriza izina, ati: “Tubana n’abacanshuro, umuntu akakwegera ariko agamije kukurimbura. Ibyo bakora […]
Kigali: Imodoka y’ishuri yagonze abanyeshuri bane

Imodoka itwara abanyeshuri bo ku ishuri rya Ecole Les Poussins riherereye i Gikondo, mu Karere ka Kicukiro, yakoze impanuka kuri uyu wa Gatatu ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba, aho yagonze abanyeshuri bane bo ku ishuri rya G.S Kimisange bagendaga ku ruhande rw’umuhanda. Amakuru y’ibanze avuga ko iyi modoka ishobora kuba yabuze feri, bituma igonga abo […]
Uwahoze ari Perezida wa Zambia Edgar Lungu yapfuye

Uwahoze ayobora igihugu cya Zambia, Edgar Lungu, yitabye Imana ku myaka 68, nk’uko byemejwe n’ishyaka rye rya Patriotic Front. Mu itangazo ryasohowe n’iri shyaka, ryavuze ko Lungu yari amaze igihe ari kwitabwaho n’abaganga muri Afurika y’Epfo, aho yavurirwaga indwara itatangajwe ku mugaragaro. Edgar Lungu yayoboye Zambia kuva mu mwaka wa 2015 kugeza mu 2021, ubwo […]
U Rwanda rwakiriye gute icyemezo cy’u Bubiligi?

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimye icyemezo cy’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Bubiligi ryemeje ko rizitabira Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera i Kigali kuva ku itariki ya 21 kugeza kuya 28 Nzeri 2025. Ni icyemezo kije mu gihe umubano wa dipolomasi hagati y’u Rwanda n’u Bubiligi utari wifashe neza, cyane ko muri Werurwe 2025, Guverinoma y’u […]
Agahinda kejyetse Khadime Ndiaye wavuzweho kugurisha Rayon Sports

Ku nshuro ya mbere umunyezamu w’Umunya-Senegal Khadime Ndiaye, wahoze arinda izamu rya Rayon Sports, yagaragaje ibyiyumviro bye nyuma yo gutandukana n’iyi kipe, ubwo amasezerano ye yarangiraga muri Gicurasi 2025. Mu kiganiro cyihariye yagiranye n’itangazamakuru, Khadime yavuze ku rujijo n’akababaro yanyuzemo, anagaragaza ko hari byinshi byavuzwe byamubabaje, ariko atigeze abonera ubusobanuro bweruye kuri byo. Ati: “Amasezerano […]
Karasira ‘Professor Nigg’ yinjiye mu rukiko akora ikimenyetso cya Tuff Gangs

Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda ndetse n’umuraperi wamamaye ku izina rya Professor Nigga, yongeye kugaragara mu rukiko akora ikimenyetso cy’itsinda rya Tuff Gangs. Ibi byabaye kuri uyu wa Kane, tariki ya 5 Kamena 2025, ubwo yitabaga Urukiko Rurukuru, Urugereko Ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka, rukorera mu Karere ka Nyanza. Karasira ukurikiranyweho […]
Aba bakinnyi 2 ntibazongera guhamagarwa mu Amavubi

Umutoza w’Amavubi, Adel Amrouche yatangaje ko atazongera guhamagara Rafael York na Hakim Sahabo mu Ikipe y’Igihugu mu gihe cyose agihagarariye u Rwanda. Mu kiganiro n’itangazamakuru mbere y’umukino wa gicuti na AlgĂ©rie uteganyijwe kuri uyu wa Kane, Amrouche yavuze ko aba bakinnyi babiri banze kwitabira ubutumire ku mpamvu zisebya ibendera ry’igihugu. Sahabo yavuze ko akeneye ikiruhuko, […]
Gutaka ku mugore ntibisobanuye ko wamwemeje

Imbuga zitandukanye zandika ku rukundo n’imibanire zigaragaza ko gutaka cyangwa kurira ku mugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bifite ibisobanuro birenze ibyo abantu benshi bakeka. 1. Ibyishimo birenze urugero Iyo umugore anyuzwe cyane n’imibonano, ashobora kugira amarangamutima akomeye agatera gutaka cyangwa kurira nk’ikimenyetso cy’umunezero mwinshi. 2. Kubabara mu gikorwa Hari ubwo umugore ataka cyangwa akarira kubera […]
Kigali: Umusore bikekwa ko yabenzwe n’inkumi yiyahuye asimbutse kwa Makuza

Mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Kamena 2025, mu Mujyi wa Kigali haravugwa inkuru ibabaje y’umusore witwa Ishimwe Thierry w’imyaka 20 ukomoka i Runda muri Kamonyi, wasimbutse ku nyubako izwi nko Kwa Makuza iri rwagati mu Mujyi wa Kigali ahita apfa. Nk’uko byemezwa n’abari aho, uyu musore w’imyaka ibarirwa mu […]
Djabel Manishimwe ku kuntu yakatiwe imyaka 5 n’urukiko muri Algeria

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi, Manishimwe Djabel yasobanuye uko yamenye ko atemerewe kwinjira muri Algeria, aho yari agiye gukinira umukino wa gishuti n’ikipe y’igihugu. Mu kiganiro yagiranye na Radio&TV10, Djabel yavuze ko yahagurutse yiteguye kwitabira umukino, ariko ageze ku kibuga cy’indege i Alger, abayobozi b’icyo gihugu bamubwiye ko yafatiwe igihano cyo kutinjira muri Algeria kingana n’imyaka […]
Ububiligi bwisubiyeho, buzitabira shampiyona y’isi mu Rwanda

Nyuma yo kuba bwaratangaje ko butazitabira Shampiyona y’Isi y’amagare izabera i Kigali mu kwezi kwa Nzeri, Leta y’u Bubiligi yamaze kwisubiraho. Federasiyo y’amagare y’u Bubiligi yemeje ko ikipe y’igihugu izitabira iyi mikino, nyuma yo gusaba Guverinoma uburenganzira bwo kujya mu Rwanda. Umuyobozi wa federasiyo, Nathalie Clauwaert yavuze ko ibiteganywa byose birimo gutegurwa birimo amatike y’indege, […]
UPDF yatangaje ko umugore witwa Aisha ariwe waturikije igisasu i Kampala

Ingabo za Uganda (UPDF) zatangaje ko umugore wateze igisasu hafi ya Bazilika ya Munyonyo ku wa Kabiri yitwa Aisha Katushabe, wamenyekanye no ku yandi mazina nka Byaruhanga Sumaya na Kabonesa. Col Chris Magezi, umuvugizi w’agateganyo w’ingabo, yavuze ko Katushabe yari azwi n’inzego z’umutekano kandi yigeze gufatwa mu 2023 agakekwaho imikoranire n’umutwe w’iterabwoba wa ADF (Allied […]
Zuchu yazinutswe Kenya kubera Perezida Samia Suluhu

Umuhanzikazi w’Umunyatanzaniya Zuchu, uzwi cyane kubera indirimbo ye “Sukari” ndetse n’aho abarizwa mu nzu ifasha abahanzi ya WCB ya Diamond Platnumz, yatangaje ko atazongera gukorana indirimbo n’abahanzi bo muri Kenya. Ibi yabivuze nyuma y’uko bamwe mu banya-Kenya bashinjwe gupfobya no gusebya Perezida Samia Suluhu Hassan ku mugaragaro. Zuchu yagize ati: “Sinshobora gukora indirimbo n’Abanya-Kenya kuko […]
APR FC yahuye n’umutoza mushya bapfa amafaranga

Amakuru yizewe agera ku bitangazamakuru bitandukanye yemeza ko Nabil Maâloul, umutoza w’umunya-Tunisia wamamaye mu mupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika no ku rwego mpuzamahanga, ari mu Rwanda aho yahuye n’abayobozi ba APR FC kuri uyu wa kabiri. Nk’uko byemejwe n’inshuti za hafi z’uyu mutoza ndetse n’uwari mu bayobozi bagiranye ibiganiro na we, Maâloul yahuye n’abayobozi […]
Kiyovu Sports yaba yorohereje Rayon Sports

Kapiteni wa Kiyovu Sports, Mosengo Tansele Tychick ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wifuzwaga na Rayon Sports yamaze gutandukana ku mugaragaro n’iyi kipe yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda, nyuma yo gusesa amasezerano ku bwumvikane. Nk’uko bigaragara mu ibaruwa yasohowe n’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports Association yandikiwe uyu mukinnyi, yamaze gutangira ubwisanzure bwo gushakira […]
Niba usomana hita ubireka kuko akawe kashobotse

Mu gihe gusomana byagiye bifatwa nk’ikimenyetso cy’urukundo, ubushakashatsi buheruka bugaragaza ko hari indwara nyinshi zishobora kwandurira muri iki gikorwa, ndetse zimwe muri zo zishobora gushyira ubuzima mu kaga. Indwara zishobora kwandurira mu gusomana: Kwangirika kw’amenyo: Iyo umubyeyi asomye umwana ku munwa ashobora kumwanduza udukoko two mu kanwa two mu macandwe y’abantu bakuru, tukangiza amenyo y’umwana. […]
Minisitiri w’intebe yeguye kubera umuhungu we uba mu buzima buhenze

Minisitiri w’Intebe wa Mongoliya, Luvsannamsrain Oyun-Erdene, yeguye ku mirimo ye nyuma y’uko amafoto y’umuhungu we agaragaye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ubuzima buhenze yiberagamo mu biruhuko. Aya mafoto, harimo n’ifoto y’umukunzi w’uwo muhungu yitwaje igikapu cya Dior cy’agaciro gahenze, yateje umujinya ku baturage benshi, bituma hatangizwa iperereza ku byaha bya ruswa no kurigisa umutungo wa rubanda. […]
Kampala: Abizihizaga Umunsi w’Abahowe Imana baturikanwe n’igisasu

Impanuka y’ituruka ry’igicyekwaho kuba igisasu yabereye i Munyonyo, ihungabanya umutekano mu murwa mukuru wa Uganda, ahari hateraniye imbaga y’abizihiza Umunsi w’Abahowe Imana. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, iturika rikomeye ryabaye hafi y’Ingoro y’Abahowe Imana ya Munyonyo, aho abantu baturutse hirya no hino bari bateraniye mu kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’Abahowe Imana muri Uganda. Amakuru […]
Rayon Sports igiye kumamura Diamond Platnumz i Kigali

Ikipe ya Rayon Sports yo mu Rwanda irateganya kwakira umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzania, Diamond Platnumz mu birori bikomeye bizahuza abakunzi ba ruhago n’ab’abahanzi, bizabera i Kigali ku munsi w’Igikundiro. Uyu muhanzi w’icyamamare muri Afurika y’Iburasirazuba, akaba azaba ari umushyitsi w’imena mu birori bizahuza Rayon Sports na Yanga Africans yo muri Tanzania, umukino utegerejwe na […]
Kora ibi uce ukubiri no kurangiza vuba

Benshi biribaza bati ‘ese kurangiza vuba ni iki, kandi kuki bigirwa ibanga riremereye mu ngo nyinshi? Ni ikibazo gisa n’icyoroshye, ariko kiremereye. Kurangiza vuba, nk’uko bivugwa n’inzobere mu buzima bw’imyororokere, ni igihe umugabo asohorera intanga ze mbere y’uko imibonano mpuzabitsina itangira neza cyangwa se hatarashira iminota ibiri mu gikorwa. Ni ikibazo gitungurana, kandi gikomeje kuba […]
Asinah wakundanye na Riderman yakubiswe n’Umunya-Eritrea

Umwe mu bakobwa bafite izina rikomeye mu myidagaduro y’u Rwanda, Asinah yatanze ikirego arega umugabo w’Umunya-Eritrea amushinja ko yamukubise urushyi nyuma y’uko bananiranywe mu gihe bari bavuye gusangira. Amakuru atangazwa n’inshuti za hafi za Asinah yahamije ko yamaze kwegera Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), aho yasabye ko hatangizwa iperereza ku gikorwa cy’ihohoterwa cyakorewe kuri we. […]
APR FC ntikozwa ibyo kuzana kapiteni wa Rayon Sports

Ubuyobozi bwa APR FC bwasobanuye ko nta gahunda namba bufite yo kugura Muhire Kevin, wahoze ari kapiteni wa Rayon Sports, buvuga ko ibyo bivugwa n’abantu badabafite amakuru. Hari hashize iminsi hibazwa niba uyu mukinnyi ukina hagati ariko utari ku rutonde rw’amakipe uyu munsi nyuma yo gusoza amasezerano y’umwaka umwe muri Rayon Sports, ashobora kwerekeza muri […]
Umuzamu uvugwa muri Rayon Sports ntiramuganiriza

Umunyezamu w’Umunya-Uganda, Ssebwato Nicholas yavuze ko kugeza ubu atarahitamo ikipe azakinira umwaka utaha w’imikino, nubwo yifuzwa cyane na Rayon Sports ndetse na Police FC. Ssebwato aherutse gutorwa nk’umunyezamu mwiza wa Shampiyona y’u Rwanda ya 2024/25, kubera ubwitange n’ubuhanga yagaragaje muri Mukura Victory Sports, ikipe yafashije kurangiza ku mwanya wa gatanu. Mu mikino 25 yakinnye, 13 […]
Imanishimwe Djabel yakatiwe imyaka 5 n’urukiko muri Algeria

Mu gihe Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, ikomeje imyitozo muri Algeria yitegura imikino ibiri ya gicuti, abakinnyi babiri barimo Imanishimwe Djabel na Rafael York, ntibari kumwe na bagenzi babo kubera impamvu zitandukanye. Imanishimwe Djabel, wakiniye USM Kancela yo muri Algeria mu bihe byashize, yategetswe n’inkiko za Algeria kutazinjira mu gihugu mu gihe cy’imyaka itanu. Ibyo […]
Inzuki miliyoni 14 zatorotse aho zari zifungiye

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, inzuki zirenga miliyoni 14 zatorotse ubwo imodoka nini yari itwaye ibihumbi by’udusanduku tw’inzuki yahirimaga mu muhanda, hafi y’umupaka wa Canada. Iyi modoka yari itwaye nibura ibiro 31,750 by’inzuki (ni ukuvuga hafi toni 32 z’inzuki nzima ziri mu mizinga), ikaba yaguye ku muhanda wo muri Whatcom County. Ubuyobozi bw’akarere, binyuze […]
Diamond Platnumz yarongoye Zuchu

Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz yarongy Zuchu, mu muhango w’ubukwe bwabaye mu ibanga rikomeye, wubahirije imigenzo ya Isilamu kandi witabiriwe n’abakuru b’imiryango. Kuwa 1 Kamena 2025, Diamond yashyize kuri Instagram amafoto y’ubukwe bwabo, bambaye imyambaro y’umweru ya kisilamu. Amashusho agaragaza ko hari n’abakuru b’imiryango bitabiriye iyo mihango yihariye. Nubwo atigeze yandika amagambo asa n’emeza […]
Kate Bashabe yavuze ku byo gushyingiranwa n’imbwa

Umunyamideli w’Umunyarwandakazi, Kate Bashabe, yamaganye yivuye inyuma ibihuha bimuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga, aho bamwe bamushinja gushaka kurushinga n’imbwa ye. Ibi yabivuze nyuma yo kwifuriza imbwa ye isabukuru y’imyaka icyenda, ibintu bamwe bafashe nabi bagatangira gukwirakwiza amagambo amutuka. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Bashabe yagaragaje ko yatewe agahinda n’abamushinja ibintu bidafite ishingiro. Ati: “Reka mbabaze […]
Umunya-Thailand yagizwe Miss w’Isi wa 2025

Mu muhango wabereye i Hyderabad mu Buhinde, Opal Suchata uhagarariye igihugu cya Thailand ni we wambitswe ikamba rya Miss World 2025, asimbuye Krystyna Pyszkova wo muri Repubulika ya Tchèque. Iri rushanwa rikomeye ry’ubwiza n’ubushobozi ryabaye ku nshuro ya 72, rikaba ryasize Opal yigaragaje nk’umukobwa w’indashyikirwa mu bwiza, ubuhanga no gusobanukirwa agaciro k’ubugwaneza. Yambaye ikanzu y’umweru […]
Rwanda: Yasabye ko hashyirwaho amezi 6 y’igerageza mbere yo gushyingirwa

Bikorimana Jean Bosco, utuye mu Karere ka Gisagara, Umurenge wa Kigembe, yandikiye Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, amusaba ko hashyirwaho igihe cy’igerageza cy’amezi atandatu ku bantu bose bifuza kurushinga. Mu ibaruwa ye yanditswe ku buryo butomoye kandi bwuje isesengura, Bikorimana asaba ko hajyaho ingingo nshya mu mategeko y’u Rwanda, isaba abitegura kurushinga kubanza kubana […]
Perezida Ndayishimiye yannyeze umuhanzi wihaye ibyo kwinjira muri politike

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Gicurasi 2025, yavuze amagambo atavuzweho rumwe agenewe umuhanzi Mkombozi Lucifer, uherutse kwiyamamariza kujya mu Nteko Ishinga Amategeko, nubwo ngo azi neza ko amahirwe yo gutorwa ari make. Ibi yabivugiye i Bujumbura, aho yifatanyije n’urubyiruko mu bikorwa byo gusana ikibuga cy’imikino cya Campus Kamenge. […]
Rutahizamu wa APR FC yahembwe imodoka nshya

Rutahizamu wa APR FC, Denis Omedi yahawe igihembo cy’umukinnyi w’umwaka muri shampiyona ya Uganda nyuma yo kwitwara neza akinira Kitara FC mbere yo kwerekeza mu Rwanda. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Uganda, FUFA ryamuhaye imodoka nshya n’amafaranga miliyoni imwe y’amashilingi ya Uganda. Uretse kuba umukinnyi w’umwaka, Omedi yatsinze igitego cyatoranyijwe nk’icyiza kurusha ibindi muri shampiyona ndetse […]
Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zigiye gutana mu mitwe

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 31 Gicurasi 2025, ikipe ya RDF (Ingabo z’u Rwanda) ya Diviziyo ya Gatanu y’Ibikorwa by’Ingabo ku butaka, irakina umukino wa gicuti mu mupira w’amaguru n’ingabo za UPDF (Ingabo za Uganda) za Diviziyo ya Kabiri, kuri sitade ya Kyamate, mu mujyi wa Ntungamo, mu burasirazuba bwa Uganda. Uyu mukino ni […]
APR FC yongeye gutsinda Rayon Sports icy’umutwe – Amafoto

Mu birori bikomeye byabereye muri Kigali Convention Center ku wa Gatanu, hatanzwe ibihembo ku bitwaye neza muri shampiyona y’u Rwanda 2024-2025, byagaragayemo amazina akomeye n’ibikorwa by’indashyikirwa. Myugariro Niyigena Clement wa APR FC ni we wegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umwaka, aho yagaragaye mu mikino 27 agatsinda ibitego 2, anafasha ikipe ye kwegukana igikombe cya shampiyona. Umutoza we, […]
Rutahizamu wa APR FC agiye gutangwaho miliyoni 150 Frw

Ikipe ya Azam FC yo muri Tanzania iri mu biganiro byo gusinyisha rutahizamu Mamadou Sy ukinira APR FC yo mu Rwanda. Uyu mukinnyi w’imyaka 24 ukomoka muri Mauritania amaze gukina imikino 6 muri shampiyona y’u Rwanda muri uyu mwaka, akaba amaze gutsinda ibitego 4. Amakuru dukesha Africa Transfer Market aravuga ko Azam FC yamaze kugaragaza […]
Rayon Sports yasinyishije umutoza mushya shampiyona irangiye

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza ko Afhamia Lotfi, wahoze atoza Mukura Victory Sports, ari we mutoza mushya w’iyi kipe yambara ubururu n’umweru. Mu itangazo ryashyizwe hanze na Perezida wa Rayon Sports, ThaddĂ©e Twagirayezu tariki ya 30 Gicurasi 2025, yavuze ko uyu mutoza aje kuyobora ikipe mu rugamba rushya rwo guhatanira ibikombe, birimo icya shampiyona […]
Musanze: Umukinnyi wa filime z’urukozasoni yasohokanye rutahizamu PĂ©pĂ© mu birunga

Umukinnyi w’umupira w’amaguru ukinira ikipe ya Villarreal yo muri Espagne, Nicolas PĂ©pĂ©, ari kumwe n’umukunzi we Teanna Trump, basuye u Rwanda mu ruzinduko rwihariye rwo kwizihiza isabukuru y’amavuko y’uyu rutahizamu. PĂ©pĂ© w’imyaka 30 yizihirije isabukuru ye tariki ya 29 Gicurasi 2025, aho yahisemo kuza kuyizihiriza mu gihugu cy’u Rwanda, kimwe mu bihugu bimaze kumenyekana ku […]
Yagurishije umwana we ku mupfumu none bimukozeho

Urukiko rukuru rwa Afurika y’Epfo rwakatiye Kelly Smith igihano cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gucuruza umukobwa we w’imyaka itandatu, Joshlin Smith, mu rubanza rwakoze ku mitima y’Abanyafurika y’Epfo kuva ubwo uwo mwana yaburaga mu mwaka ushize. Kelly Smith, n’umukunzi we Jacquen Appollis ndetse na mugenzi wabo Steveno Van Rhyn, bose bahamwe n’ibyaha byo […]